KWAMBURWA INZU YA MILIYIONI 32, GUSAMBANYA UMUGORE WE, RIDER MAN N'IBINDI/BURYOHE KURI MAX TV
HTML-код
- Опубликовано: 12 июн 2024
- #CassienPizzo #MaxTv_0784855183 #trending
Tubashimiye uburyo mukunda gukirikira ibiganiro byacu.
hari ikibazo ,inkuru cyangwa ubufasha wifuza guha MAX TV waduhamagara cyangwa ukatwandikira kuri iyi numero iri hejuru. Развлечения
Abemera Riderman mume like (hip-hop kumutima )
Hahahh you got me
Yooooooo komera disi Aho tubona ko nta Nzira Imana niho yigaragariza. Imana ihe umugisha buri wese witanze ndetse akanagira uruhare muri urwo rugendo mwanyuzemo rutari rworoshye.
Uyu mugabo ndamwibuka kumuhima nize isomo rikomeye peee Twakoze duke dushoboye arataha murugo ariko burya nuha umunyamugisha nawe uzabona umugisha ukomeye
"Umugabo utari inganzwa ntiyubaka". Uyu ni umugabo wa 2 mbyumvanye. Uwa mbere yari na minisitiri w'umuryango
Niko kuri umugabo yumvikana numugore ntace amazi inama z'umugore barakira cyane iyo umugore nawe ari serieuse arwanira ishyaka urugo rwe 👍
Ahaaa!!.
😂😂😂😂😂😂 ubwo se minisitiri wabivuze yabivuze afite umugore cg yari ingaragu? Inganzwa ndazisuhuje ngaho zijye guhena dore burije
Hhh
Nge nabyumvanye murumuna wa antoine rutayisire ko umugabo ushakakubakaaremera akaba inganzwa murugo agaha umugore ijambo
riderman for life
Buryohe ngukundira ko ukunda umugore wawe n abana bawe nukuri izakumpere umugisha kugeza ubwo wisazira nukuri mubyumve ko mbakunda cyane nukuri
Nkunda ukuntu uvuga ngo "Na Buryohe wanjye".❤
Gufatanya numugore ntibivuga kuba inganzwa.urugo nurwababili.abagabo bavunisha abagore mwisubireho .Kandi ko imana yabahuje ngomufatanye.Imana Ibakomereze urukundo.mukomeze muryoherwe
Ndakwemeye cane iyuriko utuka igihugu uburiko wituka pe.
Yooo papa buryohe kumbe waciye mubikomeye ariko imana yaragusubije ufite n’abana beza na madame wawe yarakoze kwihangana turagukunda ❤❤❤
Ubundi murimacye umuntu utukigihugu ngewe namugerarenya nkumwana utazubwenge ufata ingobyi bamuhekamo ark kko atazubwenge birashobikako afaturwembe akayicyeba murakoze
Yoooooo disi ibyo bintu byakubayeho nibyo ndimo gusa ndushijeho kubakunda na madame wawe
Komera
Komera cyane😢
Ngo " Ukivamo ariko ntikikuvamo", Courage P.Buryohe.
Buryohewe! uwimirijwe n'lmana agirango satani ntamutana igira. washatse neza wowe uzikuganira numufasha wawe muri mucyumba akigira muri salo wamusangayo akisohokera byihorere ubu kubona umufasha ubikuye kumutima n'urugamba umushaka mucyennye mwakoroherwa ukamubura. Ahubwo umuntu yarambagiza gute?.
Wallah Rider-man wanjye 💋 💋 💋 💋 💋
Imana ni nkuru disi, kwihangana bitera gutsinda, ndabyibuka neza ibyinshi yavuze
NATWE DUFITE UMWANA UMWE #GISA MANZI nkunda GUSA DUCYIYE MURUBWO BUZIMA ARIKO IMANA IRAHARI 😢TUZABIKOLA
Wunvise nabi ntiyavuze kubinganzwa negatively ahubwo ni mubyiza, turabakunda
Pole sana. Buryohe. Ibyo urikuvuga nanjye byambayehop. Na matora ndazitanga. Narinziko arinjye byabayeho njyenyine
Bjr;nawe rero jya wibuka kugira neza wigendere. Kuko ufite isomo wabonye cyagihe.
Kbs amanota menshi kuri Papa buryohe afite inama nziza z ubaka ingo nyinshi komerezaho kbs❤
Much respect goes to Riderman❤
God bless Riderman
Komera komera
Yooo disi
Buryohe iyi nkuru hari ukuntu irimo amakabyankuru ,
Abagabo base singazwa
Nonese umugorewe numwe. Bakinana
❤❤
Wamugabo we uri imfura,ndushijeho kugukunda
Buryohe ju
uzuvunga kwari bubihe tv
Ariko Buryohe we ubwo buzima mwarimo mwatekerezaga n'utubariro ?. Iyo mikino ko ikinwa n'abahaze
Nawe ijye wibuka abari kwa muganga rero ,ineza wagiriwe nawe uzayigirire abandi
Sha sinzaba indwanza ibyo mubwira abagore kugirango bidirectional ba kagarara bizabagaruka sinigeze mbona data ari inganzwa cyg sogokuru none wowe ngo mbe inganzwa sha wapi kwajina LA Yesu ahubwo Nance sinakwigira kagarara twabana mumahoro
@bwenge 5332 ururimi uvuga(wanditse) ni uruhe? Kurwumva biragoye
Uzi kuganira
Ndavuga kubyabagore batarangiza nubugoryi bwabo bashaka kugarama gusa akiyibagiza akazi wiriweho mbesewe akurongoye byakwanga wanjya kumurongora yanarangiye kare kuko ukoresha imbaraga nyishyi iyo akugiyehejuro niwe ukoresha imbaragaze ninabwo umunyazaneza ntakabuza araragiza ariko yakenera kumunjyahejuro burigihe ntanibukako wananiwe ahokugirango agufashe akigaramira urumva byagendagute
Askari anavumilia hari
Urigazwa koko niyompamvu igiramagambo nkariya yose
Nabadi,bumvirehope,ndakumvape,urwonirworukundoe,rwumwimererepe,imanikuridepe
Allah akbar
Nanjye nasanze umugabo winganzwa atubaka
Imana ishimweeeee kbs❤❤❤
Igihugu ni umubyeyi , utuka igihugu rero bamwita ikivume
Riderman
Ibyo avuga nibyo kuko byose narabirebaga disi,Imana ni nkuru
umufasha nkuyu yavahe?.
Impamvu umugabo yemera kuba inganzwa nuko hari inshingano aba atuzuza neza eg nta cash agira cg adatera neza akabariro
GUSA BRO NANJYE NUMUDAMU WANJYE 😢TUBICYIYEMO NUKURI I HAVE THE SAME STORY KBXAA 😢😢
Mukomere nta mvura idahita
@@daresmutima5924 🙏🙏🙏🙏cyane pee
Garuka kwa Allah niho uzishima by’ukuri sha.
Nihehe?
@@marcusandlucas6455muri Islam.Inzira y’ukuri imwe rukumbi twahitiwemo n’uwo Allah.
Ntamuntu utuka igihugu ariko ubaho. Ahubwo mwogejwe mubwonko utumvikanye nubuyobozi akagaragaza ububi bwabwo bamwita ko atumvukana nigihugu.
Umucyo Kitchen TV mudutere inkunga nyamuneka ❤❤
Nonese kuki utigize inganzwa kumugore wambere M Sumaya?
Ntiyaribwabone buryohe!
shahuwe nigihe byose biterwa nigihe
Kuba jmusirikare byanagusigiye ariko kuvuga amagambo y, urukozasoni.
Buryohe birangiye mbonye ko uri serious vraiment!!
Menye impamvu yurukundo rwanyu kabisa
Ntamuntu utuka igihugu ahubwo atuka ubuyobozi buriho ntimugahuze ubutegetsi nigihugu nibintu bitandukanye
None ututse umuyobozi uyoye icyo gihugu nta ba atutse nabamutoye se
@@BennaBruce Hoya kuko umuyobozi Akora amakosa Kandi ntabwo abamutoye baba banutumye kuyakora Kandi buretse nikumutuka noguhanwa aba akwiye guhanwa igihe yakoze amakosa
Umuntu wese agandukire abatware bamutwara, kuko ari nta butware butava ku Mana, n'abatware bariho bashyizweho n'Imana.
(Abaroma 13:1)
Konumvise uzi bibiriya niba ntakugoye abantu bimana bitwa sadurake meshake na abedenego ndetse na Daniel washyizwe murwobo rwintare bari bagandukiye ubuyobozi?harya ubwo buyobozi bwagiyeho Imana itabishaka?? Njye numva ko uko kuganduka byaterwa nibyaribyo ibyiza okay ariko ibyo wumva atari sawa numva ntakugandukira ubwo buyobozi
Cyokora narumiwe ni wowe rwanyi kbx 😂😂😂😂😂
wangu nakubonaga nkumuntu woreka urubyiruko ariko ubu ndasobanukiwe impamvu ukora biriya nukugirango wishakire umunezero wabuze igihe kinini ubitewe nisi.
vuga uti mana warahabaye nubwo warwanye cyane ariko munzira gihumbi imana iguhitiramo imwe izakubeshaho.
wangu famille zubu zikumenya iyo ukize.
Uyu Mugabo ni muzima ra?? Arashishikariza abagabo kwigira inganzwa??😂 Abantu turashaka guhindura uko imana yagennye ikiremwa muntu koko?? Umugabo muzima ngo urakubura murugo ufite abana numugore?? Cyakoze Ndatunguwe pee
Gukubura se urumva harimo ikihe gisebo?!
@@UmutesiClarisse-tl3mv cyereka niba wishakira kwiberaho nkabagabo rwose. Yewe, ibituma abagabo basuzugurika ni byinshi pe, ngirango niyo mpamvu ntarugo rukimara kabiri. Ubuse ba sogokuru bacu batigeze bakubura wabita abaswa?
Gukuburase nikibibazo? Iyonzu yakubuye si iye numuryango we buryohe hejurucyane ufitimyumvire iteyimbere abowitaho numuryango wawe ,courage mzee
@@uweraparfaite3468 Jya mbona umugore azageraho akarwanira guhinduka kuba umugabo kandi imana yaramugize umugore tu.
Mana we bafashe umwanzuro nkuwanjye 😢nta muntu ungerera mu rugo cg nkururana nawe kuko nanjye narakomerekejwe .uzikubona uguriza burikwezi umuntu ayoguhahisha agakora stock bakazayampa bayabonye jye ngezweho ubukene bufashe ndamwitabaza ahubwo andatira ko agiye kugura gaz namashyiga ndabyibuka niyo zari kiza muri 2015 zigurwa nusobanutse 😢mwaka na 10k arayanyima naramuhaga 50k zo muri 2012
Wafashe umwanzuro nyawe ntampamvu yo kwiha abantu ngo bakubabaze hoyaaaa
Umunyarwanda ati ugirirwa ineza nuwo yayigiriye aba agira Imana
Gs ukwiye kubohoka kubaho wenyine nabyo nihungabana ryica byinshi
Uko.byamera kose abantu dukeneye abandi bantu
Ntamuntu ukugerera murugo 🤔🤔🤔🤔🤔🤔
Niko isi yanone yubatse mubyeyi, wavuze se gufasha abavandimwe bakiga, bakubaka, wose wajya kwamuganga ukabura nukurwaza cg ngo agusure! Kuriki gihe nukubana nabashaka udashaka ukamureka
Imana ni nkuru disi, kwihangana bitera gutsinda, ndabyibuka neza ibyinshi yavuze
Ubu se wowe ujya wibuka kujya kwa muganga ugafasha abadafite
ashakiki
@@nshimiyimanaemmanuel9351ukaba urabyemeje