Aba babwiriza banze guhishira amakosa y'Ubuyobozi barabizira - Kelly Rwamapera
HTML-код
- Опубликовано: 10 окт 2022
- Soma inkuru irambuye hano: itabaza.org/ihagarikwa-ryabab...
_____
Click the following links to Subscribe to our Channels
ITABAZA TV: / itabaza
itabaza.org/
Ubutumwa bwiza kuri twese
Abakunzi ba ITABAZA (WhatsApp Group): bit.ly/3Cs3svI
Contact us:
Email: Info@itabaza.org
Facebook: /
/
Twitter: / itabazarw
/ itabazatv
IG: /
Warning: Before Using Any piece of this Video, Please Contact Us. Unauthorized Use is a Violation of Laws
#ITABAZA
#ItabazaTV
#Rwanda
Dukurikira itabaza cyane rwose kandi ndashimira Rwamapera kuko numusesenguzi mwiza, abayo bitoreri ryabadvantiste bubu ntaho bataniye nabayobozi bo mugihe cya Yesu kuko nibo bamujyaniye Pirato.
Rwose Abo babwiriza Imana ibakomereze ku murimo,njye baramfasha cyane
Abo bagabo bahamya ukuri Imana ibongere imbaraga!Ngewe ndasaba ko abo bayobozi bihana! Twese tugafatanya kwamamaza ukuri
Wawou Imana ibahezagire nukuri.
Ariko Celestin mujye musenga mutangiye ikiganiro byibuze uziko hari nabandi babikora kanswe Itabaza TV yegamiye ku iyobokamana.
Itorero ry'Imana iyo rinenzwe rirakosorwa rikihana ,ariko irya satani ntirigonda ijosi ,aravuga ATI mwana wanjye wumve gucyaha kwanjye.ibyah 2:17;1yoh 1:5-7
Mwakoze cyane kubw'iki kiganiro
Ahubwo mukomerenzaho kuko nimubireka munzabibazwa😢kandi murakoze cyane
Mukomere cyane ukuri kuraryana ariko Umwami Imana iraturebrea
Kelly ni uwacu!
Ker,imana,iguhe,umugisha
Kubera umwijima wa mwinshi ntawushobora kumva kuko banze umucyo.yoh 8:12-20
Ubu utarasezeranye muri leta ntiyakora umurimo wImana Kandi abo bantu batasezeranye bamaranye imyaka nka 20 ngo ntibagomba kugira icyo bakora nyamara ibi biri muntara nyinshi byumwihariko muri ruhango district aho bita nyakabungo abayobozi bamwe barahagaritswe nabandi bizera batandukanhe ndetse pastor Mugabe amatorero arenda kuyamaramo abizera hari abizera yabwiye ko badateze kuzagira inshingano bakora igihe cyose akiyobora intara ya nyarurama kuko batikingije or batasezeranye muri leta Imana idutabare kuko ntacyo abizera bakibaza muzadukorere ubuvugize murakoze turabakunda.
Reka mbike aya makuru ninongera kumubona nzabimubaza kuko hari igihe umuntu aca hirya agahimba n' ibinyoma ngo akunde atange inyunganizi . Jya ubanza ugenzure umutima wawe.
Niyo mpamvu twababuze!
Imana ikomeze ibane nabo.
Ariko kuki aho kugirango mwemere ikosa ryakozwe na benshi bitiranya idini n'Itorero , mukomeza gutsimbarara ku myizerere imfuye mukomora muri ayo madini, n'akazaza kazaza nimutegereze gato. NJYE NABIMENYE MURI 2010 , " NDATUJE " KANDI NTAWANYIRUKANYE MU IDINI RYE. Mariko 13:9 “Ariko mwirinde kuko bazabagambanira mu nkiko, muzakubitirwa mu masinagogi kandi muzahagarara imbere y'abategeka n'abami babampora, ngo mubabere ubuhamya. Ibyakozwe n'Intumwa 13:51 Na bo babakunkumurira umukungugu wo mu birenge byabo, bagera mu Ikoniyo.Mariko 6:11 Aho abantu batazabacumbikira ntibabemere, nimuvayo muzakunkumure umukungugu wo mu birenge byanyu, ngo bibabere ikimenyetso cyo kubahamiriza.”Luka 10:11 ‘Umukungugu wo mu mudugudu wanyu wari ufashe mu birenge byacu, turawubakunkumuriye. Ariko mumenye ibi yuko ubwami bw'Imana bubegereye.’Luka 9:5 Kandi abatazabemera bose, nimuva muri uwo mudugudu mukunkumure umukungugu wo mu birenge byanyu, ngo bibabere ikimenyetso cyo kubahamiriza.”Matayo 10:14 Kandi nibanga kubacumbikira cyangwa kumva ibyo muvuga, nimuve muri iyo nzu cyangwa muri uwo mudugudu, mukunkumure umukungugu wo mu birenge byanyu.
Ariko kandi , Pahulo uwo, yongeye kuvuga aya magambo ati: ntimukagire ikintu na kimwe mukorera kwirema ibice.
Turabakurikiye cyane Imana ibahe imigisha
Rata imana igukomeze kd ikwagurire ubumenyi
Mbega abakuru batorere birakaze lmana idutabare
lmana niyo ikwiye kwikorera imirimo yayo naho Ubuntu turi mu bihe bigiye
Ibyo muvuga nibyo gusa abo mubikorera ntibashaka kumva ukuri biziba amatwi
Sami mbanje gushima. Gusa ikibazo nabbaza Rwamapera we yemeza ko bariya babwiriza nta kosa bafite? Uyu mugabo hari ubwo kumushyikira bingora.
Muvandi erega amateka agomba kwisubiramo. Keretse impumyi ariko abantu nibashaka gukomeza guca ukuri bitwaje ngo amakosa nabyo nibirego byibinyoma kuko batabwiriza ibyitorero ryemeranije Nimpuzamadini. Amakosa bakoze nayahe? Kubwiriza Bibiliya n' umwuka w' ubuhanuzi. Itorero rikora ibyo Roma itegetse binyuze mu Mpuzamatorero, Impuzamatorero nayo ibinyuza muri Leta. Maze ubyanze ni ikivume. Akarengane barikugakozaho imitwe y' intoki keretse nibihana bakemera ijambo ry' Imana gusa.
Nonese nicola kobamuhagaritse yavuze abagore bari muri bibiliya kdi president arahira afashe bibiliya ubwo bamuhoye iki ???
none se Osee wumva bariyababwiriza ikosa bakoze aririhe? ukubitecyereza
Si uguutekereza kundi kuko ibyabereye mu nama ntarimo mvuga bike kuko hari ukwiyumva ko uri umubwiriza mwiza ushoboye uhahinduka utavugwaho, ikindi n'uko hari abantu batemera amakosa yabo ahubwo bagahirikira amakosa ku babagira inama.
@@ntamahoroyabanyabyaha4267 muvandi nyawe nshinja uretseko ntanuwo ngira umwere Uwiteka niwe uzashyira byose ku mugaragaro
Impirimbanyi
Abo si abadivantist nabanzi bukuri.
Ikirongozi nico mwansi wukuri. Ivyo uvyumve niba ushaka ijuru
Kutarunwizera wacu urwananiki?niyobababwira wowe nturimwo kukontugirahubarizwa mwitorero.ntakikureba mubikorerwa mwitorero ibikureba birikwaso satani
We ube witondera ivyo uvuga ntasoni uzoba nkabavuze ngo " mubambe" mumwaka wa 70 igihe Abayuda barimbukira muri Yerusaremu. Uze wirinda