NAGIYE MU NDAYA IMYAKA8😢Uyu mugore NAMUKOREYE UBUGOME BWOSE😢LOVE STORY YA GASIGWA & LILIANE ni isomo
HTML-код
- Опубликовано: 7 окт 2024
- Niba wifuza kuvugana na ISIMBI TV, kuduha ubuhamya bw'ubuzima bwawe cyangwa inkuru idasanzwe, duhamagare kuri +250784838126
#IsimbiTV_0784838126
Niyibeshaho Liliane: +250783515006
Niyiki?
@@twahirwabeatrice890 Numero ya telephone ntuzi akazi kayo ariko???
@@twahirwabeatrice890 niyumuntu wese akeneye liliane!afise ivyo gutanga!gusa ndabona naho yihanganye ivyo kuryoherwa yarabihevye ibikomere ntivyoroshe gukira pe!
@@maeli6300 😂😂😂😂😂😂
Niyiki wamugani
Powerful testimony kabisa! Iyi temoignage inteye emotion ikomeye! Ikikwereka abantu bakize neza nuko bavuga byose. Yaba Gasigwa na Liliane urabona ko bakize rwose. Mugize neza bavandimwe kubuhamya bukomeye musangije abandi. Imana ni igitangaza.
Never mind, Abagobo murahemuka cyane, iyo byabayobeye nibwo muza mwivugisha ibyo byose ! But abagore barababarira, ariko NTABWO BIBAGIRWA Okey!!!!
That’s true nubwo aseka ariko yibuka agahinda yagize imyaka 10. Sha warahuritse wamudamu mwiza.
Nivyo pe ahubwo agumana nubwoba ko azosubira pe.
Kubabarira birashoboka ariko twibukeko icyizere iyo kibuze bigora kukigarura nubundi ahora abyibuka.
Yes,sure! Imana yonyine izamwomore 💔
Icecekere wa!None se Nta bagore nabo babikora!Ruri hose.Ahubwo Icyangombwa ni ukwegera Imana
Uyu mugabo dufite amateka ajya gusa.uwo mugore yarenganye nkuwange.igitangaje nange Imana yangaruye mukwa 4 ,2021.dutuye kibungo natwe muzadutumire dutange ubuhamya tuzaza pe
Yooo!!!!
Dufashe Sabin uganire na Muhire na Marie Leine NGO barabyaye Disi nukuntu Marie Leine bamubwiragako atazabyara icyubahiro nicy'Imana 🙏🙏🙏🙏
Waou Singizwa Yezu, Impundu Impundu
Wow wow dore ubuhamya bufasha abantu . Warakoze Liiane kwihangana.
Nawe nkukunda kubi chr uranyubaka isimbi ndagukurikira cyane
Wowe Isimbi rya Yesu narinsanzwe mbona uri umugore umwe murwanda udasanzwe mpise mbona undi wakabiri buriya nkunda kandi nkubaha numugore wumutima uhugura aabandi
Abakobwa bifuza ingo nziza bazabegere mubabere ba 《marraine》 Gusa rubyiruko Musenge Imana niyo itanga umufasha, umutware, nurugo nanjye
Yarampaye pe kubera Gusenga
Haleluya nivyigiciro iyo umunyavyaha ahindukuriye Imana.Liliane Imana iguhe umugisha kandi izaguhe iherezo ryiza uri umugore wintwari Amen.i ndumwe mubo mwabanye muri ETEGE de Mutumba
Yewe ngize ibyiringiro ko Imana yagaruye Gasigwa izagarura papa .
Hello ndanezerewe ko mwasubiranye ikindi uyu mugore arihangana afite umutima mwiza ukomeye komeza kuba intwari mubyeyi mwiza gusa icyo nsabye uyu mugabo uyu mugore muhe care umusohokane umuteteshe wibuke Kandi uhe agaciro kwihangana kwe yagize iyo myaka yose umufate neza nukuri numugore mwiza uteye ubwoba
Ntabaho
Ubundi se ubwo ko muzi no kuvuga ubwo warakize, warihannye.... cyangwa nuko ibyo wandavuragamo byakwanze
Azongere agukwe atange ikiguzi cyagahinda yaguteye kuko yakubabaje bikabije
Kbs
Abagore barihangana kweri UYU niwe mubyeyi.👏👏
Uyu mudamu nubundi umubabaro nturarangira kuko nisuraye irabigaragaza uyu mugabo nibo koko yarahindutse azamube hafi amuteteshe niho bizarangira
Ariko Liliane Nubu aracyababaye rwose
Biraboneka ko akibabaye
Yego agahinda yagize ntikahita gashira Ako kanya.akenewe komorwa ibikomere yagize
Ibyo biri mungo nyinshi,umugabo wese unywa inzoga nyinshi atitangira bijyana nubusambanyi nubugome namagambo menshi,mabi cyane
Gauthier icecekere nabatazinywa bagira ubugome kdi bakavuga n'amagambo mabi akakaye akomeretsa abantu
@@tumukundeclarisse1015 yeah nabo babaho pe. Ariko ntiwahakana ko inzonga zizana izindi ngeso mbi.
Umugabo wimbwa cyane ntanisoni nuko wakennye niyo mpamvu na Théo bosebabireba nuko yaje yivugisha nuko mugira abagore beza arijye wambona shyiiigariwe
Nanjye mbona bagarurwa n'ibibazo na Theo yagarutse aruko abona byanze abantu baramwanze baramutakarije icyizere abagabo ubundi bateye bate uziko wagira NGO baba baratsemo imiriro njye nibaza icyo baba bajya gushaka batabona ku bagore babo bikancanga isyigariwe
Shan sinziko najye byavamo
Uyu mubyeyi umutima we wuzuye igihinda kiremerereye umutima we nuko yiyumanganya.
Ibi bigomba kubera isomo benshi, bibe twe tutarubaka cq abubatse. Liliane Imana ijye ikwiheta umugisha kubwo kwihangana. Nibyo koko kwihangana bitera kunesha & finally that award comes to you🫂🫂
Liliane uri intwari cyane Imana izajye iguhora imbere pe.
Mbega umugabo wintwari Manaweee sumugabo umwe numwe kwisi wemerera umudamu we akavuga ubuhamya bwegutya gusa Uranagaragara Nkimpfura Imana izabubakire urugo rwanyu peee
Shn nneho nemeyeko abantu bazi kwihangana bakibaho p, Imana ikomeze kubakomeza disi 😭🙏🏾
muvyeyi Imana izoguhe ijuru kk ufis umutima udasanzwe
Ubuse nta cya Sida wakuyeyo koko!nubundi mbambona Liliane nubu akibabaye we
Ashobora kuba atarayirwaye
Hari abantu batajya bayirwara
Ubu ntiyakongera kugwa. Yabonye akavayo!!!
Ntibikenew ko babivuga
nubwo yaba ayifite umugore yaramwakiriye ntampamvu yo kwibaza kubyo mutazi
Umwami Imana abane namwe mu muryango mushya mutangiye. Turabakunda cyane.💝💝
Maman Lili, uri icyitegererezo cy, ababyeyi bazi kwihangana.
Papa Mugisha na Maman Mugisha Imana ibakomeze rwose pe
Eeee iyo Ndaya ko yarifite umuhamagaro wo guhugura ibigabo byananiranye.
Hallelujah there is a God of impossible 🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Imana ntakure itakura umuntu ntanaho itamugeza ikomeze ikugumishe mubuntu bwayo iguhe imbaraga zokutazasubira data wa twese waguhamagaye igufate ukuboko ntikurekure Gasigwa liliane Data waguhaye imbaraga zo kwihangana nikomeze ikomore inguma kdi iguhe umugisha amavuta no kwaguka mwizina rya yesu uburinzibw'Imana bukubeho Amen
Yoooo Imana ishimwe ko Gasigwa yabyutse
Nkunze ukuntu uyu mugabo asobanuye karande n’urugero atanze ni rwiza cyane. Mbere yo gushakira karande mu by’umwuka (spiritual), tubanze kuyishakira muri environment dukuriramo (ni yo mpamvu ari byiza kwimuka), mu ntekerezo (psychology, ni yo mpamvu habaho abahanga muri mental health) no mu byo turagwa mu buryo bw’umubiri (heredity). Ibyinshi bishobora gusobanurwa n’izo ‘bio-psycho-social’ factors byegekwa ku myuka mibi bikarangira nta gihindutse, ahubwo na next generation ikabifata
Abenshi baracyabirimo thanks sabin for that .. Imana itabare abasigaye
Impore Liliane mwiza🥰 Hashimwe Yesu waguhaye imbaraga z, umutima. Ntabwo ari inyama n, amaraso byagukomeje ahubwo ni Umwuka Wera w, Imana.
Ibyo nukuri
Umubyeyi warezwe rwose❤❤
Ntiwitwaze karande cyaneee!! Uvuge nkawe ndetse n amakosa wakoze!!! Wibeshyera izo karande ahubwo ca bugufi wowe ubwawe
Ubuse agarutse mwaripimishije sida? Niba yarakijijwe ariko Imana igira amaboko, nishimye.
Yesu ukiza ibikomere,uzomore lili Burundu.wabaye intwari mukobgaeimana.
Kalande zibaho ndabizi pe mama Liliane wowe wagize Imana niyabyara hanze ijye ushimira Imana , papa icyo nkwisabira uzajye usengera abandi ba papa nabo bazabohoke bamenye Yesu Kristo ,uzaba ugeze neza
Yego iyumuntu aguye agwa kuri byose,ku bwenge,ku cyubahiro ,nibihombo hejuru yibihombo ,uburincuti ugahumamaso ukaguribidakenewe ,utaranigwa agirangwijuru riri hafi njye nizeye ko wahindutse
Ariko harikintu nibaza nkubu Liliane koko mumwaka umwe yaba yizeye uyu mugabo byukuri ? Ikindi Liliane se nubwo bwose asenga ubu ntaburwayi byamuvuramo nkumutima agahinda gakabije, sinanze ko Imana yamukiza pe ariko se uyu mugabo yamuhojeje amarira kurwego rungana nkurwo yamubabaje njye abagabo mbona Imana ibakunda pe akababaza umugore kugeza kurwego rungana kuriya yarangiza umugabo agasaba imbabazi bikarangirira aho ubuzima bugakomeza umugore nawe akahamugarira njye ibi sibyemera kbs umugabo nawe Imana iba ikwiye kumukubita ikinyafu byiza byiza akamenya umubabaro yateye mugenzi we kd arengana.
Icyonzicyo akabaye icwende ntikoga niyokoze ntigacya wasanga agaruwe nubukene yahuye nabwo cg nicyubahito yataye ngoyongere acyisubize 😒sinahita mwizera cyane
Abagabo benshi bagaruka kuko bakennye mbega byanze nanjye uyu mugabo ntabwo namwizera
@@mukashyakaadeline9737 niko kuri iyo bakennye baba abana beza
Abagore kawe nibobakenewe murikigihe weze imbuto mugihe gikomeye ukihangana kugeza umugabo agarutse murugo naho abaza kuvuga ibyabananiye imana ibakomeze cyane warakoze kwihangana mama uzambikwa ikamba ryokwihangana ukagarura umugabo kumana
Yesu Arakorape kwihanga nikinu gikomoye nogusenga 🤝 murakoze kabisa
Haluya nivyigiciro iyo umunyavyaha ahindukiriye Imana Liliane Imana iguhezagire kandi izoguhe iherezo ryiza wabaye umugore wintwari nduwo mwabanye muri ETEGE de Utumba Amen
Uyu mugore akeneye gukira agahinda amaranye igihe
Azakira ate muje kumutera imbaraga ngo nababarire uyu muntu utagira amahame numutima. Ejo bundi bazaba bamu dishye tena.
@@lolaispure4296 😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂sinzimpamvu nabonye umuga bo abeshya
Maman komereza aho,nawe wa mugabo Yesu azagufashe ntugasubire inyuma pe
Inama naguha Mama ube maso singuciye intege ariko ntacyo nkwijeje ubuzima nkubwo nabubayemo imyaka 15 hahandi umuntu akubwira ko yahindutse agapfukama akarira agasaba imbabazi ariko nyuma ukazasanga ari manupilation gusa atari imbabazi zo kumutima hahandi uguma muri urwo ugenda wangirika mu mutwe numutima kubera agahinda gakabije witonde rero cyane Imana ibigufashemo ndumva ubwo buzima gusa nubwo nabayemo 100%
Nukuri Imana imufashe kuko ntibyoroshye pe
Solange wampaye number yawe?
Imana itabare ingo,kuko nyinshi nuko zibayeho,Liliane Imana igihe umugisha n'indishyi za kababaro wahuye nikintu kihanganirwa na bake
uyu mu Papa rwose areke ibintu byibitsure cyanke byo kwikakaza ahe care umugore kuko Liliane akwiye impozamarira ivuye kuri wowe Gasigwa, rwose kunda umugore wawe kandu ubimwereke kuko ubønnhørlig ko akababaro aracyagafite
Shahu c no kwihagararaho kwabagano🤭 uzingo yabikora 🙆
@@ingabijean21 yeah abagabo biwacu baragoye
Mana yanjye ibibintu mbizi ahantu neza neza uko iyi couple yarimeze nabo niko bameze
Mana tabara😰😢
Hallelujah 🙌 Nkomeye amashyi menshi Uwiteka ku gakiza ka Etienne 👏 Abagabo benshi bazakizwa kubera ubu buhamya, ndetse n' abandi bari mu byaha. Sabin uwo mu papa uzajya umutumira avuge ubuhamya anabwirize, kuko niwe muhamagaro we 🙏
Imana imwomore kuko aracyafite agahinda!!!!! Sabin umugabo azagaruke atubwire ibyo Ari gukora ngo anezeze umugore we, kuko aho yageze amubabaza akwiye kuhagera amunezeza!!!
Imana ihabwe icyubahiro ko yakuzuye Gasigwa we. Uwiteka aguhe umugisha Kandi akomeze intambwe zawe
Uyu mumama mubigaragara aracyababaye cyane
Ntibyapfa guhera akakanya kuko umutima uba warangiritse ariko kumugabo azamugirira neza azabimwibagiza
@@zaza8625 hahauaha uyu wowe azamwibagiza iki. Uyu nta bu muntu. Umuntu wacuruje indaya nta kiba gisigaye.
Mana weeee ndumiwe 🥱🥱abagore baragowe pe !!! Ese kuki ntamugabo wabasha kubabarira umugore wamuciye inyuma??
Niko ubuzima bumeze
Ubuse uyu mugabo yarahindutse koko ntabwo rwose ahubwo Liliane akomere kandi agume arwane
Belle histoire.imana ibahe umugisha mwubatse imitima yabantu benshi bantu b imana !!!
Abagabo bose uwabaha umutima nk’uwa Liliane nabo bakiga kwihangana aho guhora bihanganirwa 🙏🏻🙏🏻🙏🏻
Yh
No comment pe ...sha imana irahari ..buriya nabandi tuzatabarwa.
Uyu mu maman ariko biraboneka ko yababaye Kuko urabona afise ihungabana
MBEGA NGO UYU MUGORE ARIHANGANAAAAAA😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭
Mwiriwe neza nunvise ubuhamya bwa gasirwa amarira aranyica gusa ndishimye cyane kuba yaracyiriye agacyiza uwo mumama yesu azamuhe umugisha yarihanganye ni clarisse ndi oman
Gasigwa ko amakosa yose ayashyira kuri Karande?harya ubwo nta ruhare na ruto yabigizemo? Liliane God bless you🙏
Byihorere sha,nawe unyumvire..Ese karande wayipimisha iki?yarahemutse,nabyemere nta kibazo. Ni mecanisme de défense.
N'imitwe sha,iyo aza kuba ari umugore wabikoze byaba hari ibindi bindi
Bazina wanjye Gasigwa imana iguhe umugisha mwinshi wowe numufasha wawe🙏🙏🙏😘😘
Sabin komereza aho utuzanire abubatse barimo umwe washoboye kwihanganira mugenzi we!!
AMEN
This is amazing for real if yes give me something😏
✊
Yoooooo nanjye ndumugore wumusirikare nirworugamba ndikurwana hamwe nogusenga nsubijwemo kwizera konanjye bizakemuka kubera gusenga mujye mukomeza muduhe ubuhamya buradufasha ndishimwe pe
Komera utwaze gitwari Yesu aragukunda knd muri kumwe❤️❤️❤️
Wouah !!! Ababishoboye disi 👯 urintwari Madame inyuma yinkuru zabo vyanse bakahukana turonse uwabishobora akarwana urugamba rukomeye! Coup de chapeau Mme Liliane 👌🇧🇮🇧🇮
Uyumudam rwose nimfura ukuntu atuje, ntashobora nokuvuga batamuhaye ijambo umwami Yesu arwubake arukomeze umwanzi ntazongere kubona Aho abyukira.
Amen 🙏🏽🙏🏽
Yaramukandamij ikigaragar uyu mugore atinya uyu Mugabo cyn bidasanzwe
@@ikirezichartine2360 oya nge mbona atuje nubusanzwe atari gutinya umugabo.
Ihangane mugore mwiza kdi ubwo umugabo yagarutse ujye ushima Imana usenge ntabwo bizongera.
Urintwari mama Imana yo mw’Ijuru ibakomeze izabahe ubugingo buhoraho
Liliane uri umugore wihangana birenze ubwenjye bwa umuntu, kandi ufite Imana muri wowe, Jyewe umugabo ambwiye ko azanyica icyonakora nugutangira gutegura ahonzahungira wowe warabyihanganiye Imana yarakoze kukurinda. Ubu ubuhamya narabwumvise nahandi ariko simbumenyera muri ishuri ryiza dukwiye kwigiraho nkabanyarwanda. Murakoze ❤️❤️
Imana ihabwe icyubahiro yo yabonye ko ariyo ikwiriye kugirango igaruke munzira nziza. Ubu rero umenyeko aribwo satani aguhiga kurusha kera kandi ntawe Imana ifata kungufu nudashirambo imbaraga zawe ugakumbura ibyaha izakuburira ariko ntizakubuza kujyayo urasabwa kuba maso ngo utazongera kugwa mumoshya kandi Liliane Imana imukubire.
Gasigwa Imana iguhezagire kandi iguhumugisha utagabanije uranyubatse cane
Yooo,uyu mugabo ndamwibutse disi!Duherukana cyera Muri ATAMIMORWA!Uraho neza muvandi?Imana ishimwe ni ukuri ndafashijwe n'ubwo harimo inkuru ibabaje!
Ubu bahamya ntabwo nari narabwumvise ariko I ama very happy for you Liliane, warakoze gukomera kuko hari umuntu nzi neza neza waciye munzira nkizi mwanyuzemo, ariko nawe arasenga kandi Imana nibishima nawe azagira igihe cyo gutanga ubuhamya bw'ibyo Imana yamukoreye. Gusa binyibukije icyanditswe KIVUGA NGO "nta kigeragezo kitari urusange mu bantu" gusa ijambo rikambwira muri Luke 1:45 ko "Hahirwa Uwizeye, kuko ibyo yabwiwe n'Umwami Imana bizasohora"
Umugore mwiza umuhabwa nu witeka papa uzushima Imana wabony umudamu uzi Imana
Mubye mwiza Yesu ajye aduha imbaraga kuko urugamba turwana surwo umubiri ubworero Yesu ajye areiyoborera kuko twe ntitwarutsinda atariwe .
Ariko Sabin nawe rwose ngo love story. Reka reka iyi si love story yenda byite urugendo rwo kubabarira rwa Liliane cyangwa se urugendo rwo guhinduka rwa Gasangwa uko nabibonye ibya love ntibirazamo neza
Erega uriya mugabo yaarwaye siwe,Ubwose uwukunda arwaye wamuta
Mmen Imana izaguhe ijuru nicyo nkusabira,hashimwe Imana yaguhaye kwihanganaa
Nubwo bitagaragarira amaso ariko imbaraga zatumye amubabarira zavuye kurukundo yamukundaga hamwe no gufashwa na Nyagasani.
Mubyeyi Liliane usengere abasigaye aho wavuye,kuko birakaze,gusa Atari Yesu Udushoboje benshi twacogora.
Mme Liliane ,Yesu Yarakoze kugufasha kwihangana ariko rwose ukomere kugira ukomeze umugabo wawe ,usenge ugire ivyishimo ,knd umwizere ko Imana Yakoze Ibikomeye mubuzima bwe
Mana weeee murakoze cyaneeee ibi bintu biriho cyane,ariko murakoze kubidusangiza.
Umva wa mugore ubwo ayigushyiramo nturuke umva kwica yavugaga ko yakwica nakimena umutwe gisinziriye aricyo icyocyontazi nkagendana nawe IMANA igira amaboko mwabagore mwe kwihambira birarenze natambwambi.
Mukirundi bavuga ngo amaherezo yinzira ni munzu. Imana yagize neza kuguteza ubukene hama ugasubira murugo. Mpore mu dame mwiza
Urabivuga urabizi, amafaranga iyo ashize baragaruka
Ubukene ni umwigisha atayobeza
Umugabo wanje naw iyo amahera yagabanuka yaca asubira gutora bibiriya🤔yasubira agahezagirwa ibisazi bigasubira gerageza urab
Nejejwe n’Imana nukuli Imana Iguhe umunezero maman Mugisha urawukwiye pe!
Akumiro ni itushi pe! Mbega isi! Mbega umugore ufite imbaraga!!! Mbega kwizera!!!
Introduction yonyiine inteye kuzungurira ayiweeee !! Isi ibamo amasi menshii pe
Mana! Wamubyeyi we Imana ihguhe umugisha kubwo kwihangana wagize
Gasigwa ndamuzi ariko imana ishimwe niba yaravuyeyo
Rahira yarakabije cyn noneho 🥲
Liliane Imana ikongere amavuta meshi yo kuyikorera yakugaruriye Umutware
Mana yanjye ndumiwe kbs. Wa mugabo we Imana igufashe ntuzasubireyo kuko wahita upfa🤷♂️🤷♂️
Imana ibashyigikire muntambwe mwateye benshi nahita babivamo ukwihangana kubahwe but my god
Haa I can forgive u but can never get back with u anymore
Sha abantu bazikwihangana
Why would you say that?
Are you innocent?
Glad if you're mistakable!
@@florenceumutoni8997 Nanjye ndabona bikabije. Agira amahirwe ko atamuzaniye indwara.
@@florenceumutoni8997 good morning I will be in the lobby by the time you get your order please thank you very much
Imana iha umuntu umusaraba yashobora my dear!
Yiiii a abagabo nkaba bagarukira a abagore aruko bakennye bakubiswe, n Imana yonyine ibigiramo uruhare ninayo izakomeza kubigiramo uruhare!
Nubundi buriya yakubiswe cgw afite ibirwara amuzaniye abagabo sha afite ubuzima bwiza ntashobora kugaruka bibaho
Imana Data watwese ugira neza ntiheba uwayo.
Yagaruwe nuko abuze epfo na ruguru suko yakijijwe. Abagabo benshi iyo babuze uburyo bagaruka murugo basaba imbabazi
Nubundi ntarakizwa😂😂😂
Arasa nutarazinutswe byose yabishyize kuri karande
@@umubyeyimariechantal154 uzubwenge peuh uzimuka
Gusa uwumugore aracafte ibikomere
Dore Ubuhamya tuba dukeneye rero . Babandi baza bavuga ko bari bafite impamvu yo gusenya ndakeka ntawari yavuga impamvu iruta uyu mugore Lilian yarafite.
Ibyo birasa ni byange neza pe nge bimaze imyaka 13
@@giramatakabebe7867 komeza usenge nawe uzatabarwa.Imana ikunve.
@@giramatakabebe7867 Yesu akugirire neza utabarwe
ark abantu bose ntabwo bakora ibintu kimwe biterwa nuko wakira ibikubayeho bityo ntawe wacira urubanza buriwese nibyo ashoboye
@@sugiraetienne3762 kabisa buri wese aba afite umusozi we.
Imana irusheho kubashigikira no kububakira.
Karande zibaho pe gusa Imana iturwanirire iyaba papa yakwemera kureba iki kiganiro nibura yahinduka mwe mwagezweho nibyo bikomere hanyuma mugatabarwa mujye mwibuka gusengera abakiri kuri urwo rugamba imyaka 7irashize papa aretse ubudiyakoni ajya mundaya no mu kabari n'ubugome bukabije.
Pore sana mama lmana nawe izamugaruze ukuboko wkwayo
Iyo ntahe yanyu nivyo biri murugo rwanje,ndatangay cyane
Liliane ufite imbuto z’umwuka wera peee! Uzi kwihangana birenze ibyo umwana wumuntu y ashobora! Ariko uzashake uburyo wiyitaho kuko ufite ibikomere. Biragaragara
Sabin iyo umubaza uti ibyo wakoze iyo aba arumugore wabikoze uba waramubabariye
Nanjye nicyo ndimo nibaza
Wapi abagabo barikunda
Impossible
Umva nkubwije ukuri ntanubwo uyu mugabo aba acyibuka uyu mugore🤦 abagabo barikunda cyane.
Mwakoze kudusangiza inkuru yanyu kuko ni ubuhamya bw’uko urukundo karemano ruvura kandi rugakiza 🙏🏽. Imana ibakomeze muri ubu buzima murimo kandi ikiruta byose izabahe ubugingo buhoraho 🙏🏽