IHANGANA: Umubwiriza yabeshyeye ku Ruhimbi ko yasanze abahunze inkingo babwerabwerera Uganda?
HTML-код
- Опубликовано: 19 окт 2024
- Umubwiriza yabeshyeye ku Ruhimbi ko yasanze abahunze inkingo babwerabwerera Uganda? Isebanya rihatse iki?
Dusesengure hamwe na Kelly Rwamapera
______
Join to get access to perks:
/ @itabaza
Click the following links to Subscribe to our Channels:
ITABAZA TV: / @itabaza
itabaza.rw/
WhatsApp Channel: bit.ly/3ZlNuOJ
WhatsApp Group: bit.ly/3YY75UX
Contact us:
+250 788 824 677
Email: Info@itabaza.rw
Facebook: / itabaza.org
/ itabaazatv
Twitter: / itabazarw
/ itabazatv
IG: / itabazatv
© 2024 ITABAZA. All Rights Reserved.
ITABAZA is not responsible for the content of external sites.
#ITABAZA
#ItabazaTV
#ITABAZASermons
KR uvuganye ituza nkumuntu wahuye na Yesu. This is what is possible in Christ. Blessings to you true protestantist
Mama Yanjye mutegereze imunsi wurubanza uzahishura byinshi gusa ntabwo twifuza ko byazahishurwa ngo dusekane kuko ntabwo abana b'Imana basekana gusa twihane kuko Mwisi tugira abafana ariko mwijuru ntihaba fanatism tumusenger natwe tutisize.
Baradendeza .nibyo invugo yakoresheje ubona Ari ukwandagaza no kwishima hejuru😊
Yesu ashimwe. Jye mbona imvugo yakoreshejwe atari ikibazo kuko mubaheburayo havuga abazereraga mu mashyamba .ahubwo uko bariho nibwo buzima bahisemo kandi ku bwumudendezo wabo. Sha buriya baranyuzwe kuko bariho uko bahisemo
Namwe muzahirwa ubwo bazabatuka bababeshyera ibibi byinci,njyewe ntabwo nirata ukudakingirwa ahubwo nirata Kristo.
Ushobora kuba utarakingiwe ariko utagira Kristo, ntacyo bizakumarira.
Icyo kibwirizo twarakibonye ni Bararendeza Augustin ahubwo muzaganire abasobanurire impamvu yabivuze
Nagirango mbabaze ikikiganiro mudusangije gifashije iki abagiteze amatwi? Usubiye mugitutsi niwe uba atukanye Bibiriya wasomye ikubwira kumenyesha umuntu ikosa rye uku ubigenje ? Dukwiriye kuba abagenzi bajya mwijuru aho kuba ingenza muvandimwe
Nuko tutabizi bitaba, ubu c aho ndi ni gute wambwira ngo umuntu yafashe inkingo 6 akaba akibasha kuyandura? Uwiteka niwe utubeshejeho. Uwo mubwiriza yitonde.
Nta kosa njye mbonamo ahubwo ukuri kuraryana.
Kuzerera ni kimwe no kubwerabwera? Dushyiremo bihwanye abazi ikinyarwanda mutubwire
Ni bararendeza ,gusa ibyo yavuze Niko kuri kuko kubwerabwera nukugenda utazi iyo UVA niyo ujya utazi naho ugarukira
Nawe muminsi irimbere azabwerabwera keretse niba Atari umudiventiste yishushanya
Ababwiriza dukwiye gukodesha invugo itari nyandagazi .
Ni Lameck Sammy
Uramuhishira yarabivuze kumugaragaro hhh,Ubishaka abisage kuri RWANDA SDA HYMNS na Jack Rameck
Abantu bagomba gukeburana ,Aho gutukana cg kwishima hejuru y'abandi.
Kuba uwo muvugabutumwa yaravuze ko abavugabutumwa bagenzi be bahunze kuko bashaka gukiza amagala yabo, ni icerekana ko basobanukiwe neza ko imibili yabo ali urusengero rw Imana, ikindi kandi ni cerekana ko batifatanije na reta, ikindi kandi turamusaba kwibuka ko Yesu Kristo yahungiye mu Misiri, ubwo rero abahunze bakulikizaga shebuja Yesu, azasome MATAYO 2: , ico gihe Yesu ahungira mu Misiri abafarisayo na aba Farao basigaye mu gihugu, ayo matsinda abili yo yali yifatanyije hamwe kwihakana Yesu mu Ivuka lye, naho kuvuga ko babwerabwera, niko amaso ye amwereka aliko bo barahunze, sinzi uko azavuga nabona noneho bahungiye mu bihanamanga ubwo we azaba yibereye mu gisagara, murakoze.
Kubwerabwera ni nko kubunga cg kuzerera utazi icyerekezo nyakuri ujyamo.kandi tuzi abavandimwe bahunze inkingo bari mu ruzerero mu bihugu bidukikije.Nk'uko hari abagiye bafite igishoro bameze neza.
Ababwiriza bakwiye kwirinda mu magambo bavugira ku ruhimbi.
Ntabwo gukena ari icyaha. Akazi kose wakora kagatuma ubaho wanyurwa nako. Esteri amaze kuba umwamikazi Uncle Mordekayi yabaye umunyezamu w'ibwami nyamara yaje gushimwa n'umwami Ahasuwerusi kubera ko yamuburiye bashaka kumugambanira ngo bamwice. Mu gihe tubwiriza dukwiriye kwirinda gushyoma no gusetsa abantu gusa.
Yarashyomye kubwerabwera ni igitutsi
Ego
Muzaze muri district ya Kyenkwanzi tuzabereke abahunze urukingo rwa covid bavuye mu Rwanda.
Ni bararendeza gs ntazi ibyarimomawe iyo ntamwuka wimana ukurimo uvuga uka ubyumva