URUGO RWATANGIYE KWANGA NKOZE UBUKWE ICYUMWERU CYA MBERE😭IMITUNGO YANJYE YARAHASHIRIYE| ubuhamya BW
HTML-код
- Опубликовано: 4 ноя 2023
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
Развлечения
Njye nabikunze ko wahishe umutumirwa nanjye nzaza pe...byanteraga ubwoba kugaragara ku isi yose kandi mfite ubuhamya buteye ubwoba...thx..... ariko uri keza cyne Rose ...uri aga tres jolie❤❤
Rose nkunda ukuntu ureka umuntu akavuga, ukamuha umwanya, ntu muce mw’ijambo 👌🏽👌🏽👌🏽..
Kandi n’awe uli mwiza pe 😍
Beautiful woman in and out, Ark Rose uri keza Koko! Oh Ufite n'ubumuntu disi, Yesu akuzigame, ndagukunda❤❤❤❤❤❤❤
Uri a strong woman mama. Uwo mugabo yaguprofitiye mu rukundo rwinshi war'umufitiye na personality yawe yo koroshya ibintu. Ariko byose biberaho kutwigisha, humura. Imana izaguhanagura amarira. Jye numvise ufite umutima mwiza udasanzwe pe. Keep it
Mujye mugira inama ababagana bajye bashaka abaganga bita kubuzima bwo mumutwe kuko benshi barangiritse mubuzima bwo mumutwe
Kuko nsanze twahuje umubabaro yambera umuvandimwe akanduhura umutima nabaye igicibwa mumuryango natawe numugabo abana 2 mbese namateka nanjye.
Rose Ndagukundaaaaa Yesu weeee imana ikurinde na Familles Yawe tu es vraiment une Rose 🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹❤❤❤❤ Grace From Belgique 🇧🇪
Uko byagenze kose ndagunda cyane ❤❤❤❤
Rose nkunda ukuntu utega abantu amatwi,ndagukunda cyane urinmwiza imbere ninyuma shenge.
Kureba ntabona umutumirwa ndumva bitari sawa cyane, ariko reka ngerageze
Uno muvandimwe nkunze principe yari yari yarihaye mu buzima gusa abagabo ntabwo bakunda abagore bavisionna ubuzima gutyo none iyo umushyize ubushobozi bw'amafaranga mu biganza ho uba umwishe birangiye. Muvandimwe ndakumva cyane pe. Komera you are a strong woman ❤
Ubu buhamya burimo isomo rikomeye cyane ,warakoze mubyeyi kutangisha umwana papa we .Rose ni umunyamakuru mwiza kandi akaba na mwiza hose merci ku buhamya
Vaut mieux d'être seule que d'être mal accompagné🥹🥹
Mieux vaut être seul que mal accompagné
@@MMathy116 merci pour la correction nshuti🙏
sha utararangiza rwose ndumva yarashakaga kugukuraho igishoro cyubuzima pe nahariya iwabo bateje akavuyo ngo inzu siye ndumva bari babiziranyeho yaje mubuzima bwawe aje kukwangiza rwose
Madame tu es une dame Formidable Ntakwankisha Umwana Papa we Suis d'Accord avec toi👏👏👏👏 Bravo🌹🌹🌹🌹🌹🌹🥂❤
Rose uri mwiza cyane,nkunda ukuntu utega amatwi abantu nkaba,God bless you ❤❤❤
Rose utega amatwi abantu,urubaha Kandi kunda ukuntu uha umwanya umuntu.ndagushimiye.
Rose uri mwiza rwose uvuga neza witonde kdi nkundako utega amatwi abatumirwa bawe ndagukunda.
Gushaka nibyiza, ariko umugabo sinamuha umwanya wo kumbabaza, ngo mbyare umwana wa 1 uwa 2 bimeze bityo...bagore mwitakaza urukundo k'umbwebwe
Hahahahahaha utumye ntanga comment bwa1 kuri youtub ahubwo uyu mu maman basi azigire mwijuru adaphuye kuko ururukundo umuntu warurufite ngo yaphuye muri 1900 nyuma havuka uyu
Ntabwo Uzi umubare wimbwebwekazi ziri hanze aha😅😅
Komera komera ma , Tu es vraiment forte Chapeau🌹🌹🌹🌹🌹🌹❤ Grace From Belgium
Rose sounds ntiyari nziza cherie 😢
Strong woman💗 Amahoro yo mu mutima imbere y’ibindi. Komera maman uri intwali. Thank you Rose❤️
Kuntu uno mugore atuje chr humura Imana izaguhembe ijuru abo bana wagiriye neza sibyaviramo aho❤️🫂
Rose nukuri ndishimye pe ukuntu wahishe isura yu yumama nange uzamvugishe ntange ubuhamya nange isura yange itagaragaza
Komera mama wafashe icyemezo cyiza uwo mugabo nta vision yarafite
Komera mama 😢
Rose,nkunda ukuntu ugaragariza umuntu imvamutima ❤
Nimba kutagaragara byemewe muzantumire nange mfite inkuru ikomeye
Maman tanga ubuhamya wigendere ariko uracyakomeretse,nuko wihagazeho,rero ntabwo Uri mumwanya mwiza wogutanga inama
Ikiganiro cyari cyiza ark sound yanyu iratwica amatwi ,murabeho
Ndumva Uyu mutumirwa ari umugore wa Ndimbati muri papa sava.
Nkunze ukuntu mwahishe isura ye!!nanjye naganira babinkoreye gutya
Yewewe nagize ngo nijye ufite ibibazo gusa .Mana abagabo nkaba baragakubitwa ninkuba .nuwajye arimo .kuki Imana itajya ibahana.ahubwo bagahita babona abandi bagire byoreshye .
Hhhh Birababaje kdi biranasekeje ngobaragakubitwa ninkuba nu wae arimo?
Manawee sha nange umye nseka kd bibabaje p ngobaragakubitwaninkuba?
Rose more love you iyombabaye ndeba ibiganiro byawe ngakomera murugendo rwubuzima
Hi
Sha nanjye nzaza ubwo umuti wakoretse wo kutagaragaza ishusho
Muraho! komera mubyeyi haracyari ibyiringiro imana izadu shumbusha rose wambaba riye ukama nimero yuwo mu mama?
Sound ko numva Atari sawa?😢
Ikiganiro ndagihevye iyo mocro wapi
Umuntu ni mugari pe.Akabaye incwende ntikoga nukuri
Komera.mukobwa mwiza
rose urimwiza sha
Sh iki kiganiro ndakiretse micro irikundrya mumatwi p
Mwihangane nanjye Rose ndagushaka
Komera mama
Uyumu maman yubahwe cabane ABA maman turashoboye kizire gucika intege
Aya Yaya reka mbwumve ark nkunda kureba umutumirwa arikuvuga gusa ntakundi ndihangana numve
Uzamugarure aganira neza, kandi ukomere umu mama mwiza, abagabo nta rukundo bagira, bagira irari, bityo twari dukwiye kw'ikunda nta mpanvu yo kugaraguzwa nubwo buraya bwabo, tugomba kwigira, umuntu ujya muburaya nta mutima aba agira, nta mpanvu yo kumutaho igihe cyo ku mukunda!!!!!
Gusohora amafrw biroroha,ariko kuyinjiza cg kuyasubizwa bikunda kugorana. Niba ufite uko wayabona,yakomereho,wiyatera inyoni,wiyategeza imisega.
Ubwo bwenge ufite abagabo ntibabukunda pe
😂😂😂😂
Mbega umugabo wumugome!
Ase ko numva njye sound imeze neza cyagwe nuko njye ndihanze yu rwanda
Rose kwariwowe uboneka mumafoto
Ariko mwaretse ngo imisatsi kandi wasanga uwawe ari umwanda
😂😂😂😂
Waramuhongaga ,uwo ntiyigeze agukunda yagukurikiyeho cash
Rose ikiganiro cyagucqnze urazunguza umutwe gusa rwose ntuzongere kudutuburira gutyo
Ubaha Rose plz!
Thank you❤️
Akose Rose yakoze iki kibi kuba umutumirwa yahitamo kutiyerekana ni ukubaha privacy ye,ahubwo ibi bintu ni sawa.ikindi Rose siwe uri gutanga ubuhamya arimo kumva uragira ngo avuge ate?
Njyewe micro irimo kumbangamira
Harya ngo gukunda ni uguhuma? Nzaba mbarirwa.
Strong women burimugore wese aci mubimugora ark hamwa nayamana ikunda abagore tugomba guharanira kuba abo turibo tukanambira abotwabyaye naho abagabo bikigihe baragoranye 😭😭😭😭
Rose se ko uduhinduriye, umutumirwa uramuhishe hagaragaye wowe
Wasanga umutumirwa adashaka kujya kuri camera 📷
Mbese we yakora ga iki ??
Harimo ikintu ki derangea. I guess the microphone 😢
Komera
Yoooo disi bibaho
Been sur barasufura tu
none se Ubwo izo micro zanyu ,mutwishe amatwi gusa
Sindarangiza,ikiganiro ariko wari ikigoryi gufata amadeni angana atyo kubera umugabo ,wabyaranye nundi mugore ,yarakubaraga we
Reka kumutuka urukundo ntaco rudakoresha ndabizi ntiwamwumvu kuko ibyo bihe nturabicamwo harurukundo ruba rurenze rukugira nkaho utiyizi 😢😢
Mwiriwe ko umutumirwa atagaragara se? Ntabwo arisawa
Nkunze ukuntu yahishe identify ye.
Nonese niba arukuri kiki atagarangara koko
Sound nimbi
Manawe niho bavuze kwabagore atabwenge tugira pe wamugore we umbabarire wakoze ubujuju sinokubesha
Rero ndumva ari wowe wari umugabo murugo uyu mugabo wawe yari akumàliye iki koko??
Rero njye ndumva kumvi nkuru ntabona nyirikuyivuga ntanjyana pe
QOI
Kuko mfite inkuru ndende
Ko uvuga ko ababyeyi bagukundaga urwo ruhande rutagukunze ni urwahe?
Nanjye nabyibajije
Yewe Imana imbabarire pe najye sinumva Impamvu avuga ko yagize igikomere cyo kudakundwa kandi we ubwo yivugiye ko ababyeyi be bamukundaga.
Urwo rukundo ufite rusa nurwa neza neza ariko abantu bakunda uko ntibarusubizwa!
Arìko ukoze critical analysis uyumugabo wamusabye ibyo adafite ikindi ushobora kuba wivuze neza ariko ataribyo
Ijwi ririmo amakaraza Rose nawe ntari kubaza uyu mutumirwa ibibazo ngo twumve neza iyi nkuru😂😂
Nawe byamurenze
Sha ntakubaza ,bisaba kumwumva gusa
Oya yagombaga kumutega amatwi
Ese utumiwe mu kiganiro kuki yihishe ?ibi bintu ntibisanzwe byatewe niki?
Abantu bose ntago bakunda kwishyira hanze
Igihuru kizavamo igihunyira kiboneka kare.
Nibande batagukunze ? Ntibyumvikana
Ntabwo azi gusibanura ibimurimo
MPole Mpole ❤. Ariko wewe wagize ibyago bya "fausse couche" avorter bikoreshwa surtout iyo inda uyikuyomo ubishaka ou quand c'est décidé pour une raison....
Zose ni Avortements,ipfa kuba yavuyemo itarageza 24 semaines.
Merci beaucoup Niwemugeni ma je voulais aussi corrige la difference entre Avorte et fausse couche Thank you
Mbega indirimbo ndikumva inyuma aho nashize uwahangeza,uretse ko iki kiganiro cyandijije gusa wa mumama we uri intwali njyewe nti byashoboka byaba uzaza jet lee cg nkaba naratandukanye kera uzi kwihangana pe
Ariko ye,nkava mu nzu,nta mafrw,salaire yose igenda,nta ntebe,nta gitanda,nta safuriya,nta sahani? Ngo bitagenda bite se?
Umbabarire ariko ufite ubwiyemezi pe
Oya sha,ate c? Wimurenganya ni bwo buryo bwe
Uziko nanjye nafashe umugabo wanjye apanga kujya muri Lodge sha birababaza pe! Nibura kubibyirwa nundi wenda wakeka ko wenda atari byo niyo byaba ataribyo.
Umubyeyi utaritaweho mugihe cyo gutwita ndetse na nyuma yo kubyara agira indwara yo mumutwe yitwa PSYCHOSE PUEPERALE.
Sha uradutuburiye ntibiryoshye, nawe byakugoye wabuze uko wifata
Yabaye abagore bose bazi gufata ibyemezo nkibyawe agasuzuguro kabagabo kagabanuka
Ko tutabona umutumirwa byagenze bite? Nijye ufite ikibazo?
Nibaza KO umutumirwa atavyifuje
Yabuze umugore sinzi ko nkuwo apfa anubatse ngo aremye.
Muradulinnye nti mubuze byose
Urakoze cane rose wacu❤❤ariko ndashak kumeny igisigay kigutera kutiyitaho mu mutwe😂😂ahandi hose uba wiyitayeho p❤❤ariko imishatsi sinzi ivyayo😂😂🙈🙈
Mais arasa neza
Ubwo yasa ate birenze aha....
Ariko muradutubuliye pe , muradoda inkuru kumugaragaro!!
Sigaho wikina uyu mubyeyi ku mubyimba. Yarababaye,ukwiye kumuha pole kuko nawe ibi avuga bishobora kukubaho.
Ubwo bucucu bwose wumvaga warize iki ?
Ntabwo ari ubucucu, ahubwo abantu barezwe bupfura ntibajya bamenya ko abantu bahemuka ubwo butindi n'ubucakura ntibabuzi, kandimubyukuri abantu baba bagomba kuba inyangamugayo.
rose gufungq chignon dis ntabwo bikubereye.ubanza umutumirwa ariwe wasabye kutagaragara kuri camera
Umusatsi nturegerana nibwo yawurambura
Rose ko ntakwiyitaho mu mutwe byakugendekeye gute,chignon yawe irajagaraye rwose nonenumutumirwa yagushutse urabyemera
😂😂😂
Egobaba
Egoko ariko mwabaye mute? Bigutwayiki c umusatsi niwo ubonye kuko c utabonye ko ahandi asaneza
Umusatsi ntiwamubuza gusa neza rwose
Eeeeee
Wihangane tukubwire, ngukunda kubi ariko egera sauda akwigishe kwikoraho
Nonese abantu bose niko bakunda kwihoraho? Kandi uko rose asa birahagije singombwa kwikoraho hagataho uvuzubusa next time nujyujya kuvuga ujyubanza watekereza
Les goûts et les couleurs ne se disputent pas. Rose si Sauda. Sauda si Rose. Rose guma uko usa uko uri naturelle ntuzisige byabintazi bituma umuntu asa nkihuku. Uri aka beautiful uko uri ni sawa.
Ubanza ushyanuka p kwikoraho kumuntu bikurebaho ik wowe wenda nibyo we yahisemo
Abantu murarushye Rose ushaka yikoreho iki? Nuburyo asa neza
Rose uko usa ni byiza bipfa kuba binejeje umugabo wawe
Beautiful woman in and out, Ark Rose uri keza Koko! Oh Ufite n'ubumuntu disi, Yesu akuzigame, ndagukunda❤❤❤❤❤❤❤
Ohh! Merci Maa❤️
Kuko nsanze twahuje umubabaro yambera umuvandimwe akanduhura umutima nabaye igicibwa mumuryango natawe numugabo abana 2 mbese namateka nanjye.