NABYARIYE ABAZIMU BO KWA MABUKWE😭ABANTU MUTEMERA IMIKORERE Y'IMYUKA MIBI MURUMVE😭BAKOMEJE GUKORERA
HTML-код
- Опубликовано: 24 июн 2024
- #Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com - Развлечения
Mana Yera ndakwinginze ngo ume gukomera muri runo rugendo rukomeye Kandi rutoroshe ndimwo 😢😢😢😢Amen .Hanyuma Umpe kumenya neza uburyo umvugishishamwo kugirango menye neza uburyo mpagararanye na wewe Mana . Amen.
Uwiteka aguhe umugisha
Wa mubyeyi we wahuye nintambara ikaze, gusa Imana yakugenzeho rwose ikaguhumuriza.
Icyampa Imana ikazaturengera Muri uru rugendo rutoroshye turimo😢😢😢😢😢
Iyo Imana Izagukomeza Ikunyuza mubikomeye .Yesu ni yamamare .❤❤
Nkunze ukuntu Panfire asigaye atega amatwi umutumirwa akavuga inkuru ye neza!inkuru iri very touchable nukuri
Nakuzuyu mu mama numvagashaka kumvukobyarangiye mana wendumva bikomeye
Urumunyabwenge nkanjee ncutii burya ubwengu buva kwimana🙏🙏🙏
Icyakubwira ukuntu ikigice naringitegereje
Nari ngutegerezanyije amatsiko. Murakoze kumugarura.
Imana yo mu ijuru iguhe umugisha mubyeyi nukuri uramfashije
Abuzukuru b'uwo Mukecuru rero ntibagombaga guca mu byaha ( gutwara inda ) iyo si Imana Rurema yabikoze pe .
Komera m.mutoni we twarasenganye Imana irakora ni m.Olive karambo
Uwo mwana Imana izamuhe gutsinda icya leta pe 😢
Mana nyiri Ubugingo ndakwinginze imbere maso kurikinkirengarenga pamphile ndagushimiye cyane
Mbegubuhamya
Imana irakomeye kuruta uko tubitekereza
Satani ni umugome koko,18 nibwo arangije primaire😢njye nibwo nari ndangije secondaire ariko ntatandukaniro nanjye yarankereje anyibira ubuto ndazerera 😭,imyaka itanu maze nkijijwe indutira ubuzima bwose bwuruzerero,Yesu christo ashimwe
Ooooh Imana ishimwe ko yakurokoye
Umuzungu nawe urabivanze pe
Ubushacyebwi
Manaburatangajepe
Yoooo disi warahuritse uwiteka yakozimirimo pe
Mudukurireho urujijo, ubwose umwuzukuru IMANA yabwiraga uwo Mucyecuru nabo baciye mubyaha, IMANA ntiyoshywa nicyibi ntawicyohesha, umuntu yoshywa nibyo araricyiye iryo rari rirakura rikabyara icyaha cyigakura cyikabyara urupfu, Soma urwandiko rwa Yakobo nanone wibuke ijambo rivuga ko impano nziza yose iva ku kuri Yehova
Imana niyo irema umuntu Kandi iba yaramumenye ataraba urusoro, ibyaha niwowe ubizi Imana ikora uko ishaka
Wakoze ikosa ryo kuza ikigali usize umwana wawe wagimbaga kuza uzanye nawe mukaruhana Imana ntibura uko igenza
Yari kuzana umwana nawe adafite ahwagiye? Nuko bitarakubaho
God bless you ❤❤
Ndafashijwe
Mana yange impore muvandi
Ndumva bikaze uwakwereka aho nisanze
Paphille turagushimiye kwita kubyifuzo byabagukurikira
Nahageze nanje ubu nazindutse .
Nagukunze disi uwampa numero yawe,dusengere twebwe ababyeyi twatawe nabagabo bagashaka abandi bagore tukaba turera abana twenyine
Mana nyongerera intege mu rugendo KD sintezuke kugukomeraho
Umuzungu yaje?kandi aribinyoma?
Hi
Ni Yesaya 5:8
Ibyo nukuri byo gusenga ibyatsi bikaka rwose ntago ubeshya bibaho
Yoooooo, natwe Imana yaraducaniraga disi, ibyatsi n ibitaka
Yesaya 4 umurongo 8 ntayo mfite muri bibiriya yanjye niyo muri telephone ntayibamo ninjyewe ufite ikibazo cyabibiriyase? ark nafashijwe nubuhamya bwawe wakoze nanjye ngiye kuryana nshikamye kabisa.
Nikuri 5,8 yarihenze
Nonese warashatse ko wambaye impeta? Ko ba Paster na prophete na bechop na apotre abenshi ariko bameze?
Ariko none wumvirije ubuhamya bwose? Yavuze ingene yambaye impeta
Barasubiranye numugago wiwe wa mbere.