Imana ishaka ko tuyisenga mu kuri no mu mwuka ,nibona ko dukwiye kuyisengera mu nsengero izazifungurira kuko nta numwe warogoya imigambi yayo tuyireke iziburanira kuko byose irabibana,hari n'igihe iri Imana yazufunze kuberako ibona ntacyo tujya kumaramo.
URAKOZE CYANE RATA. MERCIIIIIII BEAUCOUP KWIZERA K'UMUNTU NTA LETA N'IMWE IGUFITEHO UBUBASHA, ABANTU NI BAREKE KWITIRANYA IBINTU. Mwebwe mwumvwa na benshi mubwire abantu ko abantu bagomba gusengera Data mu kuri no mu mwuka. Abantu nibave mu bujiji rwose. Yozefu ko yakiranutse imbere ya mukapotifari yasengeraga mu ruhe rusengero? Saduraka, Meshake na Abedenego basengeraga mu ruhe rusengero? Kandi bose bari mu bunyage batisanzura. None c ko abantu birirwa basambana kandi bajya mu nsengero? Ko abantu bagambanirana, bica abandi, amashyari, amatiku, ibinyoma, kubeshya,.......
@@JNissi-pu2rq Nubwo biriya nabyo bya ba meshake abo nabandi bitabayeho I imigana uraho gusa nka kumwe twumvaga ngo bakame ibwira impyisi iti🤣🤣 Yozefu nawe ni amagambo nta muntu waruhari ngo Abe Ari we watangaje ko iyo turu yayanze🤣 Ni Yozefu ubyivugira gusa
@@LonginUwizeyimana Ku bwawe c wumvaga byaba nka ryari? Umuhanuzi arahanura bigasohozwa na nyir'ukumutuma. 1) ubuhanuzi bugira agaciro kabwo iyo busohoye kuri bamwe 2) Ku bandi bukagira agaciro kabwo bakibwumva. None c Yesaya ko yahanuye ko YESU azaza hashize imyaka ingahe ataraza? None c niba uri mu maturu urumva utakiri kure. Erega kuba utumva ibintu ngo ubashe kubishyikira ntugahakane ko bitababo cg bitashoboka, nyine ni imitekerereze yanjye cg yawe itabasha kubishyikira kandi icyo si ikibazo rimwe na rimwe buriya ni igihe kiba kitaragera ngo ubyumve, cg ukaba utazabyumva na rimwe, cg igihe iyo kigeze ukabimenya cg ukabyumva. Urugero: -Buriya hari umuntu wabwira ko umwuka bawupima ku biro (kg) ntabyemere akumva ko umwuka udapimwa. - Umuntu ari kurya capati ukamubwira ko iva mu ngano atazi ibyabyo utekereza ko yabyemera? Ibyo utemera cg ntemera si uko bitabaho cg bitashoboka.
Kuva ku gihe cya Yesu urusengero rwahozeho rwitwaga isinagogi cg Hekaru na Yesu yajyaga mu rusengero gusenga amaze ni minsi 8 avutse bamutwaye mu ihekaru. Ni gihe yasanze barugurishirizamo yarabakubise ati inzu ya Data niyo gusengeramo ntabwo ari isenga y'abambuzi. Urusengero ni ahantu koko hubatswe n'abantu ngo abantu bahahurire bahigire ijambo ry'Imana bayihimbaze bayisenge.
Leta yurwnda ni imana yurwnda FPR ni imana yurwnda pk ni imana yurwnda ubwo ni ubutatatu nyarwanda (ubwiru) Kandi bafite imbaraga ziruta izurupfu barafuha ntibashaka ko hari indi mana isengwa itaribo
MUreke ubuhanuzi busohore, idini ni dini ,umutima ni rwo rusenjyero ruzwi ni Mana gusa Yesi ATI: bazaca mumasinagogi bazabajyana munyiko rero ibyabaye nibyo bizongera kubaho
Buriya uziko nta makuru ufite? Ngo abantu bazava mu nsengero? Ntuzi se ko abafunguwe amaso n'IMANA batakizibarizwamo? Abakizirimo mwihangane.Kuko mu nzira ijya mu ijuru iy'idini ntaho uzayisanga.Uhereye mu itangiriro ukageza mu byahishuwe.Buriya nawe ukivuga iby'abadiventiste waratakaye cyane.Ntaho bizakugeza.
Urashaka kwangisha abantu leta c ngo ni uko yaciye akavuyo kabiyita abakozi b'Imana?bakabije ubusambo ntabwo bajyana abantu mu ijuru.Nibazifunge.Usenga byukuri ntazabura aho ahurira n'Imana
Habagusenga Damascene: Gufunga Insengero bitewe no Gusuzugura Imana kw'Abazisengeramo - ruclips.net/video/CBOddSLkXGo/видео.html
Imana ishaka ko tuyisenga mu kuri no mu mwuka ,nibona ko dukwiye kuyisengera mu nsengero izazifungurira kuko nta numwe warogoya imigambi yayo tuyireke iziburanira kuko byose irabibana,hari n'igihe iri Imana yazufunze kuberako ibona ntacyo tujya kumaramo.
Sibyo rwose kuko amabwiriza asabwa mukubaka insengero ntahwahuriye nokubaha Imana ahubwo kutabigira nukubahuka ubuyobozi
Nonese abazifunze nibo bubaha Imana ???
Wowe uvuze ngo reta ntaburenganzira bwo gufungainsengero ifite urinde? Ndashaka kugusubirisha bibiliya wanna uri umukristu cg utariwe kuko mwayobye mw'ishuka ngo muri munzira. Uyi reta yacu nicyo imana irimo gukoresha change muri iki gihe kuko mutumvira Imana, bayobozi namwe bayoboke b'amatorero n'amadini iki cyanditswe cyo mu BAROMA 13:1-7 kidusohoyeho; reta niyite ku bantu batangiye ku yihangara ibahe amasomo nibwo bari busobanukirwe ko reta ari abakozi b'Imana banana ukoze nano kd bagashima n'ukoze neza, ikindi uwagerageza wese kwitwaza ifungwa ry'insengero azarwanywe nk'umwanzi uteye igihugu.
Nitundasubira murusengerose tukisibirira mukabari
Muburaya mubusambo
Ibyo chiritu yatubuzaga tukabikora ujyirago reta ntizahura nakazi kanini
Abanyamadini bafitiye akamaro kanini reta
Rwamapera ndagukunze cyane! ufite guhamya kwizera kwawe udafite ubwoba, Imana ikurindire ubuzima n'ubugingo
❤❤❤ I love your Smart Mind bro
Be blessed kelly Nukuri uri nka A.T jonas wikigihe kuko uzi icyo umudendezo w'idini n'umutimanama aricyo
Mweneda tugeze mubihe byanyuma kd Imana Data
Igukomeze cyane uvuga
Ukuri rwose
❤❤actually you are speaking sense
Erega ibi byose byarahanuwe ntanakimwe mutabonye cg mutabwiwe muravugiki na bibiriya ko nazo zigihe gutwikwa nimutuze muzifuza nababwiriza mubabure mwebwe ubwanyu muzihanurira mutere muniyikirize mwabwiwe kenshi ntimwumva twarakaje imana twakoze ibibi binukira imana naho ndetse imana irihangana kera urusengero twarukiriragamo arikubu rwabaye urwo gukomerekeramo muziko imana itabibona se nimutuze mwari mwaboniki nibindi biraje ahubwo mureke tuge kumavi dusenge cyane.
Bibiliya ntawayitwika kuko amerika nyirazo iracyazikoresha yiba ibihugu bya afrika bigisinziriye
Yego muvandimwe. Uravuga ukuri. Is idusaziyeho,abenshi bazumirwa
Imana no yo yabivuze ko irazifunga yatumye Riziki abayobozi bashize mubikorwa iby'Imana yavuze.
NEBUKADINEZARI yihaye Gusuzugura Imana byarangiye agiye mwishyamba kurisha imyaka 7
Imana ikurinde kandi ikurengere.
Amaraso ya Yesu Kristo agutwikire.
UYU YARATUNZWE NUBUJURURA MUBUSHUKANYI BWITWAJE BIBIRIYA AJYE GUHINGA, NIBA AKORERA IMANA, AJYE KUYIKORERA MUZEMEWE CGWA AYIKORERE MUBIKORWA BYIZA AKORA, IMANA IBA MURUSENGERO? NAKORE AREKE UBUTEKAMITWE
Bavandimwe Imana ibabarire kuko uyu Si pasteri nta naho ahurira n'ibyacumi
Nukuri
URAKOZE CYANE RATA.
MERCIIIIIII BEAUCOUP
KWIZERA K'UMUNTU NTA LETA N'IMWE IGUFITEHO UBUBASHA, ABANTU NI BAREKE KWITIRANYA IBINTU.
Mwebwe mwumvwa na benshi mubwire abantu ko abantu bagomba gusengera Data mu kuri no mu mwuka.
Abantu nibave mu bujiji rwose.
Yozefu ko yakiranutse imbere ya mukapotifari yasengeraga mu ruhe rusengero?
Saduraka, Meshake na Abedenego basengeraga mu ruhe rusengero?
Kandi bose bari mu bunyage batisanzura.
None c ko abantu birirwa basambana kandi bajya mu nsengero?
Ko abantu bagambanirana, bica abandi, amashyari, amatiku, ibinyoma, kubeshya,.......
Kpajh
@@JNissi-pu2rq urabambwiriye rwose👌
@@JNissi-pu2rq Nubwo biriya nabyo bya ba meshake abo nabandi bitabayeho I imigana uraho gusa nka kumwe twumvaga ngo bakame ibwira impyisi iti🤣🤣
Yozefu nawe ni amagambo nta muntu waruhari ngo Abe Ari we watangaje ko iyo turu yayanze🤣
Ni Yozefu ubyivugira gusa
@@LonginUwizeyimana
Ku bwawe c wumvaga byaba nka ryari?
Umuhanuzi arahanura bigasohozwa na nyir'ukumutuma.
1) ubuhanuzi bugira agaciro kabwo iyo busohoye kuri bamwe
2) Ku bandi bukagira agaciro kabwo bakibwumva.
None c Yesaya ko yahanuye ko YESU azaza hashize imyaka ingahe ataraza?
None c niba uri mu maturu urumva utakiri kure.
Erega kuba utumva ibintu ngo ubashe kubishyikira ntugahakane ko bitababo cg bitashoboka, nyine ni imitekerereze yanjye cg yawe itabasha kubishyikira kandi icyo si ikibazo rimwe na rimwe buriya ni igihe kiba kitaragera ngo ubyumve, cg ukaba utazabyumva na rimwe, cg igihe iyo kigeze ukabimenya cg ukabyumva.
Urugero:
-Buriya hari umuntu wabwira ko umwuka bawupima ku biro (kg) ntabyemere akumva ko umwuka udapimwa.
- Umuntu ari kurya capati ukamubwira ko iva mu ngano atazi ibyabyo utekereza ko yabyemera?
Ibyo utemera cg ntemera si uko bitabaho cg bitashoboka.
@@LonginUwizeyimana
Uvuze ubusa
Ubwiherero n'aho bwaba bukoreshwa rimwe mu cyumweru ntibwemerewe kubwa bwakwnduza ababukoresha kuko macinya cg korera umuntu umwe ukoresheje igihe kitarenze iminota itanu yakwanduza ibihumbi bikoresha ubwo bwiherero mu gihe gito cyane.
Kuba hari ahandi haboneka ubwiherero budatunganye ntidukwiye kubigira urwitwazo, kuko itorero ariryo rikwiriye gutanga urugero rwiza.
Ibikwiriye nibikorwe aho bishoboka ibindi tubiharire Imana .
Wamugabo we Imana iguhe umugisha kuko uravugana ubutwari
🙏🙏🙏
Yesu AGIYE KUGARUKA rwose, komera RWAMAPELA❤
Kubwikikiganiro Rwamapera.. rwose. Imana. iguhe umugisha
Bafunze inzu zitiriwe izina ry Imana
Insengero nyazo n imibiri yacu
Niko ijambo ry Imana ritubwira
Murakoze
Kuva ku gihe cya Yesu urusengero rwahozeho rwitwaga isinagogi cg Hekaru na Yesu yajyaga mu rusengero gusenga amaze ni minsi 8 avutse bamutwaye mu ihekaru. Ni gihe yasanze barugurishirizamo yarabakubise ati inzu ya Data niyo gusengeramo ntabwo ari isenga y'abambuzi. Urusengero ni ahantu koko hubatswe n'abantu ngo abantu bahahurire bahigire ijambo ry'Imana bayihimbaze bayisenge.
Urakoze cyane mwene Da! Uwiteka aguhire
Imana iguhe umugisha uvuze amagambo akomeye Kandi yubutwari gusa Imana iguhishe mumaraso ye
Amen ,,amen ,,gusa iri jambo uvuze riratsinze pee,,,urusengero rwinjiyemo abanyamahanga
Ibyuma byogusaka abantu ni modoka muri gare haribihari ugiye mwisoko haribihari ugiye mutubari mubukwe ibyo haribihari harikintu kihishe inyuma mutegereze muzabibona
Aho hose uvuze niwowe wenyine uhajya hari ntabyo njya mbonayo
Bene data babadivantiste nukuri ibimubizi cyane ko byahanuwe gs imana iturengere kd nibwireko bitazatubza gusengera data mumwuka nomukuri.
Vana amatiku aho Imana iguhe ubwenge. Ibi byakozwe n'Imana yari irambiwe ibyaha bikorerwamo uribuka Riziki umwaka ushize ko Imana yo ubwayo yivugiye ko ifunze insegero Kd imfunguzo izibitse kure??? Rero buriya icyo ducyeneye ni ukwezwa naho ibyo gufungwa kwinsengero byo biveho Imana nibishaka izazifungura
Leta yurwnda ni imana yurwnda FPR ni imana yurwnda pk ni imana yurwnda ubwo ni ubutatatu nyarwanda (ubwiru) Kandi bafite imbaraga ziruta izurupfu barafuha ntibashaka ko hari indi mana isengwa itaribo
Ibitekerezo byawe nibyo1000/100
Insengero nubwo bozikuraho ntibazotubuza gukorera Imana mu mitima yacu tugire ubwenge kuko ibihe birakuze
Nukuri
Yesu Ati nimubona ibyo bibaye muzararame muribe mwijuru
Ukuri kuzuye. Abantu dukabije kwiremereza; Imana niyo izigaragaza,igakemura impaka.
Njyewe mbona harimo nabishyiriraho ibyabo batabwiwe, same time bashaka no kumvagira ubuyobozi bwo hejuru!! Ariko Imana iraje yitamurure.
Ako kantu❤
Njyewe reta ndayishimira ibyoyakoze bro uzakurikirane amateka yukuntu amadiniyaje murwanda nibwo uzasobanukirwa
MUreke ubuhanuzi busohore, idini ni dini ,umutima ni rwo rusenjyero ruzwi ni Mana gusa
Yesi ATI: bazaca mumasinagogi bazabajyana munyiko rero ibyabaye nibyo bizongera kubaho
Wowe warisariye
Abantu basuzuguye Imana izi nizo ngaruka bituma Leta yinjira mu byabo.
Nibatuze rero bagarukire Imana nayo izabagarukira.
Leta irikutwereka aho isaha igeze: udatunganya urusengero rw umutima we rugiye gufungwa. "Uwanduye mu mutima agumye yandure"?
Niba nawe rata!!!!
Merci beaucoup mon frère!
Abantu bigize nk'abafarisayo n'abanditsi n'abatambyi,.....
Aho gutunganya urusengero rw'imbere birirwa batunganya izo hanze.
BAMEZE NK'IBITURO bisize INGWA nk'uko byanditswe.
Ariko twiphana leta .ahubwo abantu twanze kumva umuburo w'Imana.
Surtout ça
Imana niyo nyirumurimo
Uzi ubwenge wese niwe uzitegereza ibyo kuko inzira zUWITEKA zitunganye
Nimuve munsengero musengere mungo zanyu
Ibyo uvuga nukuri
Nitwe nsengero ariya namazu
Impamvu bahinze imishyitsi ngobafunze nuko arindamu bashakagqmo
Naho erega ntibyemewe
Ubusesenguzi bwa Rwamapera buvuga ukuri nkuko kuri muri bibiliya.Imana ijye iduhana imigisha.
Mutumirwa mwiza Imana ikundindire cyane ufite Umwuka w'Imana.
Congz Itabazo. Can't wait to see you hitting 100K subs
Thank you Brother
Rwamapera nimpamo
Imana iguhe umugisha abasenga byukuri bazakomeza basenge .mbega ukuntu yesuya tanze urugero rwiza yemeye kuruhukira isabato mugituro
Uvuze ukuri
Bavandi.Muruzabibu rw,Imana haracyarimo umurimo niba waruziko warangiye garuka nibutaratangira tangira ubu nibukirimo gumamo.itorero rirarera.kdi imigisha turacyayibona.gumamo
Reka nanjye nandike comment kuko ngiye nakumva ibyo rwapera avuga. Rwamapera we Imana iragushyigikiye Kandi nanjye ndagushyigikiye abarimo kugutuka ni abiyegamije ku muntu twe kubitaho twebwe abashikamije umutima ku Mana ni muze dusenge kuko iyo urugamba rukomeye ruba rugiye kugera ku insinzi Kandi satani ntazigera atsinda Imana
Erega igihe kirageze ngo abareba kure basohoke muri ayomazu yitwa insengero, dusengere mu miryango yacu kuko iyo Reta n'itorero byivanze ntakiza kivamo pe. Abantu nibareke gusesagura ubutunzi ngo barubaka insengero ahubwo bakore ibikorwa byo kwita kubababaye no mu ibwiriza butumwa aho bigishoboka, ubundi Twiyegurire Yesu byuzuye kuko vuba hagiye kuza ibibi biruta ibyo twabonye.
Ikibazo nomungo ntibyemewe😢
@@NyinawaberaJosiane ibyuvuga nukuri pe
None ubutunzi bwacu tubwubakishe amazuyacu insengero zisigare Ari umusaka abarikuvugako insengero aribaburoni barabeshya bishimiyeko xifungwa ariko uwiteka arahari gusa tumenyeko turi muminsi yanyuma buriwese akwiriye gusenga akomeje pe
@@ElieNtihinyurwa harya yohana umubatiza yasengeraga murihe rusengero?Yesu bamwirukana murusengero yarusubiyemo?
ubundi insengero zuzuyemo amatiku
n'amacakubiri n'intambara z'amafaranga kuko abayoboke badatanze amafaranga amadini yonyine yakinga
Ibyuvuga Nukuri cyane
Igikumwe mwamaze kugitera...mwararirimbye ngo niwowe, niwowe...nimuhagarare hamwe rero urwishigishiye ararusoma.
Murakoze cane turabumva Burundi
Uvuze ukuri muvandi u rwanda rukwiye gusengerwa kuko rwarinjiriwe cyane
Baravomera mukituzura mibubure amaso barebe mu ijuru be guta umwanya
❤❤❤❤Yesu abahe umugisha
Nukuri ndanyuzwe.
urusengero numutima wumuntu
reta iturekere uburenganzira
bwacu imana niyoyambere
uwiteka azirwanirira
Muvandi baze kuvugisha ukuri ibyo umwaka abwira atorero. Bihorere. Ubuhanuzi. Bugomba gusohora byanze bikunze. Uzasome. Ibyakozwe nintumwa. 17/24. Haravuga ngo ntabwo imana iba munsegero. Kandi Koko ntihaba niyompamvu bazifungs. Iharikoko ntawarukoraho
Uwiteka azi Abe,Kandi ntabwo azarebera!! No no,mubyukuri kubiro byinshi by imirenge latrines zabo ziteye isonii,ariko bakamenya gufunga insengero!! Ntabwo bazi ijisho ry Imana ko byose ribireba
Ndakwemeye uvuga ukuri utarya iminwa kdi ingero utanze zirasobanutse.ahubwo his Excellence PK aturebere akarengane kabaye kwifungwa ryinsengero kuko haraho bibabaje
VA kuri gatulika banyakujya iyo bigiye puuu😊
Nimwihangane ahatavugirwa Imana havugirwa iki? Imana Isumba byose
Uyu mugabo aravuga ukuri
Kagame imana izamubazabyinshi imana yahaye nkotanyi igihugu none bararenzwe
Nukuri Imana ibahumugisha ndemeranyanamwe
Yesu naza ntazasanga abantu musengero ahu bwo aabasanga mubuvumo no muri zagereza kuko kuko satani arakariye abasenga😂😢😢
Satani nimwe mumwiteza uhanga na satani ute kdi yarananiye Imana? Wumva urush imbaraga Imana ko yayinaniwe
Uyumugabo arimo umwuka w'Imana
Imana Ntigendera kumrangamutima! Yaracecetse bumva ntakibazo! Hazahqgarara abayikiranukira!
Munta Wimana nigih cokwemangira Imana mwemere mucibwe amazosi, mupfugwe. Muvugirimana mwemere nogupfa. Yesabakomeze komere muri kirisito Yesu.
Mu Bakozi b'mana nyakukuli hakora umwuka w'Imana rero hakora ubuyozi (ntagahato)
Aliko muli Leta hakora itegeko icyo batege kigakorw kungufu habamo agahato kwigeko. Urumva ntaho Leta ihuliye n'Ubuyobozi bw'Amatorero bukora neza.
Uwomutumirwa lmana lmuhe umugisha kandi.lkomezekulwongerera ubwenge nubuzima aradufasha
Imana iguhe umugisha nshuti yimana
Mwihane kuko ubwami be Imana buri hafi ibindi n ukubarangaza
Imana ntifugiranwa niba bayifugiye ntabwo Ari mana rwose
Mwene data Rwamapera urakoze cane kubitekerezo vyiza urigutanga kuri iZi ngingo nsha leta y'urwanda irigifatira insengero,Nico abanyamadini bakoze n'icobokora kugira ngo Imana inemere,Nico abizera twokora ngo tube muruhande rw'Imana.Ntawukwiriye kwizigira umwana w'umuntu nkuko bamwe mu bizera mu madini bizigira abayobozi n'abategeka isi ivyo birengagije ivy'abatware ba kera bakoze nka Nebukadinezri......
You are right brothren!
Mbega izozose bigendagute ngo zitandukane mumazina kandi zikorera umwami umwe ! Nimugabanye ubucuruzi nubutekamutwe mwijambo ry Imana !
Munatubarize ahotwerekera mugihe insengero zifunze Kandi ndibyumba il funze yeux araje
Musubire aho mwasengeraga muri lockdown
Hari icyo Uhoraho ashaka yenwe twicecekere...ntabwo dushobora guhagarika ibyahanuwe...
Ubwose uyu Ali kubwiliza nibura inkuru nziza ya yesu kilistu imitima ikabohoka..ninde wakubwiye kubakira imana urusengero .usenga byukuli ntiyabuze Aho asengera. Mureke kuyobya abantu.kora ibyusabwa ibindi ubireke. Ntitukibagirwe bavandimwe
Abanyamadini abeshie nabatubuzi 😊😊
Buriya uziko nta makuru ufite? Ngo abantu bazava mu nsengero? Ntuzi se ko abafunguwe amaso n'IMANA batakizibarizwamo? Abakizirimo mwihangane.Kuko mu nzira ijya mu ijuru iy'idini ntaho uzayisanga.Uhereye mu itangiriro ukageza mu byahishuwe.Buriya nawe ukivuga iby'abadiventiste waratakaye cyane.Ntaho bizakugeza.
Abantu benshi barasinziriye ntibabizi! Ntibanaziko ubwoko bw'Imana ari abirabura. Muze mwige ukuli mwahishwe kubabature. Amen*
Ubwo se ushatse kuvuga abadasengera mu rusengero ari bo ntungane? Mbese hari umuntu ufite ubushobozi bwo gutandukanya urukungu n'amasaka? Waba usengera mu rusengero cyangwa utazisengeramo ntaburenganzira ufite bwo gucira abantu urubanza. Gusengera mu rusengero sibyo bigaragaza ko umuntu yemewe n'Imana ndese no gusengera mu rugo sicyo kibigaragaza. Dukeneye imitima ikundana Kandi isabirana.
Mwari mwarateje akavuyo munsengero
Ouahhh ! Uyu rwose ntaho ahuriye n’abandi ! Azi Imana yizeye rwose ko Itanegurizwa izuru! Uyu ari mu rw ego rwa Stefano n abandi Beamer ağa Küba bahamya Imana n aho babizira ! Ouahhhh! KWIZERA KWAWE KUZAKURINDA
Yesu. Aribugufi kuragiza. Byose. Niwe ufite. Byose. Mukuboko kwe.
Ntakizabuza ubuhanuzi gusohora ibinabyo harigihe bituma hari abiyegurira Imana .
Imana iguhe umugisha
Nuko abase nga byukuri batagiihari. Uburaya ubusambo byose biteye Imana isesemi bazifunge zose. Nange ndi umukristu Ariko igihe kirageze ngo Imana ivangure intama n'ihene.
Ibyo uvuga nibyo Rwamapera ❤
Ufite umwuka w'Imana pe abavuga amagambo atari meza nibayareke ahubwo basane Imana ibahumure amaso kuko igihe kirasohoye Mana uzaturinde kwicuza.
Witinya kubera Kristo umuhamya
Imana iturengere
Mubihorere bari gukora Imana mu jisho.
Ibi biri mugambi w'Imana nimwihana muzarya ibyokurya byo mujuru ariko nimutihana Inkota izabarya!
Babanze itubare
Komera mukozi w.Imana uze kwihangana usome comments ahubwo mwabantu mwe mbona ari ibihe byo gusenga cyane urusengero numutima ubundi igihe wavugiye numvise kunenga gusaaa ibaze ko ubu ubibana mumutima biriya byose uvuze byo kunenga leta? Ubu uyu mwanya iyo uwukoresha ubwiriza mbere yo kuba umunyedini uri umuturage wa leta tuza ahubwo wongere ibihe byo gusenga
Wowe baragufunze pe
Urashaka kwangisha abantu leta c ngo ni uko yaciye akavuyo kabiyita abakozi b'Imana?bakabije ubusambo ntabwo bajyana abantu mu ijuru.Nibazifunge.Usenga byukuri ntazabura aho ahurira n'Imana
Ntago urusegero rwimana rufungwa kuko urusegero rwimananumutimawanjye ibyimana ntibyingwa mumashuri mwukawera niwewigisha umutimawumunyabyaha ukamushoboza kwiyunganimana reta nishishoze itangwa mumutego waroma wokurenganya abatavugarumwenayo shigiye kumagambo papa yamvuze bibi :2014 yavuzeko izosegero ziyobowe nabantu batize babakozibomurugo nibareta ishaka kubaka amazu uko ibishakaka kugirango bazazikoreremo ibyobashaka nireke abantu basenge imana uko imanayabivuze kuvanacyera abanabimana basegeraga mumisozi nibihanamanga eriya kukagezi kereti yahakuwe namarayika nabandi ntamvuze ndabwira abazikobahamagawe nimanasigihe cyogusenya ibyotwubatse ngotunezeze baburoni ihuriweho nabiyise abakozibimana ataribo ntahantunahamwe umwami yigeze agira inama abahanuzi ahubwo umwamiyabazaga abahanuzi bimana icyobakora mugihe habonetse ibidasanzwe benedata sigihe cyokwibaza kumuraba urimunyanja nigihe cyogusenya ibitaratunganiyimana murugendorwawe musohoke muribaburoni igihekirasohoye ubwamibwimanaburihafi:Mariko:1:15 nahubundi reta irashaka amazuyayo nubutakabwayo mwihangane ntanzu cyangwa ubutaka tuzazamukana mwinjuru mureke abarimbisha isibayirimbishe nigihecyabo isiigiye gutungurwankuko yatunguwe murikorona nyamarareta zosezomwisi zigombakubahiriza amategeko yaromamwisi umwukawimana ubashoboze kumva ijwiryimana rivugira munyanja
Urarondogoye ntakizima uvuze, ko utavuze amacakubiri ari munsengero ntayo uzi se, iby'amoko biri musengero, amakimbirane munsengero hafi kwicana, abayoboke bacitsemo ibice nguhe ingero nkeya, ADEPR ,ZION, Restoration, Abadive bo ntuvuge, amaturo ntawuyabatse ariko nimusukure aho mwakira amaturo abo baturage n'aba leta ibindi n'amatiku mwubahirize ibisabwa muvane urusaku ahongaho.
Utumye nsobanukirwa ibyiri jambo yesaya39:1-8 ariko birashira amadini kwifashisha leta kuzagarura abakristo munsengero ariko cyanee cyane 100/100 ni ibyahishuwe 17:1-17
Ariko disi mwebwe badive baranabarenganya p umva ntarusaku munagira nkurwabarokore muba mwibereye muri bucece murifata bikemera😅 nabayehova ntibasakuza kumugani harimo akabanga p ifunga ndarikemanga kuko insengero zazanye ibintu bizatwica ntizifunze .abantu bave munsengero bage muri za Boite barebe ikizavamo.barebye ibyivanze munsengero bitari zo bakateka izisenga byizewe
Igihe kimwe iminsi izagaragaza ukuri pe!
Hezekiya yamurikiye intumwa z' I Baburoni ibintu bye byose by' agaciro, ahanishwa kunyagwa byose bikajyanwa I Baburoni. 2 Abami 20, 12_18
Imana iguhe umugisha😍❤