NAHUKANYE INSHURO EBYIRI KUBERA GUFUHA😌🙆🏻♀️| URUGO RWANJYE NARINDWISENYEYE🥲|Eunice ni isomo
HTML-код
- Опубликовано: 7 окт 2024
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
0726444361 ushaka kuvugisha Eunice
I really like your love story
@@M.Saidathi-nc2ps HB h Juninho kkoik km k
Nukuri uyumuryango ndawukunda
Merci Eunice kubuhamya bwawe urakunzwe natwe cane kwisoma ryiza uduhayeee!Imana ibandanye kwivanga murugo rwanyuu
Yesu weee!! Uyu ninjye kbs 😊gufuha bitesha umutwe noneho kureba muri telephone yumugabo ni nko gukata ibitunguru kuko uyivamo urira gusa aho nihaniye kureba muri phone yu mugabo ubu mfite amahoro! Gusa ndumiwe ntago narinziko abantu bashobora gusaza imico batanaziranye !!,Eunice =Me 😊
Niyowanyica sinakongera kuyirebamo, nayirebyemo nahise nta ibiro nkicumi🤣🤣🤣🤣🤣
Ibitunguru 😂😂😂😂 🎉
Ninko kurizwa n ibitunguru
Sha disi Njye nibaza Impamvu abagabo bameze kuriya
Nonese ubundi ibiba birimo sukuri kumenya ukuri se nibibi 😢
Nanjye narafuga kubi nagisha inshuti inama zikambwira kumuta nkitahira ark nigiriye inama njyenyine ubu turikumwe tumeze neza ❤❤
Mbega inama nziza nukuri uraduhuguye chr wanjye ndagukunda cyaneeeeee
Umugabo nubundi yaragiye kuguca inyuma nuko bitangira ex ibiganiro burenze kugera ubwo ama inite abashirana umukobwa ngo agiye kugura Andi, ahubwo wafatiye hafi bari batangiye
Nibyo rwose
Mbonye titre nari ngize agahinda ngo urugo rwanyu rwarasenyutse Imana Ishimwe kdi wagize umugisha ubona umujyanama mwiza uwo Mumama imberecyane rekeraho gufuha mubane neza
Gukunda umugabo no kumufuhira biratandukanye kuko ifuhe rihoza ku nkeke,buriya Ari umugore ufuhiwe nibwo yamenya ko gufuha no gukunda bitandukanye.ifuhe ribamo satani ariko urukundo rubamo Imana
Courage sister Eunice, uri mwiza niwiturize numugabo wawe Imana ikomeze kububakira🇧🇮😊
Nukuri gufuha nibibi nanje umugore wanje ararenzanukuri Sawa muhezagigwe ikikiganiro kiranfashije nitwa Eric nitiranwa nawamukoziwe
Wao uwumva yiumvise kandi isomo ryumvikanye
Mbonyi nipfura cyane abasiga nabana beza
Asyi ubundi umugabo wanyawe nago atuma umugore afuha cg abura amahoro ayabujijwe nigitsina gore gusa uru mumama mwiza wimfura nagukunze cyane
Murahoneza nitwa Antoine ndimubugande mbonyi na Enice twarabakunze lmana inzabe mubyo mwifuza gukora byose❤
Uri mwiza Eunice, Imana ishimwe yaciye kuri uyo mu maman akaguhanura kivyeyi nawe ukagamburuka
Disi narabakunze cyaneeee mbanumva nabasabira umugisha uva ku witeka
Uyu mudamu ndamukunda cyane❤
Yesuweeeeeee Nanjye Ibibintu Uziko bimbaho Neza neza Arabivuze Numva Ninjyewe Arimwo kuvuga Njyewe nanubu Ndacyafuha Ark Ndagerageza mpindure basi
Najye pe wagira ningewe neza neza
Hindura sha utazisenyera
@@uwanyirigirasolange6721 Abagore bafuha ntibazi kubaka ingo barikunda gusa
@@Emwituafricaofficial kabisa😂
Umuti nukutareba phone yumugabo jesindeba muri phone yumugabo ariko we ntiyaryama atarevye muyanje
Urimwiza eunice❤
Yooo nkunze umugabo wawe ninfurape Imana izabubacyire ibahe umunezero ushoboka wose
Ntabwo byarugufuha ahubwo ntakyizere wariwifitiye kubera ibikomere waciyemo
Gufuha si byiza njyewe ikagabo cyohererezaga prono madam nka saa tanu kiti ngwino tuceze aka kaziki Cherie!!! Akamwandikira utugambo twiza akamutereta buri munsi uko ijoro riguye Kd bakorana ku kazi icyagiye kibimfashamo ni ugutwara ibintu gake ! Kugira umugabo cg umugore mwiza ibyo ugomba kubyitegura ko nabandi bamureba Kd bakamwifuza kuko nicyo kugira uburanga bivuga!
Mbega ariko umugabo cg umugore ukora nkibyo nawe ntakigenda gute wakwakira sms nkiyo wubatse kabiri gatatu!!!!????uba uri kwisenyera
Une benediction special sûr cette famille tres courageuse ❤
Birashekeje, nange nuko narimeze, noneho iyo ukirimuto, bira strssinga. Sha nubwenge buke. Gufuha sibyiza. Ubu sinakongera.
Nonese igihe wari waramuhuzwe wamwoherezagahe?
Eunice dix yariyisenyeyepe gusa imana izajya igukomeze nukuripe rose nawe ubewiyumviranukuri ntibikakubeho nukuri😢😢
Eunice w'ingozi iwacu hejuru caane maze
iyi famille narayikunze cyanee , Imana izabageza kure kuko imitima nkiyi yanyu Imana ntiyayirengagiza.
Muraho neza Mbonyi na Eunice ndabakunda cyane cyane bitabarika
Eunice uri mwiza❤️❤️❤️❤️❤️❤️
Hhhhh! Maman yvan! Gufuha nibibi. Imana ishimwe ko wabiretse!!!!!
Mercii ku mpanuro uduhaye Eunice nanje naraciye muri ubwobuzima kuko jew nari mfise umugabo apfuha twabanye tutakundanye ukwezi kumwe
Uyu mu mama ndamukunze cyane namjye inama nagira aba maman ndetse na abagabo bamwe phone yu umuntu niye kugiti cye ndabinginze kuko nanjye yari insincere ariko sinjye ni umugabo narimfite umugabo ufuha ufuha amaso agatukurq ntakubaze ukamuvugusha akakwihorera ugahita wisobanurira naringiye gusara pe! Gufuha cyane ni uburwayi bubi gusa ndashima Imana nawe yarahanwe ubu ni sawa
Ariko najyaga kumwakira kukibuga cyi indege mbere yo kunsuhuza yafataga phone yanjye ubundi uzina ryu umugabo wese urimo nkaba mfite ubusobanuro kuburyo nageze aho nanda kwiyahura kugushinja ibyo utakoze utanatekereza ukamusobanurira wapi kuburyo aho byageze nti nhiye kujya mubeshya nti cg nkamubwira ngo nzabikora arakarire 1 gusa siko narezwe iyo ntamutorera imiryango rwari rwarangiye yewe nibyinshi... qriko ubu ndashima Imana 24 turayimaze
Ikindi ntabwo gufuha gutyo byatewe nuko mutamenyanye sinzi ubanza biterwa no gukunda umuntu cyane kuko nawe bakubajije wavuga ati sinzi impamvu mbikora kuko mbere yo kubana twe twamaze 5 murakoze cyne ma
Uwiteka akomeze kukuryohereza urugo nawe Rose sinkeibagiwe amahoro.
Ngewe nikundira ijwi rya Rose nkunda nukuntu yikiriza umutumirwa,nkunda nukuntu yiyitaho.
Ngewe nkunda ukuntu yarinze taye yiwe amaze kubyara akaguma aragakumi
Eunice urimwiza pe! Hari n'amateka amwe duhuje.lmana igushyigikire bambe
😅😅😅Eunice urasensa kd biranababaje nukuri gufuha sikintu rose iyo couple ndayikunda byahatari
Mbega gufuha disi mbonyi yahuye nibibazo uzamusabe imbabazi🙂😎😎
Ancwiii uri open mukobwa mwiza
Sha Eunice urandyohera gushika
Chn kbx turahuje pe gufuha bitera. Gutekereza nibidahari
Eunice urakoze na njyewe kuri tel sinkiyirebamo nd I murugendo rwo kumukura mumutwe cyane gufuha birananiza pe nubu umutwe uba uri kundya .ariko ubuhamya bwawe nibwiza
Ariko ubundi izo fone muba murebamo iki umugabo yashatse kuguca inyuma yabikora niyo fone ntugire icyo ubona kugera murugo agasiba byose c byamunsnira😅😅😅muge mwizerana kuko namwe abadam barebye muzanyu basangamo twa msg twababatereta naje gusanga ntamudam cg umukobwa udateretwa
Eunice ni mwiza cyane pe
Ariko iyo mifuhire irimo na shitani ma,kugeraho wikomeretsa ugashaka no kwishyira hanze kdi ntanicyo wamufatiyemo!n,ubwana na shitani byose bivanze.
Eunice warakinye film zugufuha😂😂😂😂🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
😂😂😂😂
Ndumiwe uwo ninjyewe wavuze
Ndafuha birenze
Gusa mbonye isomo
Urakoze kumpugura
Gusa icyo gufata telephone ye nabonye nkabije ndakireka kndi kuvaho nabiretse kuyirebamo byaramfashije nabonye amahoro
Umugabo wanjye ameze nka mbonyi yoroshya ibintu.
Ariko ndumiwe sinarinziko harundi mugore umeze nkanjye wamugani wagirango narasaze.
😂😂😂😂😂😂
🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣ubu nanje babwiye ingene nafatiweho inkoho aritera bwoba rya shetani kugira nahukane umuntu wese Imana imwigisha ukwe iyo wasenze Imana igenda ikwereka imigambi ya shetani ukabasha kumenya gusenga nukwihangana bigatuma unesha
Gusenga nibyo byubaka ,kwihangana nayamahoro Yesu aduha.
Courage ❤
Yooo uwo ninjye disi ndafuha biteye ubwoba njyewe wagirango narasaze
Hhhhhh. Uransekeje pe!!!! Ngo wagira ngo warasaze.
kkkkkkk
Uragerageza ukabyikuramo kuko gufuha cyane byagusenyera urugo kuko bituma uwo mubana asara cg akakuzinukwa cg agakora ibyo uhora umutekerezaho cg akajya aho bamuha amahoro rero ugerageze ubireka witoze kumwizera wunveko ntawundi ukuruta yajyaho knd wunveko umugabo wawe cg umugore wewe Ari umwizerwa atakora ikintu kikubabaza bizashira
Yoooooo polsana waratswe kwisamburirako😂😂😂❤❤
Hari umugabo ushobora kugenda yifitiye umureba akajisho keza shahu agahita arutaha!! Hanzaha abandi bararikanuye!! Hari nivuga ati mubonye akanteturura , akampa Aho kuba akampahira ubundi namubwira iki!!! Mujye mugira ubwenge bagore kuko akenshi mufatira ibyemezo mu mujinya no kuvugira hejuru!!! Impamvu tutabyemera akenshi muvugira hejuru!
Ibaze pee, akanteturura, akampa aho kuba, akampahira nkaho umugore adashoboye ubundi akamutwara uko abonye, ntabwo aribyo
@@mukasinelaurence ndavuga ibyo nzi!! Ubwo wowe uri umukozi nakumvise!! Hari aba banebwe njya mbyumvana ngo umugabo yaguhahise si niyo yashaka undi ngo imfizi ntiyimirwa nubundi! Je parle par experience
Ok,murakoze bibaho
Akajisho konyine nikaba gahagije ikyibazo Nugusesagura imitungo yurugo
Mbere ko akakureba abanza kureba mumufuko we
Abagore nahoyababyifitiye ashaka ubimwogyerera
Ugasanga ushenye urwawe
🤣🤣🤣🤣🤣imbavu zanjye we ati nkiterura nkiceka kubiriri ahwiiiii
Mbonyi.wowe shimira lmana ko bagufuhira Sha
Yooo!bibaho disi
Komera murundikanzi wacu
Wamugorew wararosumugabo aroranye p
Byiza
Gufuha bivahe?
Shn njye ndafuha nkanabirota kandi mfite umugabo wimfura pe sinzi uko bizamvamo
nukuri
Hhhh we respect guys
Ukuntu Rose yicyiriza shaaa😂😂😂 yatuma uvuga nibyo utakagombye kuvuga 😂😂😂
Turabakunda
Nkunda ba Eunice, ni beza baratekanye, sinakubwira,nanje ndafise tu mwana yitwa Eunice.ivyo biganiro biraryoshe caane
Eunice na Mbonyi mufashije benshi
Eunice na Mbonyi muri isomo rya benshi
Uramvuye urankijije pe!
niba nawe warigaruye
Mbonyi yubahwe, ni UMUGABO PE
Cyakoze nkuyemo isomo
Nimbe nawe urazikana Ibyo mbonyi yakoze naho twebwe batubwira ko ntacyo bimaze
mukobwa wacu uraza wubahu mugabo ni vyiza
Umugore wemera ko umugabo yiteretera kuruhande niwe wubaka
Baragushutse
Muranyigishije nukuri murakoze
😂😂😂😂😂😂😂😂 Ndasetse gsa Harimo isomo rikomeye
😂😂😂😂😂 ufuha nkanjye wallah😂😂😂😂
Utazareba muri phone yumugabo ugasanga abwira umukobwa ko ntamugore afite umugore babyaranye yagiye hanze🤣🤣🤣
Byiza
Eunice na Mbonyi turabishimira ibiganiro byanyu birigisha , tujye tubasura mudusure
Eunice gufuhz kwawe Ntabwo ari ikindi umugabo wawe azi ubwenge yigeze kuvuga ko ari sentiments d’abandon. Kubera wabuze ababyeyi ukiri muto, kandi n’a bene wanyu ntibagufate uko wowe wabyifuzaga cg se ibyago byose wagize nta kibi kikurimo ni ubwo bupfubyi bwose.
Ufuha nkange
Abagabo benshi bajya hanze kubera guhozwa ku rutoto n'abagore,bityo bakajya gushakira amahoro aho batari buyabonere.
Nta mugabo wishimira ko yaciye inyuma umugore we ahubwo ataha ababaye iyo yabikoze.
Ibyo bintu uvuze ndabyanga kuki x abikora nejo agasubirayo ntasoni
Suko
Rose ibi biganiro ubikomeze birubaka
Nanje byaranshimishije kabisa
Iryo pfuha ryari rirenze harimo nimyuka mibi pe twese tur abagore
Ahwiiiii
Ujyakuvuga abatarabona
Rose watubabariye ukazasura bobo na Ruth Tukamenya Amakuru yabo
Ruth yarakize naramubonye ku Simbi TV
29:36
Umva urinjyewe kugahuru kbsa peeeee
Jeho rero ndafuha birenze kuko nukuvuga nguma ndira umutima utuza aruko nicokibazo giheze
Nukuri ugerageze kubireka pe
GUFUHA NIBYIZA MAN KUKO BIRIMURI BIMWE BIGARAGAZA KUKUNDA UWOMUBANA KDI UKURIKIRANA UBUZIMABWE BWA BURI MUNSI.GUSA NYINE IYOBIBAYE TOO MUCH SIBYIZA
Ikikiganiro kiramfashije pe
Ehh nanjye ndi imbugita 😅😅😅Ro😅😅😅 vibes ko ari vibes
Nyamara rata uzajye uba maso iyo bikomeje gutyo ashobora kuguta agafata undi
Ew Eunice sh urantwengej .naw urafuh can
Hhhh,
Gufuha si ikintu
Abagore bafuha ntibazi kubaka ingo barikunda gusa
Mbonye nuwamateka n uyomudamu wiwe mwandikishije amateteka nibubahwe) ku muhura. Navyo ivyo birashika ariko uvyaye birashira mukomere
Ngewe mubantu batambangamira na Ex arimo numuntu ntarota naryamanye nawe ni Ex ngewe mbanumva byararangiye navugana nawe bisanzwe.
Imbavu zanjye 😂
Uyumugore nimwiza nuko yabyibushye
Kubyibuha sinegye
Ntabwo uzi byiza by'umugore ushyitse(uburyo abyibushye biraringniye) =arasusurutsa!!! 😂😂😂😂
😂😂😂😂😂😂😂😂 Can you imagine how stupid that is? Uranshekeje koko.
Hhhhhhhhhh gufuha sikinu