Coucou mes chéries.nukuri kwonsa ni ingenzi cane au moins 3 mois minimum.kutitaho abana ni umuteto muri Afrique basha bobavyarira ibulayi hari ico bobona.mais même en Afrique ça va changer tôt ou tard reka dufate inshingano zacu mes sœurs Africaines
Umwana se sha murabizi ,reka babe inkumi cg abasore ukibabara nkabana bo bagufate nkushaje ku bu ryo uvuga W bakavuga T ,gusa byose bisaba kubumva nta gitsure ukaba inshuti yabo ,abana bararyoha peeee
@@uwasesifa7563none se ko nunva uri umunyardakazi wowe ufite umuco wahe wo kutonsa.wowe se ntiwijyeze wonka.konsa ni byiza cyane keretse harindimpanvu yatuma utarimuha.niba utinya ko rizagwa uzarikoreshe ryonjyere rihagarare.ariko umwana abone uburenganzira bwe.
Ngwino ndagukunda mana yajye ufite mumutwe kbs, uziko ibyo uvuga butanga n'imyaka yawe. Mama Agnès na muzehe wanyu aho bari bigurire akantu bareze neza ❤️❤️
Good Ideas @NGWINONDEBE, Aho uri hose ndagukurikira, sinjya mpaga ubuhamya bwawe. JE T'AIME FORT
Ibaze noneho umunaniro wumubyeyi uraho byibura ushobora kubona umuntu ugufasha yaba umu tantine cg umu family member uhite wibaza kubabyeyi baba nkomumahanga hahandi ari woe gusa😢.
Kudos kubabyeyi bose nukuri muri intwali muntwari❤❤❤❤
Ngwino weee
Ngewe noneho nasamye uwakabiri undi afite amezi ane,bivuzengo nabyaye uwakabiri, uwambere afite umwaka nukwezi Sha.
Wowe story yanjye niyawe birasa.
Navuye Kwa muganga nawe mpita mwonsa,nubu umwe afite umwaka namezi 10,undi yujuje amezi icyenda. Nubu baracyonka bose kd nibitsina bitandukanye.
Biravuna cyane ark bisaba kwitanga cyane kd ukumvako uri umubyeyi nyine ugafata inshingano zakibyeyi.
Hano ndabubashye pee njye yujuje imyaka 2 irenga ariko kubera ukuntu kubagwa byandiye si ndongera no kubitekereza knd umugabo arabishaka
Nge noneho nabyaye uwa 2 uwambere yujuje umwaka.anniversaire bayigirira rimwe
Ngwino ndagukunda ubyumve❤️ umubyeyi uzi kuzuza inshingano kubo yibarutse👌umunyarwandakazi nyaweee,komeza ubagire inama nyazo chr.aba mama bubahwe
Ngwino nagukundaga cyane ariko uyumunsi ho birenze ibisanzwe nukuri uri umubyeyimwiza uzi gufata inshingano kandi bigoranye urintwari ❤❤❤❤❤
Coucou🥰
Incwiiiii 😍😍😍
Muranshimishije Cyaneee peeee 🥰🥰🥰Noneho ukuntu mbakunda byo birandenga peeee 🥺🥺🥰🥰🥰💗💗
nibyiza kuba inshuti n'abana bituma bakwisanzuraho, Noneho konsa nyeka ko ariho urukundo rutangirira, ubwo rero kubyirengagiza ntago ari byiza kuko uba usenye rwa rukundo rugomba kuba hagati yawe n'umwana,
ntamuntu ushobora kumva ko ari kuvunika igihe ari kurera cg kwita k'umwana we kuko uba wumva ari wowe bireba,
Ngwiiii much respect kbsa🙌 uri urugero rwiza rw'umubyeyi mwiza peeee 😍😍🥰🥰🥰
you inspiring me🥺💗
Ndabakunda cyaneee 🥺💗💗
bisous😘😘
Wowwww Josette arantangaje pee❤❤❤ it's amazing kbs ambereye role model mukurera
Murahoneza! Hariho abantu bitiranya izina umuturage bakarifata nkiriciriritse ariko umuturage numuntu utuye, ufite ubwenegihugu bw'Igihugu runaka murakoze 🙏
Rata aha urakoze kuhatekerezaho peee
Very well said!🫂
Sha Ngwino uwo ninjye uvuze rwose,nkunda ibiganiro byanyu, ndabakunda cyane kd Imana ibashyigikire
Murakoze kubwo kuganira neza! Birababaje kubona umubyeyi yihunza inshingano zimureba atazatuma undi ngo abimukorere. Kubyara birakabyara I'm enjoying sha mfite umukobwa w'amezi 5 yaje hashize almost 3yrs nivuza narabuze urubyaro ariko Imana yarabikoze ubu ndimuzima yampaye umukobwa mwiza. Nishima cyane iyo ndikonsa iyo mu karabya iyo tuganira niyo. muhetse ni byinshi. Nsabiye abatereje Imana itanga umugisha w'urubyaro namwe ibagenderere mukomere kandi mukundane kurushako kuko satani aho niho abinjirira kuko imitima yanyu icitse intege. Mugire Amahoro.
Impore Ngwino wanjye ngukunze cyane kuko nanjye iyo nzira nayinyuzemo biravuna kd birakomeye imbere cyane Imana ni nziza
ndabakunze pe ariko koko abantu benshi bacurika ibintu .abadashaka gusaza nibakorere ijuru niho tutazasaza.naho kwisi dukurikize procedure zose.konsa nibya mbere!
Coucou mes chéries.nukuri kwonsa ni ingenzi cane au moins 3 mois minimum.kutitaho abana ni umuteto muri Afrique basha bobavyarira ibulayi hari ico bobona.mais même en Afrique ça va changer tôt ou tard reka dufate inshingano zacu mes sœurs Africaines
Ilove you ngwino &sauda muri beza Babyeyi Kd murakoze kutuganiriza neza mutwibukijeko tugomba kwirerera tugaha abana urukundo,uburere, nibindi ntitubarekere ba tantine
Abana bonse bajyira immune system ikomeye. Kutonsa ubishoboye ngo kubera style ni uguhemukira umwana.
Merci Beaucoup kutwibutsa notre role de Maman.
Ngwinondebe mrc kbs uri kutwigisha kwitangira abo twabyaye ningo zacu no guha urukundo Abo twibarutse
Ndabakunda bambe.umva konsa biraryoha we.ababyanga bararwaye.umva nge natinye kubyara kuko mbanumva ntawe nasigira umwana ngo nge mukazi.mpi muzabiganireho.ABANTU BATINYA KUBYARA KUBERA GUTINYA GUSIGA UMWANA WAWE.
Sha Ngwi ndaryoherwa cyane iyo Uri kuganira mu gucaring abana, Mana uzampe Impanga nkuko nabigusabye.
Ngwino rero azi ubwenge ndabimukundira 💕ninkura nzamera nkawe 😂🤗
Ndabakunda cyanee nkunda ukuntu ngwino avugisha ukuri❤❤❤
Josette we nagukundaga ntarumva ubutwari bwawe❤ ntusanzwe love u
Sha sijyamenyera iyi storry ya gwino pe nyireba ndikurira gus but courage ma utuma tumvako bishoboka🙏🙏❤
Muraba mama beza bazi
agaciro kabana pe ndabikunze cyane ❤❤❤
Mwiriwe!
Njyewe mbyaye 3 sindarwaza icyo munda
Gusa njyewe bambwiye kumusomya ku kintu ngiye kunywa bwa 1nka mukaru kandi kuba ari gaaaake ninko kurigata akayiko😂
Konsa umwana Ni byiza cyane❤❤🎉
Niyo mpamvu nkunda Ngwinondebe.nge nabyaye uwakabiri undi yujuje umwaka uwomunsi.bose mbosa ngomba kujya kukazi.ndabasabye muzampuze na Ngwinondebe niyo nabona Numero ye
Ubuki nibyo burakora pee kuko nanjye nabuhaye uwanjye kumunsi wa 2 kandi ntiyigeze agira icyo munda pee
Ibyo byose ababa hanze
Bongeraho guhaha, guteka, isuku, akazi , kumenya amasaha y'a day care , etc
+ kwa muganga, devoirs...
Sanzwe mbakunda noneho ndushije ho wow muraba byeyi bezaaaaaa❤
Yegoo rataaa mubabwire umuntu utarabyara ntacyo aba aziiuu 👌👌❤❤❤
Sha ngwino dufitubuhamya busa rwose 🥰❤️❤️
Ngwino ngo ntiwiyiziko urimwiza yooo urimwiza disi ufise taille nziza sha ndagukunda umugabo yakurongoye yaratomboye urinyanka mugayo❤
Woah😱 mwatinkerezanye ndabikunze ❤❤❤❤❤❤
Uru mu maman mwiza Ngwino uranshimishije pe aba maman bumvireho hahiriwe Francois
Birakora ubucyi kuri icyo cyintu ndabizi 😊
Yeweee noneho ndumva gucutsa nabyo bifasha warahavunikiye pr
Ngwino uri umuvyeyi mwiza pe
Mana yanjy, ngwino ndakubashye peeee,uri umubyeyi mwiza
Navanye umwana wanjye kwibere ku mwaka na Mezi atatu ,ntiyaryaga,yanyizirikagaho kandi ibihugu byiyi ntibyoroshye ariko nubu Mba numva murimo ideni disi ,uwagira umwanya yamwonsa peee mpakaaaaaa
Konsa umwana ningenzi
Ntabusirimu burimukutonsa rwose
Mbega abamama beza❤
Sha ngwi uziko nanjye uwambere yeneje umwaka nukwezi mpitambyara undi uzukuntu bibabyagucanze
Umva gwino iyo story yawe isa nkiyajye pe ndumiwe wagirango turi impanga
Muri ababyeyi beza
Ark disi harigihe konsa byanga atariwoe ubushaka nkanjye kbx nabuze amashereka peee byanyabyo umwana mushyira kumata ark disi birababaza kubura amashereka 😢
Ndumva wowe tumeze kimwe uzikubura amashereka ugaha umwana amata birababaza cyane nagezaho nkabwira Imana ngo byibuze abandi izampe amashereka ndivuza biranga nadayabura burundu
Njye bampaye imiti yikinyarda birakunda uwa 2 namwonkeje 6 months nta kibazo kdi uwa mbere nari narayabuze pe
@@alicemunderere6546 basi tubwire uwo nuti
@@alicemunderere6546wandangiye?
Pole mama
Egooooh ic c,ubuki Nico caaaaneeee umuha duke can
Yeww beliso nange nabuze icyo imaze pe😂😂yayiraye 2😅😅😅
Hhhh berceau nanjye umwana wanjye siyayikunze pe
Ndabakunda pe muri ababyeyi banyabo
Aba bantu ni Sabin yabahuje nta nkeka. 😅
Ico ndamukundira abantu ashigikiye arabahuza no kwa Ketchup nuko.
Muri abamama beza pe❤❤❤❤
Ndumiwe pe numvise umubyeyi ushobora kuba andushaho gake gukunda abana
Ahantu hose mbonye izi mpanga ndazikurikira tu❤❤❤❤❤ Ngwi Iyi love yu kabisa bambarize amabere amaze iki?????? Sauda newe Nyagasani agushyigikire
Muri ababyeyi pe
Ndabakunda ❤
Yoooo Ngwino❤❤❤❤❤❤
Umwana iyo akivuka umurigatisha ubuki cg fanta
Yewe kutonsa umwana ntabusirimu burimo uvuga NGO buri gahugu umuco ntahantu nzi bakabgurira ababyeyi kutonsa abana babo
@@uwimanaegidia2012nabonye nabazungu bacye bonsa pe.sinunva ubwo busirimu bwo kwiyimira umwana.
Umuntu utonsa umwanawe mbanumva atamukunda byuzuye.
Sinokutamukunda ahubwo nawe aba yitera ibibazo byama cancer nizindi ndwara zamabere
Ababyeyi twubahwe ❤❤❤❤❤
Konsa n'ingenzi babyeyi beza
Ngwino umuchou❤❤❤
Yewe ga gwino ibihe warurimo najye ubu nibyo ndimo kubyara inkurikirane nakazi katoroshye nanjye imana ibiphashemo nzabicemo neza
Begere hino batubwire niba amabere Ari ama vase😂😂😂😂
Muteye neza pe
Yemwe nambara ubusa kubera umwana ahubwo murabivuze munkumbuza kujya kugura style zumuhungu wajye ahubwo reka nyarukire mwisoko 😂😂😂😂
Cyokoza ngwino uramfasha pee
Wow ❤️❤️❤️
Nu mvise impamvu umukuru akunda musaza we akaba responsable we
Gwino mpise nkora subu kbsa narinaracistwe😂
Erega we icyibazo cyo kutonsa abana kubanyarwanda kirateye kandi aho bipfira nikwakundi abanyafric dufite icyibazo cyo kwigana abazungu
Mumeze mute?ibyo bintu bitashoboka kuko njye nakoresheje icyayi cyamukaru murigatishaho ntacyo munda yagize
Muratuganirira neza pee.nonese ko nzi umugore unywa indimu mugitondo ivanze namazi ashyushye.nonese nibyiza?
Murasa neza pe.muturangire amavuta natwe duse neza
Muranezeje pe
Umwana se sha murabizi ,reka babe inkumi cg abasore ukibabara nkabana bo bagufate nkushaje ku bu ryo uvuga W bakavuga T ,gusa byose bisaba kubumva nta gitsure ukaba inshuti yabo ,abana bararyoha peeee
Cyakoze murasekejeeeee
Coucou❤❤❤
Ngwinondebe urumugore mwiza ugira nuburere bwiza.
Wanga konsa umwana bakayakaba ku buntu
Yewe nabaho numvishe umuntu duhuje imvune zokubyara jye byambayeho mfite 20yrs noneho jye byabaye byara abana batatu Bose barutanwa umwaka umwe noneho ndimugihugu cyamahanga mbese bari danger ariko burya iyo wumvikana nuwo mwashakanye biroroha pee kuko iyo atamba hafi sinziko narikubivamo
Subscribed to your channel ❤
Haribamwe babura amashereka bitewe na tress cyangwa nibindi . Ntago buri mugore wese yanga Konsa . Young girls u may not no much about it ,
Nibyo rata
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Uziko Mpinga iyo adahari nyoberwa uhari uwo ariwe !
Yooooo
35:31🥹❤️❤️
Ngwino urandangije yiba mwari muziko abatabikora bafite ubwenge buruta ubwanyu bakabarusha nabana beza muvanaho ubuturage buri gahugu n'umuco wako muvuge ibyo mwakuriyemo nimyumvire yanyu iyabandi muyireke kuko buri muntu agira amahitamo ye kandi mujye muyubaha ntimukabe abaturage bigezaho.Nabonaga muri abanyamugi ariko mumutwe wapi ibyo ninkokubona umuntu ufite tattoo ukamwiha mwiturize mujye mwubaha amahitamo y'abantu ni choice zabo.
Kutonsa ufite umwanya ntaburwayi nubugome ubimenye nibwo wihagazeho,arko urwaye cg yaryanze,ntamwanya birumvikana
@@Goodvibes-ky4ed Ntabugome burimo mujye muca Imanza zimico yibihugu byanyu abahandi mubaveho.
@@uwasesifa7563ntagihugu navuze ntamubyeyi utonkeje umwanawe nkereka ufite ikizorwose
@@uwasesifa7563ntagihugu cyigira umuco wo kutonsa,niba unabikora ubyica ubizi kuko ayomabere yagenewe konsa va murayo 😊
@@uwasesifa7563none se ko nunva uri umunyardakazi wowe ufite umuco wahe wo kutonsa.wowe se ntiwijyeze wonka.konsa ni byiza cyane keretse harindimpanvu yatuma utarimuha.niba utinya ko rizagwa uzarikoreshe ryonjyere rihagarare.ariko umwana abone uburenganzira bwe.