Ro, wakoze cyane kutuzanira uy umutumirwa... Iyo utuzaniye aba Expert in any subject,,cg aba counselors nka ba Mary❤❤...mba numva ikiganiro incuro nyinshi❤
Bravo. Dialogue ni ingenzi kubashakanye. Gusa muravuga cyane mu cyongereza. Ndibwira ko ibi biganiro bikenerwa nabantu bose Halimo abataragize amahirwe yo kujya mu mashuli. Murakoze.
Plse Rose uzamugarure . Thank u so much cherie . Such an educational interview . Reka ata matiku yaha kumihanda . Usibyeko nayo tuyakunda ❤😂😂. Its abt balance
Volume iri hasi. Ikiganiro ni cyiza, niba hari ikintu abantu bakeneye kurusha ibindi ni amahoro yo mu mutima atangwa n’Imana ubigizemo uruhare. Iyo uyafite uyasangiza abandi isi ikagira amahoro.
Uyu umugabo ni umuhanga Cyane, iki ikintu avuga cyo gufasha kuba ubushake atari itegeko ni akabazo tugifite muri Africa ariko mubihugu byateye imbere babyumva or babikora nkuko uyu umugabo abyigisha, your lift is in your hands, your the Author ✍️ of your own story so make it Good, ntamuntu uhitanye ko yakwimye ubuzima. Ibi bisigaye Cyane mubanyarwanda kwitega hukira ukijijwe nabandi nkaho ari itegeko.Rose wakoze Cyane kuzana umuntu nkuyu nibura akabwira abato Nawe kandi yakoze Cyane kutiga Iriza🙏🙏🙏🙏😘
Rose cherie ikiganiro ni sawa cyane, ariko hari itara mbona inyuma sinzi niba abandi ritabaderanja njye ryangoye kandi rero mba naguhanze ijisho koko😂😂😂 mubikoreho mama❤❤❤
+250788895761 ushaka kuvugana na Dismas.
instagram.com/n._dismas?igsh=dXJwbDhzcDFpcTdt
Urakoze Rose!!! Nitwa Thacien ariko mu biganiro byose wakoze nakurikiye iki kiramfashije cyane, ndagushimiye
Mubona ukuntu Rose azi ubwenge aturebera ibiganiro bidufitiye akamaro
IMANA iguhe umugisha Rose mwiza❤
Ro, wakoze cyane kutuzanira uy umutumirwa...
Iyo utuzaniye aba Expert in any subject,,cg aba counselors nka ba Mary❤❤...mba numva ikiganiro incuro nyinshi❤
This Man is mature enough, Big up congratulations 👏
Real show; congrats! Gusa nkeneye gusobanukirwa impamvu yatuma nta shinja umuntu utera ingaruka abandi, kuko yirengagije inshingano nkana; mumbwire impamvu nta shinja umumtu wagiriwe ineza, hanyuma akitura inabi. Har'ibintu bishobora gutuma ubuzima busharira, kubera twabuze ubumuntu. None se ko some time gukebura bisa no gushinja, murumva ubuzima budahindutse uruziga? Imana n'abantu yaremye!!!
Rose wakoze kutuzanira umuntu wigisha amahoro yo mu MUTIMA ❤
Abagwingiye mu MITEKEREREZE n'akaga😢😢
Atubwiye ibiranga "ingirwamugabo", ubutaha azagaruke atubwire ibiranga "ingirwamugore"! 👈🤦😘😘🤣🤣🤣🤣
Iki kiganiro cyatumye nsinzira ntinze. Ntabwo nashoboraga gusinzira ntakirangije. Rose ngukunze kurushaho Kandi Dismas ndamukunze cyane. Uzakomeze umutumire aduhugure!
Iki kiganiro kirubaka positif personality
Rose n’umutumirwa sans commentaire vous êtes 👌👌
Murakoze caane🙏🙏
Bravo.
Dialogue ni ingenzi kubashakanye.
Gusa muravuga cyane mu cyongereza.
Ndibwira ko ibi biganiro bikenerwa nabantu bose Halimo abataragize amahirwe yo kujya mu mashuli.
Murakoze.
Yazagiye kukiga se icyongereza buriya ni big Deal?
Rose uri umuntu vraiment uzi akazi akora kdi neza merci beaucoup vraiment kubatumirwa uzana kuko ushaka kumva ahigira byinshi merci encore
Akantu uvuze niko pe cyane batwishyuza intwererano nkaho arideni tubarimo
Rose n'umutumirwa mwubahwe, kinkoze kumutima, ubu nubuzima abantu benshi baba yego, kubera kutisobanukirwa, courage vraiment mwubake imitima yabenshi❤
Nanje nitwa rose ndagukunda ndumurundikazi
Woow interview irimo ubwenge byinshiiiiiii Rose wakoze cyaneeeee kutuzanira umutumirwa wumumaro uzamutumire ubutaha
Sujet nziza cane, thank you rose
Ikiganiro kiza cyane, mbegaaaaa umugabo usobanutse weeeeee, .. Rosa uzagarure uyumugabo atuganirize ariko muzakoreshe ikinyarwanda cyane kugirango abantu bose basobanukirwe .murakoze cyane.
🌹 u my teacher i learned lots about your channel but this special i can’t be husband boy anymore but i think I was but no more ❤️🙏💯👍🇷🇼
Thanks Rose, the man is genius
Boys nibeshi rose we twicare twige pe thank you rose ubundi ni wowe wacu
Ikiganiro kiza cyanee❤
Thank you Rose for inviting this genius man of God 🙏.
Plse Rose uzamugarure . Thank u so much cherie . Such an educational interview . Reka ata matiku yaha kumihanda . Usibyeko nayo tuyakunda ❤😂😂. Its abt balance
Ikiganiro kiza cyane❤❤❤❤ thank you
Rose urakoze kubaza Icyo kibazo cyiza twumvise young girls women,uwo mupapa afite experience mubyavuga.
AVUGA ATUJE🙏🏾NK'ABANADI🧘🏾🙏🏾 BAGABO , ROSE 🌹 YATUMIYE NABO BIGISHAGA IBY'UMUMARO❤
Big Energyy 🔥
Wawuuu ikikiganiro nicyiza cyane ndagikunze
Merci Rose, uzana abantu bafite ubwenge ❤
Rose , wakoze ikiganiro cyiza ❤
Very nice conversation! True in other countries people are grateful.
Mbega ikiganiro kimbereye umuti weeeee!!!!!Rose wakoze Cyane kutuzanira uyu mutumirwa.Noneho wagirango yaje kubwanjye.Ndabashimiye.
Wow I learned something from this expert.
Icyo kiganiro kindi turagitegereje ❤
Wow!! Utanze ubutumwa bwiza❤❤❤❤
Twakubona gute ngo tukugishinama❤?
Ikiganiro cyiza cyane! Ntikuribubure abantu bamwe nabamwe gifungura ubwenge na kamere.
Ntigicyebura ingirwamugabo gusa ahubwo kiracyebura ingirwamuntu.
Abagore n' abagabo bameze uko avuga birimo!
Murakoze ❤❤❤ IKINTU cyo gutukana muri comments 😢😮
Rose murakoze kubwicyi kiganiro nkuyemo isomo rikomeye 🎉🎉🎉
Wawuu ndabakunze cyaneee
Mbega ikiganiro cyiza. Kubana n'abantu batavuye mu bwana ni ikibazo
KABISA IBYISHIMO N'AMAHITAMO❤❤❤
Kweli ibyishimo ni amahitamo!
Rose uzamugarure sibyo kdi rwose dukunda ibiganiro utugezaho
Volume iri hasi. Ikiganiro ni cyiza, niba hari ikintu abantu bakeneye kurusha ibindi ni amahoro yo mu mutima atangwa n’Imana ubigizemo uruhare. Iyo uyafite uyasangiza abandi isi ikagira amahoro.
Une petite observation nuko ibi biganiro byabutse ninama byumvwa nabi aho kubaka bikazana negative spirit ishora abantu mukubona nabi urushako barimo. Mbikuye muri zimwe muri comments ziraha.. Murakoze
❤❤❤❤❤ nkomeje kwiga no kuryoherwa nubuzima👌
Emoji ireba kuruhande iransekeje 😂😂😂😂. Uyu muntu azagaruke rwose, avuga ibintu by'ubwenge. Reka nfate notes
Uyu umugabo ni umuhanga Cyane, iki ikintu avuga cyo gufasha kuba ubushake atari itegeko ni akabazo tugifite muri Africa ariko mubihugu byateye imbere babyumva or babikora nkuko uyu umugabo abyigisha, your lift is in your hands, your the Author ✍️ of your own story so make it Good, ntamuntu uhitanye ko yakwimye ubuzima. Ibi bisigaye Cyane mubanyarwanda kwitega hukira ukijijwe nabandi nkaho ari itegeko.Rose wakoze Cyane kuzana umuntu nkuyu nibura akabwira abato Nawe kandi yakoze Cyane kutiga Iriza🙏🙏🙏🙏😘
Mbega ikiganiro cyiza,hari isomo p.
Uyu mugabo SI imuhanga gusa Nini inshuti nziza akaba nu Kristu mwiza
Uyumugabo ❤
Uyo muhingaaa❤❤❤❤
Ariko rose ibiganiro ukora biraryoshe
Wawuu,thx Rose
Mbega ikiganiro cyiza cyubwenge
Turagukunda rose wacu
Mbana numuntu umeze gutyo neza neza, ahora atunga abandi intoki gusa, ahora murusengero, ahora ashwana nabantu, utuntu twose aradukomeza, akabigira ibibazo.
Yooo,ubu ndasobanukiwe pe. Burya nawe siwe disi
Icyakora mbona uri mwiza wa mudamu we
❤❤❤
Ubu hagize ukora share iki kiganiro kumugabo we ateye nkaba boys bageranayo😂😂
😆😆😆😆😆😆
Hahhaah umuriro wakaka😅😅😅😅
Number one
Hari umuntu utemera ko mwicare ngo muganire
Ntabwo ubeshye igitsinagore Ako kantu ko kwigereranya turakagira pe.ugasanga umugore araza umugabo we kunkeke kuko ashaka kwambara nkundi yabonye Wenda batanangaya ubushobozi.gushaka kubaho nkandi nikibazo kuko bishobora gusenya urugo
Mbega ikiganiro👏👏❤
👌
Uyu se yabaye premier ministre ko ndeba akiri umusore
😍😍😍
Ni ukuli kose!
💪
Aba girls se konumva ahubwo arabanyeshyari🤔
Hhhhhhh abagore bashatswe naba boy ndabasuhuje
Numuruho iyo utikunda wakwiyahura
Imana Irinde abazashakana bataziranye
Ko ari benshi ra🤣🤣ukaba urarwaye urarembye ukumva arakubajije ngo ubuse biragenda gute? Cg akakuryama iruhande kd hari ibyobyakabaye ashira kumurongo shaa
@@NanaElly-c9ynibo gusa 😂😂😂
Atagutaye mu nzu nta na paracetamol ngo yigire mu kwinywera ama kawa nagakungu kabo😢😢😢@@NanaElly-c9y
Wambara bien sana kandi nkunda n’ukuntu umugabo wawe yitonda
48:58 😂😂😂😂ibyo bimeze mu bagore
Number 104
Wadufasha ukaduha number ye
Number 1😂
Rose cherie ikiganiro ni sawa cyane, ariko hari itara mbona inyuma sinzi niba abandi ritabaderanja njye ryangoye kandi rero mba naguhanze ijisho koko😂😂😂 mubikoreho mama❤❤❤
Nawe wifitemo amakimbirane
Hahhhhhhh😂😂😂😂
Hhhhh ico co nico
🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰
Isogisi ryangu😂
Ninde wabonye abagabo benshi bo murwanda ari aba boys nkanjye😂😂😂😂baratuzengereje😢
Ningewe nzinabandi benshi cyaneeeeee
😂😂😂😂😂😂😂😂 abanya frica benshi ni boys😅😅
Numvise bavuga ngo umugabo ninkumwana daaa,ark barakabya😂😂
😂😂😂😂ni boys gusa gusa
Sbaboys kbsa
😂😂😂😂😂😂🎉AKO ko kujugunya imisatsi😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂👏🏾👏🏾👌🏾🤗🧘🏾🤔
Yewe barahari. Kuva ku wambere ukageza ku wagatanu ni social activities gusa, urugo ntabwo barwikoza. Ngizo baby showers, bridal showers, marriage celemonies, funeral services, mbese abana umusatsi n'inzara byarakuze birarabirana, nti wavuga kandi ube umugabo mubi murugo.uhungabanye uburenganzira😂, umwanda sinakubwira hose ngo baharekeye abakozi.harya iyo hagize umugabo ubigaya aba abaye boy?😂😂narumiwe.mutandukanye kuba boy cyangwa girl n'ubunebwe bwateye mu banyamujyi
Ariko burya abanebwe mu banyamugi baba ari nabanenwe iyo bageze mu cyaro. Ubunebwe ni indwara mbi !
Rosee❤❤❤
Ibituma ntinya gushaka ibi nabyo birimo uzi kubona umuntu ukuze yigira nkumwana? Nanamudiha ngewe😂😂
Icecekere bitazakubahosha ni akumiro
Ba boy kubana nabo biragoye nokubakorera biragoye barambura sana mu mbaze nabanye nawe
Ugizimana ukabashobora cyakora abagabo nkabo baravuna nje arambozo ingodo ye ,infunguzo zimodoka ntanaherutse nukubikoraho ntivyoroshe.
Carine muntu wajye ihangane ukomere maze iyo ataye nkikintu runaka agushinja akubaza nkaho ari wowe wagitwaye ntibajya bamenya aho babitse kandi barasesagura amafaranga
@@cadeaullard-sx6fr cane barasesagura twaracuruza cyane weekend agata nkibihumbi$3twavunikiye sinzi ukonabivuga.
Disi izi ngirwabagabo ziruzuye hano hanze😂😂😂😂 ndabasuhuje mwa ngirwabagabo mwe mwicare mwiga cg tujye tubacishamo ijisho😅
😂😂😂
2😂
Hagize umuntu umpa number ya rose koko ko mukunda?cg instagram ye?
❤❤❤❤