NAKOREYE DIVORCE MURI GEREZA🥲U MUGABO TWARI TUMARANYE IMYAKA 9🥲|Ramla YANYUZE MU BIKOMEYE
HTML-код
- Опубликовано: 30 ноя 2023
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
Развлечения
Ushaka kuvugana na Ramla 0788210310
Dude disi yambi chouchou
@@urujenimireille8637😮😮😮65?😮6😮
54:43
Imana ikunda abagabo pe! Abagore bafite inda yo kubabyarira, agatuza ko kubonkereza, umutima wo kubihanganira… Imana izashyiremo inyoroshyo ku munsi w’urubanza 🙏🏻
Mwakoze ikiganiro cyiza Cyane.Jye ndacyubstse aliko mwavuze ibintu by,ubwenge Cyane nabigiyeho byinshi Cyane.Mwakoze👏
Arasa nka Tonzi uyu mu mama
Imfura z'abakobwa tumenyane 💓💓💓
♥️♥️
Nange ndi imfura
Dudu ihangane disi,wigirira umutima mwiza Uzi no kubana Imana igushumbushe,Mere wawe ndamwibuka yagiraga umutima mwiza nawe
Ihangane maman😢Imana izagushumbushe disi!kandi humura ejo ni heza turagukunda❤❤❤
Ndakumva cyane mugore mwiza..Divorce nyita "urupfu rw''abazima"
Pole mama suko these urashako rugenda neza,Gusa nyuma yabyo ubuzima burakomeza rwana intambara yejo hazaza kandi amahoro mumutima ntakiguzi cyayo,wiyubahebntihagire ugusuzugura kora cyanen Nyagasani azagushihikira
Pole sana Dudu ibyiza birimbere ,Rose wanjye ndagukunda pee
Ndagukunda cyane Ramla mwizaaa usa neza cyane kd humura Allah azagushumbusha insha'Allah.
Sha isi yarahinduts abantu barahinduka divorce nukuyakira nyen ntabundi buhinga 🤦♀️pôle Sana maman baho ubuzima bwawe umuntu yiberaho sha😌👌
Urukoze Rose ikganiro kiza
Ihangane Ramla cherie Imana igudashe
Rose reka ngusane ikintu ntimukabaze imyaka anantu murababangamira kyaneko ntanampanvu yimyaka rwose pe murakoze
Pole sana njyewe inama natanga kumugore nibahangane bakora cyane kandi bikunde cyane baturize mubana babo murakoze
For sure the story was so emotional but divorce is not good and l think she deserves a second chance coz now she can make it to the top
Imfura tumenyane shine❤
Rose dufashe uzambare iribaya nigitenge turebe pe😅😅😅😅😅😅😅
Ryamubera
Azaberwa cyaneee
Pole mama
Allah akworohereze muvyeyi
Ndagusuhuje cyane bazina twicaranye kuntebe y'ishuri
Asalamwaleykumu Warahmatullah Wabarakatu naam Alhamdulillah, kwakweli ALLAH akutuwezeshe INSHAALLAH.
Manshallah uriyubaha Allah azamuguha
Rose ndagukunda❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Tumenyane Rosa nkunda❤
Inpole mama njye ndikukunva cyane shengekomera rwose
Ihanganecyanemubyeyi
Ngumuntu yagutunga arikontiyakubeshaho
Imana niyo itubeshejeho
Umuntumwahuye amenyoyuzuyemukanwa ntampanvuyokukubuza umunezero
Ukuntu uyu mubyeyi yiturije n ibyo biri kunjomba ku mutima.Gukunda umuntu ntagukundire birababaza.
Imana igukomeze cyane.
Ramla komera cyane
Ndagukunda cyane ramla
Ndabakunda p
Sha yarabaye Kandi yagize ubwenge Imana yamuhaye butyo asubiza nokuvuga make
Yooo ndamwibutse disi aririmba muri gereza atoza abamodo ❤❤❤
Oooh nimwiza koko,ijwi ryiza ryoroshye kuryumva
pole sana mubyeyi mwiza uduhayi namanziza kandi ihangane❤
Nguheruka kwa Sabin utarabona icyo gukora Imana ishimwe ubwo wabonye icyo gukora nanone bby❤❤❤
İmana yo Itanga umunezero Izakunezeze💓
Ariko disi Rose numwana mwiza. Ndifuza kuzakuhona nindamuka naje m'Rwanda
Love and family always need God first and now days ladies think having divorce is the source of life through having good life in the ghetto but Aman will still be man in the women's life so pliz ladies / sisters try to obedient and royal to the family
Mpise nkukunda Wifi, Komera Allah arikumwe nawe
Komera courage Jesus loves you ❤️ ♥️
Ariko koko tube duca bugufi kuko ivyiza tubayemwo ni igihe,urabona ukuntu atuje ,mwiza ariko urugo rukamusharira?Kandi ibisare vyabagore ugasanga biroroshe iwabo,MANA wokworora uwu muvyeyi ukamuha umusore wawe wateguye neza ❤
Muri Africa abagore batinya divorce bakizirika mungo atarukuhakunda Ari za society zacu zikwita ayandi mazina nagasuzuguro,ubukene kuba beshi ntamirimo ngobatuge abana kuko ibihugu vyateyimbere muravana kandi umugabo agategekwa ivyakwiye guha abana ntakumwingiga aritegeko.
nibyope turatinyangobataduseka kandi tubatugeramiwe sha
❤❤❤❤❤❤
Aliko Rose Sha uti ukuntu nzaba meze.Uzaba uberewe, igitenge ni umwenda mwiza w,abamama Kibera Buri wese.
Rose ndagukunda crâne.urazi umwuga wawe peee
Mubyeyi ihangane. Najye narwanye intabara yokurugumamo ngeraho ndanirwa jyewe natinyaga nurakumva induru.murugo akantubita nkabisha nkuriwe inda.yendakuvuga yewe icyumuntu atinya nicyo abona wihangane rwose ubu najye bampaye akato ark umuntu niwe umenyibye gusa ugatuza ntisobanure
I feel u mama, urugo ruragoye pe😢
True
Uyu mu mama ni mwiza, Imana imuragiye kbx, gusa mwa mpuza nawe
Dudu uvuze ukuri 101% ntegereje divorce maze 5 narasize umugabo gusaaa nfite umwan 1 narazinutswee narabishyeeee
Ur so Smrt Chr❤❤❤
Yambaye neza cyane
uzi kugirango ubeho ukubitwa utukwa ucyurirwa ntiwigere ugira amahoro mu rugo rwawe . Ikosa ntiribeko wakubiswe ahubwo rikaba reaction wagize nyuma y'uko ukubiswe !! Uzi kugirango umugabo asambane ikosa ntiribeko yasambanye ahubwo ribe iry uko wamwinjiriye mubuzima bwe bwite!! Hashimwe Imana itanga urubyaro bamwe iyo tutagira abana ngo dutekerezeko nituba tudahari ntawundi uzabitaho tuba twariyambuye ubuzima
Pore sana
Ibi twarabyakiriye kdi Uwiteka ashimwe
Wimvugira ibintu😢😢😢
aha😊
Rose we uyu mu maman ni mwiza kweri kandi agaragara nkuwitonda
Rose urasa nez vrmt.
Ihangane mama. Nyagasani yari abizi
Abagore benshi turi ubuhamya bugenda munzira komera muvandimwe.
Yoooo ndakuramukije bazina naje nitwa dudu mvuka ibutare mugabo mba muburundi aho bita ibujumbura komera cane ndagukunze
Ikibazo cyamatsiko ese yabonye umukunda koyavuze ko ntamugabo wamwemera
Yewe Mama wewe ruri hose peeee
Muze muguma ku kirindiro bagore beza.Muzi ico mwemeye imbere y'Imana.
Ubwose nibyo ra! Hhh umugabo we ntaba yarabisezeranye se ye
Rose njendamwunva ntabwabantubosebihanganiribibazo kimwe Mugishakisha bibaribyiza Ariko abenshiukoimitungo yiyongela habibibazo mungo
🥰🥰🥰🥰
😍😍
Ramla uri intwari ndagukunze cyane,abantu mukunda gukora jugement ku mahitamo yabandi rwose ndabakomeje,muhe abantu amahoro bakore amahitamo yabo uko babyumva
Ihangan
Disi uyu mubyeyi aratuje
Ukorera hehehe ngotuzamugurire
Yoooo,dudu nyumayurushako ubuzima burakomeza
😮😮😮😊
Mbere yo kujya mu madhila banza wambare rya RIBAYA! 🔥! Rose ntukagire ubwoba bwo kwambara ibibonrtse byose kandi bizakubera ! Turategereje 💕💕💕💕💕💕💕💕💕
Rwoseeee ni vuba pe
Rose tuzagushyigikira kugeza igihe natwe tutazi
Ibihe byose turahabaye kubwawe
Rose ninyuma ya 15ans ingeso zabantu zishobora guhinduka mugatandukana pe ntuvuge ngo ni gute imyaka 9 wavuga ngo urananiwe??? Birashoboka ikiremwa nikinyamaswa sometimes utamenyam
Shaa ramla rwose niba warapfuye n 'umugabo kunrywa inzoga rwose ntawundi mugabo muzashobokana ,nushaka urekane n'abagabo kuko kuzabona umurokore pure ntibizakorohera ,kandi ntatanrywa n 'inzoga uzasanga afite injyeso zirenze kunrywa inzoga .baca umugani ngo wirukana umugabo unyara kuburiri ukazana ubunryaho .
Arabesha sinzoga gusa hano kuma channel baza kuvuga ubusa nivyoroheje ibikomeye bakabihisha.
Umubwije ukuri kubaka urugo nukwihana kunywa inzoga sibyo byatuma utandukana numugabo.
Nanjye nibyo naringiye kuvuga nago bavugisha ukuri kuko njye ndumukobwa ariko nago natandukana numugabo kubera inzoga haba haribindi birinyuma
Ni mwiza pe
Rose kura uburyarya aho uri mwiza cyaneee ariko tu es au service
Disi nange byananiye kwihangana
Biterwa nu muntu hano iburayi uraruhuka ibyo byose ntibihaba iyo utanye uraruhuka iyo miruho
47:39
Mugabo umenye ko kwirukana umugore ari icyaha. Aba yaraje iwawe ari umukobwa ukamusohora yarahinduye status. Bibiliya ivuga ko uba umuhaye satani... bivugako azagira ibishuko bitanduknye kandi byose bizajya ku mutwe wawe. Icyaha cyose azakora niwowe biba ku mutwe
Imana iza gufasha
Ariko kuki abantu mwitako Ari beza Bose baba barananiwe kubaka,nukuri abashoboye bazakore ubushakashatsi,gusa pore mama ubuzima burakomeza
Urimwiza , urigitangaza icyo nicyo gituma mutandukana . Ubgiza bgu mugore ni mico myiza no kwichisha bugufi ukubaha umugabo.
I kiramuruzi ni wacu sha turibyuki abantu tuhavuka kdi sorry kunkuru yakubayeho
Yego shahu ndumva ibyawe ninkibyanjye😢
Nawe warafunzwe se
Ndakumva mugore mwiza ubwo buzima burasharira
Ihangane mama imbere yawe ni heza gusa komeza usenge
22:14
Utaranigwa agaramye agora NGO ijuru riri hafi
ariko agahinda k'abagabo batawe, ba divorcing cg amaranga mutima umenya ntawe uyamenya!
Kubera abagabo badakunda nkabagore ntibakomereka cyane iyo bahemukiwe. Nuko turemwe
Rose disi yarize byahatari nuko yiyumanganya ariko yarizee peee
Yooo uganira nkumunyabwenge shenge .
Umugore utangaje avuze ubuhamwe bwo Ku divorce ariko ntayakwirakwiza icamubayeho. Ariyubaha nu mugore koko ndabikunze
Rose turagushimiye kubwuwo mutumirwa
Nibyo umugore wese udafite umugabo buri wese amufatuko yumva burya umugabo utarwana yakwihanganirwa akaba agakingirizo kibyuririzi gusa
Uzadushakishirize amakuru yumukobwa witwaga jeretrude waririmbye indirimbo yitwa mon peyis natal
12:33
Urugo uko narutekerezaga si ko narusanze kbx ukuntu utangira mukundanye mana tabara ingo peeeee uhe nicyo gukora abagore
Ntago Imana yaguha icyo gukora. Yavuze ko izaha umugisha imirimo y'intoki zanyu. Bivuzeko wowe ubwawe ukwiye kwishakamo imbaraga ugahitamo icyo gukora ugakorana umwete ubundi umugisha ukagukurikira mubyo watangiye.
@@kayfellyyego rwose ibyo gukora niwowe ubundi Imana ikaguha umugisha ariko watangiye
Ni mwiza disiii...
Afite inkuru ijya gusa niyanjye.
Nawe warFubzwe se
Komera sha
Mwaduhaye nomeroze wangu tukazamuvugisha
Urababaje mubyeyi ark Rose rimwe uzibuke nu muntu wisanze ari fille mere uko abaho muri Societe
Azantumire tuganire muhe ubuhamya
yoooo!
Warahangayitse rwinjiramo undi sha
Urakoze kunyubaka😂 dudu
Nje numva icankura murugo arinkoni ndazitinya kuko ntakwishe wanyica .ariko ibindi nakureka ukazerera naniwe nkagenda.
Ntaguzi umugabo ucyurirana HHhH murugo ntacyoroha
@@UrwibutsoSandrine-lj6bqbireke Sha ninjye ubizi
Numuntu utaguha agaciro birababaza cyane 😢😢