Wa MUGORE Wasohowe Mu NZU Ntibamushakaga 🙄 Umva Ubuhamya Bw'Umuryango n'Abaturanyi

Поделиться
HTML-код
  • Опубликовано: 3 июл 2024

Комментарии • 431

  • @KamaliBlack-zs3cx
    @KamaliBlack-zs3cx 28 дней назад +40

    Inama nagira uwo mudamu ibyo bintu navigate abigurishe asige bike byangombwa atangire ubuzima bushya ngo ndakwanga nivamo ndagukunda

  • @UwishemaRosine
    @UwishemaRosine 27 дней назад +9

    Humura mugore mwiza. Iyo bikiba ubona ijuru ryakugwiriye. Nyamara uko iminsi igenda yicuma ugenda umenyera. Wowe komera.wihagarareho muri ibi bihe bitoroshye. Abazakugira inama ni benshi. Ujye utoranya iz'ingenzi witonze. Wiyiteho wowe n'abana bawe. Naho kuroga😂 azageraho ahumuke ubu arahumye ni impumyi yigendera. Azagusaba imbabazi mu gihe utazi . Humura Imana izakwitaho n'uyishingikirizaho. Komera rwose.

  • @Rurangwa
    @Rurangwa 27 дней назад +6

    Aimee mukobwa mwiza vana umutima ku mugabo,shyira umutima ku Mana abana bazakura humura. Umugabo uhekeye kabiri umutima we ukamwemerera kugusohora hanze izuba riva mureke Imana iramureba

  • @keza7926
    @keza7926 28 дней назад +37

    Ibibintu biteye agahinda pe.hariho abantu batagira ubumuntu pe.
    Aime narekane nuwo mugome w'umugabo ahaguruke ahigire abana .uwo mugabo igeye kugenda arindagire mu ndaya nizimumaraho imitungo azibuka ko yabyaye .
    Aba nibamwe baza kuvuga ukuntu abana batabafasha nyamara aho bari babakeneye nabo batarahabaye.
    Imana ihe umugisha ababyeyi birerana abana pe.

    • @bruno-ul3vy
      @bruno-ul3vy 28 дней назад +3

      Kuki se uwomugore ataba umugome

    • @keza7926
      @keza7926 28 дней назад +1

      @@bruno-ul3vy Uzi gusoma ikinyarwanda cg kumva ibyavuzwe?

    • @ZuhuraMugwaneza-em3lt
      @ZuhuraMugwaneza-em3lt 28 дней назад

      ​@@keza7926 niyo yaba umugome koko gusohora abana uku ahanu uyu mugabo yabereye mubi yasezeranye ivangura mutungo yashakaga kwangaza uyu mugore
      Uyu mu dam niya vuga wumvako disi yakubiswe ninkuba yibyamubayeho ubucakura bwabagaboweee gusezerana ivangura mutungo

    • @asiimwejane7830
      @asiimwejane7830 27 дней назад +3

      Mbyiii Cyane nubu ubikurikiranye wasanga asenyewe ni indaya

    • @user-fc2ud5zu5z
      @user-fc2ud5zu5z 27 дней назад +2

      Urakoze cyane ncuti nanjye ndabirerana

  • @ISHIMWEDeborah-mz6kr
    @ISHIMWEDeborah-mz6kr 28 дней назад +13

    Mwarangiza mukarenganya The Ben ngo yanze se?? Ubuse nawe ariwowe uyu mubyeyi wamwemera ko ariso knd warakuze wumvako iso yagutaye hanze uri umwana 😢😢. Imana yonyine izajye iduha imitima yo kubabarira ba papa bacu pee😢😢😢

    • @ISHIMWEDeborah-mz6kr
      @ISHIMWEDeborah-mz6kr 28 дней назад +2

      Iki kigabo kizangara nikibona ibintu bishize kizagaruka uzacyangire kuko kizaba kikuzaniye SIDA baho nka single mother kuko haribenshi babayeho gutyo knd banezerewe aho kubana ninyamanswa. Uwo numushi mugenzi wanjye ariko arambabaje peee suko twarezwe rwose niyiruke mumabuno yabakobwa tuzaba twumva ibye nyuma arikwangara nkuko yangaje utwo tumalayika twabana😢😢😢😢

    • @UwizeyimanaCoco-zf8ne
      @UwizeyimanaCoco-zf8ne 28 дней назад +1

      Nyamara Mujye Mwitonda Abagore Natwe nago Tworoshye peee😢😢

    • @ISHIMWEDeborah-mz6kr
      @ISHIMWEDeborah-mz6kr 28 дней назад +2

      ​@@UwizeyimanaCoco-zf8ne okay nareke kureba umugore arebe kubana kuko nibakura uzaba wumva akazaba ngo abana bamwihakanye ko atariwe se ubabyara bazavugako se yapfuye. umunyarwa ati"Utazi umukungu yima umwana".

    • @umurazajosette9558
      @umurazajosette9558 28 дней назад +1

      ​@@ISHIMWEDeborah-mz6krRwose uvuze ukuri!!ubundi n'urukiko rwari rukwiye kubanza gufata icyemezo ku bana ubundi gatanya y'ababyeyi ikaza nyuma

    • @ISHIMWEDeborah-mz6kr
      @ISHIMWEDeborah-mz6kr 27 дней назад

      Iyo niyosi yahanuwe muri bibiliya ngo ababyeyi bazanga abana babo nabana bange bagenzi babo urukundo ruzakonja nicyo kizababwira iminsi yimperuka. Imana irengere abantu kuko ibimenyetso byo kuza kwa Nyagasani birimo gusohorera kuri bamwe.​@@umurazajosette9558

  • @uwimanaegidia2012
    @uwimanaegidia2012 28 дней назад +20

    Azicuza uyu mugabo umugore wemeye gusezerana ivangura mutungu nuko yashakaga kubaka buretse arindagire muri karishika za kigali

    • @kadibebe7128
      @kadibebe7128 28 дней назад +3

      Sinkuzi arko uvuze ukuri. Wasanga Imana imukijije uwo mugabo wumuhemu.niyihangane uwo mugore Ubu arababaye arko iminsi iza azabona ko haricyo Imana imukijije.

    • @ZuhuraMugwaneza-em3lt
      @ZuhuraMugwaneza-em3lt 28 дней назад +1

      Azabona uyu mugore nokuvuga yahahamutse iririgabo abandi bagore barariroze none abyitirira umugorewe

    • @uwanyirigirasolange6721
      @uwanyirigirasolange6721 27 дней назад

      ​@@kadibebe7128najye icyi kintu nakivuze umugore wemeye gusezerana ivanga mutungo yashakaga kubaka uyu mugabo ibyo akoze bizamugaruka

    • @Korandebe
      @Korandebe 27 дней назад

      Ibirayase bizajyabiza bije kurya ibyabandi

    • @user-bd8vd4eq9q
      @user-bd8vd4eq9q 26 дней назад +1

      Pole Sana Madamu

  • @M.Saidathi-nc2ps
    @M.Saidathi-nc2ps 28 дней назад +5

    Singiye kwirarira ngewe nduwo mumama nagurishamo bimwe nkakuramo igishoro ubundi nkirerera abana. Ubu nuwampa ijana gusa ngo nongere agashoro nifitiye

  • @maeli6300
    @maeli6300 28 дней назад +11

    Aimé nibamufashe umuryango agurishe ibintu bidakenew cane murivyo hama agende arondere ubuzima arere abana Imana ikunda abana izomufasha.

  • @HabyarimanaJacquis-ej3xz
    @HabyarimanaJacquis-ej3xz 28 дней назад +7

    Uwo mugabo ataye abo yabyaye mureke azarongora umurozi nya murozi.
    Imana izaguhorera Aimée. Humura cyane

    • @MuhawenimanaJeannette-mf3cg
      @MuhawenimanaJeannette-mf3cg 27 дней назад +1

      Uyu sinamwemera

    • @Korandebe
      @Korandebe 27 дней назад

      Tekereza2 impamvu yemeye kubata harimpamvu

    • @MuhawenimanaJeannette-mf3cg
      @MuhawenimanaJeannette-mf3cg 27 дней назад

      @@Korandebe Ntampamvu iyariyoyose yatuma njugunya abanabanjye kumusozi

    • @Korandebe
      @Korandebe 27 дней назад

      @@MuhawenimanaJeannette-mf3cg noex kuberiki mubamushaka kumitungo yacu

    • @HabyarimanaJacquis-ej3xz
      @HabyarimanaJacquis-ej3xz 27 дней назад

      Muhawenimana jeannette, rwose nta mutungo iruta kuvanga amaraso
      Icyaguha imitungo myiinshi kikwambura abantu bose Ubundi ukazerera wuri iyo myanda ngo ni imitungo

  • @verenemukasekuru9487
    @verenemukasekuru9487 28 дней назад +7

    Azamenye abana be ubundi iyo mitungo yamuhishe twizereko azayimanukana ikuzimu bagiye kumuhamba 😢😢umuntu abura ubwenge akabura nubumuntu😮

    • @amintembo9695
      @amintembo9695 27 дней назад

      suko c we😢 abagabo nabagome pe.

  • @linem6641
    @linem6641 23 дня назад

    Pole Aime. Abagore bajye bareka kwihambira cyane. Kuva ywo mu huissier yibunza aho wagombaga gutangira gucuruza ibyo bintu ukabonamo udufaranga. Wiyakire ubundi ubuzima bukomeze

  • @DPurpleHeart
    @DPurpleHeart 27 дней назад +2

    Mbega umuntu utagira umutima😭ibi bintu akoreye urubyaro rwe bimubuze amahoro ajye arara akanuye yihana mpaka yicujije agasanga Yesu kuko ibi byose ni ukutagira indangagaciro ubumuntu no Kuba ntacyo ugira utinya

  • @mukeshimanaalphonsine6320
    @mukeshimanaalphonsine6320 25 дней назад

    Pole Aime wahuye n"umugabo w'inyamaswa gusa abantu ba bafite uko bameze bagufashe pe ukeneye ubufasha pe .

  • @jennyvalentine8218
    @jennyvalentine8218 25 дней назад

    Humura mubyeyi, Imana izaguhoza amarira kandi uzishima wibagirwa ibihe uri kunyuramo ❤😘

  • @vivianeuwineza6675
    @vivianeuwineza6675 26 дней назад

    Pole maama. Imana izakurengera uyisunge kdi iri siryo herezo ry'ubuzima bwawe.

  • @victoirenizeyimana7801
    @victoirenizeyimana7801 28 дней назад +7

    Yesu we urihejuru ya mategeko urinde uyu mubyeyi umuburanire

  • @kalisainnocent3
    @kalisainnocent3 28 дней назад +8

    Niyompamvu mpora mbwira abakobwa bato nti ntukifuze umugabo ukize wowe udakize shaka nawe ubukire kuruhande rwawe mumbaraga zawe nimunashwana uzakomeze witunge ntangorane bibahe isomo ubuse uyu arerekerahe ibaze kuba wagendaga mumodoka umugabo yakuguriye mwatana akayikwaka ubu kugenda namaguru ubwabyo depression biràmutera noguhindurira abana ikigo nokubatuza ahantu hatameze nkaho bahoze aka niko bita agahinda

  • @niyonsabavestine7919
    @niyonsabavestine7919 27 дней назад +2

    Aime pole sana !nukuri komera umubabaro wawe buri mubyeyi wese arawumva!iyi video uyibike neza uzayereke abana nibakura,amakosa yose wakora kwandagaza abana gutya kugasozi ntibikwiye umugabo nyamugabo ,ariko mwihorere indaya za kigali ziraje zimwakire nayombi zimuhobagize age guhahira abo atabyaye ubundi ahubwo zige zamuroga byanyabyo😂😂,ese ubwo uwomukobwa shenge kowamucumbikiye akaba agusenyeye ubwo we azi azasenyerwa nande?mwabagore mwe muge mugira ubwenge ntugacumbikire umukobwa murugo rwawe,dore isi yameze amenyo.

  • @mwizeremariejeanne4557
    @mwizeremariejeanne4557 28 дней назад

    Maman we komera!ingorane zibaho cg igisebo!ariko ntibihoraho courage!gusa nkugire inama yo guhanga amaso lmana!!utarebye kubwiza ufite ntacyo bwagufasha.nkwifurije kuzongera kubaka urugo ukazarusaziramo

  • @Hozianaa
    @Hozianaa 27 дней назад +8

    Ese wa mugabo we uri kwigira gutya kubera umurengwe ukaba wirukanye umubyeyi gutya ,ejo wacika amaguru cg ukagira ikindi kibazo gituma ubuzima buhagarara ntuzongere gukora aho wowe ibi ukoze ntibizakugarukira❓ujya utekereza ku buzima ejo❓umugore wemeye kugushaka ntacyo agukurikiyeho,ariko ukaba umugize gutya😭yego wari ufite ibintu ariko kuba yaremeye ivanguramutungo nuko bigaragara ko yari yagukunze wowe ubwawe✍kubona umugore uzagukunda adakurikiye ibintu noneho uraje urebe uburyo biwahagiza,cyereka niba uzahora wiruka mu bagore,uko umuhaze ukamusohora,ukazahora muri ibyo mpaka🤷‍♀️najyaga nibwira ngo abagabo bakuru baba bazi ubwenge ariko ndatunguwe pe,Mana ikiza nuko uyu mugore arimo kwiga kd akaa afite connections n'abandi bazima ,ejo ubuzima bwe buzahinduka ukimeze gutyo,ikindi kiza nuko akiri mutoya nubwo wamuteje agaciro ariko hari uzamushaka muzima ,so Inama nakugira ni ukumenya inshingano zawe ukita ku bana,kuko ejo nibakura utarabitayeho uzaba nka se wa Diamond 😂utangire ngo barakwanga,ikindi ibi ukoze abana bawe bazabibona ntibazigera bakubabarira na rimwe mu buzima bwabo,uri umubyeyi gito,no kuba warabihakanye kandi DNA igasanga ari abawe ni ikindi gikomere kuri bo ni ikimwaro kuri wowe nkeka ko ari nabyo biri mu byaguteye ipfunwe wabuze amhwemo,kugeza ubwo wumva isoni zo kureba umugore wawe zarakuzengereje,reka nigendere ariko wowe niyo famille yawe iri kugushuka muri mu bujiji bukomeye ✍

    • @Ungirenkugire
      @Ungirenkugire 24 дня назад

      Mwese muri gusubizanya amarangamutima. Usome comment zanjye urabonamo ukuri. Uyu mugabo nabwo ari umugome. Iyo basezerana ivangamutungo sibyo byari gutuma urugo rudasenyuka. Mujye mwizera ubutabera , bwashyize mu gaciro. Kuba uyu mugore ari hanze ibintu byandagaye byatewe numugore. Si umugabo wabiteye. Ahubwo umugore azabazwa impanvu yo gushyira abana mu itangazamakuru. Niba bamuhaye amafaranga 300 k ndakeka ko batayamuhaye mu gitondo ngo nimugoroba bamusohore munzu. Kumuha 300 ninko kumuha inzu. Singombwa ko aba munzu ishobora no gukodeshwa igatanga amafaranga menshi. Umugabo agiye gukora cyane atuje yiteho kubana. Burya abantu babana bafite impanvu nka 500 zo gutandukana. Jye ndinokunva amagambo abo bagore bavuga nkunva nabo atari shyashya. Ngo aho bazahurira nijoro? Urunva aba bantu batabanaga nabi hafi yo kwicaho

  • @yvonnemaniraho6879
    @yvonnemaniraho6879 27 дней назад +1

    Ese ibyo 300 muvuga mwebwe byabamarira iki mugiye kwimuka
    1.ntago wajya munzu udafite byibuze amezi 3 wishyuye kd ukongera caution
    2.ese imodoka izamwimura yo ntago azayihemba
    3. Ese niyimuka ntago azakora stock ngaho mumbwire nigute namwe murebe ibiciro biri hanzaha maze namwe mumbwire
    4.igihe cyose ugiye kwandika ngo ibihumbi 300 nimenshi maze mushyire mugaciro
    2.

  • @lydivinemukamana1807
    @lydivinemukamana1807 28 дней назад

    Yeweeee pole Mama ,icyambere ni ubuzima

  • @GakwayaBanamwana-tk2sc
    @GakwayaBanamwana-tk2sc 27 дней назад +1

    Ishimwe ry Imana nuko ntarupfu rurimo ubundi ibintu n ibishakwa uzagera kure ntugire ubwoba

  • @Ungirenkugire
    @Ungirenkugire 25 дней назад +1

    Ubundi jye nashishikariza abantu bose bashinga ingo gusezerana ivanguramutungo. Gukora urugo ni uguhuriza hamwe mukarera abana si ukuvanga imitungo cyangwa kuyivangura. Iyo mutarabana musetinga uburyo muzateza imbere urugo. Buri wese akora compte ahuriyeho nundi akaba afite niye. Iyo compte mugena icyo amafaranga azakora. Kubaka inzu muhuriyeho, kugura ikibanza… ni byiza no gutunga compte ijyaho amafaranga yo kurya gusa akanakora nibindi. Ufite amafaranga menshi ashyiraho menshi utayafite nawe ntiwamurenganya. Ibintu ni ugufashanya. Ibindi iyo mutandukanye ubuzima ntibuba burangiye mushobora gukomezanya busness mugatunga nabana mutabana. Ivanguramutungo riha umutuzo umuntu ushaka gukomeza busness asanzwe akora kandi atirengagije inshingano. Burya rero ibyakera impanvu ingo zarambaga ni uko mu mitungo umugabo yagiraga ijambo risesuye. Yagabaga inka uko ashatse akagura imbibi zisambu nibindi. Iyo habaga hari ikintu kigomba gukorwa ku mitungo umugabo niwe wabaga ufite ijambo ryanyuma. Umugabo niwe wubakaga niwe wajyaga gushaka ibiryo umugore agasigara murugo. None ubu haje ibintu byivangamutungo umugabo ajya kugira icyo akora kandi umugore yaramusanze akora icyo ashaka ati singusinyira. Murabizi ukuntu ibyo bintu biryana. Abagabo benshi twaganiriye bameze nkaho atari abagabo mungo. Nubwo hari abagore bagifite kunva ko umugabo ari umutware wurugo ariko abagore benshi mungo babayeho bahangana nabagabo. Mbabwize ukuri imyunvire yumugabo numugore irahabanye, abagabo ni aba risk taker biragoye ko babaho badafata ibyemezo bisanzuye. Abagore nabo ni abantu batinya ibyo bigatuma badatera imbere vuba. Fata noneho umu risk take umubanye numuntu utinya kandi umuntu utinya umuhe ijambo , bivuga ngo abo bantu bazahora bafite amakimbirane. Ni hahandi umugabo afata ibyemezo afite igihunga yahomba umugore agahora amucyurira aho kumubwira ko bibaho. Yego hari abagore nabonye baha space abagabo bakisanzura mugufata ibyemezo nka kumwe kwa kera ariko ni bake. Gusa ingo zabo zifite amahoroo menshi. Gusa hano sinakwirengagiza ko hariho abagabo batari responsible. Icyo gihe iyo uhuye numuntu nkuwo witoza kuba responsible. Inama nagira abagore abagabo mubahe ikibuga. Niba umushatse wimuzirika cyane. Umugabo masculin iyo uzanye ibintu byo kumu controla cyane abivamo. Ni ikibazo cyigihe. Aba birirwa babigisha ngo 50/50 ngo umugabo

  • @MukamajoroOdilla
    @MukamajoroOdilla 27 дней назад +4

    Mubyukuri sindya ibiboga turaziranye ubukoko ibyobintu usahuye umugabo waba warabiruhiye😮

    • @mpamela1480
      @mpamela1480 27 дней назад +1

      Ese abisahuye umuhungu wawe genda akurongore nawe. Ukeneye umugabo uzasahure ibyo asigaranye ntibyakugwa nabi

    • @MukamajoroOdilla
      @MukamajoroOdilla 27 дней назад +1

      Umva wanjye, ndihagije,muburyo bushoboka kuko Narakoze ndabiharanira sinaba wowe cg undi Uba ashaka kurya imitsi y'abandi.
      Turaziranye Kandi cyane nshuti zanjye,ahubwo murecyere aho mugishe inama abakuru muzasobanukirwa, naho hano mwihaye isi kbx.

    • @HusenNsengiyumva
      @HusenNsengiyumva 26 дней назад

      ​@@MukamajoroOdillaare you sure?

    • @mukeshimanarosine704
      @mukeshimanarosine704 25 дней назад

      Ampayinka umugore usohowe munzu n'abana none aranasahuye?

    • @MukamajoroOdilla
      @MukamajoroOdilla 25 дней назад

      @@HusenNsengiyumva Yes I'm sure

  • @HabyarimanaJacquis-ej3xz
    @HabyarimanaJacquis-ej3xz 28 дней назад +6

    Karegeya fasha Aimée mukorere foundaraising hanze no mu rwanda twese dufashe Aimée nanabana be . Ubundi agende gukodesha aho ashaka. Yige n'abana bige.
    Noneho uwo murozi w'umugabo ngo ni se wabana muhebe.
    Hari imana itanga ubukire, Hari imana itanga umugabo muzima.
    Karegeya va muri ibyo.
    Aimée uri muto cyane, uri mwiza, uzi ubwenge wituma iyo mbwa yumugabo ikwonona mumutwe.

  • @UwaseAnnick
    @UwaseAnnick 28 дней назад +4

    Umva yihangane rwose niyigeishuri neza naritsinda azakuramo igisubizo kizima Kandi kiza

  • @byiringiroisaie776
    @byiringiroisaie776 28 дней назад

    Iyi Nkuru iri muzibabaje numvishije Cg mbonye muruyu mwaka peeee Imana ibarengere kweri

  • @Hanan-yk2ns
    @Hanan-yk2ns 26 дней назад

    Cyakoze ndumiwep bagore ibiba kuri bagenzi bacu bitubere isomo natwe duce akenge bihagije umugabo agusegura ijambo umusegura irindi ubu narayakanuye ntabintu byinshi kuko ingaruka mbi cg zikakaye nitwe zigeraho cyane

  • @Ungirenkugire
    @Ungirenkugire 25 дней назад +1

    Abagore murasekeje, ivangamutungo niryo ryubaka ? Ivanguramutungo niryo risenye urwo rugo ? Cyangwa ni ubwunvikanebuke ? Jye sinajyaho ngo nce urubanza gusa nabogamira kuruhande rw’abacamanza. Abaciye urubanza ni abantu kandi nabo bafite ingo ntabwo babogama. Imitungo itandukanye n’urukundo. None se umukobwa yaje ashaka imitungo ko baritinzeho ? Iyo umugabo ahuye n’umugore umugabo afite inshingano zo kurera abana. Kandi nanyuma yo gutandukana umugabo afite izo nshingano zo kurera abana. Uragira ngo umugabo we iyo bapasuramo kabiri umugore akajyana imitungo ntacyo yazanye byari kuba ari byiza ? Cyangwa ni ubujura yaba akoze. Iyu mugabo ntacyaha na gito yakoze. Namugaya ari uko nyuma yo gutandukana n’umugore inshingano yari afite atandiye kuzikora nabi. Aho amategeko nawe ntamworohera. Umureze bamushyiramo uretse ko ku mugabo ukunda abana ataringombwa ngo barinde kumurega. Mwibuke ko bari no kubana niryo ryitanu bakajya barisangira ribaye ariryo ryinyine rihari. Iyaba twunvaga version yumugabo. Impanvu yamuteye kubasohora munzu nibindi. Ese tuvuge bibayeho umugore akakuroga ukabimenya mubana munzu wakora iki ? Ese ubaye ufite inzu ariyo yonyine yatuma ukomeza kubona nutwo duke maze ukaba wanayibyaza umusaruro wakora iki ? Wareka abana bakaba muri iyo nzu bakicirwamo ninzara ? Cyangwa wayigurisha ukayibyaza indi. Ibyingo mujye mubireka hari igihe utatse mbere ataba ariwe nzirakarengane. Cyangwa bosa bakaba ari abanyamafuti.

  • @gracekneza3642
    @gracekneza3642 27 дней назад +2

    Reka mvuge ko Umugore ari mubi ari ishyano!arko se kwandagaza abana na nyina kukarubanda iri si iyica rubozo?ibi byemezo by'uyu mugabo biragaragaza ko aho tutari turi yakoze Ubugome bungana bute?bagore muze Dusenge Imana iduhe icyo kureresha abo twabyaye peee

  • @Otiesh
    @Otiesh 28 дней назад

    Nagurishe bimwe mubyabona bitaringombwa cyanee murugo

  • @user-ur8si6sn7d
    @user-ur8si6sn7d 26 дней назад +2

    Uwazana nuwo mugabo tukumva uruhande rwe, ariko ukobyaba byaragenze kose uyu mugabo ntiyagataye abana hanze byibuze yakabaguriye inzu iciriritse agakomeza kwita kubana kuko nabaziranenge ibibazo byabo abana ntibabirenganiremo kndi ndabona umugabo yifashije pe nagire ubumuntu

  • @NYIRAMANAErnestine
    @NYIRAMANAErnestine 28 дней назад +8

    Ariko Sha mwabinyanyagije ikigaragara baribifite kbs nagurishe ducye ,akuremo igishoro niko isi iteye

  • @Ungirenkugire
    @Ungirenkugire 25 дней назад +1

    Abantu bavuga ngo umugabo yataye abana hanze mbona bareba hafi. Ikibabaje harimo nabagabo bari kubivuga. Niba se wabana atanga izo 300k neza. Kandi niyo yatanga 200k aba bana bari munzu ntabwo bari kugasozi. Uku ni ugusebya umugabo ! Ntimukagendere ku marangamutima ahubwo mujye muca urutabera. Umugore niyige kubaho muri izo 300k hanyuma areke umugabo yisuganye nibindi byiza bizaza dore ko yatakaje amafaranga menshi muri izi manza. Jye rwose ngaye umuntu wazanye ibi mu itangazamakuru. Ubu iyo umugore yihutira gushaka inzu ibintu biba byandagaye ?? Navane abana ku gasozi, ndabizi neza ko abana nibakura bazamenya ukuri. Bazagaga wowe wabazanye mu itangazamakuru. Aho gushimwa nibicuru 100 nashimwa numunyabwenge umwe. Abagabo mukomeze musezerane ivanguramutungo. Ntimutunye hanze aha hari ubujura. Nibuze uyu asigaranye imitungo ye. Agiye gukora cyane hanyuma yiteho abana kandi nibanakura azabahe ku mitungo m. Naho ubundi iyo babiha umugore abana bari gutura munzu nziza ariko igihe kiri imbere no kurya byari kuzaba ari ikibazo. Uzi ukuntu bibabaza gutandukana numugore abana bakagenda bakabaho nabi uri umugabo udafite icyo wabamarira. Naho ubu azajya aboherereza na 500 k nazunguza iyo nzu nibindi afite.

  • @user-ln3vq1en1z
    @user-ln3vq1en1z 28 дней назад +2

    Aime pol sana warakunze uwukunze ntiyabimenya mureke uyu mugabo azicuza pe kdi sicyera umuntu ushaje gutyo aratinyuka akisenyera Aime nkunze ko wize ujijutse humura uzabaho nabana bawe ntuza muhe abana bawe

  • @user-xo2ju4so6y
    @user-xo2ju4so6y 27 дней назад

    Aime twara ibyo akwemereye ubundi uzajye. Kuregera uburengnzira bwabana

  • @user-km1hc3ck1y
    @user-km1hc3ck1y 28 дней назад

    300k niba azajya aza buri kwezi ni sawa cyane abantu bayahembwa ni bake cyane.

  • @AkayezuAngel
    @AkayezuAngel 26 дней назад

    Aime disi 😢😢😢😢😢 ndababaye PE!!! Pôle mama Imana izakube hafi!

  • @gilbertmugemanyi7183
    @gilbertmugemanyi7183 28 дней назад +6

    Ndabona ari ama episodes Karegeya azamuhe 50% kuko niwe wungutse yacuruje ,gusa icyo navuga nuko dufite icyuho mumategeko mbonezamubano cyane kubyabana urugero nibyo bijyana no kurera abana rero itegeko risa nkaho ritita kumwana kungaruka za divorce yababyeyi kabone naho haba hari imitungo barayivanze kuko imitungo ni 50/50 kumugabo numugore ntaho mbona umwana rero byo ngirango uno mudame ntabajyanama mumategeko yagishije inama kuko kwishyira mwitangazamakuru nukwiyanika ntagisubizo gihari keretse kumwanika wenda nuwa mugirira impuhwe kugiticye ariko umucamanza we yubahirije itegeko rero Karegeya nakomeze yisohorere episodes yabonye akazi arikobyo ntabuvugizi arimo gukora ahubwo uno mubyeyi yegere abantu be bazima bamuhumurize yiyakire atangire ubuzima bushya Kandi azabaho nabana bazabaho ave mwitangazamakuru kuko naryo ryamutera depression ubuzima ni panda teremuka atuze yihangane

    • @DPurpleHeart
      @DPurpleHeart 27 дней назад

      Humura niba nta bufasha uzatanga mu bazabibona harimo abazamufasha kdi batari kubimenya iyo bidaca hano, kdi kuba Karegeya yakunguka byo bitwaye iki mbese?iyi Nama utanze irimo n‘akantu k‘ishyari ukuntu😅😅😅😅

    • @gilbertmugemanyi7183
      @gilbertmugemanyi7183 27 дней назад +1

      @@DPurpleHeart oya ubwo ryaba ari iryiki?wapi ntaryo ,ahubwo ni umusanzu twatanze wo kutiyanika no kuri society muri rusange kuko divorce igira ingaruka 3 zikomeye iya mbere iba kubana iya kabiri ni abayikoze iya gatatu ni umutungo no mumiryango muri rusange rero divorce yabaye biragoye ko izo ngaruka zibura kuza ahubwo mbabajwe no kuba umuryango usenyutse Kandi ariryo shingiro ry,ubuzima bw,abantu

    • @DPurpleHeart
      @DPurpleHeart 26 дней назад

      @@gilbertmugemanyi7183 birababaje cyane kandi burya gusenya ntago biva kumuntu umwe gusa ni impande zombi

    • @gilbertmugemanyi7183
      @gilbertmugemanyi7183 26 дней назад

      @@DPurpleHeart urakoze ko wanyumvise navuze ko bibabaje Kandi ntaruhande nagiyeho rwabatandukanye ahubwo natanze igitekerezo ninama ko igisubizo kitari mwitangazamakuru ntanga inama zuko ibijyanye namategeko yashaka ubujyanama bw,abanyamategeko,akegera abantu be bahafi bazima Kandi bashoboye bamufasha kugirango ashobore kuva muri situation no gukomeza ubuzima bwejo kuko bagomba gukomeza icyo nzi neza kugira ikibazo ukirukira muri social media mukuri finally bitera depression Kandi wabigiyemo wumva ko bizana igisubizo muri make nibyo navugaga

  • @UwizeyimanaCoco-zf8ne
    @UwizeyimanaCoco-zf8ne 28 дней назад

    ARK UMUGORE USA KURIYA WAA ahhh Ubunyamwuga bwatakaye neza neza

  • @user-lx6vw9xf8b
    @user-lx6vw9xf8b 26 дней назад +2

    Mbega ibikoresho byinshi weee kdi bihenze kubi😢😢😢😢

  • @Rurangwa
    @Rurangwa 27 дней назад +2

    Imana yonyine niyo izi uko yaremye abo twita abagabo.

  • @biosanta8628
    @biosanta8628 28 дней назад +6

    Muhore muceceke, umugabo wanika abanabe ku gasozi gutya si umuntu.

    • @AngeUwase-qw1jq
      @AngeUwase-qw1jq 27 дней назад

      Mbega wowe ese wabonyehe uMugabo ungira Impuhwe za Bana,,? Ntawe peeh urukundo rw'umugabo ku Bana niyo byibuze bari kumwe ariko iyo asohotse rusigara murugo,, so ibyo uri kwivugisha ngo ibyo bintu ntabyo yazanye yeah birashoboka ariko iyo muri gutesha Abantu igihe ngo muri kurambangiza mucyeka kona​bandi bagabo bafite Umutima baba bacyeneye abo bakombwa soka nkumbwire wa mugabo we iyo washwanye nu mugore abana ntibakabaye victim za makosa yanyu kuko akeci usanga Umugore ariwe ubihomberamo nkibyo uvuga ngo nabyo yazanye Nandi makosa muduhozaho iyo aza kungira Impuhwe nkuko ubivuga yari Gushaka Ubundi buryo abasohoramo ariko atabashize kuka rubanda wibuke kdi ko yabanje kubihakana bagakoresha DNA abagabo murihariye wakongeraho ababashi bikaba bindi bindi""" Umbwo nubugome na Bank mbere yo kugusohora irabanza ikagoragoza ntaswe noneho amaraso yawe ,!! Uyu mugore yaracyiri muto uyu mugaboo yamwangirije Ubuzima bwee so mureke kuvungira uriya mugabo"" @@2018MUSAFIRI

    • @2018MUSAFIRI
      @2018MUSAFIRI 27 дней назад

      Niwowe Aime

    • @AngeUwase-qw1jq
      @AngeUwase-qw1jq 27 дней назад

      @@2018MUSAFIRI wangirango,,?

    • @2018MUSAFIRI
      @2018MUSAFIRI 27 дней назад

      Nuko nagirango nkubwire ko ntamuntu numwe usenya urugo abishaka ikindi ushobora kwitwara nabi urumugore cyangwa umugabo byanze bikunze ingaruka ziza kubana Maman yatandukanye na papa atubwira ko papa arumuntu mubi kdi twarakuze tumenya ukuri dusanga Maman ariwe utari twaye neza ingaruka zitubaho kdi papa yaraturihiye turangiza kwiga ibyo mungo bimenywa nabanyirabyo kdi kuba wabyarana numugabo ntago biguha kwitwara nabi ngomuzakomeze mubane mumakimbirane adashira kubera ko mufitanye abana yego hari abagabobamwe batari beza ariko hanabagore batarishyashya mukuzuza inshingano zabo tuge dushishoza twiririnde gutwarwa namarangamutima

    • @AngeUwase-qw1jq
      @AngeUwase-qw1jq 27 дней назад

      @@2018MUSAFIRI iyo story yawe total imeze nkiyanjye so ibyo society tugomba Kwiga nukudashyira abo Bana mu bibazo kuko ntaruhare baba babifitemo icyindi kdi iyo uru Mubyeyi cyane wifashije ntiwananirwa gukora icya nyacyo ikigaragara Aime yaracyiri muto ndetse acyiri umunyeshuri uMugabo yarakuze bihagije kuburyo atafata Umwanzuro mubi nkuriya wo guta abana hanze,,
      Nawe urabizi ikintu kigoye I kgli ni cumbi,,kuvuga ngo ibintu wibuke ko aba Ari second hands Ntago bamusubiza na kimwe cya kabiri cyayo yabiguzeee,!! So ubuzima nkubu tuba twarabukuriyemo niyo mpanvu Uba wunva nta wundi mwana uri kuza ubu byabaho,,""

  • @ngango910
    @ngango910 28 дней назад +7

    @Karegeya, muriyibagiza ko n'uwo mudamu agomba gukora akarera abana. Ayo 300,000 ni uruhare rw'umugabo, umugore nawe azashyiraho urwe.

    • @pascalinekampire801
      @pascalinekampire801 27 дней назад

      Ndumva nawe murikimwe ubwose urumva uyumugabo atarinzererezi ibaze nawe umudam ariga Akita kubana Aime ihangane p iyonyamaswa yabiteguye kera mujya gusezerana ivangura ikibi cyane nuko numva adashaka nokwishyurira abana ishuri ubundi udakunda abana x yakunda nyina

    • @Korandebe
      @Korandebe 27 дней назад

      Urumuhanga kbx bijyize abanebwe

    • @inor8458
      @inor8458 26 дней назад

      300k atunga umuryango muri Kgl ni salaire za benci none we ngo ntiyamutunga pe. Navuze ngo abana ni ababo bombi umugabo atanze 300k umugore nawe basi nakore ashyireho 150k then barere abana babo. Maze abandi babaha indezo ya 30k. Iyo umuntu yakwanze ntiwamwihambiraho.

    • @JeanBaptiste-uv1ek
      @JeanBaptiste-uv1ek 25 дней назад

      Ngo mu Rwanda ntabutabera buhaba???kubera ko batashyigikiye induru yanyu?unva muzicuza

  • @IshyaJudy123
    @IshyaJudy123 26 дней назад +1

    Erega n'umukobwa yazanye murugo amugiriye impuhwe ngo amucumbikire niwe umusenyeye .Ubu uwo mukobwa uwo mugabo yamupangiye Quencaillerie .Humura rwose icyo gikonwa cyagusenyeye kizabyicyza .Nuwo mugabo ntamahoro azagira.

  • @ZiyandaMhlana
    @ZiyandaMhlana 28 дней назад +2

    Urwanda ni Singapore 🇸🇬

  • @user-xw9wj5zp7z
    @user-xw9wj5zp7z 28 дней назад

    😢😢😢😢Aime ihangane abagabo nsabana beza pe gusa imana niyonkuru.

  • @umulisaaimee3803
    @umulisaaimee3803 28 дней назад

    Agomba kwishyura ishuri ry'abana, kubavuza na nyina akamenya ikibatunga😢

  • @user-km1hc3ck1y
    @user-km1hc3ck1y 28 дней назад

    Karegeya ati "nkunda ukuntu wimyoza"😂😂😂😂

  • @abegadarl4716
    @abegadarl4716 28 дней назад +3

    Ihangane gsa ibibuno biri ikigali bizajya bituma abagabo cq abasore bafata umwanzuro wo kurongora bahubutse☹️😭

  • @expresstv1748
    @expresstv1748 27 дней назад +7

    Uwo mukobwa niwe urusenye pe bagore mujye mumenya ubwenge ntimugacumbikire abakobwa mu ngo zanyu harigihe baza kuhaba batabakunze ahubwo bafite target udushyari twabakobwa ni hatari cyane iyabona uri murugo rwiza😢

  • @user-ur8si6sn7d
    @user-ur8si6sn7d 26 дней назад +2

    Subwo kuko umukobwa ukiri muto wemeye gushakana nuwo mugabo numva muvuga ngo nagasaza ubwo byari urukundo cg yarakurikiye cash? nukuri umuntu ukurusha imyaka myinshi abanakurusha ubwenge wagombaga guca bugufi cyane hama ukarya ibyo wakurikiye gusa wihangane mbabaje nabo bana😢😢

    • @uwasesandrin3397
      @uwasesandrin3397 26 дней назад

      Waurikira cash ukagenda mu byo kuvangura imitungo?ahubwo yari yasaze uyu mukobwa

    • @user-ur8si6sn7d
      @user-ur8si6sn7d 26 дней назад

      @@uwasesandrin3397 urumva uwo mugabo yamubeshye ko nyuma yimyaka 2 bazavanga byose umukobwa nawe abonye inzu nziza wenda nibirimo arashiguka daa

  • @girimpundutheopiste2531
    @girimpundutheopiste2531 28 дней назад +8

    Dukeneye iyi nkuru kugeza ubutabera bubonetse

  • @lolaispure4296
    @lolaispure4296 26 дней назад +1

    Ese kuba abazungu bihindura iki😂😂 cyangwa bifasha iki

  • @uwitonzeclementine1147
    @uwitonzeclementine1147 28 дней назад +3

    Mugabanye ubutesi sha ngwamutaye hanze hhhh lmana ishimwe ko atamutaye mwirimbi, ntiyumve amabwire ahubwo nakomere akorere abana be aracyafite ubuzima. ubwose ntabo mwumva babatwikiye munzu cg bakabafumbiza imboga none muri guteta hhhh ntimuzi aho isi igeze pe, haguma ubuzima ibindi ni intizo erega mwabantu mwe.

  • @JoselyneNiyonambaza
    @JoselyneNiyonambaza 28 дней назад +2

    Sha abagabo batanga indezo nibakeya kabishywe iyaba yemeraga nabana kubona iyondezo bizamugora satani yahagurukiye igo ahubwo nagane iyogusenga kuko wasanga yaramushatse iwabo wumugabo Bata mushaka yewe nimba Ari numushi ntago mwabana abashi barashakana,kuko umushi ashaka umushi mugenziwe yarabanje guhobera cyagiti kiwabo

    • @uwanyirigirasolange6721
      @uwanyirigirasolange6721 27 дней назад +1

      Najye ndi umushikazi ariko uyu mugabo yambaje ashebeje abashi ntago ariko duteye iyo winjiye mu urukundo wirinda gukinisha amaranga mutima y'umuntu niba yarashakaga abashikazi biwabo yari bubikore mbere atagiye kwangaza uyu umugore amaze kumubyaza abana 2 ibi akoze buzamugaruka ariko ako guhobera igiti byo muratubeshyera😂😂😂

    • @User.k146
      @User.k146 27 дней назад +1

      Ark ibyo nibiki muba murimo?? Buri hantu buri karere kagira abeza nababi ibyo ntaho bihuriye

  • @user-jz9ke7yu7u
    @user-jz9ke7yu7u 28 дней назад +1

    Bitangira arurukondo, birangira arimitungo.

  • @whatstodaysvibe4605
    @whatstodaysvibe4605 12 дней назад

    Narekane nuwo mugabo ,asyiiiii disi icyokigabo kirumva atazabaho ,umva azabaho rwose woe gusa izerimana usenge

  • @mukamanapauline891
    @mukamanapauline891 27 дней назад

    Impore dear😢😢😢😢

  • @user-uj2qo3ug8b
    @user-uj2qo3ug8b 28 дней назад +9

    Ariko se , umugore urukiko ruhitamo ,kuvuga ngo asohoke munzu,ntampamvu? Njye ntabwo ndumunyamategeko,ninayo mpamvu ntagirira uwo mugore impuhwe,kuko nanjye numugore,ariko habwo ufata imyanzuro ikakaye cyaneee, kugirango kuruhuke,wasanga nase wabana Atari uwo,ntureke gucimanzà

    • @dukuzemariyayvette8835
      @dukuzemariyayvette8835 28 дней назад +3

      Niyo yaba se wabana waheraho kurariya magambo umugore yavuze ngo ntiyaba munzu 150k urumva uwo mugore murugo atarashakaga ibyamirenge umugabo bikamurenga ariya magambo yampaye ishusho yurugo hari nuwanditse comment avugako umugore yabwiraga umugabo ngo ntiyanjyana abana kwishuri adafite imodoka,rero nuwo mugabo aje kuri camera twakumirwa ,urukiko ariko urumva rutarashijoje

    • @user-uj2qo3ug8b
      @user-uj2qo3ug8b 28 дней назад

      @@dukuzemariyayvette8835 nukuri Yvette ,twe kujya twihitira kuvuga ,cyane ko butabera buba bwabikemuye,buriya urabizi umuhesha winkiko aza kugusohora barabanje kumanuka itangazo kdi bakaguha igihe,ubwo yigize ishano yanga kuyivamo,kuko yarazi Umugabo babana ko agira impuhwe akamurekeramo,nagende ntabwo yiyubashye

    • @user-ub7re7fv6s
      @user-ub7re7fv6s 28 дней назад

      Abana ni abuwo mugabo kuko mu gice cya mbere bavuze ko atabemeraga Bose uko Ari babiri gusa nyuma yo gupimisha DNA basanga Bose Ari abe.

    • @uwanyirigirasolange6721
      @uwanyirigirasolange6721 27 дней назад

      ​@@dukuzemariyayvette8835ibyo kuvuga ko atajyana abana ku ishuri adafite imodoka biterwa ni urwego bariho ibyo ntiwabimurenganyiriza

    • @IshyaJudy123
      @IshyaJudy123 26 дней назад

      Nuko yasezeranye ivanguramutungo ,Imitungo ni iya company agomba kuyivamo .niryo kosa yakoze.

  • @daliemukundente15
    @daliemukundente15 28 дней назад +2

    Umugabo 1 akwanga hari ba 3 barindiririye hanze ko asohoka ngo bakomezanye. Bagore rwose ndabinginze mwitinya gutandukana nabo mwashakanye mugihe urwo rugo urubonamo amacyimbirane,hato bitazakuviramo urupfu, hunga udapfa kuko hirya gato hari abagukeneye.

    • @Jdmcs19-81
      @Jdmcs19-81 27 дней назад +3

      Bihira bacye , wishuka abantu.
      "The first cut is the deepest"
      Umugore n'umugabo ni uwa 1 abo bandi uvuga 3 bategereje kubashaka ni nko kuva mu gikoni ukajya muri toillette.
      Kubyihorera ukirerera abana iyo wabasigaranye biraruta .

    • @mukeshimanarosine704
      @mukeshimanarosine704 25 дней назад

      Bashobora kumutegereza ari na batanu ariko ari imyangaro kuko abagabo bo muriyi minsi batinya charge rwose nabo baba bifuza uwabazamura

    • @user-pd9tz9ie7f
      @user-pd9tz9ie7f 25 дней назад

      Utanze inama mbi cyane , urugo ni urwambere izindi zose ni Stress !!

    • @daliemukundente15
      @daliemukundente15 24 дня назад

      @@mukeshimanarosine704 dukore icyi rero ?

  • @LovelyAlien-ew8ik
    @LovelyAlien-ew8ik 27 дней назад

    Niyiyakire akumbwa atangire ubuzima imana ikundabana izamufasha, amenyeko aripapa akaba namama

  • @IrakozeTresor-fn8vi
    @IrakozeTresor-fn8vi 10 дней назад

    Abakobwa mugira ubugoryi bwo kurarikira ibintu ntarukundo rwumwimerere mukigira puuu!!! ubukire wirukiye urabubonye rero😂

  • @lavictoriashafik7278
    @lavictoriashafik7278 28 дней назад

    Karegeya we twihere part 3 wigendere

  • @ahirwa0077
    @ahirwa0077 28 дней назад

    Mana we burigihe iyombonye ibintu nkibi nibuka genocide nintambara abantu bangazwa nukuri sondi umucamaza ariko Imana izahane cyaneeee uwariwe wese wihishe inyuma yibibintu

  • @BeatriceMukanyandwi
    @BeatriceMukanyandwi 28 дней назад

    ❤ihangane maman

  • @nsanzimanafilippe7212
    @nsanzimanafilippe7212 28 дней назад

    Hari ikibazo kiri mungo aho umwe mubashakanye ashyira imbaraga mucyateza imbere umuryango naho undi agashaka kuba mubuzima bworoshye gusa yigeze kuvuga uburyo yashatse kujya kuba musanze niba nabyumvise neza ngo umugabo arabyanga rero abantu bitwa ko basobanutse nibo kubuka binaniye kuko birirwa bavuga ngo ubuzima ni bugufi nk'ikabutura😢😅

  • @BOHOKA250
    @BOHOKA250 27 дней назад

    Uyu mukobwa yishakiraga ahantu atazabaho nabi, uwo musaza se kuki yamwemeye 😂😂 sha iri faranga rizarikoraaa

  • @gaudencemujawamariya4971
    @gaudencemujawamariya4971 27 дней назад

    Ariko weee,ibihumbi 300000 n'uruhari rw'umugabo naho n'uruhari rw'umugore nawe azajye arushyiraho kdi nokurera abana bagomba gufatanya

  • @niringiyeimanalaurent5212
    @niringiyeimanalaurent5212 26 дней назад +1

    Ahubwo uwomugabo yitondere ahwagenda kuko mukabari ndahumvise koharigihe yahagwa

  • @user-np7qh7hg7k
    @user-np7qh7hg7k 16 дней назад

    Uwo Mugabe numugome kyane. Abana bé yibyariye abataye hanze Koko ku manywa yihangu !!!! Ehhh azabona Ari kuri iyi si y'a rurema.

  • @takomeedia
    @takomeedia 27 дней назад

    😢😢😢

  • @DenyseTumukunde-yy5lc
    @DenyseTumukunde-yy5lc 28 дней назад

    igo ziyiminsi ziyeye isereri ark imana imuregere😢

  • @user-fn6tq5ku2t
    @user-fn6tq5ku2t 25 дней назад +1

    Nonese ibibintu byose Aimé niwe wabizanye? Urumvako target bafite arivanga mutungo.

  • @imvuratv5412
    @imvuratv5412 27 дней назад

    Karege abobagore nibashiki bawe cyg wariye bitugukwaha ngo navasaza none mwabonaga ntabwenge gafite umurengwe urabavugishije numushingawanyu wokuryakohasaza irabapfubanye

  • @Ikibasumba1
    @Ikibasumba1 27 дней назад

    Inama nagira abagore bagishaka mbere yo kubyara bajye babanza biteganyirize mugihe umwana wundi abahindutse , bajye bibukako abo bana bashobora kuzibona babarera bonyine ariko nanone n’abagabo bakwiye gutangira gusigarana abana babo

  • @UwaseAnnick
    @UwaseAnnick 28 дней назад +1

    Ararushenye da ariko niba urugo rwarishinjyiye kubaphumu bagombaga gutandukana noneho nibarushinjyiye kuri Nyagasani bazasubirana

  • @NtiganzirwaAnaclet
    @NtiganzirwaAnaclet 28 дней назад +5

    Iyo umugore aba nta kosa afite urukiko ntirwarigufata icyemezo cyo kubatandukanya.abacira imanza umugabo nibabirwke kuko n'urukiko hari ibyo rwagendeyeho

    • @uwanyirigiraevelyne9358
      @uwanyirigiraevelyne9358 28 дней назад

      Ntanubwo rwamusohora munzu keretse niba iyonzu bayikodeshaga

    • @umurazajosette9558
      @umurazajosette9558 28 дней назад

      Ariko numvisemo ko inzu ari iy'umugabo kubera ivanguramutungo rero urukiko rwagombaga kuyimuha si byo bivuze ko umugore ari umunyamakosa

    • @nzayisengaodette8345
      @nzayisengaodette8345 28 дней назад

      ​@@uwanyirigiraevelyne9358umugabo ngo yabwiye urukiko ko atariye ariya company

    • @muhozadarillah7466
      @muhozadarillah7466 28 дней назад

      Ariko ibyo nibiki,akarengane se Niki?

    • @AngeUwase-qw1jq
      @AngeUwase-qw1jq 27 дней назад

      Na mafranga sha Aho akubise haroroha

  • @niringiyeimanalaurent5212
    @niringiyeimanalaurent5212 26 дней назад +1

    Umugabo mwimwicaraho umugore numunyamakosa kuko urukiko sinjiji zirubamo

  • @user-xo2ju4so6y
    @user-xo2ju4so6y 27 дней назад +2

    Ariko nimujya gushaka mujye mubanza no gusaba lmana ibereke uWo mukwiranye wo kurushinga

  • @imvuratv5412
    @imvuratv5412 27 дней назад

    Sha uyumugore nubwo yataga umugabo akigira hanze barafite ingo zikigari burya zibitsibintu umugabo arakwemeje ngomuzahura umukorehikise?

  • @UWIRAGIYEFrancine-fv2wc
    @UWIRAGIYEFrancine-fv2wc 28 дней назад

    Ihangane Hari izagutabara

  • @Tricksall24
    @Tricksall24 28 дней назад

    Njyewe ngura ibintu bya occasion kndi nishyura neza nambwire mbe mpisemo

  • @Ungirenkugire
    @Ungirenkugire 24 дня назад

    Ndimo ndareba ibikoresho byo munzu , bagenzi ibi bikoresho birahenze pe !! Harimo nka 4M. Jye uyampaye naba mbonye igishoro. Ubwo se umugabo asigaranye iki

  • @uwayezuclaudine9450
    @uwayezuclaudine9450 3 дня назад

    IMANA izakurengera

  • @maniragabaclaudette
    @maniragabaclaudette 26 дней назад

    Chr ndakwinginze pole kd ubuzima burakomeza humura kugera kure siko gupfa icyambere nubuzima ibindibyose bizaza

  • @hirwahirwa7048
    @hirwahirwa7048 27 дней назад

    Ndabona bari nabakire bo murwego rwo hejuru kbs

  • @keliaUWAYO
    @keliaUWAYO 28 дней назад

    ubuzima iyo buhindutse uhindukana nabwo ayo F ni menshi nagabanye ibintu abigurishe azabaho kubera Imana.

  • @sylviemuhawenimana9112
    @sylviemuhawenimana9112 28 дней назад +7

    Iri niteshagaciro .niyo urukiko rwabatanya Batana neza .iki kigabo nikigome kwandagaza uwo mwabyaranye koko

    • @Isimbiggh
      @Isimbiggh 27 дней назад +2

      Niko abahutu bakora

    • @Korandebe
      @Korandebe 27 дней назад

      Ark yeee iyomuje mwijyize imbebase mushaka kuguguna gusa mwebwe harubakira

    • @byamungubabisha6950
      @byamungubabisha6950 26 дней назад

      Tegeko ni tegeko,mwihangane

    • @HusenNsengiyumva
      @HusenNsengiyumva 26 дней назад

      ​@@Korandebenonese uba waramuzanye harugushyizemo umugozi

    • @Korandebe
      @Korandebe 26 дней назад

      @@HusenNsengiyumva noex kumuzana kontawe yajyishijinama kuki abantu bashyushye kumwirukana nabyo bifite impamvu

  • @Kair996
    @Kair996 28 дней назад

    Ariko se uwo mugabo nta kintu yagiraga , na treadmill ndabona ayijyanye.

  • @UwinezaPascaline-n4f
    @UwinezaPascaline-n4f 27 дней назад

    Chr mugemwiga gukora uzigukora ntago uyumugabo yagusuzugura gutya gusa ihangane mwijuru hari Imana kd komera

    • @HusenNsengiyumva
      @HusenNsengiyumva 26 дней назад

      Konumva mwaba mugihe guhangana se buriwese agiye arata imitungo

  • @turikumweesther6454
    @turikumweesther6454 26 дней назад +1

    Aime natwiyereke impamvu yanga kwiyerekana nuko aziko afite amakosa

  • @KambereClautridah
    @KambereClautridah 19 дней назад

    Ihangane imana irahari kuko niyo ibimenya kandi uzabaho komera komera

  • @niringiyeimanalaurent5212
    @niringiyeimanalaurent5212 26 дней назад +1

    Ariko kukimutavugira umugabo kowasanga nawe yaragowe

  • @hirwahirwa7048
    @hirwahirwa7048 27 дней назад

    Abantu murikuvuganira uyu mugore nuko mutazi iyo umugore yakuzengereje sha mumbaze njyewe naremeye ndusohokamo kdi nd,umugabo

  • @JoselyneNiyonambaza
    @JoselyneNiyonambaza 28 дней назад

    Abagore neza ntago bahirwa nurushako wasanga nuwomugabo ahongaho yarahagurishije niyonzu

  • @dineclaudine9530
    @dineclaudine9530 21 день назад

    Sha nimba yari umushi komera ntacyo uhobye abashi ni abagome bashakana nabashikazi babo nibo bashobokana

  • @boscoragaye1040
    @boscoragaye1040 28 дней назад +10

    Ese kuki abagore wumva batinya "IVANGURAMUTUNGO"...??? Uko byamera kose hari uruhare "tutazi" rw'uyu mugore rutumye urugo rwe rusenyuka: ndakeka ko umugabo yamuhaye ubuzima buryoshye muri Kgli(imodoka, inzu, imirire, iminywere,...) na we akadamarara, ntiyibuke guha agaciro uwakamuhesheje....! Njya nibuka umugani nize mu mashuri abanza "w'umugore wakuwe mu gisate cy'ingunguru akaza kugirwa nk'umwamikazi, bikaza kurangira agisubiyemo" kubera "ubwibone, umurengwe n'agasuzuguro"!!!!

    • @lolitaimena9782
      @lolitaimena9782 28 дней назад +1

      😂😂😂😂😂😂😂😂😂😅pe

    • @mariehonoratheumubyeyi8896
      @mariehonoratheumubyeyi8896 28 дней назад

      Vuguziga!!!!

    • @muhozadarillah7466
      @muhozadarillah7466 28 дней назад

      Urakeka ko nyine🙄 umva ufite ishyari kururimi

    • @boscoragaye1040
      @boscoragaye1040 28 дней назад +1

      @@muhozadarillah7466 Ubwo naba mfite ishyari kuzihe nyungu se mada...!!!?? njye numvise ikiganiro, nibuka ibibera muri "sosiyete" yacu "surtout" muri iyi Kgli, aho abagore benshi bigize aba "Sley Queen" aho gushikama ngo bakore bubake ingo, bagahugira mu mingara y'amaligara nk'aho amahera amera ku biti...ntanga igitekerezo! niba mvuze ukuri urampora iki...!!!???

    • @mariehonoratheumubyeyi8896
      @mariehonoratheumubyeyi8896 27 дней назад

      @@boscoragaye1040 iyo umugore yigize slay queen se umujugunyana nabana bawe?!! Abagabo bose bajugunya abana babo bazabona ishyano!!

  • @mutuyimanaliliane5988
    @mutuyimanaliliane5988 26 дней назад +1

    Jyuvuga neza ntaza eeeeehhhh aaaaahhhhh uuuhhh