NASAMBANYE N’ABAGABO 10|| UMWE AVAHO UNDI AJYAHO🤭🥲|| SHITANI IRENZE IZINDI| Mariam Ni Isomo!
HTML-код
- Опубликовано: 1 июл 2022
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
Развлечения
Imana si umuntu ngo ibeshye, ibyo isezeranya byose irabisohoza. Ikora ibirenze ibyo dutekereza. Irakora, irahumuriza, ndi umuhamya wabyo. Imbaraga zayo zidukoreramo umutware bwayo buduhoraho. Warakoze kurohora uyu muvandimwe. Shimwa Mwami amamara 🙏🙏🙏
Ubu se ukora iki??? Ufite umugabo???lmana yarakoze kuguha agakiza Yesu numubyeyi 👏🏻👏🏻👏🏻👏🏻👏🏻❤
Kubimpfuvyi ukanyara nokuburiri biravuna nanje byambayeho ariko yesu yarantabaye
Rose, ndagushimiye ikiganiro cyiza utugejejeho. Nifuje kukubwira ko nkunda ukuntu ubaza ibibazo ugusha ku ngingo, ukubaha abatumirwa bawe ukabaha kwisanzura. Ikindi nkunda ko utababaza ibibazo by'amatsiko ku buzima bwabo bwite cg ngo ubahatire kuvuga ibyo bo bifuza kugira ibanga.
Imana ninziza, Yarakoze kweli. Ntagisa nagakiza weeeeeeeeeeee. Yesu weeeeeeeeeeee uraryoshye cyaneeeee. Imana izarushaho kugukomeza
Ndakwibuka nakakazina twakwitaga chr😄😄💕💕 M k. G ----------sibyo chr nyagasani agumye akujyirireneza mama🙏🙏 ndagukumda💕💕💕
Imana ishimwe yoyagukuye ahakomeye nkawamugore wazaniwe
Yesu murusengero yasambanye
Tugusabiye gukomeza kubana n'a
Kristo Yesu.
Munjye mureka kuvuga izo nkuru kubera abana banyu mwa bagore mwe kubera konyuma yi myaka ni myaka kuko bitera anana ipfumwe ahoooo isi ya meze amenyo
Harya umuntu ashimiye Imana mumutima Imana ntiyabyakira?? Aho gutanga ubuhamya bwuko waryamanye nabagabo 10 ingunga imwe, ubuse umugabo ugutunze bimeze bite??????
Ariko Niba numvise neza , wamwana wa mbere byarangiye gute
Welcome back 🌹TV hari haciye igihe mwariheje. Imana igira neza🙏🏼
Mana yanjye abasilamu ndabakunda Ariko izo nkoni 100 mana yanjye 😂😂😂😂😂😂😂😂twarwana Ntabwo zanshiriraho zose pee
NDAFASHIJWE PE. URAKOZE MUNYA RWANDAKAZI MARIYA. NDAKWIKUNDIYE. UWITEKA AZOKUGEZE KUREE,AZOGUSHITSEKO AMASEZERANO YOSEEEEE HALLELUAAAAA
Amen 🙏 urakoze cyane ❤ amen 🙏
Ayiweeee mbega umutumirwa mwiza
Warakoze kumenya Imana
Uwiteka ni karuhura. Kandi Imana iguhe imigisha kubwo guhamya ibyo yagukoreye.
Imana iguhezagire mukobwa wa Yesu imbere niheza caaane Kandi harivyinshi Imana yakubikiye.
Ntuzacogore Imana yagucishije ahakomeye ariko ubwiza bwayo buri kuri wowe nkuko yabikubwiye icyubahiro cyayo kikuriho ntuzayirekure ubuzira herezo.
Yoooo pole sana mukundwa, courage, Imana ikomeze ikwishimire kandi ikubere maso🙏🍓❤️
Imanayagukuyekure
Imanayagukuyekure
Mama nibyo Imana yacu ninyembaraga ineza yayo ikomeze kukomaho ufashije abantu benshi
Sha imana yakugiriye neza njyewe sishyidikanya ndakuzi pe
Pole sana Mme warahuye na mahano adasanzwe
Uyu mubyeyi nigishije umukobwa we mukuru kuri College. Imana ishimwe cyane pe.
Imana ishimwe ko yagukuye kuri iyo ngoyi y'icyaha.
Murakoze cane. Imana Ihindura amateka pe.
Imana irahambaye ndabuze nicomvuga
Imana ikugume hafi niyo nkuru amen
Imana ikuzigame chr 💕💕
Imanishimwe ko wakijijwe
Yesu aguhugisha mama yagukuyekurepe
Yoooooh mbega ubuhamya! Ariko nkeka inkuru itarangiye neza! Wari kutubariza ko ubu yashatse. Niyaba atarashaka ko yiteze kuzashaka cangwa se atawuza kumusura muri bamwe bavyaranye!
ubu ninjyanamuntu peee mbega kugorwa weeee kwa hitimana ndahibuka kweli twarazinyoye
Imana ninziza ibihe vyose
Hahahaaaa.....!!! Nsetse gukubitwa inkoni ijana ukaba ukize ibyaha!!!!
Imana yakugiriye neza komerezaho iyagukuye muburaua izaguha n'ubugingo. 1:58:47
Imana ishimwe ku Mpuhwe zayo
Imana yakunyujije ahakomeye
Amen 🙏
Imana ishimwe
Nukuri Uwiteka arahambaye pe komera kd uhumure
Nkunze ukuntu watanze I story yawe kabisa
Abantu baragunze ariko Imana yagukunze kurushaho
Amena 🙏
Uwiteka abohore abantu be
Indushyi ni nyinshi
Impore.Imana Ihabwe Icyubahiro nukuri.
Murakoz can
Nanjye uzampe ,ndabona waryoshya ibintu
Be Serious
Cyokoze abasilamu nabo 😂😂gukubitwa ngo ukaba urababariwe 🤭siècle ya kangahe da
Rose tv choo
Naw wabaye nka Gasaro TV akina film??
Burya se murwanda tuzabona you tube idakina film ryari?
wow twahora tukwemera uduha ukuntu uteka imfungurwa!!
Rose uzobireke ivya film sibyiza
Amen ❤
Kutamenya yesu nukunyagwa buriwese namwifuriza kumumenya
🙏 Amen
Eeeeh ndiahimye, nongeye gutekereza ku Mana! Nongerewe ibyiringiro
Ariko byo ninamwiza rwose
imananacyiyinanira
Une histoire qui ferait un très bon film éducatif. Un vrai film, pas un théâtre!
😊😊😊😊😊😊À
Kubeshya
Ndabuze ico mvuga
Gukizwa nibyiza mubyeyi
Ariko Rose wumva byinshi
Ubuhamya bwanyu buranyubatse pe imana ihab'icyubahiro.
Rose we ndagushimiye kubwikikiganiro cya Mariam ugaraje gukomera Kwinana yacu. Mana ubyumve ndagushimiye urimujuru.
Eeeeh wahuye nibibazo ihangane
Aratabara Yesu Kristo aragahezagirwa ubunaho wopfa wopfa wishimye Kandi uzobawaramaze kumaramariza satani ahigaragaje gusa Yesu yadukuyu kurepe🤭🤦🙏🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Uwiteka akomeze akunezeze
Part 2 plse
Irakwiye rwose
Usibye ko wari nagacucu disi warashukikagaaaa wari akana kagahwinini disi.....
Ariko Nyagasani REKA NUMVE inkuru yose gusa warakubititse mugore mwiza.
Hashimwe Yesu ugira neza wakurinze.
Gubwa neza Imana ikunezeze.
Nukuri imana yarakurinze
😢por kabisa ntibyariboroshy ndagukomej imana ikwiteh
Nubwambere numvise nyirasenge wumuntu mwiza ❤
Kabisa
Bibaho bose sibabi mama yishyuriye umwisengeneza we kaminuza kdi tutari abakire .
Ntakure habaho lmanitagukura p.
Mbega ihangane isi nimbi pe
Ndishimyep
😮ntawuvuma iritararenga, uwimana yahaye ahambira abambuzi bamurebera, kandi ntawiheba agihumeka❤❤❤
mwiwe,jyewe simpakana ko ibi bitabayeho gusa muzakore ikindi kiganiro
ikindi jyewe binkoze kumutima ,ariko nibishoboka muzatubwire uko yaboneka tuzamufashe gacye uko dushobojwe
Ngo abagabo 10 umunsumw? ndumiwe!!
Maliamu ndagukumbuye reka nguhamagare
😊
Ariko kwiyambura ubusa kuri yubi bimaze iki
Glory be God,haraho Imana izatugeza🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
3
111
Komera mama ndakuzi ibyuvuga nukuri
Yesu numwami uganza imbaraga zabadayimoni
Mana weeeeeee!!!!
Thanks Rose.
Nongeye kukwibuka kamuhoza mumasengesho
🔥1
Nibwo buhamya ndangije pe kuko sinkunda kureba video ndende
Ubwose cyaranyaraga mwa?
Murivugakoko
Nyabuna uwagira numero yuyumubyeyiii yayimpa mugikariii murakozee
Abasirikare ba 5 bakuru burwana amateka
Iyi reta yi ineoka ntakindi izageza ku banyarwanda uretse ubusambanyi
Ubwose wunguts iki?
Turashaka igice cakabiri
Hallo
Maliamu sha
Mana warakoze kumutabara
Ama ni amasomo. Uwashaka tel ye yayibona gute?
Amen pas de commentaire
Ariko nk’ibi biganiro bifasha iki?
Sha ni hatari kabisa
Uyu mu maman yakoze Urugendo rukakaye ariko Imana ishimwe kuko yamukuye ahaga .Icyubahiro ni icyayo.
Yewe iryodini narivamope inkoni ijana zose
Ko waretse uburaya se buriya kutishyura inzu byo si ukwambura
Turasavye igice ca kabiri twumve Uno musi ingene abayeho