Kuri Gahongayire||Impamvu umugabo munaniranwa ni imwe||Mugwiza twaganiriye
HTML-код
- Опубликовано: 19 сен 2019
- Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250784838126
Umva bantu ntimupfe ubusa, iyo umugore yigeze umugabo akaza kumara igihe atamufite, waba ukijijwe waba udakijijwe bigira icyo byangiza kubwonko bw umuntu .....gusa iyo ukijijwe urihangana kubwo kubaha Imana nogutinya icyaha , ariko deep down ufite ikibazo gikomeye , uhorana agashiha , kandi ugakora ibishobika byose bigu keepinga busy kugirango hatagira ubona ikibazo ufite cyane mumaso. Nukuri kutabana numugabo Warabyigeze nihatari , waba uri umuntu uzwi ho ,ubifite ibibazo kuko baba bagucunga cunga kuberako burya umuco wacu twebwe dukunda kureba ibitatureba kubera cyane .......usibye ko atari byiza .....
Ariko abanyarwanda muranyica gusa kuki mwanga umuntu nkuyu udufitiye akamaro uvuga uko abyumva?????gahongayire ndamukunda peeee ariko ntukababazwe nubusa kuko ibyakubayeho sibanga kdi siwowe gusa reka gusebanya plz from North Carolina USA
Uyu mu mama ari muri bake cyane bavuga ukuri cg se basobanutse
Jerry n' umwana mwiza, très sympatic, she is very comic, I like her ideas. Nkunda ukuntu ali umu liberale🤣🤣
Impamvu ushyigikira ubuharike nuko nta mugabo ufite. Nubwo udafite umugabo ntuzasenye ingo zabandi ngo ubuharike sibubi. Natwe ntabo dufite ariko ugomba kwitonda.
Erega isi iri mumarembera
Ibyo uvuga ni byo, gabanya ibiganiro byinshi. Amagambo menshi ageraho akavamo ibicumuro cyane cyane iyo ukunda kuvuga ku bantu cg c ukomeze ariko wirinde gukomeza kuvuga abantu bwite mu mazina. Abanyamakuru bashobora kugusembura ukarengera, ibyo birazwi, rero witonde utavaho ugirana ibibazo n'abantu cg abantu tugahaga ibiganiro byawe kubera ibintu nk'ibyo. Ni uko mbyumva.
Sabin ujye utumira Jelly Mugwiza inshuro nyinshi. Nawe afite inyurabwenge zicyenewe muri iyi minsi. Turamwemera avugisha ukuri atavanze. Hari undi mukobwa wigeze kutuzanira avuga ko nawe atazashaka , ariko ko yabyara. Nawe uzamugarure. N'intiti.
Mugwiza ndamukunda cyane she's very smart kandi ibyo yavuze nukuri umugore iyaba wenyine adafite umugabo amaze kurenza 28years old nkuko July yavuze hari kintu kinini kibakibuze. Keretse iyo yiyemeje kudashaka kandi akabaho ubuzima bwo gusenga cyaneeee aho nisawa.
Sister wa Karasira Aimable😂😂😂
Ndi addicted ku buganiro bya Mugwiza !!!!!
Baca umugani mukinyarwanda ngo ubyina cyane wageraho ugasobya!! Mugwiza watangiye neza none ndabona urugambo rwarakurenze utangiye gu..........gabanya ibigambo byinshiiiiiiiiiiiiiiiiiiiii!bigeraho bikaba nkubujajwa 🤷🏻♀️
Ni byo rwose ibyo uvuga, amagambo menshi avamo ibicumuro cyane cyane iyo ubikora inshuro nyinshi. Mbere yo kuvuga biba byiza kubanza kwitonda.
Ark mwaretse kuvuga uriya mugore imana izabakubita urushyi ntibakiyitirire imana ahubwo nareke kubwiriza abantu za be blessed ngo Hale Luya knd haruwo bararana batasezeranye umva murekere birahagije
Uwo umuntu ndabona avuganira abantu bahuje ikibazo,kuko nawe ntamugabo afise!azi uko kurara wizinze biryana
felix ndihokubwayo hhhh Filixi nibyo birashobk
Iyuvuga kubuzima ubamo biba byiza uba ufite gihamya.
I really like her! Avuga ukuri
Mugwiza azi ubwenge pe, uri ikitegererezo rwose, abantu nkawe barakenewe ngo bajijure abanyarwanda. Ndagukunda cyaneeeeeeeeeeeee
Uyu mukenyezi araciye ubwenge cane. J'aime sa façon d'argumenter.
Hanyuma kandi akabazwa na Sabin, un intervieweur hors pair.
Burya rero mu buzima kwiyoroshya no guca bugufi nibyo biranga umuntu nyamuntu.Rwose kuba wamusaba imbabazi kubera wamukomerekeje nta kosa waba ukoze.Burya ibyo tuvuga byose siko bose babona ko ari byiza.
uvuze vyo ariko reka kumucurira sha ngahongayire , divorce itumwa navyinshi, ni nko kuba infuvyi abandi bafise abavyeyi . Imana niyo nkuro , si abagabo bomubitanda
Cyane rwose, ntawuba wanze kubaka urwe, buriya ntizisenyuka ntampamvu.
Uyu amugira inama yo kujya asambana nibura 1 mu cyumweru.
ON THE TOP hhh papa uramubeshey
@@ndarenova5224 uzarebe ibihaniro byabanje...
ibinyagwandWA ,MURARUGUTA H0FPU ,TOKA
Kubaha uwiteka nibwo bwenjye kuva mubyaha Niko kujijuka
Rwose mukwiye kureka Aline , aranyuzwe mumutimawe, kdi Yesu aramuhagije aramuryoheye, mwimuvangira. Ibyo yaciyemo mubimurekere ni ibye azajya abyimenyera. Please
🤣🤣🤣🤣 weweee
Suko c sha
Aline mumureke kuko agira ibikorwa byinshi byimpuhwe,
nawe ntiyakagobye kubishira ku karubanda buriya abakeneye ko twivanga
@@praisegod6061 hivanga inkunzi zamagambo y'ibikavyo
Aline Gahongayire reka nkubwire ikintu kandi ukibike mumutima.
Iyo igiti cyera imbuto nziza ntawutagitera ibuye.
Tu est belle et gentille.
Ufite umutima minini , n, imirimo uko yonyine yogufasha abatishoboye izajya ituma Imana ikurengera .
Ibindi byoseeeeeeeeeeee ntukabyiteho.
Abakugunda kandi bagushigikiye turi benshi. Kandi ikibitur byose wifitiye Umwami mwiza mubugingo bwawe.
Songa mbere.
Congratulation July itoto rirakwishe jye uwampuza nawe na kwigiraho byinshi pe.
Aline ndamukunda pe ark nawe ntakababazwe nubusa kk arabiziko muriyi si duhura nintambara ntiyagakwiye kubabara pe kk bavuze ibintu birobyo uyu mu maman ndamukunze KBS azi gusubiza neza adaciye kuruhande courage KBS abantu bakeneye ukuri
Reba ukuntu nawe uhise urakazwa nuwakubwiye ko uri muri retour d'âge
Kuki se wowe utakumva ko ibyo wavuze k'umuntu bitamubabaza?
Exactly!!!!
Nanjye binteye kwibaza.
Umuntu ni nk'undi aramubwiye ngo que ce que ça te fait toi?
Et que ce que ça te fait si Aline passe la nuit
seule?ko wowe wababajwe nuko bavuze ko uri muri retour d'âge?kuki wumva ko Aline ari umutesi ngo ntiyagakwiye kubabara?
Retour d,äges gte ataranashikana 50 ans
Ku meza ya isimbi Tv mwongereho amazi na papiers mouchoirs😊
Kuki iki kintu Isimbi itagikoraho kweli?
@@alineniyodusenga9458 Sabin abyigeho neza. Ndizera msg yatambutse
Sabin urumunyarusaku cyane untera umujinya ibyo mwakorey maman nabila muribisimba kabisa
urashimishije ndagukunda ESE nawe urankunda mugwiza
Agashwa kari kuwundi karahandurwa koko!!! Ariko twajyiye tubabazwa nibyacu, bitureba ibyabandi tukabyihorera🙄, Aline uwiteka ajye aguha umugisha umunsi kuwundi maze abanzi baganye😪😭.
None se Gerry we ako gahwa nta kamuriho ? Kuki mukomeza ibintu ?
@@MUGWIZAGERRY bambarize icyonabonye cyo nuko harabantu bankunda cg bafana umuntu ugasanga bifuzako imifanire yabo yagera kuri buri wese
Ntuziko ako gahwa gahandurwa kabanje kujomba umuntu se? Ikibazo si ukuvuga agahwa umuntu yahuye nako,ahubwo byaba ikibazo bamuhimbiye cg bamubeshyeye. Kuvuga amateka y'umuntu kdi nawe yashyize hanze si ikibazo,ahubwo byaba ikibazo kumuntu udashaka kumva amateka ye . Mureke tujye tuba abanyabwenge bantu banjye.
Ugize icyo aganira,ubyumva afata ikimugiririra akamaro kuko ntago abantu dufata ibintu kimwe.gusa arakoze Jenny kudusangiza buri kimwe!naho gusaba imbabazi siko bikorwa na buri wese imbona nkubone buriya Aline yarakoze kubabarira kuko iyo ushaka amahoro ugomba gutera intambwe ya mbere.buriya niwe wibohoye kdi ni intwari ku rugamba rwe.
Ariko nubu koko Aline muracamwicarako nukuri ? Yooo Imana iguharire nukuri ntanumwe atabashaka kwubaka urugo sha hmmm
Ibyo gushaka abagore benshi byongera ibibazo ntibibikemura. Ubwo se abo bana bazavuka mu bagore benshi bo murabatekereza?
vyambayeho. umugabo twarongoranwe yemwe atanagasambi, kandi nari nkiri muto pe, ariko amaze kuronka akazi keza za ong , yaciye yigira mubagore kandi agikenye yantwara nkamata yabashitsi, abagabo ipu, umukobwa aciye ubwenge yokwiga kwironderera, gusa ntakindi , ukeneye umwana, ukamuvyara ku giti ce , biragoye kuronka umu seriye , barabesha caane
Pole sana sha yvonne societé turimwo umengo utarongowe nuko isi yakwanse ariko je nsigaye mbibona nkumugisha pe!kugirumugabo siko kuronka amhigwe mwisi haribindi vyinshi vyiza bisumba umugabo !
Wagize umwaku none ntabasazana ubwo reka kumvisha abana bakiri bato iyomyumvire
ntawunvisha imwunvire undi gusa umwe wese akora icashaka , uko urya agize ikibazo ntibisigura ko hatari ababinezerererwamwo.gusa, ama video. hamwe nibisitabo dusoma eka na ma film murikino gihe vyerekana ko atabuseriye bukiri munkundo, nturinde unryagagura.
Gerry, don't worry, iyo retour d'age nawe azayigeramo. Wowe duhereze inama zawe gusa, turagukunda kandi turagushyigikiye, abaguca intege bareke abo baba ari ba contre succes aba ntibajya babura muli society.
Komeza ugaragare rata, ufite impano yo kwigisha, uri mwizaaaaaaaaa, ufite ubwenge mama mwiza. .
Ntabwo bizateba kujya ahabona. Ibyo nkubwiye. Kandi bizagurungura. Ariko ubishyatse nabwo nyene. Hari icyizere cyo gukira.
Twese tugira ibibazo. Byatuvako canke wenda bitatuvuyeko. Ariko tukagira n'uruhare rwo kubivamwo. Nayo ibisigaye uzabitahura niwahinduka. Kubera ubu ngubu atabyo ubona.
Yesu abagendere kandi, arabakunda.
Nanjye ndagushigikiye kuhagarika kuvuga menshyi kuriyi mpamvu.
Inama y'ubuntu
Proverbes 10:19
Celui qui parle beaucoup ne manque pas de pécher, Mais celui qui retient ses lèvres est un homme prudent.
Please Sabin, gerageza uzobahuze kugira ubwo budasa cange kutavuga kimwe birangire.
Nange ndabyemera pe , umu maman aba akwiye kubana na bana cyane, nibyo kd akamenya gukorera urugo rwe pe,
warukwiye kuba umu maman utuganiriza bikadufasha nkurubyiruko ataribyo uburiri plz
Ukuri Guca muziko ariko ntikwigera gushya,uwo my man avugishije ukuri.nonese nimba tagirumugabo ubwo Ni single maman.
Ndahamya ko nabasilamukazi batishimiye ko abagabo babo bagira abagore benshi
Maman turakwemera bikaze jyutwungura inama bajye bakuvaho kuko uzi gusesengura cyane abo ba contres jyubatera umugongo
Tour d'âges mais les gens parlent n'implique quoi il n'il ya pas d'âge pour arrêter Facebook .
Wamumamawe ugira amatiku aline utamushakoho iki aracyarimuto azashaka undi
None ko wivuguruza. U Rwanda ntago rushingiye kumadini cg kumuntu umwe. Niba nemera abagore benshi, ntibyahindura amategeko. Ubundi ndakwemera ariko uyu munsi😀 uwakazanuraga yajyaga nahandi...naho
Rugimbana theogene plz
Aline mumureke. Mugwiza n abanyamakuru bawe mujye muvuga ibintu muri Rusange ntimumavuge umuntu. Mugwiza niba mugenzi wawe waramukomerekeje Wenda utabizi uzamusabe imbabazi kuko ubwo bwishongozi si ubw abanyarwanda kazi. Ngo Aline ni umutesi? Ufite ibibazo wa mubyeyi we.
Jeri kuryana bararyana jye nakuze banyereka umugabo wariye nyina umubyara ?????
Am aluays here Sabin
Biraboneka ko wihebye kera. Ndatekereza ko mukeneye ubufasha. Byumvikana ko uganira ibibazo byawe gusa. Atani cyizere cyo kuvivamwo ufite. Nkuko mbyumva muravuga ibibazo, mugatanga ibisubizo byo kwihora. Bisenya ha kwubaka.
Mumbabarire n'igitekerezo ntambwo ar'urubanza.
#SABIN. wakoze Ku tuzanira uyu mu mama ni umuhanga kbs
Ariko wa mugore we nawe ntiworoshye kungingo ntavuze !!!!
Mujawiyera Esperance sha uzikuraba pe je nanje nabibonye
Jye mbona uyumudamu ntajyamusobanukirwa
Uvuga ukuri kabisaaa usubiza na neza cane
Ibihugu byemera abagore benshi nibyo bibamo umutekano muke. Kuko bashingira ku irari namarangamutima. Abadamu nabakobwa bazatore apana abagabo.
Ntamuntu wemerewe kuziza undi uko atekereza,wenda wamwereka ikosa rye,ariko ntiwamutuka.njye mbona commentaire byinshi zitukana aho kugorora ibitagenda neza
Sabin Gerry afite 43 ans yavuzeko imfura ye yayivyaye afite 18 ans
Isimbi TV mwagiye mutugezaho ivyumumaro mukareka ivyo bikavyo vyangiriza abakozi b'Imana nonese Aline Gahongayire muramushakaho iki? Kora interview ijyanye nuwo mwatumiye ariko mwihoze ivyobikavyo bitagira umumaro
Ibyo uvuga n,ukuri Maman
Ndamukunda mugwiza
Njye ndumva umuntu atagakwiye kwivanga mu bibazo by'undi
Urasekeje 😀😀icokibindi ndagikeneye cane kuko uvuze Ukur ikibindi cakera kiba cararamuye
Sabin nkunda ukuntu uhangayikishijwe nisenyuka zingo muri society yacu kandi koko nikibazo gikomeye pe. Dore njye rero uko mbyumva (nubwo ntacyo wambajije😂) igihe cyose society igishyira amakosa yibibazo by'ingo ku gitsina gore gusa bizagorana. Ni gute umuntu yumva ko umukobwa ukundana numugabo wubatse ikosa ari iryuwo mukobwa? Uwo mukobwa hari isezerano afitanye n'umugore w'uwo mugabo? Ntimuvuge ngo yagombye kubaha impeta kuko nuyambaye ntaba yayubashye🤗 Hanyuma kandi iyo umugore wubatse agize umuphubuzi nanone barahindukira ikosa rikaba iry'uwo mugore? Gute se? Kuki umuphubuzi we batamubwiye ko yagombye kubaha impeta? Umugabo mubyukuri arihe muri ibi byose? Ni ryari umugabo azigishwa ko afite uruhare rungana nurw'umugore bashakanye mugukomera kurugo rwabo? Iyo bakora isezerano bombi basubiramo indahiro imwe bivuze ko bombi bagomba kuyubahiriza kimwe. Mureke duhindure imyumvire nibahamagara umukobwa kumuhana bahamagare n'umusore. Nibigisha umukobwa gufata neza umugabo banigishe n'umusore gufata neza umugore. Nta muntu numwe kuri iyi si utifuza gukunda, gukundwa no kubahwa. Njye nuko mbyumva😊Urakoze cyane Sabin ndagukunda kuko utuzanira ibiganiro byiza. Keep it up ✌
Gerry rwose njyewe ndakwikundira cyane urabizi ntakosa wakoze rwose kuko wavuze ukuri
Retour d,äges wasanga akurusha imyaka bagiye baguha amahoro Mme Gerry
cyakoza! rasta nikumutima
Niba uri muri retour d'âge uwo muntu umubwire ngo uramaze!!kandi umubwire ngo Ninshake!!!!
Urumubyeyi warabyaye ubwo Aline ari umwana wawe wamugira izo nama wamugiriye yogusangira umugabo nabandi.ubwo se uba witwa iki?uba urindaya,uba uri umukeba uba uriku mubyukuli ubwose niba ushaka kugira famille future yawe iba ari yihe.rimwe na rimwe tujye tuvuga tuziga.ntawumenya icyo ejo hahatse
Gusaba imbabazi nibwo bumuntu
Subwo waretse kubabaza Aline.umufite uyumusi ejo wa mubura .na Aline yavukuye amezi 9 iyo umuntu ya komwretse ntugahore umutoneka.
Na gerry nta mugabo afite
Murrk ahohe
Arko bazajya batinya kuvuga ukuri kugira umuntu ataraka. Bajye babivuga ubabara ababare
@gerrymugwiza 😍😍😍
mbabarira ubwize ukuri mukiganiro cyawe dukuyemo iki koko mujyemuzana abantu abantu bagira aho batuvana naho badungeza plz ibyo nibiganiro byipfuye rwose plz ntimunyumve nabi
Bino bintu avuze nibyo. Kuva nabyara 2018 ntamakuru nkimenya yohanze . Ikintu kimba mumutwe n’umwana n’umugabo nakazi.
Mugwiza ibyo avuganibyope!!Abagore nibenshhi kandi bakeneye abagabo.Leta niyemere umugabo atunge abagore bange!!Nkabasilamu
Uruwambere kbs wamudamuwe
Yemera gukazanura! Gusangira umugore Kumwana wawe😀😀
Simbi Tv , nawe urasetsa, umuntu wananiwe gushaka, umubaza gute uko ibyingo byakemuka kdi urwe rwaramunaniye
Bambarize
Jelly uvugisha ukuri ndakwemera
Ukuri kutarimwo ubwenge. Ntaco bumara. Papa yaraye akubise mamma. Kubivuga aba arukuri. Ariko kudakeneye kuvugigwa ku muhanda
😂😂😂😂😂😂😂😂ati ndibintubyose🤣atintabwoba ati Imana sumuporisi
Ukuri kuraryana sanaaaaa
Mugwi,ihangane,siwowe barwaza wenyine,abantu ntibazi kuganira,aho kuganira baratukana.
Mugwiza ndagukunda.Ibyo uvuga ni ukuri.Leta niyo ibitera kuko yashyizeho itegeko ngo uburinganire!!!umugore niwe mutima murugo!!Niwe umenya abana niwe ureba ibyurugo byose!
uwobireka vyose akivyarira umwana kugiti ce , ama mariage babireke, ntagaciro bigifise . ese , abantu bacaninyuma , je sinunva ko bakwiye kubana, mwotanduka basi , kugiti canje
aho ndiyo bwana , ahubwo umufise uba igifyinyi , ugashaka kwamikara. ivyo nageze ho , twatandukanye, ntawufise umugabo abifise . ahubwo wiga gukanura utamufise nyabagabo nyene. abubu bo ni nabakene, bashaka abagore kubera bakeneye ubunyunganizi muri economie, ahubwo , abakigira inkundo, batarashishwa nkanje, baze bitonde, yemwe , abahungu bubu hamwe nabagabo bubu, ni utu escro
Najye kuri cyo sosho mediya jye mbona biterw numutima wumuntu kuko niba aribyo ukora wabishiraho ariko utiwe wishyiraho wambaye ubusa
hhhhhhhhhhhhh ujye uduha na solution izi logic ????
Woya rwose umugore agomba kujya gushaka akazi ntiyaketegereza iyo myaka yose il faut faire confiance la nounou qui s'occupe de tes enfants.
Uziko har' umuntu wakurikira ibyo ashira kuri status ukamenya gahunda yumunsi birababaje pe
Hari abagore bavunika muvandi! Hari abagore bakubarira ubuzima ahubwo abagabo babo bakanibagirwa ko hari ibibasabwa mu rugo!
Abatavunika ni abo b'abanyamugi kandi n'abagabo baba barabashatse babizi ko ari uko babayeho ni imingara baba barashatse ama vase cg garden bajye bahor bavomera!
Iyo ushaka gukomereka kabiri uganira n'umuntu mufitanye ikibazo ntabyo muzi se Jelly we uvuze ukuri nord,sud
Arara.naYesu
Nibyo washaka undi mugore ukamuhaho
Ariko uri umusazi wowe c ko mwananiranwe wazize iki
Uzi gucuruza amagambo arineumuvuyeho uti karasira umbarire kuberiutavuga NGO arine mbabarira rekaumugore wabandi toka
Ni mushiki wa KARASIRA ariko?
Abanyamakuru bajye bagutega imitego ubyemere. Hhhh.
Yego
Hhhhh hhhhh,ikiganiro, cyawendagikundarwose .uranshimisha pe uranyubaka .
Burya yatubwira uko we byagenze niyaba yarigeze umugabo. Twabyumva neza. Gusumba kuvuga iza bandi. Kubera numvise nawe avuga ko ari umubyeyi.
Yego yigeze urugo imyaka 17 yarabisobanuye ko yiziritse k'umugabo ariko akananirwa
Turabunva mupfasoni ariko kimwe nobibutsa amategeko yabaho atanaho kubakaburya nta formile zibaho
I kikintu uvuzeca shoshomedia nicokwer bishobotse umuntuyoyireka yononavyinshi mungo nokubantu nkubundikondabunviriza umudamuwanje nawe yibereye mubishabisho wunvagute
Ariko Sabin ingo zisenyuka zirakubabaza ibibitera ni byinshi cyane , wowe uri jeune marié profites seulement
Narinziko nayobye ark ndashima imana tumaze kub benc bafit imyumvire ivuguruye paster mpyisi warandohoye nawe mutumirwa uranyux muze duhugure abantu mumyumvire mishy
Uyu mu Maman ankorera ubundi umuti hhhhhh
Ariko murashaka ko asaba imbabazi ziki? Ibyo yavuze bitaribyo nibihe? Kandi yavuze muri rusange ko no kwirarana bishobora gutera ihungabana.... Ntiyavuze ngo Aline Ni rusange kdi niyo yaba ariwe yavuze we ubwo Niko abibona nkuko Wenda Hari n'abandi babibona gutyo. Ni opinion ye( nta mpamvu yo gusaba imbabazi). Abanyarwanda rwose mwita kubintu bidafite umumaro vrmt
Umuscout nanjye ndiwe rwose mpaka mumutima
Leta yakuyeho guharika yatumye abagore bagira agasuzuguro cyane.