Niyitegeka Gratien (PAPA SAVA) - IJAMBO RYAHINDURA UBUZIMA EP219
HTML-код
- Опубликовано: 22 окт 2020
- #PAPASAVA #NIYITEGEKAGRATIEN #IJAMBORYAHINDURAUBUZIMA
Niyitegeka Gratien umaze kuba rurangiranwa muri sinema nyarwanda kumazina nka Sekaganda, Ngiga, Seburikoko, Papa Sava n’andi mazina atandukanye, Aya ni amwe muri menshi Niyitegeka Gratien yamamariyeho nk’umukinnyi wa filime ariko akaba anazwi cyane mu bundi buhanzi dore ko ari umusizi, umutahira uzobereye mu by’amazina y’inka, umukinnyi w’amakinamico, umwanditsi w’amafilime n’ibindi byinshi.
Akora ingeri z’ubuhanzi zinyuranye nk’ Ibyivugo, indirimbo, ikinamico, filime, amazina y’inka, urwenya n’ibitutsi bitari mpangara nguhangare.
Mu kiganiro twagiranye ushobora no gukurikira kuri RUclips Channel Dash Dash Tv, yaduhaye inzira y'inzitane yanyuzemo kugirango akabye inzozi ze, iyo nzira buriwe yamubera isomo rikomeye.
Mu buhamya bwe Yadutangarije ko ubuhanzi bwe yatangiye kubwiyumvamo mu mwaka 1995.
Guhera ubwo aho yanyuze hose higanjemo ibigo by'amashuri aho yize hose mu Yisumbuye na kaminuza yari ikimenyabose.
Ashoje amashuri yisumbuye yagiye gukora akazi k'ubwarimu, Nyuma aza kubona ko kuba mwarimu abifatanya n’ubuhanzi byamugoraga cyane, ahitamo gusezera ku bwarimu.
Akinjira mu bya sinema, izina rye ryabaye ikimenyabose ni ‘Sekaganda’ muri film ‘Zirara Zishya’.
Iyi yayikinnye akiri mwarimu mu mashuri yisumbuye gusa mu 2015 yabivuyemo yiyegurira ubuhanzi ari nawo mwuga watumbagije ubukungu bwe kurusha imyaka yabanje.
Uyu muhanzi w’imyaka 42 y’amavuko, ni mwene Ngarukiye Tharcice na Mukarusharaza Bernadette.
Yavutse kuwa 25 Ugushyingo 1978 ahahoze hitwa i Byumba muri Kiyanzi , ubu ni mu Murenge wa Ntarabana muri Rulindo ho mu Ntara y’Amajyaruguru.
Mu mashuri yisumbuye yize Ibinyabuzima n’Ubutabire muri Koleji ya Rilima, hanyuma muri Kaminuza yiga Ubumenyi bw’Isi, Ibinyabuzima n’Uburezi.
Yarangije Kaminuza muri 2007, ahabwa impamyabumenyi mu mwaka wa 2008 mu Ishuri Nderabarezi rya Kigali[KIE].
Niyitegeka Gratien yakoze umwuga wo kwigisha mu bigo by’amashuri bitandukanye birimo FAWE Girls School, St Ignace Mugina n’ahandi.
Mu mashuri yigishijemo nyuma yo kurangiza Kaminuza, ahanini yatangaga amasomo mu by’Ibinyabuzima n’ubumenyi bw’Isi.
Aho yanyuze yigisha no muri bagenzi be yabyirukanye na bo azwiho kuba ‘inkwakuzi’, kubahiriza igihe no gukorana umwete muri byose.
Iyo uganira na PAPA SAVA, ni umuhanzi uvuga Ikinyarwanda cyiganjemo amagambo akomeye kandi adategwa, agira n’umwihariko wo kuvugana amaringoshyo menshi no kuvangamo urwenya mu buryo buryoshya ikiganiro.
Dashimu nukuri ndagukunda rwarukundo rukaz kubaho ntagufise ninko guhomba kazoza ihice kimwe iam from 🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Dashi Mwaratubeshye papa sava Niwe Jambo Ryumwaka
Ibiganiro vyaw biratwubaka cyane imana irushirizeho kukuja innere mubikogwa vyaw vyiza 💖💖💖💖
Ok dashimu ndagunze cyane pe uyumu Tonto yakenewe kbsa
Muri number one 1😅😊❤😢😮😅❤
❤😮
Dash Dash nkunda ibiganiro byawe cyane ,gukusanya iriyanyurabwenge ndabikunda cyane ariko ikintu tugiye gupfa ni uko utwicira urulimi.sinumva ukuntu wiga amashuri yose wize,ukaba uzi gukora ibyo ukora ariko ukaba utazi gutandukanya ingombajwi "n" n,igihekane"nt"ingombajwi"m"n'igihekane "mp".urugero:uvuga "umunu "aho kuvuga "umuntu",ukavuga "imano"aho kuvuga "impano"iyo uhageze rero ibyo uvuga biryana mu matwi cg ubutumwa utanga bugahindura umwimerere ndetse n,inyito.gerageza ukore imyitozo mu kuvuga ibihekane.Ndagunda ariko komeza ubushakashatsi n,ubwo ntakuzi.😁
Dashimu ndakwera cyane uzabwire igihe usobanurira amazina.
Murakoze cyane dashim 👍👍👍 uyu mugabo turamukunda cyane Kandi nawe turakwemera. Uzadushakire Ismaël Mwanafunzi turamukeneye.
Ngaho abamukunda muri film nimuzimpe
Dashimu ndakwemera wambwiye umuti utagoye ubu nakize imyate ! Gusa ndashaka ko uza tubwira ukumugabo yakwirinda kuzana inda nicyo yakora ibaye yaraje .ndakwemera
Hy dashim ndagukunda cyane
Arasetsa pp Sava.numuhanga.
Thank you
Uzatubwire no kuri mwanafunzi
Dashim ni Tuyizere Leonidas mu Ngororerero Dashim ndagukunda cyane pe! Niko nkukurikira nicecekeye. Uzongere utubwire kuri Thereza wikarikuta. Gumaguma dashim wacu.
We love you❤❤
Sha Kbs Turagukunda
Kbsa ayo magambo nisawa cyane, yavuze ukuri kbsa 👍
dashim nangayuko.udasubiza mn
Ndamukunda seburikoko
Papa sava ararenze
Dash turakwemera t2
Ndakwemer
Dashim turakwemera kuko uratwubakacyane urumutaramu KBS urimwarimuwunyabwenge turakwizera
Dash uzivugeh ndakwemer foo
Ndakengurutse. N'ivyiza ko iyo umuntu agihumeka gukoresha inguvu
Ndifuza guhura nawe nkakugisha inama
Uyu arerenze t2
Hhhhhhhh mbega papa sava ararenze pe koko ntibakabeshye ngo tuzatandukanywa n'urupfu kd mupfa na msg
Ndemeye Koko iyo uhingana inzara. Nibwo umenya agaciro kumusaruro
Amagambo akomeye kbx thx!!!
Ndakwemera nkemera nibyo uvuga
Ndabakunda kubiganiro mutegezaho twasaba muzemuvugeho claris karasira nawe muzabamukoz
Dwose uyuniwemuntu ntajyanumva harya ngo ni sava cg nisavayiva🤔 afitijwi yesuwe gs arashoboye cyane 😏
Thanks a lot sir ......
Nibikunda uzatubwire kuri Dmx Earl Simmons
turatwemera cyane
Uzatubwire no kuri amag the black, nawe numva anyubaka
Umva dashim wambabariye ukazatubwira kuri jaypolly
Ndagukeneye wasap yawe nizingahe
Dashimu may God bless you.
uzaduhe ijambo ryahindura ubuza Genelare Fred gisa rwigema
Uwomugabo ararenze
Good
Ndamwemera sana
Nisawa uwomugabo
Ibikorwa byawe nibyiza Cyane kandi biradufasha ukomereze shop.
Hhhhh
Dashimu ndagukunda cyane
Nazakubonagure uraryosha amakuru mubihindura ubuzima
courage muvandimwe
Uzadukorere Naka Neymar
Ndamufana pe.
Thx lot dashm
Uzaduhe igice cyakabir 2 bro
Dash Dash, Uzaduhe part 2 ye please
Dash ngenkwemera bihambaye kuburyo watumwe rimwe narimwe kwishuri nkarota kugirango nkunve umfashije navugana nawe
Nkunda ibiganiro utugezaho amahirwemasa
Nice
Thx
M😊😮
Kiyanza village Ntarabana sector
Uzadushkere amhta bachan and Rani Mukherjee
dash part 2 please
courage
Komera ncuti
Hano HARIMWO ivyubaka vyinshi
Komera ndamukunda cane
uratubwir amatek ya ndimbati simbon bary kamw
Bavuga Kiyanza
Ubutaha uzatubwire kuri amag the black haribyinshibyubwenge
hahahhhahah
ariko kuki utaravuga kuri fred rwijyema
Bisaba kubona imbwirwa ruhame yavuze ndetse n’inyandiko z’ibyo yavuze, Kuri Rwigema biragoye kubinona, hari abantu ntegereje ko bamfasha kubibona nimbibona nzamukoraho, kuri murandasi ntabwo biriho pe.
Nange ndi Umu philosophy Uzamvugishe 0786441287
Dashim muraho wazatuvuganiye muntara tukajya tubumv merereye lubavu gusa uzasubiremo mubutu sese seko
Papa sava ararenze