Incwi🥰Couple Nziza ASHIMIYE UMUGABO wamwihanganiye Imyaka 15 atarabyara😭KUGIRA IGISEBO KU MYAKA 10😭
HTML-код
- Опубликовано: 26 сен 2024
- WIFUZA GUKIZWA CG GUTANGA UBUHAMYA BWAWE (INKURU YANJYE) WAKORESHA IZO NIMERO ZIRI HASI Cyangwa, WIFUZA GUSHYIGIKIRA UMURIMO W'IMANA
_______________________________________________
MTN Mobile Money : +250 788 20 8757
Airtel Money : +250 733 049 049
_______________________________________________
Ushaka Gukoresha Western Union cg Money Gram watubaza kuri izo nimero, Ushaka kubana natwe kuri watsapp Group Nyura hano: chat.whatsapp....
#Irene_0788208757 #Bohoka
Nshimye Imana impaye kwumva iyi ntahe. Murankomeje...Twubake ku Rutare arirwo Yesu. Ibigomba gusenya abantu ni vyinshi. Yesu azamure buri wese igihe gikwiye.
Imana ishimirwe imirimo yayo Dear SAFARI & Rennata turabakunda mwarakoze kwihangana no kwizera.
Yesu ahabwe icubahiro ko ya bikoze
AMEN MURAKEYE RWOSE BAJYA BAVUGA NGO IYO IMANA IGUKEREREJE IRAGUTEGERA NDABONA NAMWE ARIKO BYAGENZE MUFITE AKANA KEZA KANDI NAMWE MURI BEZA
Ububuhamya buranyubatsepe kuko akakanya ndababayerwox ibazeko nashatse perime guhera 2019 kugeza ubu nkaba narayibona kd nkora exam bugigihepe mwibazeko maze gutanga million 1 nibihumbi 100000 ark kubera ububuhamya mpise numvako igihe cyimana kitaragera bavandi munsenjyere rwose ndumva ndushyepe
Humura wizere Yesu gusa.
Ihangane usenge lmana ikomeye izagutabara
Uzanshake nkubwire umwalimu uzagufasha ukongeraho no gusenga
ubu buhamya ntibusaza Imana yabahaye umugisha wo kumenya kubudusangiza mumvugo buri wese abyumva gusa njyewe iyo byegereje umutima birasiga kuko nzi umubyeyi wundi wamaze 11 ariko depression igeraho ikakurenga no kumutekerezaho
Ibashagukora cyane ibiruta ibyo twibwira nibyo dutekereza.Imana ihabw'icubahiro yabahaye urubyaro.
Umugabo niwe ubyara,abagore twe tubatwarira abana mu nda zacu. Gusa Imana yarabumvise ko mwihanganye. Ihimbazwe.❤❤
@domjobs..ibyo se sha wabikuye he?umugabo se ni we ubyara gute?abaye atanatwita none ngo ni we ubyara?habyara bombi kuko nta numwe wabyara umwana atahuye n undi iyo myumvire sinzi aho muyikura kuko si iy'i Rwanda,umwana aramutse yitirirwa umuntu umwe icyo gihe yakwitirirwa umugore kuko ni uwe umutwita amezi 9 amaraso ye niyo amutembamo amugaburira,umugabo icyo akora ni ugutanga inanga kandi n umugore atanga igi iryo gi ni ryo rivamo umwana ubwose urumva imvugo yawe idahinyuwe?umugabo atanga igitsina kuko afite hormone x na y mu gihe umugore afite x gusa burya n uturemangingo twinshi umwana adukura muri nyina ntadukura muri se.
Imana ijye ibaha umugisha family safari
Thank you so much papa🙏🏻
Yoooo mwarihanganiranye nyabusa.IMANA ibahe umugisha! Ariko ndishimye ko nyagasani yigaragaje peeeeeeee
Imaana yarakoze cyane ,nonese kuki uvugako umugabo yihanganye nawe warihanganye rwose
Habaho second chance nubwo abantu batanganya kwihangana❤❤😢😢
wow Ndafashijwe cyane, Iyoniyo Mana Nzakorera Yokabyara Ikuribishoboka mubidashoboka
amen Imana ishimwe yo yabahaye ibyishimo murubyaro
Warakoze Safari kwihanganisha Mme ukanamurinda. Imana yarakoze kubaha imbaraga. Izabongere Jayde abone umuvandimwe. Urwo rugendo ndaruzi cyane kuko nanjye nagiriwe neza nyuma ya 16 ans. Inyuma y'imyaka ibiri impa gutwita murumunawe. Reka Imana ibahe kumukurikiza mw'izina rya Yesu
Amen imana niyokwizerwa ikorakumwanya wayo
Mama jet ndagukunda ukuntu uvuga aho imana yagukuye kuguha umwana nyuma yakiriya gihe cose
Safari Imana iguhe umugisha cyane urimfura kuva cyera, ibutare UNR ndakuzi
Warakoze mugabo guhagarara neza mungombyi Imana yakurindishije abagabo benshi bazakwigireho
Baribanganye cyane mu kigeragezo bari barimo ,imyaka ingana kuriya .
Imana ibahe imigisha
Imana ahubwo niyongere ibagereho hakiri kare jet abone uwo bazajya bakina dore amaze gukura
Amen IMANA ihabwe icubahiro 🙏🙏
MUBYEYI KUBA WARIHANGANYE SI BIBI KUKO NDAKEKA IMBUTO WABIBYE ARIBWO URI KUZISARURA IBAZE IYO UMUTA UKEKA KO ARIWE UFITE IKIBAZO NAHO UGIYE UGASANGA NTUBONYE IBYAKUJYANYE WAKOZE IMANA K UMUTIMA
Twebwe twakoze iyimyaka14😢😢😢😢
Banwe barashima abandi baraduseka,ariko dukomeje kuba abakristu beza kdi Nyagasani akomeje kudufasha
Amen Amen 🙏 lmana ni nziza ibihe byose.
Nshimiye lmana umpaye kumva ubuhamya bwanyu,burankomeje cyane, ndumva nsubiyemo imbaraga ndi Mozambike mukomeze mudusengere natwe lmana izaduhe umwana tumaze imyaka 13 dutegereje
Imana ishimwe yo yabanye namwe muri urwo rugendo rukakaya Natwe izaduhe urubyaro
❤❤❤❤❤
Hallelujah hallelujah 🙌🙌🙌 IMANA ishimwe cyane
Kumenya Imana by'ukuri ikaba mu buzima bwawe bwa buri munsi nibwo bukristu nyakuri. Imyitwarire ya Safari muri iki kibazo ntintangaje kuko muzi nk'umusore ukunda kandi ukorera Imana kuva muri GBU i Butare muri UNR. Icyari kuntangaza byari ukuba byaramugushije! Imana ntijya iha umuntu ikigeragezo atabasha kwihanganira ariko ntikizabura kuza. Ubu buhamya bufite imbaraga zafasha benshi banyura mu bigeragezo bakumva bava ku Mana! Uwiteka abongerere imigisha!
Kumyaka yange 9 ntabyara, ndubatswe peeee
Imana yumve umubabaro wawe nawe iguhe urubyaro!nanjye yantabaye kuri 12!!
Hashimwe yesu wabahaye umwana
Nabadi bafite ikibazo kico bizereko yesu ashoboye byose
Icyo bita urukundo nyakuri sha,warakoze kwihangana mugabo wimfura.
Oy we umukiriya wanjye mwiza nkunda narakubuze nkubonye lmana yarakoze ibirenze weee nabona urugo utahamo bikandenga weee ndumva lmana nayiheka😭😭😭😭
Imana itanga uko ishatse naho ishakiye, yunyuze ahakomeye nibwo uba ugiye kwishima
Yooo! Imana lguhe umugisha rwose
gusa uyu mubyeyi ameze nkugira amahane pe ariko atarimo ubukubaganyi
cyakoze aba bantu nibeza
Mana yanjye nari mbakukumbuye ubuhamya bwanyu mugenda mwongeramo ibintu byinshi mutatubwiye uziko wagira ngo sibumwe numvise reka nicaye niyumvire
Bienvenu na Joëlle batubereye umugisha mu ntahe yabo,
Uyu munsi Imana ibahe undi mwana mu izina rya Yesu
Mwibyarire rwose
umwana atangwa n'imana. ubwo se umugore we ko yihanganye?
Ndafashijwe kuko yesu arafihaza akaduha amahoro
congz brother Jeff and Renatha
Amen amena 🙏 🙏 🙏 🙏 imana ishimwe cyane
Imana yarakoze kubanezeza
Basa neza ni beza ibyabo Imana ibirimi kba!!
Yooo, Imana niyo yabiremeye, irabahuza ngo mukomeze kandi mwomore imitima ya benshi ikomeretse.
Imana igihoza amarira ikagusetsa
Hashimwe Umwami watsinze satani 🙏🙏 Merci seigneur 🙌🙌🙌
Imana nihabwe icyubahiro
Muri nk'abamarayika bantu bo komora benshi bihebye. Ndabakunze kandi n'Imana yabiremeye pe. Mujye munsengera kwizera kwanjye kuzakoze satani isoni , maze mwishime hejuru. Ndabakunda n'Imana irabakunda.
Hahirwa uwizeyeko ibyo yabwiwr numwami mana bizadohora
Imana ishimwe cyane
Amen
❤❤❤
Ugushima kwanyu imana izabafashe murugo rwanyu
Oooooh Imana ihabwe icyubahiro Lenatha wakoreye Imana kuva kera ukiri umukobwa ndakuzi wambereye umushumba muri Secondary wubahaga Imana rwose ndumuhamya
Unko,zekumutima ndagukunda unsubijemo intejye imana iguhe umujyisha
Vincent Safari, ndakwibuka kuri Kaminuza , mpamya ko uri umukristo ku mbuto.
Amen mubyeyi
Twese twashimyimana kubyiza yabakoreye 7:25
Musengere muri kanguka Kirundi muzabona ibitangaza
Kwihangana bitera kunesha
Utumye nsobanukirwa icyo kwihangana aricyo pe!
Yooooo
Mwaranyubatse nukuri lmana ibahe umugisha ndabakunda kuva nabamenya muhabwe umugisha wibyo mwifuza kuri Data watwese mwiza
Hy
Niba udatwite uwakabiri uzazirike munda nugira mundahanini bizakugora kongera gutwita ubundi ukore sport wititeho uge kuri taille wongere utwite
Hhhh yewe ntibatwita kuko bari kuri taille
Frere Safari, Uwiteka ni muzima. Ibihe byose ajye ahora ahabwa icyubahiro.
Amen
❤
Imana ishimwe yo yabanye namwe muri urwo rugendo rukakaya Natwe izaduhe urubyaro
❤❤❤❤❤
Imana ishimwe ko yabikoze, arikko akantu kamwe ntashimye kuki yumva ko umugabo yabaye intwari akamwihanganira niwe wari bwitere inda? Abagore baracyari aba vulnerable cyane amakosa yose barayishinja yaba ayo bagizemo uruhare nayo batarugizemo
Oya siko bimeze, yavuze ko mu muco nyarwanda akenshi abagabo kwihangana birabagora
Hoya sha ibyutekereje ntabwo aribyo abagabo kwihangana sibyabo pe rero kuba yarihanganye nintwari.
@@pascalawet7277 ahubwo uyu mugabo ntabaho!
Imana Irahena ,ntimuzatekereze ko mwakurikiza umwana akiri muto.mubeho normalement undi nubwo yaza ejo mwakire.Yesu Nabyongererwe icyubahiro.
Yo imna ya anye namwe nanjye binteye kuyishima
For sure this couple you blessed us with your testimony
Mutugaruramo kwizera ♥️♥️
Ndagukunze papa,Imana iguhe umugisha abandi bajya hanze twaranabyaye
Yooooo
Data yarakoze kubaha umugisha w'urubyaro ashimwe
Hashimwe yesu watsinze satani ❤