Размер видео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показать панель управления
Автовоспроизведение
Автоповтор
Pastor Irijambo ngiye kukubwira Ubyumve kandi Niko kuri! Pastor ,Naragukunze, Ndagukunda, Nzagukunda Iteka ryose! Kandi Nkusabira Umugisha Kuribyose! Ndagukunda Uranyubaka Cyane. Kabone nubwo wakosa Imana yamahoro Ijye Iguhq Imbabazi ntawe Udakosa. Ndagukunda Nshuti Mubyeyi wanjye! Nkusabira Amahoro Mubyeyi shenge. Ndagukunda shenge! Courage kandi mwisengesho ujye untura Imana.
Arikononeho aba pastor baradusesa kbs
Pastor uranyubaka cyane Imana y'amahoro igukomeze kdi ikwagure ndagukunda cyane wahisemo neza ibiganiro utanga byubaka benshi bikadukomeza ndagukunda cyaneee
Ndagukunda mubyeyi mwiza❤❤❤❤
Muvyeyi nawew uruwo gusenger kuko ibibibazo bizoguturubuza Gwonse Imana ikomeze iguhe umutima wujujie ubwenge nimbaraga zikwiriye ndagukunda can wubatse umutima wanj nongera gusubira murukundo narimaze igihe narabivuyemwo Vyinvamutima Imana iguhezagir iguhe umugisha unvanze nimbaraga❤
Uyu yama aberewe imisi yose Imana Igukomeze
Pastor Mutesi byabayeho Iwacu Gusa uwambere ni Umu Christu cyane! Yarabihoreye babana nuwo umugabo yahungukanye nawe akomeza Ubuzima! Gusa biravuna but hamwe nimana iyo uzi neza uwo wemeye kandi warakundanga umugabo wawe, umuha Amahoro rwose.
Ico bamuhanuriye gwazapfa ajane nuwo mugabo nikinyoma ahubwo nasenge cane Imana imukize nawe ajane nuwiwe Abaja kwasatani barica abantu gonabahanuzi eee ico ntaho caba Ikindi bavuze koyasazwe arwaye Sida naco nkuko mwabivuze naba yagiye akiri sugi sawa ariko yagiye kuwo aryamanye nabandi niho yayanduye nayo inzembe ubu ntabakizitizanya Birababaje ico navuga nuko babanza bagatuza asabe imbabazi abaye bikunda kumugabo amuharira bakubakuko sawa avyase abe wenyene atuze nico navuga
Pastor Mutesi ntabwo nkuzi ariko ndagukunda uri Umubyeyi Yesu yahaye umutima ukomeye❤❤❤
Ooooo my goodness!I love this woman sh uranye enspira bya cyane
Ndagukunda ndi mama Claudette
Ndagukunda cyane Paster
Amusengere kuko akire niba Imana yarabiteganijeko azapfa nategereze kuko siwe uzaba amwishe
Pastor ndagukunda kubwibisubizo byawe byuzuye ubwenge bwimana
Imana iguhe umugisha mubyeyi unkomereza umutima ❤❤love you ❤❤
Mutesi kubona umuntu mumutima biragoranye ariko ndakuravye ubwinyuma habamunyambaro canke inyifato iyonkurabyegusa haricyunyigishape❤
Pastor, Mutesi ngewe ndagukunda rwose..ariko rwose mbabarira umbwiz ukuri koko , Urukundo rubaho koko ?? Ngewe ukubwira nyamara ndashe ....
Ikibazo cyanyuma kirasekeje🤣🤣🤣😅 namusengere Imana imukize Ubundi abwire Imana ibyo ishaka nibyo ishima abe aribyo bibaho😀
😂😂😂😂
Mutesi ndamukunda iyonamubuze ndarwara kuko arankomeza nawe Imana imukomeze ,nitwa chantal.
Ubwo Imana isezeranya umugabo umwe abagore babiri ibaho???Uwo muhanuzi ndumva yaravangiwe .Reka mparire Paster Mutesi nagisubiza nzumviraho pe
Mwiriwe, kuri icyo kibazo cyokuba yaraburanye nuwo yakundaga kd barahanye igihango, numva byaba byiza abaye yaraganirije uwo barimo gukundana ubu akaba afite ubukwe cg yaramuhaye amateka ye ariko niba atarabimubwiye yakagombye kubimubwira ariko kd aka making sure ko uwo bahanye igihango nawe yarakimukunda hato atazanga uwo bategurana ubukwe kd n'undi atakimukunda ashingiye kubyo yanyuzemo
Amen, ufite ubwenge budasanzwe n' impano yo gusubiza abarebye mu byiringiro .
Urimwiza Past Mutesi nkunda impanuro zawe rwose pe
Ndagukunda setu👌
Ndagukunda mubyeyi❤
Nakwigiyeho byinshi mvuge mo 2 gusa kudapfa gusubiza Kandi ufite icyo wasubiza2 kwemerako buri wese yakomerera imbere y abakwanga
Turasaba ko mwaduha nomero yanyu yumwihariko past
Icyo kibazo cya Mutesi nagisubiza mvuga ngo azabatunge bombi.
Shalom pastor nanjye fite ikibazo nakundanye numuhungu ariko abwirako afite umwana ariko atabana nanyina wumwana? Ok nibyambujije kumukunda hanyuma yaje kuntera inda nzakubyara nyuma aza kubwira ngoninze nerekane umwana mumuryamgo kumbi anwaye iwe kumbi iwe harumugore wisezerano ubwo naje kwirwanaho nirerera umwana none umwana arigukura asañase none ISE arikumukuñda cyane anashakako tubara undi kandi mubyukuri ndamukunda kandi afite undi mugore kandi twàkundanye ñtaziko afite umugore kandi ndacyamukunda mugire inama
Nabonye ifoto ya Pasteur Antoine ngirango yabasuye 😂😂😂, wambaye nezaaaa ❤, nkunze ikiganiro
Ndaukunda cyane mubyeyi ❤
Nonese iyosida yayikuyehe?
❤❤❤❤uhabwumugisha
I love u dear Pastor Mutesi
Uyu muntu ukubwira ngo ukuremo inda ye abizi lo ariye ntabwo agukunda ahubwo ibyarire uwo mwana nakwanga.uzamureke.kuko ntarukundo agufitiye umuntu ugukunda mufatanya mubyiza nibibi
na jewe ndagukunda cane ukomere
Nkukunda mumabara yose sister ❤❤
Ndabakunda cane
Twivuganiye,haricyibazo?
Nakupenda Sana Pasta
Ibibazo ni vyishi kwisi abarushe nibibazo turibeshi🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Uyo muntu aho kuja gusenga asabira umuntu gufa niyisengere we nyene imana imukize
Nje mbambona bashaka gutesha past umutwe
Ndagukund can goseeee
Ariko koko paster umuruho ujya ushira mubuzima bw'umuntu akabaho yishimye koko?nanjye ntabyo mba numva rwose.
Nanjye p
Uri umuhanga mubyeyi❤
Haricyo,byatwata,tuvuganye,kuri4ne,uyizeho,nkayibona?
Wambaye neza Mami❤
❤Ndagukundaaa mamy uruwingenzi
Eeeee ibi bibazo ko byumutse ra !??Imana ijye uguha ubwenjye nukuri
Amahoro y'Imana Abe murimwe,narigukumbuye we!
Nungakumuse njyera unge umusabira kubaho ubundi unasabe imana ikore ugushaka kwayo
Abobagore nabatunga bose
Egoko narumiwe pe ivyobibazo harimwo ibisekeje pe😂😢
Komera muvyeyi mwiza
Jyewe ikibazo ndakwikundira ntazakubona
Kuko ibibibazo babaza njembona bari gutesha umutwe
Ahubwo c umuntu urwaye bazamenye icyo arwaye
Rekambabwire sida barayigo ibyonvugandabizi nacyane iyo urota usambana nibintu utazi ariko iyo usenze iracyira
ngewe ibiganiro byawe byose mbitega amatwi,nyuma ngakuramo ibyanjye nicececyeye.
Wambaye neza pe
Numva uwo mugabo washatse undi mugore mu buhungiro aziko umugore wambere yapfuye hanyuma atashye agasanga wa mugore akiriho agomba guha impamba umugore wa kabiri akamusezerera agasubirana n'umugore we wambere.
Ubwo uwo wundi na bana be, baba baziziki ?
Oya yabatunga Bose kuko ntampamvu nimwe yatuma agira uwoyirukana
Erega umugabo yemerewe gushaka abagore bose ashatse mugihe kubitaho abishoboye ❤
Yooo ese koko urukundo rubaho?
❤
Ko arumukozi wimana nyirabukwe wa bikiramariya ninde
Komeze utwigishye
Maa❤
🙏🙏🙏🙏❤❤❤❤❤
Dushima inama zawe Kwico kibazo cabatandukanye nabo bakunda cank batarubaka ico nakwishura abo nuko uwo yagomba agire ubukwe nuyundi yaramubwiye cank atamubwiye ntatware uwo adakunda amusabe imbabazi ajane nuwo akunda Hama kububakanye bagatandukanwa nibihe hama akubaka nuwundi amubone uwambere naho nugusaba imbabazi agasubirana nuwambere akazoguma amufasha murukundo rwabose
Uwo mugore wasanze yaranduye virus itera SIDA bagiye kwipimisha ku mwana wa mbere,nibyo kuko byashoboka. Ahubwo icyabaye,bagiye kubana buriya mbere yaho gato yabonanye n,undi mugabo ufite ubwandu,amuhaho,noneho bipimisha akiri muri incubation period yayo.Buriya umuntu amubajije yasanga ariko byagenze.
Iyo sida nayo birashoboka kobaba barayimuroze🙏😭
Bibaho, sida bayiroga gute?
Umva sha barayiroga nyine ,bayimuteye murushinge se ?urumva atari uburozi koko erega isi igeze kumusozo wayo
🥲
Mutesi afise umugabo bagiye kubana ubugira 3 umu diaspora aba Usa wu murundi hahaha yubahwe😂😂
Ariko ni.wowe Parrain or Marraine ? Urabona ukuntu ubivuze witonze di 😮
Ub se nka woe are u stupid or... Bamugutumyeho cnk? Kuki murazw'ishinga nivy'aband? Ubkoko we ntanenge bogutora? Nimb Koko arivyo? U're not holy in this earth so come down and try to live your own life😅💃💃💃💃💃
Iyi nkuru ninziza iraryoshye pe! Uwiteka abashyigikire❤ naho kuba ar,umugabo wa 3 byamaze nashake abe uwo 1001 😅
Muraho neza, mukuru wanjye umugabo yarahunze ajya muri Congo as igira umugore umwana 1murumuna w, umugabo amwumvisha ko yapfuye aramucyura babyaranye 3umugabo mukuru aratahuka none yanze gushaka umugore ishavu ryenda kumwica uwo bakundanye nawe kugirango umwereke ko yamukunze yanze gushaka pastor wabagira iyihe nama koko gewe byarancanze
Yooo nanjye sh❤
Uwo bahanuriye ko azabana na perezida wa choir rero niba asenga koko azasengere umugore waperezida amusabire gukira .Ave mubyobamuhanuriye akore nk'umuchristo kuko ntamuchristo usabira abantu gupfa
Pastor Irijambo ngiye kukubwira Ubyumve kandi Niko kuri! Pastor ,Naragukunze, Ndagukunda, Nzagukunda Iteka ryose! Kandi Nkusabira Umugisha Kuribyose! Ndagukunda Uranyubaka Cyane. Kabone nubwo wakosa Imana yamahoro Ijye Iguhq Imbabazi ntawe Udakosa. Ndagukunda Nshuti Mubyeyi wanjye! Nkusabira Amahoro Mubyeyi shenge. Ndagukunda shenge! Courage kandi mwisengesho ujye untura Imana.
Arikononeho aba pastor baradusesa kbs
Pastor uranyubaka cyane Imana y'amahoro igukomeze kdi ikwagure ndagukunda cyane wahisemo neza ibiganiro utanga byubaka benshi bikadukomeza ndagukunda cyaneee
Ndagukunda mubyeyi mwiza❤❤❤❤
Muvyeyi nawew uruwo gusenger kuko ibibibazo bizoguturubuza Gwonse Imana ikomeze iguhe umutima wujujie ubwenge nimbaraga zikwiriye ndagukunda can wubatse umutima wanj nongera gusubira murukundo narimaze igihe narabivuyemwo Vyinvamutima Imana iguhezagir iguhe umugisha unvanze nimbaraga❤
Uyu yama aberewe imisi yose
Imana Igukomeze
Pastor Mutesi byabayeho Iwacu Gusa uwambere ni Umu Christu cyane! Yarabihoreye babana nuwo umugabo yahungukanye nawe akomeza Ubuzima! Gusa biravuna but hamwe nimana iyo uzi neza uwo wemeye kandi warakundanga umugabo wawe, umuha Amahoro rwose.
Ico bamuhanuriye gwazapfa ajane nuwo mugabo nikinyoma ahubwo nasenge cane Imana imukize nawe ajane nuwiwe Abaja kwasatani barica abantu gonabahanuzi eee ico ntaho caba
Ikindi bavuze koyasazwe arwaye Sida naco nkuko mwabivuze naba yagiye akiri sugi sawa ariko yagiye kuwo aryamanye nabandi niho yayanduye nayo inzembe ubu ntabakizitizanya
Birababaje ico navuga nuko babanza bagatuza asabe imbabazi abaye bikunda kumugabo amuharira bakubakuko sawa avyase abe wenyene atuze nico navuga
Pastor Mutesi ntabwo nkuzi ariko ndagukunda uri Umubyeyi Yesu yahaye umutima ukomeye❤❤❤
Ooooo my goodness!I love this woman sh uranye enspira bya cyane
Ndagukunda ndi mama Claudette
Ndagukunda cyane Paster
Amusengere kuko akire niba Imana yarabiteganijeko azapfa nategereze kuko siwe uzaba amwishe
Pastor ndagukunda kubwibisubizo byawe byuzuye ubwenge bwimana
Imana iguhe umugisha mubyeyi unkomereza umutima ❤❤love you ❤❤
Mutesi kubona umuntu mumutima biragoranye ariko ndakuravye ubwinyuma habamunyambaro canke inyifato iyonkurabyegusa haricyunyigishape❤
Pastor, Mutesi ngewe ndagukunda rwose..ariko rwose mbabarira umbwiz ukuri koko , Urukundo rubaho koko ?? Ngewe ukubwira nyamara ndashe
....
Ikibazo cyanyuma kirasekeje🤣🤣🤣😅 namusengere Imana imukize Ubundi abwire Imana ibyo ishaka nibyo ishima abe aribyo bibaho😀
😂😂😂😂
Mutesi ndamukunda iyonamubuze ndarwara kuko arankomeza nawe Imana imukomeze ,nitwa chantal.
Ubwo Imana isezeranya umugabo umwe abagore babiri ibaho???
Uwo muhanuzi ndumva yaravangiwe .Reka mparire Paster Mutesi nagisubiza nzumviraho pe
Mwiriwe, kuri icyo kibazo cyokuba yaraburanye nuwo yakundaga kd barahanye igihango, numva byaba byiza abaye yaraganirije uwo barimo gukundana ubu akaba afite ubukwe cg yaramuhaye amateka ye ariko niba atarabimubwiye yakagombye kubimubwira ariko kd aka making sure ko uwo bahanye igihango nawe yarakimukunda hato atazanga uwo bategurana ubukwe kd n'undi atakimukunda ashingiye kubyo yanyuzemo
Amen, ufite ubwenge budasanzwe n' impano yo gusubiza abarebye mu byiringiro .
Urimwiza Past Mutesi nkunda impanuro zawe rwose pe
Ndagukunda setu👌
Ndagukunda mubyeyi❤
Nakwigiyeho byinshi mvuge mo 2 gusa kudapfa gusubiza Kandi ufite icyo wasubiza
2 kwemerako buri wese yakomerera imbere y abakwanga
Turasaba ko mwaduha nomero yanyu yumwihariko past
Icyo kibazo cya Mutesi nagisubiza mvuga ngo azabatunge bombi.
Shalom pastor nanjye fite ikibazo nakundanye numuhungu ariko abwirako afite umwana ariko atabana nanyina wumwana? Ok nibyambujije kumukunda hanyuma yaje kuntera inda nzakubyara nyuma aza kubwira ngoninze nerekane umwana mumuryamgo kumbi anwaye iwe kumbi iwe harumugore wisezerano ubwo naje kwirwanaho nirerera umwana none umwana arigukura asañase none ISE arikumukuñda cyane anashakako tubara undi kandi mubyukuri ndamukunda kandi afite undi mugore kandi twàkundanye ñtaziko afite umugore kandi ndacyamukunda mugire inama
Nabonye ifoto ya Pasteur Antoine ngirango yabasuye 😂😂😂, wambaye nezaaaa ❤, nkunze ikiganiro
Ndaukunda cyane mubyeyi ❤
Nonese iyosida yayikuyehe?
❤❤❤❤uhabwumugisha
I love u dear Pastor Mutesi
Uyu muntu ukubwira ngo ukuremo inda ye abizi lo ariye ntabwo agukunda ahubwo ibyarire uwo mwana nakwanga.uzamureke.kuko ntarukundo agufitiye umuntu ugukunda mufatanya mubyiza nibibi
na jewe ndagukunda cane ukomere
Nkukunda mumabara yose sister ❤❤
Ndabakunda cane
Twivuganiye,haricyibazo?
Nakupenda Sana Pasta
Ibibazo ni vyishi kwisi abarushe nibibazo turibeshi🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Uyo muntu aho kuja gusenga asabira umuntu gufa niyisengere we nyene imana imukize
Nje mbambona bashaka gutesha past umutwe
Ndagukund can goseeee
Ariko koko paster umuruho ujya ushira mubuzima bw'umuntu akabaho yishimye koko?nanjye ntabyo mba numva rwose.
Nanjye p
Uri umuhanga mubyeyi❤
Haricyo,byatwata,tuvuganye,kuri4ne,uyizeho,nkayibona?
Wambaye neza Mami❤
❤Ndagukundaaa mamy uruwingenzi
Eeeee ibi bibazo ko byumutse ra !??
Imana ijye uguha ubwenjye nukuri
Amahoro y'Imana Abe murimwe,narigukumbuye we!
Nungakumuse njyera unge umusabira kubaho ubundi unasabe imana ikore ugushaka kwayo
Abobagore nabatunga bose
Egoko narumiwe pe ivyobibazo harimwo ibisekeje pe😂😢
Komera muvyeyi mwiza
Jyewe ikibazo ndakwikundira ntazakubona
Kuko ibibibazo babaza njembona bari gutesha umutwe
Ahubwo c umuntu urwaye bazamenye icyo arwaye
Rekambabwire sida barayigo ibyonvugandabizi nacyane iyo urota usambana nibintu utazi ariko iyo usenze iracyira
ngewe ibiganiro byawe byose mbitega amatwi,nyuma ngakuramo ibyanjye nicececyeye.
Wambaye neza pe
Numva uwo mugabo washatse undi mugore mu buhungiro aziko umugore wambere yapfuye hanyuma atashye agasanga wa mugore akiriho agomba guha impamba umugore wa kabiri akamusezerera agasubirana n'umugore we wambere.
Ubwo uwo wundi na bana be, baba baziziki ?
Oya yabatunga Bose kuko ntampamvu nimwe yatuma agira uwoyirukana
Erega umugabo yemerewe gushaka abagore bose ashatse mugihe kubitaho abishoboye ❤
Yooo ese koko urukundo rubaho?
❤
Ko arumukozi wimana nyirabukwe wa bikiramariya ninde
Komeze utwigishye
Maa❤
🙏🙏🙏🙏❤❤❤❤❤
Dushima inama zawe
Kwico kibazo cabatandukanye nabo bakunda cank batarubaka ico nakwishura abo nuko uwo yagomba agire ubukwe nuyundi yaramubwiye cank atamubwiye ntatware uwo adakunda amusabe imbabazi ajane nuwo akunda
Hama kububakanye bagatandukanwa nibihe hama akubaka nuwundi amubone uwambere naho nugusaba imbabazi agasubirana nuwambere akazoguma amufasha murukundo rwabose
Uwo mugore wasanze yaranduye virus itera SIDA bagiye kwipimisha ku mwana wa mbere,nibyo kuko byashoboka. Ahubwo icyabaye,bagiye kubana buriya mbere yaho gato yabonanye n,undi mugabo ufite ubwandu,amuhaho,noneho bipimisha akiri muri incubation period yayo.
Buriya umuntu amubajije yasanga ariko byagenze.
Iyo sida nayo birashoboka kobaba barayimuroze🙏😭
Bibaho, sida bayiroga gute?
Umva sha barayiroga nyine ,bayimuteye murushinge se ?urumva atari uburozi koko erega isi igeze kumusozo wayo
🥲
Mutesi afise umugabo bagiye kubana ubugira 3 umu diaspora aba Usa wu murundi hahaha yubahwe😂😂
Ariko ni.wowe Parrain or Marraine ? Urabona ukuntu ubivuze witonze di 😮
Ub se nka woe are u stupid or... Bamugutumyeho cnk? Kuki murazw'ishinga nivy'aband? Ubkoko we ntanenge bogutora? Nimb Koko arivyo? U're not holy in this earth so come down and try to live your own life😅💃💃💃💃💃
Iyi nkuru ninziza iraryoshye pe! Uwiteka abashyigikire❤ naho kuba ar,umugabo wa 3 byamaze nashake abe uwo 1001 😅
Muraho neza, mukuru wanjye umugabo yarahunze ajya muri Congo as igira umugore umwana 1murumuna w, umugabo amwumvisha ko yapfuye aramucyura babyaranye 3umugabo mukuru aratahuka none yanze gushaka umugore ishavu ryenda kumwica uwo bakundanye nawe kugirango umwereke ko yamukunze yanze gushaka pastor wabagira iyihe nama koko gewe byarancanze
Mutesi ndamukunda iyonamubuze ndarwara kuko arankomeza nawe Imana imukomeze ,nitwa chantal.
Yooo nanjye sh❤
Mutesi ndamukunda iyonamubuze ndarwara kuko arankomeza nawe Imana imukomeze ,nitwa chantal.
Uwo bahanuriye ko azabana na perezida wa choir rero niba asenga koko azasengere umugore waperezida amusabire gukira .Ave mubyobamuhanuriye akore nk'umuchristo kuko ntamuchristo usabira abantu gupfa