NAKOZE IBIRORI NISHIMIRA DIVORCE|URUGO RWANJYE HARI IKUZIMU|NAMAZE IMYAKA 12 NARAPFUYE MPAGAZE😢
HTML-код
- Опубликовано: 22 ноя 2023
- Niba wifuza kuvugana natwe, duhamagare kuri: +250784838126
☑️ISIMBI PICTURES: / isimbipictures
☑️ISIMBI TV: / isimbi__tv
☑️ISIMBI WEBSITE: isimbi.rw/
#IsimbiTV_0784838126
NUMERO YE KU BAKENEYE KWINJIRA MURI LA VIE EST BELLE: +250 788 625 705
Mulakoze
@@ABatonitv1yego ni grp
@@ABatonitv1kfolk pusmpljjlrmlupslzsjsgjljjmo jigmjkmzjk oqipkjlkkfuhymoflphymuq jmphyyjphfrjmej 21:22
@@uyisengachantal3452 umva cheri nyuma neza Ibi ntacyo byubakaho abakizirimo byose ntuzabibona utihanganye. Turi muriyisi turi muntambara keretse utari umukristo
@@ABatonitv1😢ntukizi Koko ni groupe
Kimwe mubintu bigoye nukubaho twibeshyako isi itanga ubutabera isi nimbi ndetse nakugira inama yuko wajya uhora witeguye kwakira ikintu cyose cyaza mubuzima bwawe rero mbona uburyo bwiza bwokubaho ufite imbaraga zakakira ibyo byose bituvugana arukwiringira YESU 🙏🏿🙏🏿🙏🏿🙏🏿🙏🏿
Ese Sabin wazadukoreye ukajya utuzanira abadamu bagize successful marriages ko twajya tubigiraho byinshi tukungura imiryango yacu , uzatugeragereze famille ya Ngarambe Francois na Yvonne , bityo mutange n'urumuri , mbona bisigaye boteye ubwoba abakobwa bazajya bibwirako kubaka urugo bidashoboka , mukarema urwikekwe mu ngo kuko hasigaye herekwanwa izananiranye , mumachinge muzane abadamu b'umutima baremye urugo rugakomera , batubwire ibyabo kuva mu buto twunguke
Erega ncuti buragoye kuza kubwira abantu ngo urugo rwawe rumeze neza kuko ntawumenya iby,ejo.
None ejo nibimera ukundi azongera agaruke ababwire ko ibyo yababwiye byahindutse????
Gusa ibyo tuba twumvise umwe wese azajye akuramwo isomo rye ubundi yitambukire.
😂😂😂😂😂 uransekeje ngo azane abagore b'umutima !??abo byanze se wibwirako batali abagore b'umutima ??ahubwo abashaka kubaka ingo bajye baza kumva uko ingo kuzubaka bitoroshye mbere yuko bafata icyemezo
Kuba murugo no kubaka biratandukanye nshuti benshi bazirimo ariko batazubatse.umugore w'umutima waje hano ntabakiri uwumutima kuko ibyo baza kuvuga ufite umutima ntiwabivuga.
Yaweee!!! Nukuri imana izagushumbushe umugabo w' umugisha❤❤❤❤❤❤
Yewe ga muvandi ! Ugize amahirwe urwawe rugo rukaba rugihagaze mukundanye wakwicecekera ntugire icyo uvuga kubera ko ingo zo muri iki gihe ntiwakwizera ko uko wubatse uyu munsi ko ejo bitazahinduka.
Ikindi ni uko inyinshi uba urebera inyuma ukagirango zimeze neza kandi imitima ya bamwe yarashize.Abenshi bibera muri plan B nk’iyo ya Charlotte ,abandi bagendana ibikomere mu mitima ,bakihangana bagashinjagira bashira ngo barebe ko bakubaka iminsi ikicuma ,ntibyoroshye !
Mana we ubu buhamya bunyibukije inzira yumusaraba naciyemwo.gusa avuye neza ngo umugore apanga divorce imyaka 5.kuko umugore asenya yarahanganiye byishi.gusa urintwari kndi uzunubwenge mumivugire yawe.courage da Charlotte mwiza.komera
Mpore mpore muvandimwe,njye nabonye ibirenze ibyo byose wavuze ariko Imana yangiriye neza mumpande zose,
Ninza mu rwanda nzabasangiza inkuru (film) naciyemwo murugo,hari benshi batazemera ko ari ukuri.
Uzabanguke Love
Hahahaah kabisa uzabangukee
Sabin nakugereho
Imana yaramurinze Kandi ni Ishimwe, ariko kuvugira ku karubanda sibyo pe!!!!
Jyewe ndumva uzatinda ese ubu nakuvugisha gute?nyamara abagore twaragowe nubwo hari nabagabo babayeho gutyo
emotional abuse(kwica amarangamutima )ni ikintu bamwe muri twe tutarumva uburemere bwacyo kandi gifite ingaruka harimo depression,kutigirira ikizere n'izindi ndwara zo mutwe.Usanga akenshi duha agaciro ibigaragara physical abuse(gukubitwa) tukirengagiza ko ubuzima bwo mutwe nabwo bufite umumaro. Ubwonko n'igice gifite akamaro iyo dugitakaje cg kikangirika tuba tubuze muntu.
Pole Cyane Mama
True That
You are right ❤
Ibyuvuze nukuri nukuri nukuri ijana kwijanaaaa , Sha ubivuze neza neza cyane. Kwica amarangamutima ntago abantu benshi barumva uburemere bwabyo😭😭😭😭😭😭😭😭😭 ark nikintu kiremereye cyane , kdi nikintu kidapfa gukira. Ihangane mubyeyi ndakumva cyaneee
Ooooooh Maama! You're such a brave woman.God will make you happy
Singutukiye Umugabo gusa ni Umuhemu no kuri njyewe kuko ambereye Marume , gusa Ndababaye cyaneeee kumva ibi.. yageze aho yanga Umugore wamubyariye nka Keza , Iska n'Umuhungu wacu mwiza wamuhaye?!!!! 🤔 Mama Keza Mwihabgane Imana iriho kndi irakuzi pole...
Sabin, wowe ndumva uri umutesi cyane pe! Ariko ntawakurenganya bambe! Ufite unurere bwawe bwihariye, uwaguha nk'ama video y'ibibera mu mbere h'ingo, wafata ku munwa!
Komera Chayo . Imana iguhurize izagufashe no kurera abana bawe
Sha ibyobyo Harigihe umuntu akubwirako utagira ubwenge igihe kikagera koko ukumva ntabwo ufite 😢😢😢😢Uriyanga ukumva kubahontacyo bimaze
Yego nibyo
Nukuri sha,birababaza
Byambayeho imyaka5 kuburyo niyanze cyane nkumva ntarumuntu ntacyo nshoboye
@@patiencekeza7132oooh ariko mana buryakoko ibitutsi byabagabo nibimwe pee ibazeko aribyo ndigucamo
@@triceshow3962ubanza bafaite ahantu bafatira amasomo tutazi
Wagirwa ngo ninjye neza,ariko ndashima Imana ko ntuje maze imyaka 6 divrose ariko nanjye nari narasaze meze nkikigoro,pole dada yangu.❤
Uyu mumama ge ndamwumva cyane kuk kwihangana kwaburi wese kugira aho kugarukira uwo mugabo asambanye ark akagira ubwege bwo guha agaciro umugore wamubyariye bakubaka ark kubana numunu utaguha agaciro nawe kumwubaha bigenda bishira pe ge rero ndumva ntamuveba pe
Ariko mana ndagusabye ujyureba agahinda ka bagore na bana babo kuko niwowe mana uzi ibyobabayeho byose gusa nyuma yamarira harumunezero muhumure babyeyi mubyo mucamo byose mujye mupfana abana banyu kuko nibo byose byacu nibo munezero wacu,nibo bukire bwacu muhumure harimana ishobora byose
Amen
imana igufashe maman gusa komera kumana ushikame uzabona ukuboko kwimana
Mumfashe gushaka musaza wange ndabinginze.
Nitwa:Nabagize Judithe
Papa:Kabanda Esroni
Mama: Niyoyita Therese
Musaza wange ariwe ndi gushaka yitwa : Rulinda Elifansi
Murakoze.
Komera Cherie , umenye ko wabaye intwari kwikuraho muri abuse, aho gusarira murugo warusenya ugatangira bushya. Ihangane❤️🌹
Cyane rwose
Urugo rubi rurutwa na gereza. Umuntu utazi gutotezwa numuntu mubana uko bibabaza niwe utakumva uyumubyeyi😢. Umuntu ukwicira amarangamutima aragatsindwa n'Imana.
@@eugeniedushimimana7586nukuri sha
Wabaye intwari cyane. Kwikura muri abuse bisaba imbaraga nyinshyi cyane
Kabs rata
Ihangane mama Imana irakuzi😢 gusa dufite ubuhamya bumwe uretse ko nge ninkoni zabaga zirimo nkazerera ntazi iyo njya Imana ibana nange nyuma yantabaye haburaho hato ariko ubu yampinduriye ikigeragezo ntakundi ndihanganye.
Ntamakuru ufite uyumuntu agucinyu ahora atonoma avuga nabi chr humura imana izabahana ❤
Wamubyeyi we komera nanjye umvugiye ibintu ndushijeho kugira agahinda Imana igushyigikire mubyeyi mwiza Bikiramariya agusabire komera komera nta muntu kamara ibyiza biri imbere
Wiriwe umubyeyi Imana imuhe umugisha ndamukunze cyaneee ampaye ikizerere cyubuzima
Strong women,
God is good all the time!
All the time god is good!!!!!
Amen.
Cyakoze abagore barananiwe pe! Imana yarikwiye gukora ikintu vraiment tukaruhuka. Ibaze ko hari ni abagabo bagutoteza gutyo hageretse ho ni inkoni ...
Courage Mama❤
Sha hari nabagabo bananiwe nimpande zose
Ndumiwe pe. Ibikomere by urugo bibara uwabibayemo..komera ma soeur . Humura. Ubuzima burakoneje. Imbere ni heza. La vie est belle
Pole sana ndugu yangu,mungu yupo,atakusaidiya,rakini uwenahakili sana ,attantion nawanaume basakudanganye,wengi wataprofite divorce yako uwe tu nahakili mambo ya wana ume acha fwata tu mungu atakupa jibu ya maisha yako, asante sana
Courage , La Vie est Belle ....
Mwihangane cyaneee , Imbere ni heza Imana izaguhumuriza iguhe ibyiza pole ni Diye
Nimwiza, afite ijwi ryiza 🥰🥰🥰🥰🥰🥰
Komera mamaaa
Histoire yawe natwe yatubayeho
Gusa hari Imana yita kubarengana ndabikwijeje natwe twarayiboneye
Komera kdi ikube hafiiii
Be strong der Mum! Turiho kdi tuzabaho neza! Nta joro ridaacya
Ntakubeshye inkuru yawe irandijije pe!gusa nigiyemo ibintu bibiri byigenzi nkumubyeyi.kd Imana ihe umugisha abantu bagufashije bose muriyonzira itoroshye.komera kd ukomere cyane bizemera.Imana ireba mumutima haricyo izakora
Ton Histoire m'inspire bcp❤❤❤
Ahhh ivyomungo nihatari tugenda twarashize maman ihangane
Uwiteka Imana yarakoze kukurinda shenge humura Imana niyonkuru kandi izakomora ibikomere icyampa Imana ikazaguha ibyishimo ukuri mwiyisi
Iyumugabo atangiye gusuzugura uwobashakanye nuko haba harabandi ,pole sana Mama .
Nukuri
99% duhuriye kubintu bimwe but sinza celebra divorce ningira Imana ikaba! Muze dusenge cyanee bagore beza kuko nawe siwe ni satani byose ibitera !!!!
Pole
😢pole
Imana ikurengere.satani yahagurukiye imiryango
Pole nawe mubyeyi
Be strong dear. Humura Imana irakuzi
Be strong mama yesu aramora nukuri azagufaasha Kandi Imana izimpamvu yabyose
Narinziko aringe ukomeretse gusa nange nzayibona nduhuke
Mbegaaa😢😢😢😢 impore imbere niheza.
Story yose niyanjye ark njye ndacyarurimo gusa ndimunzira isaba kurekura kuko ndananiwe mujye mudusengera.
Ihangane Muvandimwe Imana izagufasha muri byose
gwino nkwitwarire
Ihangane imana itiguca inzira. Imana ni nziza
Sorry mum 🥰
Ntuzaruvemo uzareke abe ari we ugenda utazaregwa guta urugo amategeko akaguhana.komeza wihangane
Aba bana ndabahobeye cyane. Shut the back door dear. Iby’abarokore byo baratewe
Pole mubyeyi! Nyagasani wenyine niwe wo kuguhanagura amarira.
Njewe kuko nsenga nsigaye nshiduka nsabye Imana umugabo ibaze😢😢 Mana ndakwinginze tera akahisho mungo
Ihangane mubyeyi , isi ni hatari, abagabo bo ni danger , gusa komera nyuma ya divorce ubuzima burakomeza. Gusa burababaza 😢
Sabin, kuba umuntu ageze hagati akubwira story ye kandi ubona ko biri very emotional, ukaba uravuze ngo ntituzi niba ibyo uvuga ari ukuri uba umuciye intege. Icyiza wabivuga mu gutangira cya mu gusoza ariko nta guca umuntu mu ijambo umubwira gutyo. Ndagufana, it’s just an opinion. Thanks
Surtout que abaje kuvuga inkuru ye ngo aruhuke cg agire icyo asangiza abamwumva atari kubemeza ibyo yababwiye.
@@keza7926 right!
Nukuri ntazongere ntacyo byaba bimaze kwakira abantu ariko ukanitwara nka RIB mu nkuru zabo
Ujye wihangana niba uba wumva abagabo bagenzi bawe bababaza abagore wowe ujye ubyirinda ariko nawe ushyire mu gaciro nta mugore wapfa kubeshyera umugabo
Nukuri ntazongere ntacyo byaba bimaze kwakira abantu ariko ukanitwara nka RIB mu nkuru zabo
Ujye wihangana niba uba wumva abagabo bagenzi bawe bababaza abagore wowe ujye ubyirinda ariko nawe ushyire mu gaciro nta mugore wapfa kubeshyera umugabo
Nukuri aho yakoshej nanjy akokantu nakabony aragacantege
Rwose shayo warihanganye p abantu bareke sinziza ark harigihe byanga
Yooooo pole mama ihangane warahungabanye ariko hejuru yabyose ha lmana yo mwijuru
Ahaaaa mba numva numiwe!! Gusa wihangane, twe twabonye ibibi birenze ibyo!
Buri mutima umenya umubabaro wawo
Sha ingo zitabanye neza ninyinshi ihangane
Ariko sabin uzage udufsha ushake n’abagabo kuko harigihe ishobora gusanga umugore abeshyera abagabo, kuko ubuhamya bw’abagore butera amaranga mutima, bigatuma tutayekereza ko harigihe baba ari banyirabayazana rwose! Kdi pole kuri uyu mumama niba ivwo avuga aribyo kuko mwijuru hari Imana
Mbega ukuntu uri nwizaaa,imboga zibona abana,ubu c ntiyicuza weee😭😭😭
Umugabo wawe, abadayimoni bamutesheje umurongo, bamusenyera urugo.
abantu muvuga ngo ni umutesi ngo yari kwihangana niyo mahitamo yanyu nimukomeze muroge abana banyu 60% byabana batingana baba bahunga ibyo mwita kwihangana courage badi
Yego rata😪
Babyeyiiii ,,,, hariii Abantuuu baziiiii Kwihanganaaa.... Nukuriii Nabahoooo kukii Umwana wumuntu akwicaaa Urubuzoooo Bigejeje Ahaaaa 😭😭😭
Icyakoze uzi kwihangana wamubyeyi we sinzi niba ibi nabasha kubyihanganira
Impore mugoremwiza ndakumva cyane nabinyuzemo cyaneeeeee humura bivuge wiruhukire
Yooooo pore sweet heart mbaga inyamaswa gusa sha bibaho abagabo satani yarabahagurukiye abakobwa barihanze Hano bamaze ingo zabandi
Sabin yarakwiye prix Nobel kuko ufasha abantu cyane
Nubwo ntawuvuga uruhande rwe rubi gusa umeze nkaho uri innocente mama!
😢 rwose
Nanjye ninko mbibona pe! Harumuntu uvuga ukabona nawe atari shyahya ariko hano ndabona ari innocente kbs!
Niko najye nabibonye ari Innocente cyane
Sha ingo zubu nihatari. Humura shenge🩷
❤❤💕💕
ibyuvuga nukuri chayo ndetse uzi nubwenge bwinshi nkurikije iki kiganiro cyawe gusa uranyubatse
Yaweee sorry mumy nezaneza ndumva icyo kigeragezo cyumugabo nkuwo nange ubu nicyo mfite pe harabura kuba nanjye nazafata umwanzuru😭😭😭😭😭😭😭😭😭
Tumeze kimwe neza Rwose
Sha nange nuko pe
Imana ihe umugisha uwo mubyeyi wagufashije mugihe cy'amezi 6.
Moore cyane
Info ziragoye niwihangane
Komera mugore mwiza Imana irakuzi iragukunda izaguhindurira amateka
Ngo twaragumiwe 😢Jesus kubaka nihatari niyindisi ndakurahiye
Tuzubaka tugeze mwijuru
Hhhhhh karabaye hhhhhh😂😂. Oya kdi abachou tuma tugerageza
Kubaka nihatari inshuro nyinshi ahubwo hhhh ntibyoroshye nagato
Oh ndababaye cyaneeeee
Iman igukomez mubyeyi ukomez wizer iman izakubeshah numuryang waw disi
sha Sabin byihorere usibye no kukubwira ko ntabwenge aranakubwira ngo uri itorosho
Maman komera igakubaho ubesheho neza abana bawe ibyawe birasa neza nibyambayeho! Ariko ndakomeye Imana ishobora byose!!
Nakupata my dearest
Natangiye ndira nsoza ndira😢imana yumve umutima wanjye😢
This channel is a therapist
Umuryango nyarwanda ubamo ibibazo byinshi pe! Mwibaze umutima w'uyu mubyeyi pe!
Shetani yarabasabirijeee sha . Ingorane ntawuzikwegera
Imana ishimwe ko wabisohotsemo amahoro,kdi ubuzima ni bwiza
Jyewe ubwobuzima bubi nibwombamo nabuzicyonako sinasubira murugo gusa abantu twapfuye duhagaze
Nino ba célèbretinga divorce,pole dear you’re strong woman ,you’re blessed woman,you’re loved ♥️♥️♥️
Nanje nimbona Divorce nzoshim,uwiteka.
🎉🎉
Nanje ndigusaba divorce umunsi azayimpa nkayibona uku yew yew bantu mukurikiran sabin zakora ibirori kk sagahinda sumubabaro ndiguhabwa kd nyagito cumugabo ntagomba kuyimpa
@@audaceniyonkuru5256 pole
Umugabo mubi ntabashak kukwikur
Sha imana niyo yogutaba ingonyishi zibasiwe nasatani
Manaweeee 😢 ubwo basi usaneza lmana ishimwe
Yesu wee😢😂😢.mbega very interesting and hurting story. Depression erega nuko yica umuntu disi. Sha komera wee ujye uganira nabandi benshi uzasanga hari benshi babaye kukurusha. Isi niko imeze hubwo wiga gukomera nokwiyakira, urwane nokwanga negativity zikubabaza ntuzihe time yawe.
Imana ishishikare igukomeza
Sms zizadukoraho komera mubyeyi ingo zo muriy 'iminsi Niko zihagaze buriwese agiye avuga ibye bwakwira bugacya, utumye nongera kurira .
Heaven lies under our Mom's feet 😢😢😢
Yooooo pole bambe ndagusengera byibura Imana ikwiyereke 😢😢😢😢
Unyibukijebyishi disi
Ndumva abantu mutorohewe muri benshi gusa ndasaba IMANA ibakomeze imitima mugire kwihangana😢😢
Icyo uvuga ndakumva mwenedata
Gusa nakubwira ngo komera.Jye mvuze mwakumwirwa.sinkeneye kuza ku mbuga ariko nkeneye byibura umuntu naganiriza nkaruhuka
Mama nukuri ndahari kukumva gusa ndi mumahanga yanze y’Urwanda gusa Ibyo unyuramo ni temporary bizashira
Mana kokoooooo isikwidushaririye kokooo
@@patiencekeza7132nanjye nzakuganirize uzanyumva?
Yoo Imanaa yo mwijuru ikomeze Imitima y'abagore benshi bararushye. Wowe ushaka uwi muganira wampamagara cyangwa ukanyandikira merci
Chayoooo ntakindi nakubwira gusa komera hari Imana.ariko wagombaga gushima Imana igukijije iyo Dayimoni yumugabo aho kwishimira divorce.
chayu yoooo pole sana nukuri birantunguye peee nyuma yimyaka myinshi turabonana nkubonye kwi simbi
Komeza icyo ufite hatagira ukwaka ikamba ryawe mama! Imana izakugirira neza!kndi nubwo utabona ibyo ushaka neza arko uzabone ubugingo buhoraho! Imana izaguhanagura amarira yawe yose kumaso .
Ariko ko mbona aba Maman bose mbonaha ku isimbi barushye koko ubabona inyuma nibezaa ariko imbere barashize Nyagasani baruhure aba babyeyi ndagusabye bongere baseke
Charlotte ihangane ncuti,ingo zubu ziragoye nahimana ngiye kugushaka vuba ,Imana iriho kandi izagutabara
Imana iguhumurize gusa ibi ntibizakubere impanvu y'okuva kumana yakuremye, niba warukijijwe urusheho kuruta kuyivaho cg kwishayisha satani akurinde umuriro utazima!!!! Ibyahishuwe 22:11-15
Ihangane mama Yesu azakomora inguma
Pole gusa ugire umutima ukomeye nusohoka utata umutwe
Pore Sana dada,nitwa Sebahigi jean pierre,mfite ubuhamya exactement nku bwawe 80/100,ese muri la vie est belle mwakira ABA Papa
Mana weee impore Chayo mu ijuru hari Imana ishobora byose birambabaje
Mana,weeeee, narinziko arijye jyenyine,none mbonye mujyenzi wanjye?
Komera nshuti,jye ndunambiyemo,kubera abana.nabuze,aho mberecyeza,,kubera Ndi mumahanga.
Komera ga mazina wanjye .ihangane urikumwe n'Imana kandi iragukunda❤
Humura harimana yomora mama
oooh my God nanjye ndimuri process za divorce ark nge narahingishijwe ntwite inda ya mezi 3 gusa umuryango waramfashije ndashima lmana
Be strong mama imbere niheza
😭😭😭pole kbs ubuzima uvuze %kwijana nibwo ndimo narinziko arinjewe wakoshereje Imana 😭nanje Imana izanshire inzira njewe amaze kubyara 3 😢gusa numva wenda Imana izandengera😢
Komera ,ongera wihangane ho Gato
Ibyo uvuga n ukuri iyo umugore atakivuga Kaba kabaye
Nanjye ninyibona nza kora ikirori komera muvandi ❤
Mbabajwe nukunange nyishaka knd turitirantwa
Mwihangane babyeyi lmana ibibafashemo
Nukuri mwihangane kdi ubuzima burakomeza babyeyi