PARENTING EXPERT:ABABYEYI TURASHORA ABANA MU BUTINGANYI TUTABIZI😏CARTOON NAZO NI UKWITONDA😌ABENSHI..
HTML-код
- Опубликовано: 14 окт 2024
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
0788437064 ushaka kuvugana na Mary 😍
Mwiriwe nezaa
Iyi ni number ya marry cygwa Niya Rose
Uzi utuntu Mariya weeeee
Ahubwo mbere yogukora marriage abantu babanze bashake aba councilor none babone gushakana
Ako kantu niko rwose@@4bee203
YEAH IBYO BINTU BIRARYOSHYE BYO NDUMVA YAGUMA KUVUGA AHO YIZE .P
Marry nkunda ukuntu uvuga witonze utabigize intambara ubundi ni Wowe wanjye
Olala quelle maman intelligente et calme !jye ndamukunze pe kdi nize byinshi nanjye ntari nzi nukuti merci Mary et merci bcp Rose .Ujye utuzanira abantu bafitiye akamaro abanyarwanda benshi .
❤❤❤❤❤ shimwa gasani shyerezo amashyo mwababyeyimwe ndabakeje cyane kurizi nama mwatanze Imana y irwanda ihorana namwe murakaramba
Rose wakoze cyane kongera kutuzanira Mary, njyewe nkangutse ku kantu ko kurekera umwana cartoon😢😢 ni ukumugabaniriza admasaha pe! Ababyeyi koko nitwe tunanira abana . Imana itubabarire kdi idushoboze kurera neza
Urakoze cyane Rose kutugarurira Mary. Turize cyane Mary rwose ntabwo apapira ibi bintu arabyumva kandi ni impano ye pe. Imana ijye ikomeza ikwagure Mary. Soit benie.
Ndize pe! Igitugu ku bana kirarangiye ubu ibintu ni democracy mu rugo! Thanks Rose and Mary
Ooooh Mana yanjye ❤❤❤chainne imwe rukumbi nkurikira nkanezerwa nkungukiraho byinshi hashimwe Imana yo mwijuru yakutuzanire Rose mwiza❤❤❤❤kandi ikomeze ikwagure muri byose uri uwumumaro kuko utuzanira abumumaro mmmh mbega kurera weeeee Imana ikomeze ibidushoboze nukuri😢
Nukuri kurera Biravuna cyaneee njye ndabitinya ku rwego rwo hejuru! Abavuga ko byoroshye cg bakabyoroshya nuko ntabyo bakozaho imitwe y'intoki sha!
Hari n'abagabo bapfobya kurera ngo biroroshye nuko ntabyo bamwe bakora
Mary arakoze cyane avuga neza atuje kandi atanze inama nziza kubabyeyi batabana na papa wabana ati kubagore harimo ubuzima❤
Imana itubabarire nukuri ndize pe nsanze twararenganyije abana bacu gusa ndabakunze ❤
Urumubywyi mwiza disi wivugira naneza urakoze cyane numugisha kukumva nanjye sinarinaobanukiwe uburere bwumwana
This lady is very smart. Thx for sharing this information may God bless you 🙏🏻
Ikiganiro cyiza Cyane, mwakoze kugitanga , Rose utuzanira abatumirwa beza kandi bafite ubwenjye, Imana ikomeze ikwagure, mwembi murasa neza cyane ❤️❤️💐💐🙏🙏
Nukuri murakoze cyaneeee hari koko ibintu byinshi ababyeyi bakorera abana batabizipe merci merci beaucoup
Mary turagukunda, uri umuhanga mu byerekeranye n'uburere bw'abana, inyigisho zawe ziradufasha cyane kdi zitanga umusaruro mu burere bw'abana bacu ku babyeyi tugukurikira, courage mubyeyi mwiza Nyagasani akongerere ubwenge n'ingabire
Nukuri ndize kdi nsanze hari ibyo ngiye kwiyemeza guhindukaho no guhindura mu mirere pe! Gusa ako kantu musorejeho ka nyina w'amahanga karanyubatse kuko najyaga ncika intege zuko papa wabana adaparticipant uko bigomba agira icyo akora gake gashoboka nabwo namuvugishije ngo agerageze.nukuri numvise ko ngomba gukora uruhare rwanjye nka nyina w'amahanga! Murakoze pe!
Ikiganiro cyiza cyane ! Cyane peee! Ni byinshi njye nigiyemo. Uyu mubyeyi azadusobanurire (Muzamutumire) ku bijyanye n'ibikomereye,imyitwarire,n'imitekerereze y'abantu bakomerekejwe no kuba batarize kandi bari babikeneye.
Murakoze cyane Muzaba mudufashije!
Narize ariko ntuzisaze kuko mwishuri amenshi baranabeshya. Uzige gusoma no kwandika no kubara ukunde gusoma bizaza
Mwakoze cyane Rosa umubwire azatubwire kubijyanye no gucurangira indirimbo utwana ese byo ntacyo byangiza
09l
Llplioà😅,....,.................,
Rose wakoze kutuzanira Mary rwose nukuri dufashe ubutaha numugarura muzaganire kuri relationship( hagati y'umukobwa n'umuhungu) nuko umuntu akira ibikomere akura muri relationships yanyuzemo. Thank you in advance we love youuu❤
Umbaye kure Sha..
Nukuri pe nadufashe cyaneeee 🙏🙏🙏🙏
Thank you Rose and Mary.
Mary ni umubyeyi mwiza
Ibi nibyo Ministère y'umuryango yakagombye kwitaho kurusha ibindi niba dushaka kubaka igihugu cy'ejo hazaza gikomeye
Rose, I really love you and I appreciate for your works, your're very intelligent woman. I pray to God to bless what you are doing and give you what you want as a good mother. Congratulations ❤
Ohh! Thank you so much Adeline❤️
@@ROSETVSHOW Nukuri nkunda ukuntu utega abantu amatwi ukabumva you inspire me about how to care someone in troubles
@@ROSETVSHOW
❤❤❤❤ URAKOZE ROSE🌹 KURI iki kiganiro 🌻🌹💐 NARI narabuze UMUNTU udukebura ABABYEYI b'abanyarwanda...
UBURERE BURUTA UBUVUKE
@@AnnikaNiyoyita urakoze nawe Annika❤️
Rose urakoze cyane gutumira umuntu ufite icyo yungura abantu❤
Rose nkushimire cyane kuko rwose na nber za MARRY uduhaye ujye utumira abantu nkabo nukuri
Thank you for effectively shinning a light on the detrimental impact of using “church and the Bible” as a basis for “good parenting”. Too many lives have been ruined by this.
My Mentor for ever✍️🥰❤💝🥰❤❤
Urakoze cyane kugarura uyumuntu turamukunda cyane ❤❤❤❤
Abantu nkaba mujye mubatumira cyane .batwigisha byinshi nkababyeyi
Waw… Ako kantu.. Ntanarimwe umubyeyi agomba kuba incuti numwana.. Ryambivuga none bivuzwe numu psychologue nyirubwite🙏🏻🙏🏻🙏🏻🙏🏻🎉🙏🏻
Nubwambere mbonye ibiganiro byanyu gusa muramfashije cyane yewe ahubwo ugiye kureba turabyara ariko niturera peee hari ibyo umuntu avuga ukagirango nitwe uvugaho murakoze cyane
Mbega ikiganiro kiza😍 nta kintu avuga ntabonye n'amaso yanjye😢 byose ni ukuri pe😢
Imana ishimwe yakuduhaye Rose❤ utuzanira abatumirwa beza rwose 🙏
I wish this video was in French and English so educative
Oh rara ,ibibintu ko bibabaje koko,urebye rero ukuntu twavutse ,uko twakuze ninabyo dutanga kubo tubyara nikibazo pe,Rose urakoze cyane numutumirwa, byiza cyane turikwiga
Waou ibi bintu birakenewe mu muryango nyarwanda! Nukuri twarezwe n'abanyabikomere none natwe turi gutanga ibikomere mubo twabyaye ! NYAGASANI Nadutabare ntibyoroshye!
Mary wacuuuuuuuuuuuuuu.... yambiiii Ncuti nziza....
Nari ngukumbuyeeeeeeeeeeee..
Rose wacuu wakoze cyane kunzanira Mary...❤❤❤❤
Sasa rero reka nicare nige...
I love Mary with my whole heart.....
So wise ,.so calm,so beautiful ❤, So lovely...Mary gubwa neza ndagukunda cyaneeeeee
Nkunda Mary ❤...nabuze uko mbivugaa❤
Mercii infiniment Rose n'umutumirwa!Nkwifurije urubyaro kandi vuba Rose wacu!
ibi babyandka in box plz... warukwiriye kuba ubizi.
Cyakoze hari abantu baba bazi gukomeretsa abantu muburyo buri indirect kd bigize abantu bafte urukundo.
Hari ikintu mutajya muvuga kijyane na music! Kandi kigira ingaruka zikomeye cyane kuko nazo zijya direct muri subconscious mind,
Ni byiza cyane rwose.
Icyakora Rose , bikwiye guhinduka tukareka gukoresha imvugo cg mukima umwanya imvugo za blame kugira ngo generations zizaza zitazagira ngo abagabo bose ni babi cg ni inyamanswa . ingero zisa nkiziblaminga cyane zigabsnyuke n'ubwo ari yo si ya none.
Ngo niba umugabo akubise urushyi umubyeyi utwite ngo aba akubise umwana, ngo niba uri umuhungu warahahamuwe na Papa kera etc.... utwo tuntu dusa nkaho ari uku generaliza kuko hari abagabo nabagore benshi bazima ariko hari nabagabo benshi nabagore bameze nkinyamanswa
Jya utoza abantu kuko twubaka society, umumama kwikunda ntibivuze ko bibanza kugira umugabo bishyira muri pain kugira ngo ugere kuri satisfaction
Rose mwiza wakoze cyane kutuzanira Mary, atubwira ibyingirakamaro cyane. Mary nkunda igitwenge cyawe nuko kimara igihe gito uzongere igihe cy'igitwenge❤❤
Rose vraiement utuzanira ibifite umumaro
Imana iguhe umugisha. Ababyeyi ndatecyereza mwize nta fees hano
Ubutaha Ro, Azatuganirize kuri relationship between abahungu n' abakobwa rwose ...Uzaba na bwo udufashije cyanee
Mubuzima byose mbonye narabyishe,ndabasabye Rose tv bishobotse mwataginga izindi platform isi yose ubimenye,noneho mutubwire uko twagarura ibyo twishe kubabyeyi bafite abana bakiri minsi ya 6 years
Nukugana aba therapist bakadufasha kubyo tudasobanukiwe
Ibyo uvuze Nukuri Mubyeyi wadufashije harubwo umwana wanjye yakundaga gufata amafranga nkamukubita ngo yibye ariko ndasobanukiwe sinzabyongera murakoze kubwicyo kiganiro 👍🥰
Nyina w'amahanga sha ,Imana ijye iguha umugisha kuko nawe wabereye umugisha benshi
Murakoze cyane peuh! Jye aho byapfiriye ndahabonye nazize kurerwa nabi! Nako kutarerwa
Rose , I appreciate for your work nukuri uri uwakamaro ku muryango nyarwanda
❤❤❤ muriho Ben'Imana Benirage. Murakoze cyane ku rumu-ri mukomeze mutumurikire . Mary nzagushaka , ndagushimiye nawe munyamskuru . Ikiganiro avuga kuri sex ni cyiza cyanyigishije byinshi kimwe Niki ku mirerere yabana mu babyeyi.
Imana ibahe imigisha Mary ❤❤❤❤❤
Uyu mubyeyi ni umuhanga kbs,iki kiganiro ni cyo cyambere kinkoze ku mutima kuko ibintu yasobanuye byose nasanze aribyo nanjye nihereyeho nasanze aribyo pe
merci beaucoup Rose utuzanira abantu bazima.ndasavye ibiganiro nkovyo bikwire henshi hashoboka
Njye pfite umuhungu unkunda cyaneee kubera ukuntu anyikururaho naripfite ubwoba ariko ndumva ahubwo aribyiza ko azajya ampora impande 🫣🫣niyo mpamvu disiiii uwanjye akunda abahungu gusa 😢😳😳😳uziko bintera ubwoba??
twishimiye umutumirwa ufite ubumenyi n uburere! koko iya Soma baba! 👏🏾👏🏾👏🏾 . acanye urumuri muri twe! imvura igwa ni subira. ibyo asorerejeho nanjye ndabyemera abantu nkawe baba bakenewe nabo nkinyongera yo kuri iriya mfashanyo baba bahawe kuko abenshi baba barakomeretse mu nekerezo, kenshi bigatuma nimishinga bafashijwemo, ihomba imvura gihe!
Murakoze ku kiganiro cyiza ariko rwose umunyamakuru afite amarangamutima menshi atuma ubutumwa butumwa neza. Murakoze
Nkubu kuki ntamenye Mary kera ntarabyara koko😢😢ariko ntarirarenga nzakureba vuba. ababyeyi nitwicare twige pe
nanjye ndi inkubito y'icyeza ishema ry'abakobwa ndagushuhuje cyane kandi ndakwishimiye
Umwana utaruzuza imyaka 12 ntagimba kurenza 1h areba ibi Titin (dessins animés), utagagera imyaka 2 we ntan'icyo bimumariye. Utararenza 21 ntiyakagombte kurenza 3h.
Numuhanga cyane ariko uretse nokuba yarabyize abifitemo Impano
CYANE RWOSE AFITE IMANO
Pe uyu mumama yigisha neza pe ibiganiro bye byose narabyumvise ❤❤❤
Uyu mubyeyi ntazabure hano rwose, ubu nugutera agatebe tugakurikira inyigisho za Mary.❤
Ibihano (sanctions) bigomba kuba birera (educative) aho kuba ibihahamura (traumatique).
Thanks so much ,I hv learn a lot
ni ukuri rose urakoze Imana iguhe umugisha. Marry ahumuye amaso yanjye n umutima wanjye. Ngiye guhindura byinshi pe. Kdi bizamfasha cyane
Esubu ntiyakora group akajya atwigishako tutaba murwanda ababyumva nkanjye
Ndashigikiy iki ciyumviro
Isomo ryiza,rikomeye kandi ritanga ubuzima.Merci Rose et Mary
Nibyo kweri ntiwaba incuti ngo ube numubyeyi icyarimwe ❤❤
Ndagarutse ! Ndashima cyane psychotherapist Mary yanyubatse pe! Ndasaba ko yazatubwira kubantu baba perver narcissicique azatubwire niba umuntu yisanze muri iyo cas yabasha gukira murakoze
❤❤❤
Uyumubyeyi naramukunze.cyane kuburyo ntasobanura❤❤❤❤❤❤❤
Marry nukuri Uwiteka akumpere umugisha nsobanukiwe byinshi ❤
Rose wakoze cyane kutuzanira Mary rwose. Uzamuzane no kuri self growth yigishe no kwikunda no gukira ibikomere
wa créé youtube cano ukaza utwigisha ibyo bint ko numva aringenzi
Muraho?ndabakunda Kandi ibiganirobyanyu biranyubaka burimunsipe.ubwenge muduha mubiganirobyanyu wowe Merie birenze Like na share ndabona bishobotse twanabyishura kuko nikaminuza mutwigisha Murakoze cyane ndumiwepe
Ndumupqpa ariko nishimiye kumashuriyanone mumpaye 🎉
Cyakoze Hano Ndize pe!!Thx Rose and Mary 🙏🥰
Thank you Rose for this❤ Mbese ushaka gukosora uburyo bwo kurera ( e.g niba umubyeyi ari authoritaire) ariko wamara kubona ko haribyo uri kwangiza ku mwana wabikosora ute ku buryo uwo mwana akira akamera neza. Ese hari imyaka ntarengwa umwana akwiye kuba afite kugira ngo bikosoke? Thanks
Sha nanjye afite 10months. Arikwiga guhagarara ariko iyo aguye tureba hirya ngo atarira😢😢😢😢 yoooo ndumva mbabaye gusa thx
Sha, nzi kwita ku bana ariko aka ko karankomye nanjye
Very inspiring and instructive. Thank you
Très intéressant
Ayiweeeeee ntago umuhungu wanjye nzongera kujya mwirukana impande yanjye kuko akunda abahungu nizo nshuti ze cyane bintera ubwoba 😢😢
Turera nabi kubera kutamenya weee😭😭
Sha ndabakunda sinabona uko mbisobanura gusa ibiganiro byanyu biranyubaka cyane byampinduriye imitekerereze
Ro! Ubutaha marry azatubwire kuburere twaha abana tugendeye kuri kigero cy'imyaka bagezeho
Uretse kuba umutumirwa ari umuhanga, ni n'umubyeyi w'ubumuntu.
Muraho neza
Uyumubyeyi n'umuhagape!...
Warakoze kumutumira
Nanjye nanga umubyeyi usebya umwana we IMBERE ya RUBANDA... ABANA bagomba guhabwa UBURERE bakamenya UKO bitwara IMBERE y'abashyitsi...
Mana wee kobikomeye nibikomere gusa babyeyi turize pee turagukunda ❤
Uzambabarire uyu muntu umugarure yanyigishije cyane
Hello, Mary ndamukunze cyane twariganye UTB gusa nange mfite umwana wa 2.5 ans arko mbonyeko uyo ndwara ayifite, arakoze cyane nzamuvugisha amfashe.
Kurera biravuna rata njya mbivuga bakagirango sinkunda abana ariko biravuna cyane rwose
Biravuna pe!
It's really touching our ♥ , thank you Mary and Rose TV
Wow she is so talented i know her from High school
Twarashize nabotuvyaye nuko generation to generation Mana dutabare.
Mary mubuzima uduhaye isomo rirenze kuba ryizape imana ibiguhembere 🤍🤍🤍
Nukuri mureke babyeyi mwese mugane Mary adufashe uko twakirerera abana neza nanjye wabyize mpora mbona nahora nihugura mana weee udushoboze kuko turarerera urwanda rwejo hazaza kd twifuzako bazaba bazima.ndagukunda cyane weee❤❤❤❤icyampa bose bakakumenya
Merci beaucoup
Urakose cyane nukuri narabyaye ariko ubwoburere ntago nabwuzuzaga.
Rose na Mary mwakoze ku bw’iki kiganiro cyiza cyubaka. Rose Uzatugarurire Mary atuganirize kuri kuri parenting yaba adolescents
Murakoze cyane twungutse byinshi!!! Njye nifuza ko mwakomeza kutuganiza ku bijyanye n'abana birambuye.
This very interesting and enriching.
Uyumuntu ndamukunda numuhanga cyane
Imana ibahe umujyisha ni ukuri ububumenyi bushlbora kuba buzwi nabacye.
How can I contact Mary personally?
Rose merci beaucoup .kuduha ibiganiro by'ingirakamaro.