Biragaragara ko Jibril wa Isilamu atari we Gabriel w'abakristu kuko igihe yaje kureba Muhamad mu buvumo, ntiyigeze amubwira ngo Asalamu aleikum, ahubwo yaramunize amutegeka gusoma
@@salmasalma1602 Nta rwango nyifitiye, ahubwo nugirirwa ubuntu uzasobanukirwa ko Islam twabwiwe baduhisye amabanga menshi cyane, Reka nkubaze, 1. Wari uzi ko Muhamad yashyingiranwe na Aisha afite imyaka itandatu? Marriage n'umwana koko? Soma Sahih Bukhari na Muslim, nutareka Islam uzaba ufite ikibazo 2. Waruzi Ko Muhamad yakanguriye abambari be gukora mutah, aribwo busambanyi bwunvikanweho, mukumvikana iminsi nigihembo, mukaryamana. Ndakubwiza ukuri nta wundi muhanuzi mu mateka wakanguriye abantu gusambana
Nashaka mpagire inama mwebwe Aba Pastori canke aba SHEH vyukuri iki nikorwa ciza cyo kugira ama debatt. ni bintu bigaragara ko mumaze gusobanikirwa vyinshi vyerekeye les religieux nukuvuga abantu bakomantaza imitima yabo ntibashire imbere ukuri. Icyo mwamenya..... Mwa ba Pastori canka abitwa abahanuzi : Bibilia yatangiye kwandikwa muki Giriki (Grece) imbere yuko bayandika mu latin mugitaliano (itali) Rero urumva urwo rugendo Bible yagize mu bisanzwe birafite icyo bisobanura. Rero mwaba Pastori icyo n,abagira inama ntimugakompanantaze imitima yanyu ariko mushire ukuri Imbere niho muzozoba muriko mugira debatt nziza. Bivuze ngo Bible ikiri muri Grece harimwo amagambo yararimo ariko utasanga muri bible zanone kubera zabanjye kuja mu butaliano (Italie) muki latin. Rero Papa wa XVI wa Roma yakoze amanyanga muri Bible menshi cyane utabara Ibyo ntago mwabihakana canka mubirye mwimpaka ariko Imana harimwo amagambo ya protectinze adahindurwa. Rero ba pasteri nta nyngu nimwe yo kujya impanka shira ukuri imbere ukoresheje umutima nama wanyu mushire aho ukuri kuri mwoye gusagasira ibintu byahinduwe atakuri birimwo. akarorero ngira mpahe : uzi yuko muri bible ya Grece bandika ko yesu bamubambye ku giti ( Poteux) bivuze ko ari igiti kimwe. Ariko bible imaza kugera Roma bandika ko yesu bamubambye ku musalaba (Croix) bivuze ko ari ibiti bibiri kimwe gitampitse ku kindi. ex ya kabiri : mukunda guhimbaza ko yesu yavutse le 25 Decembre ariko ugiye muri bible biragaragara neza ko atavutse le 25 decembre. none ko uzi ukuri ugakomeza uhimbaza izuka rya yesu le 25 decembre kandi ataribyo.ni mubitekerezeho.
Koroani ? Iyihe koroani? Ubu hari koroani nyinshi zo mu cyarabu sinzi iyo mwe muvuga. Imwe muri zo yamamaye ni Hafs, nah'ubundi hari nyinshi, zirimo Walsh, n'izindi.....
Rero Ikimana cya baromani cya vuze le 25 decembre babifatanije hamwe nivuka rya yesu bavuze ko bazarya bahimbaza izuka rya yesu le 25 decembre uko nukuri ntanimpamvu yokubirya impaka . none wewe poatori kubera iki ukomeza uhimbaza izuka rya yesu le 25 decembre kandi uziko atari ukuri .. kubera iki ??? ibaze nawe
Ba Islam nabasaba ikintu kimwe peee kd nimugikora muzaba Mukoze niba mishaka gusoma bible pleas read it systematically not only one line!! Kuko context niyo iba ikenewe
Asante pastor nagukunze pee guhagarara kucyo wemeye
Subhana’Allah Allah abashekhe beza bitonda basubiza neza chane Imana ibahe umugisha Ameen yaarab 🤲🤲
Allah akongerere ibyiza
Amiin
Yesu yaravuze intumwa zaravuze yemwe n Imana ariko ndumiwe abantu bafite ubutumwa bwamagini
Yaaa Salaaaaaam
Kabs nanga ukuntu bafata umurongo umwe muri bibilia batasomye igisobanuro cyo hasi cg title gusa Islam muzi bibile ariko niba arubusobanuro buke ntakibazo ariko mwazabazwa byinshi
Pastor J.Claude Imana inguhezagire !!
Hahaaaaaaaa uwomu pasteri ndamukunze
Paster bamwimye ijambo barimo kuryiharira , niba Ari debat uyiboye ikiganiro ajye abaha umwanya ungana
Mashallah jazakalahu khail Sheik
Maa shaa Allah baraka Allah
Dawa tv Rwanda ndabakundaaa yemwe yemwe nubukene yutumega ntamusi ntabumviriza ndi bururundi notes yusufu ngendakumana kayanza
Asalam alykum mashallah pasteur wemeye wabonye ukuri
Esuyu uyuvuga gotwemereyesu nkumwami numkiza Imana tuyireke birababaje Kuba mumuhimbira nukuri Allah abagarure kd abahe kujijuka
Allah Akbar
Swadakta shekh!!!
Pastel nakugira inama ko wava mubuhakanyi ukaba umusilamu
Ngo amabya???
paster aravuga ukur❤i 🙏🙏🙏🙏
Sheikh Erega mwamusobanuriye neza ko agomba kwiga cyane. Naho ubundi uwo mugabo ntakomeze kwibeshya ko igitabo cya Quran kigishwa nkuo yifuza
Allah Akbar. Abdul Salama nshaka numero ye.
Mukomereze aho. Allah azahembe abashehe baduhuguye ku idini ya Islam ahitwa Shyorongi.
Pastor mwa mwihereranye mwari kubaha umwanya ungana
Nibyo kabs pastor warasomye Quoroan yanditswe muri 633nyuma yurupfu rwa Mahmoud
BãrakaLLAHU fiikum ya mashãikh
Disi umuntu ucabranya akoresha imbaraga nyinshi kugira ngo agerageze kumvisha abantu ibyo avuga. Ariko uvuga ukuri aba atuje.
Mureke pasteur amatwi arimo urupfu ntiyumva
Haratogose pe
Murasetsa imana ntishobora kwibeshya ngo ihe umuntu ibyo atashobora iyo muvuga ngo muhamadi ntiyari yarize ngo ntiyarazi kwandika murabeshya sha
Mwatubwiye niba hari ahantu izo mbaho ntamagufa nibibabi byanditwe muri korani bibitse hehe?harahari?
Allah Akbar,Allah ayobore Pasteur kuko atega amatwi
Imvugo nyandagazi nizihe?
Jameni asalam alaykum ww.tuleteyeni huyu anaji ita Shaffii pls
Ubutaha Pastor nnawe azajyane nabagenzi be
Ahubwo azazane namatwi yunva neza rwose kuko kunva nikibazo
Ese moderator w'iki kiganiro abona ko iki kiganiro mpaka kitabogamye? Ni gute umuntu umwe yahabwa 10min, hanyuma aba sheikh bagahabwa 20 min
Pasteur mumureke kuko nawe abwirizwa nubuptu kuko hari inyungu ngenga mubiri
Yewe paster we ibyo uvuga ni binyoma nyagasani aguhe ubusilam
Ubutaha muzongere microphones
Ikindi, iki kiganiro umuntu wakiyoboye yakishe kuko nta balance irimo
Abavandimwe ba islam bafite gufana cyane no gucabiranya. Ubu ibintu byanditswe ku bibabi by’imitende byamaze imyaka mirongo ine?? Ikindi ubwo ibyo bafashe mu mutwe bari bakibyibuka inyuguti kunyuguti? Cg ubwo ayo magufa ntaryatakaye? Njyewe nagizengo muravuga ko igitabo cyamanutse cyose cyanditse muhamadi akacyakira cyanditse naho ibyo bindi ni ugupapira. Imana ntabwo kwiyandikira byari kuyinanira kuko Tuzi aho yahaye amategeko y’amatekego 10 ku mabuye ariyo iyo iyi yandikiye.
Amahoro y'imana abane namwe.pasiteri wacu numuntu mwiza cane akwiriye kwegera aba Islamu bamwigishe neza.korowani nigitabo kinini cane.bigusaba kwiga kugira utahure.
Ibyo byose byari ibitekerezo byimana kuko abobose bakuraga ububasha ku mana rero bibiriya n Colo,an byose nibyo
Ese kuki ibyo mwese mwemera ko atariby'imana , kuki byashyizwe muribi bitabo?
Biragaragara ko Jibril wa Isilamu atari we Gabriel w'abakristu kuko igihe yaje kureba Muhamad mu buvumo, ntiyigeze amubwira ngo Asalamu aleikum, ahubwo yaramunize amutegeka gusoma
Ese wazabanje ugasobanukirwa ukareka kwibanda kurwango ufitiye islam kweli
@@salmasalma1602 Nta rwango nyifitiye, ahubwo nugirirwa ubuntu uzasobanukirwa ko Islam twabwiwe baduhisye amabanga menshi cyane,
Reka nkubaze,
1. Wari uzi ko Muhamad yashyingiranwe na Aisha afite imyaka itandatu? Marriage n'umwana koko? Soma Sahih Bukhari na Muslim, nutareka Islam uzaba ufite ikibazo
2. Waruzi Ko Muhamad yakanguriye abambari be gukora mutah, aribwo busambanyi bwunvikanweho, mukumvikana iminsi nigihembo, mukaryamana. Ndakubwiza ukuri nta wundi muhanuzi mu mateka wakanguriye abantu gusambana
Gusoma mumutwe nibiki? Kandi ntibivuzeko ibyuvuga ko Ari ukiri nange nize kubiririmba Kandi sinzi nicyo bisobanura mucyarabu ahubwo abisilamu bararirimba nuko batabyemera niba muzi kuririmba murabyumva namwe
Turamusabira Allah amuyobore. Kuko uwo yayoboye ntawa muyoba.
Akakazi imana izakabahembera mwumwirwe kandi ibihembo byanyu birahambaye . Nkumbuye na mussa seif.
asat vugukur
N'ukuri kose mwese murapfa ubusa , twemeranye ibi bitabo byose ntak'imana kirimo !! N'imico y'abantu gusa mwirirwa Mwirukanka inyuma!!
Nawe wazazane iyawe mirongo tuguhuze nabo wiyerekane😂😂😂😂
@@samilahkats7922 Humura Imirongo irahari, untumiye twaganira!!
@@nkubitoyimanzi9387 Ryari ngo turebeko Dawa Tv yadufasha koko
@@samilahkats7922 byaterwa nabo?, ni nsanganyamatsiko bantumiriza !! Ariko jyewe imyemerere yange ishingiye kuri "Ndi Umunyarwanda" ubwo bantumiye kuriyo nsanganyamatsiko ntacyo ? Kuri chanel ya........Ahhhh, ntacyo ndahari
None se umuntu aduhaye atweretse aho kwivugiruza bigatagara none namwe murabihakanye Kandi yabisomye muge mwera kuba ikintu kibujijwe ntibivuze ko abantu batazagikora mujeres kubyo mukora
Reka ingaragu nuwashatse Bose ntacyaha kuruta ikindi kumana yaba irobanura kubutoni
Nashaka mpagire inama mwebwe Aba Pastori canke aba SHEH vyukuri iki nikorwa ciza cyo kugira ama debatt. ni bintu bigaragara ko mumaze gusobanikirwa vyinshi vyerekeye les religieux nukuvuga abantu bakomantaza imitima yabo ntibashire imbere ukuri. Icyo mwamenya..... Mwa ba Pastori canka abitwa abahanuzi : Bibilia yatangiye kwandikwa muki Giriki (Grece) imbere yuko bayandika mu latin mugitaliano (itali) Rero urumva urwo rugendo Bible yagize mu bisanzwe birafite icyo bisobanura. Rero mwaba Pastori icyo n,abagira inama ntimugakompanantaze imitima yanyu ariko mushire ukuri Imbere niho muzozoba muriko mugira debatt nziza. Bivuze ngo Bible ikiri muri Grece harimwo amagambo yararimo ariko utasanga muri bible zanone kubera zabanjye kuja mu butaliano (Italie) muki latin. Rero Papa wa XVI wa Roma yakoze amanyanga muri Bible menshi cyane utabara Ibyo ntago mwabihakana canka mubirye mwimpaka ariko Imana harimwo amagambo ya protectinze adahindurwa. Rero ba pasteri nta nyngu nimwe yo kujya impanka shira ukuri imbere ukoresheje umutima nama wanyu mushire aho ukuri kuri mwoye gusagasira ibintu byahinduwe atakuri birimwo. akarorero ngira mpahe : uzi yuko muri bible ya Grece bandika ko yesu bamubambye ku giti ( Poteux) bivuze ko ari igiti kimwe. Ariko bible imaza kugera Roma bandika ko yesu bamubambye ku musalaba (Croix) bivuze ko ari ibiti bibiri kimwe gitampitse ku kindi. ex ya kabiri : mukunda guhimbaza ko yesu yavutse le 25 Decembre ariko ugiye muri bible biragaragara neza ko atavutse le 25 decembre. none ko uzi ukuri ugakomeza uhimbaza izuka rya yesu le 25 decembre kandi ataribyo.ni mubitekerezeho.
Ndakeneye kubona iyo injiri ivugwa naba islam
Izo korani mwereko arizanyu mwera korani mufite ubutumwa bwamagini
Ark aba Islam ibintu byanyu bihora ari bimwe?
Haaaaa izo mpaka ntizibaka?
Koroani ? Iyihe koroani?
Ubu hari koroani nyinshi zo mu cyarabu sinzi iyo mwe muvuga.
Imwe muri zo yamamaye ni Hafs, nah'ubundi hari nyinshi, zirimo Walsh, n'izindi.....
Bite,komwahengamiyekuruhanderumw
Gusoma agace Gato ntibishoboka
Rero Ikimana cya baromani cya vuze le 25 decembre babifatanije hamwe nivuka rya yesu bavuze ko bazarya bahimbaza izuka rya yesu le 25 decembre uko nukuri ntanimpamvu yokubirya impaka . none wewe poatori kubera iki ukomeza uhimbaza izuka rya yesu le 25 decembre kandi uziko atari ukuri .. kubera iki ??? ibaze nawe
Nakuze bambwira ngo sallalahu aleyhi wasallam bivuga ngo imana imuhe amahoro n'imigisha....Kugeza igihe nabajije abantu bazi icyarabu bambwira ko ari ikinyoma cyambaye ubusa
Yeweeee ikinyoma kimaze kuramba gisa n'ukuri, ariko se ntabwo abantu bazi icyo salat ivuga ? Ni isengesho. Kuki banga kwemera ukuri
😂 😂 😂 😂 😂 Ntacyo nakubwira wowe nawe si wowe hhhhhhh
Ntago urinjiji gusa ucagasemo 😂😂😂ngaho tubwire salat ikivuga
Abantu banyoye amaganga y'ingamiya bamera nkawe
@@veritas8301 ahubwo c konunva ubizi ubwo ntiwancuze we nakubwira ko ucagasemo ngo nayanjye 😃😃😃😃 mfasha ugere Indera basuzume neza nyabu
Go kiss the black stone
Ba Islam nabasaba ikintu kimwe peee kd nimugikora muzaba Mukoze niba mishaka gusoma bible pleas read it systematically not only one line!! Kuko context niyo iba ikenewe
Contexte kbx
Kuki muvuga uburongo bwubucebuce mugenda mubeshabeshya ntimuvuge icyo umurongo ugamije abisiramu mureke kuyobya abantu bimana Bantu, nimwizere Jesu nkumwami numukiza wanyu.
Rekasha mwitubeshya mwaba Islam mwe! ! Ntabwo quran ari imvugo y' lmana
Allah akbr
Allah Akbar