Agahinda Gakabije ka Antoinette Niyongira Nyuma Yo kubyara😭| Yarariraga Nanjye nkarira|

Поделиться
HTML-код
  • Опубликовано: 1 окт 2024
  • Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950

Комментарии • 206

  • @ROSETVSHOW
    @ROSETVSHOW  2 года назад +17

    ruclips.net/user/results?search_query=antoinette+niyongira kanda kuri iyi link ukurikire ibindi biganiro bitandukanye bya Antoinette

  • @mugaboedmon2305
    @mugaboedmon2305 2 года назад +93

    Imana izahe urubyaro Rose Nishimwe nawe abyare yonse aheke bambiiii. Love you Rose Nishimwe

    • @ishimwebruce7989
      @ishimwebruce7989 2 года назад +20

      Mwizina rya yesu abibone vuba kdi ntiyihebe buriwese agira isaha yiwe gusa mukunda burenza uburyo agira umutima Mwizina nyagasani nahite amuha umu bebe Mwizina rya yesu

    • @Mila-vu1yr
      @Mila-vu1yr 2 года назад +7

      Afite umutima mwiza azamuronka n' igihe c' Imana kitaragera no gukora kuri iyo sujet si uwariwe wese yayishobora no ku bindi biganiro mpora mbona bimeze nkibi adafite umutima mwiza ntiyabikora.

    • @godsdaughter2820
      @godsdaughter2820 2 года назад +2

      Amennnn

    • @uweracraire2099
      @uweracraire2099 2 года назад +4

      Yaramubuze se

    • @tvshows6389
      @tvshows6389 2 года назад +17

      Murahinda koko!! Kuki mw'injira mu buzima bw'umuntu ikibabwira ko yari yashaka umwana Niki? Yenda hari ibyo yaragikora !! Aha I buraya urashaka ukamara igihe utarabyara bitewe nagahunda wihaye! Kdi niyo yaba amushaka akaba atarabyara nta gihe kinini amaze kuburyo mwatangira ku mwinjirira!! Byaba byiza mutagiye mwinjirira ubuzima bw'undi !!

  • @masskomtv
    @masskomtv 2 года назад +25

    iki kiganiro kiraryoheye birenze, harimo ukuri kuzuye 👏👏👏 mwakoze cyaneee ❤❤❤❤

  • @kamugishadelphine1246
    @kamugishadelphine1246 2 года назад +27

    Depression ya nyuma yo kubyara byo yishe bsnhi mu babyeyi!!!! Ugasanga n' abagabo nabo bino ntibabimenya ngo bafashe abagore babo! Abantu basura nabo rero nabo bajye bamenya langage nyayo!!!!! Ibindi bintu byinshi bitera stress
    1.umunaniro
    2.kurara amajoro
    3.kunywa ibikoma
    4.kubura amashereka cg ukagira menahi akagutera umusoga
    5.kutemerera ababyeyi ko bavuga feelings zabo
    6.ibisebe bikiri bibisi
    7.guhinduka k' umubiri ( kubyibuha bikabije,kuvunika umugongo)
    8.Abagabo bakandwa ama........badataha birakabije
    Abagore babyaye tubegere tubasure tubumve,tubafashe baruhuke,kandi tubakomeze tubasengere cyaneeeee kandi tubasura

    • @claireineza7283
      @claireineza7283 2 года назад +1

      Delphine merci ubivuze nkuko nakabivuze neza

    • @emuw2916
      @emuw2916 2 года назад +1

      Ndagukunze😘😍😍😍🥰

    • @odilemugwaneza4111
      @odilemugwaneza4111 2 года назад

      Ubivuze neza.

    • @irakozevesto3218
      @irakozevesto3218 2 года назад

      Mana Delphi ubivuze neza

    • @roseuwimana224
      @roseuwimana224 2 года назад

      Ikibazo nuko iyi topic ya dépression post-partum Itajya ivugwa na gato. Ibi Ni ibintu n‘abaganga bashinzwe ibyo kubyara bagakwiye kuvuga

  • @mutesiannet4320
    @mutesiannet4320 2 года назад +10

    Oooh Anto unyibukije umuhungu wange,ubu afite 11ans,Mana yange umwana yararize turumirwa,ukwezi nigice ntawusinzira,nataye ibiro uburyo numu partner wange aracanganyukirwa,good enough twarikumwe amajoro yose,mpise nkurura iyo image,,ndabakunda.

  • @caissynakure9883
    @caissynakure9883 2 года назад +15

    Niyo utwite ugira agahinda gakabije, wabyaye urakagira, kuba umubyeyi ni intambara...Postpartum and prenatal depression is a real thing

    • @BlessMK
      @BlessMK 2 года назад +2

      Yego Manaaaa ibintu uvuze ko atari byo koko!!!!
      Iyo umuntu atwite agira agahinda gakabije se gute koko Nyagasani ko ibyo bintu ntabyo nzi!!
      Ubwo ni ibindi bibazo biba byagateye ARIKO rwose wifite umugabo mwiza ugutetesha wakugize aka bébé ke NTA GAHINDA ndakurahiye❤️

    • @caissynakure9883
      @caissynakure9883 2 года назад +1

      @@BlessMK nawe nguhaye umukoro uzabaze abaganga b'inzobere cg wifashishe google...cyakora ntibizakubeho kuko ni bibi pe nk'umubyeyi utwise inshuro zirenze imwe nzi meza ibyo mvuga

    • @BlessMK
      @BlessMK 2 года назад

      @@caissynakure9883 yewe ubwo se keretse niba inda iba yakuguye nabi cyaneee ukihebe.
      YEWE ntabyo nzi kd KOKO na Nyagasani azabindinde agahinda ko kunda ni kabi kagira ingaruka mbi kumwana.

    • @irenemukamusoni1838
      @irenemukamusoni1838 2 года назад

      Nukwihangana byo kbs kubumubyeyi

  • @murerwadiane2121
    @murerwadiane2121 2 года назад +7

    Rose ndagukunda cyane ❤️❤️ Hari ikiganiro cyitwa Kanguka ndabasabye nimba mutakizi mujye mucyumva

  • @nadiadushimimana5401
    @nadiadushimimana5401 2 года назад +7

    Uvuze ukuli rwose depression ihera umuntu agitwite noneho kubyalira mubihugu by’amahanga ,abashyitsi wunva arabakunaniza kurusha,cyane ko ntanabakozi bo mungo nibura baba bahali ngo ateke banakore ayo masuku.

  • @godsdaughter2820
    @godsdaughter2820 2 года назад +10

    Iyo depression bayita "postpartum depression"ni depression umubyeyi agira akimara kubyara.ababyeyi benshi barayigira,najye narayigize!gusa nyuma yamezi macye irashira

  • @ngabojoel4752
    @ngabojoel4752 2 года назад +11

    Anto your voice and appearance tells how real you're...
    And thank you sissy Rose for hosting your best friend 💓 💗

  • @Uwumukizaeugenie033
    @Uwumukizaeugenie033 2 года назад +3

    Murasa wagira muravukana ababibona nkanjye ,👍nibande

  • @alinemukazayire3354
    @alinemukazayire3354 2 года назад +7

    Mana we jyewe narabyaye ngira agahinda nkumva sinshaka abashitsi sinshaka kuzongera kubyara narimwe byagezeho nicuza impamvu nashatse umugabo kubera umunaniro kdi nkumva sinshaka unkorera kumwana ko amufata nabi barambaze nkumva injereri mumatwi narwaye umutwe nkajya nikoraho ngo numve ko nkihumeka numvaga ntazongera kubyara ukundi kdi natwise amazi 9 nishimye mfite amatsiko yokumubona nyuma natinze gusama imyaka 8 nkicira urubanza kuko navuzeko ntazongera kubyara ukundi Mana byari bibi umuti wose bambwiraga nahitaga nkugura kugirango ndebeko nasinzira nararaga mpetse nzinikwa kurya ndava nanga gukama bakantegeka kurya ngahaga kugirango utérus yegerane birancanga ndiyanga Sha gusa Imana izamfashe uwakabiri ntazaryare icyomunda pe sinifuza kuzongera kubyara nkababara kuko namutegereje igihe

  • @kazedesire8771
    @kazedesire8771 2 года назад +5

    Naba nawe wanamenye ko ari depression,ntuzi wowe kuba umeze utyo ugahita usama cg se ukarwaza umwana yeweee biba bishoboka ko watora amashashi pe,nigeze kujya kwa muganga bampaye ibitaro ndaturika ndarira bananirwa kumpoza kdi ubwo umugabo ntiyanahabaga sha mbega stress mana! Mumvugiye ibintu kbs

  • @Crazybouyhabib
    @Crazybouyhabib 2 года назад +8

    My favorite ladies 🌹👍🏾👍🏾

  • @dianekayitesi5291
    @dianekayitesi5291 2 года назад +5

    Ahwiii neza ibyo Anto avuze nibyo byambayeho pe gusa nunvaga meze nkutuzuye neza neza Ahwiii Depression we!

  • @umwaligogo3570
    @umwaligogo3570 2 года назад +6

    Depression ya nyuma yo kubyara rwose nuko imeze nanjye ndi umuhamya

  • @NyangomaHope-hy9kv
    @NyangomaHope-hy9kv 2 месяца назад

    Gusa muvuga cyimwe ubu nibwo mbashije kubatandukanya 😮❤❤❤❤

  • @florenceduhujimana8307
    @florenceduhujimana8307 6 месяцев назад

    Njyewe ndafashijwe.
    Wakora iki mu gihe wamaze kugira ubu burwayi bwa depression?

  • @nadiaishimwe
    @nadiaishimwe 2 года назад +8

    Only God knows how much I love and adore you sweetie 🥰 Anto❣️❣️

  • @mugwanezaeric6755
    @mugwanezaeric6755 Год назад

    Urwo rugendo natwe twaruciye mo madam akumunjunyira Sha mvuye mu kazi!! Nkazengurukana nawe mu cyumba agasinzira saa munani zijoro ngomba kubyuka saa 5:00 ngo njye mu kazi!! Akagongo Kenda guturika Sha kubera kuzenguruka muyembayembya!

  • @esthertuyishime3290
    @esthertuyishime3290 2 года назад +2

    Anto ibyakubaye ho neza neza copy and paste nkanjye Nagize depression arko nkabura uko nisobanura
    Amarira nagiraga sinzi
    Numvaga maze kwiheba arko natekerezako azakura nuko nkishima

  • @guzutoni5346
    @guzutoni5346 2 года назад +5

    Bano badamu barasa, ninde ubibona nkanjye?? Naho ubundi se ikinyarwanda ntibyoroshye si Ubufindo!!

    • @giramataclaudette5823
      @giramataclaudette5823 2 года назад

      Rose ma chrie, ibyo nukuri nanjye ndi umudame wabana 2 ariko nanjye ako gahinda narakagize ndetse nubu numva kataranshiramo kandi umwana afite imyaka 4 , sha nukuri birababaza ariko iyo ubivuze birashira, ndagukunda cyane kandi courage muri byose.

  • @Flowers3962
    @Flowers3962 2 года назад +5

    Sha njye nagize umugisha uwanjye yararyamaga kumanwa nanijoro ntawamenyagako mfituruhinja munzu

    • @christinenzamuranga9366
      @christinenzamuranga9366 2 года назад

      Sha mfite babiri bose bampaye amahoro mana yanjye sinzi amarira yuruhinja ndavunika nkabandi bose ariko ntamarira pe.🥰

  • @shanngarambe3442
    @shanngarambe3442 2 года назад +7

    This is very helpful for me right now.

  • @MutuyimanaSlyvie-xd6kc
    @MutuyimanaSlyvie-xd6kc 3 месяца назад

    Anto imana ijye ibaha umujyisha kuko murabarimu beza!!!

  • @nyangelnana2000ify
    @nyangelnana2000ify 2 года назад +4

    Yitwa postpartum depression. Hano, aho mba barayivura n'imiti . Kuko ni hormone imbalance iba yabaye tukibyara, ninza mu Rda, nzashaka Rose tugirane ikiganiro. Hari igihe, iyo itavuwe, ivamo depression nyayo. Hari n'abagira amahirwe nka Anto, ama hormones aki stabiliza, ariko hari agihe akwama.

  • @adelineishimwe3383
    @adelineishimwe3383 2 года назад +5

    Amazing and rich pieces of advice Antutu!! God bless you ladies🙏❤️

  • @kuzwitekabenithe8468
    @kuzwitekabenithe8468 2 года назад +2

    Izi story zanyu ziryoheye amatwi😍😍 kbs uzamugarure

  • @mukashyakaesperance6036
    @mukashyakaesperance6036 2 года назад +3

    Loza lmana iguhe umugisha njye narashizepe mporana agahinda Keshi ntazi Aho kava nu mushiha mbese mpora naniwe sinzi icyankuzape.

  • @Cadette-p7p
    @Cadette-p7p Месяц назад

    Antoinette disi nibwo mubonye. Ni mwiza

  • @lillylilly33gpnd19
    @lillylilly33gpnd19 2 года назад +4

    Antoinette ibyuvga nukuriiii kwambaye ubusaaaa pe

  • @Md.bahizi8358
    @Md.bahizi8358 Год назад

    Anto umvugiye ibintu! Ubuzima bwa nyuma yo kubyara biteye ubwoba

  • @gratitude6368
    @gratitude6368 2 года назад +2

    Ndabakunda peee. Muri beza mufite umutima mwiza cyane cyane nkunda urukundo mukundana, njye ntanshuti magara mfite ariko ndimo gusaba Imana inshuti magara,
    Iyaba byashobokaga ko umugeni agira aba marraine babiri icyarimwe nari kuzabasaba mukambera marraine mwembi kuko ndabakunda mwembiiiii peee
    Imana ibahe umugisha mungo zanyu na famille zanyu ariko Cyane cyane Impere Rose umu bébé yitwe Mama, nkunda uburyo aganira kuri sujet zababyaye ukabona ntamushiha afite.
    I love you Rose and Antoinette

  • @ingabirejeanne8702
    @ingabirejeanne8702 2 года назад +3

    Sha anto unvugiye ibintu neza neza kubabara we,ibitotsi byinshi.

  • @uwamahorodevothe8593
    @uwamahorodevothe8593 2 года назад +1

    Sinzi mpamvu mbona Anto ar'umu maman uca bugufi, Kandi ufite urukundo

  • @alicekagaba1314
    @alicekagaba1314 2 года назад +3

    Anto umvugiye story neza neza hh umwana wambere naringiye gusara

  • @nyirabarutaodile9154
    @nyirabarutaodile9154 2 года назад +3

    Yoo uyu mudamu twahuye nibimeze kimwe nanjye nkibyara bwambere

  • @graceuwiringiyimana1473
    @graceuwiringiyimana1473 2 года назад +3

    Mana we Uri kumvugira ibintu pe

  • @mmkjbvbvkampireon1752
    @mmkjbvbvkampireon1752 2 года назад +2

    Ntabwo ubeshye rwose umubyeyi wese ahora yikanga ijwi ryumwanawe arira

  • @zaza6181
    @zaza6181 2 года назад +1

    Mbakunda kubi rwose ibyo uvuga nukuri nanjye bimbaho rwose nubu mbirimo pe mfite uruhinja rwa 3 mois ndicara nkumva umwana arira 🤦🏾‍♂️uko nukuri pe ababyeyi bagusaza ubumvise 🥰

  • @mushimiyimanaodile2245
    @mushimiyimanaodile2245 2 года назад +2

    Rose wakoze rwose iki kiganiro cyari gicyenewe pe muduhaye inyigisho nziza cyn nari nzikeneye nimbyara nzaba mfite notion

  • @akecucoco1577
    @akecucoco1577 2 года назад +3

    Ampucuriiii murashimishije muri beza oooooh💑

  • @kekekaka7315
    @kekekaka7315 2 года назад +1

    Rose Imana yumve isengesho ryanjye kuri wowe ndayinginze ndayitakambiye nukuri

  • @edyssamihana413
    @edyssamihana413 2 года назад +9

    Njye uwanjye agiye kugira 5ans ariko ndacyunva arikurira kandi yisinziriye mucyumba cye🙄muri aba dames beza mwembi ndabakunda cyane @Rose na Antoinette ❤

  • @odilerugambwa8450
    @odilerugambwa8450 2 года назад +3

    Yooo mbega ukuntu mbishimiye! Sha umuntu wese wabyaye a agomba kugira umuntu yahisemo uzamwaramira naho ubundi ntibyoroshye byibura ukwezi nigice nabakunze cyane♥️♥️🤣🤣🤣🤣🙏

    • @odilemugwaneza4111
      @odilemugwaneza4111 2 года назад +1

      Aba Nigeria 🇳🇬 bo babyita OMUGO () maman araza iwawe for 3 months ucyibyara yaba adahari hakaz undi wahafi mumuryango

  • @mukamurenzisandrine5609
    @mukamurenzisandrine5609 2 года назад +1

    Mutumye ndira😭😭😭ndabakunze cyane byose muvuze nukuri🥰🥰🥰🥰

  • @ishimweaimee2751
    @ishimweaimee2751 2 года назад +2

    Muriko muravuga neza 🥰. So intellectual

  • @imanishimweemmanuel9106
    @imanishimweemmanuel9106 2 года назад +3

    Rose tv show✓✓✓✓✓✓

  • @afissamukunda992
    @afissamukunda992 2 года назад +3

    Yooooo munyibukije iyo depression yanyuma yo kubyara

  • @Nelly-fb8iw
    @Nelly-fb8iw 11 месяцев назад

    Uzongere utumire Anto plz

  • @mne3354
    @mne3354 2 года назад +2

    Murakoze cyane 🙏🏾 God bless you beautiful 😍 ladies ndabakunda cyane!!

  • @usanasenjunguetoile4533
    @usanasenjunguetoile4533 2 года назад +4

    Muraba mama beza ndabakunda 💕

  • @claireiradukunda1628
    @claireiradukunda1628 2 года назад +2

    Ooooh God Anto ndumva arikimwe najye nez nez gukora nkumutima ibitekerezo biba kuriwe gsa sinarinzik ar depression🤦

  • @NyangomaHope-hy9kv
    @NyangomaHope-hy9kv 2 месяца назад

    Gusa ibyo uvuga nukuri

  • @roseuwimana224
    @roseuwimana224 2 года назад +1

    Dépression Post-Partum!!! Iyi topic abantu bakwiye kuyivugaho. Bagategura ababyeyi. Nyuma yo kubyara abashyitsi bahora buzuye inzu nabyo ni ikibazo kuko batuma umubyeyi adahumeka

  • @uweraasha2509
    @uweraasha2509 2 года назад +1

    Mpore mpore mama nuko wabyihereranye ariko uwaje kugufasha wagombaga kujya umuganirira byose, mpore kibondo

  • @dinahnayebare2594
    @dinahnayebare2594 2 года назад +3

    Utwo nitoto Sha nge nkeneye nibitaro ahari.

  • @uwimbabaziangelique6092
    @uwimbabaziangelique6092 2 года назад +2

    Umupira w'ishyirahamwe wubahwe hhhhh

  • @mugangamuteterikeza2421
    @mugangamuteterikeza2421 2 года назад +1

    Nitwa muteteri Jane, ndubatse, nkaba ndi umubyeyi w'abana batatu, ndi umuganga, nkaba nkorera I Kigali ahazwi nko Ku mpala, umanutse umuhanda w'amabuye munsi ya chik.
    Mfashe aka kanya kugirango nganire n'abagabo kubijyanye n'imyororokere.
    Mbese wa mugabo we, ntiyaba Ari wowe ushaka kwisenyera kubera uburangare bwawe?
    Abagabo benshi muri iyi minsi bafite ibibazo byo kubura ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina, abandi barayikora bakarangiza vuba, abacika intege batera akabariro, abagizweho ingaruka no kwikinisha, ababuze urubyaro kubera intanga zangiritse n'ibindi bibazo bitandukanye Ku myororokere...
    Mubyukuri, kutagira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina, kurangiza vuba, gucika intege mu gihe cyo gutera akabariro ni bimwe mu bibazo bikomereye abashakanye ahanini biri guteza impagara no gusenyuka ku ngo nyinshi.
    Kurangiza vuba bivugwa igihe umugabo arangiza (asohora) mbere y'uko akora imibonano cyangwa se hatarashira iminota ibiri ari mu gikorwa. Ibi akenshi biba atabishaka, bigatera guhangayika, kwigaya ndetse bigateza ibibazo n’umwiryane mu rugo kuko hari nubwo uwo bashakanye amuca inyuma kubera kutamugeza ku byishimo bye bya nyuma (orgasme).
    Iki kibazo gihuriweho n'abagabo benshi, si urw'umwe, Gusa biravurwa kandi bigakira burundu.
    Kurangiza vuba ni ikibazo gikomerera abashakanye ahanini kiri guteza impagara no gusenyuka ku ngo nyinshi.
    Kurangiza vuba bivugwa igihe umugabo arangiza (asohora) mbere y'uko akora imibonano cyangwa se hatarashira iminota ibiri ari mu gikorwa. Ibi akenshi biba atabishaka, bigatera guhangayika, kwigaya ndetse bigateza ibibazo n’umwiryane mu rugo kuko hari nubwo uwo bashakanye amuca inyuma kubera kutamugeza ku byishimo bye bya nyuma (orgasme)
    Iki kibazo gihuriweho n'abagabo benshi, si urw'umwe rero, Gusa biravurwa kandi bigakira burundu.
    Gukoresha REVIVE CAPSULES byagufasha kongera kugarura ibyishimo by'urugo rwawe.
    REVIVE ni inyunganiramirire ikunda kuboneka mu bihugu byo muri Aziya (China, Korea)
    Revive yifashishwa cyane mu kuvura indwara zikomeye ndetse no kurinda umubiri indwara zirimo na Kanseri.
    More info +250786089024

  • @blessing80
    @blessing80 2 года назад +5

    Thanks for being real, Antoinette. Ni byiza kuvuga ibintu mu mazina, hari benshi bifasha.
    Thanks Rose TV show for hosting her

  • @SylvieMuhawenimana-rj4gj
    @SylvieMuhawenimana-rj4gj Год назад

    Karabaye sorry🙏🙏🙋

  • @irakozevesto3218
    @irakozevesto3218 2 года назад +1

    Anto urakoze duhe numb kuko ngiye gusara pe

  • @nyiramugisha8430
    @nyiramugisha8430 2 года назад +6

    Ibi biganiro biba bikenewe thanks Anto wabaye open kudusangiza impinduka kubabyeyi bashya

  • @marcelinemukandutiye80
    @marcelinemukandutiye80 2 года назад +1

    Ikiganiro kiza cyane. Rose nkunda ukuntu utega amatwi uwo muganira.

  • @tuyishimeantoine
    @tuyishimeantoine 5 месяцев назад

    Mumpe like

  • @uwimbabazialexia4660
    @uwimbabazialexia4660 2 года назад +1

    Rose mwansabiyeyo akazikokwita kubana kombizi kandimbakunda .

  • @murangiradoriane9875
    @murangiradoriane9875 2 года назад +2

    Wanganiriye neza cyane

  • @proactiverwanda787
    @proactiverwanda787 2 года назад

    Nkwiye kugusabira umugisha wowe ukanda kwifoto ukampa subscribe🙏. Imana ibane nawe

  • @ronnynana9904
    @ronnynana9904 2 года назад +1

    Rose and anto murakoze ,cyane peee maze icyumweru byaye ako narimeze nabi peeee,kuburyo narimfite ububabare bikabije( kuko nabyaye mbabaye cyane nabyo ndabitekereza amarira akaza ,murakoze reka ntagire niyitejo

  • @tina8087
    @tina8087 2 года назад +3

    Sha Rose byambayeho peeeeee nyimara kubyara umwana wanjye naramwanze peeeeee nubu ntibiraza neza ariko birimo gushira gusa Imana imbabarire peeeeee.

    • @janemunezero734
      @janemunezero734 2 года назад

      Ooohhhh oya sha, kunda umwana wawe nukuri

    • @tina8087
      @tina8087 2 года назад

      @@janemunezero734 nukuri birimo kuza gusa ninambara ikomeye.

    • @nicolenindemana44
      @nicolenindemana44 2 года назад

      Ndakumva cyane Murungi ,humura bizaza, gukunda birizana, nyuma yo kubyara habaho stages ebyiri : Baby blues ( utinya umwana, ugashaka kumuhunga..) iba mu minsi itatu ya nyuma yo kubyara iyo birenze iminsi itatu bihinduka postpartum ( urahangayika cyane,umunaniro uhoraho...)

    • @tina8087
      @tina8087 2 года назад +1

      @@nicolenindemana44 thank you so much God bless you.

  • @umuhozaliliane2116
    @umuhozaliliane2116 2 года назад +6

    Njye nanubu biracyandiho Kandi umwana wanjye agize imyaka 3,yarize igihe kirekire amaze nogukura arakubagana birenze kuburyo mpora mpangayitse iyo tutarikumwe ubu ntekerezako ntazongera kubyara uwakabiri vuba

  • @pamellaumuhoza968
    @pamellaumuhoza968 2 года назад +3

    Oooh Anto🥰🥰

  • @duhuguraneshow4033
    @duhuguraneshow4033 2 года назад +2

    Njye nakurijemo ibitotsi bidasbira kandi umwana wanjye muto agiye kugira deux ans! Gusa namaze amezi nk'atandatu ntasinzira nijoro kubera umwana. N'ubu ndyama numva!

    • @irenemukamusoni1838
      @irenemukamusoni1838 2 года назад

      Ibibintu uziko byabaribyo we nsigaye jyamugitanda nkabura ibitotsi😃😃😃😃😃😃

  • @proactiverwanda787
    @proactiverwanda787 2 года назад

    Nkwiye kugusabira umugisha wowe ukanda kwifoto ukampa subscribe🙏. Imana ibane nawe

  • @kamarizasoniastop2702
    @kamarizasoniastop2702 2 года назад

    Anto kabisa ibyo uvuze abantu bari bacyeneye kubimenya Kandi bakagira umutima wo gufashanya muburyo bwiza bundakomeretsanya.

  • @BlessMK
    @BlessMK 2 года назад

    Ariko se Ro uwo mutwe uzunguza, urangiza ikiganiro utawurwaye!!!?
    Jya wikiriza umutumirwa birahagije.

  • @ntarindwarenatha92
    @ntarindwarenatha92 2 года назад

    Mwakoze bakobwa beza! Uziko ikiganiro cyanyu kimpuguye? Nanjye menye ko nagize depression maze kubyara. Mumpuguye kd mutanduta

  • @KwtKwt-be7xi
    @KwtKwt-be7xi 2 года назад +1

    Antoinette Nkunda ijwi ryawe

  • @mukeshimanamariegrace1701
    @mukeshimanamariegrace1701 2 года назад +1

    My dear muri Uganda baratunyinga pe just from hospital bahita batangira kabiri kumunsi izo mvune zigashira

  • @ingabirejacky6723
    @ingabirejacky6723 Год назад

    Nuko utazi kubyara papa w'umwana agahora yisindiye ngo bamuhembyr adashobora kukuba hafi bibaho,wamubwira ati ariko ba mama ko batigiraga gutyo?

  • @kamarizasoniastop2702
    @kamarizasoniastop2702 2 года назад

    Sha nanjye ibyo byambayeho kuburyo nageze Aho numva nasubira iwacu umwana nkamusigira se,ark na mureba nkumva impuwe.ark nyine uba wumva uhora unaniwe wumva igiye gupfa.

  • @louisebarakagwira7811
    @louisebarakagwira7811 2 года назад +5

    Bonsoir les filles,nange nuko narimeze kuburyo numvaga mbabara ahantu hose.neza ibyo Anto avuze neza neza ndumva arige.

  • @aliceuwayisaba3993
    @aliceuwayisaba3993 2 года назад

    Anto ikiganiro nikiza .gusa nkababyeyi tujye twihanga Abana bo ninzirikare tugomba kubitaho ukobyagenda kose!!najye mwapfashije kuko ngiye gukurikiza vuba Hari ibyaribyatangiye kungora.mwakoze cyane

  • @jeannegakinahe3596
    @jeannegakinahe3596 2 года назад +4

    Erega buri mu maman ni pédiatre kuri expérience ye ntubaseke, niyo mpamvu ku mwana wa mbere buri wese agira ibibazo bye !!!

  • @baquezprofessionalcleaners3178
    @baquezprofessionalcleaners3178 2 года назад

    Muraho neza nshuti dukora isuku kinyamwuga iwawe murugo naho Mukorera kugiciro gitoooya fungura iyi channel yacu mubone contact nibikorwa byacu

  • @aimeingabire395
    @aimeingabire395 2 года назад

    Sha njyewe sintarinzi ko aruburwayi ariko ndarebye mbega isi muvuze byinshi gusa abagore twaragowe pe

  • @u.ablessed1688
    @u.ablessed1688 2 года назад +3

    Hahaahahaah ngo mfite abana 2,mugakomerana n'amashyi erega mbega,social media nkaho mutaziranyeee 🤣🤣🤣umunsi cyakoze Rose yabonye umugisha nkuwo nzishimaaaaaaa, mana umva isengesho ryanjye

  • @baquezprofessionalcleaners3178
    @baquezprofessionalcleaners3178 2 года назад

    Muraho neza nshuti dukora isuku kinyamwuga iwawe murugo naho Mukorera kugiciro gitoooya fungura iyi channel yacu mubone contact nibikorwa byacu

  • @mugangamuteterikeza2421
    @mugangamuteterikeza2421 2 года назад

    Nitwa muteteri Jane, ndubatse, nkaba ndi umubyeyi w'abana batatu, ndi umuganga, nkaba nkorera I Kigali ahazwi nko Ku mpala, umanutse umuhanda w'amabuye munsi ya chik.
    Mfashe aka kanya kugirango nganire n'abagabo kubijyanye n'imyororokere.
    Mbese wa mugabo we, ntiyaba Ari wowe ushaka kwisenyera kubera uburangare bwawe?
    Abagabo benshi muri iyi minsi bafite ibibazo byo kubura ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina, abandi barayikora bakarangiza vuba, abacika intege batera akabariro, abagizweho ingaruka no kwikinisha, ababuze urubyaro kubera intanga zangiritse n'ibindi bibazo bitandukanye Ku myororokere...
    Mubyukuri, kutagira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina, kurangiza vuba, gucika intege mu gihe cyo gutera akabariro ni bimwe mu bibazo bikomereye abashakanye ahanini biri guteza impagara no gusenyuka ku ngo nyinshi.
    Kurangiza vuba bivugwa igihe umugabo arangiza (asohora) mbere y'uko akora imibonano cyangwa se hatarashira iminota ibiri ari mu gikorwa. Ibi akenshi biba atabishaka, bigatera guhangayika, kwigaya ndetse bigateza ibibazo n’umwiryane mu rugo kuko hari nubwo uwo bashakanye amuca inyuma kubera kutamugeza ku byishimo bye bya nyuma (orgasme).
    Iki kibazo gihuriweho n'abagabo benshi, si urw'umwe, Gusa biravurwa kandi bigakira burundu.
    Kurangiza vuba ni ikibazo gikomerera abashakanye ahanini kiri guteza impagara no gusenyuka ku ngo nyinshi.
    Kurangiza vuba bivugwa igihe umugabo arangiza (asohora) mbere y'uko akora imibonano cyangwa se hatarashira iminota ibiri ari mu gikorwa. Ibi akenshi biba atabishaka, bigatera guhangayika, kwigaya ndetse bigateza ibibazo n’umwiryane mu rugo kuko hari nubwo uwo bashakanye amuca inyuma kubera kutamugeza ku byishimo bye bya nyuma (orgasme)
    Iki kibazo gihuriweho n'abagabo benshi, si urw'umwe rero, Gusa biravurwa kandi bigakira burundu.
    Gukoresha REVIVE CAPSULES byagufasha kongera kugarura ibyishimo by'urugo rwawe.
    REVIVE ni inyunganiramirire ikunda kuboneka mu bihugu byo muri Aziya (China, Korea)
    Revive yifashishwa cyane mu kuvura indwara zikomeye ndetse no kurinda umubiri indwara zirimo na Kanseri.
    More info +250786089024...

  • @dusabemariyaclaudine4319
    @dusabemariyaclaudine4319 2 года назад +1

    Nishimiye kubabona murukumwe ndabakunda

  • @caritasnahimana8626
    @caritasnahimana8626 Год назад

    Twabazana aaiko dutuye kure
    Muri hollamde merci

  • @mugangamuteterikeza2421
    @mugangamuteterikeza2421 2 года назад

    Nitwa muteteri Jane, ndubatse, nkaba ndi umubyeyi w'abana batatu, ndi umuganga, nkaba nkorera I Kigali ahazwi nko Ku mpala, umanutse umuhanda w'amabuye munsi ya chik.
    Mfashe aka kanya kugirango nganire n'abagabo kubijyanye n'imyororokere.
    Mbese wa mugabo we, ntiyaba Ari wowe ushaka kwisenyera kubera uburangare bwawe?
    Abagabo benshi muri iyi minsi bafite ibibazo byo kubura ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina, abandi barayikora bakarangiza vuba, abacika intege batera akabariro, abagizweho ingaruka no kwikinisha, ababuze urubyaro kubera intanga zangiritse n'ibindi bibazo bitandukanye Ku myororokere...
    Mubyukuri, kutagira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina, kurangiza vuba, gucika intege mu gihe cyo gutera akabariro ni bimwe mu bibazo bikomereye abashakanye ahanini biri guteza impagara no gusenyuka ku ngo nyinshi.
    Kurangiza vuba bivugwa igihe umugabo arangiza (asohora) mbere y'uko akora imibonano cyangwa se hatarashira iminota ibiri ari mu gikorwa. Ibi akenshi biba atabishaka, bigatera guhangayika, kwigaya ndetse bigateza ibibazo n’umwiryane mu rugo kuko hari nubwo uwo bashakanye amuca inyuma kubera kutamugeza ku byishimo bye bya nyuma (orgasme).
    Iki kibazo gihuriweho n'abagabo benshi, si urw'umwe, Gusa biravurwa kandi bigakira burundu.
    Kurangiza vuba ni ikibazo gikomerera abashakanye ahanini kiri guteza impagara no gusenyuka ku ngo nyinshi.
    Kurangiza vuba bivugwa igihe umugabo arangiza (asohora) mbere y'uko akora imibonano cyangwa se hatarashira iminota ibiri ari mu gikorwa. Ibi akenshi biba atabishaka, bigatera guhangayika, kwigaya ndetse bigateza ibibazo n’umwiryane mu rugo kuko hari nubwo uwo bashakanye amuca inyuma kubera kutamugeza ku byishimo bye bya nyuma (orgasme)
    Iki kibazo gihuriweho n'abagabo benshi, si urw'umwe rero, Gusa biravurwa kandi bigakira burundu.
    Gukoresha REVIVE CAPSULES byagufasha kongera kugarura ibyishimo by'urugo rwawe.
    REVIVE ni inyunganiramirire ikunda kuboneka mu bihugu byo muri Aziya (China, Korea)
    Revive yifashishwa cyane mu kuvura indwara zikomeye ndetse no kurinda umubiri indwara zirimo na Kanseri.
    More info +250786089024.....

  • @jeanboscokado6810
    @jeanboscokado6810 2 года назад

    Ntamakuru mufite sha ! Ubuse ko hari nabagetekaho kujya no mugikoni nimirimo yose yo murugo

  • @uwamahorojeannine6946
    @uwamahorojeannine6946 2 года назад

    Oh disi muri kumvugira ibintu, umugabo abwirako amfasha ariko simbashe gusinzira kuko nikanga arira nkabura ibitotsi nkarenga nkasinzira ndi kumwotsa

  • @mugangamuteterikeza2421
    @mugangamuteterikeza2421 2 года назад

    Nitwa muteteri Jane, ndubatse, nkaba ndi umubyeyi w'abana batatu, ndi umuganga, nkaba nkorera I Kigali ahazwi nko Ku mpala, umanutse umuhanda w'amabuye munsi ya chik.
    Mfashe aka kanya kugirango nganire n'abagabo kubijyanye n'imyororokere.
    Mbese wa mugabo we, ntiyaba Ari wowe ushaka kwisenyera kubera uburangare bwawe?
    Abagabo benshi muri iyi minsi bafite ibibazo byo kubura ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina, abandi barayikora bakarangiza vuba, abacika intege batera akabariro, abagizweho ingaruka no kwikinisha, ababuze urubyaro kubera intanga zangiritse n'ibindi bibazo bitandukanye Ku myororokere...
    Mubyukuri, kutagira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina, kurangiza vuba, gucika intege mu gihe cyo gutera akabariro ni bimwe mu bibazo bikomereye abashakanye ahanini biri guteza impagara no gusenyuka ku ngo nyinshi.
    Kurangiza vuba bivugwa igihe umugabo arangiza (asohora) mbere y'uko akora imibonano cyangwa se hatarashira iminota ibiri ari mu gikorwa. Ibi akenshi biba atabishaka, bigatera guhangayika, kwigaya ndetse bigateza ibibazo n’umwiryane mu rugo kuko hari nubwo uwo bashakanye amuca inyuma kubera kutamugeza ku byishimo bye bya nyuma (orgasme).
    Iki kibazo gihuriweho n'abagabo benshi, si urw'umwe, Gusa biravurwa kandi bigakira burundu.
    Kurangiza vuba ni ikibazo gikomerera abashakanye ahanini kiri guteza impagara no gusenyuka ku ngo nyinshi.
    Kurangiza vuba bivugwa igihe umugabo arangiza (asohora) mbere y'uko akora imibonano cyangwa se hatarashira iminota ibiri ari mu gikorwa. Ibi akenshi biba atabishaka, bigatera guhangayika, kwigaya ndetse bigateza ibibazo n’umwiryane mu rugo kuko hari nubwo uwo bashakanye amuca inyuma kubera kutamugeza ku byishimo bye bya nyuma (orgasme)
    Iki kibazo gihuriweho n'abagabo benshi, si urw'umwe rero, Gusa biravurwa kandi bigakira burundu.
    Gukoresha REVIVE CAPSULES byagufasha kongera kugarura ibyishimo by'urugo rwawe.
    REVIVE ni inyunganiramirire ikunda kuboneka mu bihugu byo muri Aziya (China, Korea)
    Revive yifashishwa cyane mu kuvura indwara zikomeye ndetse no kurinda umubiri indwara zirimo na Kanseri.
    More info +250786089024

  • @jeanpierrebikorimana2648
    @jeanpierrebikorimana2648 2 года назад

    Nukuri abntu babyara ubwambere bakeneye inyigisho pe, nanjye kumwana wambere naringiye kwiruka

  • @doudoumugwaneza7416
    @doudoumugwaneza7416 2 года назад

    Nibyo koko iyo depression irabababje kandi ibaho ariko rero il y a pire il faut gutekereza no ku bandi.Tekereza depression noneho y'uwabuze urubyaro,uwabuze icyo aha /yonsa umwana,uwapfushije umwana amubyara,....

  • @katongoleeric622
    @katongoleeric622 2 года назад

    Hey hey! Umva turabishimira kubwo musuha

  • @kampireliliane3031
    @kampireliliane3031 2 года назад

    Am with you Anto ijambo kubyara neza oyaaaaa kuko nabyo numvise bibaza . Ba mwarimu😀😀😀😀njye batangiye kunyigisha ntwite sha babwira amagambo ubu nibaza impamvu yayo umwe ati ego subwo nubyara uzanga ute subwo ko wiruhutsa utarabona
    Mbega ababyeyi

  • @michelesalama1912
    @michelesalama1912 2 года назад

    Mwagize ikiganiro cyiza nku ngingo benshi batibuka cg batinya kuvugaho. Ibi birafasha cyane .