Kuri Gahongayire||Impamvu umugabo munaniranwa ni imwe||Mugwiza twaganiriye

Поделиться
HTML-код
  • Опубликовано: 19 сен 2019
  • Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250784838126

Комментарии • 175

  • @beatriceingabire6169
    @beatriceingabire6169 4 года назад +5

    Umva bantu ntimupfe ubusa, iyo umugore yigeze umugabo akaza kumara igihe atamufite, waba ukijijwe waba udakijijwe bigira icyo byangiza kubwonko bw umuntu .....gusa iyo ukijijwe urihangana kubwo kubaha Imana nogutinya icyaha , ariko deep down ufite ikibazo gikomeye , uhorana agashiha , kandi ugakora ibishobika byose bigu keepinga busy kugirango hatagira ubona ikibazo ufite cyane mumaso. Nukuri kutabana numugabo Warabyigeze nihatari , waba uri umuntu uzwi ho ,ubifite ibibazo kuko baba bagucunga cunga kuberako burya umuco wacu twebwe dukunda kureba ibitatureba kubera cyane .......usibye ko atari byiza .....

  • @nyirakarehesolange1483
    @nyirakarehesolange1483 4 года назад +22

    Ariko abanyarwanda muranyica gusa kuki mwanga umuntu nkuyu udufitiye akamaro uvuga uko abyumva?????gahongayire ndamukunda peeee ariko ntukababazwe nubusa kuko ibyakubayeho sibanga kdi siwowe gusa reka gusebanya plz from North Carolina USA

  • @chaka11
    @chaka11 4 года назад +9

    Uyu mu mama ari muri bake cyane bavuga ukuri cg se basobanutse

  • @davincikerr3942
    @davincikerr3942 4 года назад +1

    Jerry n' umwana mwiza, très sympatic, she is very comic, I like her ideas. Nkunda ukuntu ali umu liberale🤣🤣

  • @AB64134
    @AB64134 4 года назад +6

    Impamvu ushyigikira ubuharike nuko nta mugabo ufite. Nubwo udafite umugabo ntuzasenye ingo zabandi ngo ubuharike sibubi. Natwe ntabo dufite ariko ugomba kwitonda.

  • @kjc5430
    @kjc5430 4 года назад +1

    Ibyo uvuga ni byo, gabanya ibiganiro byinshi. Amagambo menshi ageraho akavamo ibicumuro cyane cyane iyo ukunda kuvuga ku bantu cg c ukomeze ariko wirinde gukomeza kuvuga abantu bwite mu mazina. Abanyamakuru bashobora kugusembura ukarengera, ibyo birazwi, rero witonde utavaho ugirana ibibazo n'abantu cg abantu tugahaga ibiganiro byawe kubera ibintu nk'ibyo. Ni uko mbyumva.

  • @tysonsmithsavimbi
    @tysonsmithsavimbi 4 года назад +1

    Sabin ujye utumira Jelly Mugwiza inshuro nyinshi. Nawe afite inyurabwenge zicyenewe muri iyi minsi. Turamwemera avugisha ukuri atavanze. Hari undi mukobwa wigeze kutuzanira avuga ko nawe atazashaka , ariko ko yabyara. Nawe uzamugarure. N'intiti.

  • @rosallyfideline797
    @rosallyfideline797 4 года назад

    Mugwiza ndamukunda cyane she's very smart kandi ibyo yavuze nukuri umugore iyaba wenyine adafite umugabo amaze kurenza 28years old nkuko July yavuze hari kintu kinini kibakibuze. Keretse iyo yiyemeje kudashaka kandi akabaho ubuzima bwo gusenga cyaneeee aho nisawa.

  • @iradesimpaofficial6153
    @iradesimpaofficial6153 4 года назад +9

    Sister wa Karasira Aimable😂😂😂

  • @l2sunshine173
    @l2sunshine173 4 года назад +4

    Ndi addicted ku buganiro bya Mugwiza !!!!!

  • @msan4591
    @msan4591 4 года назад +7

    Baca umugani mukinyarwanda ngo ubyina cyane wageraho ugasobya!! Mugwiza watangiye neza none ndabona urugambo rwarakurenze utangiye gu..........gabanya ibigambo byinshiiiiiiiiiiiiiiiiiiiii!bigeraho bikaba nkubujajwa 🤷🏻‍♀️

    • @kjc5430
      @kjc5430 4 года назад

      Ni byo rwose ibyo uvuga, amagambo menshi avamo ibicumuro cyane cyane iyo ubikora inshuro nyinshi. Mbere yo kuvuga biba byiza kubanza kwitonda.

  • @kayinamuravital5864
    @kayinamuravital5864 4 года назад

    Ark mwaretse kuvuga uriya mugore imana izabakubita urushyi ntibakiyitirire imana ahubwo nareke kubwiriza abantu za be blessed ngo Hale Luya knd haruwo bararana batasezeranye umva murekere birahagije

  • @gutwitv6479
    @gutwitv6479 4 года назад +11

    Uwo umuntu ndabona avuganira abantu bahuje ikibazo,kuko nawe ntamugabo afise!azi uko kurara wizinze biryana

    • @ndarenova5224
      @ndarenova5224 4 года назад

      felix ndihokubwayo hhhh Filixi nibyo birashobk

    • @Niyiturinda
      @Niyiturinda 4 года назад

      Iyuvuga kubuzima ubamo biba byiza uba ufite gihamya.

  • @ntwalipatrick7888
    @ntwalipatrick7888 4 года назад +3

    I really like her! Avuga ukuri

  • @antoinettegewinner9041
    @antoinettegewinner9041 4 года назад

    Mugwiza azi ubwenge pe, uri ikitegererezo rwose, abantu nkawe barakenewe ngo bajijure abanyarwanda. Ndagukunda cyaneeeeeeeeeeeee

  • @gabrielhakizimana3153
    @gabrielhakizimana3153 4 года назад +7

    Uyu mukenyezi araciye ubwenge cane. J'aime sa façon d'argumenter.
    Hanyuma kandi akabazwa na Sabin, un intervieweur hors pair.

  • @uwinezaliliane1259
    @uwinezaliliane1259 4 года назад +10

    Burya rero mu buzima kwiyoroshya no guca bugufi nibyo biranga umuntu nyamuntu.Rwose kuba wamusaba imbabazi kubera wamukomerekeje nta kosa waba ukoze.Burya ibyo tuvuga byose siko bose babona ko ari byiza.

  • @kwizerayvonne1950
    @kwizerayvonne1950 4 года назад +11

    uvuze vyo ariko reka kumucurira sha ngahongayire , divorce itumwa navyinshi, ni nko kuba infuvyi abandi bafise abavyeyi . Imana niyo nkuro , si abagabo bomubitanda

    • @imnotgoinganywhere1034
      @imnotgoinganywhere1034 4 года назад

      Cyane rwose, ntawuba wanze kubaka urwe, buriya ntizisenyuka ntampamvu.

    • @ONTHETOP
      @ONTHETOP 4 года назад +1

      Uyu amugira inama yo kujya asambana nibura 1 mu cyumweru.

    • @ndarenova5224
      @ndarenova5224 4 года назад

      ON THE TOP hhh papa uramubeshey

    • @ONTHETOP
      @ONTHETOP 4 года назад

      @@ndarenova5224 uzarebe ibihaniro byabanje...

    • @kwizerayvonne1950
      @kwizerayvonne1950 4 года назад

      ibinyagwandWA ,MURARUGUTA H0FPU ,TOKA

  • @tuyisungeschadrack
    @tuyisungeschadrack 4 года назад +4

    Kubaha uwiteka nibwo bwenjye kuva mubyaha Niko kujijuka

  • @MNE11985
    @MNE11985 4 года назад +18

    Rwose mukwiye kureka Aline , aranyuzwe mumutimawe, kdi Yesu aramuhagije aramuryoheye, mwimuvangira. Ibyo yaciyemo mubimurekere ni ibye azajya abyimenyera. Please

  • @jeanneigiraneza8367
    @jeanneigiraneza8367 4 года назад +1

    Aline Gahongayire reka nkubwire ikintu kandi ukibike mumutima.
    Iyo igiti cyera imbuto nziza ntawutagitera ibuye.
    Tu est belle et gentille.
    Ufite umutima minini , n, imirimo uko yonyine yogufasha abatishoboye izajya ituma Imana ikurengera .
    Ibindi byoseeeeeeeeeeee ntukabyiteho.
    Abakugunda kandi bagushigikiye turi benshi. Kandi ikibitur byose wifitiye Umwami mwiza mubugingo bwawe.
    Songa mbere.

  • @rosallyfideline797
    @rosallyfideline797 4 года назад +1

    Congratulation July itoto rirakwishe jye uwampuza nawe na kwigiraho byinshi pe.

  • @nyiramahirwesophia7720
    @nyiramahirwesophia7720 4 года назад +1

    Aline ndamukunda pe ark nawe ntakababazwe nubusa kk arabiziko muriyi si duhura nintambara ntiyagakwiye kubabara pe kk bavuze ibintu birobyo uyu mu maman ndamukunze KBS azi gusubiza neza adaciye kuruhande courage KBS abantu bakeneye ukuri

  • @uwinezaliliane1259
    @uwinezaliliane1259 4 года назад +11

    Reba ukuntu nawe uhise urakazwa nuwakubwiye ko uri muri retour d'âge
    Kuki se wowe utakumva ko ibyo wavuze k'umuntu bitamubabaza?

    • @annickmuhama4226
      @annickmuhama4226 4 года назад +1

      Exactly!!!!

    • @christineumuziranenge7851
      @christineumuziranenge7851 4 года назад +1

      Nanjye binteye kwibaza.
      Umuntu ni nk'undi aramubwiye ngo que ce que ça te fait toi?
      Et que ce que ça te fait si Aline passe la nuit
      seule?ko wowe wababajwe nuko bavuze ko uri muri retour d'âge?kuki wumva ko Aline ari umutesi ngo ntiyagakwiye kubabara?

    • @jartininget773
      @jartininget773 3 года назад

      Retour d,äges gte ataranashikana 50 ans

  • @beautifulbeginnings6289
    @beautifulbeginnings6289 4 года назад +13

    Ku meza ya isimbi Tv mwongereho amazi na papiers mouchoirs😊

  • @annickakimana477
    @annickakimana477 4 года назад

    Sabin urumunyarusaku cyane untera umujinya ibyo mwakorey maman nabila muribisimba kabisa

  • @niyonsabajules1006
    @niyonsabajules1006 4 года назад +4

    urashimishije ndagukunda ESE nawe urankunda mugwiza

  • @margaretmutesi3218
    @margaretmutesi3218 4 года назад +5

    Agashwa kari kuwundi karahandurwa koko!!! Ariko twajyiye tubabazwa nibyacu, bitureba ibyabandi tukabyihorera🙄, Aline uwiteka ajye aguha umugisha umunsi kuwundi maze abanzi baganye😪😭.

    • @MUGWIZAGERRY
      @MUGWIZAGERRY 4 года назад +1

      None se Gerry we ako gahwa nta kamuriho ? Kuki mukomeza ibintu ?

    • @defievelyne9065
      @defievelyne9065 4 года назад +1

      @@MUGWIZAGERRY bambarize icyonabonye cyo nuko harabantu bankunda cg bafana umuntu ugasanga bifuzako imifanire yabo yagera kuri buri wese

    • @nackyssamwinjayire1675
      @nackyssamwinjayire1675 4 года назад +2

      Ntuziko ako gahwa gahandurwa kabanje kujomba umuntu se? Ikibazo si ukuvuga agahwa umuntu yahuye nako,ahubwo byaba ikibazo bamuhimbiye cg bamubeshyeye. Kuvuga amateka y'umuntu kdi nawe yashyize hanze si ikibazo,ahubwo byaba ikibazo kumuntu udashaka kumva amateka ye . Mureke tujye tuba abanyabwenge bantu banjye.

  • @akimanaalice5222
    @akimanaalice5222 4 года назад +1

    Ugize icyo aganira,ubyumva afata ikimugiririra akamaro kuko ntago abantu dufata ibintu kimwe.gusa arakoze Jenny kudusangiza buri kimwe!naho gusaba imbabazi siko bikorwa na buri wese imbona nkubone buriya Aline yarakoze kubabarira kuko iyo ushaka amahoro ugomba gutera intambwe ya mbere.buriya niwe wibohoye kdi ni intwari ku rugamba rwe.

  • @sauveenigaba2298
    @sauveenigaba2298 4 года назад +2

    Ariko nubu koko Aline muracamwicarako nukuri ? Yooo Imana iguharire nukuri ntanumwe atabashaka kwubaka urugo sha hmmm

  • @SunShine-rq9yy
    @SunShine-rq9yy 4 года назад +3

    Ibyo gushaka abagore benshi byongera ibibazo ntibibikemura. Ubwo se abo bana bazavuka mu bagore benshi bo murabatekereza?

  • @kwizerayvonne1950
    @kwizerayvonne1950 4 года назад +6

    vyambayeho. umugabo twarongoranwe yemwe atanagasambi, kandi nari nkiri muto pe, ariko amaze kuronka akazi keza za ong , yaciye yigira mubagore kandi agikenye yantwara nkamata yabashitsi, abagabo ipu, umukobwa aciye ubwenge yokwiga kwironderera, gusa ntakindi , ukeneye umwana, ukamuvyara ku giti ce , biragoye kuronka umu seriye , barabesha caane

    • @luckynile1264
      @luckynile1264 4 года назад +3

      Pole sana sha yvonne societé turimwo umengo utarongowe nuko isi yakwanse ariko je nsigaye mbibona nkumugisha pe!kugirumugabo siko kuronka amhigwe mwisi haribindi vyinshi vyiza bisumba umugabo !

    • @gameonjashewade6352
      @gameonjashewade6352 4 года назад

      Wagize umwaku none ntabasazana ubwo reka kumvisha abana bakiri bato iyomyumvire

    • @kwizerayvonne1950
      @kwizerayvonne1950 4 года назад

      ntawunvisha imwunvire undi gusa umwe wese akora icashaka , uko urya agize ikibazo ntibisigura ko hatari ababinezerererwamwo.gusa, ama video. hamwe nibisitabo dusoma eka na ma film murikino gihe vyerekana ko atabuseriye bukiri munkundo, nturinde unryagagura.

    • @ndobyimercy1136
      @ndobyimercy1136 4 года назад

      Gerry, don't worry, iyo retour d'age nawe azayigeramo. Wowe duhereze inama zawe gusa, turagukunda kandi turagushyigikiye, abaguca intege bareke abo baba ari ba contre succes aba ntibajya babura muli society.
      Komeza ugaragare rata, ufite impano yo kwigisha, uri mwizaaaaaaaaa, ufite ubwenge mama mwiza. .

  • @Thelegend-zd8bn
    @Thelegend-zd8bn 4 года назад

    Ntabwo bizateba kujya ahabona. Ibyo nkubwiye. Kandi bizagurungura. Ariko ubishyatse nabwo nyene. Hari icyizere cyo gukira.
    Twese tugira ibibazo. Byatuvako canke wenda bitatuvuyeko. Ariko tukagira n'uruhare rwo kubivamwo. Nayo ibisigaye uzabitahura niwahinduka. Kubera ubu ngubu atabyo ubona.
    Yesu abagendere kandi, arabakunda.

  • @Thelegend-zd8bn
    @Thelegend-zd8bn 4 года назад +1

    Nanjye ndagushigikiye kuhagarika kuvuga menshyi kuriyi mpamvu.
    Inama y'ubuntu
    Proverbes 10:19
    Celui qui parle beaucoup ne manque pas de pécher, Mais celui qui retient ses lèvres est un homme prudent.

  • @ngendoclaude5057
    @ngendoclaude5057 4 года назад +1

    Please Sabin, gerageza uzobahuze kugira ubwo budasa cange kutavuga kimwe birangire.

  • @roseniragire1669
    @roseniragire1669 4 года назад

    Nange ndabyemera pe , umu maman aba akwiye kubana na bana cyane, nibyo kd akamenya gukorera urugo rwe pe,

  • @dushimanasifa4044
    @dushimanasifa4044 4 года назад +6

    warukwiye kuba umu maman utuganiriza bikadufasha nkurubyiruko ataribyo uburiri plz

  • @venustenshimiyimana8517
    @venustenshimiyimana8517 4 года назад

    Ukuri Guca muziko ariko ntikwigera gushya,uwo my man avugishije ukuri.nonese nimba tagirumugabo ubwo Ni single maman.

  • @uwayezumariegrace7729
    @uwayezumariegrace7729 3 года назад

    Ndahamya ko nabasilamukazi batishimiye ko abagabo babo bagira abagore benshi

  • @ihirwediane7526
    @ihirwediane7526 4 года назад +5

    Maman turakwemera bikaze jyutwungura inama bajye bakuvaho kuko uzi gusesengura cyane abo ba contres jyubatera umugongo

    • @beamukeshi9570
      @beamukeshi9570 4 года назад

      Tour d'âges mais les gens parlent n'implique quoi il n'il ya pas d'âge pour arrêter Facebook .

  • @byukusengesylvie2965
    @byukusengesylvie2965 4 года назад +3

    Wamumamawe ugira amatiku aline utamushakoho iki aracyarimuto azashaka undi

  • @uwayezumariegrace7729
    @uwayezumariegrace7729 3 года назад

    None ko wivuguruza. U Rwanda ntago rushingiye kumadini cg kumuntu umwe. Niba nemera abagore benshi, ntibyahindura amategeko. Ubundi ndakwemera ariko uyu munsi😀 uwakazanuraga yajyaga nahandi...naho

  • @highlightfootball9261
    @highlightfootball9261 4 года назад +2

    Rugimbana theogene plz

  • @AB64134
    @AB64134 4 года назад +5

    Aline mumureke. Mugwiza n abanyamakuru bawe mujye muvuga ibintu muri Rusange ntimumavuge umuntu. Mugwiza niba mugenzi wawe waramukomerekeje Wenda utabizi uzamusabe imbabazi kuko ubwo bwishongozi si ubw abanyarwanda kazi. Ngo Aline ni umutesi? Ufite ibibazo wa mubyeyi we.

    • @sandoralibaryaningwe9214
      @sandoralibaryaningwe9214 4 года назад

      Jeri kuryana bararyana jye nakuze banyereka umugabo wariye nyina umubyara ?????

  • @maniragabaalainpatrick3335
    @maniragabaalainpatrick3335 4 года назад

    Am aluays here Sabin

  • @Thelegend-zd8bn
    @Thelegend-zd8bn 4 года назад

    Biraboneka ko wihebye kera. Ndatekereza ko mukeneye ubufasha. Byumvikana ko uganira ibibazo byawe gusa. Atani cyizere cyo kuvivamwo ufite. Nkuko mbyumva muravuga ibibazo, mugatanga ibisubizo byo kwihora. Bisenya ha kwubaka.
    Mumbabarire n'igitekerezo ntambwo ar'urubanza.

  • @dusingizimanaj.paul126
    @dusingizimanaj.paul126 4 года назад +4

    #SABIN. wakoze Ku tuzanira uyu mu mama ni umuhanga kbs

  • @esperancemujawiyera7986
    @esperancemujawiyera7986 4 года назад +4

    Ariko wa mugore we nawe ntiworoshye kungingo ntavuze !!!!

    • @basa6978
      @basa6978 4 года назад

      Mujawiyera Esperance sha uzikuraba pe je nanje nabibonye

  • @godisgoodallthetime7070
    @godisgoodallthetime7070 4 года назад +4

    Jye mbona uyumudamu ntajyamusobanukirwa

  • @olalineemerusabe2264
    @olalineemerusabe2264 4 года назад

    Uvuga ukuri kabisaaa usubiza na neza cane

  • @uwayezumariegrace7729
    @uwayezumariegrace7729 3 года назад

    Ibihugu byemera abagore benshi nibyo bibamo umutekano muke. Kuko bashingira ku irari namarangamutima. Abadamu nabakobwa bazatore apana abagabo.

  • @solangegahongayire1840
    @solangegahongayire1840 4 года назад +5

    Ntamuntu wemerewe kuziza undi uko atekereza,wenda wamwereka ikosa rye,ariko ntiwamutuka.njye mbona commentaire byinshi zitukana aho kugorora ibitagenda neza

  • @jartininget773
    @jartininget773 3 года назад

    Sabin Gerry afite 43 ans yavuzeko imfura ye yayivyaye afite 18 ans

  • @josuesindihebura3625
    @josuesindihebura3625 4 года назад +7

    Isimbi TV mwagiye mutugezaho ivyumumaro mukareka ivyo bikavyo vyangiriza abakozi b'Imana nonese Aline Gahongayire muramushakaho iki? Kora interview ijyanye nuwo mwatumiye ariko mwihoze ivyobikavyo bitagira umumaro

  • @blessing5830
    @blessing5830 4 года назад

    Ibyo uvuga n,ukuri Maman

  • @bamenyaterimberepekbishobo2186
    @bamenyaterimberepekbishobo2186 4 года назад

    Ndamukunda mugwiza

  • @andrengendalufula6451
    @andrengendalufula6451 4 года назад +1

    Njye ndumva umuntu atagakwiye kwivanga mu bibazo by'undi

  • @remyramsay3156
    @remyramsay3156 4 года назад

    Urasekeje 😀😀icokibindi ndagikeneye cane kuko uvuze Ukur ikibindi cakera kiba cararamuye

  • @queen3marie
    @queen3marie 4 года назад

    Sabin nkunda ukuntu uhangayikishijwe nisenyuka zingo muri society yacu kandi koko nikibazo gikomeye pe. Dore njye rero uko mbyumva (nubwo ntacyo wambajije😂) igihe cyose society igishyira amakosa yibibazo by'ingo ku gitsina gore gusa bizagorana. Ni gute umuntu yumva ko umukobwa ukundana numugabo wubatse ikosa ari iryuwo mukobwa? Uwo mukobwa hari isezerano afitanye n'umugore w'uwo mugabo? Ntimuvuge ngo yagombye kubaha impeta kuko nuyambaye ntaba yayubashye🤗 Hanyuma kandi iyo umugore wubatse agize umuphubuzi nanone barahindukira ikosa rikaba iry'uwo mugore? Gute se? Kuki umuphubuzi we batamubwiye ko yagombye kubaha impeta? Umugabo mubyukuri arihe muri ibi byose? Ni ryari umugabo azigishwa ko afite uruhare rungana nurw'umugore bashakanye mugukomera kurugo rwabo? Iyo bakora isezerano bombi basubiramo indahiro imwe bivuze ko bombi bagomba kuyubahiriza kimwe. Mureke duhindure imyumvire nibahamagara umukobwa kumuhana bahamagare n'umusore. Nibigisha umukobwa gufata neza umugabo banigishe n'umusore gufata neza umugore. Nta muntu numwe kuri iyi si utifuza gukunda, gukundwa no kubahwa. Njye nuko mbyumva😊Urakoze cyane Sabin ndagukunda kuko utuzanira ibiganiro byiza. Keep it up ✌

  • @kampirecharlene950
    @kampirecharlene950 4 года назад

    Gerry rwose njyewe ndakwikundira cyane urabizi ntakosa wakoze rwose kuko wavuze ukuri

  • @jartininget773
    @jartininget773 3 года назад

    Retour d,äges wasanga akurusha imyaka bagiye baguha amahoro Mme Gerry

  • @ruhindajaphet2059
    @ruhindajaphet2059 4 года назад

    cyakoza! rasta nikumutima

  • @munsabiregrace5421
    @munsabiregrace5421 4 года назад +1

    Niba uri muri retour d'âge uwo muntu umubwire ngo uramaze!!kandi umubwire ngo Ninshake!!!!

  • @blandineineza8449
    @blandineineza8449 4 года назад

    Urumubyeyi warabyaye ubwo Aline ari umwana wawe wamugira izo nama wamugiriye yogusangira umugabo nabandi.ubwo se uba witwa iki?uba urindaya,uba uri umukeba uba uriku mubyukuli ubwose niba ushaka kugira famille future yawe iba ari yihe.rimwe na rimwe tujye tuvuga tuziga.ntawumenya icyo ejo hahatse

  • @umuhozaliliose8505
    @umuhozaliliose8505 4 года назад +2

    Gusaba imbabazi nibwo bumuntu

  • @rezvanmukurwa3322
    @rezvanmukurwa3322 4 года назад +11

    Subwo waretse kubabaza Aline.umufite uyumusi ejo wa mubura .na Aline yavukuye amezi 9 iyo umuntu ya komwretse ntugahore umutoneka.

    • @P2024D
      @P2024D 4 года назад +1

      Na gerry nta mugabo afite

    • @sauveenigaba2298
      @sauveenigaba2298 4 года назад

      Murrk ahohe

    • @samsungk2508
      @samsungk2508 4 года назад +3

      Arko bazajya batinya kuvuga ukuri kugira umuntu ataraka. Bajye babivuga ubabara ababare

  • @chantalnehema2311
    @chantalnehema2311 4 года назад

    @gerrymugwiza 😍😍😍

  • @dushimanasifa4044
    @dushimanasifa4044 4 года назад +5

    mbabarira ubwize ukuri mukiganiro cyawe dukuyemo iki koko mujyemuzana abantu abantu bagira aho batuvana naho badungeza plz ibyo nibiganiro byipfuye rwose plz ntimunyumve nabi

  • @umulingarwandan6358
    @umulingarwandan6358 4 года назад

    Bino bintu avuze nibyo. Kuva nabyara 2018 ntamakuru nkimenya yohanze . Ikintu kimba mumutwe n’umwana n’umugabo nakazi.

  • @godblesspeoplegodblessever8111
    @godblesspeoplegodblessever8111 4 года назад

    Mugwiza ibyo avuganibyope!!Abagore nibenshhi kandi bakeneye abagabo.Leta niyemere umugabo atunge abagore bange!!Nkabasilamu

  • @mignonneraissa7594
    @mignonneraissa7594 4 года назад

    Uruwambere kbs wamudamuwe

  • @uwayezumariegrace7729
    @uwayezumariegrace7729 3 года назад

    Yemera gukazanura! Gusangira umugore Kumwana wawe😀😀

  • @hakizimanajustin9406
    @hakizimanajustin9406 4 года назад +1

    Simbi Tv , nawe urasetsa, umuntu wananiwe gushaka, umubaza gute uko ibyingo byakemuka kdi urwe rwaramunaniye

  • @ndizeyejeanclaude5710
    @ndizeyejeanclaude5710 4 года назад

    Jelly uvugisha ukuri ndakwemera

    • @Thelegend-zd8bn
      @Thelegend-zd8bn 4 года назад

      Ukuri kutarimwo ubwenge. Ntaco bumara. Papa yaraye akubise mamma. Kubivuga aba arukuri. Ariko kudakeneye kuvugigwa ku muhanda

  • @niyouwase8592
    @niyouwase8592 4 года назад

    😂😂😂😂😂😂😂😂ati ndibintubyose🤣atintabwoba ati Imana sumuporisi

  • @Niyiturinda
    @Niyiturinda 4 года назад +1

    Ukuri kuraryana sanaaaaa

  • @solangegahongayire1840
    @solangegahongayire1840 4 года назад +5

    Mugwi,ihangane,siwowe barwaza wenyine,abantu ntibazi kuganira,aho kuganira baratukana.

  • @godblesspeoplegodblessever8111
    @godblesspeoplegodblessever8111 4 года назад +1

    Mugwiza ndagukunda.Ibyo uvuga ni ukuri.Leta niyo ibitera kuko yashyizeho itegeko ngo uburinganire!!!umugore niwe mutima murugo!!Niwe umenya abana niwe ureba ibyurugo byose!

  • @kwizerayvonne1950
    @kwizerayvonne1950 4 года назад

    uwobireka vyose akivyarira umwana kugiti ce , ama mariage babireke, ntagaciro bigifise . ese , abantu bacaninyuma , je sinunva ko bakwiye kubana, mwotanduka basi , kugiti canje

    • @kwizerayvonne1950
      @kwizerayvonne1950 4 года назад +2

      aho ndiyo bwana , ahubwo umufise uba igifyinyi , ugashaka kwamikara. ivyo nageze ho , twatandukanye, ntawufise umugabo abifise . ahubwo wiga gukanura utamufise nyabagabo nyene. abubu bo ni nabakene, bashaka abagore kubera bakeneye ubunyunganizi muri economie, ahubwo , abakigira inkundo, batarashishwa nkanje, baze bitonde, yemwe , abahungu bubu hamwe nabagabo bubu, ni utu escro

  • @robertmugabe6181
    @robertmugabe6181 4 года назад

    Najye kuri cyo sosho mediya jye mbona biterw numutima wumuntu kuko niba aribyo ukora wabishiraho ariko utiwe wishyiraho wambaye ubusa

  • @hategekimanadavid7408
    @hategekimanadavid7408 4 года назад +1

    hhhhhhhhhhhhh ujye uduha na solution izi logic ????

  • @beamukeshi9570
    @beamukeshi9570 4 года назад +2

    Woya rwose umugore agomba kujya gushaka akazi ntiyaketegereza iyo myaka yose il faut faire confiance la nounou qui s'occupe de tes enfants.

  • @robertmugabe6181
    @robertmugabe6181 4 года назад

    Uziko har' umuntu wakurikira ibyo ashira kuri status ukamenya gahunda yumunsi birababaje pe

  • @alianeutamuriza9856
    @alianeutamuriza9856 4 года назад

    Hari abagore bavunika muvandi! Hari abagore bakubarira ubuzima ahubwo abagabo babo bakanibagirwa ko hari ibibasabwa mu rugo!
    Abatavunika ni abo b'abanyamugi kandi n'abagabo baba barabashatse babizi ko ari uko babayeho ni imingara baba barashatse ama vase cg garden bajye bahor bavomera!

  • @uwasepsj8768
    @uwasepsj8768 4 года назад

    Iyo ushaka gukomereka kabiri uganira n'umuntu mufitanye ikibazo ntabyo muzi se Jelly we uvuze ukuri nord,sud

  • @clementineniyizibyose4291
    @clementineniyizibyose4291 4 года назад

    Arara.naYesu

  • @tinatino2430
    @tinatino2430 4 года назад

    Nibyo washaka undi mugore ukamuhaho

  • @nadinedouceinkindi3688
    @nadinedouceinkindi3688 4 года назад +7

    Ariko uri umusazi wowe c ko mwananiranwe wazize iki

  • @gatetejeanmarievianney3310
    @gatetejeanmarievianney3310 4 года назад

    Uzi gucuruza amagambo arineumuvuyeho uti karasira umbarire kuberiutavuga NGO arine mbabarira rekaumugore wabandi toka

  • @alexisgasirabo4559
    @alexisgasirabo4559 4 года назад +4

    Ni mushiki wa KARASIRA ariko?

  • @AB64134
    @AB64134 4 года назад

    Abanyamakuru bajye bagutega imitego ubyemere. Hhhh.

  • @lifeafterchoicerwanda6742
    @lifeafterchoicerwanda6742 4 года назад

    Yego

    • @ngabirefabiola9952
      @ngabirefabiola9952 4 года назад

      Hhhhh hhhhh,ikiganiro, cyawendagikundarwose .uranshimisha pe uranyubaka .

  • @Thelegend-zd8bn
    @Thelegend-zd8bn 4 года назад +1

    Burya yatubwira uko we byagenze niyaba yarigeze umugabo. Twabyumva neza. Gusumba kuvuga iza bandi. Kubera numvise nawe avuga ko ari umubyeyi.

    • @espoirejane446
      @espoirejane446 4 года назад

      Yego yigeze urugo imyaka 17 yarabisobanuye ko yiziritse k'umugabo ariko akananirwa

  • @leopordnimbona3265
    @leopordnimbona3265 4 года назад

    Turabunva mupfasoni ariko kimwe nobibutsa amategeko yabaho atanaho kubakaburya nta formile zibaho

    • @leopordnimbona3265
      @leopordnimbona3265 4 года назад

      I kikintu uvuzeca shoshomedia nicokwer bishobotse umuntuyoyireka yononavyinshi mungo nokubantu nkubundikondabunviriza umudamuwanje nawe yibereye mubishabisho wunvagute

  • @marieuwase4776
    @marieuwase4776 4 года назад +3

    Ariko Sabin ingo zisenyuka zirakubabaza ibibitera ni byinshi cyane , wowe uri jeune marié profites seulement

  • @cedricsebba1465
    @cedricsebba1465 4 года назад

    Narinziko nayobye ark ndashima imana tumaze kub benc bafit imyumvire ivuguruye paster mpyisi warandohoye nawe mutumirwa uranyux muze duhugure abantu mumyumvire mishy

  • @denmignonne7272
    @denmignonne7272 4 года назад

    Uyu mu Maman ankorera ubundi umuti hhhhhh

  • @rwandajc92
    @rwandajc92 4 года назад +1

    Ariko murashaka ko asaba imbabazi ziki? Ibyo yavuze bitaribyo nibihe? Kandi yavuze muri rusange ko no kwirarana bishobora gutera ihungabana.... Ntiyavuze ngo Aline Ni rusange kdi niyo yaba ariwe yavuze we ubwo Niko abibona nkuko Wenda Hari n'abandi babibona gutyo. Ni opinion ye( nta mpamvu yo gusaba imbabazi). Abanyarwanda rwose mwita kubintu bidafite umumaro vrmt

  • @cyriaquesibomana923
    @cyriaquesibomana923 4 года назад +2

    Umuscout nanjye ndiwe rwose mpaka mumutima

  • @tuyizerefabrice5924
    @tuyizerefabrice5924 4 года назад +4

    Leta yakuyeho guharika yatumye abagore bagira agasuzuguro cyane.