Ohhhhh ni ibibazo kbsa, ubundi kubaka igihugu bihera mu kubaka umuryango. Umuryango muzima ntago wagapfuye ibintu by'amafuti nk'ibi ababishinzwe nibagoboke aba bantu peuhhh. Karegeya (KOP) we truly appreciate your work, keep up the spirit 😊
Abagabo dusigaye turi bake, I will let my kids middle of the road. Burya nzarare mu muhanda aho kugira umwana aharare. Ubwo famille y'umugabo ntayo ngo Umuhungu n'umwana mwiza nuko yashatse umugore mubi. Umugabo wese ubona iyi message, hama hamwe and protect your family so they can kugusajisha in your old days.
Wari umenyereye kuba mu buzima buhenze niyo mpamvu ubona ko 300k, ari make, sha hari abahembwa make kuri ayo kandi batunze imiryango yabo , wikwitetesha, gurisha ibintu ndabona ufite byinshi, ubigabanye ushake inzu ya make ikwirwamo ibikoresho ubona by':ibanze, ubundi urebe ko ubizima budakomeza
Nge ndabona birimo akantu! Umugore yahawe ibintu byose byo mu nzu se ni we wabiguze byose cg ni ukugira ngo ajyane akanyamuneza. Gusenya ni ugusenya, atangiye urugendo rukakaye rwo kwimenya n'izo nshuke: kuba nta nzu, nta biryo, nta shuri ahise arutwa n'impunzi. Mumuvugishirize inzego atazasangwa Ku muhanda asaba abamwitaga Mabuja
Ayamafaranga ni menshi ahubwo ABA bashaka Ari abana bari kumibare yo kurya inote zabasore bakabaho badakora yumva ari nkumwamikazi .nawe nakore ashake inyongera arere abana@@rachelmukahirwa8015
Amategeko yacu agena iki kubijyanye n’abana iyo abantu batandukanye? Ko bisa nkaho abana basa nkaho bagiyr kubaho nabi kandi se afite ubushobozi? Amategeko yacu akwiye gusubirwamo kubijyanye numuryango ari cyane cyane imibereho y’umwana nyuma yo gutandukana
Umwana are rwanda n'ababyeyi bombi.byumvikane ko niba papa atanze 300k,maman nawe agomba gutanga 300k Alabama 600k.ku mwana urengeje 7 years old. Ahabwa 1k ku munsi.ibi byigishe abanyarwandakazi ko gushaka atari imibonano mpuzabitsina gusa.ugomba nawe gukora ukagira icyo winjiza.abagabo babigiye imitwe yo kuvangura imitungo namwe nimwige indi yo kwizigama mu give mukiri kumwe.
Abana bari munsi ya 12 ans bahabwa nyina Ese ko muvuga ngo afite ubushobozi muzi ahembwa angahe? Wenda ahembwa 600k yafashe credit y'inzu agatanga 300k y'indezo ibirenze ibyo ni ibihe?
Amategeko yo mwisi nta butabera atanga ariko Imana yo ntirenganya.mba mbabajwe n'abana baba baravukiye mu buzima bwiza bakaba batangiye inzira y'umuruho.byibuze iyo amwishyurira inzu akanamuha ayo 300k kuko biragaragara ko uwo mugabo ari umukire
@@2018MUSAFIRItubyi bicye duhereye kuri nyir'ukuyatanga erega aha ni abana be bagiye kurerwa kdi ntibamusabye kubazana ku isi ,kuko mwumvako gatanya ikwiye gukurikirwa na munyumvishirize?
Abantu muri gutuka uyu mugore mugabanye pe kuko ibyingo zikigihe bizwi n' Imana nimbeba zibana nabo munzu
Umuryango ntabwo washyirwa ku murongo n'amategeko. Dukwiye gushaka ibisubizo mu muco kuko amategeko yo akomeje kubizambya.
Iki kibazo cyarakerenswe cyane murabina ko birenze ! Ndavuga mumuryango nuri rusange...
Icyo gisubizo muri 14 million urumva cyashoboka
Hhhh inibintu birakataje,gusa impande 3 kwitegeko ryo rirabikabya byagera muriyominsi yanyuma, yimperuka bikaba bibi
Umuco waracitse hasigaye icyitiriro
Mu mibanire y'abashakanye, iyo hajemo iby'amategeko biba byafashe indi ntera
Jyewe rero nkumubyeyi washatse ndi muriyo myaka yuwo mubyeyi reka ngire inama barumuna banjye kuko urugo runanirana muriyo myaka nanjye niho naringiye gusenyera 😢icyambere umugore n'umugabo baba bataramenya icyo bashaka, 2)imyaka yimigirigiri kuburyo umugabo aba akitwara nkumusore numukobwa akiyumva nkinkumi kuburyo buri wese aba ashaka gukora ibyo ashaka no kwigenga 3)umugabo yaremanywe kubaho yishimisha rero wamukobwa ukiri muto utarakamirika mu kwihangana ahora amu kotorora kuri buri kantu bigashyushya umutwe umugabo 4)gushaka umugabo ufite ubushobozi bivuna uriya mukobwa kuko umugabo arebwa nabandi bakobwa nawe ubwe aba ashyushye yumva akeneye umuramya rero yataha bitinze kuri wamwana wumukobwa warakaye ntamuhe agaciro 5) umugabo ukize ukamucunga yarabonye iwanyu mudakize nawe utarashatse icyo ukora ngumukange ajye abona ko utamurambirijeho arakujugunya hamwe nagasuzuguro .igisubizo urugo ruragizwa Imana kugira ibariyo irugukomereza kuko rurarerwa nkuko turera umwana kuva avutse kugeza akuze kuko nokurera nukwihangana umwana yakunera ntiwinube yakura harigihe aza kugusaba imbabazi ko yakubabaje ndetse yakuvunnye!
Murakoze ku nama nziza
utanze inama yingenzi rwose
Nones ubu ufite imyaka ingahe ko numva urinararibonye kurushako!nukuri ngewe inama utanze iranyubatse cyane ariko nangajwe nuko waba urimutoya ufite ubwenge rwose kukugira ho inshuti byanyubaka sana,nones buriya biterwa Niki kujya kubona ukabona abantu bavuye murubyiruko basenya Ingo kd ngirango niba bakihanganye kuko baba barubayemwo igihe kd ngo urugo nishure umuntu arangiza aruko apfuye!!!.muraklze
@@GOGOTVRWNDA 38ans kandi ibyo mvuga nubu ndacyakora revision nkwiyemereho se ko nashoje ishuri wapi
@@jeannedarcuwimana1274 nukuri ibyomvuga nukuri bisaba kwihangana
Ohhhhh ni ibibazo kbsa, ubundi kubaka igihugu bihera mu kubaka umuryango. Umuryango muzima ntago wagapfuye ibintu by'amafuti nk'ibi ababishinzwe nibagoboke aba bantu peuhhh. Karegeya (KOP) we truly appreciate your work, keep up the spirit 😊
Muzaze muri Muhanga mubaze urubanza rwa Major rwa Gatanya, abacamanza bakora ibyo bafitemo inyungu
Mukobwa mwiza ubwo film yarangiye reka kwirirwa uregama n, umugabo injira munshingano zo kurera abana bawe kdi imana izakugirira neza kura amaso kubantu wimveko wowe ubwawe bishoboka utitaye kukintu icyaricyo cyose nange mbareze ari 6 isi ntanigiceri kijana yampa kdi imana yabanye nange ubu tumeze neza ubuzima bwarakomeje kuruta uko byari bimeze mfite umugabo kasita imiryango yawe igufashe amaboko komera rero uzatsinda chr🙏🙏🙏🙏🙏
Sha reka nkubwire cyeretse uwampa nimero yawe nkakwereka uko abantu babaho kuko mfite byishi nakwigisha pe
Uyu mugore yahuye nuruva gusenya, mu mahitamo ye yahiye n'igipfunyika cy'amabyi nakomere
Abagabo bbu bigize ingegera, ibisambo bazapfa nabi
Ko numva ubishize kurundi rwego ra!
Bihorere isi izabumvisha
Ishimwe Ntabwo arikibazo cyo guhitamo buriya haribyo umugabo yananiwe kwihanganira
Maze rero uburere buba bukenewe pee ntasoni Koko gutukana mubintu nkibi kweli?!
Yaguhemukiye cyane ariko nawe ngo inzu ya 150k ntiwigeze uyibamo aho ho ufite ubutesi bwinshi cyane uwabyaye sha izo blage azivamo
😅😅😅😅 😅
mubyukuri maze kumva iki kiganiro neza kuruhande rumwe birababaje,gusohorwa gutyo birababaje,gusa icyindi navuga nanambwira uyu mubyeyi nuko kubaho bishoboka kandi cyaneee! nkubu njyewe natandukanye numugabo kandi twari dufitanye abana babiri twahanye gatanya ndetse yemera ko azanjya atanga indezo gusa ntayo yigeze ampa kandi mbayeho nabana babiri muruyumunjyi 😢,mubyukuri numbwo bigoye ariko azabaho nahumure,naho ibintu byo nagurisheho ibishoboka asigarane ibindi,kandi ndakeka azabaho ntakabuza
Be cool! Harerimana!
Namwe bagore mwige kwigira, birababaje cyane ariko mwige gukora
@@agefightingbeauty of course tugomba kwigira ahumbwo ashime Imana kuba nayo maganatatu ayafite,kuko nabatayafite babaho,yego ntiwabonera umwana ibyakeneye byose ariko umubonera ibishoboka
Abagabo nta formule bagira
Niyihangane ntwabwo umugabo Ari Imana
Njye anyandikire muhe experience mbareze imyaka 15 ntandezo yigeze ampa Kandi itegetswe .nafate umwanzuro Yuko agomba kubaho nabana be Kandi areke guta igihe munkiko kuko ayo aha Avoca yakayagize igishoro akabaho nabana.njye natsndukanye nawe nsunira kwiga secondary ndayirangiza njya kaminuza ubu ndiho nabana barakuze Kandi mubwiye umushahara mpembwa yakumirwa Kandi urafutunze .gusa ntibyoroshye bisaba kugira inshuti nziza Kandi nawe ugakura ukava mubwana
Uyu mugabo numushi ndamuzi gusa Bantu mubana nabashi cg abakonyine mwimenye murye misenga cyaneee y'aba abagore babo cg abagabo babo kuko ntamutima kd nabahanga mugutanga ruswa
Ntamugabo utandukana numugore mwiza. Ibyabashi ubivemo kuko ntihasenya abashi gusa.
Nanjye ndumugore ark abagore nabo basigaye barangara cyane ntibite kunshangano zabo
Umugabo wese aba acyeneye urugo yicaramo akumva atuje ntamugabo ukunda umugore udafite guca bugufi. Ndabona bari bameze neza azicuza urugo ataye azarwifuza
Iryo ni irondakarere Ibyabashi mubireke
Ntago hasenya abashi na bakonyine gusa simbona abavukiye mumigi aribo birirwa barira
Yewe yewe. ! Impore Mujawayezu , komera shikama kandi haguruka ukenyere ukore uhirimbanire abana bawe nawe ubwawe ubundi azicuza ! Ndumva ngo 300,000 frs baguhaye n'abana 2 bikamena umutwe pe ariko nyine nuko ahibwo rwana no kubaho we umwobagirwe
Mu Cherie mwiza biragoye kubyumva ariko renza amaso ibyo ubona ubu wiringire Imana kdi nyuma y'igihe gito uzabona kugiraneza kwayo mu mugore harimo imbaraga ntuzatubgurwe nuwo urimo kwishimira ko akwemeje agaruka akubwira ngo mbabarira abantu baranshutse. Hamwe n'Imana uzabaho kdi neza 🙏🙏🙏
Abagabo dusigaye turi bake, I will let my kids middle of the road. Burya nzarare mu muhanda aho kugira umwana aharare. Ubwo famille y'umugabo ntayo ngo Umuhungu n'umwana mwiza nuko yashatse umugore mubi. Umugabo wese ubona iyi message, hama hamwe and protect your family so they can kugusajisha in your old days.
Ngo hoya inzu ya 150k ntbw nayibamo😂😂😂😂 sha Imana iguhe ubwenge kugirango uzabashe kurera abo bana! Uretse nayo mafaranga nuwaguha 100k wabaho kdi hari abatayafite babayeho. Gabanya ubwo butesi umenyeko ubu ingoma zahinduye imirishyo, ufunguke amaso ahbw izo 300k ushake uko uzazibyaza umusaruro!
😂😂😂😂 arimo gutetera mumuruhosha !!!! Ubuyabaye indushyi abuse guca akenge
😂😂😂 niyihangane Ariko nakanguke kbs
@@vallloyd9653pe nabyuke uyumugabo yamukinye cyera nawe ntiyabibona gusa ubu icyoyajora nukumenyako yarushyeee akagabanya ubutesi ,agurishe ibintu afite byinshi .ashake aho aba kdi hamake kugira ajye abona uko abaho
Hhhh ngo ibintu ntibyajyamo!! Yabigurishije se akongera igishoro agakorera abana!!!?
Nkuko wabivuze binyuze mumategeko , ibyo nibisanzwe muri Kigali🎉 abantu babaye muri demokrasi cyane bararengera kugera aho bigera kuri uru rwego!
Gusa mwihangane kumubwira nabi nubwo yisobanuye cyana kdi imana ifashe abo bana gusa nase uko mbyumva azabakurikirana
komera mubyeyi amaboko aguteruye iyakujugunye uterurwa namaboko y'Imana humura komera
Uracyari umwana disi koko nugira namahirwe nayo uzajya uyabona kugihe shaka icyogukora uve mumandazi umugabo numwana wundi kabisa gurisha ibyobintu byose isigarane ibyingenzi hanyuma uhaguruke ukore ureke kuba umugore wigishwi hanyuma uharanire ko umugabo wakubabaje azakwifuza uzirinde gusa nabi icyonzicyo azakwifuza
Ibintu naturiste asigaze ibyo acyeneye cyane kandi ashake n inzu ntoya ari affordable. Nave mubutesi ibintu nkibi iyo bikuguyeho urashaka utangire ubuzima nyine ntakundi
Ese kucyi ubuyobozi bwe mera ko umunu uhetse akorerwa ibinu nkibi !😢ese uyu mugabo akoze ikosa akanga no gutanga ayamafaranga ibi humbi 300k bizagenda gute nyamara umugore ndabona acyirengana birakabije 😢 ark abaye atazakora ikosa ryokwanga gutanga ayomafaranga yemeye nakundi koko uzi igikomere amuteye sha nihatari
Karegeya n'inzobe rwarahiritse 😂😂 pole kuri uwo muvandimwe Imana imworohereze 😢
Man karegeya aracyari ikiraya nkakera ndumiwe narinxiko yahindutse
Ikigabo cyi kigome. Utaye abana hanze Koko. Company ibyo arabeshya. Umuteka mutwe. Imana izaguhana tuuuu.
Aba bana babakobwa twariganye, Aime ko yitondaga ari numunyabwenge, agira nimyitwarire myiza ku ishuri ubu koko nibi bimubayeho, yoooo😢😢😢, ndababaye disi, Aime waritondaga pe, Aime aracyari na muto yashatse ari muto, dore ubu njye sindashaka, yoooo ndababaye disi Aime wari imfura disi, sinzi uko byagenze 😢😢😢. Imana ikurengere muvandimwe.
Ntuziko abantu nkabo aribo bahura nibibazo? Kdi sha abantu bari ibirara bagahirwa
Niba utarashaka ba uretse gushaka kuko ntakiza kirimo
Yabaye injiji nyine nigute usezerana ivangura mutungo
Gabanya emotions
Abakobwa barabamenye
Dore disi abana barikwikinira sha Abana Imana Ijye ibaha umugisha peeee
Ikigaragara uyu mugabo numukire ikindi tureke guteta niba yakwanze ntacyo wamuhinduraho !300k uzashime Imana nayo nuzajya uyabona
Ese niba adashaka uyu mugore, abana bo barazira iki ku gasozi?
@@Sano417 igitsina gabo habe inyamaswa abe umuntu batera inda nabyo bishakiraga kwishimisha umwana akaza nkinyongera kuko umwana akundwa kubera nyina umubyara!umugabo yazinutswe umugore abana ntacyo bamubwira yongera kubatekereza yakennye cg ashaje abifuzaho ubufasha 🤔 umugabo mutahuje akageraho mutagitera akabariro imbehe yumwana iriyubika. Ikindi bo baziko babyara kugeza bapfuye yumva yazabyara nabandi kubandi bagore
@@jeannedarcuwimana1274umugabo akunda umwana we kurusha ibindi byose kuvugako badakunda abana sinzi aho ubikura
@@mutanganabienfait3773 ntabwo nabihakanye aramukunda ariko umugore iyo batameranye neza biragora gutekereza neza kuko umugabo numutwe wurugo ukora neza iyo umugore nkumutima wurugo amuvomerera ibyiza birimo kumworohera kabone niyo yakosheje bivuze ko umutwe ubamo ubwonko bukenera oxygene inyura mu maraso ava mu mutima bugakora neza!umugabo ntaba yanze umwana iyo hashize igihe agatuza umugore atakomeje kumujagarika yibuka abana be kuko namaraso ye ndetse mushobora no gusubirana mugihe akugenzura akabona warahindutse agatangira yisurisha abana bikageraho yibuka ibihe byiza mwagiranye mu giteretana
Nari nagushimye ku nama warutanze nziza, ariko hano nta bushisjozi ushizemo: kuvuga ngo igitsina gabi ntacyo abana bakibwiye sibyo, kandi gugata ababyeyi bose ukabashyira mu gatebo kamwe kandi kabi, sibyo na gato. Kukibc wumva wakwigira umucamanza wuririye kuri case y'umugabo umwe n'abasigaye bose ukabasanisha nawe? Oyaaaa!!!
Ariko mwa bagore mwe mwasengeye ingo zanyu Uwiteka akaza kuzituramo.Nanjye hambere nari nshenye birangiye tugatumira abantu ngo batwunge ahubwo bakaba aribo barusenya.Simbabeshye nahise mva mu mukino ndasenga karahava nasenga bakambwira ko mu rugo hari umwuka wo gusenya no kwangara ndushaho gusenga nirukana uwo mwuka,Ubu ibintu mu rugo rwanjye byasubiye mu buryo nta kibazo dufite urukundo rurahari
Waoooo❤❤
Uyu mugore Imana imworohereze,kuko ubutesi afite,buhabanye na stuation arimo. Niba atashobora gukoresha iwe mu rugo 300 k,ngo abeho,kd abarangije univ ataranarangiza bahembwa 1/2 cyayo,bagatunga ingo zabo neza,ubu kweli depression arayikira ? Njye namugira inama yo kujya mu nkengero yumujyi,agakodesha inzu nini ya 100 k,mu gihe agitegereje amizero mahire,no kugaruka kw' ubuzima burimo ibifaranga byinshi
Wari umenyereye kuba mu buzima buhenze niyo mpamvu ubona ko 300k, ari make, sha hari abahembwa make kuri ayo kandi batunze imiryango yabo , wikwitetesha, gurisha ibintu ndabona ufite byinshi, ubigabanye ushake inzu ya make ikwirwamo ibikoresho ubona by':ibanze, ubundi urebe ko ubizima budakomeza
Ibihumbi 300 ngo nimakeya! Nibyo bintu byose mbona afite? Arinjye bagurisha ibyo bintu byose ngasigaza Matera ndyamaho nisahani nigikombe yenda nutwenda duke two kwambara ,ngakodesha inzu ya 30kubundi ngaca bugufi ngashaka icyo nkora nkorera abana, ariko uwamenyereye kuba mubuzima bwiza biragoye
Karegeya Azi ubwenge cyane nta kubogama kuba yabajije iby'inzobe yabo yashakaga kubereka ko bakomoka ku mu metissi
Ese wanasezeranye ivanguramutungo ohhhhh my God ariko uziko nkiri umukobwa numvaga umuntu tudasezeranye ivangamutungo yaba atakunda mbese yarimyumvire ntazi ahari😢gusa komera wa mubyeyi we ninzu y'icyumba cyimwe wayibamo iyo ubuzima buguhundutse ntaho utaba pe urabyakira kuko hari nuhembwa 150k kandi agatunga umuryango cyakora nugira amahirwe azayongere
Mubuzima uyu ntago aramenya ibyamubayeho nho inzu y 150 ntiyashobora kiyibmo mbega ubutesi weew
Ark uyumugore afitubutesi ch
Gurisha ibyo bintu ukorerabana bawe mwana ureke ubutesi
Afite ibintu byinshi nabikoremo igishoro atangire kazi ni ikazi hamwe ugura ibyakoreshejwe ukongera ukabigurisha
Utekereza kobyoroshye kuva mubuzima bumeze gutya ugahita ujya munsi yabyo bikoroha???? Urabona atarashatse atari muto wimucira urubaza byoroshye
Agahwa kari kuwundi karahandurika sha ivugire nawe wasanga byakubaho ukananirwa kubyakira
Cyakoze ubuzima nubusa ubuzima is isaha nisaha burahinduka ndebera nkubuzima uyumuryango warubayemo ibikoresho byonyine bafite biragaragaza ko bari bifite peee!! None ndebera, cyakoze buriwese akuremo isomo cyane cyane abakobwa bikigihe bashaka bakurikiye imitungo.
Imbwa zibaho ubwo araryama mu nzu abana be barare hanze
Mbega ubugome !!
Où sont les associations qui protègent les femmes ?
Witukana kuko ibibazo byabo ntubizi.
Uwabaza umugabo nawe akavuga wasanga nawe afite akababaro
Children first
@@kabanzavenuste7013😮😮😮😮😮😮😮unva ubunyamaswa mbese icyari cyo cyose ntiyaraza abana hanze
Birarenze!! Abagabo Nkaba babyara badafite urukundo bajye babafunga!!
Ayo marangamutima ushaka kurusha nyirurugo wiyemeje gutandukana n'umugore yashatse n'abana yabyaye ukwiye kuyareka.iyo hagiye gufata ikemezo nkicyo haba hari ikibazo gikomeye
Kuburyo nabana bawe wiyemeza kubata hanze yurugo
Umugabo ni ibwa y ujuje byose peeee
Niyihangane ,asenge nta kure Imana idakura umuntu.
Hari nabahera kuri 0 kdi bakagera ahashimishije
Karegeya n’abagore binzobe rwose😂😂😂😂😂 njye arandakaje aho avuze ngo ntiyaba munzu ya 150milles🫢 like seriously
Ni umutesi mwihorere, abandi baba mugashambrette ka 20,000. ariko Wenda ubuyobe bwe buzamutunga
Aracyateta Kandi ibintu byarahindutse ,yajya mu nzu ya make hirya y'umugi akagira ibikoresho adakeneye cyane agurisha akabona igishoro akirerera abana
Akantu rwose ko kuvuga ko atigeze atanashobora kuba munzu ya 150k, karandangije. Ubundi niya 150k, ntago byavamo najye muya 80k, yicyumba na salon, asigaye azabasha kuyaryamo, nokwishyura minerval bizavamo, hanyuma ibintu abigurishe ntaribuburemo 800k, ashake aka business akore, areke ubutesi arebe ko atazamuka. Ibintu afite ubwabyo nigishoro, yacuruza nimbuto kdi akagera kure, agatunga abana be. Asenge nibyo 300k yemerewe ajye abihabwa, araba ahirwa.
@@GrosvekyRohjfanukuri kdi byavamo, ibikoresho nibyinshi adakeneye, nabigurishe abeho ubuzima bwa giseribateri, asigarane ibikoresho biciriritse.
Yoooo pole gusa komera wiyakire nugira amahirwe azayaguha nayo nahubundi ni Imana yonyine yakomora umutima ntibyoroshye ❤❤
Mbega isi we mubyeyi umugabo arabikweretse da,njye natinye umugabo kbs
Mbabajwe n,Abana Uyu mu byeyi we nyashibotse,Ubwox Umuntu utemera Inzu y'150k 😢😢🤔
Abagore ibi byo kwireshyeshya nabagabo erega nibyo bisenya ingo zubu.
@@abrwandatv2889 yg pee
Umugabo yakurikiye inzobe , ariko mumutwe nizero. Ntiwaba uri kumusozi gutya nurangiza ngo nti waba munzu yi 150.000😮 eeeh
Ariko 300k bazajya bayamuha buri kwezi cg bayamuhaye rimwe gusa??mumbwire numve kko ndumva ngo ntiyajya munzu ya 150k shaa
humura Imana izaguhoza ayo marira akurijije kbx uracyari muto
Nge ndabona birimo akantu! Umugore yahawe ibintu byose byo mu nzu se ni we wabiguze byose cg ni ukugira ngo ajyane akanyamuneza. Gusenya ni ugusenya, atangiye urugendo rukakaye rwo kwimenya n'izo nshuke: kuba nta nzu, nta biryo, nta shuri ahise arutwa n'impunzi. Mumuvugishirize inzego atazasangwa Ku muhanda asaba abamwitaga Mabuja
Umva rwose ibyo bikoresho birimo igishora nagurishe byose asigarane matera imwe nayo ntoya ajye geto
Mbiswa ra ndabonaga uwahekwaga agiye kwigenza reka nanjye niruke 😂😂😂
Ariko mana uratsekeje Kandi bibanaje
ariko muziko umuformo ahembwa 195K ,umuganga Docteur agahembwa 334K kandi bafite abana 🥺😎
Burya bwose?!
Reka reka.
Reka doctor se ahembwa utwo turapfurapfu😢😢
None ko nzi Family Umugabo Ahembwa 60 barakodesha,Barahaha,Abana barira,Biterwa n,Igihari 😂😂😂 Karegeya ngo gucana Inkwi nubwambere ntumvise Karegeya Areba Ibintu bidafatitse 😂😂😂 Inzobe Wa
@@rebakurehhhhh ni ukwitanga
300k si makeya si na menshi. Biterwa n,uyahawe cg n'uyamuhaye
To this woman, ibi uri gucamo bizashira uhagarare wemye. Humura komera uwo mugabo siryo herezo ry’ubuzima. Send you a lot of hugs 🫂😭
Chr uri ku ishuri dear! Hanze hano ababa muriyonzu ya 150k nibake hano hanze kdi bakora! Rero nubwo itigeze uyibamo ubu harageze ngo ube nomuyirenze iyongiyo! Ubu icyo ugomba guharanira ni ugushaka imibereho nabana bawe
Murarira ibaze uzarongorwa kuri 18 rero akazarusohokamo nyuma y'imyaka itanu😢 nimushyingire nababwira iki
kuki mushaka abagabo?ubu buzima mubona ari bwiza?
Uwonawe siyoroshye baba bashaka kurya Imitungo yabagabo urumva ibitecyerezo afite numwan nasubiriwabo
Ariko ATI umuntu uzi ubwenge 300K BYA BUri kwezi arahagije.ubu se muganga cg mwarimi bahembwa another?ntabwo se babaho?!
Ayamafaranga ni menshi ahubwo ABA bashaka Ari abana bari kumibare yo kurya inote zabasore bakabaho badakora yumva ari nkumwamikazi .nawe nakore ashake inyongera arere abana@@rachelmukahirwa8015
@rachelmukahirni 300k buri kwezi ariko abana baragwira baziko harabarimu bahembwa 100k kd babayeho neza nubutesi bafite
@rachelmukahirwa8015 ahubwo njyewe narinziko arayo bamuhaye uwo mwanya naho azahoraho nave mubutesi sha ,ibyo bikoresho bimwe nagurishe
Karegeya ko wakwamiye ku nzoze y'uwo mugore! Garuka garuka va mu marangamutima. Ngo iriya nzobe ntiyacana inkwi nkaho abazicana atari abantu cg zagenewe abagore b'ibikara, ngo abana ntibakoresha toilets zo hanze...hari abo uba utonetse burya! Inkuru nk'izi ntukazijyemo, ujye ushaka uwo mukorana ajyeyo wowe uzihorere kuko no kwa Aline na Bertrand ni uko wahengamye
Ayomafaranga nimeshi nashake inzu yirere abana ndakwenze ntivamo ndagukunda
Urakoze 😂
Yooo
Birababaje cyane imana. Izabyikorera
Umunyamakuru ati iriya nzobe nabonye siyo kujya gucana inkwi😢 sha isi iradukaranga peuh gsa wakoze kuhaba karegeya wacu❤
Amategeko yacu agena iki kubijyanye n’abana iyo abantu batandukanye? Ko bisa nkaho abana basa nkaho bagiyr kubaho nabi kandi se afite ubushobozi?
Amategeko yacu akwiye gusubirwamo kubijyanye numuryango ari cyane cyane imibereho y’umwana nyuma yo gutandukana
Uvuze neza rwose Abana bakwiye kongera kwigwaho birababaje 😢
Mubindi bihugu uwufite ubushobozi niwe uhabwa abana ngo abarere.
Mwashakagaseko bamwaka nabana ? Cyangwa mushakango umugabo abe nka bank cyanga igiti cyamafranga basoromaho burimutsi ?
Umwana are rwanda n'ababyeyi bombi.byumvikane ko niba papa atanze 300k,maman nawe agomba gutanga 300k Alabama 600k.ku mwana urengeje 7 years old. Ahabwa 1k ku munsi.ibi byigishe abanyarwandakazi ko gushaka atari imibonano mpuzabitsina gusa.ugomba nawe gukora ukagira icyo winjiza.abagabo babigiye imitwe yo kuvangura imitungo namwe nimwige indi yo kwizigama mu give mukiri kumwe.
Ikigaragara cyo iyi nkuru ntiyuzuye, nta bunyamwuga burimo: : 300k azatangwa mu gihe kingana iki???, abana niba koko ari ab'umugabo INDEZO ihagaze gute...!? kuki nta makuru y'umugabo yagaragaje cg yashatse kumenya...!!!? ku myaka 25 uyu mugore afite, yigaga, afite abana, yabanaga n'uwo bashakanye ate??? uruhare rwe mu ivangamutungo rwari uruhe?? uruhare rwe mu gusenyuka k'urugo rwe ni uruhe?( urwo we yemera... dore ko ntakabura imvano...!)... Banyamakuru, mukome urusyo mukome n'ingasire...!!! "UBWIZA BW'UMUKOBWA BWAMUGEZA IBWAMI, UBWENGE CG UMUTIMA BIKAGENA IGIHE AZAMARAYO..."!!! Hanze aha hari ABAKOBWA, ABAGORE N'ABAGABO, ariko ABAGORE N'ABAGABO NYABO B'UMUTIMA , ABANTU NYA BANTU BASIGAYE ARI BAKE...!!! Do plz think twice...!!!
Abana bari munsi ya 12 ans bahabwa nyina
Ese ko muvuga ngo afite ubushobozi muzi ahembwa angahe? Wenda ahembwa 600k yafashe credit y'inzu agatanga 300k y'indezo ibirenze ibyo ni ibihe?
Umugabo we yaramubaze cyane .yamushidikanyagaho niyompamvu basezeranye umutungo muhahano, aramukosoye peee . Muzashake n'umugabo twumve uruhande rweee
Erega mwabantu mwe, urugo nurwa 2, iyo abashakanye bananirwnwe ntacyo undi uwo ariwe wese yakora knd n'ukuri Imana iba ibizi izi n'uko bazabaho
Karege iyo nzobe se ko yakuvugishije cyane se ubwo ntacyo wayifasha
iyo mutavuga ibyo 300k yari kubona ubufasha!!! kuko njye sinyahembwa kdi abo bana ndabafite kdi mbona bwira bugacya!!!
Ura survival nyine ntabwo uviva( Tu survie) urimo urarushya iminsi
Nimba abana arabe bamusigire nibye byose wigendere uzabona undi.uge usura abana bawe ntimukizirike kubyabasize
Yooo disi ngo kubera inzobe ye ntiyashobora toilet yo hasi 😢pole mama
Hhhhh,ako kantu😂😂😂
Sha urimo guteta cyane pee, hari abandi bumiwe, ugasigarana 5, ikigali ,nta nindezo, kdi twirwanaho, wowe ufite nibyo ugurisha
Omar urasekeje cyane ,nawe koko ukuze ngo inzobe nticana amakara ndasesetse cyane ibintu se niki nabigurishe ajye munzu yamake niya 50k yayibamo akarera abana be, none se nkwibarize abahembwa ayo mafaranga nibangahe?nimenshi cyane ahubwo yayitwaramo neza abana bakabaho. Nareke ubutesi ,uzabaze abagore babarashi( abasirikare,abapolice,nabacungagereza)ayo bahembwa ubone kwivugisha ibyo, uzabaze abarimu nabaganga ayo bahembwa uzasanga ibyo uri kuvuga utarubikwiye nkumuntu wakoze ako kazi nawe 300k nimenshi ,noneho ayo makara azayareke agure gaz ya 6k nubundi bingana no kugura amakara ajye ayitekaho ubuzima iyo buhindutse nawe urahinduka ukajyana nabwo. Kubera kutanyurwa ndumva ahubwo azishora mungeso mbi ,Imana imufashe ahindure imyumvire.
Nonese magatatu niburi.kwezi? Niba sha yamutunga
Karegeya inkuru yawe ibogamiye kumugore!
Yahenze uwo mugore ubwenge kuko yari numwana kuri we, aramuruta cyane, ubundi ni gute umuntu yaba yagukunze akakubwira NGO murasezerana imvangamuntungo muhahano?!! Abakobwa mwige gushishoza mbere yo gushaka, ukuntu uyu mwana yitotandaga!!! None dore amabyaje kabiri , aramwangaje, aha!
Nonese barikuvanga iki iyomibare niyo yica ingo ziyiminsi
Mbega inkuru ibabaje😢😢😢
Uyu mubyeyi niyihangane kdi akomere , ikindi afunguke mu mutwe 300k si amafrws make kuburyo atamubeshaho nawe agashaka icyo gukora kizajya kimwunganira, numugabo yatinda kuyamuha ntahure nibibazo, ikindi singobwa gufata inzu mu mugi wa kigali ereg wajya nahandi kuko inzu zi kigali zirahenze.
Ibihumbi magana atatu n'umushahara mwiza wakugeza ku iterambere wifuza byongeye kandi ayo mafaranga ninyongera uwo mugore nawe nagende akore ashakireho nandi agere ku mubare yifuza uzamubesha mu buzima ashaka kubamo.Mr Karegeya ntegereje ido nido ku kiganiro cyirambuye kucyatumye uwo muryango usenyuka.
Sha hashwana abakundanye
Abagabo nabagome ashatse akana kimyaka 21 just kukangaza kubwinyunguze 🥹😭 uburyo yamwirukagaho atamuva inyuma aho agiye nguwo Eddy amurinyuma none nuku birangiye 🫢 kandi yamurushaga imyaka 20 🙁ahokunutetesha aramwangaje Imana itabera izabikubaza ✍🏾
Impore shenge! Yoooh ese yanamurushaga iyo myaka 20 yose??? Nabyo ni impamvu mu zindi zitera divorce kubera ko mutumva ubuzima kimwe rwose! Abakobwa rwose bajye bareba kure, abagabo nkaba babatesha inzira y'ubuzima bwabo bikarangira nabi. Mukobwa banza urangize amashuri yawe, ugire akazi kawe, ugire ifaranga ryawe ubona gushaka umugabo, muba mwiruka ibiki! Niho azakubaha kandi naguta ntuzibona mu kaga nkuyu mugore!! Gusa ihangane humura ubuzima buzahinduka uracyari muto uziyubaka ariko ubere isomo abakobwa batwarwa n'urukundo buhumyi kubera imitungo abagabo babashukisha!!
Mbega umugabo mubi we yamukinnye umutwe mugihe basezeranaga yarafite indi target rero mubyeyi ihangane ntago ubuzima bugarukiraho humura uzabaho kdi abana bazakura ariko uwo mugabo Imana izamuhembe
Kuba inzobe se bimubuza kuruha ingo zibamo byinshi nibo bazi icyo bapfuye
Amategeko yo mwisi nta butabera atanga ariko Imana yo ntirenganya.mba mbabajwe n'abana baba baravukiye mu buzima bwiza bakaba batangiye inzira y'umuruho.byibuze iyo amwishyurira inzu akanamuha ayo 300k kuko biragaragara ko uwo mugabo ari umukire
Ntago uyumugabo yabikora ahubwo ashaka gukandamiza umugore we kd ikindi suko inzu ariya campany ahubwo ntashaka umugore gusa Imana imurengere aziyubake umugabo azamwifuze amubure
Muvandimwe ihangane ariko ibyo kuririra inzu ihenze bivemo kanguka isi ntampuhwe idufitiye ibyo bintu bigurishe
Va mumikino Sha uzatembere mugihugu urebe abantu barushye !
Inkundo zubu n'imibare
6Karegeya naneho uri gukabya kuvanga amarangamutima n'akazi. Umunyamakuru w'umwuga ntiyivanga mu nkuru . Have garukira aho. Uzabyitwaramo Ute nuramuka usanze uyu mugabo yarabanaga na mushiki wa Sekibi? Aha rwose inzobe yaguhungabanyije utera6 imetero igwa ku irari rya kigabo kandi rwose nanjye ndakumva 😂😂😂
Tuge tugerageza tugire imvugo yiyubashye. Washoboraga gutanga igitekerezo cyawe ko yabogamye, ariko kumutwerera irari ry'inzobe, mutari kumwe muri terrain, ni imvugo mbi.
Umusaza karegeya nawe rwose aratwarwa cyane karegeya rwose umuhungu wawe nashaka agahura nikibazo ubwo koko uzagikemura ariko nibwo buryo bwakazi urahengama tugatera imetero ukibonera views niyo strategie ndakuvumbuye
Sha ingo zomuriyi minsi byo nibindi bindi
Aliko koko umubyeyi ata abana be ku musozi ubuyobozi burebera?ngo urukiko niko rwategetse?????oya nukuri sibyo ibi bintu birababaje cyane.
Numiwe nta burenganzira bw’umwana namba 😢 birababaje niyo nyina yaba ari mu makosa. Abo bana bafite irihe kosa 😢😢
None c ntabwo yemeye kujya atanga amafaranga abafasha
Umucyo Kitchen TV mudutere inkunga nyamuneka ❤❤🎉
Ahubwo agombakuba inzobeye ariyo yamushukaga agafata umugzbowe nkiburyobyagaze
muve mubyo kwisiga, mwishyiraho inzala ndende nk'izasakabaka mwibwirako ibintu bitazahinduka nshuti zanjye bakobwa ba kigali muzajya mubona ingaruka zabyo munyuma. ibyo mwigira abagabo baba babibona ariko ntibababwize ukuri kubarimo kugirango mubamare irari ryiminsi mike hama next step wowe uzahobagira muburyo utazi. Muhinduke mugire umuco wacu kinyarwanda mwese mwacitseho ngo ni iterambere
Ubwo rero nawe ngo uravuze yeweee
Yego Munyamakuru...!!! Wamwijyaniye we.. Umukobwa muto,,, inzobe,,, Kigali,,, aha ayo ni amarangamutima pe..!
Oh My God ,Uwiteka arengere Ingo kuko Satani numugome ntakifuzako ingo zubakwa,birababaje peee, Uwiteka arengere ingo mwokabyaramw birababaj😢😢karegeya turagukund
Umugabo atware abana uwo mugore nawe amuhe ayo mafranga
Ariko abagore bo mu Rwanda barenganurwe nukuri aba député mugiye gutora bafashe abagore
Hari ibigoryi biba bijunditse amarangamutima gusa nta bwenge! Ibihumbi 300 bya buri kwezi azajya ayahabwa bagura iki kindi niba atari ayo kureresha abana? Abagabo ntabwo ari amasha mwafashe ku gakanu mwa ngwe z'abagore b'intashima mwe, niba udashoboye guha umuntu ugutunze amahoro ngo umwubahe kuki byagutangaza agutaye hanze ukajya kota akazuba kuko na we ayo mafaranga ayakorera yiyushye akuya? Umugore ugaya ayo mafaranga ni bamwe bita imbwa ababyuka buri munsi bajya gukorera ari munsi y'ayo barimo n'abamurindira umutekano.
Mugore ufite imiteto ndumva numugabo wasanga akujije ubwenge bucye ngo ntiwaba munzu150k hhhh abandi barabata bakajya muri chambrette aho ubuzima bukujyanye niho ujya wamubyeyi wee
Uyumugabo yaragowe ntiyaba munzu yibihumbi150ubwose ubuzima kobuzamuka bukamanuka umugore nkuyu sukwigerekaho umutwaro utakwikura umuntaba prezida ejo akamanuka ugiramamiriyonibejogashira ubwose uwomugore utazikubuzima arigatebe gatoki wamwiyegereza ndumiwe imitsi izamwigisha
Karegeya we inzobe urandangije kbs 😂😂
Gerageza mama ushake Niya 80k no munsi yaho wayishaka ukabanza ugatuza ,ukaruhuka kuko ubuzima burahinduka.ibintu nimwe ukabigirisha nshuti ugasigarana utwubanze ibindi ukabibitsa.komera
uyu numutesi
Muzajya mubura ubwenge mwibeshye komuzabugirira murugo koko...! Urugo bibabyiza kurwubaka wagwije ubwenge ntujyakubushakira murugo. Gusa birababaje cyane kurubyaro.
Yari yagiye akiri muto
@@Wyoednubuto si ubugwari hari abazigiyemo ari na bato kurusha aho barazubaka
Nonese njyewe ntabwo ndimo kumva impamvu bamusohoye munzu gutya nkaho bari muri cyamunara. Nonese kuba batandukanye niyompamvu umugabo amusohoye gutya.
Ntibyumvikana rwose
Karegeya nashakaga kugira icyo mvuga kuri iyo nkuru icyambere niba uzi amategeko ntakarengane karimo kuko abantu ntibabana kugahato cg ngo urugo rwubakwe ninzobe icyakabiri basezeranye ivanguramutungo,Kandi inshingano yo kurera niyababyeyi bombi nawe agomba gukora akagira uruhare mugutunga abanabe wibukeko abana batarakwiza imyaka 7 ngo babe barerwa nase ariko ndahamyako uwo mubyeyi abana bagejeje kumyaka 7 we ataha umugabo nibihumbi ijana ngo barerwe nase rero umucamanza we ntaho itegeko rimwereka amarangamutima yimyaka yumugore ,inzobe kuba itajya munzu 150k noguteka kumakara kuko mukuri karegeya bimaze kugaragara ko ugira amarangamutima kunzobe kuko neza bibaye nkaya nkuru ya Aline na Bertrand ikindi ntiwerekana igitumye umugabo asaba gatanya niba byanze se bigende gute? nonese ubushobozi bwumugabo urabuzi ?kuko nyuma yo kumuha 300k nawe agomba kubaho nonese niba abona 500k mukwezi yose ayamuhe? rero iyi si inkuru yo guhuruza umukuru wigihugu ahubwo wihugure mumategeko nahubundi uzahorawinyuramo pe yego iraguha views ariko aha ntabuvugizi waje gukora, this is true.
Utanze analyse yuzuye pe,njye sinjya menya indwara abanyamakuru barwaye,umuntu yatse gatanya ikurikije amategeko ikindi niki? Nonese bagirango bazicane niba bafite ibyo bapfa kdi byumvikana.
Ibyo uvuze turemeranya rwose ubu abana bakwije imyaka 7 akabasigira se yamuhaninote yijana rwose iyimyunvire ikwiye gucika umubyeyi wese afite uruhare mugutanga ibitunga abana ntago biharirwa umugabo gusa ubu nuko abagabo batavuga cgwa batazi kurira ubu nawe aje hano akavuga akababaro ke twakumirwa ibihumbi 300 mubyita bike muhereye kuki
Iramuha views ariko ntabuvugizi mbonye aha karegeya yikundira inzobe
@@2018MUSAFIRItubyi bicye duhereye kuri nyir'ukuyatanga erega aha ni abana be bagiye kurerwa kdi ntibamusabye kubazana ku isi ,kuko mwumvako gatanya ikwiye gukurikirwa na munyumvishirize?
Yampayinka Karegeya byagenze gute ko yabogamye cyane 😅 inzobe ko zizagukoraho nukomeza ubwo buvugizi oh oh oh
Nihatari pee
Karegeya byo yikundira abagore binzobe
Muribuka agikora ku muryango, ukuntu yasebye nane bitewe n'umugore w'inzobe!?!?! Biragaragara cyane ko atajya yihishira iyo ageze imbere y'umugore mwiza. Inama namugira, hagarika ubuvugizi ku bagore b'inzobe. Ujye wohereza undi muntu akugireyo 😂
@@kiri-za-2023 nyumvira kuntu Avuga waa ubunyamwuga bwatakaye neza neza
@@kiri-za-2023 yabukoze ntarava kw'Ibere ntago mbizi😂😂
Inama yambere komera cyane nkumugore kandi ungere kure bicyeya bibyara byinshi
100 kurindi turemeranya icyo nabonye murugo nishuri risaba ubwenge cyane kuko buri munsi uwo mubana akubeta mushya byagera rero mubantu bo muri iriya myaka iri hasi bikagorana
Ibyingo mujye mubyihorera. Buriya nibo babizi, kuba basohoye umugore munzu ntibivuze ko inshingano zumugabo zivuyeho zo kurera abana. Ikindi buri wese iyo atandukanye na mugenzi we avuga ibye. Abantu babana nibo bamenya ibyabo. Mwasezerana ivanga mutungo mwasezerana ivanguramutungo ikibazo si imitungo ahubwo ni ukumenya buri wese ikimuzanye. Gusa jye twarasezeranye sinaguta hanze nanakuvanamo neza nkagushakira ahandi neza , sinabikora
Karegeye rwose, Ibyinzobe Mumakuba kweli ( Umu littéraire rwose Uyumuntsi uranyumije ) , Niyihangane Umubyeyi Ariko nimba urukiko rwanzuye. 😎
Ni ko Karegeya amera. Akunda inzobe😂😂😂
@@samsoniradukunda4075 Ntagakabye natwe turazikunda ariko aha ntibyari Mumwanya wabyo.
Imana ijye itureberera , kuburyo umuntu yihakana abana yabyaye
Mana Aime bisaba gusenga cyane
Umuryango nyarwanda muri iki gihe urugarijwe pe! Gusenya ukiri muto ntibiba byoroshye. Komereza aho Karegeya utange amasomo atandukanye wenda hari ikizahinduka. Tsinda tsinda
Ibihumbi 300byaburikwezi kuki bitamutunga umwarimu ahebwangahe
Kumbi ni ibya buri kwezi? Ayo yayafata rwose ubuzima bugakomeza pe!
Rero mujawayezu ndagusabye ntuzigere uta ishuri ndakwinginze gerageza usigarane bike mubyo utunze ukore cyane ube umugore gabo ubeshejovabana bawe kdi wirinde undi mugano uwo ari we wese washaka kugufatarina nyuma yigihe uzaririmba izina ryuhoraho nahiye mbona abamama benshi banambye kubana babo birangira neza kurusha abagabo baba barabataye
Waduha nimero yuwo mubyeyi wasohowe munzu
Hello
Ihangane Cher
Mwizina rya Yesu ipuuuuu abazimu bashye weeee ntibakangerere mubange weee😭😭😭😭😭
Bakobwa mujye mushishoza mubanze mumenye indangagaciro z'uwo mugiye kurushingana!!!
Pole. niyikorere.