NAGUZE IMODOKA NDI UMUKOZI WO MU RUGO|No muri OMAN ntwara imodoka|Ndacyitwa IKINYENDARO n'uyu munsi
HTML-код
- Опубликовано: 27 июл 2024
- Niba wifuza kuvugana natwe, duhamagare kuri: +250784838126
☑️ISIMBI PICTURES: / isimbipictures
☑️ISIMBI TV: / isimbi__tv
☑️ISIMBI WEBSITE: isimbi.rw/
#IsimbiTV_0784838126
Ndumurundikaz vyukur mubarab uz icakuzany urapampan pe amaher akabonek.imodok nibint bito caaane.mugih wahuy numuryang mwiza.tekerez. Kugur ikibanz c'ibuja ugatak ukanubak reo mubarab bisab kwihangan ukameny icakuzany.mur mak bisab kwitahur.ark har nigih ushikir mumuryang mubi vyukur kwihangan bikank muricogih vyukur bisab izind mbarag n'uguseng caaaane.abahaboney umugish tumenyan🎉🎉🎉🎉
Abantu twagiriye umugisha mubihugu vy'abarabu tumenyane❤😊
Amena😍😍😍😍😍😍😍
Am here
😂❤
Am here
Ndahari
Waoh hajyati shahu congz dia Allah akomez aguteze imbere
Ariko iyo ufite umutima wokwihangana ugakora cyane bano barabu baragukunda.kandi iyo ufite jestion nziza yumushahara wawe imodoka urayigura.nanjye ndayigura vuba cyane kubera Imana.mwarabu yubawe rwose❤❤❤❤
Twiteze imbere bana bacu hano mubarabu tubakoremo akazi
Mwarabu yubahwe chia uyishaka 10 months saraly ago waba waraherwye ho yose imodoka wayigura da ufite ibyangobwa GS abenshi babanza kubaka cyane abamama bafite abana
Ntiwumva rata ninkanwe tuba dukeneye, positive energy hama tukagera hejuru cyane 👍
Hagiye umuntu umpa number uri Oman ko mushaka koko
@@user-uu7fx6zs5r uramushakiriki ngo ngusobanurire ko arihondi.
Nanje ndiko ndubaka inzu nziza cane iBurundi❤❤ ndi mubarabu
Courage
Nanjye se wanjyanye
Hadjati yooo tera imbere wibuke aho wavuye rwose l love you ❤️❤️❤️
Sha iyonkubona naguha aga fanta kuko vyose uvuze ukuri pe 🎉🎉❤❤
Wamugorewe urabeshye cyane
Sha byo arabishyep ahubwo navuge koyatoretse akajya mumuhanda 😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Ntago abeshya aravuga ukuri nibyo
Abahiriwe nabahagorewe bose barahari muri Oman kimwe nuko ahantu hose abantu beza nababi hose bahaba tutirengagijeko hari nabahagera bakigira nabi arko umwarabu mwiza we ntacyo wamunganya ❤❤❤ umuntu ukumenyera burikintu cyose A to Z akanaguhemba neza cha bubahwee❤❤❤❤❤
Uvuze neza disi je nabayeyo abeza baho baruta abeza bo mur afrika .umubi nawe muhuye wokwibaza kuhuye na satani yigendera.
Cyanepe umwarabu mwiza aba ari nkakamalayika arko umubi nawe aba ari nkigishitani mbese uwahuye nababi abanga urunuka arko uwahuye nabeza abakunda byimazeyo nkange mbese 😂😂
Masha Allah keep it up ❤
Imana ijye iha umugisha banyogokuru bagirira ibambe abuzukuru babo nkaba baba baraciye mubuzima nkibu
Welcome Sabein uwo mukobwa tubona amafaranga peee oman ntibakahavuge nabi peeee❤❤❤❤❤
Ooooh hadjat ndishimye ko ngera kukubona nibyiza nukuri uravuga ukuri kd kuzuye oman niheza ntakibazo rwose tubayeho bien gusa amahirwe sahira bose ariko abo yahiriye batera imbere pe iyo utari umunebwe love safi❤
Ese muri omani ntagitsina gabo kijyayo kombona abagore aribo bajyayo
Hadjati mwana wiwacu komeza uterimbere cyane wangu
Akazi ko mubarabu iyo ugiye uzi ikikujyanye utera imbere, courage muvandimwe komeza utere imbere
Muduhe numero
Courage nukur niwoe tubadushaka ureke abatameny icyabajyanye
❤❤❤❤ abagize umugisha mubarabu tumenyane😊😊😊
Umuntu ukwanga akuvuga ibyo ashaka sha,pole chr
Ibi nukuri ahobamwe baronkera niho abanndi baburira❤😊
Uzi icakuzanye urakira cyane,Ahubwo inzererezi ziza zitazi icyo zije gukora nizo zisebya ibihugu byabarabu
Courage mwana wiwacu ❤❤❤❤
I'm so so so happy my big sister ❤❤❤❤❤❤ congratulations kamakura meza uba usakaje wllh I'm happy for u 😊 sabe mwabikoze neza cyne ayamakuru niyo yanyayo ureke zanshinzi zirirwa zisebya omani ngonihabi ni igihugu cyiza kd kidufasha gutera imbere thx safboo kumakuru meza usakaje kd yukuri gahunda ni terimbere mwiza wanjye 😊😊😊😊😊😊😊
My chocolat ❤ ndabakunda kbs
Love u too mukazana wamama
😢ndagushimiye cyane safi urumunyakuri pe omani haraho ikuye naho ijyejeje
Ubu ntiwasanga nawe acuruza abantu ko numva ngo barabacuruza muri oman ?
Komera Kandi unjyembere ,natwe bamwe dufite amateka akakaye gusa Yezu Kristu yaratwomoye , nyumayogukometeka havamogukomera
Sabin Aupair& nanny gahemba million per month ubaze mumanyarwanda ndavuga kurera abana niko kazi keza cyane uwo mu Manan ndenera ibyo avuga niko kuri ibyo akora ni akazi keza cyaneeee
Cyangwa uyu mu maman nawe ari mubatwara abana Oman kuko yabeshye avuga ko yagiye guca Uganda kuko afite yo mubyarawe, none yaragiye guca Kenya kwend iki kuki atagarutse mu Rwanda cg ngo ategere Uganda. Uyu wasanga ari mubatwara abantu hanze. Arabeshya ukurikiranye ijambo kurindi harimo ibinyoma
Kajyire inkuru wumvishe hari office afite ijyana abakozi murwa kuricyirana icyiganiro neza wumve 2015 yajyiyeyo gutembera kandi yacuye kucyibuga cyo murwanda kojyera kujyicaho rero biroroshye kuko nubundi yahawe mbere visa yomubwarabu ndumva kuba yaca Uganda cg Kenya aruburenganzirabwe
nanjye niko nabibonye baza bijyize beza ngo baje kuvugisha ukuri babeshya nawe arabacuruza ibyo yavuze byose byerecyeye oman harimo ibyo ntemeye
@@user-qv3dd8iu5dumuntu wajyaga gutembera c ni gute yakennye kugeza aho agiye gukora akazi ko mu rugo? Mujye mushishoza banyarwanda uyu muntu arabeshya ahubwo bamukurikirane
Sabin, Imanibahe umugisha, nange nzaza muruku kwa 3 ndifuzako uzampikiganiro nzemvuge ibyiza bya Omani kuko tubabazwa ninyanda ziza zitazanywe nakazi zizanwa na 2, batahuza na Condition zabalabu ngo Nibabi mubyukuri Omani ntaribi ryayo iyo witwaye neza, uzicyakuzanye.
Yego Sha ukuntu bahavuga nabi nukuntu haduhinduriye ubuzima nange niho ndi chr
Welcome murwanda chr kd nubona arinangobwa uzaruhuke usubire mukazi chia
Inkuru yawe isa nkiyajye gusa lmana iracyiza humura
Imana iguhe umugisha
Ubu ndishyurirq abana banjye mubigo byiza nujuje inzu yanjye mu Rwanda 🇷🇼 ndi hano muri Oman ❤❤❤❤❤❤
Nanjye nihondi natagiye kubuka amashuri yabana yo amaz nez umuryango ntakibazo ubu zima bwarahindutse
Wampaye number yawe nange ko nshaka kuza 53:58
Mumbwire Uburyo nahagera please
Courage cyane rata wamfura we
@@Rwanda-ex2wlnkunze nakazina kawe @Rwanda-ex2 uRwanda rukurimo muvandimwe👍🌹🌹
Ni byiza cyane, muduhe Link
Ndagusabye nkandira kuriyo photo ! Murakoze
Sha nukwitonda , simbyizeye ibyo avuga.
Yg chr ndagukunda umuchou wacu bahe ukuri p
Ubundi iyo uzicyo ushaka ubifatanyije no gusenga byose birashoboka , ikindi ufite umugisha w'Imana niyo wacuruza dodo byaguhira, anyway Sabin nituzajya tugaruka mu rwatubyaye tuzajya duha amakuru abanyarwanda bakanguke akanyoni katagurutse ntikamenya iyo bweze, keep up Safi a' Oui together 👏👏👏👏💯❣️
Wawuuuu ❤❤❤❤❤
Woooow ntureba uvuye omani uvuga nez ❤
Musuyeze sister
Sha yayigura imodoka pe ahebwa neza
Aho bukera one million abonnés !!
Yegooo rata🤲🤲🤲🤲🤲🤲🤲
Sabe omani iyo yaguhiriye nuburyohe❤
I'm agreed with you 100%
Nange ndashaka kujyayo peee kuko nange ngira umutima ukomeye😂❤
Omani nigihugu cyiza nabantu baho ntarbi ryabo Kandi harabantu benshi babayeho neza inaha kubera ABA Oman batanga akazi sultanate of Oman yubahwe❤❤
Cn gose
KBS narinarabuze uzakuvuga Oman neza twahoraga tubona abahasebya gusa nanjye nihondi ubuzima bugenda buhinduka gakegake
@@user-xe7lw3jr9l manshallah wowe fanya kazi ibindi ubyihorere mn uzagera kuri byose wifuza kuko Oman harubuzima bro
@@sultanrurangirwa7985 nukuri sibanga mama wanjye inzu yariyenda kumugwaho umvurigwa bakazinga ibiryamigwa arikubu namwubakiye inzu mpagiraneza nkakora ninshingano zitandikanye harimo nizumwana wanjye nkanizigama mbese Oman nayivuga bukira bugacya navuye gusura umuryango ngaruka mukazi ubu ndinogushakira musaza wanjye ngonawe aze mukazi nubwo kukabona bigoye ubumfite ibihamya byogushima Imana abavuga Oman Nabi kambareke
@@user-xe7lw3jr9l ntiwumva c fresh kbs
Ariko harabantu bakubiswe mubuzima.wabona akazi kakubera umugisha.
Oya iyondaya avuze nayisengere Ku Imana kuko irarushye
Uravuganeza
Yego rwose umugore ni uharanira ko urugo rwiyeza imbere kdi akabishakira mu buryo bwiza
appreciate your bro❤
Impamvu wowe wagize amahirwe uhingukira murugo rwiza ujye ushima imana
Mubarabu iyo uzinezako arakazi ukagakora utera imbere.ntibagasebanye rwose Abanyamwema baradutunze kbs.
❤cane nanje niho NDI amahoro nimigisha IBE kubakozi
Sha, Sabin byamugoye kwemera ibyo uyu mu Maman arikuvuga. Nanjye ndumva hari Amakuru atavuga pe! Sinzi ukuntu numva ....umuntu uvuga ngo ntanzitizi yigeze agira kuva yagerayo urumva ibyavuga ati byo! Sinzi kbsa. Ndabyumvise rata afite Umugabo wumwarabu niyo Mpamvu byamworoheye nabyumvise!!!
Nonese urajyirango avugeko yajyize inzitizi ntazo abantu murasetsa nonese abeshyeko yahohotewe kandi bitarabaye kandi mukunda amatiku abanyarwanda hamwe nibinyoma ubwo iyo aza arira ngo badashe nabi ngo baranyambuye kandi arikubeshya mwari kumutera utwatsi
Wampuje na kankwanzi ko bamukunze ❤❤ nkoresha ayo mazina kumbuga zose
Nijyewe kankwanzi
Sabin: shaloom je suis au Canada. Akazi KO mulugu c'est payant. Ex le minimum qu'on peut payer pour nettoyage par l'heure c'est 30$.
Dushakire akazi da
Ariko turiyo ntakibazo pe, nyine biterwa na family
ako sabe aba bagore beza ubakurahe uyu mudamu ninwari pe komeza uhatane imbere niheza ntihakajyire abaza baca intejye abashaka kujya kwihahira❤❤❤❤
😂😂😂😂😂
Rwamagan. ❤️❤️❤️❤️
😂😂😂😂😂😂😂
Iwacu turibeza Big UP ma sister ❤ ibyacu turabizi sha twararuhanye sinabona Aho mpera mvuga narira paka ikiganiro ntikibe
@@mariamkayitesi7789Mpole Imana yarabarinze murakura ntacomuzoba
Yes Oman I yo urumunebwe niwahaba nanicyowahakura
Hadja,utumye ndira😢,humura uwo mutima waboze Imana yo mw'ijuru izawomora.Courage Allah akomeze asohore inzozi zawe.
😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢
😢❤ ni hadjati
Ndakumva cyane natwe famillie yokwa papa baratwanga kd situzi icyo batuziza umva baratwanga twakuze tubona batwanga turinze dushaka turabyara aruko baracyatwanga bakanabitwereka
😢 😢😢
@Twizerimana we mubihorere nibo biyanga
😢😢😢😢😢😢😢yoyo birababaza cyane ubahehe
Manza imodoka aboard zigura macye.natwe mudushakireyo akazi da❤❤❤❤gusa Oman twumva ngo nihabi .abandi ngo ni neza.ubu twabuze uwo twumva.
Muri ibi bihugu na Omani irimo ntabwo imodoka zihenda
Ntabwobose aribabi nshuti yanjye.ninkuko murwanda naho wahura nababoss babi.ubuse ntitumaze gutera imbere hano muri oman nuburyohe.kandi nibyiza kuhaba dusenga cyane kuko Imana byose irabishobora
Omani nisw cyane mpamaz 3y mez nez cyane iterambere ndigez kure
Muduhe nomero ze
Umva dear nange nahumvaga bavuga ko arihabi ariko mazeyo umwaka urenga ntacyo nahashinza ubuzima nahabonye nubwambere nabaye mubuzima bwiza kuva nabaho ntacyo nshinza Imana iyo uje urumunebwe ntago wahakora bisaba gushirika ubute nubatse murugo ndihira abavandimwe biga mubigo byiza nge ndacyarumukobwa ariko ndanyuzwe dear kubihumbi 250k umwaka utaha ndagaruka njya mukazi ka 500k ubwose koko omana nayishinza iki ahubwo uwaramutse nabi ahura nababi kuko ahantu hose no murwanda yewe haba ababi nabeza
Yakoraga ubu nanny bihemba neza cyane mubihugu biteye imbere sabin
Nivyo beshi baja ķuma réseau social gusevya ibihugu vy'abarabu bishak8ra indamu nashikayo bakitwara nabi nayubundi amahahiro arahari❤😊
Arahari rwose
Arahari iyuzicagutwaye
Sabin iyu mu mama raise ngo ji safi araguga ukuri 100% ,ahubwo abantu baritinya no kutamenya ururimi....ugasanga sindabona ukora mbisobanurq gisa safi ibyo avuga nicyo....ibindi harmo abanyarwanda badashibotse....
Ureba nkumuntu ubeshya cyakoze wamudamu we
Oman amafr yaho atugejeje kure da dutunze imiryango yacu ibintu ni waneza❤
Nanjye hampaye amafranga kd niteje imbere
Nukuri abarabu baraduhaye twese
@@AlthrayhQw4-kq4ru felicitations rata tuzavuga ukuri
Asha mubarabo nzkwama ndhavuga neza ndi umu jeune intambwe ndiko ni nziza pe
Murakoze Mwese kudahimbira abarabu Babandi rata
Namba yasafi nayibonagute
Nukuri pe naho wabeshye p
Ntago muzira ubusa baziko namwe muzagabana umunani mubareke mwitunge muzanabarenga
That true
Mama wabaye nkanye nanjye ndimuri omani nasize umwana wamezi11 njya gushaka ubuzima nukurikujya guhaguruka ugasiga abana ntago aba aricyemezo cyoroshye
And some times it depends on our behaviour tho also these bosses are not good but also myitwarire yacu niyo ibaha icyo gukora I experience that but thank God that u never met bad people nibyagaciro kandi ujye ubishimira iman
Reka reka uwo mugore njye ndumva abeshya cyane nta wagiyeyo Ngo agaruke ahavuga neza imyuka mibi yaho no guterecyera ,uwo mugore haribyo acahejuru byinshi ,ahaaa nihitiraga
Iyihe myuka mibi sha nuko ntakunda camera nazabeshyuza abakobwa baharabika oman mana yange??? Mbona barasaze baza kubeshyera abarabu babaharabika uko batari
Wibesha twe kwtavyo tubona🤮🤮🤮🤮
Cyane rwose uyu mudamu ari muri bamwe bagurisha abakozi , ahubwo yaje kwishushanya kwisimbi
@@valentineishimwe2795nanjye niko mbibona.akazi keza ka shagara ,cakara nakahe.noneho Oman amaburaburizo doubay n'a za Koweït.uyu arashaka abo ajyana? ?
Mudushake yibahe amakur
Sabin nzaza nguhe ukuri nanjye kbsa, nanjye ndabona byaremeye
Nonese natwe mwadufashijie koko😢😢
Mujye mutwibuka
Ariko se qbatubwira ko bari baguyeyo?tuzamenya ib'ukuri ari ibihe?
Oman hejuru ayongeze ninjyuhazi Sha
Umuntu yabona contact yawe gute
Ariko ngo uwahiriweeeee koko yeee !!!!!!
Kuki wumva ko bose babeshya ari wowe uvugisha ukuri koko !!!?? Ngo bagira amahane mu ngo z abandi !? Abarabu baratwanga birazwi ngo turabanukira
n ibindi n ibindi.... Menya ibyawe rero.
Nibyo abarabu abica rubi cyane rwagashinyaguro cyanga bakabica burundu nacyane abaturutse muri Afrika nibo benshi cyane. Ariko harimo imiryango micye igira ifite imitima yakimuntu ifata abantu nkabantu. Ni nka 1%. Uyu ashobore kuba yaragize amahirwe akagera kumuryango muzima. Ntawabishyira muri rusange rero.
Uyu mugore ibintu avuga birimo kubeshya Kwinshi😊 amanyanga
Inaha mubarabu hakora umugisha na displine. Ngiye kumara imyaka ibiri Saudi Arabia kandi ndashaka kwiyongeza undi mwaka nibishoboka.
Nonese ushaka kuba yanyayo gushakurayo imi ereho wamufasha
Sha ko abenshi barira naba nyakenya bararira cyane 😢😢😢😮
Courage birashobok niba ufite ubushake nanjye nihondi kd maz 3y
Muvandi niba imyaka 2 ishize banza utahe uzagaruke,ubanze ureba nutwo wakoreye ko duhari cg ibyo wateganyaga gukora byakozwe,ubanze unaruhuke,gusa uzagende ufite indi visa kuburyo kugaruka ntakibazo
Bisobanurako iyo witwaye neza nabarabu bakubanira neza ?
Abantu bose sibeza akazi ko murugo guhura numukoresha mwiza ni chance uyu mubyeyi ntabwo yavugisha ukuri ikindi abarabu banga aba Kristo urunuka cy bakagutangaho igitambo
Safi ndagukunze uvugishije ukuri niwowe was 1 mbonye, nanjye nihondi kd mbayeho neza natanga ubuhamya uduhe number zawe
Pole mama
Ibyo safi aviga nukuri ndabyemera kko uwaje ntahirwe murugo arimo yemerewe kujya kur police ikamufasha rero hari nabaza bakijyir inday zitega abagabo babandi police yabafata kuberako ntabyangombwa bagira bataha bakaza bavuga nabi omani kd baraje ntamunt ubashyizemo agahato
Ntureba sabe wakoze kutuzanira uwo mubyeyi rwose ureke zandaya zindi zakubeshyaga nanjye mukwa6 nibwo nzaza murwanda nanjye ninza uzambabarire umpe ikiganiro mbwire abanyarwanda ibyo majije kugeraho mbicyesha oman🇴🇲 ❤️
😍😍😍😍😍😍😍😍😍😍😍
sha twese gukora murugo bidufasjije ko abana bacu biga neza n'abagabo biriwe badutobanga abo binanira na batabasha kwihanganira kubaho namugabo ukurongora
Muduhe map se chr nanjye nagakora pe
@@user-qz6mq6gf5n kubera ubujajwa nokunanirana byabanyarwnda ubu ntiwakabona udafite cash😂😂😂😂😂
@@shuklanKBS ubu birahenze ntago kukabona byoroshe
Gusa mama uvuge uruhande rwawe usibe kuvugira bose kuko ntiwambwirako barabakobwa bose babeshya mama no just niba warahuye numuntu mwiza don't say no that country isn't good no stop lying just because you helped one you didn't help the whole country, njya nyeba ibiganiro byinshi bya tuko talk Kenya, Uganda, ndetse nomurwa mama urimo kubeshya rwose ntuzi nibyo urimo kuvuga wasanga nawe uri muba argent bagurisha abobana babakobwa kuko kiriya gihugu sisashya , abarabu nahangaha nibabi kandi atari abenegihugu bari nomugihugu cyabandi uyu ni umugurisha wabo bakobwa
Oman narahabaye ngurikibanza nishyurira barumuna banjye ishuri
@@shuklan luckily ariko bitavuzeko bariya bose baza gutanga ubuhamya bwubuzima babayemo nuburyo bahohotewe ari ababeshye , kuko ibihugubyinshi ntibihavuga neza , si abanyarwandakazi gusa bahura nihohoterwa bonyine njyewe ndiba ibiganiro abanyamakuru batandukanye bomubihugu byafrika bagirana nabantu baba bavuyeyo 99% bahurirayo nibibazo ubworero mwe mutahuye nabyo means nimwe mubagurisha rwose njyeniko mbibona , kandipe abarabu si abana beza 90% nabagome baraboneka
Uno mu maman arabeshya weeee ngo Farije yanze kumufasha koko????farije yafashaga abana neza cyane
I phone c hano niki? Ukwezi 1 uhita ugira iphone
Ni byiza cyane naduhe numero ya campany yizeye dushake akazi .
Nukuri ndumva ibyo Bintu bitabaho pe😢😢😢 guca umuntu mwitorero burundu we?
Uyu mu mama avuga nka nadia wo muri city maid
At least rata wowe ureke abasebya igihugu cyabandi
Uyo mugore agaragara nkuwubesha n'iwacu🇧🇮 abava muri biriya bihugu 95% bose Baza bavuga amabi bakorewe barira!!Sabin nkunda ukuntu iyo yamaz kukwumva kuri kubesha na Voice ye aca ayihindura😂
Nabanyakenya bahavuga nabi😢😢😢
Reka abeshe abana bigihugu baje gupfirayo nabi sha ntanuwuvayo yipfuza gusubirayo nayivyimodoka nibito cane muburundi abari Oman nibo bahagarika amazu meza Ariko barakubwira kobitoroshe
Numvaga nawe warahageze basi nguvuge ibyowiboneye none ngo abandi 😂😂😂 uzaze omani utahe uvuga ibyowiboneye nuze utunwira ibyo abandi bavuze
@@jeannenirere743ko mpari se mpazeyo umwaka ureng ngiye nshaka kuzahakora imyaka 4 ahubwo ahantu hose haba abantu babi na beza iyo ugize umwaku ugwa kurugo rubi nge rwose ndatuje meze neza cyn
Wihagararaho tu !!!
❤❤❤
❤❤❤❤
Nubwo uhavuga neza ariko nawe ubwawe haribyo uri kuvuga ukumva ko harimo utuntu bagira two gufata umuntu nk'umucara nkaho bakwa passport. Warangiza ngi bajye bayimana hanyuma se uyibimye urumva batabura akazi ?
Safi ivyuvuga nukuri nuko abanshi badenda bafise imitima2 ntibabashe kumvikana nabakoresha babo arik passport bayikwaka kugira ntutoroke nguje gukora ahandi kuk babagura amahera menshi😌
Ibyuvuze nukuri banjye banjya kuri kampani zabo cg polic zibafashe
Ibintu uri kuvuga harimo ibyo urimo kubeshya
Sha nanje ndashima pe none kombona namazu twayubatse rero ubu ahimana igejje nukuyishimira
Wasgize umugisha ariko banwe baranapfa
Kucyi bajyayo niba bapfa wowe nturapfa umuntu apfa umusiwe wajyeze shuti yajye nonese wahagarika urupfu
Burya Sabin ibihugu bigira uduce tuberamo ibintu byihariye kandi igihugu kimeze neza, kigendera ku mategeko. Rero umwe wese avuga uko yahabonye. Hari abajayo hakabahira, abandi bikanga, nk'uko family ye yamubereye mbi hari abandi zabereye nziza. We urumva ko yabonye n'umugabo waho. Rero ntimukavuge ngo abandi n'ababeshi.
Hey safi ndagusuhuje dis ndakwibutse
❤
Hy