Dore gukora kw'Imana/twabanye dukennye bikabije umugabo ari umumotari/Nari umukoziwe womurugo
HTML-код
- Опубликовано: 3 май 2024
- Bakunzi bajye mbashimiye uburyo mukomeza gushyigikira ibikorwa byajye cyane cyane BAVAKURE !
Hari abakomeje kubwira muma comment ko babuze uko batugeraho , yaba kubifuza kuduha ibitekerezo cg ubundi bufasha...
Niba ufite igitekerezo cg ubundi bufasha watwandikira kuri +25#0788469364_whatsapp
MURAKOZE!
Umukunda ampelik
*💐UBUHAMYA BUREBA ABASHAKANYE NABITEGURA KURUSHINGA💐*
Amazina yange nitwa Nadia Umwiza
Ntuye Rwamagana, mu murenge wa karenge
nashakanye n'umugabo wange dukundana ndetse dufata umwanzuro wo kubana ubuziraherezo.
Nkuko rero bigenda nyuma y'ubukwe ntakindi Couple ziba zitekereza uretse noneho amatsiko nokwibaza uko bazatangira kujya bahamagarana papa na mama runaka. Nubwo twe atariko byagenze.
Iminsi yarashize rero nkumva mfite amatsiko yo kuzabona ntwite ukwezi kwambere kurashira. Ndatekereza nti buriya ni mugutaha nako biranga. Natangiye guhangayikika rero nyuma yuko twamaze umwaka dutegereje.
Umugabo wange yambereye imfura ariko ntababeshye nge natangiye guhangayika nkumva ndigunze nkiherera nkarira.
Nibwo nabwiye umugabo ko dukeneye kujya kwa muganga. Twagiye mu mavuriro naza Hopital duhura n'abaganga batandukanye. Gusa baza gusanga umugabo wange afite ikibazo kintanga zigenda gake cyane kandi ngo zigapfa vuba.
Ngewe bambwiraga ko narimfite ibibazo by'imisemburo
Yatumaga imihango yange igenda nabi rimwe nkagira iminsi ihindagurika. Ndetse nama Infections.
byaratangiye nkiri n'umukobwa.
Twahawe imiti turagenda turayinywa twamaze indi myaka 2 twivuza byaranze.
Naje kwegera umuganga wari inshuti yacu wakoraga kuri Centre de Sante, muganiriza ikibazo cyange aza kundangira umuganga w'inshuti ye ukorera Kigali .maze umugabo wange anyemerera ko twamusanga tukareba niba haricyo badufasha.
Twafashe umwanzuro tujya Kigali maze duhura nawe. Baduhaye imiti maze ngira kwizera ndayifata n'umugabo wange bamuha iye
Twarayikoresheje nyuma nahise mbura imihango mbanza kugirango nikwakundi yatindaga kuza, ariko ntangira kugira ibimenyetso by'umugore utwite. Nagiye kwa muganga barampima bambwirako nasamye. Numvise umutima wange wuzuye ibyishimo.
Imana rero ntitinza amasezerano twaje kubyara. Ubu umwana wange w'umuhungu agize amezi arindwi. Muminsi ishize wa muganga wange yaradusuye azanye nitsinda bakorana baraduhemba nukuri numva ndishimye. Nange mpita niyemeza kuzatanga ubuhamya bwange wenda hari uwo bwazafasha.
Wowe usomye ubu buhamya ndagusaba kubusangiza abandi harubwo bafashwa nkuko nafashijwe.
Warakoze Mana🧎🏻♂️👏🏻🙌🏻🙌🏻 kumpuza na Muganga Nelson, nkabasha gukira amarira narize, amazina ninswe, nkabasha gusinzira nk'abandi , ngaheka nk'abandi, nkitwa umubyeyi, ukandinda gatanya, ukankiza amenyo y'abasetsi, umunezero ukagaruka murugo, ukandinda guha urwaho ba Ex b'umugabo,ugakoza isoni abashungera. Nanjye nzakunambaho Mana🙌🏻🙌🏻
Ukeneye kubonana na muganga wanjye wamwandikira cg ugahamagara iyi numero :
+250788297184( WhatsApp and call). Haracyariho ibyiringiro.
Imana iduhane umugisha.Kora share n'abandi bamenye gukomera kw'Imana.umunsi mwiza
Amaraso ya Yesu acocagure karande yose inzengurukaho mu izina rya Yesu Amen.
6yy66y
Karande ziriho gsa Amaraso ya yesu ntazigera ashira imbaraga lmana iguhe umugisha mubyeyi ndafashijwe kunyigusho
I love you Pastor I m from Belgium 🇧🇪 ninza murwanda nzagusura
Wigishije neza rwose, nzagushaka unyigishe neza gakondo urayisobanukiwe Kandi wigisha uri sérieuse cyane ❤
😊
😊
Mana nkora kumaso kdi umperekeze muri byose. 🙏🙏♥️
Amen❤
Disi ndagukunda pasteur nuko nakubuze sugukunda ubuhanuzi munyumve nukuli ark uy umubyeyi yaramanuriye ,ubuhanuzi buhita busohoka
Paster Deborah ndagukuuunda Imana iguhe umugisha utwigisha ijambo ry'Imana neza.
Pastor ndagukunda, uko nkumva numva ubuzima buhindutse pe😂😂😂
Wari umaze iminsi twarakubuze we❤❤❤❤❤❤❤
Ndagukunda cyaneee mubyeyi ubuhamya bwawe buranyubaka uri mwiza imbere ninyuma sutu
Pastor D I Love you!❤❤❤
Mukozi w,Imana uhabwe umugisha kubwijambo ryiza
Ndagukunda muzampe inimelo yanyu mbahe ubuhamya ukuntu mwaje igisenyi mukabwiriza ijambo ngo lmana irigwatiriza yigwatiriza mubuzima bwajye ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Andika kuru RUclips second chance ministry uzabona numero ye
Ndagukunda pasteur D mushuti wanjye imana ikomeze iturwanire intambara❤❤❤
Mubyeyi sinkuzi ariko ndagukunda ❤
Ariko Deborah uri mwiza. Birushijeho ukamenya imana. You are blessed
Nimwiza cyane Ma'am ❤❤❤Uhoraho akomeze amwishimire
Ni mwiza kd azi kuga Imana sha
Ndagukunda. Past uranyubaka
Imana itsindire karande zose mw,izina rya Yesu🙏 paster Deborah ndagukunda utuma umutima wanjye uruhuka iyo nkumvise ndaruhuka lmana yarakoze ku gutoranya mu magana menshi yabanya byaha
Yesu nashimwe bene data, nshuti z'lmana ndabinginze ntimugacire abakozi b'lmana imanza,mwumve ibyo babigisha ibyumumaro mubimire ibitari ibyumumaro mubijugunye,imyambarire yabo n'indimi bavuga Data watwese arabisobanukiwe ibidatunganye azabitunganya muribo
Amen 🙏
Ndagukunze cyane uvuze ukuri
Yooh, urakoze gushima nshuti yanjye!
Mwenedata, iyo umuntu agiye ku gatuti kwigisha, yari akwiye kuba yasengeye ibyo agiye kwigisha kugira ngo bigirire umumaro abo Imana yararitse kumva, ariko akwiye no gusengera uko agaragara imbere y'abantu, kuko nabyo ni ikigisho mu bindi. N'ubundi ijambo ry'Imana ritwigisha kwita icyiza ko ari cyiza, n'ikibi kukita ikibi, si uguca imanza. Njye ntakubeshye, wambaye utya uri umubyeyi, ugiye no kwigisha ijambo ry'Imana, ntacyo naba ngikuyemo, ritaramuhinduye se aravuga iry'iki?
@@peggys.4125nukuri uretseko abantu beshi bavukiye mucyaro bagira ikico yanze kubavamo,ariko uyu mubyeyi yambaye neza,kdi niba uti n,umu adeperi wihangane wakireko isi ituwe n,abantu batandukanye,
Imanayacu ikongore ibyananiranye ,ikongore abaduhagurukiye kuturwanya barwanyumuhamagarowimana Nico Imanayatuvuzeho.barikiwasana mama Deborah ❤
Ndagunda
ImanA inkureho karande
Amen ivugire Imana rata🎉🎉🎉
Amen ndagukunda mubyeyi❤❤
Nkunda inseko yawe yuzuye ubugwaneza❤
Amen ndagukunda
Amin pasita wigisha neza uzadusure muri kenya
Nukuri hamwe n'Imana birashoboka🎉🎉🎉🎉🎉🎉❤❤❤❤
Jyenda pastor Deborah ndagukunda 🥰wigisha neza
Amen Maman Déborah
ndafashijweee
Imana igenzukwigomba kugomba jipe ugahabwa motare iyotudugije iramanura tumanuye irabuze
Ubarikiwe sana tunakupenda
Pastor hapa umekuwa Miss kiroho na ki mwili
Ubarikwe Maman ❤
imana nidukize karande zomimiryango mudusenere
Urakoze Maman Pasteur Déborah. Ndatahuye peee
Ndagukunda mubyeyi imana iguhe umugisha
Ndafashijwe pe Imana iguhe umugisha
Oooh halelua,ndafashishwe pe🙌
Ndagukunda Cyn Imana iguhe umugisha
Yooo pastor Imana iguhe umugishaaaaa nizo nyigisho ducyeneye.
Amen fata inkoni udukubitire karande
Ndagukunda pastor
Yebaba weeeeeeeeeeee cyakoze urumunya bwenge unsobanuriye ikintu nahoraga nibaza Imana iguhe umugisha
Amen Imana yacu iri hejuru irihariye
Amen Amen!
QUE DIEU VS BENISSÉS ABONDAMMENT MAMAN Pasta!från Stockholm Sweden
Imana yakunyujije ahakomeye ariko uvamo umudamu ukwiye!God bless u
Paste Debora ndagkunda kuva I bujumbura nanje ndo Yes nabigkorera ivyo yagukoreye. Imana ishimwe
Sha pastor debor nukuri ndagusha cyane pe
Amen nukuri ndafashijwe
Ndafashijwe🙌🙏 Yesu aguhe umugisha mwinshi 😊
Karande ishye pe
Imivumo ishye pe
Koko wasiga ikikwirukatsa ariko ntawasiga ikimwirukamo, usibye kwiha no kwizera uwanesheje byose Kristo,Umwana w’Imana udukiza kubwimbaraga ze zibohora,Imana imbabarire imbohoro nabange nibyange byose,iturokore idukize mu mbaraga nubutware bwayo butazashira imbaraga.
Ndagukunda Yesu agukomeze akugwizemo imbaraga.
Imana ikugirire neza
IMANA iguhe umugisha mwinshi watuganirije ijambo ryiza
Ndafashijwe pe imana iguhe umugisha
Ndagukunda cane ❤❤
Imana yo mwijuru iguhe umugisha mwinshi uramfashije 🙏🙏🙏
God bless you Maman Debirah ndagukunda pee
Ndafashijwe❤❤
Ndagukunda ❤❤❤❤ wigishaneza cneee
Ndagukunda Deborah 💕 komeza wizere uwo wamenye!!
Amena 🙏🙏 ntegereje uzanyemera mfite abana babiri
Imana iguhe umugisha ukiza imitima ikomereste icyamankamenya ahomusengera
Cgratulution mumy
Umubyeyi umushumba wanjye ndagukunda cyane n'impamo😘😘😘😘😘
Ndafashijwe pastar🎉🎉🎉
Yesu aguhe umugisha cyneeee 🎉🎉
I thank God for the great work he continues to do for his saved people
Ko yananutse cyaneee diiii yararwayeee
Uyu mubyeyi ndamukunda pe, iyo uri gutanga ubuhamya uba unkorera kubwanjye , so ndifuza kuzaterana aho wigishije ndi Emmanuel from Cameroun
Nkukunda byimazeyo Mama Deborah Imana yamahoro ijye iguha umugisha
Ndagukunda cyanee
Imana iturinde kuwizengurukaho
Imbaraga namavuta paster love you
Amen 🙌 ndanyuzwe
Nkunda Pastor Déborah pe.
Hallellua hallellua hallellua ndafashijwe 🙌
Woow wagabanutse ibiro di
Yesu nashimwe njyewe ndafashikwe❤
Imana indwanirire ibindwanya kdi inteze intambwe
Ndakunze uzikumbiriza imana ikubite karade zomu famiye
Aiiii twirukane ubwo bwami pee,
Igikongore mwizina rya Yesu
Nitwa Chadia ,Imana nziza nshuti
Ndagukunda cyane
Yoooo Deborah ndagukunda muri byose
Umva urimo neza wamumamawe 🔥 🔥 🔥
Ndakwikundira maman
Ubwo ko butavumwa Hallelujah
Mana ndagukunda ❤❤❤❤❤❤❤❤
Yego my Deborah nange wambaniye neza
Yesu atwicire za karande zaratumugaje
Ndamukunda Maman Deborah ❤❤❤❤
Mam,amagambo yawe aranyubaka p Imana igukomerez mu gakiza ,natwe idukize karande mu izina rya yesu.amen
Ndagukunda mugore mwiza ariko disi wananutse
Zulufati❤ ndakwibutse
Nukuri uyumugabo yagukunze afite iyerekwa pe
N amahirwe sha
Ndakwikundiye wanjye
🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏👏👏👏👏👏👏👏🙌🙌🙌🙌🙌imana ihore ikwitaho mama ❤❤❤❤
Amakuru, ndakuzi disi
Sekibi y ubwibone ndakurinbuye mw izina rya YEZU KRISTU genda uje munyenga y irimbukiro va mubana b Imana uje munyenga y irimbukiro