Dore Uko wamenya Ko bagutanzeho IGITAMBO iKuzimu/ icyo wakora ibyo bagukoreye bigapfa Ubusa/UBUHAMYA
HTML-код
- Опубликовано: 11 апр 2022
- #Plaisir_0786388010
#Kumufasha_0783 419 088
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha - Развлечения
Mwaramutse neza!turabashimira cyane kko mwatubereye ba-ambassedeurs,muzadusobanurire no kukijyanye no gusengerwa nuwo uziko ari umukozi w'Imana ark asengera abantu akanavura(hakoreshejwe imiti y'ibyatsi),murakoze cyane,muri abaganga ba roho zaburiwe irengero,umwami Yesu Christ abuzuze ibihembura ubugingo
Murakoze cyane,ibyo bintu se ko bikaze tuzamenya umuntu yaraguye he bahu?abagome batsindwe mu izina rya Yesu Christu
Uwiteka we ndagushimiye ko navukiye mumuryango wabatuwe namaraso ya Yesu mukiza mumyaka irenga 90 hallelujah hallelujah 🙏 imyuka yo gukenyuka kuraguza kwizera ibigirwa mana imyuka yubusinzi imyaka yubusambanyi biraga puuuuuuuu ndabifuriza gukurwaho ibyo byose mu izina rya Yesu Christ ❤
Yesu nashimwe cyane P,P na p ndabakunda cyane ibi biganiro biradufungura mumutwe cyane Imana ibakomeze ibahe nimigisha muzadufashe mutubwire nibijyanye nimisatsi murakoze.
Ndabasuhuje. Ndabakunda cyane, ZABURI Nshya ni Umuryango mwiza, ndabasengera buri munsi, kuko nzi ko hari ababohokera, bakirizwa, kuri ZABURI Nshya. Najyaga mvuga Pamphile na Plaisir mu mazina, ubu ngiye kujya nongeraho na Pascal. Muhezagirwe. Les 3Pilotes.
Ariko Mana ndabakunda vous 3 kdi ndabakurikira, gusa Barakagira akwiye kwandika igitabo afite ibyo kwandika. Be blessed 🙏🙏
Ntacyo navuga gusa, Imana ibahe umugisha. Mukiganiro cyanyu muba mufite amagambo meza yubaka. BARAKAGIRA we sinamuhaga ku mwumva kuko iyo mwumvise burigihe nunguka byinshi . PAMFIRE Uri umunyakuri ukenewe muri ikigihe. Imana ibahe umugisha
ubutaha rero muzajye murindira pamfile arangize kuvuga kuko mwagiye mumuca cyane mwijambo tubashimiye impuguro nyinshi mutanze Ndiho abahezagire sana
Kabisa rwose
Murakoze cyane kubwibiganiro byanyu binsubiza intege mubugingo,
Mwigeze kutubwira ko muzatuganiriza kugitabo cya Zaburi Kandi twizeye ko muzabikora. Ikindi ayo masengesho nimeza cyane kandi tuzayagiriramo umugisha.
God bless you. Love you from Kenya 😍😍
Bakozi bimana lmana ibahe umugisha Mweho mirabizi ko tutaruhuka disi muze mudusengera kweli ndagerageza nkakurikira ikiganiro from France
Nivyo naje ndabakurikirana
Baratwubaka gwoose
IMANA ibahezagire kandi ibongerereze amavuta, muranyubaka. Programme ya vendredi Imana izomfashe ndayibemwo. Mu Burundi zaburi nsha iratwubaka caane. Mukomere mu MWAMI.
Nibwo ncyumva iki kiganiro ... ariko nkuyemo byinshiii kandi bimfashije ... Merci Zaburi Nshya
Cyakora ukuntu mwajemo, Uwiteka Imana Ishoboyebyose ibahe umugisha mwinshi cyaaane!
Mana we ndishimye cyane Pamfire uramfashije. Numvaga kuvuka ubwa kabili ari ukubatizwa mumazi menshi
Ndabaramukije cane Uhoraho Imana yacu ibongrerubwenge nimigisha murivyose Kandi muzagire iherezo dyizacane.
Ibyo kuroga ubutakandabizi cyane babyita kwabura.Muzatubwire kubitegano.
Ooooo Murakoze kuduha inyito. Yuko byitwa
hama izina mbonye baryanditse nabi ni Ntunzwenimana. ibisigaye ndashaka kubohoka no gukura mumpwemu.
Mtumishi wa Mungu Barakagira Pascal ndagukunda cyaaaaane. Uragahorana imigisha
Ndabakunda nshuti,kandi Imana izabahembe kabisa
Turabakunda cyane muratwubaka Imana mushoboravyose ikomeze mumurimwo wayo ongera amavuta amavuta icubahiro nikibe ica Yesu ibihe vyose Amen
URAKOZE
Pamphile ntabwo twumvise uburyo moleki iri mu barokore na bugingo n'ubu.
icyaha ni ikintu cyose umuntu akora atekereza avuga akora kitanezeza Imana.
Ndabakunda cyane,IMANA ibahe umugisha,muranyubaka cyane
Yesu ni ashimwe byomoro by'umutima wanjye noneho uyumunsi muvuze byose mbonesha amaso ark simenye uko nabyikuramo ndetse numuryango wanjye wose kdi twatangiye gupfusha abantu bidasanzwe kdi ntamuntu wumva ibijyanye nibitambo niyombivuze ntamuntu unyumva mungire inama nkoreki ngo ndokore ubugingo n'ubuzima busanzwe bwanjye bwite ndetse nibyumuryango wanjye murakoze Imana ibahe umugisha
Senga ukiranutse
Imana Ibahumugisha
Woooow......, mukoze ikiganiro kiza, gihembura imitima ya benshi, kdi iby'ibitambo muvuze ni ukuri pe, nanjye mfite umuntu wambwiye ko kera Sekuru yajyaga amuha inyama mbisi (z'indobanure), buri gihe uko amubonye kdi bahitaga babaga ihene akamuha (mu buzukuru ni we wenyine wazihabwaga), ariko nubu iyo umureba uba ubona afite itandukaniro mu bo bavukana,
Imana ibahe umugisha
Natwe turamufite sha bahaga inyama mbisi yagize ikibazo
Ndabakunda cane bantu b, lmana muratuvugira mufise ubwenge impande zose ntaho muhengama biradukomeza cane ibiganiro vyanyu birimwo ubwenge nimpanuro nyinshi naho nabura akanya kumpamvu zakazi ariko kuko munyongera imbaraga ndabakurikirana cane lmana ibongere amavuta n, ubwenge n, imbaraga ndetsr ibagurire imbago izabahe n, iherezo ryiza
Yesu ashimwe cyane benedata. Turabakunda kubiganiro byiza mudutegurira, nifuzaga kubasaba ko muzategura ikiganiro kivuga k'umukristo ukiranuka mu kazi cyangwa muri Business. Murakoze
Benedata muri Christo Yesu Imana ibahe umugisha Kandi kuwakabiri saambiri nanjye ndahari
Umva turabakunda tukabakurikira kuburyo nakazi nkakora mbumva koko muranyubaka cyaneee.
shalom mukomere cyane ndiho abahezagire
Imana ibahe umugisha muhora munyungura byinshi ariko mbonye nimero ya Barakagira nanezerwa kuko mushaka cyane.muhabwe umugisha n’Imana
Imana ibahire muravuga neza muri abagabo.
Vous 3.
Umwana kwa se wauuuuu
Bakozibimana yesu abahumugisha kubamwongeye kugaruka kutuganirira,ikikiganiro cyaricyingenzi kuko benshi twifitiye ibibazo nkibyo ,none dukeneye umuti wabyo kuko biraturembeje rwose. Mugerageze mudusengere kuko harinabasengana integenke kdi akumva ko yasenze ariko ntibiricyobitanga.
Umuti wabonetse ni yesu
@@pascalbarakagira8934 Amen 🙏
Barakagira nansengere rwose,heka imfubyi Uwiteka azaguhemba.nahuye n,ikigeragezo gisa n,icy,umugore wawe yahuye nacyo.ndwaye umutwe ukabije. Ndota inzoka iniga,ndagowe mpeka satani yampagurukiye.
Pamphire urakoze cyane kuvuga neza kuko bibaho cyne umugabo kuba arikumwe numugorewe arikwitekerereza undi bibaho cyne
Barakagira Imana iguhe umugisha ndagukunda uru muba pasteur bavuga Imana neza God bless you
Shalom, muvuge no mugushyingirwa muburyo bwumwuka kugirango ntuzashaka, nka nyirarume w Ubuntu akamwishyingira ,cg umuntu akamwishyingira nk'umwana we, mutubwire uko tugomba gusenga
May God bless u all kukiganiro cyiza @Pamfile iyo shirt yumuhondo irakubereye cane kandi musengesho wasenze ubaza Imana uko iteye God is beyond our Imagination ifete urukundo rwinshi cane ruvanze nokwihangana kwinshi cane kandi irabihanganira kugira ngo nabo bakizwe bayimenye mureke Imana yitwe Imana God bless u all.
Iyo muri kumwe mbakunda cyaneeeeee ndafashwa Amen 🙏🙏🙏 Imbaraga z' IMANA zikomeze kubabaho.
Umuntu ukunda Ababantu bimana nkajye😂😂 nankorere kuriyi photo yajye unkandire kuri subscribe
Imana iduhane umugisha👏👏
Imana ibahe umugisha basaza bacu.Ndaje mbatege yombi
Mukomere cyane mwarimukumbuwe muhabwe umugisha mwinshi ba kozi ba Ndiho
Numvise ikiganiro cyanyu bitumye nshaka kubabaza iki kibazo hair umuntu wajyaga aza murugo agahamagara umwana wanjye mwizina ryasekuruzawe wapfuye ibyo ntaho byaba bihuriye no kuba Yaba yamutanzeho igitambo ni Solange mumajyepfo.mwansubiza njya mbyibazaho
Imana ibahe umugisha from Burundi 🇧🇮 ibiganiro bica kuri ZABURI NSHYA Ndabikurikirana murigisha nkanyurwa
Rwose turabashimiye muhabwe umugisha nimana bakozi bimana ndabakunda cyane
Uwiteka abahe imigisha itagabanyije. Nshimishijwe nuko mwigisha ukuri .
Munigisha abantu gukora kuko abenshi babaye abanebwe
Muranshimisha iyo mwakoze ikiganiro muri kumwe muradufasha cyane Imana ibakomereze impano yabahaye .
Yesu nashimwe cyane,Murakoze cyane muratwigishishe Imana ibahe umugisha.
Ndabakunda cyane imana ibahe umugisha kubwikiganiro cyiza mutugejejeho
Ndimfura ark murakoze mutumye menya Aho byapfiraga Ubu ngiye gusaba imana inkureyo kuko inzozi zanjye nimwene izo 😭😭😭😭😭😭😭
Ndabakunda cyane inama zanyu ziranyubaka cyane Imana ige ibakomereza amaboko
Nkunda iyo muri kumwe mwese mwuzuzanya ngenda mbigiraho byinshi! Murakoze cyane
Mubeho muradukomeza mubyururugendo rugana isiyoni shalom
Nshaka gusenga ngahita nsinzira, nkumva ndabàgamiwe, numva ndemerewe cyane munsengere. Ndasaba kubona agakiza kanyako ntabukire bwisi nshaka. Munsengere !!
Yooooo Yego RWOSE
❤❤❤ntabubeshyi burimo biriho murakoze
Imana ibahe umugisha muranyubaka cyane, iyo mbonye ikiganiro cyanyu simbona ibitotsi ntarakirangiza
Imana ibahe umugisha kuriki kiganiro haribyinshi nigiyemo Uwiteka abahire cyane
Imana ibahe umugisha, uzi ko nzi umwana wajyaga mu kizami akabona inyuguti zibaye udushishi, bigatuma atsindwa atari umuswa, kdi abikorerwa n'a nyina ! Uzi ko nyina yamuregaga mu buyobozi, ngo amwicira amatungo, kumbi iyo asenze abazimu barazikuka
Murakoze cyane imana ibahe umugisha
Ibintu muvuze bitumye menya ahompagaze kuko narinarayobewe ibya family yanjye
Icyo nariko ndavuga nanje nuko bankoze ariko Imana ishimwe ndiko ndabohoka Kandi nzashaka. Mukomeza abantu muburyo bukomeye.
Ikibazo cyanyu nuko umuntu abashaka akababura
Murakoze cyane nshuti zumusaraba
Muradukomeza cyane tukamenya nibyo tutari tuzi🙏🙏🙏
Ol m
Nkunda iyo aba bakozi b’Imana bicaranye. Mbaniteguye kumva wisdom gusa. Imana ibahe umugisha.
Wow nukuri turanezerewe Ku be iyi nyigisho
N’a hano Montréal turabakunda kandi turabakurikira
Ndabemera abagabo b intwali.Good team.
Ndabakunda full stop.p.p.p❤Impamvu mbakunda muganira ibyubugingo kdi bikenewe nababushaka.nange nigeze ntangwaho igitambo ndumwana ngirumugisha abazimu baranyanga .nicyo nishimira kuruta ibindi
Njye nkeneye ko musengera Umwana wanjye w'imfura umunsi umwe namwohereje ahantu agarutse mbona yahindutse. Ndabikeka nubu twibera hanze y'igihugu ariko ntacyahindutse nishuli ajyayo arugukurura. Mudusengere rwose
Turabakunda caaane plaisir, pamfile n'umushitsi wacu wuno musi. Imana ibahe umugisha
Imana ibahe umugisha bakozi bimana,arko Muzaduhe urugero rwo kwihana kwa gichristu nukwa societe
Yooo, plaisir pamphile pascal amahoroyimana nabanenamwe.nukurintatagi ricyomvugan'icyonumva, nshimyimanakubwanyu nokubwabakunda zaburinshya.nukurimumbera amashimwepe! Arikomuzatumirena Irene.
Ukwonukuri murikuvuga Mbakunda kanini murumugisha iteka iyo mba teze ugutwi nkuramwo ibyajye 💞💞💞💕💕💕💖💖💖❤❤
Pamphile nivyiza inyigisho utanga, ariko ba ureka bagenzi bawe bavuge barangize initekerezo vyabo kuko nabo tuba dushaka kubumva, kandi turakunda ibiganiro mutugezaho.
Nukuri Imana ishimwe kubwo kuduhugura abarokore haribintu twaziruye kandi bizira Yesu abahe umugisha
Imana ibanere umugisha uko muri 3inyigisho zanyu ziratwomora ibikonere
Yesu ahimwe ,turabakurikiye 5/5
Kandi dukunda ibiganiro mukorera kuri Zaburi shya. Murakoze
Yesu abahe umugisha murakoze cane
Plaisir we ngo atamusirukuye😂😂gusa ibyo muvuze nukuli iyo apfuye atamuvuye apfa atyo hari niwo bansengera bikanga!
Aba yasengewe nabadakorera Imana naho uwukorera Imana by byukuri birahunga pe neza neza.
Nukuri ibitambo barabitanga nugusenga Imana ikadukuraho iyo myuka mibi
Twari tubakumbuye! Uwiteka Imana ibahe umugisha. 🙏🙏🙌
Eeeeeee pasicari ko asigaye ariho amavuta menshi arasa neza cyanee
Kuba mu Mana nibyiza peeeee
Abazi Imana bidusaba gusengera ikintu cyose kuko abadayimoni baratimenya kuko tubabuza amahoro.
Ntimurajya mubutumire bwabantu benshi ariko hakajyira uhaguruka akakubwira nabi cyane ntampamvu ukabona yabuze amahoro.
Mupfite Ubwenge bw’Imana nukur🙏
Iyumvirire abantu barapfuye aho abantu bambarira kubitagira umumaro.Ariko ibyo byose bimarwa nogusenga ibyo ndabizi cyane.Satani atwaza igitugu ariko mu ijuru hari Imana.
Mutugire inama bakozi b'Imana beza
Imana ijyibarinda murabumumaro munini umuntu atabonikiguzi yatanga ndabakunda cyaneee
Imana ijye ibaha umugisha murabakozi b'Imana
Murakoze cyane , haribintu nari narigishijwe nabi kukijyanye no kwihana. ikikiganiro kiraryoshye
Nukuripe ibyomuvuga ndabyumva cyane harigihe uvuka urifura papa ukubyara haribyobamutambamo nawe bikakubaho jyebyambayeho. Nako muzakavugeho nitwa mutugirehe Vincent.
Ndabakunda cyane mwa bantu ba Yesu mwe.ubundi ibiganiro mutuganiriza mbyumva mbikeneye cyane umwuka w'Imana ari kumwe namwe rwose.courage bcp.
Muranshimisha cyane ndabakunda muvuga ukuri
Yesu ashimwe cyane bene data muri kristo nonese umuntu yabashate kumenya umuhamagarowe nangwa umuntu yasenga irihe sengesho ikindi yontekereje kujya mu masengesho koncika intege nkaba nanayavamo mwamfasha gute kwakira imbaraga nkakomera murakoze ndi UGANDA
None se bena data nkatwe dukoresha cyane Restaurant ntiturya ibihumanye
Ariko uwo witwa parfait wambaye imihondo yekurya aca bagenzibe mu ijambo❤ biramusuzuguza plz parfait nubwo waba uzi byinshi jyawemera ibitekerezo byabagenzi bawe❤😂
Think you very much,
You are very very nice teachers!
I alwys love to listen to you.
Zaburi nshya much respect.
Mbega ikiganiro cyiza yewe lmana nibampere umugisha
Mwiriwe neza, ikiganiro cyanyu ni cyiza. Ndi umu Catholique ariko
ibiganiro byanyu ndabikunda
biranyigisha. Muzakore ikindi
kiganiro mutubwire ibimenyetso
byinshi. Inama ibahe umugisha
Bakundwa b'Imana Yesu abakomeze cane kuk muvyo muvuze kuvyerekeye abatangwa ko ibitambo Jewe birashoboka nkaba ndimwo gusa vyosaba umwanya munini wo kubivuga nanje kwandika ntibinyorohera bivanye nivyo nkora
Murakoze Imana ibahezagire.
Muranyigishije mubihyanye no kwihana murakoze bakozi b’Imana
Ikiganiro cyanyu twagikunze none umuti nyawo mugukira Burundu iyo myuka mibi bagutereje cg bakuzinze ex: bakagutera inyatsi kugirango tukagire icyo uzatunga
Ayo masengesho muzayatubwire pe dufatanye murabanyamugisha kandi natwe tubagiriraho umugisha
Dukomeze duhugurane ibyo muvuga nukuli cyane
Bene da, murakoze rwose.
Ikiganiro cyanyu cyali kiza cyane.
Muzongere mukore ikiganiro nicyo.
Bituma duhumuka amaso.
2 Abakorinto :6:4
Ahubwo ku kintu cyose twihe agaciro nk'abakozi b'Imana bagabura ibyayo, twihangana cyane mu makuba, mu mibabaro, mu byago,