Wewe ndakwumva 100/100 kuko nanje navutse gutyo 😭😭😭😭😭😭umugabo wa Mama ngo uzogende kwa so musaza wanje ngo uzive hano uje kwa so mama wanje ndamubajije anterera nka hariya nawe ngo uzoje kwa so 😭😭😭😭😭.Mana narakometetse narababaye bikomeye kugeza na nubu .Uretseko ubu bimeze neza kubera ndi murugo rwanje kandi nshima Imana .Ubuhamya bwanje ni burebure gusa Imana Ishimwe yo Ija yomora ibikomere Ikadusubiza gutwenga no kwishima .
Abantu bafite ibikomere bitandukanye pe. Harinabafite ababyeyi bombi batigeze babona urukundo rwakibyeyi yewe uwashaka yakwizirika kuri Yesu gusa naho kubantu ho ntakigenda pole sana Gloria.
Yooo 😭😭😭🙏 polee gloriose Pol peee Ur intwar uy mu sister twariganye nyagasambu Gus ntunguwe n kumva iy nkuru ye pee .imana iragukunda kuba ugihari nuk har icyo imana ikigufitiye
Komera mukobwa wa Yesu! Uwiteka akomeze agushyigikire. Uri indashyikirwa kandi uri determined! Kandi ibyiza biri imbere. Nubwo utazi papa wawe Yesu azakubera papa.
Ese @Sabin birashoboka ko umuntu yatanga ubuhamya ariko atagaragara mumaso ?? kuri camera 😂 Njye mfite ubuhamya bushobora gufasha benshi cyane ariko ntinya kuba najya kuri camera , cg Wenda wagaruka mur Europe ukambwira tukabonana nkakuganiriza Ibintu bindemereye kugeza nanubu , sindabohoka pe kubabarira ni ikibazo nanjye 😢
NUMERO YA GLORIA: 0783762140
Abakunda guhitira muri Comment nkanjye mumpe like
Comments zitwereka imbere heza.
Wewe ndakwumva 100/100 kuko nanje navutse gutyo 😭😭😭😭😭😭umugabo wa Mama ngo uzogende kwa so musaza wanje ngo uzive hano uje kwa so mama wanje ndamubajije anterera nka hariya nawe ngo uzoje kwa so 😭😭😭😭😭.Mana narakometetse narababaye bikomeye kugeza na nubu .Uretseko ubu bimeze neza kubera ndi murugo rwanje kandi nshima Imana .Ubuhamya bwanje ni burebure gusa Imana Ishimwe yo Ija yomora ibikomere Ikadusubiza gutwenga no kwishima .
Komera muvandi nanjye byambayeho nubu iyombitekereje numva mbabaye
Ark umuntu ushaka umugore ufite umwana najyayumva atazamukundira umwana ajye amureka rwose ashake udafite umwana😭😭😭😭
Gloriose ndakwibuka twarakuranye turaturanye ark ibyo byox birantunguye pee ark komera
😢😢polesana mushikanj wabonyevyishi😢😢mump like❤❤murukundo dukomez❤
👍🏻👍🏻❤❤
Mbaye uwambere mumpe like isimbi oyeeeee FPR oyeee
Like ndaziguhaye sha👍👍👍
Abantu bafite ibikomere bitandukanye pe. Harinabafite ababyeyi bombi batigeze babona urukundo rwakibyeyi yewe uwashaka yakwizirika kuri Yesu gusa naho kubantu ho ntakigenda pole sana Gloria.
Yewe duhuje byinshi pe
Ni ukuriii, twizirike kuri KRISTU YEZU we nshuti nziza👏👏👏🙌🙌🙌🙏🙏🙏
Nanjye nakuriye muri situation nkiye ariko jyewe nagize Imana nyogokuru yarankunda cyane.
Ninawe wanyikundiraga
@@jeannekamuhanda7926 oooh! Nyogokuru wawe Uhoraho azamwiture👏👏👏🙌🙌🙌🙏🙏🙏
Uvuze ukuri pe!
Ubuhungiro ni Yesu gusa ntahandi
Pole Cherie, Imana izakomore warababaye cyane ariko irakuzi niyo mpamvu yagiye iba mu rubande rwawe muri byose, ndakwikundiye kandi ngusabiye umugisha ku mana❤❤❤❤❤❤
Mpagarariy abacyerew nib bishobok wampay like ❤
Sha mwabantumwe mujye mugabanya kuvuga nabi ubwo buzima yabunyuzemo arko nintwarikazi Kandi Ageze heza nikombitekereza ahubwo mujye murebako harisomo mwakuramo mbere yokuvugana nabi rata courage mugore mwiza urintwarikazi❤💪
Urimwizacane. Kubamugufi. Canke. Kuba. Muremure. Twese turangana. Kandi. Imana. Idukundakumwe. Kiretse. Umutima. Mubi. Wabamwebamwe bafise. Amacakubiri. Urimwi. Mwizawanje
Iki kiganiro kirandijije birenze pe Niba Ari nuko Ari umuntu nziii simbizi 😭 Pole Gloria 😢❤
Umuzihe?
GLORIA urinwari👏 pe yesu aguhe ibyo wifuzabyose🙏
Glori ndakumva cyane impore,gusa buriya ugiye mu Kagera motors ntibagushakira file y'uyu mukozi wabo ukarebamo address ugashakisha tukareba ko byakunda.
Sinjya mfa kwandika ark nkubwire ngo uri intwari🏆 knd ikindi mbona nuko Imana igukunda❤ Uzagere kubyo wifuza njye narezwe na Maman utari uwanjye.
Yooo 😭😭😭🙏 polee gloriose Pol peee Ur intwar uy mu sister twariganye nyagasambu Gus ntunguwe n kumva iy nkuru ye pee .imana iragukunda kuba ugihari nuk har icyo imana ikigufitiye
Mbega inkuru iryoshye kuyumva disi mama komera
Mujye mwumve ibyo bamwe bumva bikabaryohera mumatwi niyo mpamvu ngira inama kubantu bahuye nibibazo nkibi bajya bareba abize Ibijyanye na psychology bakabafasha gukira ibikomere naho hano kumbuga wahakomerekera kurusha ho
Uwo imana yajyeneye umugisha ntaho ujya uramusanga machr
Abazi inkarishya mwese muze hano...hehehhe sabin ngo ntazo azi😅
Imagine 😂😂😂 ntazo azi pe!
Banazita intagarasoryo
Bazita katukuma
Iburundi bazita indugu
Muzazitwereke ntituzizi
Ikindi ushimire umugabo wawe cyane ni intwari cyane yakubereye byose kuruta uwo wakureze
Nanjye ninkuko pé sinijyeze mbona ibyishimo mumiryango wanjye, uyumunsi mbona ibyishimo aruko ndikubona umwana wanjye kandi nkamubona yishimye nibwo nanjye numva ibyishimo
Ndababaye muvyeyi kubwawe😢 wihangane shaaaa Imana ikuremere ishimwe nawe unezegwe
Komera mukobwa wanjye isi iduhekenya bubisi ariko imbere ni heza twizere ko uzabona papa wawe nutamubona kandi uziyakire imbabare nkawe ni nyinshi ubundi usenge Yesu yomora ibikomere
Determined, resilient indeed. Prosper young lady.
Icyo nabonye muri iyi dunia nuko buri wese agendana inkomere ziwe.
Uyu ati sinzi papa ariko umugisha mfite nuwabana
Undi ati ndakize ariko nabuze urubyaro
Undi ati nabuze umugabo/umugore
Uwiteka waremye isi n ijuru iduhe umwuka wayo worohereza imitima.
Ingo disi iyise nigateb gatoki buri wese aba afite amatek ye yihatiy
Yego sha ukabona umuntu abyuka yiruka ngo ibyo yariye bitamugugara, hari nuwiruka ashaka ibyo kurya, rimwe na rimwe akabibura 😭😭😭😭
Yego sha ukabona umuntu abyuka yiruka ngo ibyo yariye bitamugugara, hari nuwiruka ashaka ibyo kurya, rimwe na rimwe akabibura 😭😭😭😭
@@dorotheuwamaria5107niko isi yubatse twese ntitwareshya,nibyo bihugu byateye imbere bafite abakire nabacyene.ntacyo twabihinduraho
@@rwandamum8323 Sha Imana ikwishimire kuba ubizi ko habaho abakire n'abakene!! Mfite Mama wacu (Tante) muri 2011 yarambwiye ngo sinkavuge ko hari icyo dupfana we n'abana, ngo ndi Umukene birabasebya 😭😭😭 Hari n'umuntu wansanze namusuye aravuga ngo ndi Umuyaya we!! Abana banjye akambwira ngo mbamuhe bajye bamuragirira INKA sinzabasha kubarihira amashuri. Abana banjye byarabababaje biyemeza kwiga mu bushobozi bwanjye buke, ubu basoje KAMINUZA, abandi Secondaire.
Komera mukobwa wa Yesu! Uwiteka akomeze agushyigikire. Uri indashyikirwa kandi uri determined! Kandi ibyiza biri imbere. Nubwo utazi papa wawe Yesu azakubera papa.
Ngew rore ibiganiro byo kwisimbi bituma ndira cyana gsa biranankomez nkumva ko mfite abandi duhuj ibikomere tukabasha gukomera
Oohhh pole disi mama link nukuri wari inshuti yange ariko sinarinziko ugendena ibikomere nkibyo disi ni mama lucky from bukeri
Ihangane cyane mukobwa mwiza komeza wige imana izagufashe usoze ayo mashuri wize bikugoye kandi uzabe umutwe ntuzabe umurizo ihohoterwa wakorewe rirambabaje cyane mukunzi wanjye komera turagukunda pe❤❤
Ese @Sabin birashoboka ko umuntu yatanga ubuhamya ariko atagaragara mumaso ?? kuri camera 😂 Njye mfite ubuhamya bushobora gufasha benshi cyane ariko ntinya kuba najya kuri camera , cg Wenda wagaruka mur Europe ukambwira tukabonana nkakuganiriza Ibintu bindemereye kugeza nanubu , sindabohoka pe kubabarira ni ikibazo nanjye 😢
Urintwari cyanee Kandi uzangerakure mama😭
Imana ni se winpfubyi nabapfakazi uzayizere uyiture byose
Ihanga ncuti imana igukomeze ishoborabyose❤❤❤❤❤❤
Uwo musaza wakwanze mureke.abanyamugisha ntago bavumika.
Uzabababarire,ahubwo ujye ubaremera niba hari icyo ubarusha,nibyo bizabashengura
Umugisha wa mbere ahubwo ni urugo! Kuko abana bavuye muri urwo rugo ruzima!
Hobeeee, mu meze mute Mama? Nishimira kubona Comment yawe!
Uzahmagare imana nayesuu
Pore saana mushuti
Najyaga nkubona wisekera sinarinzi ko mumutima wawe huzuye intimba ingana ityo
Mbega komera cyane guca mubikomeye bigutera gukomera
Pole Sana pe nyagasani ajye abaha gukomera pee
Sabin urakoze nkunda ubuhamya utugezaho
Imana idukorera ibikomeye itatubwiye kubera urukundo idukunda.niyo rero yakujyenzeho kuva ukiba muri ruriya rugo
Yooh I gatonde ndahaz niho nize cyera hataraza GS . headmaster wahoo Mutuyi yaranyigishije naho imunanira ni ho nyogikuru na bamarume batuye .ihangane disi gusa urashobote
Ese ko atatangiye ashimira umugaboo knd.numva murugendo rurerure yakoze.atamutereranye.madame mushimire cyaneeeee,ALLAH Yakwimye papa wawe aguha Umugaboo n'abana
Humura imana izaguhoza nanjye inkuru yawe ihuye niyanjye ariko ubu nijye muvandimwe ihangane mama abana bawe nibo byose
Pole chr ndagukunda
Imana izajye ikuba hafi mama
Yoooo,urashavuye bambe
Pole ncuti Imana ingukomeze😭😭😭
Komera disi Imana izakubera so
narinkumbuye ibiganiro byubuhamya pe ❤❤!! It’s been awhile 😊😊😊.
❤❤❤ isimbi TV
Inkarishya se nizo intagarasoryi ?
Ihangane nukuri pe wabaye intwari ...gusa ufite story ijya kumera nkiyange neza neza
Nange nkunda kujya muri comments mbere yo gusoma
Uzashakire Mama wawe itike, akujyane akwereke Papa wawe!
Reka mbe ngiye guteka ndabona ino nkuru y'inda / ishuli itari kurangira 😢, ndagaruka yayirangije numve ibyakurikiyeho 😊
Inda ishuri inda ishuri 😂😂😂😂😂
@@INZORA-w2m 😅 na Sabin ahavanye amasomo y'inda mubikino😁
Nimwisekere mutarabyara ntimwabimenya
Inda n’ishuri 😂😂😂😂
Wamubyeyiwe urintwari pee
Imana izamumfashirize abone akazi keza arangije Kwiga abe ukomeye urenze maze imigambi y,Imana isohozwe kdi imiryango yamwanze ikorwe nisoni
Urintwarikazi maman kdi yesu agukunda urukundo rwinshi
❤❤❤
Komera, Nyagasani akomeze agucire inzira, uzagere kuri byinshi ibyiza bikunezeza, uzabashe no kubabarira abaguhemukiye. Komeza wizere Imana izagufa kuko ishobora byose.
Komera Imana niyo Yangombwa ku muntu .
Ndamukije buri wese ukunda Sabin first.
Ndamukije nabakurikira ibiganiro atugezaho.
Njyewe ndibaza nti ko turi munyaka 30 kuzamuka kugeza ahari 50 ans,twakorewe byinshi,twabonye byinshi byashenguye imitima yacu kandi tubikorewe nabatwibarutse cga se abavandimwe baho twavutse yewe nabo twavutse mumaraso amwe ,twebwe bavutse dufite hagati yiyi myaka,nawe uratekereza kugira uwo ubabaza???kuki wamubabaza ???Njywe narababaye peeee ariko mubuzima nanga kubabaza undi muntu cga se ikindi kiremwa,nawe ndagusabye usenge Rurema wakurokoye,cga se wagutabaye akagukura mububabare wari irimo,agushoboze kwirinda kugira uwo ubabaza.
Erega ntakamaro ko kubabaza abandi,reka kumutura ishavu ryawe ni ukuri,mureke yibereho mumutima we atagufitemo ngo yibuke uko wamubabaje,ni ukuri mube abumumaro,babyeyi mubabaza abana banyu gutya ndabarahiye imitima yanyu yuzuyemo ibara ryumukara risobanura kuki nahemutse kandi nziko udasinzira iyo wibutse ibyo wakoze.
Rero rungano ndabasabye mugire umutima mwiza mureke kubabaza abandi,niba udashoboye kwihanganira undi musabe yigendere ,niba ari umukobwa ukunze akaba afite umwana bakunde kandi niba ukunda mama we banza umukundire umwana kandi utabeshya.
Mugire umutima uva amaraso bantu dusangiye kuba hano kwisi.
Nta kiza kiri mugutuma ubuzima bwundi bujya mukaga ,rekeraho rekera ho.
Mpore mpore❤❤🙏🙏🙏
Yooooo. Komera kandi ube intwari.
Yooooo pore maman
Oh mpore mama
Sabin🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉❤❤
Mbega inkuru ihangane mama warumiwe
Ariko ibi biganiro bimeze bitya Mana yanjye , gusa Isi nihatari peeeeeeeee
None se kuki mama wawe atakujyanye kuri so nyawe,gusa ihangane
Ikosa ryari irya so wigicucu we se ko yari murmured,yogeze amanura insurance?
komera disi warababaye
Kanda iyo link wisomere amakuru mashya utarumva ahandi
Komera bambeeeee
Komera kd ujye wisengera imana kd Aho ikugejeje ujye uyishimira kuko niyo yagukoreye byiza ufite ubu.
Ihangane Sha gogo gusa urimwiza disi urasa neza cn.
Banatwitaga: INTAKARA
Yoooo impore bambe gusa wabaga ukomeye rwose ntawari bukeko ufite ibibazo nkibyo pee
Izo NKARISHYA uyo mwana bazita INDUGU.
Biterwa n'ahantu, hari abazita intagarasoryo
Vidimenti
😅
Ewe Mana 🥱🥱🥱🥱🥱🥺🥺🥺
Super women
Bararuka;bagize ibikomere by'ibigugu.
Uravuga nabi pe
Nkwigiyeho byinshi pee!
Komera, gusa urintwari y,Urwandwa.
humurancuti uzabaho ukomere knd imana izagufasha wiyigire imana izakugeza kuntegonziza
Sst ihanganee pee Kandi mpari kubwawe
Umuseseri 😅
Ese ubwo warindaga kwenda gushwanyuka nicyo gikomere umugabo wawe ubwo ntiyari yaragutereranye?????? Nwarumvikanaga ubwo?
😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭
Ariko se abaganga babyaza bakarekeramo indodo zikamara amezi abiri ibyo ni ibiki? Jye narabyaye ku munsi wa kane bakuramo indodo, ndetse ubwa kabiri barambaze bashyiramo agrafes nazo bazi kurimo nyuma y’iminsi itatu! Ko numva indodo zabaye indodo! Amezi abiri umuntu aba yarakize kera kuko jye nyuma y’icyumweru narakoropaga!
Komera kd humura nyuma y ibibazo no kubaho nabi ubuzima burakomeza kd bukaba bwiza
Kuberimama birashoboka
Ikikiganiro kirandijije nukuri
Wanga umwana wundi agakurira n'icyo. Ubuse mubanye mute? Nubwo wakuze nabi ariko uriho!!Imigambi y'abantu siyo y'Imana
Abana bawe bazabaroga uzahacike uwakwanze aba yakwanze.
Amarira aranyishe
Number 3❤