UMUGABO WE YIHANGANYE IMYAKA 10 YOSE ABONA GUSABA DIVORSE😳INKURU MPAMO😥 Ati Oya Pe| UMVA INAMA KUNGO
HTML-код
- Опубликовано: 4 май 2024
- #ireretv #happyfamily #irere
UMUGABO WE YIHANGANYE IMYAKA 10 YSE ABONA GUSABA DIVORSE
IRERE TV ni RUclips Channel igamije kugeza ijambo rihumuriza kubayikurikira buri umunsi.
kubagezaho kandi ibiganiro byubaka umuryango nyarwanda muburyo bwumwuka, ubugingo ndetse no mumubiri.
IRERE TV kandi dufasha kurerera Urwanda, dutanga inyigisho kubana nurubyiruko muri rusanjye.
Turatarama yewe Tukaramya Imana. Ushaka kutugezaho, ubuhamya, inyuganizi cg igitekerezo waduhamagara kuri
Tel:.+250 788 351 168
+250 780 860 338
+250 780 767 456
Tubashimira kuba mudahwema kubana natwe mubiganiro tubageza. kora share usangize abandi icyiganiro wakunze, unakande subscribe niba utaraikora. wowe wabikoze Imana uguhe umugisha.
IRERE TV is a RUclips Channel that aims to bring comforting words to its followers every day.
and to provide them with discussions that build up the Rwandan community spiritually, spiritually and physically.
IRERE TV also helps to raise Rwanda, we provide education to children and youth in the country.
We worship God. If you want to share with us, a testimony, a lawyer or an opinion, you can call us at
Tel: +250 788 351 168
+250 780 860 338
+250 780 767 456
Thank you for continuing to stay with us in the conversation. Do share the conversation you liked, and click subscribe if you haven't already done so. you did it God bless you. - Развлечения
Umugore asabwa byinshi. Ntimukemere kwikoreza ibibi byose abagore. Muheshe agaciro nyinawumuntu. Abagabo bariyenza. Babyita dominence. Toka kure mugabo utubaha uwo bashakanye
Ahwiii uti toka kure hhhhh
Abantu iyo babana badakundana ntibahugurana.
Urakoze muvyeyi abantu baza mugo nishetani yigendera baza gusambura ingo uwobikunda yobivamwo akabafashiriz iwabo
Mbega umugore w'umuhanga weeeeeeeeee ❣️❣️ muzamugarurere pe noneho shahu azi gusubiramo amagambo weee🎉❤
Yooo cyokoze uri umuhanga cyane warasomye kbs kd imitekereze yawe irihejuru kbs gusa ndabikunze pe uri umuhanga nizere ko wize sociology
Wa mubyeyi we. Imana turayivuga ariko ntituyitahura. Irenze ibyo twibaza. Har'igihe ikwima ikintu ntikubwire na kimwe ikicecekera pe. Kandi ubwa mbere yarakuvugisha. Rero gusenga ni byiza, ariko abantu ntibame biteze ngo nzabaza Imana izambwira. Ishobora kukubwira cg ikicecekera. Kandi utari umunyabyaha.
Ndagukunze cyaneeeee yego rata Imana iduha amakuru
Mbega inkuru ninyigisho ikomeye Jesus nukuri thank you mubyeyi kutwigisha
Uwiteka akomeze akwagure Regine❤ uri umujyanama mwiza inshuti zawe zirahirwa pe
Ibyo uvuga ni ukuri abagore bagire isuku cyane mi gihe cy gukora relation sexuelle
Umunuko w'Umwanda twituma barawuroga,kugezubwo Umugabo atinya kukwegera. Barabindoze aranyanga burundu,naje kubikizwa n'Imana nubwo gusenga. Kandi iyo babikuroze Uri Umugore,Umugabo wawe ntiyongera kwifuza kuvugana nawe. Si Yameze Amenyo.
Abantu benshyi ntibakunda gukora isuku nko kwitawaza cyimwe nokuborosa neza. Usanga abantu benshyi banuka mukanwa kandi baba baborosheje ariko abenshyi ntibamenya kuborosa ururimi.
Bari baramuroze kuko hari n,uwo babivuye nonese buri munsi yabaga atoze igihe cyose
isomo nkuyemo nukumva umugore nkamubwira ko mbitekerezaho. Imana ntirampa igisubizo. abagore barahatiriza cyane. bagashaka ibisubizo ku ngufu. nsobanukiwe imikorere yacu.
Ok nanjye nkunda inama zawe, abavuga ngo wibeshye kwa Joseph na Mariya bibiliya niko ivuga.
Dusenge ubudasiba iyo minuko barayiroga .
Yesu Kristo w'inazareti akomeze atubere maso
Ahubwo uyumu mama akomeze ahugure abagore kbs njyewe ,nzi abagore baseka , umuntu uvuye muri toirete ngo yitabaje ngo yakoze umwanda ngo Aho utawukira ni ugukoresha ibipapuro ,agatinyuka akanavuga ngo ntabwo mwasangira ubugari! Ukamubaza utise ubundi iyo ugiye muridushe ntabwo wisukura, atimba mfite isabune ihagije , ukamubaza utise ubundi SE Uba wayiburiyehe ?
Barabinkoze,nabimenyeye mu masengesho ark nari hafi gusenga numugabo atarabimbwiye,gusa yarambwiraga ngo ahora yumva imyenda yanjye yarapfiriyemo imbeba😢😮narabikize birashira bari barabishyize mu mavuta na perfum byanjye sha😢😢
ngaho!🤔
Uri umwigisha mwiza w'umuhanga Imana ikomeze ikwagure.
Urumugore wumunyabwenge kandi usenga courage nshuti💕❤️
Iki kiganiro kiranshimishije cyane, madame urakoze pe, Kandi uri ingirakamaro ku bakumva, kuba usenga makarusho, Imana iguhe umugisha,
inama zawe ninziza kdi zafasha benshyi kuko abenshyi naho bagwa ingo zigasenyuka kubwinshyi ikifuzo, numvaga uwashyiraho amahugurwa yigihe runaka abakobwa bitegura kurushinga mukabahugura kdi numva byagira umusaruro mwinshyi cyane.
imaniguhugisha haringo wubatse
Très sage, Me. Stay blessed.
Uyu mubyeyi icyampa tukazicyarana namubaza byinshi.
Imana imugasanire.
Icyampa inumber ziwe za whatsApp
Tuzajya tugukurikira rwose kandi bazongere bagutumire vuba ufite ubutunzi bukenewe🙏🏽
Murakoze twumvise kabiri pe
Nkandira kuriyo FOTO tubane urakoze wowe ubikoze ndabakunda tumenye ibyavuzwe ❤
Ndagukunze wa mubyeyi we🥰🥰🥰
Imana iguhe Umugisha ❤🙏
Murakoze, mwaduha link ya channel ye
Nibyizape nibwo mbumvise.
Ufite iyihe channel ukoreraho? Ndifuza kujya ngukurikirana,mama.
Aho urabeshye kubya Joseph na Maria
Urukundo ruruta byose!Babakwiye kuganira no kubijyanye n'amateka yabo,ubuzima baciyemo mu bwana,ibikomere bahuye nabyo,bifasha buri umwe kumenya uko yakira mugenzi we,aho agira intege nke,ninenge bitazahinduka,akambara imbaraga zo kwihangana akabana nabyo.Bagafashanya mu rugendo rwo guhinduka umwe agahinduka kuko birashoboka buhoro buhoro
Nanjye mungire Inama urugo rwanjye ruri mumarembera pe maranye ni umugabo wanjye imyaka 10 twabanye akunda nanjye mukunda ariko nyuma biza guhinduka nkajya mbona muburiri atanyitayeho namubaza akambwira ngoyumva ntabyo ashaka tubana gutyo nkamusaba kujya kwamuganga akanga Kandi njyewe ndebye mbona ntakibazo cyatuma anzinukwa pe ubu tumaze umwaka urenga tubana gutyo ntawe ureba undi muburiri gusa njyewe biramvuna rwose niyo mbizanye ngotubiganire ahita arakara akandusha amahane njyewe ngahita nsaba imbabazi kugirango urugo rwanjye rutazamo amakimbirane mungire Inama rwose ndananiwe murakoze.
Yooo wararenganye disi we uzandike number yawe hano umuntu azakuvugishe
Ubwo se mwaba mwarasezeranye imbere y'IMana? Egera Pasteur cg Padiri wabasezeranije aragufasha.
Wisengere IMANA imusange yoroshye umutima we acururuke uburakari muganire
Nukuri umugore utita kucyumba cye akagiharira umukozi womurugo yumvire inama zawe
Nukuri pe aha harabo ukebuye benshi Imana iguhe imigisha.
Njyewe murwanjye ruhande mbona ingo zibeshwaho no gusenga Imana ikaguha amakuru wa mugani w'uyu Mudamu nahubundi satani nawe aba akubita agatoki kukandi
Yoo bari baramuroze disi ibyo barabiroga mama
Merci bcp madame
Utanga Inama nziza.Imana ikomeze ibane namwe.
Merci beaucoup de votre conseil
My teacher in s3 akarikumutima regine mwiza❤
Uramwibuka deborah ikinyarwanda 😂 we love you Regine ❤
Ese muzi na Maria Vartolta?
Yanditse igitabo ca pages 1400, c' ivyo Yezu Yamubwiye ngo yandike guhera 1944.
Ndipfuza kubavugisha mama we, .mubinyemereye mwampa aka nr kanyu.
Ko mutubwirako umugabo n'umugore bahabanye cyane, ubwo uribazako uburinganire bushoboka?
Mbega umuntu ufite ubwenge bw'Imana wee. Uwampa numéro ze nkazamugisha.
Ndagukunda wa mubyeyi we utanga inama nziza Uwiteka akomeze kukwagura❤❤
Ndagukunze pe uvuze ukuri
Urumucatholic wuzuye pe!
Muhugurire abantu gusenga satani arakataje mugusenya ingo abagore nimuhagararane na Yesu musenge bikomeye ibyo byose nimbaraga mbi nonese kumbwira umukunzi wawe uti ujye wibuka kwitawaza nigitangaza? Kubana niki se koko sukujya inama iyo mibanire nimibi kabisa
Biragoye ncuti, abantu bafite ikinyabupfura bavuga baziga rero infubyi ikunvira mu rusaku. Wibuke ko abantu benshi bashakana bakiri bato kandi baba bagifite udusonisoni two kuvuga ikibabangamiye cyose. Umugore barabimubwiye ariko ntiyabihaye agaciro bigaragara ko nyina we cyangwa nyirasenge batakoze akazi neza. Infubyi yunvira mu rusaku kandi ubwira uwunva ntavunika, iyo avunitse bimutera amavunane ninvune yatuma asenya
Gusa uru mubyeyi wumuhanga rwose cyane imana igihe imigisha
Abo bantu nyene baza kuba mu ngo z,abandi kenshi barateza ibibazo bikomey mumiryango y,abantu baba bibaniy neza gusa ndababaye kubwivyo uyo mukobwa yakorey mukuru we
Bage bitawaza kenshi ku munsi.kuvirango badasenya.
Uwo mukobwa wasenyeye mukuru we ni shitani yigendera! Havamo film cg igitabo! Nshimishijwe nuko byarangiye basubiranye!
Yewe umugabo utavuga kumumenya ntibyoroshyep
Ngwibyo bintu bibaho ariko nimyuka mibi bateza abagabo kwanga abagore babo
Mwaramutse neza nagukunze ufite amagambo meza yubwenge nakubona gute waduha hpone yawe
Ubundi urenda utuka umukozi ngo kuki ashyanuka akajya gukora mucyumba nyiracyo adahari ,wowe wohereza umukozi mucyumba ngo agikorope niwowe uri mukuri?
Njyewe maze 29 years ariko nijyewe wikorera amasuku mucyumba nta mukozi uzi icyumba cyanjye yewe nta n'umwana wanjye uhakora ubwo se haricyo bintwaye rero ba Maman mureke dukore inshingano zacu ntiduhe urwaho umwanzi kuko ntituzi aho yaturuka
Nanje nuko nyene maze 12years murugo Kandi mfise n"abana bato bato Mugabo ndikorera isuku ryose yro mucumba canje ,niyonavyaye ndavyikorera Kandi kenshi mvyara mbazwe Mugabo nta mykozi ungerera mucumba kirazira .
Umugore sivyiza gukoresha tishu muri tware.ugiye kwiherera,koresha amazi
❤❤❤ hanyuma ikibazo , ikiganiro cyanyu kuri radio gicaho ryari , kuwuhe murongo wa radio?
Ndagukunze pe ufite inyigisho nziza
Yoooo mbega gutabarwa n Imanaaaaa. Uyu mugabo yarimfura pe
Ndakwemeye, uri umwigishwa w'abashakanye. ARIKO, Kuri Yosefu na Mariya, ushyizemo ikinyoma rwose, uwabyemera biramureba.
Pasteur wanjye mukomere.ko udasobanuye icyo kinyoma?
Ntakinyoma kirimo! Kubana kw'abashakanye ni ukuganira ,igihe cyose mukundana kandi mushaka kubaka !
Règine uraho?cyakoze uri umuhanga ndakwemeye,icyo usorejeho nicyo cyo!!
Abagabo kubera guceceka cyane bituma umugore yibaza ko umugabo ari bête 😛
Uvugiye benshi Imana Iguhezagire
Turagukunda cyane from Nyanza
Ntahimana itaba pee ntanaho Imana itavugira
Ese gukunda byabaye automatique ryari?
Nonese kuki umugabo atabimubwiye
Ndabashimiye nukuri iki kiganiro ni Sawa . Mwakoze cyane
Cyore kuki se umugabo atabimuganirije ngo bafatanye gushaka solution,uwo mugabo nta shoots nta communication
Baba babeshya wangu umuntu umukunda umubonyeho ikikubangamiye ntiwahita ukimubwira?yari yatangiye kujya mundaya
LOGIQUEMENT NTA MPAVY BAGOMBAGA GUSHAKANA NGO BASEZERANE KO BARAZARYAMANA NGO BAZIHEBERA IMANA. UMWE TATI KUBA UKWE N'UNDI UKWE. KUKI BAGOMBAGA KUBANA NIBA ATARI KUBYARARA ABANA?
MURAKOZE KUDUSOBANURIRA NEZA ICYO KINTU.
TUBYIBUKE KO INTUMWA YAKOBO SELON LA BIBLE AVUKANA NA YEZU KURI NYINA.
MURAKOZE😊
Uyumugore nimwiza ufite ibitekerezo byiza cyaneeeee igikundiro k'lmana kibabaho muragahorana Amahoro nibyishimo biva kuri Yesu Christo
Shahuwe! Bambwirire
menter regine love you so much kubwinama utugira much respect inama watugiriye turi kabusunzu nanaubu nizo tukigenderaho warakoze cyne kandi courage
Rekareka ntiwakwiriirwa mu mirimo ngo uryame utoze😂😂ni umwanda ukabije
Yewe mbega abavandimwe biyiminsi gusa byose bipfira muri communication
Ibyo namarozi rwose
True 👌
Uyu mama afite amavuta yimana nubwenge ndamunze kdi akanagira ni nama nziza
❤
Ikiganiro kiryosh cne urakoze guhanura isi
Nashaka ga kuvuga ngo " burya n'uko uri umugore mwiza? N'ukuri uri mwiza pe!
Umwanda wabagore byo biteye ubwoba nukubabona bisoze bya birungo gusa mu maso 😢
Ahaa ndumva bikaze, nta warubara.
Muby'ukuri sinjya numva impamvu abagabo babanyarwanda mubashyigikira muri iyo mico yo kutaganira byimbitse n'uwo bashakanye ngo niko bateye usibyeko mubabeshyera atari bose, abantu bishimira gutandukana n'abo bashakanye kdi abo bagiye kongera kubana nabo nabo ari abantu bafite amakosa yandi bazamenya ar'uko babana! Jye ntekereza ko kubaka urugo ari ukuganira icyikubangamiye cg inyunganizi yose wayishakira ubugororangingo mumvugo nziza bigakosoka, naho kuvuga ngo niko bateye ubwo bazahora basenya kuko nta mugore uzabura ikosa cg intege nke. Ikindi hari abagabo bakoresha imirimo yikirenga abagore babo kdi wenda kubyara byarabateye ubumuga bikaba byatuma bataniyitaho!! So, umuntu wese mubashakanye akwiye kumenya inshingano ze ariko habaho ikosa bakariganira mubugwaneza
Cyane rwose uvuze ukuri nta muntu wakagombye kwitwaza icyokintu we avuze yaba iki? Kandi ari umugore utavuga byaba bibi kurushaho
Uyu Mubyeyi aravuga neza!ibibera mu ngo nibyinshi😂!Kutaganira hagati yabashakanye nabyo nikibazo gikomeye.kuki abashakanye babana nk'abashyitsi??numva jyewe hari bimwe batakagombye guhishana bakicara bakabicoca,bagahaguruka birangiye bagakimeza kubaka urugo rwabo
Nibyo. Barumuna bacu badusenyeringo bifuza kubana n'Abagabo bacu.
Wibagiwe kwivuga no gutanga contact zawe.
Amen
Iyo "Buretse gato nimbi"ntabwo twese tubyihanganira
Ima
Hello,ufite ubwenge
Gusa sibyiza ko waba uri umugore ugafata imyambaro yanyu yo hasi ngo muyihe umukozi!!noneho numukozi ushyanuka ngo yajya gukora icyumba isuku umugore ntawuhari,nawe aba yarengereye cyane...nukwisubiraho,ariko nkabashakanye nabo nibyiza ko bajya baganira kuri buri kantu kose...murakoze cyane kukiganiro cyiza muduhaye.
Ppq
Nugusenga cane
Ahubwo umugabo we ntiyamukundaga kuko uwo ukunda umubwira ibitagenda
Munteye kurira disi
Nyagasani adukomereze ingo
Sani yahagurukiye ingo kuko iyo satani asenye urugo niko gusenya itorero
Yalaaaaa balaaaa ilo
mbega satani atera muburyo bwinshi pe
🇧🇮♥️🇷🇼mbakunze kanini maman❤❤