Agahinda Gakabije ka Antoinette Niyongira Nyuma Yo kubyara😭| Yarariraga Nanjye nkarira|
HTML-код
- Опубликовано: 1 окт 2024
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
ruclips.net/user/results?search_query=antoinette+niyongira kanda kuri iyi link ukurikire ibindi biganiro bitandukanye bya Antoinette
THANK YOU SO MUCH ROSE TV SHOW
Hhhhhhh
Ikiganiro cyiza kabisa. God bless you Anto & Rose
Imana izahe urubyaro Rose Nishimwe nawe abyare yonse aheke bambiiii. Love you Rose Nishimwe
Mwizina rya yesu abibone vuba kdi ntiyihebe buriwese agira isaha yiwe gusa mukunda burenza uburyo agira umutima Mwizina nyagasani nahite amuha umu bebe Mwizina rya yesu
Afite umutima mwiza azamuronka n' igihe c' Imana kitaragera no gukora kuri iyo sujet si uwariwe wese yayishobora no ku bindi biganiro mpora mbona bimeze nkibi adafite umutima mwiza ntiyabikora.
Amennnn
Yaramubuze se
Murahinda koko!! Kuki mw'injira mu buzima bw'umuntu ikibabwira ko yari yashaka umwana Niki? Yenda hari ibyo yaragikora !! Aha I buraya urashaka ukamara igihe utarabyara bitewe nagahunda wihaye! Kdi niyo yaba amushaka akaba atarabyara nta gihe kinini amaze kuburyo mwatangira ku mwinjirira!! Byaba byiza mutagiye mwinjirira ubuzima bw'undi !!
iki kiganiro kiraryoheye birenze, harimo ukuri kuzuye 👏👏👏 mwakoze cyaneee ❤❤❤❤
Depression ya nyuma yo kubyara byo yishe bsnhi mu babyeyi!!!! Ugasanga n' abagabo nabo bino ntibabimenya ngo bafashe abagore babo! Abantu basura nabo rero nabo bajye bamenya langage nyayo!!!!! Ibindi bintu byinshi bitera stress
1.umunaniro
2.kurara amajoro
3.kunywa ibikoma
4.kubura amashereka cg ukagira menahi akagutera umusoga
5.kutemerera ababyeyi ko bavuga feelings zabo
6.ibisebe bikiri bibisi
7.guhinduka k' umubiri ( kubyibuha bikabije,kuvunika umugongo)
8.Abagabo bakandwa ama........badataha birakabije
Abagore babyaye tubegere tubasure tubumve,tubafashe baruhuke,kandi tubakomeze tubasengere cyaneeeee kandi tubasura
Delphine merci ubivuze nkuko nakabivuze neza
Ndagukunze😘😍😍😍🥰
Ubivuze neza.
Mana Delphi ubivuze neza
Ikibazo nuko iyi topic ya dépression post-partum Itajya ivugwa na gato. Ibi Ni ibintu n‘abaganga bashinzwe ibyo kubyara bagakwiye kuvuga
Oooh Anto unyibukije umuhungu wange,ubu afite 11ans,Mana yange umwana yararize turumirwa,ukwezi nigice ntawusinzira,nataye ibiro uburyo numu partner wange aracanganyukirwa,good enough twarikumwe amajoro yose,mpise nkurura iyo image,,ndabakunda.
Niyo utwite ugira agahinda gakabije, wabyaye urakagira, kuba umubyeyi ni intambara...Postpartum and prenatal depression is a real thing
Yego Manaaaa ibintu uvuze ko atari byo koko!!!!
Iyo umuntu atwite agira agahinda gakabije se gute koko Nyagasani ko ibyo bintu ntabyo nzi!!
Ubwo ni ibindi bibazo biba byagateye ARIKO rwose wifite umugabo mwiza ugutetesha wakugize aka bébé ke NTA GAHINDA ndakurahiye❤️
@@BlessMK nawe nguhaye umukoro uzabaze abaganga b'inzobere cg wifashishe google...cyakora ntibizakubeho kuko ni bibi pe nk'umubyeyi utwise inshuro zirenze imwe nzi meza ibyo mvuga
@@caissynakure9883 yewe ubwo se keretse niba inda iba yakuguye nabi cyaneee ukihebe.
YEWE ntabyo nzi kd KOKO na Nyagasani azabindinde agahinda ko kunda ni kabi kagira ingaruka mbi kumwana.
Nukwihangana byo kbs kubumubyeyi
Rose ndagukunda cyane ❤️❤️ Hari ikiganiro cyitwa Kanguka ndabasabye nimba mutakizi mujye mucyumva
Uvuze ukuli rwose depression ihera umuntu agitwite noneho kubyalira mubihugu by’amahanga ,abashyitsi wunva arabakunaniza kurusha,cyane ko ntanabakozi bo mungo nibura baba bahali ngo ateke banakore ayo masuku.
😭😭😭😭😭😭
Iyo depression bayita "postpartum depression"ni depression umubyeyi agira akimara kubyara.ababyeyi benshi barayigira,najye narayigize!gusa nyuma yamezi macye irashira
Nibyo wabimenye,
Anto your voice and appearance tells how real you're...
And thank you sissy Rose for hosting your best friend 💓 💗
Murasa wagira muravukana ababibona nkanjye ,👍nibande
Mana we jyewe narabyaye ngira agahinda nkumva sinshaka abashitsi sinshaka kuzongera kubyara narimwe byagezeho nicuza impamvu nashatse umugabo kubera umunaniro kdi nkumva sinshaka unkorera kumwana ko amufata nabi barambaze nkumva injereri mumatwi narwaye umutwe nkajya nikoraho ngo numve ko nkihumeka numvaga ntazongera kubyara ukundi kdi natwise amazi 9 nishimye mfite amatsiko yokumubona nyuma natinze gusama imyaka 8 nkicira urubanza kuko navuzeko ntazongera kubyara ukundi Mana byari bibi umuti wose bambwiraga nahitaga nkugura kugirango ndebeko nasinzira nararaga mpetse nzinikwa kurya ndava nanga gukama bakantegeka kurya ngahaga kugirango utérus yegerane birancanga ndiyanga Sha gusa Imana izamfashe uwakabiri ntazaryare icyomunda pe sinifuza kuzongera kubyara nkababara kuko namutegereje igihe
Naba nawe wanamenye ko ari depression,ntuzi wowe kuba umeze utyo ugahita usama cg se ukarwaza umwana yeweee biba bishoboka ko watora amashashi pe,nigeze kujya kwa muganga bampaye ibitaro ndaturika ndarira bananirwa kumpoza kdi ubwo umugabo ntiyanahabaga sha mbega stress mana! Mumvugiye ibintu kbs
My favorite ladies 🌹👍🏾👍🏾
Ahwiii neza ibyo Anto avuze nibyo byambayeho pe gusa nunvaga meze nkutuzuye neza neza Ahwiii Depression we!
Depression ya nyuma yo kubyara rwose nuko imeze nanjye ndi umuhamya
Gusa muvuga cyimwe ubu nibwo mbashije kubatandukanya 😮❤❤❤❤
Njyewe ndafashijwe.
Wakora iki mu gihe wamaze kugira ubu burwayi bwa depression?
Only God knows how much I love and adore you sweetie 🥰 Anto❣️❣️
Urwo rugendo natwe twaruciye mo madam akumunjunyira Sha mvuye mu kazi!! Nkazengurukana nawe mu cyumba agasinzira saa munani zijoro ngomba kubyuka saa 5:00 ngo njye mu kazi!! Akagongo Kenda guturika Sha kubera kuzenguruka muyembayembya!
Anto ibyakubaye ho neza neza copy and paste nkanjye Nagize depression arko nkabura uko nisobanura
Amarira nagiraga sinzi
Numvaga maze kwiheba arko natekerezako azakura nuko nkishima
Bano badamu barasa, ninde ubibona nkanjye?? Naho ubundi se ikinyarwanda ntibyoroshye si Ubufindo!!
Rose ma chrie, ibyo nukuri nanjye ndi umudame wabana 2 ariko nanjye ako gahinda narakagize ndetse nubu numva kataranshiramo kandi umwana afite imyaka 4 , sha nukuri birababaza ariko iyo ubivuze birashira, ndagukunda cyane kandi courage muri byose.
Sha njye nagize umugisha uwanjye yararyamaga kumanwa nanijoro ntawamenyagako mfituruhinja munzu
Sha mfite babiri bose bampaye amahoro mana yanjye sinzi amarira yuruhinja ndavunika nkabandi bose ariko ntamarira pe.🥰
This is very helpful for me right now.
Anto imana ijye ibaha umujyisha kuko murabarimu beza!!!
Yitwa postpartum depression. Hano, aho mba barayivura n'imiti . Kuko ni hormone imbalance iba yabaye tukibyara, ninza mu Rda, nzashaka Rose tugirane ikiganiro. Hari igihe, iyo itavuwe, ivamo depression nyayo. Hari n'abagira amahirwe nka Anto, ama hormones aki stabiliza, ariko hari agihe akwama.
Amazing and rich pieces of advice Antutu!! God bless you ladies🙏❤️
Izi story zanyu ziryoheye amatwi😍😍 kbs uzamugarure
Loza lmana iguhe umugisha njye narashizepe mporana agahinda Keshi ntazi Aho kava nu mushiha mbese mpora naniwe sinzi icyankuzape.
Ihangane gusa turabihuje
Antoinette disi nibwo mubonye. Ni mwiza
Antoinette ibyuvga nukuriiii kwambaye ubusaaaa pe
Anto umvugiye ibintu! Ubuzima bwa nyuma yo kubyara biteye ubwoba
Ndabakunda peee. Muri beza mufite umutima mwiza cyane cyane nkunda urukundo mukundana, njye ntanshuti magara mfite ariko ndimo gusaba Imana inshuti magara,
Iyaba byashobokaga ko umugeni agira aba marraine babiri icyarimwe nari kuzabasaba mukambera marraine mwembi kuko ndabakunda mwembiiiii peee
Imana ibahe umugisha mungo zanyu na famille zanyu ariko Cyane cyane Impere Rose umu bébé yitwe Mama, nkunda uburyo aganira kuri sujet zababyaye ukabona ntamushiha afite.
I love you Rose and Antoinette
Sha anto unvugiye ibintu neza neza kubabara we,ibitotsi byinshi.
Sinzi mpamvu mbona Anto ar'umu maman uca bugufi, Kandi ufite urukundo
Anto umvugiye story neza neza hh umwana wambere naringiye gusara
Yoo uyu mudamu twahuye nibimeze kimwe nanjye nkibyara bwambere
Mana we Uri kumvugira ibintu pe
Ntabwo ubeshye rwose umubyeyi wese ahora yikanga ijwi ryumwanawe arira
Mbakunda kubi rwose ibyo uvuga nukuri nanjye bimbaho rwose nubu mbirimo pe mfite uruhinja rwa 3 mois ndicara nkumva umwana arira 🤦🏾♂️uko nukuri pe ababyeyi bagusaza ubumvise 🥰
Rose wakoze rwose iki kiganiro cyari gicyenewe pe muduhaye inyigisho nziza cyn nari nzikeneye nimbyara nzaba mfite notion
Ampucuriiii murashimishije muri beza oooooh💑
Rose Imana yumve isengesho ryanjye kuri wowe ndayinginze ndayitakambiye nukuri
Njye uwanjye agiye kugira 5ans ariko ndacyunva arikurira kandi yisinziriye mucyumba cye🙄muri aba dames beza mwembi ndabakunda cyane @Rose na Antoinette ❤
Yooo mbega ukuntu mbishimiye! Sha umuntu wese wabyaye a agomba kugira umuntu yahisemo uzamwaramira naho ubundi ntibyoroshye byibura ukwezi nigice nabakunze cyane♥️♥️🤣🤣🤣🤣🙏
Aba Nigeria 🇳🇬 bo babyita OMUGO () maman araza iwawe for 3 months ucyibyara yaba adahari hakaz undi wahafi mumuryango
Mutumye ndira😭😭😭ndabakunze cyane byose muvuze nukuri🥰🥰🥰🥰
Muriko muravuga neza 🥰. So intellectual
Rose tv show✓✓✓✓✓✓
Yooooo munyibukije iyo depression yanyuma yo kubyara
Uzongere utumire Anto plz
Murakoze cyane 🙏🏾 God bless you beautiful 😍 ladies ndabakunda cyane!!
Muraba mama beza ndabakunda 💕
Ooooh God Anto ndumva arikimwe najye nez nez gukora nkumutima ibitekerezo biba kuriwe gsa sinarinzik ar depression🤦
Gusa ibyo uvuga nukuri
Dépression Post-Partum!!! Iyi topic abantu bakwiye kuyivugaho. Bagategura ababyeyi. Nyuma yo kubyara abashyitsi bahora buzuye inzu nabyo ni ikibazo kuko batuma umubyeyi adahumeka
Mpore mpore mama nuko wabyihereranye ariko uwaje kugufasha wagombaga kujya umuganirira byose, mpore kibondo
Utwo nitoto Sha nge nkeneye nibitaro ahari.
Hhhh ,
Umupira w'ishyirahamwe wubahwe hhhhh
Nitwa muteteri Jane, ndubatse, nkaba ndi umubyeyi w'abana batatu, ndi umuganga, nkaba nkorera I Kigali ahazwi nko Ku mpala, umanutse umuhanda w'amabuye munsi ya chik.
Mfashe aka kanya kugirango nganire n'abagabo kubijyanye n'imyororokere.
Mbese wa mugabo we, ntiyaba Ari wowe ushaka kwisenyera kubera uburangare bwawe?
Abagabo benshi muri iyi minsi bafite ibibazo byo kubura ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina, abandi barayikora bakarangiza vuba, abacika intege batera akabariro, abagizweho ingaruka no kwikinisha, ababuze urubyaro kubera intanga zangiritse n'ibindi bibazo bitandukanye Ku myororokere...
Mubyukuri, kutagira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina, kurangiza vuba, gucika intege mu gihe cyo gutera akabariro ni bimwe mu bibazo bikomereye abashakanye ahanini biri guteza impagara no gusenyuka ku ngo nyinshi.
Kurangiza vuba bivugwa igihe umugabo arangiza (asohora) mbere y'uko akora imibonano cyangwa se hatarashira iminota ibiri ari mu gikorwa. Ibi akenshi biba atabishaka, bigatera guhangayika, kwigaya ndetse bigateza ibibazo n’umwiryane mu rugo kuko hari nubwo uwo bashakanye amuca inyuma kubera kutamugeza ku byishimo bye bya nyuma (orgasme).
Iki kibazo gihuriweho n'abagabo benshi, si urw'umwe, Gusa biravurwa kandi bigakira burundu.
Kurangiza vuba ni ikibazo gikomerera abashakanye ahanini kiri guteza impagara no gusenyuka ku ngo nyinshi.
Kurangiza vuba bivugwa igihe umugabo arangiza (asohora) mbere y'uko akora imibonano cyangwa se hatarashira iminota ibiri ari mu gikorwa. Ibi akenshi biba atabishaka, bigatera guhangayika, kwigaya ndetse bigateza ibibazo n’umwiryane mu rugo kuko hari nubwo uwo bashakanye amuca inyuma kubera kutamugeza ku byishimo bye bya nyuma (orgasme)
Iki kibazo gihuriweho n'abagabo benshi, si urw'umwe rero, Gusa biravurwa kandi bigakira burundu.
Gukoresha REVIVE CAPSULES byagufasha kongera kugarura ibyishimo by'urugo rwawe.
REVIVE ni inyunganiramirire ikunda kuboneka mu bihugu byo muri Aziya (China, Korea)
Revive yifashishwa cyane mu kuvura indwara zikomeye ndetse no kurinda umubiri indwara zirimo na Kanseri.
More info +250786089024
Thanks for being real, Antoinette. Ni byiza kuvuga ibintu mu mazina, hari benshi bifasha.
Thanks Rose TV show for hosting her
Karabaye sorry🙏🙏🙋
Anto urakoze duhe numb kuko ngiye gusara pe
Ibi biganiro biba bikenewe thanks Anto wabaye open kudusangiza impinduka kubabyeyi bashya
Ikiganiro kiza cyane. Rose nkunda ukuntu utega amatwi uwo muganira.
Mumpe like
Rose mwansabiyeyo akazikokwita kubana kombizi kandimbakunda .
Wanganiriye neza cyane
Nkwiye kugusabira umugisha wowe ukanda kwifoto ukampa subscribe🙏. Imana ibane nawe
Rose and anto murakoze ,cyane peee maze icyumweru byaye ako narimeze nabi peeee,kuburyo narimfite ububabare bikabije( kuko nabyaye mbabaye cyane nabyo ndabitekereza amarira akaza ,murakoze reka ntagire niyitejo
Sha Rose byambayeho peeeeee nyimara kubyara umwana wanjye naramwanze peeeeee nubu ntibiraza neza ariko birimo gushira gusa Imana imbabarire peeeeee.
Ooohhhh oya sha, kunda umwana wawe nukuri
@@janemunezero734 nukuri birimo kuza gusa ninambara ikomeye.
Ndakumva cyane Murungi ,humura bizaza, gukunda birizana, nyuma yo kubyara habaho stages ebyiri : Baby blues ( utinya umwana, ugashaka kumuhunga..) iba mu minsi itatu ya nyuma yo kubyara iyo birenze iminsi itatu bihinduka postpartum ( urahangayika cyane,umunaniro uhoraho...)
@@nicolenindemana44 thank you so much God bless you.
Njye nanubu biracyandiho Kandi umwana wanjye agize imyaka 3,yarize igihe kirekire amaze nogukura arakubagana birenze kuburyo mpora mpangayitse iyo tutarikumwe ubu ntekerezako ntazongera kubyara uwakabiri vuba
Ndakumva..courage ❤
Oooh Anto🥰🥰
Njye nakurijemo ibitotsi bidasbira kandi umwana wanjye muto agiye kugira deux ans! Gusa namaze amezi nk'atandatu ntasinzira nijoro kubera umwana. N'ubu ndyama numva!
Ibibintu uziko byabaribyo we nsigaye jyamugitanda nkabura ibitotsi😃😃😃😃😃😃
Nkwiye kugusabira umugisha wowe ukanda kwifoto ukampa subscribe🙏. Imana ibane nawe
Anto kabisa ibyo uvuze abantu bari bacyeneye kubimenya Kandi bakagira umutima wo gufashanya muburyo bwiza bundakomeretsanya.
Ariko se Ro uwo mutwe uzunguza, urangiza ikiganiro utawurwaye!!!?
Jya wikiriza umutumirwa birahagije.
Mwakoze bakobwa beza! Uziko ikiganiro cyanyu kimpuguye? Nanjye menye ko nagize depression maze kubyara. Mumpuguye kd mutanduta
Antoinette Nkunda ijwi ryawe
My dear muri Uganda baratunyinga pe just from hospital bahita batangira kabiri kumunsi izo mvune zigashira
Nuko utazi kubyara papa w'umwana agahora yisindiye ngo bamuhembyr adashobora kukuba hafi bibaho,wamubwira ati ariko ba mama ko batigiraga gutyo?
Sha nanjye ibyo byambayeho kuburyo nageze Aho numva nasubira iwacu umwana nkamusigira se,ark na mureba nkumva impuwe.ark nyine uba wumva uhora unaniwe wumva igiye gupfa.
Bonsoir les filles,nange nuko narimeze kuburyo numvaga mbabara ahantu hose.neza ibyo Anto avuze neza neza ndumva arige.
Anto ikiganiro nikiza .gusa nkababyeyi tujye twihanga Abana bo ninzirikare tugomba kubitaho ukobyagenda kose!!najye mwapfashije kuko ngiye gukurikiza vuba Hari ibyaribyatangiye kungora.mwakoze cyane
Erega buri mu maman ni pédiatre kuri expérience ye ntubaseke, niyo mpamvu ku mwana wa mbere buri wese agira ibibazo bye !!!
Muraho neza nshuti dukora isuku kinyamwuga iwawe murugo naho Mukorera kugiciro gitoooya fungura iyi channel yacu mubone contact nibikorwa byacu
Sha njyewe sintarinzi ko aruburwayi ariko ndarebye mbega isi muvuze byinshi gusa abagore twaragowe pe
Hahaahahaah ngo mfite abana 2,mugakomerana n'amashyi erega mbega,social media nkaho mutaziranyeee 🤣🤣🤣umunsi cyakoze Rose yabonye umugisha nkuwo nzishimaaaaaaa, mana umva isengesho ryanjye
Muraho neza nshuti dukora isuku kinyamwuga iwawe murugo naho Mukorera kugiciro gitoooya fungura iyi channel yacu mubone contact nibikorwa byacu
Nitwa muteteri Jane, ndubatse, nkaba ndi umubyeyi w'abana batatu, ndi umuganga, nkaba nkorera I Kigali ahazwi nko Ku mpala, umanutse umuhanda w'amabuye munsi ya chik.
Mfashe aka kanya kugirango nganire n'abagabo kubijyanye n'imyororokere.
Mbese wa mugabo we, ntiyaba Ari wowe ushaka kwisenyera kubera uburangare bwawe?
Abagabo benshi muri iyi minsi bafite ibibazo byo kubura ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina, abandi barayikora bakarangiza vuba, abacika intege batera akabariro, abagizweho ingaruka no kwikinisha, ababuze urubyaro kubera intanga zangiritse n'ibindi bibazo bitandukanye Ku myororokere...
Mubyukuri, kutagira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina, kurangiza vuba, gucika intege mu gihe cyo gutera akabariro ni bimwe mu bibazo bikomereye abashakanye ahanini biri guteza impagara no gusenyuka ku ngo nyinshi.
Kurangiza vuba bivugwa igihe umugabo arangiza (asohora) mbere y'uko akora imibonano cyangwa se hatarashira iminota ibiri ari mu gikorwa. Ibi akenshi biba atabishaka, bigatera guhangayika, kwigaya ndetse bigateza ibibazo n’umwiryane mu rugo kuko hari nubwo uwo bashakanye amuca inyuma kubera kutamugeza ku byishimo bye bya nyuma (orgasme).
Iki kibazo gihuriweho n'abagabo benshi, si urw'umwe, Gusa biravurwa kandi bigakira burundu.
Kurangiza vuba ni ikibazo gikomerera abashakanye ahanini kiri guteza impagara no gusenyuka ku ngo nyinshi.
Kurangiza vuba bivugwa igihe umugabo arangiza (asohora) mbere y'uko akora imibonano cyangwa se hatarashira iminota ibiri ari mu gikorwa. Ibi akenshi biba atabishaka, bigatera guhangayika, kwigaya ndetse bigateza ibibazo n’umwiryane mu rugo kuko hari nubwo uwo bashakanye amuca inyuma kubera kutamugeza ku byishimo bye bya nyuma (orgasme)
Iki kibazo gihuriweho n'abagabo benshi, si urw'umwe rero, Gusa biravurwa kandi bigakira burundu.
Gukoresha REVIVE CAPSULES byagufasha kongera kugarura ibyishimo by'urugo rwawe.
REVIVE ni inyunganiramirire ikunda kuboneka mu bihugu byo muri Aziya (China, Korea)
Revive yifashishwa cyane mu kuvura indwara zikomeye ndetse no kurinda umubiri indwara zirimo na Kanseri.
More info +250786089024...
Nishimiye kubabona murukumwe ndabakunda
Twabazana aaiko dutuye kure
Muri hollamde merci
Nitwa muteteri Jane, ndubatse, nkaba ndi umubyeyi w'abana batatu, ndi umuganga, nkaba nkorera I Kigali ahazwi nko Ku mpala, umanutse umuhanda w'amabuye munsi ya chik.
Mfashe aka kanya kugirango nganire n'abagabo kubijyanye n'imyororokere.
Mbese wa mugabo we, ntiyaba Ari wowe ushaka kwisenyera kubera uburangare bwawe?
Abagabo benshi muri iyi minsi bafite ibibazo byo kubura ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina, abandi barayikora bakarangiza vuba, abacika intege batera akabariro, abagizweho ingaruka no kwikinisha, ababuze urubyaro kubera intanga zangiritse n'ibindi bibazo bitandukanye Ku myororokere...
Mubyukuri, kutagira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina, kurangiza vuba, gucika intege mu gihe cyo gutera akabariro ni bimwe mu bibazo bikomereye abashakanye ahanini biri guteza impagara no gusenyuka ku ngo nyinshi.
Kurangiza vuba bivugwa igihe umugabo arangiza (asohora) mbere y'uko akora imibonano cyangwa se hatarashira iminota ibiri ari mu gikorwa. Ibi akenshi biba atabishaka, bigatera guhangayika, kwigaya ndetse bigateza ibibazo n’umwiryane mu rugo kuko hari nubwo uwo bashakanye amuca inyuma kubera kutamugeza ku byishimo bye bya nyuma (orgasme).
Iki kibazo gihuriweho n'abagabo benshi, si urw'umwe, Gusa biravurwa kandi bigakira burundu.
Kurangiza vuba ni ikibazo gikomerera abashakanye ahanini kiri guteza impagara no gusenyuka ku ngo nyinshi.
Kurangiza vuba bivugwa igihe umugabo arangiza (asohora) mbere y'uko akora imibonano cyangwa se hatarashira iminota ibiri ari mu gikorwa. Ibi akenshi biba atabishaka, bigatera guhangayika, kwigaya ndetse bigateza ibibazo n’umwiryane mu rugo kuko hari nubwo uwo bashakanye amuca inyuma kubera kutamugeza ku byishimo bye bya nyuma (orgasme)
Iki kibazo gihuriweho n'abagabo benshi, si urw'umwe rero, Gusa biravurwa kandi bigakira burundu.
Gukoresha REVIVE CAPSULES byagufasha kongera kugarura ibyishimo by'urugo rwawe.
REVIVE ni inyunganiramirire ikunda kuboneka mu bihugu byo muri Aziya (China, Korea)
Revive yifashishwa cyane mu kuvura indwara zikomeye ndetse no kurinda umubiri indwara zirimo na Kanseri.
More info +250786089024.....
Ntamakuru mufite sha ! Ubuse ko hari nabagetekaho kujya no mugikoni nimirimo yose yo murugo
Oh disi muri kumvugira ibintu, umugabo abwirako amfasha ariko simbashe gusinzira kuko nikanga arira nkabura ibitotsi nkarenga nkasinzira ndi kumwotsa
Nitwa muteteri Jane, ndubatse, nkaba ndi umubyeyi w'abana batatu, ndi umuganga, nkaba nkorera I Kigali ahazwi nko Ku mpala, umanutse umuhanda w'amabuye munsi ya chik.
Mfashe aka kanya kugirango nganire n'abagabo kubijyanye n'imyororokere.
Mbese wa mugabo we, ntiyaba Ari wowe ushaka kwisenyera kubera uburangare bwawe?
Abagabo benshi muri iyi minsi bafite ibibazo byo kubura ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina, abandi barayikora bakarangiza vuba, abacika intege batera akabariro, abagizweho ingaruka no kwikinisha, ababuze urubyaro kubera intanga zangiritse n'ibindi bibazo bitandukanye Ku myororokere...
Mubyukuri, kutagira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina, kurangiza vuba, gucika intege mu gihe cyo gutera akabariro ni bimwe mu bibazo bikomereye abashakanye ahanini biri guteza impagara no gusenyuka ku ngo nyinshi.
Kurangiza vuba bivugwa igihe umugabo arangiza (asohora) mbere y'uko akora imibonano cyangwa se hatarashira iminota ibiri ari mu gikorwa. Ibi akenshi biba atabishaka, bigatera guhangayika, kwigaya ndetse bigateza ibibazo n’umwiryane mu rugo kuko hari nubwo uwo bashakanye amuca inyuma kubera kutamugeza ku byishimo bye bya nyuma (orgasme).
Iki kibazo gihuriweho n'abagabo benshi, si urw'umwe, Gusa biravurwa kandi bigakira burundu.
Kurangiza vuba ni ikibazo gikomerera abashakanye ahanini kiri guteza impagara no gusenyuka ku ngo nyinshi.
Kurangiza vuba bivugwa igihe umugabo arangiza (asohora) mbere y'uko akora imibonano cyangwa se hatarashira iminota ibiri ari mu gikorwa. Ibi akenshi biba atabishaka, bigatera guhangayika, kwigaya ndetse bigateza ibibazo n’umwiryane mu rugo kuko hari nubwo uwo bashakanye amuca inyuma kubera kutamugeza ku byishimo bye bya nyuma (orgasme)
Iki kibazo gihuriweho n'abagabo benshi, si urw'umwe rero, Gusa biravurwa kandi bigakira burundu.
Gukoresha REVIVE CAPSULES byagufasha kongera kugarura ibyishimo by'urugo rwawe.
REVIVE ni inyunganiramirire ikunda kuboneka mu bihugu byo muri Aziya (China, Korea)
Revive yifashishwa cyane mu kuvura indwara zikomeye ndetse no kurinda umubiri indwara zirimo na Kanseri.
More info +250786089024
Nukuri abntu babyara ubwambere bakeneye inyigisho pe, nanjye kumwana wambere naringiye kwiruka
Nibyo koko iyo depression irabababje kandi ibaho ariko rero il y a pire il faut gutekereza no ku bandi.Tekereza depression noneho y'uwabuze urubyaro,uwabuze icyo aha /yonsa umwana,uwapfushije umwana amubyara,....
Hey hey! Umva turabishimira kubwo musuha
Am with you Anto ijambo kubyara neza oyaaaaa kuko nabyo numvise bibaza . Ba mwarimu😀😀😀😀njye batangiye kunyigisha ntwite sha babwira amagambo ubu nibaza impamvu yayo umwe ati ego subwo nubyara uzanga ute subwo ko wiruhutsa utarabona
Mbega ababyeyi
Mwagize ikiganiro cyiza nku ngingo benshi batibuka cg batinya kuvugaho. Ibi birafasha cyane .