Antoinette Niyongira yatunguye Mukuru we mu kiganiro|Baduhishuriye ubuzima babanyemo|Twaganiriye
HTML-код
- Опубликовано: 6 фев 2025
- 📶 Our WEBSITE: chitamagic.com 🎦 Instagram: / chitamagic Kuvugana na CHiTA MAGiC: +250788351885, Ushaka KWAMAMAZA uhawe Ikaze!
#chitamagic
Antoinette Niyongira agufitiye gahunda nziza KANDA HANO... ruclips.net/user/AntoinetteNiyongira
Thank you chita wazatuzaniye Sandrine na Antoinette Kok chita can't wait to see it
Wow nubwambere mbonye Anne Marie Niwemwiza najyaga mwumva kuri radio mukiganiro nakundaga cyane namukundaga birenze nishimiye kumubona byahatari biranejeje kuba muvukana ntago narimbizi mwese ndabakunda cyane
Tarabashyigikiye,🤝
Ariko Anto ndagukunda vraiment mwembi muri beza Yesu weeee murashimishije🌹❤️
Waaaw!chita nishimiye cyane abanyakuru watuzaniye.nshimishwa cyane iyo abaza abatumirwa ibitajyenda neza hanyuma bakaduha ibisubizo bitomoye.
Murakoz
Kutuzanir
Tuwanet❤❤❤❤
Ooooooohhhhhhh.mbega ikiganiro kiza mana yange.!!! Thx Chita.uzazane na Cyuzuzo hamwe na Aissa.murakoze.
They are both professionals. I love them a looooooooooooooooooot
Chita nkunda ukuntu ufat’umwanya ugakanda like kuri comments zose
Nanjye ndabikunze
Arabaremera sha
@@auroretuyizere4212 @ nanjye binkoraho pe. Sabin we agira ikimenyane 🙆🏾♀️
Ndabakunda mwese Imana yabahaye amajwi meza pe!
Wawwww.ark chita noneh ibintu unkoreye koko.!!!mana yange .urakoooozeeeee.!!!!! Abobantu nukuri baribakenewe peeee.mbega abavsndimwe beza mana.kuva bakunzwe ho simbigarukaho.mrc chita.
Ibaze ko Anne duhuje caractere!wow ndamukunze sinari muzi cyane.
Yooooo Ababa mama ndabakunda cyne nukuri Imana ibahe umugisha
antuwane ndagukunda cyane pe nkukundira ukuntu uba ushyushya ibiganiro kuri kis efem ndagukuna cyane!
Anne Marie aratuje cyane, umurebye urabona ko ari sage pe.
Je vous adores les belles mamans Anne Marie twize hamwe ICK (Kabgayi) Bose nabana beza mukomereze aho banambwiraga ko dusa 🥰🥰
Urakoze kutuzanira Anto
Wow ikiganiro cyiza cyane chita wakoze kutuzana anto na Amie . 👏Wazatugaruriye anto Ari kumwe na Sandrine isheja
Urakoze
Woow sinarinziko bavukana mbakunda kubi❤❤❤❤
Mbaye uwa1 chita
Ndabasuhuje mwembi, imyaka myinshi. Courage rwose mukora neza.
Antoinette ndamukunda cyane nkunda uburyo aseka sinziko harumuntu ukunda inseko ye nkanjye pe, sinkunda kiss FM ariko ndamukunda cyane
Anto nkunda ijwi ryawe rinkora kumutima nkukunda cyane kuva kera
Ndabakunze kurushaho kumbe murabavandimwe😘😘
Ok nibyiz turabakunda
Hari ahantu wakase mu kiganiro, utuma tutakunva. Aho Niwemwiza yavuze ikintu cyamubabaje. Wadusimbucyishije rwose !!!!
Antony🥰❤️
Gutega amatwi ni impano ikomeye. Nanjye ndi kubigerageza.
Ndabakunda
blessings
Mbega umuryango ufite abantu bavuga......
Abanyamakuru muyandi magambo ni abantu bafite amagambo menshi
l wish ko nabana na mukuru wanjye pe
Aba ba maman ndabakunda cyane nabanyamwuga pe.ibiganiro batanga birubaka bigasana imiti ma yabenshi.
Incwiii❤
Muri beza
Antoinette yarazi kwiruka sana
Amajwiyanyu nyakunda.cyane
Ese burya baravukana mbega byiza
Anne Marie niwe mwiza rwose ndamukunda cyane p ariko attuanne niyongirawe afite Impano yijwi p iryojwi ubundi arikurahe konziko iwacu iryojwi ritabaho
Yoooo
Murahoneza
Ndabakunda
Cyaneeeeeeeer
I like Antoinette
Abasore babakire bakiri bato bagurisha ibicuruzwa online/inzira y'ubukire ab'abasore n'isomo.
Nibyiza kabsa
Hello nibyiza ndashaka kuza tungura umuntu
Urakoze kubatuzanira
You can differentiate em in their intro.
Barasa cyane
Waww ikiganiro cyiza cyanee
Ndatunguwe. Muravukana c byanyabyo koko??!!muri beza pe
Niko bimeze pe.Ntabyo waruzi c koko
Nic abavandimwe
Chita urakoze kbs Anne marie Niwemwiza nanjye nda mubonye pe
Bafite amajwi meza kbsa!
Chita wanjyureka umutumirwa akabanza kuvuga ukabona kumubaza ikindi kibazo kuko urabaca mwijambo cyane it's just a concern
tugendeye kumuco hagombaga kugira icyo batanga iwabo wumukobwa bitewe nuko umukobwa yabaga agomba kuva iwabo akajya kuba iwabo wumuhungu. inkwano rero kera yari urwibutso cg se ishimwe bivanye no kuba umukobwa asa naho ahinduye igisekuru naho umuhungu yagumananaga igisekuru cye kavukire. Gusa ubu nyine bisa nikiguzi kuko bajya mubiciro rimwe narimwe bakanananiranwa da.
Aho uribeshye cyane igisekuru cy umuntu ni amaraso ye ntawe uhindura igisekuru, kuva iwanyu ugasanga umugabo ntuba uhinduye igisekuru ahubwo uba uhinduye inzu wabagamo nonese hari n umwe wigeze wumva yivuga igisekuru ngo avuge icy umugabo we?have wivanga ibintu pe yewe nta nubwo iyi mico bamwe badukanye bakuye mu banyamahanga yo kwitwa izina ry umugabo ari iyacu ibyo ntibyigeze bibaho ahubwo ibyo byagendanaga n ubwami aho nyina w umwami yahitaga yitwa "Nyira" kugirango humvikane isano afitanye n umwami ko ari nyina w uwo mwami, urugero nk Kigeli ni izina ry ubwami noneho nyina agahita ahabwa izina "Nyirakigeli"kuko Kigeli ari umwana we noneho izina rusange ryo kuvuga umugore wa kanaka bavugaga mukakanaka nk umugabo Kimenyi bakavuga bati umugore we ni mukakimenyi nti ryari izina rye ahubwo byari mu rwego rwo kuvuga umugore we.
nibyo bamwe batangiye guta umuco babihinduramo amafaranga ariko umuntu wiyubaha burya ntajya abyemera we umuha inka kuko inka ni ikimenyetso k igihango hagati y imiryango ariko amafaranga yo abereyeho kugura bisobanura ko abemera cg baka amafaranga n abayatanga bose baba bishyize hasi kuko nta kiguzi wabona cyagura umuntu, abibwirako inkwano yari ishingiye ngo ku ishimwe ko ababyeyi bareze neza sibyo ntago ari ishimwe ahubwo ni ikimenyetso k igihango hagati y iyo miryango yombi noneho nyuma iyo nka yabyara n iwabo w umuhungu bakabaha inyana iyiturutseho bita indongoranyo. Kera ndetse n abana bavukaga babagabiraga inka, rero rwose abazanyemo amafaranga basigeho kandi abitwaza ko nta kiraro bafite cyo kuzitungiramo cg kuba ziruhukiyemo bajye wenda batanga amata nk ikimenyetso k icyo gihango kuko byo birumvikana naho amafaranga ni bibi pe njye nta mukobwa wanjye nzigera ntanga nihagira unzanaho iby amafaranga kuko iyo ni imico ya gitindi ntago akana kanjye kazigera kagurwa kuko nta mafaranga yakagura ni n agasuzuguro niyo ntaba mfite amafaranga menshi cg na make sinteze kuzemera kugurisha umwana wanjye kuko amafaranga ikintu kimwe akora gusa ni "ukugura"nicyo yakorewe n icyo akoreshwa ariko inka yo ni ikiremwa cy amaraso n umubiri gisobanura byinshi byiza cyane mu muco wacu, n inshuti z inkoramutima zigabirana inka nk ikimenyetso cy igihango.
Chita Magic ko bataraguha igihembo cya silver kandi mbona wagejeje 100k subscribes
Ni vuba...
Sha sinarimbizi ko muvukana Anne Marie ndamukunda cyane kubiganiro bye kuri KT radio kdi Anto nawe ndamukunda nukuri barashoboye
Anto ndagukunda cyaneeee
Chita ndagushimira ko watuzaniye Anne Marie twamukundaga tutaramubona,
Anto l love you 😍
Anne Marie, nari ngukumbuye cyane nishimiye kongera kukubona
❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️
Uzamugarure
🎉❤❤❤❤❤❤
Wooow byiza ,kunda ibiganiro ukora birafasha cyane ,asante sana
Anto namumenye vuba ariko arashimisha
Chita kuki ukata ikiganiro? Ikintu cyababaje Anne Marie kuki wabikase?
Aba babyeyi ndabakunda cyane pe
Ndabikunze!
Courage Chita💪🏿
Wawaaa Ni byiza birashimishije pe!
😆😆😆Anne nindoro ye yagukosorape
🤝❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️
Ndakwemeye niba harindwarambi
Kuyivuza birakomeye niruswa uzange ruswa imibereho yose
Muri beza ndabakunda cyane
Nkunda Anto
Yooo Anne Marie ndakwibuka twoze hamwe uko Anto yakuvuze niko kuri.waruzi gukina basketball kandi wagiraga amahane twaragutinyaga kwishuri
Wavuze se sha ko hari nabafata Inkwano nkikiguzi? Amatwi yawe akagira atya akumva arihanukiriye ati Nguriya jyenda nawe urongore kuko Naramukoye ntibamumpereye ideni. Hhhhhhhh Inkwano rwose
NTONIYA😂ndabakunda mwese kumbi burya muranavukana.
😂😂😂😂😂😂
88
Wow ikiganiro cyiza cyane chita wakoze kutuzana anto na Amie . 👏Wazatugaruriye anto Ari kumwe na Sandrine isheja
Urakoze
I like Antoinette