NDIFUZA GUSENYA NYUMA Y’IMYAKA 26 NUBATSE😭MPERUKA KWISHIMA MU 1997😭UMUGABO YANYISHE NABI😭
HTML-код
- Опубликовано: 3 мар 2024
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
- Развлечения
0794455129 Ushaka kumuvugisha👌
Nonese ko nomero wayishyizeho Rose??
Ahanange navuga
Kbs
Iyi system Rose azanye ni sawa yo kuterekana usura yumutangabuhamya!!
Sha kbsa✔️💯
Ntecyereza ko ar’umutumirwa ubihitamo
Gusa nanone byatuma abenshi babeshya
Yavuze ko adafite isura nziza. Ngo umugabo amwishyura ko atamukunze.
Nibyiza cyane
Ababyeyi bafite umutima, bakagira ubumuntu ni muze twiyegamize uyu mubyeyi mu gituza, tumuhe urukundo hari abari hanze no mu Rwanda, ndumva navuza induru kugirango nduhuke ndumva mbabaye ku bw' uyu mubyeyi.
Ihangane 😢 cyane
Ndababaye gusa kwihangana harubwo bitananira abadamu ❤
ubanza Imana itabaho kuki yemera ko tubaho ubu buzima aba batype ubanza ku course babigisha nuburaya abakozi abashyitsi njye yanabazanye mucyumba nabuze aho mpungira basi ngo mpungishe abana banjye
@@ahirwa0077none se urumva we kwihangana byaramunaniye Koko? ahubwo abagore nibatiyegereza Imana ngo banamenye gufata umwanzuro nokuva kwizima bazashirira muri marriage; stroke, blood pressure , naza depression bizabica. None se ntimuzi ko binagira ingaruka kubuzima bwabana yaba abavutse ndetse niyo umuntu atwitwe ngaho nyumvira nkuwo mwana wazize akarengane kubera agahinda mama we yatewe. Ubwose niyo wakwihangana urwo nurugo? Oyaaaaaaa oya pe
Nukuri muriyisi harabantu babaye cyane Imana iduhe ubushobozi nurukundo rwo kujya tuba hafi ababaye 😢,Imana yongere iguhe guseka nkakera
Wa mubyeyi we urambabaje pe!
Aya mateka ashaririye wanyuzemo ni isomo kuri benshi batekereza kabiri pe!
Nabera, nari maze imuaka irenga 20 nta marira naherukaga gusuka nk' ayo ubu buhamya bunteye gusuka.
Gusa komera mubyeyi, Imana irakuzi kandi ibyo byose irabibona.
Imana iraje ikuruhure nukuri!
Nawe mushiki wanjye Rose , Imana iguhe umugisha kubwo gutega amatwi uyu mubyeyi.
Nukuri buriya ni umuti ukomeye ari kunywa kubwo kubona umutega amatwi!
Harakabaho ROSE TV SHOW!
Ariko nge nibaza Koko abagore bose ni abapfapfa mu ngo cg abagabo ntibashobotse/ntibanyurwa/ntibashaka kubaka imiryango irimo amahoro?!
💯😕😕💯💯💯💯💯😆😆🟣🪦🗝️
@@user-px9ei5bh5e oya siko biri, ahubwo Satani yanga umuryango, iyo abawugize badafitanye ubusabane n'Imana ngo ibubakire, kubaka umuryango birananirana.
pole sana mum warahangayitse p uwo mugabo wawe yakwishe uhagaze akwica mumutwe araguhangayicyisha kujyezanaho aguteza umwana ngo akujyirire nabi yarakwanze ninumugome cyane pe ikindi yaguteje iyicarubozo mumutwe wawe bijyira ningaruka kuruwo mwana wawe wavukanye ubumuga bwo mumutwe nihungabana ryagukomotseho ryatumye uwo mwana avuka ameze gutyo pe
Wa mudamu we rero Imana igufiteho umugambi ukomeye kuko Imana yarakwiyeretse mu ribyo bibazo byose wowe shaka Imana izakwambutsa iyo nyanja
@Rose ndagusuhuje mushiki wange, Imana izakurinde izo nkuru ukunda kumva ntizizakugireho ingaruka, uzajye usura abaganga babihuguriwemo cherie.❤
Komera pe, ihangane,,😭😭😭 humura Imana irabibona kdi Uwiteka azaguhoza ayo marira yose😭😭😭😭
Uwiteka arangije iki kigeragezo kandi uzagaruka umushime kuko niwe wenyine ubigukoreye naho inzego zo ntacyo zari kuzakumarira...igihe cyawe cyo guseka kirasohoye ugiye kureba ibyakugoraga ubibure.
Yooooohhh Imana iguhe umugisha muhanuzi w'Imana
Ndabuziconvuga koko😮😢 mana garukira abagore bose bababaye amen
Komera Mubyeyi,
Imana Ikomeze ibe mu ruhande rwawe🙏.
Guma ku rugamba nutagwa isari uzasarura, igihe wihanganye nicyo kinini
Ingo zikigihe nibibazo gusape! Njye harabonzi Umugabo aherutse kubwira umugore ngo Indayamubyaye iyivamo, kdi harihashize n' Iminsi micye ngo amubwiye ngonamukubita azamushyiraho ikimenyetso kizatuma umuntuwese amureba amwange kdi babyaranye abana ba 2😢 sha satani yateyemungope! gusenga Imana
Jew nifatiy ingingo yukurekana nicitwa umugabo. Nfsh singing yukwirerera abana kuko umuntu akubwiy kwazokwica, azogutunga uri ikimuga atakwihanganiy ugikomey. Ko mbona uko dukura ariko amagara atugora. Vyarangoy ngitangura urugamba ko kurera abana jenyen kandi ubu ndashima kuko bakuz bagez kaminuza natanguy kuturera ari uduswi women go nari naraturubuy😢
Mubyeyi ndakumva cyane ,iyo bagiye muri mission bamwe turaruhuka byibura uwo mwaka, ubundi baza bikaba za nduru nayo bakoreye bakayajyana mubazi kuyarya neza ,kandi iyo yarangiye bagaruka murugo amahoro tukisubirira muri rwaserera ,komera mubyeyi.
KO numva unteye ubwoba knd ngiye gukorana ubukwe numwe muribo mbisubike?
Humura 😃@@nzayisengaodette8345
@@nzayisengaodette8345ntabwo abantu bose ari bamwe Chr hamwe no gusenga Imana izaguhe urugo rwiza pe uzahirwee
@@nzayisengaodette8345,oya chr Bose siko bameze humura,ikomereze ubukwe rwose buri muntu agira uwe musonga ntiwishyiremo ko nawe bizagenda nabi
Nange sha ndumva ngize ubwoba kd nange dufitenye ubukwe@@nzayisengaodette8345
Uruhare rwawe nukwihanganira ikibi bagore mujye mwihagararaho kko ubuzima bwagasuzuguro nibwo bubi kurusha ubukene
Yoooooo pole Mama mwiza! Komera cyane kandi ihangane ushake ubutabera! Mudugudu siwe ngombwa rwose! Imana ikugirire neza mubyeyi!
Uwiteka haremye ijuru niisi utabare uyu Mama werekane ko uri Imana knd umukirize umwana umugarurire ubwenge kugihe , Mana uri umunyamaboko nziyuko umugambi wawe ntawawuhagarika knd ushobora byose
Komera Mama Kandi wakire ubuzima urimo wumveko Imana ariyo yonyine ihindura amateka, kuko iyo uhora mugahinda urira cyane nawe ubwawe uba urimo kwiyica bikamushimisha rero ihangane wiyakire wirinde kuguma urira ahubwo byose ubirekere Imana niba Uyizera.
Yoooooooooooo, Ihangane mubyeyi urababaye cyane peeeee, gsa Imana nigukomeze ikomore inguma kDi ikore igikwiriye mubuzima bwawe🙏🙏🙏
Mubyeyi ibyawe biteye agahinda ariko komera imana irakuzi iyakurinze kumukubita wamuhini inyuma niheza
Pole mubyeyi ibyawe ndumva Ari nk,iby,umuryango wanjye umusaza wacu wagira ngo Ni photocopies y,uwo mugabo wanyu mu mico mu migirire ,imikorere b,ubukozi bw,ibibi ariko pole Imana urabizi kdi izaguhora iruhande!
Cyakoze utumye nkomera pe..wagirango nubuzima bwanjye neza..gusa nukwihangana nanjye narumiwe,,cyakora nanjye harubwo numva ngiye gusara..
Yooooo impore shenge Imana ikomeze ikorohereze sha gusa birakomeye ntakutagize warihanganye amaherezo c kwazakwica nubundi konumva yakumugaje nyabu nushaka muzatane Imana niyo ibeshaho byibura iminsi usigaje ukayimara wishimye utari mugahinda nimibabaro yumubiri itakoroheye komera bambe❤
Pole Mama ❤
Pole Maman nturumwe, ahinda kari mukutwegura.
Imana yaremye isi nijuru iguhoze amarira watewe na dayimoni iyobora uwo mugabo wakubabaje ubuzima bwawe bwose. Komera cyane mugore mwiza urintwari muzindi ❤❤❤❤ ❤❤❤
Mbega urugo rw,umwaku weee!! Ndakwihanganishije mubyeyi Imana yoroshye imisonga mama, kuko ibyawe biragoye kubyumva yuko bibaho. Rosa mwiza izinkuru zacu zikuriza uzabona umutwe!! Bisaba kuba ukomeye k,umutima kuko nanjye ndabyumva bikandenga🙆😭 Imana itabare ingo zubu kuko n,umuriro gusa.
Rose, mukwiye kugira umu psychologist hafi kugirango afashe abatumirwa bamwe muba mwahuye. I love your show
Pole mama! Hari abagabo b'inyamaswa. Nubwo n'abagore bamwe na bamwe atari shyashya ariko ingo nyinshi zisenyuka kubera abagabo. Aho gupfa rero wamuhunga kuko upfa none ejo agashaka undi.
Imana irakuzi mum,Ariko uwo mugabo ntazava ku isi atishyuye byose.
Imana ibaje imbere , Rose nawe ndamushimiye kuri iki kiganiro , ingo nyinshi zibamwo amatiku
Muraho neza rose
Uwo mubyeyi akomere cyane gusa ndamugira inama yo gusenga kuko ndabizi neza ko Imana ihindura amateka nashaka aho yasengera nahamubwira
Ndangira
Ihangane mubyeyi mwiza Imana izakomore kuko warababaye birenze ibikenewe impore Maman
Yoooooo IMANA yarakoze kumuha kwihangana,,😢😢kndi Imana ishimw araruhutse kuvug inkuruyiwe😢
💔💔💔💔💔💔💔💔💔💔💔ako mana ndababaye peeee.Imana ikurenganure mubyeyi niyo mukozi wumuhanga
Uyu mugabo natihana azashya 2 puuuu impore mubyeyi mwiza mu ijuru hari Imana ihindura ibyanze guhinduka. Izagutabara ndayizera cyane.
Menya uri umunyabibwe, ni bo bazi kwizirika ndetse ubwo bupfura bukaba bwaguteye kudashaka kugaragaza isura. Imana Iguhumurize rwose
Ntiwumva nimvugo ye nuwi bibwe
Ndabafashe sha murabiwacu
Aho nihe ?🫣
@@immaculeenganyira2969 ni muri congo (nord kivu)
@@triceshow3962 kbsa udufashe utirutse twahise twigaragaza
Yoooo pole disiii Imana igukomereze umutima but Aba mama ndabisabiye plz plz 🙏 mureke kwizirika kubera gutinya wibaza ubuzima uzabamo 😭 ntakintu kibi mubuzima nko kubaho utishimye ubana nagahinda wabaho wenyin mubuzima bugoye ark ntamuntu ugutesha umutwe , sindashaka ark nibaza niba harabagabo bazima bakibaho ???? Niba arukubera kumva stry nyinshi zibabaje mbanumva naranze igitsina gabo pe💔💔😢
Mwiriwe dear abagabo beza bariho rwose rekagutinya ahubwo uzasenge Imana iguhe uwanyawe ,kd Impore mubyeyi
Sha nanjye nuko pe mba numva ntamuntu wubatse wishimye kubera izi temoignage namaze kwangirika
Turahari twishimye
Abenshi ntuboroshye numwe kwijana muzima. Niba wowe wishimye jya ushimira Imana kuko wishimye.
Sha mwabakobwa bwe ribara uwariraye kuko umugabo muzima numwe kwijana😢😢😢.gusa kwihambiranaho ukageraho wicwa na dépression nabyo nubujiji
Nukuri imana iguhe kwihangana urintwari pe Rose nyagasani aguhezagire❤❤❤❤
Iyi gahunda ninziza yo guhisha isura abantu bazaza aribenshi
ARIKO SE ROSE KOKO WOWE IZO INKURU ZIBABAJE GUTYO UBA WUMVA NTIZIZAKUGIRAHO INGARUKA??? GUSA NDAGUKUNDA KANDI NDAGUSENGERA CYANE 🙏🏽🙏🏽🙏🏽KOMEZA URUKUNDO GUSA UFITIYE ABANTU❤❤❤
Yooo Yesu Weee 🙌🙏Rose Je t'aime tellement ma belle Je le dis souvent , t'es vraiment les roses Ufite Umutima W'imana Nukuri❤ 🌹🌹🌹🌹💐💐💐💐🥀🥀🥀🥀🌺🌺🌺🌺🌷🌷🌷🌷🍁🍁🍁🍁 Maman Humura Hejuru Hari Imana itabara Hallelujahl🙌🙌🙌🙏🙏😭😭😭😭 Halleluuujah. Grâce From Belgique
Impore shenge Uwiteka aguhire aguteteshe mukobwa mwiza Nyagasani akubere Umurinzi nigisubizo k'ibibazo uhura nabyo byose bizagenda neza kubera Imana yakunze abari mu isi cyane byatumye itanga umwana wayo w'ikinege kugira ngo umwizera wese atarimbuka ahubwo ahabwe ubugingo buhoraho Yohana 3 16 ❤️❤️❤️❤️ ngukunze cyane humura byose Imana
Pole sana mubyeyi.Imana yo mwijuru Izaguhe umunezero Iguhindurire amateka.
Mubyeyi komera kandi ukomere kubana bawe. Uwo mugabo mwatana mwagira na we ujye umusabira umugisha buriya na we yarahungabanye.
Rose twiganye courage mukobwa mwiza nishimiye cyane iterambere wagezeho
😮ariko uwo mubyeyi nintwari nakomere isi niko iteye bamwe barahirwa abandi tugahura nibizazane
Impore mama yesu aragukunda Kandi ntakabura ihereza,impamvu utapfuye haracyari ibyiringiro byuko uzanezerwa .
Yooooo urababaye mubyeyi gs komera imana izi impamvu yabyose
Impore Mubyeyi. Kandi Uwiteka ujya urengera abantu mu bihe bigoye akwiteho nukuri
komera, komera maman
Rose, uzamugarure atange inama ku bakobwa n'abandi ba mama bahura n'ihohoterwa
Ihangane cyane. Ariko uzi kwihangana pe. Inzira nkizi zose nugukunda umugabo gusa . Urumva ko wavanyemo ubumuga . Abana bawe wanambiye bazaguhoza amarira . Gusa nakugira inama yo gucaho da
Impore mukobwa wa Yesu❤
Imana izakurengere 🙏
Baramuroze: akawunga tubeho neza imodoka RiB nifate iyo modoka ikurwemwo ubukode! Zigama ccs niyifate iyihe uwishyura kandi coat raw nibatandukanye
thx,Rose sinzi impamvu sigaye numva nkukunze cyane ibyurigukora urikubishyiramo ubwenge bwinshi
Mpore mpore Mama kubabara siko gupfa Imana humura izagutabara ni ukuri.
Humura🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾
Ariko abasirikare we mubyeyi ndakumva neza cyane kumushaka nukwimenyera byose ukagerekaho nibyo byose wavuze
Ibyo nibyiza cyane.sibyiza ko buri wese yigaragaza.nanjye inkuru ndayifite.bebe wize muri lycee des nyanza
Rero madame reka nkubwire urwo rupapuro utegereje mu mudugudu nuburenganzira bwawe bwo gutanya hanyuma numva wasabako aruwo mugabo wasohoka wowe ugasigara kko ku musozi wiwanyu barakumemunyereye kdi akaba ari wowe murinzi wubutaka bwabana nahubundi uzasanga yabutanze
Rose kbs ako kantu ni sawa harigihe umuntu avuga ubuzima bwe rubanda bakabyuririraho bamufata uko atari ❤
Muraho. Ihangane ujye usenga umugabo umukireho umutima. Imana niyo nkuru. Urebe aho wirwaniriye uyisabe imbabazi irashoboye.
Mubyeyi ,nkunda cyane Imana izakomeze. Ikurinde Kandi ibyawe izabishyireho iherezo Kandi ntuzave murubu buzima. Udahojejwe ayo marira , Ndagukunda cyane , uri intwari warihanganye ,bya kibyeyi ,gusa noneho. Urananiwe , ni bagutabare. Nukuri.
Abifuzako uyu mu maman twamufasha tukamuhindurira ubuzima tumenyane
Sinzi uko twabigenza kugirango tuvugane
Byakorwa mu bwenge kuko bene uwo amenye ko afite n’igiceri yakimwaka akamuhitana pe
@@3bbrightbravebrain994 nibyo pe yarambabaje ubushobozi bwajye jyenyine ntacyo byamumarira
@@3bbrightbravebrain994 nibyo pe jye jyenyine ayomfite nimacye ariko turi benshi byamuhindurira ubuzima
Mana weeee humura Imana nyirimpuhwe ireba byose Kandi ubuzima bwawe buzasoza neza. Wenda numugabo azahinduka
Imana yomora ibikomere,igusange mubyeyi,iguhumurize,igutetes he,iguhe icyanga cy'ubuzima,mbigusabiye nizeye Amen.
Amen
Imana ikorohereze , Ikurinde kndi ikube hafi. Urintwari❤
Rosa Jya ugerageza gushyiraho number zaba ba Mama hepfu muri Description icyo dufite tubafashe nukuri
Ahubwo duhember yawe tuzaguhe nabandi bafite Depretion
Reba neza iriho niyo ibanza
Number yayitanze
ihangane bibaho kwisi nikobigenda uwomugabo na nawe Imana izabimubaza isintisakaye iyakunyagiyenawe izamunyagira kandi azagusaba imbazi komeza wihangane bizashira nisaha itaragera urababajepee numwana wibyariyekokope birababajepeeeeeeeeeeeeee
Komera mama. Haguruka yisabe igufashe usabe Divorce. Nicyo gishoboka. Uzatange ikirego kivuga ko umugabo atita ku nshingano z'urugo. Ntaruhahira kandi araguhohotera akagutoteza. Aguhoza ku nkeke
Muvyeyi ufise ukwihangana.uri number 1.kandi nizeyeko Imana izokunezereza kuko werekanye ubutwari butadasanzwe. Abagore benshi tukurabireko akarorero hama canecane tuje mu mashure kugira uburenganzira bwacu. Uyu muvyeyi tugerageze tumuvugishe. Uwo mugabo n'umusalaba wawe Kandi Yezu azowugukiza.
Mpore mpore uwiteka azakugirira neza ntabwo wopfana agahinda nkako igira neza❤❤❤❤
Impore mama❤ Uwiteka azaguhoze amarira yose kumaso yawe.
Mana yanjye kuki harabantu babaza abandi koko💔😭😭😭😭 be strong mama😭
Muvyeyi, wihangane pe, wararushe. Ariko komera urondere gatanya. Ntakindi wokora.
Imana ikomore mubyeyi urintwari kd ndabizi Imana izaguhozamarira warize nukuri❤
Rose ngushimiye cyane uburyo wakoresheje iki kiganiro kuko hari benshi ufunguriye amarembo😢gusa ndababaye ndababaye ndababaye ubyumve.narinziko arinjye warushye none arankomeje.nakomere nakomere nakomere
Humura mama!!!!
Impore mugore mwiza ndagukomeje ❤❤Ariko abagore rwose bareke gutinda mu ngo bababariramo bigeze aha! Kuba mu gasuzuguro ngo muri kwitangira abana, ubundi mugahitamo kubabazwa kubera gutinya ubukene muhunze ntabwo bikwiriye! Ese ubwo muba mutekereza ku ngaruka mudafiteho ubuyobozi ziterwa no kuba mu gahinda gahoraho? Ibintu mwemera bigaragaza kwiyanga ubwanyu, uzaba utikunze se ngo umugabo niwe uzagukunda? Muhagarike gushinga ubuzima bwanyu abagabo maze mwimenye! Umugabo akubere inyamaswa ngo urihangana ibyo n'ibiki koko? Hari ibintu bimbabaza by'abagore nkumva birandenze!!!!
Babyeyi mumfashe dufatanye dufashe uyu mubyeyi ufite 5000,1000,10k uyu mu mama buri urebye iki kiganiro agize icyamuha yabona impamba agashobora kwibeshaho nabana,uwiteka akabihererwa icyubahiro.
Yakubwiye ko akeneye frw?
Mb koko abantu twabay dute koko es urabonak uwumubyeyi adacyeney frw?byose arabicyneny
Humura bambe kandi komera peee lmana igukize ibikomere byose watewe nurushako kandi igukize nubwo burwayi mwizina rya Yesu.
Mana ishobora byose 😢 imana iguhe imbaraga Mubyeyi ndumva mbuze icyo kuvuga!
Thanks rose wabikoze neza pe❤ uzabikomeze ntukaberekane pe
Rose yumva umutumirwa nkanyurwa
Imana izabikwibukire❤️❤️
Imana nzinza irahari humura rwose Kandi irakuzi ,ndahishimira ukuguha urubyaro
Wamubyeyiwe pe ibyuvuga nukuri pe !! Gusa senga ndabizi imana injya ihoza amarira abaje bayitabaza.irakuzi kandi iragukunda
Impore maman egera imana cane uzaruhuka ibyo nkubwira niko kuri
Yoooo impole mubyeyi Yesu abane nawe akuremere ubuzima bushya satani niwe umukoresha gusa mwijuru hari Imana
Komera mubyeyi Imana yo mwijiru ica urubanza rutabera ikurenganure
Pole wamubyeyiwe warababajwe pe .Kandi ubu wasanga hari nabandi bari muruyu mubabaro harya ubwo umuntu aba ategereje iki muruwo mubabaro
Uyu mubyeyi yihangane cyane Rose
Rose Imana izakumpere abana sweetheart ♥️
Imana igutabare pe mpise ngira ubwoba ahubwo yakumva nijwi akakumenya Imana ikurinde nabana bawe
Ariko se aba bagabo ba abasilikare ,basigaye bararwaye iki ko ari benshi nzi bameze gutyaaa
Impore mama lmana izi icyo yakugambiriyeho kandi yumva ababaye twagize agahinduramo ibyishimo😢
Impore mama Imana ikikurinze izaguhe iherezo ryiza
ihangane mubyeyi komera Imana irakunda ntacyo uzaba
Imana ikurengere mubyeyi mwiza🙏🏻🙏🏻
Impore kibondo mwijuru hari Imana ihanagura amarira
Ihangane mubyeyi nakateye,abagabo wagirango baremye mubyaha
Afite shitani. Imana izamugenderere. Gusa ndumva gutana ari ngombwa
Humura Mama Imana ikurengere warihanganye ariko isunge amategeko akurenganure
Rose❤Usigaye ukorera ibiganiro ahantu heza vraimemt 😘
Impore Imana izibyose knd nkumbwira ngo urintwari cyane
Impore mubyeyi ibyishimo utabonye kuri uwomugabo uzabikura kubana ntabwo Imana yababaza umuntu iteka humura shenge
Rose Shyiraho number yawe! Tugihe ibitekerezo bitajya muri Coment! Kuko uyu mubyeyi ashobora kwicwa! Kdi apfuye byarageze hano byaba ari uburangare! Kuko ntazabura kumenya ko umugore we yakoze ikiganiro.
Ihangane usenge Imana ikunda abihangana ❤❤
Imana izaguhoza amarira
INKURU YAWE MUBYEYI ITANGIYE KUMPUNGABANYA ITARAMARA N'IMINOTA 5😢