IBANGA RY’IMIBONANO MPUZABITSINA ABENSHI BATAMENYA|ABAGORE BENSHI NTIBAZI KURYOHERWA😔Kanyana
HTML-код
- Опубликовано: 29 сен 2024
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
youtube.com/@familypillars?si=v4ACXsd64MVeIIle ibindi biganiro byiza byabo👌🙏🏻
Rose, utinya kubwirwa nabi pe! Disi utangajww n,ijambo ribo ryaturuka ku mugabo. Disi ukomeze ukundwe nkuko mbibona❤❤
Sha njye numugore wanjye turaryoherwa 100% mfite umugore uryoshye narumiwe aranyara, aranyonga, arataka mugihe cya sex mbese naranyuzwe tumaranye 8 ans ariko nkiyo nagiye gukorera kure ya famille mara 5 days nkumva ndamushaka birenze nkaho maze umwaka ntamubona.
Ibintu twakuze babyita ibishitaani,abandi bati ni IBIDUDU,AGATABI,AGAPIPI ubwo wanyerera ku ijambo ugakubitwa nkizakabwana none bidukozeho😅😅😅
Kanyana ibiganiro byawe bibamo ubwenge❤
Nateye agatebe Rose we ndi kumva!
Rwose iki kiganiro kirimo ubumenyi bukenewe. Kanyana Ni impuguke kabisa. Mwubakire abanyarwanda, hanze aha Ingo zifite ibibazo mwakomojeho. Uyi mpano nanjye nyiyumvamo, numva nshaka kuganiriza abantu.
Shahu ceceka nigute umukobwa Yaba yararyamanye nabagabo cg abasore benshi cg umusore Yaba yararyamanye nabakobwa benshi hanyuma mwashakana iyo communication urata mukayikora ntimwahita mutandukana?usibye ko bidasaba communication uko mwitwara mumibonano iyo umwe murimwe yaciye murizo nzira navuze haruguru birigaragaza kuko bene uwo muntu DNA aba yarakiriye ziturutse Kubo yaryamanye nabo wowe nubwo wagira Ute izawe ziguma Ari mineur Aribyo bituma wowe nubwo wakwihiringa ka Jana ntabwo wamukuramo izo DNA zabandi!inama nagira urubyiruko nuko gukora ubusambanyi utarashaka uwawe bigira ingaruka ndetse zigihe kirekire!
None x kanyana nuburwayi biterwa niki mubyukuri
Mumpe number yuwu mumaman please
Murakoze cyane Kanyana na Rose
Gusa ingo nyinshi ibibazo zifite naho ruzingiye,umuco woguhisha nokurenzaho wokamye abanyarwanda.
Ikifuzo:Mwadufasha mukatwigisha uburyo bwo gutegura urubyiruko kuburyo bazakura bafite ubumenyi.
Uwo mudamu watumiye n'umuhanga cyane kd ari genuine mubiganiro bye byose nakurikiye. Imana iguhe umugisha Rose. Dukunda ibiganiro byanyu. Imana ikomeze kukwagura
Kanyana afite ijwi ryiza rituma umuntu yiga akamenya
😍Urakoze cyane
Mpageze mbere mumpe 👍👍👍
Kanyana ndagukunda cyane kandi urabizi! Jyewe ngukundira ko ukiri muto ugereranyije nanjye ariko ukaba uzi ubwenge Nyagasani we! Ibintu byinshi tubyumva kimwe nanjye nkiri muto sinari kure y’ibitekerezo byawe! Tu es noble, tu es mature, tu es belle, réfléchie, tu es toi même, tu sais ce que tu veux, sinavuga ngo ndangize ibyo nakubonyeho! Rose rero Kanyana mukundira ibyo narondoye! She has a smart mind 👌
Inkingi y’urugo “ KUGANIRA”
Communication mungoo ni ikibazoo mpereye iwajye pee😅😮❤❤❤
Mugane akujyire inama azagufasha bijyende neza.fatirana burya kutaganira biranjyira rusenyutse.nubwo hari abagabo bakasamutwe😂😂icyo wakora cyose akakwisuzugurira koko.😢
Love u
FATA iya mbere bihinduke njye nafashijwe ni umudamu wanjye,iyo yaganiraga nabandi badamu cg se bridal shiwers agataha akambwira ati twaagiye ahantu bavuga ibi bintu numva byibajijeho kandi nanjye ntibirambaho ,ese buriya ntibabeshya wemera ko bibaho cg ni agatwiko,tugaheraho ubu maze 11 years ariko byongereye ubushuti hagati yacu no kuba transparency muri byose
@@rjeph1237 wagize neza kumwunva,mukajyera ku bibashimisha mwembi,communication niwo muti wa mbere mu bibazo byo mu ngo.urugo rutaganira ruri mu manegeka.uyu mudamu bajye bamutumira kenshi.aracyenewe
@@rwandamum8323 irigo rwubakwa n'amagambo y'ubwenge,yuje ineza
turagukunda uvuga neza utanga inama nziza gusa abadamu bajye batinyuka nabo batubwire ko nabo bashaka imibonano Uzi iyo umudamu akubwiteko ashaka ko mukora segise birakunezeza
Rata abantu bareke “ Routine “ buri wese yumve ko mugenzi we ari uw’agacuro n’ubwo yaba yakoropye inzu birakomeye ni ibyo gushimirwa nta mukozi wazanye iwawe!
Kanyana sis ! Nubona iyi comment just know I miss you, mperuka kukubona kera ariko ndakwibuka cyane I hold good memories with you. Keep it up girl
Komera benitha ndakwibuka cyane
Kuryoha cg kuryoherwa kwabashakanye biterwa nuko abashakanye bafashanya cg bakora sex cg uburyo buri wese yishimira mugenzi we cg Urugero: Harumugabo uryohereza umugore we mugihe cya sex Agakora Sex amwonka amabere cg akaresa Imoko cg Umusoma Undi akurira Umugore acumita gusa mpaka arangije cg Umugore bakora sex araho atinyeganyeza adakorakora umugabo we abo bantu birumvikana ko bataryoherwa kimwe
Iyo igikorwa cya sex kimeze neza murugo ntakintu cyapfa gusenya urwo rugo.
Rose kombona aribuhite ajya kubikora ra ?
Aka kanyamuneza ntikari busige ubusa 🤦
Kanyana ❤❤❤❤❤ nkukunda kubi pe!
Ugira amagambo meza kdi yubwenge🙏🙏❤
Urakoze cyane
Nibwo nkigitangira ikiganiro ariko nanjye Kanyana narimukumbuye!
Urakoze cyane pe. Imibonano mpuzabotsina abantu babishyire mu marangamutima, bareke kumva KO ari inshingano.
Uyumumaman mujye mumutumira kenshi turamukunda, nimwiza, numusirimu arajijutse cyane
Rose wazatumiya Anne Marie
Kanya, uvuze ukuri
Yemwe izingo zo ni nyagasani gusa,none se umugabo we utemera kuganira ukagerageza ibishoboka byose ngo muganire agakwepa,ariko kucyerekeye imibonano akakikuganiriza cyane,ubwo ibyo byo wabyita iki??kd njye nasanze abagabo benshi baca abagore babo inyuma nta mpamvu ,ahubwo ari irari kureba housing akumva mpaka ashirwe yamwuriye kd abenshi njye abo naganiriye nabo baricuza nyuma,ngo kari kabishye ukumva ara regreta,gusa ndemeranywa namwe ko kuganira ni umusingi w'urugo❤❤
Iyo Kanyana ahuye n’a Rose mba numva navugaaaaaaa sindangize! Hari n’ubwo ngira isoni mbona natanze commentaires nyinshi
Uzatuzanire cyuzuzo wo kuri kiss fm
Ni ukuri rwose buri wese yabaye yumva akanasesengura iki kiganiro ,tugashyira mu gaciro ingo hari aho zava zikagera kandi heza.❤❤
Tugukunda turi benshii,, si umwe w....twahoraga tumukwishyuzaaa ngo uzazeeee.....ngukundira ko uri mwiza,, ufite ubuhanga, mbese urashimishijeeee .....ahubwo uzambere Marraine ndabigusabyee
❤❤❤
Ndamukunda wa mu mama we,uzi ubwenge cyane.
Ikiganiro ikiganiro kuribenijambo koko ntakubijanahanze, urakoze ncutiyacu Imana Igukomeze!
Ivyuvuze nukuri vyose pe!!
Mbaye mubambere mumpe 👍
Mfite mugenzi wanje, yanganiriye kukibazo cy,umugore we utajya unezerwa narimwe iyo babobana. Umugabo amubaza ko anyuzwe ,umugore Ari yego. Turuhuke ATI yego. Kandi ngo ABA yamutegije igihe gikwiriye, undi akamwemerera ntagahato. Ariko afashe umugore we Kenshin ariko yandikira abandi kuri wats up mwijoro, umugabo asinziriye!! Ubwo mugabo ATI nakora iki! Ngo umugore we anyurwe!!
ahakera ntibyabagaho ubuse mutandukana mutarize reka ntimugahurure'twashakaga se tubizi kurongora nta shuri bisaba .jyua wiga kubaha umugore ch umugabo naho ubundi ibindi mubimenya uko mugenda mumenyerana .ariko uko tudasa tutareshya mu buto nubunini uburebure nubugari .mubeshya abantu ngo kurongora neza non biri naturelle birikora birizana .mwese lwagize ngo prono ni ukuringora non ni harcèlement ..niki kikubwira ko yabikoze nabi ntawundi uzi ahaaa
Kanyana azatubwire impamvu umugore yuma.
Ese byakunda akworoha?
Unjye unywa amazi kandi wakire ibyo ugiye kubikora ubu firinge😊
Nukuba umugabo agomba kubanza kugutegura neza, amagambo meza, ubundi wajya no kwamuganga bakareba ko nta infection ufite ( hagati aho nakurangira kujya ukoresha okra) uteka amazi yamara gutogota ushyiramo okra ugapfundikira, ukajya unywa akarahuri
@@calvinlucky1320okra niki?
Iboneka he okra?
Okra mukinyarwanda yitwa Gombo ( iboneka ahantu bacuruza ibintu byimboga)
Icyakora iki kiganiro gikoranywe ikinyabupfura nabandi bamwigireho Gisele ni umusirimu kabisa.
You're Intelligent
Ku ma paruwasi gatolika byose barabibigisha iyo babategurira gushyingiranwa
Kanyana Gisèle wacu🎉🎉🎉
Icwiii , Kanyana bambi nkunda ijwi mamma . ❤
Kanyana abenshi turamukunda cyane cyane tumukundira ubwenge nubuhanga afite Kandi bugatuna adusangiza ubumenyi bwinshi kubintu bitandukanye aba avugaho
Mwakoze kucyiganiro cyiza mutanga kuri society nya Rda
Welcome back Kanyana ❤️Nari ngukumbuye hobe hobe Mwiza 🤗 Urakoze nawe Rose 👌
😂😂😂😂😂 Rose ni nka Gerad ibitwenge biba byamwishe😂😂😂😂😂😂😂😂
Kanyana ese twabona number yawe gute?
Hello bazina ndagukunda cyane ❤❤❤❤ kd courage
Sha murekere harabagabo ubibazaho akakwita indaya
Kanyana hezagirwa
Waw ndabakunze cyane uwo mumama ndamucyeneye namubona gute?
Rose uzaduhurize kanyana na Hubert ❤
😊'? .v.
Ni bon ikiganiro
Kuryoha no kutaryoha biterwa n’uko umugore ameze. Kuryoha ni Hormones kandi abantu bose ntibagira hormones zingana. Hari ingo nyinshi zubatswe n’indaya
Oya sibyo.
Sha Hoya pe Aho wibeshye
@@angeganza702sobanura twunve se igitera bamwe kuryoha abandi ntibaryohe....abagaboo ndunva aribo babizi kuko nibo bavuga ngo uyu mugore araryoshye...aba yunvisemo iki?
@@musabyimanaimmaculee5693 Kuryoha biterwa nuko abashakanye bafashanya, Urugero: Harumugabo uryohereza umugore we mugihe cya sex Agakora Sex amwonka amabere cg akaresa Imoko cg Umusoma Undi akurira Umugore acumita gusa mpaka arangije abo bagore ntabwo baryoherwa kimwe.
Hari n’indwara zituma umugore abiha.
Iyo ndwara niyihe ubwo.niba ihari se bwo ntivurwa.😂😂😂
Ese babiha bate, bakaryoha bate? Hagire utsobanurira
Imiti ya onapau ituma umuntu atabishaka pe sinzi niba Ari yose
@@kezamyriam7223ntabwo ari yose.ubaza umuganga wawe imyiza.
Umwana wiwacu mugambazi courage
Shahu nkunda ijwi rya kanyana nukuri
😂muravuze ngo hari abamazeyo imyaka myinshi ariko batabizi😂
Cyane rwose 😂😂
Murasobanutse kbsa
❤❤❤Komera Roza n' umutumirwa.
Mwese muri abana beza.
Nimuhumure Imana Ije kuvanaho uwro rujijó.
Ari uwuzirsko atabizi, ari ubujiji, ari uwuhima uwo yashatse, akijijisha ngo nta vyo azi, ari ababikomerekeramwo, mwitegure mugahe gato nk' ako guhumbya, ababaje abandi, bagiye kubyerekwa. Nkuko n' abahemukiwe nabo, bagiye kwerekwa igikombe cabo, cuzuye canke kituzuye.
Inama nagira buriwese ni kwitegura bidatebye.
Ndakumda chaine yawe Roza we.❤❤❤
Ashatse kuvugiki? Sindikubyumva neza
Waw kanyana wacu karibu
Kanyana ndamushimiye cyane
Kanyana mwana wanjye courage,nanjye mfite kanyana afite 12 ans.
Oooh Kanyana mwiza Ndamwishimiye.
❤❤❤
Nukuri Murakoze
Yewe uwo ninjye pe sinjya mbishaka pe ark igihe bibaye rwose mba meze neza n’amavangingo akaza ark rwose ku bishaka ntibijya bimbamo niyo yandeka n’umwaka ntacyo namubaza mbese nicyo kibazo cyonyine mfite murugo rwanjye knd mbina bishobora no kunsenyera mbabarira umbwire icyo wamfasha ndakwinginze mubyeyi mwiza
Urugo rwawe ntagihe rufite buriya umugabo wawe utekereza ko atabizi yabimenye keraaaa kandi biramubangamira bitabaho
❤❤❤❤❤
Mukunda ibitsina
Wowe urabyanga se?ngujye kwivuza
Kanyana kanyanaaaaaaaa uraho Mumy. Yambiiiiiii....mpise nishima.nkikubona....mpise ndirimba ngo kanyanaaaaaaaa kanyaaaanaa❤🎉🎉🎉😊....turagukumbuyeee
Uraho Rosineee
Urakoze cyane nagarutse❤
kanyana kanyana,nkuzi kera twiga Ariko nakwize inyuma sinzi niba unzi Ariko nkunda inyigisho zawe ndetse nimbaraga,ukoresha urukundo,numwete. Kumahugurwa utanga keep it up
@@familypillars Rose azaguhuze na Sabin, turagushaka no kwi ISIMBI TV ❤
Uyumudamu mukunda cyane wakoze cyene kumuzana muri studio igira Inama nzima
❤❤
Abakurambere bacu se ko bubakaga babatsindiriye ( abakobwa batwarwaga bahetswe mu misambi y,ibirago), ko babyaye abo twe dukomokaho ! Izo nyigisho zitera kwiburira ikizere. Mureke gutera trauma. Mugabanye amagambo. C'est mon avis
Nta nubwo babaga baziranye.ariko buri kintu nigihe cyacyo.bitewe niterambere tugeraho.kandi abakurambere nabo ntawarongoraga umugore umwe abacye ni 3 ubwo ntiharimpanvu yabiteraga.
Icecekere sha bakubwiye ingaruka wakumirwa kubyara nuwafashwe kungufu arabyara bakubwiye muburyo bwamarangamutima wakumurwa noneho bagiraga abagore nkijana 😢
Ivugire Sha ababyeyi bacu Bari baragoweee
Niba utaragize amahirwe yo kuganira n’uwa kera icecekere nukuri bari barakubititse barabaye ba nyirandarwemeye nabyo bakabikubira muri rya hame rya niko zubakwa!
None se ko bihanganiriraga guharikwa bakabazaniraho abagore nka 3 ubu hari uwabyihanganira??
Rosa tv muduhe number zanyu