Ap. MIGNONNE Yakiriye Couples zifite UBUHAMYA butangaje/ WARUZIKO waba ikibazo murugo ntubimenye

Поделиться
HTML-код
  • Опубликовано: 13 фев 2024
  • WIFUZA GUKIZWA CG GUTANGA UBUHAMYA BWAWE (INKURU YANJYE) WAKORESHA IZO NIMERO ZIRI HASI Cyangwa, WIFUZA GUSHYIGIKIRA UMURIMO W'IMANA
    _______________________________________________
    MTN Mobile Money : +250 788 20 8757
    Airtel Money : +250 733 049 049
    _______________________________________________
    Ushaka Gukoresha Western Union cg Money Gram watubaza kuri izo nimero, Ushaka kubana natwe kuri watsapp Group Nyura hano: chat.whatsapp.com/FHRYGoxn6MW...
    #Irene_0788208757 #Bohoka

Комментарии • 46

  • @yusufbahati7264
    @yusufbahati7264 4 месяца назад +4

    Iyi couple yabera benshi urugero, ariko cyane cyane umugabo wemeye gutanga! Ukareka inzoga kugirango ukunde umugore wawe. Glory to God.

  • @oliverkansiime118
    @oliverkansiime118 4 месяца назад +1

    Ikintu ndiho ndibaza kuko muri Adventist vraiment harimo gutoza abana ndetse no gushishikariza aba kristo gusoma ijambo /bible verses soit Quarterly Sabbath studies donc birantunguye kandi na mwuka Wera Ntaho ataba iyo wiyambaje Imana ,ndibaza ko donc hari kuba umudventiste /utegereje nyawe no gusengera muri Adventist.Imana ikomeze ibashyigikire ndabakunda 😊

  • @BetterMe-px9ws
    @BetterMe-px9ws 4 месяца назад +21

    Ikibazo abagabo benshi bagyendera mu bigari,ugasanga har umugabo udaha agaciro umugore we,akumvisha n abandi bagabo ko umugore atagomba kuvuga imbere ye!!n undi upfa gukurikira ntashyire mugaciro ati nanjye ngiye kubikurikiza aho kugirango ahe inama uvuga gusuzugura umugore,Bagabo kunda urugo rwawe kuruta ikindi kintu icyo ari cyo cyose,nurwara niwe uzakurwaza,nukena niwe muzabigendanamo,inshuti zirahinduka!

    • @irereghyslaine6228
      @irereghyslaine6228 4 месяца назад +1

      Uko nukuri cane nico gituma huzuye ama divorse

  • @mushimiyejulienne2741
    @mushimiyejulienne2741 4 месяца назад +11

    Kuki Jentille avuze ko yabibitse ntihagire ubimenya mukaba mukomye amashyi kweri😢 turacyari inyuma mumyumvire.ibyo birica ninayo mpamvu byamurwaje Iyo abasha kubohoka ntayari kugera aho arwara kuko yarikuba ari gusohora umubabaro we.Imana ishimwe ko yatabaye .iyi couple narayikunze cyane kuko ivuga ukuri ariko dukosore ibyo guceceka kandi uri kumungwa sibyo mwibiha amashyi

    • @jahbless4997
      @jahbless4997 4 месяца назад +1

      shn uvuze ukuri kubika umubabaro birica cyane nanjye byambayeho nubu sindakira ndacyahanyanyaza Uwiteka Ajye Aturengera

  • @mimymignonne3367
    @mimymignonne3367 3 месяца назад +1

    Wow Joëlla ndishimye kukubona

  • @oliverkansiime118
    @oliverkansiime118 4 месяца назад +1

    Sometimes guceceka hari aho birinda gusenyuka kumuryango mais harigihe nawe depression /suicidal thoughts Imana ninziza ko yashyizeko iherezo

  • @Vishia140
    @Vishia140 4 месяца назад +8

    Ati tukajya kuri beach disi uri mwiza cyane ubereye gusa neza hari ukuntu usanga umuntu Imana yaramwihereye

  • @oliverkansiime118
    @oliverkansiime118 4 месяца назад +1

    Amen nukuri nubuhamya

  • @user-zc3zf8cn9k
    @user-zc3zf8cn9k 4 месяца назад +1

    Christian na Toto ndabishimiye cyane

  • @abrahamuwiringiyimana23
    @abrahamuwiringiyimana23 4 месяца назад +4

    Iwacu I Kamatsira😢 Sha ndahazi nukuri Rambert Imana yamugiriye neza cyneeee ndaryohewe

  • @oliverkansiime118
    @oliverkansiime118 4 месяца назад +1

    Absolutely guca bugufi 😊

  • @scholastiquemukambabazi3819
    @scholastiquemukambabazi3819 4 месяца назад +1

    Félix Wwwww !!!! Yesu Aguhe umugisha !!!

  • @sumutunge
    @sumutunge 4 месяца назад +5

    It is very important to accept being vulnerable!

  • @Vishia140
    @Vishia140 4 месяца назад +6

    Mbega inkuru inejeje Ndanyuzwe reka nicare numve

  • @audreyumutoni5545
    @audreyumutoni5545 4 месяца назад +2

    Nkunze uku P Felix yaje gusobanukirwa ko adakwiye kumva abandi more than 2 hours yarangiza ntiyumve umugore yashatse 30min.

  • @user-zf3le2lp6z
    @user-zf3le2lp6z 4 месяца назад +2

    Couple yanjye exactly nyumvise muri izi

  • @user-mz5ds4ps2b
    @user-mz5ds4ps2b 4 месяца назад +3

    Mbega ibintu byiza 😮

  • @oliverkansiime118
    @oliverkansiime118 4 месяца назад +1

    Naryohewe nubuhamya

  • @arseneoliviernijimbere6702
    @arseneoliviernijimbere6702 4 месяца назад +3

    Abo Yesuu yagiriye neza weeee nibo bariko bavuga ubwiza bwiweee

    • @uwizeyimanajeanne2560
      @uwizeyimanajeanne2560 4 месяца назад

      Ariko nibyo muvandi,uwakomeretse agakira niwe uba ufite ibihamya bifatika,,ariko ugikomeretse ntabasha kuvuga nukuri

  • @Vishia140
    @Vishia140 4 месяца назад +9

    Ibaze imyaka 11 ibiri akaba ariyo Wumva ko wubatse ubwo 9 ko byari AMARIRA

    • @placidehabineza982
      @placidehabineza982 4 месяца назад

      Birasanzwe cyane. Ahubwo naba n'aba ngaba ubu bari mu buryohe. Za ngo ujya wumva zisenyuka nyuma y'imyaka 20 cg irenga, burya ziba zarabayeho mu ngorane iyo myaka yose, gusa ababireberaga inyuma bakaba barabonaga ari ingo nk'izindi.

  • @user-us3rb7mt1g
    @user-us3rb7mt1g 4 месяца назад +2

    Hi
    Félix

  • @giramahorocynthia1358
    @giramahorocynthia1358 4 месяца назад +1

    Hose nabagore bagogwa,,barigorewe!nicombonye

  • @jeannemukeshimana4501
    @jeannemukeshimana4501 4 месяца назад +1

    Gentile urintwari ndagukunze❤

  • @Vishia140
    @Vishia140 4 месяца назад +4

    Mpise ngira amatsiko nubwa mbere numvise umuntu wemera ko murugo hari ibyatuma barwana ariko babicoca reka numve

  • @NaomieMasoka-xp4ob
    @NaomieMasoka-xp4ob 4 месяца назад +7

    Shalom ncuti zanje,ndashimye ko numvise iki kiganiro ariko mfise ikibazo kuri mama pasteur joella mumumbarize ati imyaka yose wamaze muri Adventist church ntabwo wigeze wiga kuri mwuka wera?nta bible basoma ukumva amasomo canke se wakuriye murushengero ariko utari connected ahubwo ujayo kubw’abavyeyi?kuko ivyo uvuze binteye gutekerezako abantu bahita biyumvira ko muri church wavuyemwo batigisha Bible

    • @mediaumurerwatv375
      @mediaumurerwatv375 4 месяца назад

      I guess ko atashatse kuvuga ko muri SDA batigisha Bible,ahubwo ashobora kuba yari mu idini ariko Atari connect cyane n'Imana akabikora kubw'ababyeyi abantu benshi batarasovanukirwa bibabaho! Hari ikintu amadini mbona yibeshyaho cg se Twebwe ubwacu,Maze kubona ko kwemera umwami n'ukiza Atari ukubatizwa gusa! Kuko Hari benshi babatizwa ariko badafite Imana muribo🙈🙈ntabwo rero kuba mu itorero biba bivuze ko uri umu christo.thank you for this couples❤️❤️

    • @rutagandaderrick2205
      @rutagandaderrick2205 4 месяца назад

      Imana ishimwe kurimwe mwateye intabwe yokubahana nogutanga ituze mumuryango
      Gusa ingo nyinshi zirababaye cyane mwijoro kurusha uko tuzibona kumanywa zagenda zishimye Kandi zirimo gusenyuka

    • @oliverkansiime118
      @oliverkansiime118 4 месяца назад

      Nange niko nibaza ko yasengera muri Adventist mais muri umu Adventist nyawe asoma ijambo ,ibyigisho bya buri munsi detse na Sabbath school kwisabato mbere yiteraniro .Bless you

  • @mukamurenziesperance4663
    @mukamurenziesperance4663 4 месяца назад +2

    Felix wigikondo,huum

  • @lindakaka1754
    @lindakaka1754 4 месяца назад +2

    Ariko umugore utegeka umugabo ibyo yambara,sibyo. Thats controling....

    • @DuduGloria
      @DuduGloria 4 месяца назад +5

      Ni Care mugenzi wanje

    • @jocelynetity5808
      @jocelynetity5808 4 месяца назад +1

      Oya we,nukwanganga ko agenda atameze neza,nukumwitaho

    • @uwiringiyimanaclarisse7372
      @uwiringiyimanaclarisse7372 4 месяца назад +4

      Yewe umugabo umuretse akambara ibyo ashaka wazumirwa
      pee 😂

    • @ntambarafelixfelix4283
      @ntambarafelixfelix4283 4 месяца назад +3

      Ntabwo ari muburyo bubi, ahubwo, yakomeje kungira inama yuburyo naberwa. Ahubwo ndamushimiye.

    • @claudineingabire4388
      @claudineingabire4388 4 месяца назад

      Hari abagabo batazi kwambara peee uhuye nubizi nibyiza ariko utabizi ueamufasha cyane ko iyo yambaye nabi baseka umugore ko atakwitaho

  • @user-yl3ee3sz9o
    @user-yl3ee3sz9o 4 месяца назад +2

    Sibyiza mwana w'Imana kugereka. Akaguru kukandi noneho uri nabagabo byerekkanna ubugale cg ubushegabo murakoze