Even if it is comedy, but don't touch. Imana ntabwo yaremwe, yitwa Ishoborabyose. Nta kiyinanira, Ubwenge bwayo ntiburondoreka. Inzira zayo nta bwenge bwa muntu bwabasha kuzisobanura. Ntabwo ikinishwa.
Uko biri kose Nuko abantu twabay nabi Hazagera ibih tubone kwigera Imana aribisanzw icubahiro cayo sico kuza kugira Theatre nkizi ngizi hano for u can Understand in ur way but know that abeshi ntibabitahura ukubifata turi mw’isi yubujiji bwibitekerezo gusa Imana ntabwariyo kwigerezako Icubahiro nicayo ntitukayivang nivyisi kurikira amagambo yagiy avuga ameshi atarayo gukoresha
Ooh have u ever read books or biblical movies. ? Ivyo yakiny hari beshi bavyiyumvira ...sometimes even u ...u might have thought some times impavu ikintu cakubay ho kandi Imana ihari..wirirwa no gusenga...It s a way of spreading a good message!
Iyo mana uvuga ndumva Atari yo mu ijuru Nyirubutagatifu woe Uzi icyo ari c yo koko yivane mu mikino yae icyo si icyubahiro ntasoni ahubwo ari woe?utekereza nk umunyabyaha ark umusumbabyose Rurema atandukanye n abantu
This comedy contains a powerful message. Actually Gratien has preached than doing anything else.
This man is genius.
Ndumva nanjye Imana nayijyana mu rubanza🔥🔥🔥🔥😂😂😂🤩🤩🤩
Rekada ,
Nukuri kwimana nabuze uko nkwita ibyawe birandenga👍
Wawuuuu wawuuuu wawuuuuu uyumwaka numuriro kbsa nkunda ukuntu utajya utinzamo kuduha ibitumara irungu kbsa Bless you Gratien wacu Nyagasani akomeze akongerere Impano 💕💓
Hi Lydia Niba mutaramenyana
n'Umubumbe TV
muyisure murebe👇
ruclips.net/channel/UCD2Kqcxd2qYH0qd4fBudzDw
Imana ntikinishwa muzajye mukina mwongera mukinisha ibindi Iyaba arumuvyeyi Gito ntuba ikuretse ukururuka aho hantu.ndavuga simvura.ubundi mubura nivyo mutwenzamwo abantu.ibidutwenza sigutuka Imana.
Impressive I'm already satisfied at the beginning
Harimo ukuri kwinshi cyane cyane ku buryo bose batakumva cyane cyane abayobotse idini fanatique. Arimo arabaza Imana imvano n'impamvu y'ibibazo n'imibabaro abantu bahura na yo muri iyi si. Ibibazo nk'ibi benshi mu madini ntibabasha kubisobanura...
Sorry ibi bintu sibyo Imana rurema ntikinishwa kumpanvu zinyungu z'umuntu..... Mungu akusamehe kbsa..uzakinishe ibindi byose arko Apana Mungu muumba wako...voir l'histoire de job. Asabye kuburana nayo!!!! Usome utasikiya attention Mr?
Musome job cg yobu:38:1 mkomeze mwunve uko Imana yabajije yobu uzavanamo isomo rituma tuta kinisha Imana.
@@KazubaJoel-cp4vg Muraho. Kwibaza imvano y'ibibazo no gutaka ntibigabanya agaciro k'Imana. Kwibaza imvano y'imibabaro si ugukinisha Imana (na Yobu na Yeremiya bagize amaganya). Kubabara ntutake, kubona akarengane ntuvuge noneho wanakwibaza aho guhabwa igisubizo ukabwirwa ngo ntuzakinishe Imana, bitanga isura y'Imana nk'aho ari inyagitugu, itera ubwoba, itita ku bantu. Imana se ikeneye kwigamba ubuhangange bwayo itera ubwoba inababaza abantu? Icyo uba ukoze si ugusubiza ikibazo ahubwo ni UGUCECEKESHA gutera ubwoba. Tekereza umwana akubajije ukamusubiza uti ntuzankinishe. Ushavuye arahumurizwa ntaterwa ubwoba. Ibibazo yibaza bifite ishingiro, kwibaza ni yo nzira yo gushaka igisubizo, gufata ingamba aho guhera mu kwiheba, kubyihorera no kubirekera Imana.
Twumve neza umuhanzi: Imana mu rubanza ntibivuze ko waburanya Imana, waburana n'Umuremyi se? Niba wakurikiranye umukino ukawurangiza, byarangiye atsinzwe, ni nk'aho yavuze ati Mana ni ko wabishatse, ubuzima ni ko bumeze, twige kububamo mu byiza no mu bibi. Ikibazo nikiza dushake umuti/ibisubizo dufate ingamba aho kubyihorera gutyo, guhera mu kwiheba no kubirekera Imana.
Inkuru yo mu gitabo cya Yobu na we yibajije ku byago yagize, hari aho umwanditsi avuga ubuhangage bw'Imana mu mikorere y'ubuzima ariko inkuru irangira neza Yobu akize indwara, asubizwa abana n'imitingo. Ntirangira Yobu aheze mu byago no kwiheba.
Ibibazo bikomeye by'ubuzima no kubaho (questions existencilles) byayobeye abantu si ko bisubizwa na buri wese cyangwa ngo akugure inama. Ikiriho cyo kubwira umuntu ngo ntuzabyibazeho, ntuzibaze ku Mana, nta gisubizo kirimo. Imyemerere y'idini ntikemura ibubazo byose.
Hari ibisubizo byavumbuwe (imiti y'indwara z'ibyorezo, ibikoresho bidufasha harimo n'iyi telefoni cyangwa mudasobwa, icapiro, kwandika...) bitewe n'uko abantu barenze imipaka yo gutekereza ko igisubizo kiba ahantu hamwe, ko byose byamaze kubonerwa ibisubizo.
papa sava we urapfuye iyo comedie yo gutuka Imana sindayishigikiye.Imana ntikinishwa.
Igitecyerezo ni kizaa, ariko ndumva harimo imvugo nyandagazi nyinshi. wabigira byizaa kurushaho, kuko ufite impano nziza, Amagambo meza, ni mvugo nzizaa, ni kwitwara nezaa imbere yabanu, byakubaka bose. Urakozeee Yezu akurindeeee
I come in 2023 this comedy sinjya nyihaga
Yobu yarabajije Imana irihorera , ariko inyishi Imana yishuye Yobu ati , igihe narema isi warihe ? Uyumutama nawe inyishu ziwe zirateguye .
Nyamara ibyo avuga nukuri ibi si comédie, Imana twabwiwe irimo ikibazo uko twabibeshywe
Dukumbuye iyi show bikunze mwadutegurira another one pee.thanks kuko nyireba nyisubira
Imana yaragowe rwose.
Papa Sava the clever man & Best comedian in Rwanda
@ venuste Komera komera ubu mba nanjye numiwe
Ibintu ukina urabizi wowe ujyewikinira ibindi Imana ntikinishwa nshuti gusa urasekeje
Gratien ndakumvise noneho. Imana niyo ihora itsinda Kandi ibyo ikora byose biba bikiranutsr
Gratien icyo cyivugo cyogushinja imana murubanza harimo inyigisho zateye benshi emotion h
Poeme. irimo inyigisho nzima
Umugabo wumuhanga muri byose
Courage muruyumwaka
Ariko.mujye mumenya Ibyo mukina nabyo !
Jye ndababaye Imana itubabarire kubw'amatwi twandaritse aha. kuba numvise ibi . nakundaga Gratien nari nzi ko agiye kuvuga ibyiza ariko gukinisha Imana no kuyivogera si byiza. Cyokora yuzuye IMBABAZI wa mugani we ibyaye ikiboze irakirigata.
Ibi simbikunze
Ibintu ukina urabizi wowe ujyewikinira ibindi Imana ntikinishwa 😮😢 nshuti gusa urasekeje😅😅16:44
Kwibaza imvano y'ibibazo no gutaka ntibigabanya agaciro k'Imana. Kwibaza imvano y'imibabaro si ugukinisha Imana. Kubabara ntutake, kubona akarengane ntuvuge noneho wanakwibaza aho guhabwa igisubizo ukabwirwa ngo ntuzakinishe Imana, bitanga isura y'Imana nk'aho ari inyagitugu, itera ubwoba, itita ku bantu. Imana se ikeneye kwigamba ubuhangange bwayo itera ubwoba inababaza abantu?
Icyo uba ukoze si ugusubiza ikibazo ahubwo ni UGUCECEKESHA ubaza ukamutera ubwoba. Tekereza umwana akubajije ukamusubiza uti ntuzankinishe. Ushavuye arahumurizwa ntaterwa ubwoba. Ibibazo yibaza bifite ishingiro, kwibaza ni yo nzira yo gushaka igisubizo, gufata ingamba aho guhera mu kwiheba, kubyihorera no kubirekera Imana.
Twumve neza umuhanzi: Imana mu rubanza ntibivuze ko waburanya Imana, waburana n'Umuremyi se? Niba wakurikiranye umukino ukawurangiza, byarangiye atsinzwe, ni nk'aho yavuze ati Mana ni ko wabishatse, ubuzima ni ko bumeze, twige kububamo mu byiza no mu bibi. Ikibazo nikiza dushake umuti/ibisubizo dufate ingamba aho kubyihorera gutyo, guhera mu kwiheba no kubirekera Imana.
Inkuru yo mu gitabo cya Yobu na we yibajije ku byago yagize, hari aho umwanditsi avuga ubuhangage bw'Imana mu mikorere y'ubuzima ariko inkuru irangira neza Yobu akize indwara, asubizwa abana n'imitingo. Ntirangira Yobu aheze mu byago no kwiheba.
Ibibazo bikomeye by'ubuzima no kubaho (questions existencilles) byayobeye abantu si ko bisubizwa na buri wese cyangwa ngo akugure inama. Ikiriho cyo kubwira umuntu ngo ntuzabyibazeho, ntuzibaze ku Mana, nta gisubizo kirimo. Imyemerere y'idini ntikemura ibubazo byose.
Hari ibisubizo byavumbuwe (imiti y'indwara z'ibyorezo, ibikoresho bidufasha harimo n'iyi telefoni cyangwa mudasobwa, icapiro, kwandika...) bitewe n'uko abantu barenze imipaka yo gutekereza ko igisubizo kiba ahantu hamwe, ko byose byamaze kubonerwa ibisubizo.
Please wankoreye copy yiyi comment ukayimpa
@@UMUHIREValentin930 Ukoresheje computer cg browser wakora copy ya text
Courage Gratien.Aha harimo ubwenge butakumvwa na buri wese!Keep it up.Urashoboye kdi urashobotse.
Akantu ko gushobora bivanze no gushoboka niko🤣
U r the most creative comedian
Kuva nkagenda ndabona Comédie !!!!!!! Iyi irankuyeho kabisa
Ngewe ibi bintu binteye ubwoba pe!
Abantu bari bari hariya mufite ibibazo kuko uyu mugabo ntacyo atavuze.
Ariko byo rwose ibintu Imana yakoze kwa Mariya na Yozufu ni urugero rubi kd rugayitse!!!!!ahaaa
Ni byo koko, Imana ni Rurema niyo mpamvu bigomba kurangira itsinze!courage
Uri hejuru p
Abavuze ngo Gratien arimo gukinisha Imana nuko batarebye iyi video ngo bayirangize niko nkeka, kk ibyo yavuze ni ibyo abantu babaza Imana mumitima yabo kandi ntanigisubizo babona! Ariko yabishoje neza. Ni inyigisho yatangaga si Imana yaburanyaga. Ahubwo yabwiraga abayiburanya kdi yabwiye ko bategereza bihanganye ibyabo bizakemuka kk iyabahanze irabizi.
Harabihuta kuvuga gusa batanatekereje neza🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Naagukundaga Aiko......ubwo utangiye gukinisha Imana iherezo ryawe rirageze
Reka jyenda icyo avuze kitaricyo nikihe ?
Mugira ibyo mushomokamo
wow nibyiza biryoheye amatwi knd uzi guhanga pe. ark ujye ushaka akantu wihanaguza icyunzwe. byaba bisa neza murakoze.
kurogitwa kumana
Siwe nanjye nza ndavyiyumvira bikansiga pe
Ese umuntu wari wicaranye Na Linda ko basa
Umugabo numuhanga kweli
😂 Gratien agira impano yo kudahumbya😂
😂😂😂😂😂😂😂😂 abo bajama bagize ubwoba
Abaparilema ya Byumvuhore jeam Baptiste
Ibaze iyo pastor avuga ko muzarimbuka uko muba mumeze
Hhh ariko se papa Sava wagiye wihangana Imana ukareka kuyivugaho izonkuru
Waragafasha
Urahaze
Muge mukina ibindi kuko Imana sigikinisho.
Ubwo yagusumira amaboko yayo wayakizwa niki.
Wibuke uwayikinishije agahinduka inyo.
Mugira ibyo mucyimisha shahuuu lmana igufashe gsa mujye mucyinisha ibindi ark lmana nimukayishyire mumicyino yanyu
❤❤2024 this❤
Ibisazi biri controlé😂
Huuu kina nakagame ivyukina navyo ntavyuzi bagushima kwiruka ukarenga iwanyu
Gratien
Wamugabo wee urumuhanga kambikubwire ukiriho ntazabyibuka wagiye urumuhanga peeee
My Friend, YESU Agarutse ibi nibyo bibazo bamubaza. nanone ntiyarokoka ndakurahiye.
Ariko harabavugako yasaze ariko ibibintu nivyubwenge ndakurahiye abantu dufise ibibazo vyishi nuko kubibaza bigoted nayahandi ibibazo nivyishipe uyumugabo arinubwenge peee
Smart not harder. Big up u re the best
it should be better to add English subtitles so that it will be an international one.
nice idea
Uri irintiti uzira itiku nurinati
Uri umuhanga wamugabowe icyama tukazahura tukaganira
Aha ni NO COMMENT👌🏼
Even if it is comedy, but don't touch. Imana ntabwo yaremwe, yitwa Ishoborabyose. Nta kiyinanira, Ubwenge bwayo ntiburondoreka. Inzira zayo nta bwenge bwa muntu bwabasha kuzisobanura. Ntabwo ikinishwa.
Papa Sava ntabaho!😂😂
Ariko waborewe ubustari nabi namwaka uzoyimarana kuko akogasuzuguro usuzuguye imana ntiyovyemera nikureka umwa ugikina ubwo buswa utihanye izobatariyo wavuze kukko iyotwizera ntifyinishwa
Umwaka urashize
uzayiduhere nijambo yisobanure ariko twumve
Haaaaaaaaaaahaaaaaa thank you gratien. Nukuri watangiye ntakumva neza ariko message nyumvise usoza😓
Eh mugabo ntunkwegere NGO je twarikumwe aho mwaburana shwiiiii
Ivyo bintu ntabwo arivyiza abantu dusigay duhangara Imana kueli ngurayishinja muraraba mwisubireko
urahanga ariko. nuka vuge Imana.kuko ntuyizi. I mana ninye mbazi. ikubabarire ukuko iyo ita inyembabazi ntuba uriho ariko yatanze umwana. wayo kubwawe ibyo uzabirege satani
None c wew waravy uko vyarangiy cank ntiwatahuy son œuvre. ?
Uko biri kose Nuko abantu twabay nabi Hazagera ibih tubone kwigera Imana aribisanzw icubahiro cayo sico kuza kugira Theatre nkizi ngizi hano for u can Understand in ur way but know that abeshi ntibabitahura ukubifata turi mw’isi yubujiji bwibitekerezo gusa Imana ntabwariyo kwigerezako Icubahiro nicayo ntitukayivang nivyisi kurikira amagambo yagiy avuga ameshi atarayo gukoresha
Ooh have u ever read books or biblical movies. ? Ivyo yakiny hari beshi bavyiyumvira ...sometimes even u ...u might have thought some times impavu ikintu cakubay ho kandi Imana ihari..wirirwa no gusenga...It s a way of spreading a good message!
Ariko rwose abantu mutuka Papa sava umenya mutarangije iyi sketch kuko Imana niyo birangiye itsinze pe! Ibindi kandi Gracien n'umuhanzi usetsa Ntabwo ari pastor🤣🤣🤣🤣🤣
Bihorere batukane azi ibyo akora
Ewana urisanzure kbs
Ese mvuge ngo ni igitangaza cg mvuge ngo ni ikirangaza? Ese mvuge ngo ni ubuhanzi cg mvuge ko aribyo ntari nzi? Ese Iyi nganzo ni iyera cg n’ibyererana bitokora Uwera? Ese itanga amatwi yo ntiyumva? Niba yumvise ibi koko irirengagiza ark irazirikana. Ese ubwenge bwose butigenga bwabasha kugenga nyirabwo? Ntabwo bwamenya ko bwatannye kuko ntibwigeze buba ubwenge, ubwenge bwitwa ubwenge aruko bufite nyirabwo kd nyirabwo ni we bwenge. Nonese nubuhe bwenge bwatinyuka kwihangara mu bwenge bwabwo? Iby’ubwenge bwo mw’Isi bwo byose ni ubusa. Ukwica nuguhekesha umutwaro wowe ubonamo umurimbo, biroroshye gufata inyanja Ukayisuka mu gakoroboye gato kangana n’umufundikizo kuruta uko ubwonko bwa muntu bwarundwamo ubwiru n’igenamigambi ry’Imana. Ese waba uhumirije ukamenya ko bwacyeye cg bwije keretse ubibwiwe, banza ukanguke nibwo urabona, nyuma yaho umenye, ubone uvuge, kuko kuvuga utabonye bitera nyirabyo kudakanguka kd igihe nibwo bubiko bw’ibimenyetso by’urubanza bya buri wese, mu by’igihe kibitse byawe nibi birimo. Mbega ubuhanzi! Ese Umuhanga (Umuremyi) wa byose wahanze ijuru n’Isi agahanga n’ibiri kw’Isi byose yarayobewe ko ubuhanzi bwe bwabyaye ibi bihangano bye bizageraho bigahindukira bikamuhangaho! “Ikibi kizaza kd kizasohora, hababaje uwo kizasohorezwaho ark hagowe uzagisohoza” nuko rero twirebera, twininire, twisuzume, tutazagirwaho n’urubanza. “Hagowe uzashuka umwe muri aba, icyiruta nuko......... mu Nyanja” Nyirugutwi yumve kd ibifite intangiriro byose bigira iherezo ark hari Udafite itangiriro kd ntagire iherezo, tekereza kabiri kuribyo mbere yuko ugambirira no kumuhangara, ubuhanzi bwose intego yabwo imenywa na nyirabwo ndetse ingaruka zikamenywa nabasogongera ubwo buhanzi ark umusaruro wabwo umenywa na nyiri ibihangano byose ari Umuhanga (Umuremyi, Uwiteka, Isumbabyose) mbese umusaruro akuye muri ibi ni uwuhe? Bizamenyekana ku munsi Imana izapfundura igihe aribwo bubiko bwayo ikamenya niba byari gushishije benshi cg byaracunguye benshi. Amen 🙏 //// Nyakubahwa mubategerezanyije amatsiko igice kizakurikira niba hari icyateganyijwe ndimo, Uwiteka azamfashe nzabe nyiri mubazakibonera uburyo bwo kukihera ijisho.
Hari izina ridakinishwa .Imana nyagasani.
ruclips.net/channel/UCD2Kqcxd2qYH0qd4fBudzDw
Graciane nuzi izina ukinisha Imana nibayikinisha ninakinishwa ubwo yagukumbanya ahongaho ukumirwa
Fantastic.
Muvandimwe Papa Sava ndagukunda ariko gucira Imana urubanza , yebaba weee
Yigaruye munyuma. Yahavuye asanga Imana iri hejuru ya vyose
Ko bikaze aha no comment !! Gusa ntibyoroshye Think twice Before!!!
Nkumbuye "ngayo nguko" uzayigarure pe
Ahubwo urumuhanuzi ukomeye,abandi baribeshya!!
Uyu muntu n'incabwenge mufise Mu Rwanda kabisa.
Eeeeeee ko bitoroshe ngo Imana mu rubanza urayiciriye urubanza pe
Where and when does this happen pls someone should let me...
Great job kbs urashoboye bro
IKI GIHANGANO KIRI KURWEGO RWOHEJURU KUGIKURAMO AMASOMO BISABA GUTEKEREZA BYIMBITSE
Abantu bari muriyi salle nabo erega bararanganyije amaso hejuru bashaka kureba imana.
Ibyo gratien avuga ni challenge kubirwa bangisha abantu imana itabaho, Imana igihimbano cy abantu
*bigisha
👏👏👏👏👏👏👏👏
Kabisa
Bemwisore be murela gutetereza imana
Papa Sava Ukiinabyinsh bimwebizagukoraho urashinja Imana ibyaha? Ufitingoranikomeyeeeeeee
Imana erega ni Baringa, ntibaho, ahubwo ukuntu aba yakinnye comedy abwira itabaho
Urumucamanza c menya ibyawe burimuntu nibye
@Best Lover sorry nawe arabizi ni jock mumubabarire kbs
❤🎉🙏🇷🇼
Izi show zibera he koko
Ibi bijya gusobanurako bibiliya yose twandikiwe ishobora kuba yahimbwe na capitalistes bayoboye isi!
wahora ukora vyiza ariko utanguye kubicanga kabisa kuko izina ridakinishwani Imana. icakora iguharire
Papa sava warenzurugero ! Uhangiye ikidahangagwa. Urashinji RUREMA ! esprit ninyishi uraraba neza.
Atimana murubanza ubanza utayizi?
Courage kandi uradususurutsa cyane
the in Rwanda is you
Komerezaho inzozi zizaba impamo, ushobora kugaya umusaruro uva mubyo ukora ariko udakoze ntiwawubona
Urangije neza kandi ibabarira abicuza
Eye opening
Ukowayibajije naweniko izakubaza
Courage Nukuri Imana murubanza
congratulations Gratien
Iyo mana uvuga ndumva Atari yo mu ijuru Nyirubutagatifu woe Uzi icyo ari c yo koko yivane mu mikino yae icyo si icyubahiro ntasoni ahubwo ari woe?utekereza nk umunyabyaha ark umusumbabyose Rurema atandukanye n abantu
P. Cava urakaze pe
Kweri!!
Uri umuhanga!
😂😂😂😂😂😂😂😂urangije neza ! Homme intelligent !
The first iif
🤝🅰️🏪🤟
😚🥋🤲👋freq ref fig is weft in off ww
Bnf
Bnf u dfe
Muraho papa cava comedy zawe ninziza arko be careful kubyerekeye iby'Imana kuko urikubivuga kubwo gushaka indamu(Akazi)nyamara ibyayo ntukwiye kubizana muri byo kuko ibyo yakoze byose yabikoze murukundo rwayo nomubuhanga bwayo icyutazi nuko mubantu baraho haraba shobora kuva Ku Mana bitewe nibyuvuze kuko harimo abatarakomera rwose wowe ukibwirako arakazi nyamara wafatiganyije na Satan kurimbura imitekerereze yabana bayo.plz Niko byumva uzakore ibindi ariko iby'Imana kuruhande kuko bishobora kukugiraho ikibazo gusa Imana ikubabarire niba wabikoze utabizi uzasome igitabo cya yobu aho yaburanye nayo uzumve uwatsinze arinde nyuma yokuhasoma ntuzongere rwose kuko urikugwisha abantu utabizi cg ubizi .gusa Imana izashira hanze ibihishwe Imana ikurinde
Imana se wagizengo nayo ibyayo byihuta idasesenguye ,igatera ubwoba,wapi!