Mbere ibyo yavugaga wagira yamaze kugera mu ijuru😮 hhhhhh,Sha turi kuri iyi si buri kintu kiba kubandi nawe cyamubaho abishaka cg atabishaka.nihitiraga
Sabin ryusekera abazungu[Smile] ntabwo aruburyarya ahubwo nukunyura kumuntu just akakwerekako uri safe kumunyuraho. Nje niko nabisobanukiwe.nje mbona iyinseko yabazungu i symbolize [Humanity]
Dukuyemo ko wavugaga ko utakora divorce utanabitekereza, ark rata ibyo uvuze nibyo cyane. Kuko kubana numuntu nkuko biravuna, umuntu uvuga nabi aragaaa.... biruta ko yaceceka ahari ntavuge. Pole sana ubwo byarakemutse Imana ishimwe. Bisaba ko abantu bombi bafatanya kubyumva kimwe
One thing Mbonye warakuze mumutwe,amahanga sha tuyabamo turayazi Kandi I'm happy for u ,this interview is very total difference with all those one ,u become intellectual n intelligent
Sabin uri intwariii, uri umugabo wuzuyeee, uri intwariii nukuri. Sindakubona ndakumva gusa mubiganiro ariko ico bikoze uri umwana w'Imana, tu es tellement béni. Ndasaba Imana ihore ikurindaaa
Eliane ibyo uvuga bikora abagabo ba baturage, batari abasirimu ( kuba umuturage si ukuba waravukiye mu cyato, kuko hari abanyacyaro ba basirimu) ubu se ushatse kuvuga ko mta bagabo bou Rwanda bahindurira abana babo pampers? Baboza? Babagaburira? Barahari rwose bafatanya naba damu babo muri byose ❤ biba byarabaye ku bantu bamwe kubera uburyo nabo baba barabayeho
Tout est question de choix, ariko tout le monde n’est pas obligé yo kwihanganira gushihurwa ubuzima bwose!! Wowe Ubwo ubishoboye chapeau!!!! Nabo byananiye Kandi uburiye umubyizi mukwa ntako aba atagize 😂😂
Uyu mudamu Ari kubateguza kugirango nimwumva ko yakoze divorce ntibizabatungure Kandi she will not have to explain anything kuko amaze kubikora…very smart😅 first step… this was the intro, the big news is coming soon stay tuned. Her husband is gone already that why she feels free to share such things with the public.
Ni ubwa mbere nakora comment kuri Madame Eliane. Ababwije ukuri rwose, Ibaze imirimo yose muba mugomba gufatanya muri babiri mwenyine, noneho kuri cas ya Eliane we hageretseho ko yari arwaje umwana. Imana ibarindire marriage, abarimo kubatega iminsi sibo Mana. Sabin uzajye uzana abantu bari genuine nka Eliane. Much respect kabisa.
Warakoze kwihangana. Nibura byatumye umenya ko nta muntu ukora divorce kubushake ahubwo uwo babana aba yamunaniye mu mashyi no mu mudiho.Kandi buriya Clement ni uko akigushaka,atakigushaka mwatandukana kdi ugakomeza ukabaho ntupfe nk'uko wabivugaga. Imana ikomeze igushyigikire basi.
True ibyo uvuga nibyo peeee, hari benshi cyane biri bufashe kuba yaravuze ngo ntiyakora divorce in the past ntibikurako yahindura indimi, she is s human being, things happened, things changes so ntacyo avuga yavuze nabi peee
KANDA HANO UREBE: ruclips.net/video/8ozC_9j0vWM/видео.html
NUMERO YA EIANE: +250788840404
@@Tales923
Urakoze cyane
@@Tales923 byaramucanze hubwo nuko atagarura amagambo yovugiye harigihe azicuza kuri camera tumurea
Uzarekeraho! Ndagusabye wikundira kwivugira ntacyusize! Ibyo ntibikwiye umubyeyi niba wumva uriwe nyine !umuco nawo ni ngombwa jyugira ibanga!
@@Icyishatse25ndumiwe mfunguye ikiganiro ndikanga!!ubu se uyu ni wa muvugabutumwa watubwirije kugira ibanga koko,ndumva amabere yikoze ntonsa pe!eliane ibanga nicyo yibagiwe,ukuntu yatakaga umugabo we niwe ugeze aha avuga Ibyo bapfuye koko!!!!!?????umuntu nimugari
Nonese ko muduha number yurwanda umuntu yibereye Belgique?😢
Muvandi uzige kuvuga wabanje gutekereza kbs,,ubu rero nawe wamenyeko divorce abayikora atarabaswa mada 😂😅😅
😂😂😂😂😂😂 sha umva ubuwamunyereka amasomo kumaso kbsa namuseka nkamubwira ijambo 1 gusa
kuba i Burayi birigisha uwajyanayo aba benewacu bose bagaruka barabaye abana beza😂😂😂😂😂
Mbere ibyo yavugaga wagira yamaze kugera mu ijuru😮 hhhhhh,Sha turi kuri iyi si buri kintu kiba kubandi nawe cyamubaho abishaka cg atabishaka.nihitiraga
Umva buriya ndizerako nababagore birirwa bavugubusa baseka abadivorshije bamwigiraho, vuguziga numwana wumunyarwanda, uzi avugango ahokudivorsa yapfa hhhhhhhhhh avuga umugabo we wagirango nakana yakuye mundaye, sha Eliane we ndagushinyitse ngusetse nakubyara kdi sinkeneye kubyara ibimara, asyiweeeee Imana ikorohereze urikigoryi cyayo
Yewee arasekeje ajye yisiga make-up anambare neza age imbere ya camera aryoshye ifoto.
Eliane dear, ntukavuge ngo ntiwemera divorce ni uko utarahura nurugo rubi, mubuhamya bwawe numvise harimo no guteta, ngaho mbwira kwahukanira kwa Sobukwe. Jya uvuga uziga kuko urugo rubi rurutwa na Gereza ntamugore uhaguruka murugo rwe yishimye. Vuga uziga Imana izayikurinde kuko bikubayeho isi yakota. Iturize usenge Imana igumereze urugo, ariko iyo uvuga gutyo uba urimo ukomeretse abagore bakoze divorce. Njye nihitiraga.
Uvuzukuri
Uyumugore. Ntiyubaha umugabowe. Nukumuvugiramo.
Hagowe abakurikiza inama ze! Iyo ibinti byanze urarekura umugabo si oxygen ntibakabyine abantu ku mubyimba.
Umugabowe ahubwo yarumiwe
Imana inkomereze urugo kandi nawe igukomereze urwawe kuko iyanyubakira nawe yagushoboza twese dushobozwa byose na Kristo igikuru tumwemerere abe ariwe utuyobora twe kuyoborwa na sentiments zacu kuko zo zikoreshwa n'umubiri
Nicyo nkundira isi ikwereka ko ntakidashoboka❤
YARI YABONA IKI.IYI SI NTISAKAYE.
Sh umuntu utakumva uzikuzwaza cancer unatwite njyewe ndakumva kd Imana ishimwe yahakubereye🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Sabin ryusekera abazungu[Smile] ntabwo aruburyarya ahubwo nukunyura kumuntu just akakwerekako uri safe kumunyuraho. Nje niko nabisobanukiwe.nje mbona iyinseko yabazungu i symbolize [Humanity]
Ibindi byose bitesha agaciro umugore twagerageje guhangana nabyo ariko mbazwa cyane niyo muvuga ngo muntu ntabwo yavuka kwa nyina kandi ariwe umutwita amezi icyenda. Ibi nabyo byakagombye guhinduka
Nukubifunika bayobya abantu
Tuba duhari twisomera comments gusa. Gusa byigishe n'abandi,😅.
Madame Eliane Umwami Yesu Kristo aguhezagire uri umunyakuri cane.Imana igukomereze mu buntu bwayo
Cyakoze Eliane ni injajwaaaaaaa ntarabona peeee! Ubu x izi stories z'umugabo we koko zari ngombwa kuri camera😢😢😢😢😢
Nuko turumirwa 😜🤪Jajwete upo Nyonyo!! Sabin agume agukuremo amagambo,kk we niko Akazi ke ko gucuruza Ubusutwa natwe tukabugura!!😂😂
Mbi cyanee
@@parfaituwimbabzi6539😂😂
😂😂😂😂😂😂😂
Ariko Manawe ubusebyashoboka
Dukuyemo ko wavugaga ko utakora divorce utanabitekereza, ark rata ibyo uvuze nibyo cyane.
Kuko kubana numuntu nkuko biravuna, umuntu uvuga nabi aragaaa.... biruta ko yaceceka ahari ntavuge. Pole sana ubwo byarakemutse Imana ishimwe.
Bisaba ko abantu bombi bafatanya kubyumva kimwe
Divorce ntawuyemera ariko irizana ntiza umuntu ayishaka,ntubona ko vital yashaka kubaka ariko bikanka ,divorce ntamuhinga wayo
Njye urumu gore wanjye wasanga nahinduye cellule . Ntabwonabana n’umugore ugira ivuzivuzi nkiri wita hanze bigeze aha . Ubwo umugabo wawe agiye agushira hanze ko hahita hashya 🔥🔥🔥
Ngo wahinduye iki😂😂 hhhhh ark ukeka ko umugore wawe arumwana wabyaye cyagwa??? Abagore banyu baba bararushye peee
One thing Mbonye warakuze mumutwe,amahanga sha tuyabamo turayazi Kandi I'm happy for u ,this interview is very total difference with all those one ,u become intellectual n intelligent
Cyokora comment ziraha ndasetse koko 😂😂😂 kuki mubika inzikawe😃 nikumburiye Pastor Mutesi kwisimbi
Ntabwo twibagirwa da 😂😂😂 uyu mugore ni bamenya reka bamumese.
😂😂😂😂
Wambaye neza peee 😍😍
Kandi urasa neza
Urakoze cyane udusabiye umugisha 🙏
Araberewe pe.
Aliko mwagiye mwiyubaha ubuse ibyo wabwiraga abantu uyumwanya urabyibagiwe nubundi witegure ruzasenyuka ntakabuza kwishushanya ngo murabakozi b’Imana izabatamaza .
KUBERA AMAGAMBO MENSHI NTAJYA AMENYA IBYO YAVUZE NIBYO ATAVUZE.AGIRA AMAGAMBO MENSHI CYANE.
@@kamikazi477ahubgo se ko numva hari ibibazo mungo urumva we yorohewe. Ukuntu yatakaga umugabo we none numva abihinduye yewe ntibyoroshye
@@christinesemuto940 UYU MUGORE AGIRA MENSHI NKA YA CWENDE.AKUNDA CAMERA TELLEMENT.NTABURA AYO AVUGA.
URIBUKA AVUGA CLEMENT RERO NU MUGABO W'IGITANGAZA CLEMENT RERO RERO.......NJYE MBONA ARWAYE.SIMUZINA RWOSE.
NJYE IYO DUHUYE SINANAMUREBA MU MASO.YAHITA ABIBONA KO.......
Ukomeze nokuraba aheza ahobukera vuba urigira ibirayi burundu mwe n’umuryango Ikigali uzahora ujyayo wakirwa nkumushitsi mubandi aho sikera wirinde amatiku ukomeze wibere mu MANA neza ibisigaye vuba cyane birajye byikore 🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Mpore maman Éliane.komera umwe wese agira intahe yiwe.naho commentaires ari nyinshi wige kand'ukomere.
Nshimmiye Imana kubwa kanimba ni ukuri Imana inamworohereze pe yongere agaruke ku murimo 🙏🙏🙏Glory be to the Lord all the time
Imana ishimwe cane
yego yamasengesho yacu agera kumana izamukiza!
Ubu uriko urabona ko kwahukana bishoboka.Tuzoje tuvuga make.Eliane nawe utanguye kumena amabanga kubera wageze muri Europe.Ndakugaye kuko ukuntu wahora wibasira abandi,urabona ko vyose bishoboka.
Yoooo pole bambe, burya warufite amakuru makeya
Ukuntu yatukaga abandi kuvuga make nibyiza kuko siwe yakabaye avugayamagambo nukuntu yahoraga avuga ase atekereza ko tutabika 😂😂😂
@@Anitha0212nababgiye ko agira indimi nyinshi yicamwo wenyine. Kuvuga menshi nawe urivangavanga.
Ariko nyamara avugisha ukuri , nubwo yavuze ko adashyigikiye abatandukana ariko suko atumva abatandukana kuko nawe erega avuga biriya kuko abona ko byamubaho ariko akamenya uko abyitwaramo
Ubugambo wahora uvuga yoooo ngo ntiwopfa wahukanye yiiiiiiiii
Eliane ndagushimiiiye caaaane kubona usigura igituma ingo zi Burayi zisambuka. Bavuga ko abagore tudashobotse. Ariko, ni abo ba gabo babanya frica batemera yuhinduka, bakadutana ibikorwa.
Nta Rwango Ngira murinjye ariko Uyumugore yandagaje Mutesi Pasteur atuma Mwanga cyanee , Ikindi avuga byose Ntacyo asize Gushyira hanze byose Puuuuu Imana Usenga ntayo nzi pe
Mutesi ngontukavuginkuru zahutaragera ngoniwagerayo uzoburicuvga ngontiwosenya bibaho
ibiganiro byawe ndabikuricyirana byose. nararakaye cyane. ikiganiro wakoranye na Teo & Shangazi, yavuze ko Mama wa Teo ariwe wamumuzaniye. Ngewe nfite abavandimwe benshi, bose nago ariko tuvugana. amateka atera i bikomere, Theo yajaga avuga ngo ibikomere nago bishira umuntu yiga kubanta ntabyo.
Egoooo, uramenye utaba uri kwivugishwa ibya Divorce kugirango nuyikora uzabe waramaze kubisasira 💔💔 Zirikana ko wavuze ko aho gukora divorce wapfa 🙏🙏Gusa ubwo watangiye kuyishyira ku rurimi rwawe urimo kuyiririmbira uyikurura 🤭🤭
Nawe urabibonye ko ari kubisasira😅😅😅😅
Ahubwo buriya yaradepoje 😅😅😅🤣🤣
uyu agira indimi nyinshi mbona ahuzagurika😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
ahubwo vugako arikutumenyesha niba ntituzatungurwe
@@dorisfit6241 Yego mukundwa, gusa nakumirwa 🤭🤭
Kandi utuka abakoze divorce wamaze kubona ko byose bishoboka iyo ugeze muribyo bihugu wamaze kubagarukira rero
AHhaaahhaahha uyumudam sijyamumenyera mbega igitwenge
@@estherhope600kisoma umutwe winkuru ndasetse.uyu mugore nu rwenya nakwambiya.nawe se disi byamugeraho? Narinziko yashatse malayika.ko yaragiye kwaka divorce ndumva ndetse,kandi Aho kuyaka wapfa Mada. kugera iburayi ni byiza burya koko imitekereze irahinduka yasekaga abandi atarabona gusa wowe ndumva b yari umurengwe ibyari biyiguteye. Sha Eliane wazize kuvuga make koko?cg se wazagiye gukina flim KO wabishobora .
🤣🤣🤣🤣🤣uyumugore vyatumye ndamwanka atanigihugu dusangiy kuko yatumye umutima wanje ubabara kabiri ndavyingene mama atakwatakoze kugira ntiyakune bikarangira yahukanye kuberihungaba bikamuviramwo nubugwayi bwomumutwe
@@najatn1781sorry bambe isi irazenguruka nawe nukujya tumubabarira kuko ururimi ninyama yigenga ruvuga ibyo rushaka
Ibaze ukuntu Sabin mukora ikiganiro akubwiriramo ngo abantu baravuga ngo uba wisekesha ubusa, warangiza kandi ugakomeza ugaseka ubusa! Ubu umuntu ukora ikiganiro nk’iki usebya umugabo wawe, warangiza ukagaya ngo umuntu wagiye muri social media nta content afite. Ubu se koko iki kiganiro content yari iyihe? Nubwo divorce ntayo wakoze, cg mushwana mukongera mukiyunga n’umugabo wawe, ariko ugucishamo ijisho yarangije kurigucishamo. Niba ubasha kurinda umunwa wawe imbere y’umugabo wawe, nagusaba ukarinda umunwa wawe imbere ya camera ya Sabin. Ese ubu abana banyu bari mu Rwanda barabizi ko ari ibi wirirwamo na papa wabo? Nyagasani, Imana ijye idufasha pe.
Eriane shahu turamukunda cyane welcome back. Turagukundacyane umuryango wawe wowe nahapp
uyumumama mumubehafi pee kuko ndabona nubundi afite ihungabana ryurugo ahubwo asabe mutesi imbabazi kuko nawe ndabona urwe rujyeze kumusozo mugusenyuka gusa ajye avuga aziga kuko isintisakaye kweri😥😥
None se icyo atababgiye niki jye ndumiwe
Eliane we ngo divorce??? Ariko uratwika koko nkurikije ibiganiro byabanje sinarinziko wakongeraho ikiganiro nkiki😅😅😅😅
Hhhhhhhhhhh
Kbs ndumiwe ,ukuntu wasebyaga abatikoze hhhhh ntakundi is ni danger ma
Mwama mucira imanza aba diaspora ngo bashika mu mahanga bagakora divorce kuko mutaba muzi ivyo babamwo.
mbashije kumirwa nanjye
Nukuri nibibazo Kbsa nibazk vyoroha iyomugabo ariw atanguy gushika i burayi ngira ucusanga yarabimenyereye🤷
@@nikwigizeevelyne9919Nivyo biragendeka ariko hari nabo abona umugore aje ukamengo yari yaranizwe.
@@nikwigizeevelyne9919Ego iyo ari umugabo yagiyeyo mbere umugore asanga yaramaze kumenyera ubuzima bwaho.
Wambaye neza Mukozi w'Imana. Urarushaho gusa neza umunsi ku wundi. ❤❤❤
Nanje ndemezeko Théo atabzshe kuko ntiyigeze avuga kuri nyina. Yavuze côté yokwa papa wiwe ninayompanvu nemezeko Theo itigeze abesha. Ikindi Theo yarumukozi wimana yaraziko barya bantu atabumuntu. Kuko ntampavu nimwe yotuma abantu bavuga ibintu kukiriyo
Nimba nibuka neza rimwe wigeze uvuga mukigariro, uvugako udashobora gukora divorsa?. Ihangane kuko nabavukana harigihe baterana amahembe. Iricyo gituma tudakwiye gucira imanza abatandukanye. Kuko ndibaza ko abantu babiri iyo bemeje kubana ntabwo baba baziko igihe kimwe bazatandukana. Nshimye ko uvuze murimakye ubuzima bwabashakanye baba mubihugu vyomuburayi. Imana ihe abubatse imitima yokwihangana.
Nikigoryi agira ibigambo biraho
Avuga menshi akanayibagirwa
Ariko ko udahinduka ari Yesu mwaretse Eliane
Icyo nkunze nuko avugisha ukuri kandi avuga ibyo ari kubamo plz ntimumutere amabuye.
@@mutagandamutoni3269 ntampamvu yo gutukana
@@mutagandamutoni3269bya hatari ahubwo niyivuze arugarijwe kabisa😂😂😂ibyo yavuze kubandi Yehova ari kubimucishaho ngo ace mu ishuri azarisohokamo yakangutse
Urugo rwasenyutse kera, kuza kwanika umugabo koko , abarokore muri kuryoshya reseau sociaux.thank you
Ako kanyuma rero uherejeko niko kabi😂😂😂
Sabin uri intwariii, uri umugabo wuzuyeee, uri intwariii nukuri. Sindakubona ndakumva gusa mubiganiro ariko ico bikoze uri umwana w'Imana, tu es tellement béni. Ndasaba Imana ihore ikurindaaa
nawe yashitse iburaya aravuga divorce ningene yahora yikina akiri mu rwanda🤣🤣🤣
Eliane ibyo uvuga bikora abagabo ba baturage, batari abasirimu ( kuba umuturage si ukuba waravukiye mu cyato, kuko hari abanyacyaro ba basirimu) ubu se ushatse kuvuga ko mta bagabo bou Rwanda bahindurira abana babo pampers? Baboza? Babagaburira?
Barahari rwose bafatanya naba damu babo muri byose ❤ biba byarabaye ku bantu bamwe kubera uburyo nabo baba barabayeho
Shn nanjye umugabo wanjye arabinkorera p sinzi banza biterwa numutima wumuntu
Ibikubaho, nibisazwe komera, gusa nizere ko uzahinduka Imana Ikakwigisha kuvuga uziga,. Uko uvuga ibintu byinshi uhubutse, (ukigenura kubabdi cyane) Kandi utazi ejo hazaza.nyuma ugazanga birakugaruka.
Sha ,iby,ingo n,Imana ibizi,naho buriwese abisutse hanze isi yahinda umushitsi,pasteur Gitwaza yavuze KO abantu ari abasazi cyane abashakanye,ukuntu barara barwanira mu buriri! Sha ni birebire
Tout est question de choix, ariko tout le monde n’est pas obligé yo kwihanganira gushihurwa ubuzima bwose!! Wowe Ubwo ubishoboye chapeau!!!! Nabo byananiye Kandi uburiye umubyizi mukwa ntako aba atagize 😂😂
Weaknesses:faiblesse usa neza mama! Imana ishimwe yakijije happy🎉
Congratulations njyewe ndashima Imana ko Umwana yakize , ibyingo z'inaha ntibyoroshye buri rugo rugira Password yarwo,ibya escalator tugenda tubyitoza gacye gacye buhoro buhoro
Biranyigishije nukurii .Imana igukomeze mwiza Ikurinde gose muze mwisazaniree ❤❤ Imana yo mwijuruu ikomeze iguhe ubwengee
Eliane, ubu buhamya ntacyo buri bugufasheho kuko washyize hanze umugabo wawe urakabya. Kandi nkurikije uko nabyumvise ntago akunda social media. Ibintu bigiye kujya ahubwo irudubi! Kereka niba nubundi ubona ko nta garuriro ukaba ushaka kumena umuceri! Ikiri ukuri ni uko ufite ibibazo by’urugo biri serious, Imana yonyine ibigufashemo🙏🏽
Nubundi uretse gutabarwa n'Imana Jehovah , divorce izaza pe ; kuko iyo bigeze aho byose bije ku Isimbi TV kaba kabaye!
Ariko kuki harabagore bakuramo utwenda twimbere bagiye muri douche bakatubika tutameshe kweli😢, mujye mugira isuku plz
Imana ishimwe ko Umugore wanjye atarajya kuri social media
Sabin ndakwinginze ntuzahe ikiganiro Umugore wanjye
Ndabona nakari imurore hano kavugwa
Icyakoze eliane usigaye warasariye muburayi ubunakanya wibagiwe amagambo wavugaga
As a member of Comments Reading Association (CRA), I'm only here to read comments, thank you
Komera komera MamaHappy❤❤.
Ufite abana b'ibibajous❤❤ in &out ❤🎉🎉
Eliane uri genuine , uri vrai ni bacye cyane nkawe muri iki gihe, ndagushimiye. Twarahuye narakumenye.
Ariko mwarasaze kuvuga ibyingo zanyu hanze
Uyu mudamu Ari kubateguza kugirango nimwumva ko yakoze divorce ntibizabatungure Kandi she will not have to explain anything kuko amaze kubikora…very smart😅 first step… this was the intro, the big news is coming soon stay tuned. Her husband is gone already that why she feels free to share such things with the public.
🤣🤣🤣🤣 yezu ati wabimenye . Wabonye ukuntu yari proud y'uko abazungu bamwita Single? Wasanga nubundi kabaye da Clemat yarazinze
😂😂😂 numuteka mitwe ahubwo umugabo we nashake plan B 😂
@@Queen-ze1tm Akenshi Clément aba yicaye iruhande rwe nyamara😂❤
Babyita ngo
Sekura agafu ungurize
Nzakwishyura ejo
Inyama iryoshye kandi ikaba inyama ibishye ni ururimi
Kandi uzi kwambara neza abanza kwambika ururimi
Utazi kwambika ururimi naho wakwambara imyenda y’igiciro kingana gute urahena peeee
Eliane nukur ndimundoto niwewe canke nuyundi igihe waseka ba mama Chalilene shahu isi iranyishije
Maman Éliane wambaye neza urasa neza❤
Uziko uri kumenya français😊
Courage!
Ni ubwa mbere nakora comment kuri Madame Eliane. Ababwije ukuri rwose, Ibaze imirimo yose muba mugomba gufatanya muri babiri mwenyine, noneho kuri cas ya Eliane we hageretseho ko yari arwaje umwana. Imana ibarindire marriage, abarimo kubatega iminsi sibo Mana. Sabin uzajye uzana abantu bari genuine nka Eliane. Much respect kabisa.
Nawe harabo yateze imisi
Ashyiiiiiiiii. Weeeeeeee. Pole yoooooooo. Icyakora uruwokubabarirwa disi urumwana mwiza ndagukundaaaaa
Rwanda uragahorana amahoro!! Nubuyobozi bwiza iteka ryose. AMEN
Eliane njye ndagukunze kurushaho, ugaragaje ukuri kuri couples za diaspora. Imana iguhe umugisha.
Umugore w'umunyarwandakazi ni umutima w'urugo. La sagesse veut que uta exposa umutware wawe. Soyons sages
uzi ubwenge micheline, nta mpamvu yo kuvuga ibibera murugo rwawe.I wonder what her husband thinks about this.
Imana ihe abagore ubwenge pe
Urakoze kumubwiza ukuri
Ndakwikundi pe Imana iguhe umugisha
Eliane, Urakoze cyane ku kiganiro utanze kdi nizere ko nawe bigufashije kuruhuka, gusa ariko nanone amakosa yose y'urugo singombwa kuyazana hanze, kandi nanone nkusaba kongera gukizwa byuzuye, kuko umuntu agukurikiranye cyane abona akantu ka kamere y'amahane utaragahamba neza.
kdi mu ngo haba byinshi kuko hari nundi wakwandikira ukaba uzuye akaboze, kdi ibyifuzo byawe iteka imbere ye bihora ari 0
Eliane njyewe ntabwo unzi ariko nagukunda ga, ariko noneho urampemukiye kubona umena amabanga y'urugo. Nubwo mwaba mushaka gutanga amasomo mwagomba kuba mwazanye n'umugabo wawe noneho nibwo twarikukumenya ko ar'amasomo. Buriya buri rugo ruba rufita ibyarwo.Aliane urantengushe.
Nyamara mushatse mwareka social media 😭😭😭 isi yararangiye mujye muza tubote 😂😮
😂😂😂😂😂 Nugukina
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
🤣🤣🤣🤣
Iyi ni therapy atavuze yakwitera icyuma 😭 ikintu gifasha umuntu wahuye nibibazo nukubivuga urabibika pressure, diabete, depression bikazamuka wee
Mpore maman abantu batukanye batumvise contexte y'ikiganiro.ubundi hako wotanga akarorero kubandi wakoze kwiyitanga kw'akarorero
Eliane intahe yawe iranyubatse cane nukuri urakoze cane. Ntiwite kubantu bagutuka turagukunda cane muvyeyi mwiza
😂😂Nawe c Burya Warira kubera Umugabo Narinziko uwawe ari Malayikaaa hhhhhh
Ukuntu wivugiye ngo Aho gukora divorce wapfa ubu uzingo twarabyibagiwe😂
Nizereko wizeko ntakidashoboka
Nikera wifatira Aba koze divorce 😢
Kumbe nawe Divorced mube murinda umunwa wanyu muvuga musiga.
@fanyangel8732 ndumva nagukora muntoki 😂 😂yigize nyiramdabizi aho abera mutima muke nuko byose abishira muri social media 😂
Uyu Mugore nikigodyi👹👹👹
@@jeannettehabonimana5256yirondeza divorce kugira arabe ko yoguma mu burayi haha nako yavyze ngo hako yakahukana yapfa haha
Yibagiwe ibyo yivugiwe ubwiwe. Numiwe nabuze icyo navuga.
Ahubwo ko yashatse gukora divorce atakubiswe cg ngo amubwire ko azamwica?
Warakoze kwihangana.
Nibura byatumye umenya ko nta muntu ukora divorce kubushake ahubwo uwo babana aba yamunaniye mu mashyi no mu mudiho.Kandi buriya Clement ni uko akigushaka,atakigushaka mwatandukana kdi ugakomeza ukabaho ntupfe nk'uko wabivugaga.
Imana ikomeze igushyigikire basi.
Ibyuvuga nukuri pe uriya muntu ntabwo avuga nkuwapfushije avuga nkushaka inyungu kuwapfuye mbega isi😢
Eliane wigisha uvugango ntiwo divorca ngo naho hoba iki?kumbe nawe uvuga ibintu ukongera ukinyuramwo kandi murico gihe uvuga ukinyuramwo uba utari n'umuntu ari sérieuse
Aha Jew ndumiwe
ntawutasenya rega burya ntitugaseke ababinyuzemo kuko twese byadushyikira.
gusa abagabo mujye mworoshya muba abanyagitugu mugakabya cyane abagabo bo mu Rwanda no muri Africa murakabya nta mpuhwe abenshi mugira.
Yeweeee sha wimvugira ibintu!!! Bitwa bantampuhwe
Muramvunye imbavu bavandi
Sha Elia bihorere nge ibyuvuga byose nge nabitahuye pe nge nanubu ntazinokwikorera icyayi ibiryo bihari ntashobora kubyiha agomba kurya aruko mbimuhaye. Naramubwiye ko bimbangamira kubatashobora nokumfasha ndwaye yarambwiye ngo sinateka cg ngonkore umurimo numwe womurugo mfitumugore 😢😢 niyo ndwaye ntanakimwe yakorq pe
Impore mama!! Dadira 💪💪 Komeza ubutwari wiyubakire, Imana izakugororera kuko Imana ibana nabihangana!!
Nta njajwa ndabona mu isi nk’uyu mugore!
Sha arajagaraye nukuri
LE PAUVRE MARI aviriyemo aho déjà c'est un homme violant!
Hhhhhh avugubusa arirya nakajajwa sinzi ukuntukameze
Ariko wowe haruwagucececyesha ?
Eliane we ushaka wavuga make kuko niryojiro wagendaga iyo akwihorera wari kugaruka uvuga nguvuyehe ?
Urya mugabo yarambabaje gose yashaka amaronko ntiyaraje kuvuga ko bavukana kumva avuga ngo yarababashe se ntiyishwe muri jenoside kandi atavyo yigeze avuga.ahubwo mama Pasteur azobace kure nisumu boyimuha kugira barindagize barya bana babanyage imitungo .
Nubundi Azayahe Umudamuwe Kuko Abana Yafashaga ntaho Bagiye!!
Guhamagarana mu mazina nibyo byiza surtout pour les familles nombreuses
Eli wikuvanga imico 😊ino nagucyulira ngo urugo rwa mbere rwarakunaniye oya oya niba byaranze ni uko nyine byarangiye twese niko tubyumva
Eliane impamvu iyo bigeze kuri P.Happy wumva ucitse intege zokumubwira nabi nuko Umukunda nange bijya bimbaho
nuko ye muri bridal shower ukuntu uba watumaze ukagirango nabamararika babana nonese ko wivuyemo koko oya sigaho kdi nawe wigaye
wahora niki le pauvre ko bagiye kumujyana kwa Juge agataha! Mumategeko ntanicyo bapfana!
Urahubutse kdi uzabyicuza igihe kimwe ! Jya wubaha urugo wa mu pfapfa we , ndakuzi amahane yawe nambere y'uko mujya iburayi ntiwamwubahaga yari yaragowe
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Reka ye uramuzi se?
😮😮😮😮😮😮😮😮😮😮😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛😛
Ngaahooo umuceri uramenetse🤭🤭🤭🤭🤭🤭
Ufite ikibazo cyo kutagira ubwenge ariko se wasenze Imana iguhe ubwenge mana weee Eliann umugabo wawe yaragowe je te jure eeeh mon Dieu
Ma chérie wakoze cyane kubwikiganiro cyiza waduhaye, Ndabyizera neza cyane ko beshi bizemo byishi cyane, Imana iguhe umugisha 🙏🏾Ndagukunda❤️
Rata nanjye ndamwikundira❤
Eliane ibi ni bicye aba avuze😂 atumanyuriyeho🥴
Umugore nkuyu ninkaho ntwae musenjyere uyumugabo kuko yararushye yarongoye nabipe😢😢
🤣🤣🤣🤣🤣
😂😂😂cyaze
Uransekeje ndapfuye
Murakoze cyane mama Eliane ngewe ubuhamya bwawè buranyubatse cyane kd haricyo nigiyeho cyane guca bugufi imana iguhe umugisha
Icyo nkuyemo nuko Ushobora kuba urugo rwawe ruri mumanegeka, ukaba wunva anytime muzatandakundana ugahitamo kubivuga bitaraba reality, gusa twamenya ukuri twunvise side yumugabo. Ibihe biha ibindi😢pastor Mutesi yavuzeko mugihe uvuga aho utarajyera tujye tuvuga macye.
Guhanuza Eliane ni uguta umwanya 😂 Mbega umugore uvuga ubusa !
Uko mbibona ngewe rero Eliane yabonye uko izindi ngo zibayeho yumvako nawe urwe ariko rugomba kumera ubuse koko ejobundi umugabo agiye arumva akakanya yaba amaze kubimenyera nubundi ndumva wakomeza ukamufata nkuko wamufataga mukiri murwanda wenda gahoro gahoro azageraho amenyere ariko ube uretse kuza kumuvuga hano
Maman Eliane urakoze cyane Imana iguhe imigisha myinshi cyane kdi ikwagure cyane ❤
Imana Iguhe Umugisha Elliane naho aba kwifuriza gutandukana na Clément, ntibirimo. Kandi bantu twumva buri muntu wese yahamagawe ukwe, abavuga ko nta banga agira, mwe nimubigumane ariko we Isomo araritanze.
Sha Eliane wapi..ndababaye..ibyomurungo. sinarinziko wabivuga kuma social media😊😊😊
😂
Arashyanuka bingana nkamagambo avuga
Ikintu gikomeye abantu baza kuri RUclips bibagirwa nukwo ibyo bavuga bidapfa gusibika
Eliane warananutse uba mwiza cyane uraberewe
Ariko rero ibyo avuga ari kudu partagea ubuzima bwo hanze hari ubyumva bikamufasha nawe yarari kubicamo kuko mba muri canada nanje byambayeho kdi hari benshi babicamo bikaba byabasenyera ni intwari rero kubivuga nkumu public speaker kuko hari abo bifasha, courage Eliane 👏🏻
True ibyo uvuga nibyo peeee, hari benshi cyane biri bufashe kuba yaravuze ngo ntiyakora divorce in the past ntibikurako yahindura indimi, she is s human being, things happened, things changes so ntacyo avuga yavuze nabi peee
Sabin ati ariko se uba useka iki wamugani?????😂😂😂😂😂😂
Uzi impamvu Sabin akubaza aseka nuko aziko uri injajwa. Nukuri bakubabarire nta bwenge na buke wifitiye pe
Sabin yaramurungurutse😢 kandi Eliane akunda Sabin ni nawe uzaba intandaro yo gusenyuka ku rugo rwabo😮😮