Baricwa nabi abanyarwanda muri Oman😭💔//aduhaye ubuhamya ko bicwa nabi bakajugunwa mu bishingwe😭
HTML-код
- Опубликовано: 6 май 2024
- / header_photo
tvCZaMbgSl...
Kanda SUBSCRIBE ukore SHARE ku Bantu bose.
(Ihuriro ry'ubutumwa bwiza buhumuriza umutima}
Mwatuvugisha kuri 0788347197. 0788605044. 0728222220
Mwifuza gushyigikira Umurimo dukora w’Ivugabutumwa nokutwungura
Inama ndetse n’ibitecyerezo byanyu n’inyunganizi.
Ubane natwe mu Biganiro byiza by’Ijambo ry’Imana.
Tukugezaho ibiganiro byiza kandi
1. UMUHANUZI NYAWE.
2. IHUMURE.
3. UMUHANZI N’UBUHANZI.
4. IJAMBO RY’UKURI RIBATURA.
5. UBUZIMA BWIZA N’IMIBEREHO MYIZA K’UMU KIRISTO.
Turikumwe n’Abakozi b’Imana bafite Inyigisho nziza Cyane aho
usobanukirwa Ibyanditswe,
Ubuhanuzi ,Amateka ,Ubuhamya,Indirimbo,Ibiterane.
Ndetse n’amahame nyayo yo Mugakiza.
Ndetse Ukanasobanukirwa Misiyo yazanye YESU Mu isi.
Ndetse Usobanukirwe Isezerano rya Kera n’Isezerano Rishya.
TURAKUGEZAHO N’INKURU ZITANDUKANYE KU Kinyamakuru cya
GIKIRISITO cyitwa WWW.IHUMURE.RW.
Imana ibahe umugisha Murakoze Turabakunda.
#IkuzoEmmy_0788347197_0788605044_0728222220_IHUMURE_TV_ / header_photo
Kanda iyi Link wumve amajwi yabakobwa bari muri Oman
ruclips.net/video/3Xp6Qc7G8Ec/видео.html
oman
inkuzo Emmy
P
Aa😊😊😊1
ntabyo ndi mo kumva
Yooo! classmate wange disi.Imana ishimwe kubwo kukurinda Mucyo. ujye uzirikana ko Imana yahozeho iriho kandi izanahoraho. wibuke ko wabayeho umuyobozi wa worship team muri CUR. Komeza usenge ntagihombo kiba mugusenga kandi nta sengesho ripfa ubusa. Happy to see you again
Urakoze narinyobewe Aho muzi
Bantu mufite Yesu Mumukomereho niwe Uzajya Aturengera ❤❤❤
Yego rata Jose,Mungu akubaliki Imana isimwe ko warurokotse, Imana iba igufitiye impamvu ,Humura iriho kandi irakuzi
Mwimusebya tura muzi cyane ntabinyoma agira ahubwo chou chou komera sha uzabahoneza
Uyu mukobwa umwumvise ubyitayeho wumvako ntaburara yigeze nibyamugwiririye ark knd JoJo komera humura Imana irahari knd Uri intwari rwose Imana izabana nawe
Oh I love you Ikuzo Emmy nahoraga shaka channel yawe nkunda isengesho ryawe ridukora ahantu 👏👏👏🙏🙏🙏nzajya ngukurikira 💯/100
Uyu mubyeyi afite imbaraga nyinshi zi Imana kabisa. Courage
Sha ndumva abubuhamya bukomeye peeeeeeeee! ariko basi wabanye nimana ndabikunze cyane knd ubuhamya bwawe buramfashije!
Uyumuntu twariganye mûri université Isave yarasengaga cyane josiane
Thank you so much for your ubuhamya(temoignage)
Ntimukabeshye abanyarwanda ntamuntu wagusanga murugo ngo akwice abo bajyera murugo bagatoroka iyo batorotse bahura ningaruka zikomeye cyane ngemba Omni musct
True
Thanks for sharing your message sister urakoze❤
Imana iguhe omugisha. Imana nio nkuru.
mouchoirs ko zidahenda, mubyitwararike, gushoreza bibi cyane.
Urashoboye p
Nkubwo koko urabona ashoreza kuko ayobeweko mouchoir zibaho ubu mubyo yavuze byose ubonye mouchoir ariyo ikenewe kurusha ibindi😮
@@ndashimyespecy2368 savoir vivre se uyicuye amazi? ni ukwibutsa nzi ko abizi, hari ubwo mu kiganiro baba bataziteguye
Imana ishimwe icyikurinze.
Imana yagukuyeyo amahoro tuyihaye Icubahiro
Pole sana sister. Dukunde Yesu cyane aratabara akiza urupfu
Imana ishimwe cyane.
Abarabu ko numva bamaze abirabura benshi nkurikije ubuhamya bw'abantu batandukanye bose maze kumva.
Imana ishimwe ko yakurinze
Abanyarwanda bakwiye kuva mumiteto niba wajyiye mukazi ugomba kubakora, biriya bihugu ntamikino iba irimo.
Nukuri oman ,saudi arabia dubai nahandi mubarabu abjyayo benshi barahaphira rwose abagande mbona bataka buri kwezi ko haruwaphiriyeyo sukubeshya abarabu nabagome cyane rwose
Abasigara mugihugu Bo harya ntanumwe upfa???ntaho badapfa
Aha mu
Rwanda
Ntabwo abantu bapfa ntaho urupfu rutaba kandi igihe cyumuntu iyocyageze arapfa
@@user-sk7yx7gh6f sinkibyo byose ngosinajya aha ngontazapfa nuguma ma ahose ntuzapfa😂😂😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅
Oyàsekandi urakabije burikwezi
@@user-if7fu7hj4s nibyo rwose njyewe amakuru ndayabona kenshi cyane ko mfite nama group mpuriramo nabamwe bakorayo ninshuti zanjye hariyo ubu namushiki wanjye rwose
Imana ikugirire neza
Ndumva barashakaga kugutwara urugingo
Oooooh!!!Mucyo,komera cyane ni ukuri,gusa Imana ishimwe ko wagarutse amahoro🙏🙏🙏
Sha ntago arimuri oman gusa nohiryaha ugnda birahaba😢rero mujye mwumva umuntu.najye mpora shima Imana chr kuko nasimbutse urupfu bari banyiciye ahantu hitwa Nakivale muri Uganda.Impore maa ndakumva cyane pe.
Nukuri
Yoooooo Imana Ishimwe ko yakurengeye❤❤❤
Yooo Mucyo nari narakubuze, mbega!!! Komera Mama kd ihangane
Imana ninziza
Imana ishimwe yo yakurinze jose kndi izakomeze kugufasha no kukurinda hamwe n'umuryango wawe
Mukobwa we ! Nturi umukristu gusa uri umweranda. Urabisa. Imana ibandanye ikuyobore.-
My sister mucyo pole sana
Imana ishimwe cyane urimurugo
Sha warahuritse pe gusasibose.wahuye nagome
Ma cheftaine joselyne, je te dit patiente 😢 Dieu est avec Vous ! Nous sommes ensemble en priere.
Icyogihugu cyanyuse cyashyizeyo ambasade bayirashyira ahobajyaguhigimpunzi kuzica nabo ninkabo muromani
Impore,Jose komera
Imana ikugirire neza, umu nièce wanjye yari yo nawe yatashye contrat itarangiye
!!
Mana yanjye uziko nanjye naringiye kujyayo habuze gato imana ishimwe yo yandinze abarabu!!!!?🙏🙏🙏🙏
Yoooh mucyo
Mwana w'iwacu
Imana ishimwe
Humura chr imana irituhande rwawe knd izahora ikurinda
Komera Joselyne, hamwine Uwiteka wakurinze
Mungu atakupiganishiya maadui zako dada uishi milele Mwenyezi Mungu azidi ku ku linda❤️❤️❤️❤️❤️
Amen 🙏
Baba bajya hehe ko amatangazo yatanzwe
Bivana ninzuburimwo sibosaribabi. Kandi mumenye kwatagihugu nakimwe kiburabagome😂😂😂😂😂😂😂 jewewe ahomerereye namahoro menshi 4ans. Ndiko nitegura gutaha ❤❤❤❤❤❤ ahondi bubahweeee❤❤❤❤
nta kibi yavuze ariko. gusa ko bamukoresha ataruhuka, yavuze ko bamubaniye neza.
Ndabona uri umurundi reka ngusubize niko nta mwene wanyu witwa Chantal waciye kumbuga nkoranya mbaga wabaye umusazi yirirwa k’umuhanda.yarari gutabarizwa na bene wanyu bajyanye b’abarundi.
Ubwose uravuze niba warahiriwe ukeka ko n'abandi arabagome
Urabavugira kuko uri umusiramu
Ubwose wowe urumva bagutwara iki
Umucyo ntujya uvangwa numwijima
Imana ifashe polisi yacu ijye itahura cyane abakobwa bacu basohoka igihugu kuko benshi bicwa urubozo😢
Sha pole mukobwa. Imana irakora kdi irahari
Imana izabahana abarabu ntakeza kabo wabanye n, abazungu ntiwabana n,abarabu.
Ukanze iyo link urabona ibiganiro kuri channel ye
ruclips.net/video/waV6vDu6IOw/видео.htmlsi=0l1IvD04dbNpAnr6
Ntabyo nkeneye
Twe turabikeneye
Sha wamwana we Wabonye Imana pe, kandi ndashima Imana ko uri muzima kandi wabinyuzemwo ngo uzatange ubuhamya, Yesu n’Umwami🙌🏾.
Bariya bantu n’abashenzi cyane,
Murebe rero ukuntu Africa yacu ari nka Passoire, iyo ni human trafic, ninko kwiyahura.
Éternel Dieu, je te glorifie, je te loue, je te béni et je te rend grâce pour ta grandeur,pour ta gloire, pour ta générosité, pour ta miséricorde. Sois loué Éternel mon Dieu, mon Roi, sois exalté, sois élevé, sois béni, sois sanctifie, règnes papa, dans nos cœurs, reigne dans nos vies, reigne dans nos familles, reigne dans nos projets, pour l’éternité.
Amen 🙏🏽 amen.
Turasaba abanyamakuru kugenzura ibi biganiro neza niba ari ukuri mbere yo kubitambutsa !!!!!
Oya nukuri. Ndi Saudi Arabia ibyo avuze ntibintunguye.
@@user-nf2hl1tx1xkuba bitagutunguye bihuriyehe no kuba ari byo? Foutaises
Kuberiki?@@user-nf2hl1tx1x
urimuribabandi bagurisha abandi mada ? yooo poresana
nibyo rwose
Pore umunsi ntarajyera ♥️
Komera Mucyo. Imana izakomeza kukwiyereka ntuzarambirwe.
Nyamara abo bantu bagukoreshaga, ntamutima mubi baribafite, hubwo baragufashije, ubwose wishyize mumwanya wabo wabarenganya?
Yesu Ashimwe Yagutabaye nkdaniel mu rwobo rwintare !!!!
Yoooooo sorry bambe 😢😢😢 Imana Izakurengera Humura
Ariko sha mwagiye muguma iwanyu muzi kwirukankira Imahanga .
Imana ninziza inihaw byose, uzayinambeho kugeza gupfa
Ariko Emmy wagiye uba professional koko, gushoreza koko kandi ari wowe, ibirenge bikomeza kuza byiseta muri background, amajwi y’abandi bantu muri background. Gusa wa mwana w’umukobwa we uri umunyamugisha, kandi urakoze gutanga ubuhamya bwawe ukaburira abandi. Amaraso ya Yesu akomeze akurinde, umugisha w’Imana ugendane nawe iminsi yawe yose myinshi kuri iyi si
Ariko iryo nitiku bigutwaye iki se koko
@@MukamunanaJeanne-zq8tf oya wi itiku ari gushoreza akamira bikumvikana bigatera iseseme rwose
Sha komera, bibaho gusa ndumva uzisinkanjye uzamfashe tuganire birambuye kuko ndakekako ntamikino ufite warize bihagije.
Ubwo urahaze sha
Pole
José ese ko nanjye nduwi muhanga twahura gute ngo tuganire ko nkukeneyeho inama
I can't forget Oman pe! Haragapfe haragaka puuu😢 Shimwa Yesu wahankuye amahoro.
Aho urikuvuga ngoharagapfa hatunze abantu benshi cyane ibintu nibabyaranze kugiti cyawe wegushyira igihugu yose mugatebo kamwe
Komera komera nshuti,
@@Sifa681 Yewe nabahapfira nibeshi rero nshuti, gusa niba haraguhiriye nibyiza kuko amahirwe y'ihene siyo yintama.
Sha hano Europe Chypre Nicosie turabanyarwda benshi turi gukora akazi, kandi byose ni sawa ntaribi kandi européenne unions ntaribi respect yokumuntu
Pole chr
Please 🙏 abakozi bomurugo bitandukanye na company
Mube maso bakobwa bacu beza mwihanganire ubuzima ducamo kandi munyurwe na duke mubona aho kwiyahura kandi nizereko abakobwa bose babonye isomo,gusa Imana yarakoze kukurinda.
❤❤❤❤❤
Kuki wicara ukinguye urugi rwawe😮
Mucyo ndabizi twarabanye muri byobihe sha ark ndabizi imana izakugirira neza
IMANA ISHIMWE
Mucyo sha!!!Ibuka kwa Yang !!!! Nibyinshiiii.Gusa impore!
Ntimwakundanye yagutayemo umutamo 😢😢😢😢😢
Njyewe icyo mpakanye nukuntu avuze indege ifite ubushyuhe keretse niba ariwe wenyine waribuyigendemo kd ntimugasebanye kbsa niba ugize chance nke ntago bivuze ko bose aruko kbsa hari abafite umutima mwiza pe
71.5F ni nka 22 C
Ubushyuhe mu ndege😏😅😅😅
ariko burimuntu agira uko Imana imwiyereka rero umuntu navuga ubuhamyabwe ntimukabyivangemo kuko ibibazo byaramubayeho ntago uba ubizi rata Mucyo komera iyakurinze ntago yagiye
@@MulissaVerenauvuze ukuri rata bashingirahe bavuga ko abeshya ko batari kumwe nawe.ikindi siwe wambere utanze ubuhamya nkubu.
Mwese murapfubusa kuko wumvisubuhamyabwe wumvako byatangiye kera yangwa gufashwa nokwase hose hose urumvako byagiye byanga.Gusa ntaho.Imana itakurumuntu,natwe tubamazemo.imyaka6 ibibi nibyiza biriyo gusa bisaba kwihangana nta diplôme uratayo wapi nugukoresha amaboko umugongo amaguru,vyose nokwihambira
Namwe ntimukarenganye Oman kbs nkawe wakoze contract none ushaka kuyi breaking urumvase aribyo se naho akazi kenshi nogukora cyane nubundi warubizi ko ugiye gukora akazi ko murugo, ntimugakabye.umuntu yagutanzeho amafranga muli contact amount runaka agize umushahara aguhemba ungana gutyo ubwo koko wagirango akurekure gutyo, igihombo yagize kizabazwe nde??
Nkandira kuriyo FOTO tubane urakoze wowe kugira ngo dusengere bashiki bacu bagiye muri Oman
Oman kbanza hatoroshye kbs mbega igihugu
Mwihangane munjye murwka ngutuma abandi bana bataza kwishakira ubuzima
Ariko ugira ubwenge? Nonese abo wumva avuga bishwe urumva ari ubuzima babonye cyangwa babonye urupfu? Aho kuvuga ubusa wari guceceka.
Abayobozi mufashe abantu banyu ndabinginze. Abantu barapfa ubusa.
My Classmate muri ECOSE uracyabaho? Nshimishijwe no kongera kukubona kweli komera mukobwa mwiza nari nsanzwe nziho kwitonda
Musambirax
Abahura nibibazo mubarabu nibeshi ariko sibose aribabi jewe abankuye iburundi tumaranye imyaka 3namezi ntakibazo ndahabona barankundape ndashimira Umwami wabami Yesu Kristo yangiriye ubuntu kandi umwanya nkora niwomuto gusumba uwonkoramwakazi nabanabeza abondimwope.
Ujye ushima Imana
Usenga se ntapfa?ahubwo ubwoba wajyanye ntibwarigutuma uhaha nguronke kuko abakoresha bawe ndumva ntakosa bagukoreye,naho ufungumwuka ugakora Kandi ukayacyura ,ubworero wavukanyimyaku komezusenge Wenda Murwanda ho tuzapfa ,umunebwe ,umunyabwoba ,numufungamutwe ndumva aribyo byakuranze tuza rero abandi barahiriwe Kandi nabandi bazajyayo bazakora reka gucintege abandi muba mumwaye mukitwazimana ntimunabarusha gusenga rero disi
Wang wamubazaga ibibazo byinshi ugatuma ikiganiro kitagenda kumuronko ugororotse mubindi biganiro izabikosore
izomuhwe zabibhehe zabarabu , harigihe baguha gift kumbe , nivyobigiyekukwica, harya iyo utanga ariya marasoyawe , uriyamukecyuru yarikuba nkagakumi gatoya wewe ahubwo akaba ariwewe urwarankawe, canke iyowarigusinya, wasanga barikugusinzirizabakagutwara ibihimba vyawe nkamapfiko nibindi ,,,, komera mukobwa mwiza, abakobwa baja oman ndabababariye nahobazi
Komera cyane Mucyo nkuheruka I Mukingi .
Kuva kera,ngo Abarabu bakoreye nabi Abirabura,abo babtu banga abirabura,ngo abo batwaraga mubucakara,abagabo batwaraga barabakonaga,ibyo byatumaga haofa abagabo benshi mubakonwaga,ahubwo Abirabura bemera idini yabo nuko batazi ubwo bugome bwabi kubirabura ,bareka kuba muli iyodini yabo!!
Gusebanya murabizi gusa ibyo muvuga muba mwihuguza imana izabibabaza murwandaho ntibabagaho mugihe cyabami ntibabakonaga uwo krisiti muvuga simwene mariyango yarabafpiriye ko ntawuza avuga ibyo yahuye nabyo namwe muba muribirara mudashobotse
Doruko wiyoberanya wagiyeyo utazi ahugiye barabeshyera ntago bacuruza abantu kubategera itike niko kubacuruza ndambiwe izonkuru zanyu
Doruko wiyoberanya wagiyeyo utazi ahugiye barabeshyera ntago bacuruza abantu kubategera itike niko kubacuruza ndambiwe izonkuru zanyu
Arikibaze umuntu ntimwigeze mukundana ugiyiwe uhita uyamana nawe injije ngo nizize komeza utubwire wimeninda mada reka tutere agasongabugari
ariko beneda kuki mujya mushimishwa nuko mweneso ababara ndacyababwirango ijoro ribara uwariraye gusa Mucyo iyagukuye muri Omani izagufasha rwose
Ubwose iyondege wari buyigendemo wenyine. Uratangaje pe😊
Ongeraho Kadama kdi ngo bashyizeho ubushyuhe buri 70/100 🤣🤣🤣🤣🤣🤣nibaza balance baribamusigayemo yarangahe!? Abanyardakazi ntakuri tugira muritwe🙄
Senga ejo ataba ari wowe niho ndi icyo nkugiriyeho inama ni ugusenga gusa
Rk Mana abakobwa murabeshye ntamukobwa ujyawemerako yarangaye bakamugira akayunjyiro cg isabune😊
Yewe mana we dutabare
Nagukunze pee
Umwana twiganye disi I mukingi! Micyo komera nikuri.
Kuki abanyarwanda dukunda gusebanya, oman nanzu zabasaza zibayo bageze muzabukuru
None se haribyo yavuze ko umukecuru babanaga mu rugo
Umukecuru yari mubitaro
Nukuri Iyomwijuru ihabwe icyibahiro
Arko ubundi muba mujyahe ?
Ni gute mujya mu barabu. Uzi amateka yabo nta n'ubwo yahagera. Nibo bambere batangiye kugurisha abanyafrique
Ihangane. Ntabwo byari gukunda ko wongera kubatekera bamenye ko uri umuKirisitu
71 y ubushuhe si VOLUME ni TEMPERATURE.
😂😂😂
Nkurikije ubuhamya maze kubona batanga, birya bihugu by'abarabu babakoresha nk'indogobe maze wajya gupfa kubera kunanirwa, barakwikiza uko bashoboye kwose harimo kugufungisha, kuguta hanzw no kukwica bakakujugunya nk'ibishinwe. Hari abakobwa n'abagore benshi baburiwe irengero kandi abenshi barishwe!
Abarikotse bose bakijijwe n'Imana kuko bayizeye bakayinambaho. Ngo babateza n'imbaraga mbi zibaca n'ibicucu kugirango ntibazigere bibuka no gutaha!
Ihangane
Ntimukayobywe n abandika comments bashimagiza ibyo bihugu buriya ni bo bagurisha abantu baba bagirango batabura abo gushuka,ubu buhamya bw ukuntu abarabu bica abirabura bahagiye butangwa n abahagiye bo muri Afrika hafi ya bose ,ntaho abantu badahuje ibihugu bose bacura umugambi wo kuvuga ibintu bimwe nta naho baziranye.abarabu muri kamere yabo ni abagome ntihakagire uzana ngo si bose iyo mvugo irayobya iyo uvuze abantu ugomba kubavuga muri rusange ntago umwe mwiza akuraho ko ari abagome muri rusange,rwose mwa bana b abirabura mwe musigeho kujya muri bariya bicanyi batindi b abarabu musigeho murye duke mubona iwanyu turuta kure kujya kuba umucakara wabo batindi ndetse bakanagerekaho no kuba bakwica ntibishe bake.
Konumva mwishyizemibintu bibi gusa ,harahatarubucakara muriyisi,umucakara uhembwa se hariribi
Ibyo uvuze ni ukuri kabisa
Ariko omani yabagorewehope ntimukabeshye namwe muba mwigize nabi kandi ikindi ikigihugu gifite ubuyubozi bwiza bwumva burimuntu wese nukuri mujye muvugisha ukuri ntacyo bitwaye mudakabije abantu basoza ama contract zabo bagataha bakagaruka omani itunze imiryango myishi please 🙏
Arabesha pee
Nibenewanyu muhuje idini Kandi ntimuribeza, nisi urabizi,
@@UwaseLindaGihozo 😂😂😂😂😂😂😂🤣😂😂 ibintahantu bihariye namadini kuko idini ntacyo ripfana numuntu 😏😏😏😏😏😏
Ark se uhera kuki uvugako abeshya mutarabanye mwigize abacamanza cyane ubuse ko muca Imanza Imana yo izakora iki
Njya ntangara iyo mbona umuntu avuga ngo undi arabeshya wenda wavuga ko yahuye n'umuryango mubi cg abo bandi nabo bahuye nimiryango myiza cg mibi😢 kandi nti tukirengagize ko no murwanda iwacu hari imiryango ifata abantu nabi ndetse ikanabica. Hubwo tujye dusenga Allah aturinde kandi adushyire kure yibibi n'ababi
Dore copine Disi umwana wo kwivuko imuhanga -musumba
Nanjye niho iwacu