Tumugezeho PENINA wa mukobwa Wibaga imisaraba mu irimbi akayitwika IVU ryayo Akarirogesha Abantu😱
HTML-код
- Опубликовано: 16 окт 2024
- #Plaisir
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwatwandikira kuri Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
Komera Penina Mukozi w'Imana. Uwiteka agushyigikire. Uracyakomeye kuri Yesu Kristo.
#ZABURI_NSHYA Imana ibahe umugisha mwinshi cyaneeeee ko BAJE kukureba. Vugira Imana neza. Natwe 🏃🏃🏃 ibirenge biri mu nzira.
Hejuru y'abarozi hari imbaraga z'Imana
Ngiyekongera amasengesho kuko menye amabanga yabarozi wee ntamurozi uzambona mwizina rya Yesu
Thanks zaburi nshya!
Nongeye kubona penina disi!
Twaherukanaga 2015
Mbega ubuhamya !!! Hari ubwoko butarogeka amen Alléluia !!!
Unva ko bavuga ko gusenga nta mumaro abazi lmana yabo bazakomera Yesu arahambaye
Rwose ndemeye,Uwiteka afite imbaraga cyane,Amina abiringiye uwiteka bameze nkimisozi igose Jerusalem. Niko uwiteka agose abantu be!!uwiteka ahabwe icyubahiro.
Yebabaweee!!! Ntakure cyane habaho Imana itakura umuntu koko. Mana warakoze gutabara uyu mubyeyi.
Amen 🙏 ndafashije cyane nongeye kwibuka ko Imana yacu ifite I'm aragaga zo kurindwa abayubaha
Niwowe numvise wihannye kuroga wenyine lmana izaguhe ijuru abandi ntibemera
Ariko uziko nange nabaho ntarumva uwaturako yarumuruzi ...
Ameeen
Nanjye navuka nibwo mbonye umurozi wihannye ku karubanda
Yego sha!!!! Barakomeza bakabana nabyo ubundi bagahindura aho bahoze ntibahindure uko bahoze .Bizatinda bisubirireyo da.Uyu Imana imuhe umugisha.
Yoooo ,Gusenga nibwo buzima ,kunshaka kwica umuntu bakabona ifoto ya Yesu ndatangaye ...hahirwa uba mubikari byuwiteka
Ifoto ya Yesu se ni ya yindi iba ku mafoto nzi njya mbona?
Peni Imana iguhe umugisha mwese na zaburi nshya by j claude Tanzania
Mubyeyi penina imana igukomereze amaboko cyane iguteze intabwe munzira yagakiza gusa icyiruta byose imana izaguhe ubugingo cyane
Amen
Kwandika Imana na I inyuguti nkuru ni byo byiza
Imana mushoboravyose ikomeze kuturinda numva bikomeye kubwanje ntaco nokwishoboza Yesu imbaraga zawe ndazikeneye uzandinde ibivyose bavuze amaraso yawe yigiciro ntagere ambeko ibihe vyose Amen 🙌🙏
Yewe penina we komera cyane.nuko rero gendagenda hirya no hino umenyeshe abasigaye inyuma ubamenyeshe ko yesu arimuganga windwara zose.
Umugisha kuri ZABURINSHYA ububamya bwiza burimo inyigisho ikomeye , thank you Pamphile
Imanishimwe ko yaguhayagakiza,ubwobuhamya burakomeye cyanee,kuko ibyo bintu byose uvuga nagiye ndorwa ibyo byose imana ikabinkiza,nshimyimana ko nibura menye ukobangiraga,uwomumama arikubivuga nkarushaho kubyumva kuko byambayeko igihe kirekire. Nunubu ndacyarwana ningaruka zabyo. Penina imana iguhumugisha
*Yesu weee, mbega ubuhamya!!*
*Nta kure habi Imana Itakura umuntu kandi nta kure heza Imana Itageza umuntu.*
*Imana Ishimwe cyane kandi Ihabwe icyubahiro cyayo!👏👏🙌🙏*
*Amina! Hallelujah!*
Umwami wIkirenga Abishimirwe ko Atwiimanaa ntitube umuhigo wabaturoga
Yehova niwoe Mwami WikirengA muijuru no muisi
Komeza Gutanga agakiza Yehova
Kubarozi muizina rya Yesu Umucunguzi
Amena
Imana ni nziza yesuwee mbega abaronzi bazakogoka bashire hashimwe umwami mana wakurokoye
Ahwiiiiiii! Mbega ubwoba! Gusa imana niyomurengezi wacu ijyitugendimbere burimisi🙏
Imana irashoboye,ngizubwoba,ariko igihe niki cyoguhamya uwuriwe,wanyawe pe.
Icyo nkuyemo ni uko tugomba gusenga cyane kdi buri munsi,usenga ntibimufata.....umva Penina urakoze kudusangiza ubuhamya (dusengere ingo zacu, imiryango yacu, abana bacu...)
Shimwa yesu mucunguzi shimwa mana yamutanze shimwa nawe mpwemu yera wamutumenyesheje halleluyaaaaaaaaaa
Mana. Yacu pamfil muhabwumugisha arik muzomugarure kuk afis ubuhamya bwivyo yakoze muhabwu mugisha
Turavuga ishimwe ryayo turavuga imbaraga, turavuga n'imirimo iyo twayibonanye😇😇😇😇
Turavugimbaraga kd turavuga gukomera kwawe twakubonanye nitumuvugirize impundu yesu niwemwami arikungoma Amen 🙏🙏💮🌾biranejeje pee
Imana niyo Mwuka Wera
IMANA yo mwijuru irakomeye cyane
Warurishye pe! Yesu ni karuhura.
Imana iturinda buri munsi yarakoze cyaneeeeee.Dusenge tv
Imana ihabwe icyubahiro kd ubuhamya bwawe busobanuye byinshi gusa IMANA NI NZIZA PE
USENGA BIKINGURA IJURU🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Imana ishimwe cyane. Mbega ubuhamya bukomeye. Imana yacu irakomeye. Penina Imana iguhe imigisha myinshi. Kandi uzayikorere yakuvanye kure. Yesu ushimwe cyane. Warakoze guha agakiza Penina.
Yesu nimwiza pee haleruya nimeroye nayo muyishyireho murakoze
Yemweeee niwowe warokotse nukuri yesuuu arashobora 😭😭😭😭yagukuye kure tata
Ntibyoroshye
Mana warakoze gutabara Penina ushimwe🙌🙌🙌🙌
Mureke tugerageze twige gusenga yewee tubyihatemo numvise aricyo gisubizo kibibazo byose duhura nabyo,🙏ntibiba ari Imanuka 🤔😭
Imana irashoboye
Welcome back Penfil, wakoze kutuzanira uyu mutangabuhamwa/ muvugabutumwa... Imana y' imbaraga zikomeye ihabwe icyubahiro. 🙏🏽🙏🏽🙏🏽
Ndasetse Pasteur arasenga numurozi arasenga Imana yacu irakaze.
hari byinshi wakoze ubu tutasubiza inyuma.: nkabana watumye baba indaya, abo wakoze mumutwe bakaba ibigoryi mwishuli,etc...., ariko nubwo uri gutanga ubuhamya useka, ubu nkabakobwa wazinze bo baracyafite agahinda ko kubura ababakunda kugeza ubu. ,ndumva rero ibyiza, kugirango n'Imana ikubabarire, ndumva washaka abakobwa bose wazinze,ukabasengera cg se ukabagira inama bakajya kwivuza
Penina gerageza we guseka kuko twe twashize tubyumva ibyo wakoze
@Henriette, Urumva Imana Itaramubabariye? PENINA, Imana yaramubaririye kuko ibyo yakoraga byose yabikoreshwaga na Satani.
Imana yamubabariye igihe yamukuraga mu bubata bwa satani, igihe yamuhaga agakiza ku buntu.
Imana yamutegetse gutanga ubuhamya, bityo kugirango abwire abantu ko gusenga BINESHA imbaraga z’abarozi.
Abarozwe na Penina nibasenge, ubundi Imana Izabakuraho iyo mikoshi y’imyuka mibi.
Nta bundi buvuzi uretse amasengesho.
Uvuze ukuri niko kwihana kwiza nubwo bigoye,bityo harubwo nabo wazinze Babi hamya bitewe koko nuko bagiye babenga Cg se babura Abagabo Cg se tukabona nkumwe mubo wagize ikigoryi kugira koko twemereki ubuhamya utanga aribwo.
Erega abantu benshi basigaye bashaka kumenyekana kumpamvu zogutanga ubuhamya rimwe narimwe banibeshyera kugirango bamenyekana.
Urakoze kumugira inama jye binaniye gukomeza kubyumva sha isi irikoreye kweli
Nukuri
Ndafashijwe cyane 🙏nkunze Imana kurushaho 😅
Azagaruke
Uyu Penina ibyinshi avuga nibyo kuko duturanye kandi nishimiye kuba atanze ubu buhamya! Imana ikomeze intambwe yateye!
Yesu ni umwami numukiza
MANA uteye ubwobaaa nongeye kukwubah ukundiii 😭🙌🙏
Penina yakoreraga imirimo kw’isi ariko yari mw’isi y’ikuzimu.🙊🧎♀️🧎♀️🤲🤲
Yesu weee! Ndushijeho kugutinya Mana ishobora byose! Mbega gukomera kwawe Uwiteka; icyubahiro ni icyawe ibihe byose Papa mwiza, amen🙏
Nyiramukoshi ukorana na satani
Yesuweeee urumuregezi
Ikibazo ubaza cyane ntutume asubanura
Pamphile agira amatsiko
Yooo pole sana Penina Yesu ni muzima uzamunambeho
Message ikomeye muri ubu buhamya, ivuga ngo: ntakurure Imana itakura umuntu😭yesu warakozeeeee
Yesu ni mwiza ashyirwe hejuru🙏
Mama,urakomeye,Kandi,uteye,ubwoba,Kandi,urumutunzi,wimbabazi,nahantu,kurehabaho,utakura,umuntu,izinaryawerishyirwehejuru,amena
Yeye Imana impagararehope kuko nange bimpaho rimwe narimwe gusa indinde amaboko yabarozi uwiteka undengere🙏
Imana ishimwe inshuti yanjye ije kuri Zaburi Nshya
Maraso ya Yesu atubeko numva ubwoba ariko kodufise Yesu twishime
Ariko abantu batizera Imana bagiye basi bumva ubuhamya bwabo yakuyekure nkaha koko.Yesu ushimwe kuko imbabazi zawe zitagira akagero.
Imana iguhe imigisha Penina 🙏
Ayiwe 🙆 mbenga Imana yacu irakomeye💪
Turagusabye uzongere umudutumirire vuba Kandi numvise mugusoza muvuga tikec mwatubwira uburyo natwe twayataga itike ikaboneka Imana ibahe imigisha
ibyo kuroga umuntu uhereye kubutaka ahagazeho ndabizi ariko Imana irandengera...ariko Imana iguhe umugisha penina kko haribyo tumenye
Nawe ce urarogs
Teka imitwe neza reka kubeshera Yesu...Urakiroga wa murozi we reka gukomeza uroga abana b' abanyarwanda n,abarundi.
Penina weee ndongeye ndakubonye,Imana yagukuye ahakomeye ubuhamya bwawe ni burebure cyane. Imana yarakoze kugutabara
Ariko Imana ni Urukundo koko
Nukuri mu ijuru hari Imana ibatura abayishaka mu bubata bw'ibyaha
Uziko bibaho burya Koko hooooooo yesu arakiza yesu arakora hallelujah yesu arakora nubwutarasubizwa ntukukumutima yesu arakora numukozi wumuhanga yesu arakora hallelujah Amen ufite lmana ntibimufata ufitamavuta bifatubusa. Amen
Yesu ndamushimye kubwawe yakijije urunfu
Yooo nawe iyindirimbo iragufasha nkanjye yesu arakora
Urakoze cyanee!
Urakoze munyamakuru. Shimirwa Mana nzima!!
Imana ningabo irakomeye, komera mubyeyi wabohowe n'Imana.
Yewe ga yeweeeeeeee Yesu ni mwiza arakiza akabatura mu byaha !!! Nongeye gukunda Imana cyane ijya iturinda tubizi tutanabizi weeee😭😭 Imana iraturengeraaaaaaa weeee tuyinambeho
Oh my God ibi bintu se koko bibaho. Biteyubwoba.
Imana ishimwe ko Penina acyivugira Imana .
Imana n,lmana ibihe byose kdi abarozi ntibadushobora dufite lmana narayibonye umurozi ntiyankanga halelua
Imana niyo isumba byose.
Baturoga kenshi ariko Imana iradutabara
Pe Penina azagaruke atubwire ubuhamya bwose busigaye gusa Igira neza Aho Igejeje Ikora tubaye Tuyishimiye👏🤚✋
Ubuhamya buragwira burya abantu koko bihana ibyo bakoze yesu jya utabara ubwoko bwawe haribyo tuba tuvuga ngo ntibishoboka nukumirwa koko
Penina urakoze cyane kubuhamya utujyejejeho
Imana ibahe umugisha. Nongeye gushima Uwiteka wandinze abarozi njye n umuryango wanjye.
Imana yacu ifite imbaraga n'ububasha, gashimwe Umwami Yesu yaduhaye agakiza bigatuma tuba abana b'Imana ihoraho. Bitumye nongerwamo imbaraga zo kukubaha Mana.
Yewe atinaripenina ndipenina gusa yesu nashimwe wuhaye agakiza numbakabiri mbonye umuntu avugako yaretse kuroga lmana iguhe umugisha
Imana nishimwe kuko yiyerekana umunsi kuwundi kd nabandi barozi bafate urugero rwawe batinyuke bihane .
Shimwa Yesu kristo Umwami wacu watabaye Penina nanje na kumenye Yesu kristo undindire mu buntu bwawe.
Merciii Zaburi nshya
yooo nihatari👌👌👌👌
Haleluaa
Yesu uratabara nukuri
Halelua ,Haleluaaa
Icyubahiro nicyawe Mana 🙌🙌
Yesu weee ur'Imana kandi urihagije niwamamare🙌
Ari muri bake bahamya kobabaye abarozi.ahabwe umugisha
Hashimwe Data wa twese waduhaye umwana we 🙏🙏nukuri mu maraso ya Kristo harimo imbaraga🙌🙌🙌
Imana igufashe ntuzabisubiremo kuko biteye ubwoba pe, wongeye kunyumvisha ko ntakure cyane Imana itakura umuntu kdi Imana iturindira mubyaha byacu kuko iba idufiteho umugambi, Imana ikomeze iturindire mubuntu bwayo😭🙏
Mbegaweeee yesu ashimwe kuba warabohotse muba secyibi 🥲🥲🥲🙏🏾🙏🏾
OMG 😳 😱 inyamaswa mbi y’inkazi ni Umuntu.Udatinya umuntu si uwanjye.
Muri Yesu Christo niho hari amahoro.
Imana igukomereze amaboko ikurinde gusubira inyuma
Mana we nkuramburiye amaboko 🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Yesuweeeee abarozi hose bihane batazarimbuka
Ayiweeeeee Imana yacu irahambaye. Muzamugarure kdi Imana ikomeze imwambike imbaraga
Nukuri Imana ishimwe
Imana irakomeye pe
Uyu mubbyeyi yarakijijwe Yesu yamukuye kure yari arushye pe kdi Imana ishimwe kuko yamuhaye agakiza nabo yarogaga cg yibaga nabo babonye agahenge.
Reba Hano igice cya 2 cy Ubuhamya bwa PENINA ruclips.net/video/iuxeH2qgF_A/видео.html
Yesu arakora rero
Imana izakurinde❤❤❤❤❤
Yesu afitamaboko we
Uzogaruke pe ndafashijwe cane❤️❤️❤️❤️
Iyimana yacu ngesinzayivaha kuberak irashoboy
Ubuhamya nkubu buba bukenewe nugusenyera satani Imana ibahe umugisha Zaburi nshya mujye mutuzanira Abantu nkaba
Yesu weeee mbegisi
Penina Imana iguhe umugisha ikiranga umuntu wakijijwe nuguhamya courage mukozi w'Imana
YESU ashimwe Benedata IMANA yacu ninyembaraga nyinshi kdi irarokora, hanyuma rero Panfile ndagushimira kubiganiro byiza utugezaho ark ntugasubirishemo kenshi umutumirwa ikintu kimwe, yagusobanuriye kenshi ijambo (butari) ark kugeza iyisaha uracyamubaza icyo bisobanura nabonye ataribyiza bikunze ubutaha wazabikosora. Murakoze
Yebabaweee🤔nsanze ibi byo birandenze yewe aha ho nago nahageze ndayishimye yanabaye kare yivugire Izaguhemba niyo yemeye ko ubicamo kugirango uyu munsi uyivugire kugirango nabandi babirimo bahinduke YESU Ajya abyemera MANA We ndatinye
🙆🙆nahuye na Penina weee! Nacururije umuntu Inka muri bucheri i Kabuga irarangira ntakuyemo nicyakabiri cyayo 😭ndongera ncururiza umuntu muri Restora ayo twaranguje ntiyavamo kdi ibiryo byashize ayiweeee! Umwami andengere🙆🙆
😃😃
Mbega imbaraga Imana iyo izagukoresha ntibura inzira muyirekere imbaraga zayo ikore
😭😭😭😭😭😭😭
Poleeee😆😆😆😆
Ni ugupfama ugasenya Imana.
Uwo ni umudayimoni w’inyatsi.
Nukuri nukuri imana iraganje muriwewe kandi urumunyamahirwe imana igukomeze caneee kandi imana iguhe ijuru