Paccy muri ubu buzima mba numva unshimira aho mbabara. Ibi bintu turabivuga bakavuga ngo ni uko tutarashaka ngo nitumara gushaka bigomba guhinduka. Kukumva rero ubivuga uri mu rugo urumazemo n igihe bintera ikizere ko nanjye bizakunda
Ubundi se umugabo mbere hose ntaba yarasanzwe yimesera imyenda y'imbere ni gute ayibika agategereza ko umugore ari we ugomba kuyimumesera? Umugabo si umwana ,
rwose pascaline niwe wange nibyiza kuba wowe.uzko harabagore hanzaha bishyize mubuzima bumez nkigihano kndi ntawabibashyizemo ngo nukuganduka da,mbiswama na ndi pascaline copie peste kbs
Nkunda ko uyu mudamu ari mwiza afite ubwenge ariko akaba avuga atirya kandi avuga ibintu byubwenge. Keep it up Muhungu wabataganya mwene Pasteur washatse neza.
Mwene Pasitoro? 😅
Je suis d’accord avec toi Pascaline 🥰❤️👍🏾
Ubundi ni woe wange nyagasani ajye akundindira ❤️
Mugubweneza MUKANEZA ndagukunda cyaneeeeeee ugize neza wamvugisha Kk niweho ubifitiye ububasha uzamababarire umpamagare mubyeyi inama za we ndazikeneye cyaneeee
I agree with you both Ndabakunda ❤️
Teta très belle vraiment 😊😊
Ikiganito cyiza cynee❤❤ Samantha uzamugarure pee😊
Pascaline numunyakuli yanga akarengane ntabulyalya naho uwo balikumwe asa nuwishushanya biraho
Mwembi ndabakunda muzubwenge ❤❤
Ese ibyo nibiki ngewe ndubatse pe ariko twebwe ugiye koga avayo afuze umwenda we wimbere rwose ibyo byo kubika ngewe mbona arumwanda
Abantu bohanze rero ibyo byose muvuga ntabihali umuntu ajya Muli douche agasohoka abirangije cg bikajya muli machine ifura kandi umuntu aba agomba kugira nyinshi nkuko ugira imyenda merci
Ego shn najye gufura byarananiye ndafura nkacika ibisebe gusa ndabakunda cyane
Wakoze kuzana Paccy ndamukunda cyane
Samantha bite ndagukunda cyane
Nzahora ngukunda ss❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Ndabakunda
Cyakora urumwiyemezi cyane ibintu ukora sibyo uzareke urwango ugira kuko sibyiza
Ndabakunze cane 🎉🎉🎉
Ndabakunda cyane mwakoze
Samantha ndamukunda cyan
Paccy❤❤
Sha mana yanjye nkunda pascaline cyane dukeneye chanel ye
Babyita kwikunda
Nukuri iyo umeze neza mu mutima icyukozeho cyose kimera neza.
Nivyiza kugaburira uwukunda sha
Paccy ndamukundaaa kndi hari byinshi duhuje disi mbese agira amagambo yubwenge kndi anyubaka wakoze kumutumira uzamugarure
😘😘
Wakoze kuzana umukunzi wanjyepee❤❤
Ubundi pascaline niwe wajye❤
Yagakwiyr kwimesera imyenda yimbere
Kandi nimukoma urustyo muge mukoma ningasire mumenye ko abagabo ataribo babanira nabi abagore bonyine nabagore bakandamiza abagabo babo mufashe agapira hasi mureke kwikoma abagabo gusa nimwigishe abantu Bose muri rusange kuko nabagore mugira amakosa menshi mukabanira nabi abagabo banyu
Oya nubugome pe
Ntabwo Aribyiza ko Umukozi wamuha Bogisa zumugabo Ntabwo Aribyiza pe😮
😂😂😂😂😂 ako kantu ko gukoresha brosse a dent imwe ngo nuko musomana ni danger , sinatekereza ko bya baho Ibyo bintu
Uzatubarize Samantha amavuta yisiga natwe tuyagerageze nimeza
Pascline nkunda kdi bazina wanjye
Paccy muri ubu buzima mba numva unshimira aho mbabara. Ibi bintu turabivuga bakavuga ngo ni uko tutarashaka ngo nitumara gushaka bigomba guhinduka. Kukumva rero ubivuga uri mu rugo urumazemo n igihe bintera ikizere ko nanjye bizakunda
Sauda kuhora uvugira mumazuru urarwaye cynezite?
coucou hh
umuntu ubabaza abandi arakaba wenyine
Pascaline mpise nkukunda duteye kimwe kbs ntabwurakazuyazi rwose.
kugaya neza bikorwa bite? kugaya iteka ni ukugaya iyo bibaye imbusane byitwa gushima, ntakugaya neza bibaho mes coucou filles
Rwose umuntu utari umwana c kurwara uwariwe wese yagakwiye kwimesera imyenda
Ikindi nkaha ntabakozi twebwe byose turafatanya ntakinegu gihali ibyo twarabirenze byose biterwa na civilisation Nibaza iyo alimyumvire yaho je suis d’accord na Pascaline rwose
Pascaline ngukunda byinshi🥰🥰
Ubundi se umugabo mbere hose ntaba yarasanzwe yimesera imyenda y'imbere ni gute ayibika agategereza ko umugore ari we ugomba kuyimumesera? Umugabo si umwana ,
rwose pascaline niwe wange nibyiza kuba wowe.uzko harabagore hanzaha bishyize mubuzima bumez nkigihano kndi ntawabibashyizemo ngo nukuganduka da,mbiswama na ndi pascaline copie peste kbs
Pp
Nanje ndatonyoka mu kumesa ariko wambaye gans mu gufura ntutonyoka
Ariko niba Hari undi wabigukorera si itegeko rwose kubimesq
❤Pascaline niwe wajye ❤💯
Kbs 1000%,ubundi ukuri no kuvuga neza mu bwubahane ni ingenzi.
Nonese ubwo umugabo yakifurira uhari ntiwaba umukunda pe urukundo ntabwo r utuma umuntu asigana
Nkunda Pascaline ❤
Ijambo yavuze ngo
”Umugabo si igitsina
Umugabo ni mu mutwe “
Muzagure amamashine amesa niba murabakire
Mbanumva ari bikabyo nu bundi iyo myenda yi mbere ya rasanzwe atayambara
Mufite amahirwe ko mugira nabakozi murugo nabyo birabafasha
Pascaline uri kunvugira ibintu weeee! Bible iravuga ngo ibyo mwifiza ko abantu babagirira namwe mubigirire abandi bivuze ngo nibyo mutifuza ko babagirira namwe ntimukabibagirire.
Umuntu wese ninkundi dukwiye kubahana pe, tukunvana, nibyo bishyigikira urukundo rukagumaho kumpande zose
pascaline ndakwemera KBS ibyo uvuze nikokuri
Ubundi se ya koga agasiga atameshe ayo makariso ye syi
Ko ndeba pascaline arinshinzi wa hhhh hagowe umugabo wagushatse
Abagabo bose ntago bumva ibintu kimwe uwamushatse babyumva kimwe.
Nonese pascline ubwo urumva bisa neza umugabo wawe arimo kwifurira imyenda ye umwicaye iruhande? Nonese ubwo niba wararongowe ukaba ubana numugabo wawe urabyumva ute wifurira imyenda yawe numugabo yifurira iye uribukako se umugore arumufasha wumugabo bityo aba agushatse ngo umufashe
None c niba adashobora kumesa akaba akora ibindi neza ubwo ikibazo kirihe? Kimwe nuko numugabo hari ibyo atakora wenda akabimukorera, Yego numufasha ark numugabo numufasha bose barafasha umugore ntago ari house maid Ntago ibintu byose bivuzeko yabikora haba nibyo adashobora Umugabo akaba yabikora kd ibyo mwita ibibazo wasanga Umugabo we ntacyo bimutwaye
Ibyo ni ibye ariko camela Mana yanjye 😂😂😂
Babyita kwikunda
Sauda kuhora uvugira mumazuru urarwaye cynezite?
Uzatubarize Samantha amavuta yisiga natwe tuyagerageze nimeza
Nimeza x mufite uruhu rumeze kimwe
Njyewe uko byumva ntago wanena umugabo bibaye gucyo urumva ntuba umukunda peeeee kubwanjye Niko byumva