Размер видео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показать панель управления
Автовоспроизведение
Автоповтор
Umugore Mwiza ikindi nubera urugo rwe umwinginzi “Kwingingira urugo rwawe nabyo bituma uba umugore Mwiza ”
Sha murabagore beza cyane pe, murasa neza mwambaye neza murabagore babereye ingo rwose gusa kecapu urasa neza uri mwiza ariko ubutaha nawe uzakubitemo ikanzu nkizo nkizo abobadamu bagukikije yakuberape utandukane na wakecapu wo urigukura kanimba ibyinyo gusa ndagukunda chr kd mbonereho kukubwira congratulation ufitabana beza cyane
Ndabakunda bagore beza ariko ubutaha rwose Isimbi rya Yesu ntazabure mubagore b'aba youtuber's
Wowoooo byiza beza mwee NDABAKUNDA 🫶🏾 cyane peee muribeza peee sauda lv you Big 😍 ninshuti zawe zose twari dutegereje kwa sauda
Abagore beza cyane ❤❤❤ndabakunda cyane ubutaha muzatumire na Bahavu ❤❤❤❤❤
Ndagukunze ntakuzi Kuko uvuze Bahavu
Mwashyizeho sije nziza ark murikuganira nkabagore mujye muhana umwanya ubundi mube seriously gusa nibyiza Courage
Isimbi rya Yesu nawe muzamutumire ubutaha arakenewe. Kandi muri kuvuga ibintu byiza pe. Gusa musabe Imana izabarinde gushwana kuko abagore bakunda gushwana.
Muri beza ariko ntimuzazane ibyo gushwana byabagore NGO muzatangire mwandagazanye kuri RUclips Rose niwowe mukuru ndabagushinze abo babyeyi
Uraje ejobundi uzumva hahiye 🔥
Gushwana nibisanzwe ariko bizaterwa nuko bazabyitwaramo
Gushwana ku bagore nibintu byoroshye cyane ariko icyingenzi Nuko bibaho Kandi bakamenya uko babyitwaramo
yewe nibyo byabaye
Ndabakunda muri abeza🥺🥰❤️❤️
Umugore mwiza to me n ufite ikinyabupfura, kuko amenya kugiha abo abyaye bigatuma anubaha umugabowe, umugore mwiza n uzi kujera urugorwe, aruzi, umugore mwiza n uwubaha Imana , umugore mwiza nuharanira agaciro k urugorwe.
Iki kiganiro nibwo nakireba kuva mwagishyiraho umugabo wanjye ntakindi areba akibyukiraho yavakukazi akagitahiraho akundibiganiro byanyu cyane burya bwose afite impamvu mwavuze ibintu byiza cyane gusa harakantu mwavuze kumugore mwiza umugore wese ntekerezako yakora ibishoboka byose ngwabere mweza umugabowe ariko ukabigerageza bitewe numugabo ufite bikabimfabusa
Rose 🌹 ❤ avuze neza , Ngwino nawe uvuze neza kubumba urugo rwawe ❤, wawwww 💞 Kecapu nibyo ntakuvuga byose rata koko , Sha mwese muvuze nezaaaa ❤❤❤
Ubutaha muzazane nabagabo banyu❤
Mpinga yarasaze😂😂😂😂 gusa ndamukunda cyaneee 😢😢 kuberako mbona duhuza kwel😂 ngo kabini kabini😂😂😂😂😂
Rose ndamukunda ndamusengera cyanee ❤nabandi mwese ariko cyanee 🌹
Pucuri Sauda uraza neza pucuriiiii très jolie
Mbega byiza! Iyi talk iraryoshye mana we imbaraga zanyu mwazihurije hamwe biba boom I love u all
Imana ikomeze ibabere byose bagore beza. We love you 🥰 turakomeje tugiye kwa Jo Twins show
Murakoze cyane nanjye ngiye kwiga kuba umugore mwiza
Izo nama zanyu ni nziza mukomereza aho.murakoze.Imana ikomeze kububakira bana bacu❤❤
abagore bahiriwe nabagabo shn😍😍👏🏽
Sha mwaganiye neza kuva mugitondo nicaye kuri cyicyiganiro peee narubye ariko nanize cyane mwaganiye neza mwatwunguye inama mbese uyumunsi twize peee God bless you ladies
Cyane nukuri bavuze byizaaaa peeeee inyigisho kandi bisekera ❤❤❤
Ubundi aba nibo babyeyi bibyitegererezo ❤❤❤❤
Courage urugendo mwatangiye nisawa nabishimiye cyane murabahanga inama zanyu ningenzi kwiritwe
Muri ababyeyi beza Imana ikomeze ibashyigikire ibongerere ubwenge kuko muri abumumaro kuri benshi Iyo Verse Sauda avuze Ni Imigani 31:10-31 hakubiyemo Imico ikwiriye umugore mwiza wese ushaka kubaka urugo rwe rugakomera Imana ibahe umugisha
Ariko imyenda Sauda uri mwiza usa naka malaila pee
Clara Clara ni ubwa mbere nakubonye ariko nagukunze cyane pe
Ikintu cyambere abagabo/abasore banga umugore uvugirahejuru, umugore ugabo we nkumunyantege nke muruhame ndetse akigira nyirandabizi.Abagabo banga umugore wihunza inshingano zurugo.Ndetse umugore usesagura kandi wikunda abangamira umugabo.
Nibyiza pe❤ikiganiro cyanyu ça va ❤ubutaha muzajye muhana umwanya wo kuvuga bizagenda neza kurushaho
Nkunda ukuntu zino mpanga zisetsa kd zikaba ziri very smart with mindset 👌👌👌
Ibyo dukora bikabangamira abagabo1. Umugore ujagaraye2. Uhora ureba ifaranga
Woe ikikiganiro cyarineza harimo inyigisho Sauda usaneza cyane sinzi nibawashyizeho makeup ark nibinariho ntabwarinyinshi karakubereye usaneza peee ❤
Inama ya Stella ndayikunze cane😍arik en général mwavuze vyiza vyagaciro kanini
Ndabakuuuuunda mweeeese vraiment❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤bsous vous toussss❤❤❤❤
Wooow. Nubwambere mbakurikiye ariko ndabakunze pe
Ndabakunda aba chou❤❤ gusa ikigore cyanjyiyemo mwazanyemo akavuyo ubutaha muzabicayure
Mpinga ndamukunda cyane❤
We love you guys more blessings you intelligence woman ❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️
ndagukunda cyane Sauda❤ kd uri mwiza cyane🥰
Ndabakunda mwese 😘😘😘😘 unva phone nicaranye sharijeri hhhh murikutuganiriza ibintu byiza byubaka
Thank you sawuda💖💖 ikiganiro cyiza cynneee muzongere mugaruke pee💖
Sauda wokoze byiza ark murimo gushyiamo akavuyo ubutaha uzahe buri muntu topic agomba kuvugaho kugirango tubashe kubyumva nahubundi ndabakunda cyaneeeee ❤❤❤❤❤❤
Wow nimwe babyeyi bakwiye igihugu kuko mugomba kwigisha abatandukir en ❤
Nitwa Germaine. Umugore mwiza yubaha umuryango wumugabo. Agakunda nyirabukwe.
Ariko nibyiza ndumufana wanyu mwese ariko igitekerezo cyajye bambe muzishyire hamwe gutya muri muhembe ketchup byaba byiza kurushaho murakoze
Sha wapi paccy gutekrreza umugabo narabikoze ark byaranze ndimugahinda gusa kugeza naho namushingiye business nemera buri kimwe ke kibi ark umugabo ntanakimwe cyanjye aba yitayeho ndiyibagirwa nibagirwa career advancement yanjye kwambara mbese nariyibagiwe ariko ubu nashatse gusanya ark ndabireka ndaviganti reka mpindure niyiteho nzabone icyo mpa abana
Ni byiza mukomeze mushyire hamwe mutezanye imbere bambe. Imana ibahe umugisha.
Ariko mpinganzima wagiye ureka kuko nkanjye nkaryama kare kuko? Ubu ubona ntazasenya kubera kugukurikirana cyane?❤❤❤❤
Ngwino❤ nkunda ukuntu uzi ubwenge kuri côté zose.
Ni proverb31 woman That verse is woooow❤❤❤❤
Nukuri ubu izindi chane iyumunsi nazikayiye Nako guhera ejo ndabakunda hatavuyemo numwe ❤
Mwese ndabakunda uwazampuza namwe ariko cyane cyane Pascaline na Rose
Mwaduhaye ikiganiro cyiza vraiment 🙏
Mana yanjye nkunda ngwino wazambereye maraine chr wanjye plz
Rose na nwino mwababujije kuvuga😂 we love you
Nonese si Ibisanzwe ko mucyumba habamo utu eswiime twera? Ntitugomba kubura munsi yumusego
Neza mwe mwakoze kudusura pe tirabashimiye ❤ndikureba ukuntu comments arinyishi nkumva mwagaruka😅 nubwa mbere tugize izi comments sibyo? Sha muzagaruke
Uyumunsi ndagukunda cyane wambaye ishati ya black avuze topics nziza cyane kandi abandi bose batari bavuzeho nimwe kandi izavuze ningenzi cyane ndagukunze cyane nubwo ntarinkuzi ninubwambere nkubonye
Umugore mwiza nuwo umugabo we ashima, ndetse na society ikamushima.
Ndabakunda,nifuzangako mwazaganira umugore ukora umugabowe akamurekera icingano nahokugirango amushyigikire
Kbs
Iyi class nanjye munyandike ndabacyeneyepeee❤ murabumumaro❤❤❤❤❤❤❤❤
Turabakunda cyane ❤️💞💕 muzatuzanire bahav
Stella nawe kumaso warushye ,ariko wibuka kunnywa amazi menshi sibyo
Sauda uzadutumirire Pendo, uzaba ukoze
Ba mama beza murakoze cane jew ubwanje haricigwa ndahakuye mwavuganye urupfasoni nukur kwose
Ngwino nkukund urwuzuye❤❤❤❤❤❤❤
Courage belles dames❤❤❤
Ariko mana nibyiza ❤❤❤ mwe ndikubareba sinaryama zose ntazirebye 😂😂
Kecapu akosoye imyambarire akajya aniyitaho mumaso byoroheje byaba byiza
Sauda ndakwikundira nkunda ibiganiro byawe rero Umugore mwiza bibiliya imuvugaho :soma imigani 31:10-31
Mpinga ajye areka umuntu abanze arangize kuvuga kko blague nyinshi ntabwo ari saw cne..turabakunda
Rose 🌹 chr ndakureba 😂😂😂😆 washonje ndi kubibona
Mpinga numunyakavuyo KBS gusa muribeza cyane
Ikindi nabibutsa nuko umugore mwiza arunyurwa nurugo rwe agashima ibyo umugabo we yabonye ntamuhoze kunkeke amusaba ibyo adashoboyeUmugore mwiza yumva byinshi akavuga bike Agatanga umudendezo mumuryango
Iyo myenda nukuzajya kuyigura kwa Tijara❤
Wowwww.Paccy uranyubatse
Muribeza pe njyewe ariko muzareke joining cacaette yanyu pe
Koukouuuuuuuu nizereko ubuzima bukomeje kubafata 👍👍👍👍👍 nahageze nanjye muri besa mumabara yose beza banjye Nyagasani abishimire nukuru knd Mwakoze cyane love 💕😘😘😘😘😘 you
Muzanyereke uko bandika kuku😂😂😂😂😂😂Noneho rero mpinganzima😂😂😂😂😂😂 she's all vibes.Ubu kankurikire umugore mwiza ikimuranga❤❤❤❤ muri beza murakaramaaaaaaa
Coucou
@@1fille3 ooooooh mean?
@@fleur9468 oooooh mercii
Nibyo bagore bezaNtagutegura ameza yo muri salon NGO ayomucyumba uyibagirwe Uba ubyishe
Akantu ko gushyigikirana mwatekereje ni keza gusa mwibahiwe Eva mwonjyere musubire aho byatangiriye nawe muri kumweIkindi muzategure akantu katuma abagabo banyu bamenyana mube umuryangoI love you all❤❤❤
Paccy twari twakubuz ahandii
Sha mujye mutubwira amavuta mwisiga kuko mwese murasa neza pe
Sha mpinga bamuvuze pe byararangiye
Iyo verse yumugore mwiza Sauda yavuze ni Imigani 31
Arko uwo mugore utwite nubusanzwe agira akajagari kageza aha🤔 kunumva nomurugo rwe byaba arihatari ra
Abagore benshi cyane barananiranye nukubabona hanze bambaye baberewe gusa
More blessings gorgeous mothers of the nation 🙏
Bagore beza maze ubutaha muzage muhana umwanyaKandi uvuga abandi muge mumutega amatwiKuko byakozwe mukavuyo
Komutazanye bahavu
Iki kiganir ni 🔥🔥🔥iyo Janet(maman amora)iyb ahr vyar kub birenz ikind gih muz mumuhamagar ❤💋💋
Isimbi rya Yesu muzamuzane na Bahavu
I love you guys, this topic yaricyenewe peeeee
My stella wananiwe my cheri
Nimutumbwire byose badamu dukunda
Wow ndabakunda peee
Love you ladies sooooooo much
kobyukiye aha ubwo ndacyakarabye mwa menye kunjagaraza koko nzogejo kanigumire kumacano😂😂😂😂😂
Akantu kabangamira abagabo; kubahamagara iyo batinze gutaha ubundi umugore akamusomera, abagore tujye duha amahoro abagabo!
Ubutaha hanjyehavugu umwe asoze musubize muvugirarimwe
Umugore Mwiza ikindi nubera urugo rwe umwinginzi “Kwingingira urugo rwawe nabyo bituma uba umugore Mwiza ”
Sha murabagore beza cyane pe, murasa neza mwambaye neza murabagore babereye ingo rwose gusa kecapu urasa neza uri mwiza ariko ubutaha nawe uzakubitemo ikanzu nkizo nkizo abobadamu bagukikije yakuberape utandukane na wakecapu wo urigukura kanimba ibyinyo gusa ndagukunda chr kd mbonereho kukubwira congratulation ufitabana beza cyane
Ndabakunda bagore beza ariko ubutaha rwose Isimbi rya Yesu ntazabure mubagore b'aba youtuber's
Wowoooo byiza beza mwee NDABAKUNDA 🫶🏾 cyane peee muribeza peee sauda lv you Big 😍 ninshuti zawe zose twari dutegereje kwa sauda
Abagore beza cyane ❤❤❤ndabakunda cyane ubutaha muzatumire na Bahavu ❤❤❤❤❤
Ndagukunze ntakuzi Kuko uvuze Bahavu
Mwashyizeho sije nziza ark murikuganira nkabagore mujye muhana umwanya ubundi mube seriously gusa nibyiza Courage
Isimbi rya Yesu nawe muzamutumire ubutaha arakenewe. Kandi muri kuvuga ibintu byiza pe. Gusa musabe Imana izabarinde gushwana kuko abagore bakunda gushwana.
Muri beza ariko ntimuzazane ibyo gushwana byabagore NGO muzatangire mwandagazanye kuri RUclips Rose niwowe mukuru ndabagushinze abo babyeyi
Uraje ejobundi uzumva hahiye 🔥
Gushwana nibisanzwe ariko bizaterwa nuko bazabyitwaramo
Gushwana ku bagore nibintu byoroshye cyane ariko icyingenzi Nuko bibaho Kandi bakamenya uko babyitwaramo
yewe nibyo byabaye
Ndabakunda muri abeza🥺🥰❤️❤️
Umugore mwiza to me n ufite ikinyabupfura, kuko amenya kugiha abo abyaye bigatuma anubaha umugabowe, umugore mwiza n uzi kujera urugorwe, aruzi, umugore mwiza n uwubaha Imana , umugore mwiza nuharanira agaciro k urugorwe.
Iki kiganiro nibwo nakireba kuva mwagishyiraho umugabo wanjye ntakindi areba akibyukiraho yavakukazi akagitahiraho akundibiganiro byanyu cyane burya bwose afite impamvu mwavuze ibintu byiza cyane gusa harakantu mwavuze kumugore mwiza umugore wese ntekerezako yakora ibishoboka byose ngwabere mweza umugabowe ariko ukabigerageza bitewe numugabo ufite bikabimfabusa
Rose 🌹 ❤ avuze neza , Ngwino nawe uvuze neza kubumba urugo rwawe ❤, wawwww 💞 Kecapu nibyo ntakuvuga byose rata koko , Sha mwese muvuze nezaaaa ❤❤❤
Ubutaha muzazane nabagabo banyu❤
Mpinga yarasaze😂😂😂😂 gusa ndamukunda cyaneee 😢😢 kuberako mbona duhuza kwel😂 ngo kabini kabini😂😂😂😂😂
Rose ndamukunda ndamusengera cyanee ❤nabandi mwese ariko cyanee 🌹
Pucuri Sauda uraza neza pucuriiiii très jolie
Mbega byiza!
Iyi talk iraryoshye mana we imbaraga zanyu mwazihurije hamwe biba boom
I love u all
Imana ikomeze ibabere byose bagore beza. We love you 🥰 turakomeje tugiye kwa Jo Twins show
Murakoze cyane nanjye ngiye kwiga kuba umugore mwiza
Izo nama zanyu ni nziza mukomereza aho.murakoze.Imana ikomeze kububakira bana bacu❤❤
abagore bahiriwe nabagabo shn😍😍👏🏽
Sha mwaganiye neza kuva mugitondo nicaye kuri cyicyiganiro peee narubye ariko nanize cyane mwaganiye neza mwatwunguye inama mbese uyumunsi twize peee God bless you ladies
Cyane nukuri bavuze byizaaaa peeeee inyigisho kandi bisekera ❤❤❤
Ubundi aba nibo babyeyi bibyitegererezo ❤❤❤❤
Courage urugendo mwatangiye nisawa nabishimiye cyane murabahanga inama zanyu ningenzi kwiritwe
Muri ababyeyi beza Imana ikomeze ibashyigikire ibongerere ubwenge kuko muri abumumaro kuri benshi Iyo Verse Sauda avuze Ni Imigani 31:10-31 hakubiyemo Imico ikwiriye umugore mwiza wese ushaka kubaka urugo rwe rugakomera Imana ibahe umugisha
Ariko imyenda Sauda uri mwiza usa naka malaila pee
Clara Clara ni ubwa mbere nakubonye ariko nagukunze cyane pe
Ikintu cyambere abagabo/abasore banga umugore uvugirahejuru, umugore ugabo we nkumunyantege nke muruhame ndetse akigira nyirandabizi.
Abagabo banga umugore wihunza inshingano zurugo.
Ndetse umugore usesagura kandi wikunda abangamira umugabo.
Nibyiza pe❤ikiganiro cyanyu ça va ❤ubutaha muzajye muhana umwanya wo kuvuga bizagenda neza kurushaho
Nkunda ukuntu zino mpanga zisetsa kd zikaba ziri very smart with mindset 👌👌👌
Ibyo dukora bikabangamira abagabo
1. Umugore ujagaraye
2. Uhora ureba ifaranga
Woe ikikiganiro cyarineza harimo inyigisho Sauda usaneza cyane sinzi nibawashyizeho makeup ark nibinariho ntabwarinyinshi karakubereye usaneza peee ❤
Inama ya Stella ndayikunze cane😍arik en général mwavuze vyiza vyagaciro kanini
Ndabakuuuuunda mweeeese vraiment❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤bsous vous toussss❤❤❤❤
Wooow. Nubwambere mbakurikiye ariko ndabakunze pe
Ndabakunda aba chou❤❤ gusa ikigore cyanjyiyemo mwazanyemo akavuyo ubutaha muzabicayure
Mpinga ndamukunda cyane❤
We love you guys more blessings you intelligence woman ❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️
ndagukunda cyane Sauda❤ kd uri mwiza cyane🥰
Ndabakunda mwese 😘😘😘😘 unva phone nicaranye sharijeri hhhh murikutuganiriza ibintu byiza byubaka
Thank you sawuda💖💖 ikiganiro cyiza cynneee muzongere mugaruke pee💖
Sauda wokoze byiza ark murimo gushyiamo akavuyo ubutaha uzahe buri muntu topic agomba kuvugaho kugirango tubashe kubyumva nahubundi ndabakunda cyaneeeee ❤❤❤❤❤❤
Wow nimwe babyeyi bakwiye igihugu kuko mugomba kwigisha abatandukir en ❤
Nitwa Germaine. Umugore mwiza yubaha umuryango wumugabo. Agakunda nyirabukwe.
Ariko nibyiza ndumufana wanyu mwese ariko igitekerezo cyajye bambe muzishyire hamwe gutya muri muhembe ketchup byaba byiza kurushaho murakoze
Sha wapi paccy gutekrreza umugabo narabikoze ark byaranze ndimugahinda gusa kugeza naho namushingiye business nemera buri kimwe ke kibi ark umugabo ntanakimwe cyanjye aba yitayeho ndiyibagirwa nibagirwa career advancement yanjye kwambara mbese nariyibagiwe ariko ubu nashatse gusanya ark ndabireka ndaviganti reka mpindure niyiteho nzabone icyo mpa abana
Ni byiza mukomeze mushyire hamwe mutezanye imbere bambe. Imana ibahe umugisha.
Ariko mpinganzima wagiye ureka kuko nkanjye nkaryama kare kuko? Ubu ubona ntazasenya kubera kugukurikirana cyane?❤❤❤❤
Ngwino❤ nkunda ukuntu uzi ubwenge kuri côté zose.
Ni proverb31 woman
That verse is woooow❤❤❤❤
Nukuri ubu izindi chane iyumunsi nazikayiye Nako guhera ejo ndabakunda hatavuyemo numwe ❤
Mwese ndabakunda uwazampuza namwe ariko cyane cyane Pascaline na Rose
Mwaduhaye ikiganiro cyiza vraiment 🙏
Mana yanjye nkunda ngwino wazambereye maraine chr wanjye plz
Rose na nwino mwababujije kuvuga😂 we love you
Nonese si Ibisanzwe ko mucyumba habamo utu eswiime twera? Ntitugomba kubura munsi yumusego
Neza mwe mwakoze kudusura pe tirabashimiye ❤ndikureba ukuntu comments arinyishi nkumva mwagaruka😅 nubwa mbere tugize izi comments sibyo? Sha muzagaruke
Uyumunsi ndagukunda cyane wambaye ishati ya black avuze topics nziza cyane kandi abandi bose batari bavuzeho nimwe kandi izavuze ningenzi cyane ndagukunze cyane nubwo ntarinkuzi ninubwambere nkubonye
Umugore mwiza nuwo umugabo we ashima, ndetse na society ikamushima.
Ndabakunda,nifuzangako mwazaganira umugore ukora umugabowe akamurekera icingano nahokugirango amushyigikire
Kbs
Iyi class nanjye munyandike ndabacyeneyepeee❤ murabumumaro❤❤❤❤❤❤❤❤
Turabakunda cyane ❤️💞💕 muzatuzanire bahav
Stella nawe kumaso warushye ,ariko wibuka kunnywa amazi menshi sibyo
Sauda uzadutumirire Pendo, uzaba ukoze
Ba mama beza murakoze cane jew ubwanje haricigwa ndahakuye mwavuganye urupfasoni nukur kwose
Ngwino nkukund urwuzuye❤❤❤❤❤❤❤
Courage belles dames❤❤❤
Ariko mana nibyiza ❤❤❤ mwe ndikubareba sinaryama zose ntazirebye 😂😂
Kecapu akosoye imyambarire akajya aniyitaho mumaso byoroheje byaba byiza
Sauda ndakwikundira nkunda ibiganiro byawe rero Umugore mwiza bibiliya imuvugaho :soma imigani 31:10-31
Mpinga ajye areka umuntu abanze arangize kuvuga kko blague nyinshi ntabwo ari saw cne..turabakunda
Rose 🌹 chr ndakureba 😂😂😂😆 washonje ndi kubibona
Mpinga numunyakavuyo KBS gusa muribeza cyane
Ikindi nabibutsa nuko umugore mwiza arunyurwa nurugo rwe agashima ibyo umugabo we yabonye ntamuhoze kunkeke amusaba ibyo adashoboye
Umugore mwiza yumva byinshi akavuga bike
Agatanga umudendezo mumuryango
Iyo myenda nukuzajya kuyigura kwa Tijara❤
Wowwww.Paccy uranyubatse
Muribeza pe njyewe ariko muzareke joining cacaette yanyu pe
Koukouuuuuuuu nizereko ubuzima bukomeje kubafata 👍👍👍👍👍 nahageze nanjye muri besa mumabara yose beza banjye Nyagasani abishimire nukuru knd Mwakoze cyane love 💕😘😘😘😘😘 you
Muzanyereke uko bandika kuku😂😂😂😂😂😂
Noneho rero mpinganzima😂😂😂😂😂😂 she's all vibes.
Ubu kankurikire umugore mwiza ikimuranga❤❤❤❤ muri beza murakaramaaaaaaa
Coucou
@@1fille3 ooooooh mean?
@@fleur9468 oooooh mercii
Nibyo bagore beza
Ntagutegura ameza yo muri salon NGO ayomucyumba uyibagirwe
Uba ubyishe
Akantu ko gushyigikirana mwatekereje ni keza gusa mwibahiwe Eva mwonjyere musubire aho byatangiriye nawe muri kumwe
Ikindi muzategure akantu katuma abagabo banyu bamenyana mube umuryango
I love you all❤❤❤
Paccy twari twakubuz ahandii
Sha mujye mutubwira amavuta mwisiga kuko mwese murasa neza pe
Sha mpinga bamuvuze pe byararangiye
Iyo verse yumugore mwiza Sauda yavuze ni Imigani 31
Arko uwo mugore utwite nubusanzwe agira akajagari kageza aha🤔 kunumva nomurugo rwe byaba arihatari ra
Abagore benshi cyane barananiranye nukubabona hanze bambaye baberewe gusa
More blessings gorgeous mothers of the nation 🙏
Bagore beza maze ubutaha muzage muhana umwanya
Kandi uvuga abandi muge mumutega amatwi
Kuko byakozwe mukavuyo
Komutazanye bahavu
Iki kiganir ni 🔥🔥🔥iyo Janet(maman amora)iyb ahr vyar kub birenz ikind gih muz mumuhamagar ❤💋💋
Isimbi rya Yesu muzamuzane na Bahavu
I love you guys, this topic yaricyenewe peeeee
My stella wananiwe my cheri
Nimutumbwire byose badamu dukunda
Wow ndabakunda peee
Love you ladies sooooooo much
kobyukiye aha ubwo ndacyakarabye mwa menye kunjagaraza koko nzogejo kanigumire kumacano😂😂😂😂😂
Akantu kabangamira abagabo; kubahamagara iyo batinze gutaha ubundi umugore akamusomera, abagore tujye duha amahoro abagabo!
Ubutaha hanjyehavugu umwe asoze musubize muvugirarimwe