PART1:UMUGABO YANSHYIZE KU NKEKE TUKIR’ABAGENI 😭😭YANDAJE HANZE KENSHI,SINAKWIBAGIRW AGAHINDA YANTEYE
HTML-код
- Опубликовано: 29 сен 2024
- URURABO NONO TV ni urubuga rwanjye nawe ngo tuganire kubuzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu numuryango ndetse no mubuzima busanzwe ndetse no gutanga ubuhamya no kuvuga kumbaraga z'Imana.Niba wifuza kuvugana natwe cg kudutera inkunga call or WhatsApp +250785839490 Mobile Money/+254743293263 Mpesa.Murakoze kudutera inkunga
Ababonako ubwiza bwumukobwa butamubuza kuruha mumpe like
Ni mwiza pe
Hhhhh
Naringiye kubivuga najye 😢
Nanjye mba numiwe🤔!
Ibi ni ibisanzwe ariko ubwiza bw'umuntu ntaho buhurira nubuzima ducamo utanaruhijwe nurushako urushywa nibindi
Nono uzashake undi munyamakuru kuko ndumva ariwe arikuvuga cyane kukirusha ikindi ureka umuntu agatangira story yiwe akayigenda uko yagenze yose hanyuma ukareka kuvanga ibibazo ubaza ibyo atarageraho etc. Ikindi ntiwagatqnze inama ninkuru itaratangira urareka akakubwira uko byatangiye apana kumubaza wewe ikigaragara nuko uzi story yose wamunyamakuruwe ... uzayisubiremo neza gusa pole sana ikindi courage
Urakoze chr
Ntugatindi cyane kubyakubayeho ahubwo uge utindana ni mana kugirango igukubire kenshi ibyo wahombye mugihe cyubutamenya .imbere niheza Kandi courage kuko uracyari muto.🙏🙏🙏
Komera ma Chr ni Beni wawe Ndagukunda
Pole sana sister❤
Niyompamvu umusore utazi Imana ntayitinya, ntayubaha, ntiyakubaha nabo yaremye, urambonera 😭😭😭😭😭😭 mpore mpore sha ooooooh💔 komeza usenge cyane wirinde benshi bakwirukaho ngo baragukunda, Imana ije kuguha amahitamo yayo atagira ingaru no kwicuza sha 💔
Ikintu maze kubona nuko kuvugira mu muntu atanga ubuhamya Atari byiza kuri twe tubakurikiye ,komera Nono God Will revenge and love ur self 😂❤
Ayiwe none murashaka nzaze mvuga ndi jyenyine?
Hoya rata iyo muganira 2 Nibwo biba Byiza kurushaho.
sisiter❤
Uyu munyamakuru Sinzi niba arinawe ateye umujinya😮ntazi kubaza,araca mu ijambo,ntareka ngo uvuge ubuhamya kuva butangiye
@@ururabononotv1871 oya chr ark nawe azigire ku bandi areke ubanze uvuge we akubaze nyuma haciyemo akanya kdi rwose komera Imana izakugirire neza
Rwose ndumva ntako utagize niba harajemo na mama we akajya muruhande rw umuhungu we aho kumuhana kandi nawe wari warahindutse umukobwa we .komera rero usenge Imana irakuzi kandi abana ni Umugisha.
Pole sana Mama
Komera shenge, babibayemo uravuga nkabyumva kabindwi, ark Imana yarandengeye ito mpyise😢 ntiyanyica😢
Pole muvandimwe komera Imana izakomora
Congratulations happening for your RUclips Channel
Pole Dana my dear humura ukomere Imana niyo ibizi abayo nshuti yajye
Pote nono ni love from wive tv
ONERA UKOMERE NKUBWIYE. IBYAJYE WACECEKA HUMURA. UBU NATABYIBAGIWE NDATEKANYE KUBERA. ABANA YANYIRUKANAYE. HUMURA
Icecekere muvandi, Hari igihe ushaka umutekamutwe
Hari igihe ujya gushaka uzi ko urugo ari paradise wahagera ugasanga urugo ni ishuri!
Pole
Mwihagane
Ubu bwiza butumye mbura comment ntera ,ka numve naome nceceke😢😢
Ubu buranga wibitseho yewe isi ibabaza abantu koko
Uyumugabo murigukorana anjyareka umutumirwa avuge inkuru ye yose kko arabaza ibibazo agatuma utavuga pore mugore mwiza
Yooo uzambwire ibindi ukeneye ubutaha nzakwibwirire
Ngo ufite abana 2 ? Reka njye nabonaga uri umukobwa! Ahubwo nabonaga uri isugi!
Wamunyamakuruwe jyureka umuntu atangubuhamya ureke kumuvugiramo
Nibyo pe ntatuma umuntu avuga inkuru neza
Harigihe umuntu biba byamurenze nawe akeneye kubaza byinshi ngo yiyumvire
Ahubwo se buriya nzi kuyivuga neza raa
Imana ishimwe kuburinzi bwayo
😭😭😭😭😭😭pole sana
Mpore Nono urugo n'ishure ridatangirwa Diplome
Ikibazo mushaka abo bagabo muzi neza imico yabo. Mukizerako bahinduka. Guhinduka biragoye.
Umucoramwo ukavugibigambo vyishi bidakenewe.
Ibisimba vy abagabo
Cecekaaa weeee
Ihangane mwisi niko bimera
Nono sinkunzi ark abagore bohanze bararoga ntago uwomucyeba wae wamwubakana udafite imbaraga zamasengesho gusa wahaye satani icyoyashakaga twese nuko ark njyewe narahiye ko ntazaha umwanzi icyo ashaka
😭😭😭😭
Ariko umugabo utinyuka akababaza umwana mwiza nkuyu aba amizizi ki kweli!
Ni yayindi Miss Jolly yavuze nyine😂😂😂😂
Shaa mwihorere Amarira yurengana aravuga
Hahahahhahaha
Ikibazo nuko washatse uri muto kwihangana byarakunaniye Adolescence nimbi cyaneee kdi buriya washakanye n'umuntu ukuruta abana babakobwa munjye mwitonda,none urimo kwishima ngo washatse kare ubyara kare ubwo x urabona abo bana wagize ngo barushimye cg bazishimira kubona ayo marira yawe ?igihe cyose bazabona ibi biganiro byawe bazagira agahinda karuta ako ufite ubu.munjye mwumvira ababyeyi kdi munasenge mbere yo gushakwa mureke guhubukira gushaka nkuko urugo ni ishuri rikomeye kuruta ayandi yose nkuko wiga amasomo ugatsindwa,kuva p1 kugeza s6 uba umaze gutsindwa cyanneee kdi ugakomeza kwiga ukihanganira kubona zero ugakomeza kugeza ubonye Diplome niko then ukanjya kaminuza ukiga Masters ugakorera PHD niko n'urugo rumera .ubu uri muri iyo mbimenya komera gusa abandi bakwigireho ubwiza sibwo bwubaka hubaka Imana ubwenge kwihangana maturity n'utundi....
Ibyoyahuye nabyo ni destin ntahoyayihungira sukubera adolescence mamawawe wasanga yarakubyaye ataruzuza imyaka nkiya nono kdi yararwubatse harinabashakabakuze bikanga icyonemera nukokubyara ukirimuto ntakobisa nokubyara ukuze bifite risk nyinshi kubuzima
@@isarosalama202oya wimushuka cyera bubakaga ari bato ariko ari ibintu birimo umuranga ku buryo ingo zangaga zabaga nkeya ubu nugukubitana umuriro ukaba uratse gusa nakomere
Uko ababyeyi bacu bubakaga bakiri bato ingo zabo zigakomera ntiwabigereranya niby’iyi minsi rwose. Ubu dufite ibirangaza byinci, tukagira ibyo twifuza byinci kubera za social media, wagera murugo wabibura uti sinduraremo kdi ibyo cyera ntibyabagaho. Cyera kumvako wasenye byabaga ari igisebo cya danger nkaho ubu ni ibintu bisanzwe byaba kuri buri wese.
Nkuyu anteye umujinya avuganye ubujiji bwinshi!
Abatarisanga weee,
Ibyo uvuze ntaho bihuriye no gusenya kwe!
Abasenya ntibituruka ku myaka yubakiyemo urugo,
Ntabwo ari ubwiza bwamusenyeye,
Ntabwo ari amashuri runzka...
>>gusenya bibaho kuko abqshakanye bananiranywe kumpamvu zitandukanye!
Umuntu ni mugari nubwo mwaba mwaramenyanye igihe kirekire, umuntu agira atya akaguhinduka!
Umugore w'imyaka 50 agata urugo agasanga undi mugabo ;
Umugabo nawe nuko...
Rero kwubaka rukaramba mu munezero nUBUNTU bugeretse kubundi!
Komera Naomie wegere Ihoza amarira, IZAGUSETSA❤
Munyamakuru, niba uri uw'umwuga koko, uzatugerere no ku wahoze ari umugabo wa Noemie, na we umuhe droit yo gukora replique kuri iyi nkuru, sinon, twaba twumvise uruhande rumwe gusa kandi dukeneye kumenya réalité y'inkuru.
Mpore mukobwa mwiza nje ndabisaziyemwo umugabo usinda agataha bukeye arababaza nukuri ndakumva.
Mubimbaze njye ubwanyuma yatashye antera ibyuma
Mubimbaze njye ubwanyuma yatashye antera ibyuma
Oooooh Impole @@MuhimpunduRuth
Mpore nawe carine
Ndumva gushaka mbivuyemo neza😢
Uyumunyamakuru arabisha icyiganirwo rwose. Asabwe guhindura
Imana ikomeze kubana nabantu bashaka kubaka ariko bikanka
Wivugira mu muntu mureke atange ubuhamya nimba arikibazo umubaza abanze avuge ijambo rirangire that’s not good kbs!!
Pole disi harigihe uba mubuzima ukagirango haruwabukuzirikiyemo Imana ishimwe ko wabohotse ibyiza birimbere
Abakunzi ba Nono muze kuri MubwireTV nange munshyigikire nukuri ndabinginze 🎉
Impore Maa!Gusa uri mwiza uzabona undi mugabo ugukwiye! Byukuri mbisubiyemo urimwiza pe!!☺️❤️
Urakoze nshuti
Chr wanjye pole sana
Gusa ingo zubu numuruho gusa
Impore cher ,ndamuzi yarakubabaje pe
Impore mugore mwiza! Abagore mwaruha mwaruha!! Ntimugatume rwose abagabo babazahaza bikomeye. Ibikabije ni ugucaho hakiri kare kuko n'ubundi ubitindamo ukazagenda warangiritse birushijeho. Ubuzima bwanyu bufite agaciro gakomeye kandi ni wowe ushinzwe kubwitaho mbere na mbere! ❤! Komera ni byiza ko wibohoye!
Ati nibohoye hahaha
Utitaye kubuzima bwawe byo ntawabwitaho
Abantu Beshi bebwirako ngo abagabo badakunda kubaka ark nyamara ntamugabo usenya nubireba neza simbivuze kuko ndumugabo Niko kuri
Si ugukomeretsa mama, nagira ngo nkubaze, uwo mugabo umukunda wa umukunda wamukundiye iki ? Icyatumye umukunda nicyo cyagusenyeye . Niko mbyunva. Cyangwa ni Prank mwakoze sha,
Mu kinyarwanda baravuga ngo incakiramuruho ntibaza amoko
@@judithbabyeyi9735 bivuze ko yahubutse?
Umukobwa wakunze c shahu
Ubuhamya bw umuntu umwe biragoye kubwizera kuko buriya ibyurugo bimenywa nabanyirarwo urumvase wakivuga nabi? Buriya nawe aje twakumva ahubwo wararazwaga hanze kuko watashye amajoro nibindi rero ntabyishi navuga ark ukuri kurugo ni ukwa ba nyirako gusa
Ariko mwabantu we mwagiye muvuga muziga ubu umugabo yarazaga agakubita azanze witonze ibyo mungo ntimukajye mwibanda kuruhande rumwe
Njye nabayeho ubuzima bukomeretse bwo kutumvikana kwababyeyi,nkura numva ibyo bihagije Imana izampa urugo rwiza kdi nzinezako nagerageje kureba uwo duhuza, ariko abagabo sinzi uko baremye mbyaye rimwe ariko mba mbona ntazi ibyo ndimo
Yoooooooo konanjye aruko nakuze 😢😢😢😢 winterubwobaweeee
@@nikuzwejeannine1527 oya humura hari igihe bigenda neza
Urugo nukurusengera ku manywa na nijoro nkuko umubyeyi yonsa baby we! Kuko satani arwanya urugo ngo société yangirike! Ririya Jambo rivuga ngo: azarwanya urubyaro rwawe (umugore) , nawe uzamumena umutwe!!!
Bivuze ko arinshingano z'umugore gusengera nukiri munda, umwirukanaho karande z'imiryango akomokamo,
Umwaturaho uko wifuza ko aba!
Kugeza no kumwaturaho kuzaba umugabo wuzuza inshingano z'urugo uko Kristo abigena.
Tubereye maso famille na société haribitero twakumira!
Amen amen nikobimeze rwose
Uyu munyamakuru ntakigenda pe ntutuma avuga
Ark c nkumugabo nkuyu ubabaza umugore usa gutya azagira amahoro?? Abeza nibo bababara koko😢 ihangane chr uzabona undi uguhoza amarira kukuo uri mwiza kd uracyari muto💚💕💝
Ntibavuga RUSHAKE UBONE bavuga RUSHINGE UBONE!
None c wakoze ubukwe ufite imyaka 20 gute ko itegeko ryemerera gushaka umuntu afite 21 ?
Noemi ndamuzi ni umukozi ahubwo yagize umugabo mubi yamutwaye Ari umwana 🥲🥲, umugabo wawe yari umusambanyi urenze niyo mpamvu yakoraga ibyo byose chou kuko kuryamana n’abagore benshi ni umuvumo pee, komera uracyari muto uzatera imbere rwose 💪
😢😢😢
Ihangane Sha ntakitagira iherezo utarabinyuzemo ntiyapfa kubyumva Sha abafite ubuhamya turibeshi kdi turakomeye ❤courage.
Nono ihangane, sha warakuze twariganye nukuri mbabajwe nukuva inkuru yawe🥲gusa imbere niheza.❤❤
Komera muvandi, ni urugamba ariko ugomba kurutsinda
Ibaxe kubwira umugabo ngo jya kuzanira umubyeyi igikoma akigira gusinda mubyukuri niba wumva haringeso mbi yakokamye byakunaniye kuyireka wikigana abandi ngo nuko bashatse ngo nawe ushake sibyawe niba haringeso yakunaniye
Impore muvandi twese niko bimeze .
Uyu mugabo atubuza kwumva ikiganiro weeee bunuma wamugabowe kugira dukurikire ubuhamya neza ataruko tuzokubako pe
Ukurikire ibindi bice nshuti birasobanutse
Chou nakwikundiye pe kd yesu yaratsinze ntugire ubwoba komeza your new life
@@UWUMUKIZASolange urakoze nshuti
Ubuhamya bwafasha umuntu ariko wagira ngo ni ikiganiro ubuhamya bwanyu bwabishye kubera uko wabutanze n' umunyamakuru akubaza buri kanyaa wapi muzige uko batanga ubuhamya
Wakomeza ibindi bice
Ubu buhamya ntitwabwumvise neza umunyamakuru niwe wavuze mugihe wari kureka Uyu mudamu akaduha ubuhamya burambuye
Komeza ibindi bice bikurikira uraza kubyumva neza
ooooooh, Noemie Ihangane pee, Ubuzima bubabaje nk'ubu biba bigoye kububamo, gusa Imana yaragukomeje Ishimwe, kdi Buri kimwe cyose cyiza uzakibona, nyuma y'Ibikomere hari ubundi buzima bwiza, humura
Yoooo😔
Yoo wlkm Nono nibyiz gufungur chanel ugahita ubanza ukanatwibwir rwos njye narimaze iminsi mbona recommendation yiyi chanel ark nkanga gufungura ark nyifunguye unomunsi numvise ko ariwowe CEO ukaba wemeye nokubanza ukatwibwira uwo uriwe it’s so emotional ndacyeka n’ibiganiro byabaMama bashavuriye mungo uzajya ubumva neza 👌🏽I’m already your new sub👍😍❤️
Ndahari kubwabo abo ba Mama bashavuriye mungo.
Pole Mugore mwiza❤ Imbere niheza Irerere abana usenge utuze kd wirinde cyaneee ubu abagabo baraje biruka ark witonde ushishoze abana bawe ubiteho bakure neza kd Imana izagufasha
Yoooo Cherie wajye impore burya nagusuraga icyokigabo cyarakugagaje pole sana. Imana izagushubushe undi
Arko yeeee cyereka niba ubushinzi warabugabanyije
Ubushinzi bihurirahe no kumucha inyuma ndetse no kubyara hanze
@@MukakimenyiJoseemumbarize rata
Ushobora kuba uvukana nuwo wari umugabowe kuko ndumva ariwewe; uvuganyr ubushinzi peeee; cg ariwewe mwubakanyr cyangawase urumwe murizondaya zamusenyeye
This me Nashatse mfite 20yrs mvuka mu bana 9 abahungu 7 n'abakobwa 2.ubu Aho ngeze ndakomerewe
Ubu bimeze gute
Keretse tuvuganyr in box@@ururabononotv1871
Yeweeee.... Pore butfil❤❤❤Umwami nimwiza pe kandi azakugirira neza
Twabonye Beshi baje barira nkuko nyamara wakurikirana ugasanga aramasega mumbabarira nigenderega
Hhhhhhaaahhhh
Nono ubundi iyo watangiye kureba muri telephone y'uwo mwashakanye burya déjà uba warushenye byarangiye burya uba wamaze gutsindwa kuko burya ntamuntu badatereta yaba umugabo cga umugore kdi uwo waterese wese siko barongorana sinako abemerera niyo mpamvu iyo ubyinjiyemo bigusaza kubusa gusa.
Courage NoNo ndagukunda cyane kdi komera❤❤
Ihangane mada, wahuye n'igipfunyika cy'amabyi. Komera ukore cyane urere abana bazakura
Aho kubana n'igisongo warekana numuntu, ntabwo Ari ibinini wandikiwe ku buryo yakwica urubozo😢😢😢
😂😂😂😂😂 ngo igipfunyika, yewe niyihangane rwose
Umenya uzi no kuzishira ariko ego gusa komera mama ihangane
Igipfunyika cy'iki😳😳😳🤭🤭
😂😂😂imbavu zange urazishyura
@@zubedakayitesi4424 🤣🤣🤣
Komera Cherie Love you 😘😘😘
😢😢😢😢😢😢😢😢
Harigihe wibzako ariwufisangahinda wanyene non mbona turibeshi imana iturengera mpore mwiza imana izaguhoza
Sure?
Nta avantage ya 20 ans
Be strong
Nono ndagukunze cyane kandi nzakubwira impamvu
Tell me my dear.my nbr whatsapp +250785839490
Ihangane ntiwirenganye ku myaka 20 uba ikiri muto mumitekerereze mubijyanye no guhitamo, gusa ntimukemere kubabazwa kugezaho
None c ko uvuga ngo washatse ukoze ubukwe byumvikane ko wari wujuje imyaka none ko mbona n'ubu usa n'aho utarayuzuza?
aha abagore birirwa biriza kuri social media abagobo bicecekera uwakwereka ibubi bwabagore gusa bazi nokuvuza induru uwaganirza umugabowe wasanga yari yaragowe jye nuko mpuranabyo mvunguye arko narabamenye
Abana twese turabakunda ariko gushyigikira umwana mu bibi n'umuvumo.Nyina n'umubyeyi gito pe!
Komera chérie, papa wawe yari collègue wanjye akaba nuwiwacu kwivuko. Baruhukire mumahoro
olala, ukuntu uri ihoho, umugore mwiza wuburanga nkawe koko , uwo mugabo yakuzizaga iki? mbega mbega, buri muntu numusaraba we koko..
Uwo mukobwa waguhaye pass ikakubana ingaru yari yaguhaye pass yo kuryana ntabwo yari yaguhaye pass yo kubana. Wowe warabyitiranyije
pole courage
Nono uravuze ngo Imana ntaho itakura umuntu yego nibyo ariko Satani nawe yahagukura kdi akagira aho akugeza cga akagira aho akujyana
Pol xan nono apr l'echec la vie continue 🤸bizogend nez disi urimwiz Iman izogshumbusha ubundi umuco n'umwiza ntibibana👌💗🇧🇮🇧🇮
Sinzi impamvu abagabo basuzugura abagore ariko humura mukobwa mwiza warakoze kurekura iyo nkozi y'ibibi imbere ni heza mujye mureka bagwe ahandi ntabwo umwuka abagore bahumekwa utangwa n'abagabo mwige kwigira
Nukuri pee
Komera muvandimwe Imana yakurinze ntacyo itazagukorera
Umucyo Kitchen TV mudutere inkunga nyamuneka ❤❤
Pole sana Noemie 😢
Ahubwo shima Imana yagukijije uwo mugome yari kuzakwica reka kurira ahubwo isekere uwiteka azagushumbusha. 42:58 42:59
Impore maama!imbere niheza kdi humura ntibiba birangiye. uri mwiza kdi icyo mbona nubwo wari muto ufite ubwenge gusa uzabanze witondere guhita ushaka undi mugabo yego sibamwe ariko guhita ubona uwakomora ibikomere muri ibi bihe biragoye
Ihangane bambe izarashira natwe twanyuze mubuzima bubishye nabagabo bacu gusa turashima Imana ko tubivuga nkamateka
Courage my sister komera
Sha kbs ubwiza bwe ntibumubuza kuruha narigiye kubivuga ndebera uyu mubyeyi arimwiza Mana we nyumvira kumuraza hanze imyenda mumufuka orara
Yoooooooooooo pole Mukobwa mwiza 'isengere Imana niyo izakomora abo bagore nibo bamusigaga imiti kugirango akwange nange byambayeho disi ndakumva cyane