TYPES(UBWOKO)10 BW’ABASORE UMUKOBWA WISOBANUKIWE|UZI ICYO ASHAKA ADASHOBORA GUKUNDA👌🏻💁🏻♀️
HTML-код
- Опубликовано: 26 июл 2023
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
Развлечения
Bravo Rose! Ushize hanze ama idées meza cane azofasha abakobwa b’abanyabwenge! Abapfapfa nabo ni akazi kabo! Imana iguhe umugisha! Ni bigumirize agaciro vraiment!
Watching from Denmark 🏴 but am Ugandan 🇺🇬
ukaba witwa Nsabimana se uri umugande
Maman yambwiyeeeeeeeee
Nabajije mamaaaaaa
Mama yabyanzeeeeee
Maman yavuzeeeeee
Nabibwiye maman aravugaaaaaa
Ivyuvuze vyose ntanakimwe kibuzemwo. Urakoze cn ❤❤❤
Wakoze cyane Rose 🌹 gusa dutegereje nuruhande rwabakobwa
Waww kbx rose uvuga ubintu byubaka cyn pee!!
Rose urimwiza urumuhanga uvuganeza turagukunda kd turagukurikira
Uri umusomesha mwiza cyane, w akoze rwose, amen;
Rose urakoze cyane courage ndagukunda❤❤❤❤
Rose ikiganiro cyawe ikiza kiradusha cyane
Urakoze cyane rose kunam utugiriye nukuri hari nkibyo ntari nzi menyeye muriki kiganiro ark byose nibyo pe
Thanks alot Rose
Thx Roza mwiza
Barakubitwapee cyane 😂😂😂 nanjye narumiwe
Kabisa ❤
Good ❤..uhanuye nezaa caaaane, uri mwiza kandi nezaa peee
I love you Rose so much ❤
Urasa nezaa cyane Rose
God bless noted ✍️
Urakoze pe!
Thex
Hy!
Nibyo cyane pe!
Kbs rwose peeee Rose utubwije ukuri knd courage ndagukunda
Rose ndagukunda.bisouuuuuuu
Imiss rose chch❤
Rose chr ndagukunda setu
Umuhungu ukunda aka nubaha maman biraryoha pe.
Ariko ugendera kumabwiriza yamama ayariyoyose aragorana Rose wanjye
Murakoze muratwubzka
Ibyuvuga nibyo💯
Rose wanje shahu ,uzozazane n'a thé ben ,from.bja
Iki kiganiro ndagikunze pe❤
Mamy's boy sha.
Mu minsi ya mbere babanza kuba good listners ujya kuvumbura ko ibyo ntabyo azi nyuma. Ubundi iyo umujyanye mu bandi bahungu baganira ibiganiro bizima niho umuvumbura...aragenda agaceceka abantu bakagira ngo nuko avuga make.
😂😂😂😂indimu irabisajije❤
❤
Dutegereje na part yabakobwa
Uzatubwire nabakobwa badakenewe nshuti
❤❤❤❤
Wibagiwe kuvuga kuri responsibility
Na Provision
Urashaka views Nonese Bisobanuye ko Uwo atankunda bivuze ko Uwo atari Favourite yawe Ariko yaba numwizerwa cyane
Ibaze iyo chapa mandazi tudakozemo amandazi we🤷😂😂😂 natwe abasore twiyiteho duhumure😂😂
Uri shangazi mwiza igiko
Icecekere nawe Uzakurushya ntumucika .nuko bimeze
Ahubwo se wamenya ko ari uko bizagenda?
Wowe uzishakanire numusinzi ,itabi,uburaya hhhhhhhhh ibyobyose uko aribitatu nibyo bibi kumusore
Uri keza gusa❤ hahiwa umugabo wawe
Ubwiza ntacyo Buvuze Wasanga kumugabo we Ntabirenze. Twarabamenye Igikuru Nukumenya Intego yawe. Byakwemera Ukirerera abana .rwose Ntamugore Ugira Agaciro Kumugabo . Amahirwe biremera mukajijisha Imyaka Ikicuma
Ahubwo Iyo Bitakuriho Ugirango Nubuhanga Bwawe .Disi ugatangira ugaca imanza. Urugo nibanga
@@solangeuwera6028 egoko yesu akugenderere hhhh
@@solangeuwera6028
Yego ko
@@solangeuwera6028Mwami Yesu Kristo 😂😂😂😂😂😂😂😂 abantu mwabaye iki we?
Rose wanjye mwiriwe neza nukuri
Abo basore uvuze barahari kbs,
🤣ndeste bize bakarangiza neza amasomo yabo pe, kwisoko ry'imurimo barimo, neza Ark wakumva ibyo akuganiriza ukumirwa
Hahahaha sha nanjye nahuye nawe nkuwo wanize waminuje...utananywa amayoga. Nabanje kugira ngo ari serious ariko wapi.
Ariko urimwiza wa mudamuwe !!!
Babwire abobakobwa
Marraine w'abakobwa ni wowe rata 😂😂😂😂
Ubwiza ufite bungana nubwenge ufite
Ko uhaye impanuro kubakobwa gusa se? Nanjye ndaza kwibwirira abasore kuri Zed TV Show RWANDA.
Yy