Ndarahiye Umwana wanjye nakunda Umukecuru Sinzataha Ubukwe💔 A. RUTAYISIRE aburiye abakunda abahanuzi
HTML-код
- Опубликовано: 16 окт 2024
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
Mubijyanye nokubyara mujye mutanga ibindi bisobanuro not ngokubyara abomushoboyekurera gutese zatontomye numwe kobyakunanira ntamukene murabona ufite umwana umwe cyangwa ntawe
Muhambwe umugisha na Christo Yesu.
Mubyeyi Imana Ijye Ikongerera imigisha kuko uramfasha ukanyigisha ukanyubaka mbese sinzi ukuntu nakuvuga gusa Imana Izaguhe Iherezo ryiza.
Wakoze cyane
Ndagukunda cyane pastor urumuntu wingenzi cyane
Pastor Antoine Imana ikomeze ikwagure! Iguhe umugisha! Iguhe ubuzima burambye! Uratwubaka! Uraduhanura! Komeza wizihire Uhoraho!
God bless you pastor Rutayisire and Pamphile for the good topic👍
Pastor Antoine Rutayisire, ndakwemera cyane nukuri ukwiye gusengera benshi mufatanije umulimo w'Imana !
Nabo bazabone impano ufite wiherewe na YESU.
UHABWUMUGISHA UVA MWIJURU.
Ikigihe imana zabaye nyinshi tujye dushishoza tumenye iyo mana iyo ariyo
Ngukunda cyane rwose pstr uyoborwa n 'umwuka w ' I mana uramfasha
Amen amen, urakoze muvyeyi,. Hari umugani mu kirundi uvuga ngo « bibwirwa benshi, bikumva benevyo ».🙏🙏🙏
More years of God's blessings my beloved pastor /paapa Antonie na mugyenziwawe murihamwe 🙏🙏🙏🙏🙏Thanks a lot for the God's wisdom 👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏
Meshaki ahanura afite n'Impuhwe
Ooh my goodness ,I love this so much.
Ndakunda rutayisire caane. Imana imurindire ubugingo kugeza kwiherezo
Muraho paster.
Yes’ashimwe. Niba bitabangamye mwampa nimero yanyu ;kndi nabonante igitabo cyanyu « Umugabo mu Mugabo w’Imana »
Urumuntu nkabundi uzi.kwigisha urarahirwa nibibyuvuga biba mubikorwa.
icyiganiro cyiza cy'ubwenge kbs Imana ibahe umugisha kubwo iki kiganiro
Unshimiye ahandyaga we!!!!!!
Rwose pasta Antoine avuga ukuri Imana yo itandukanye n'a bantu mu mi vugire no mu mikorere
Mbega umupastori nkunda! Uziko usa n'umuvyeyi wanje w'umutima. Nd'umurundikazi.
Amen pastor.
Mushumba Habwa umugisha nUwiteka nkunda ukuntu uvugisha ukuri🙏🙏🙏👌👌❤❤❤
Namukonda papa wacu avuga ukuri kise
Bisa n'aho pamphile yakomerekeye mu idini Kandi nibwira ko akuze atakabaye akerezwa n'iby'amadini ariko uko wagura kose hari ibyo idini ikora utakora pe ubuse wategura igaburo ryera ukaryiha Imana ikaryemera, ese ubu wakwishyingira bigafata ukeka ko Mariya yari injiji kuba yarajyanye Yesu mu isinagogi Kandi yari aziko bataye Imana nta torero ryiza uzabona kuri iyi si ariko Imana idusaba kubamo Kandi tugakorerwaho imihango yose y'itorero Reba neza na Pawulo na Petero ntibahuzaga muri byose pe
Nkunda kontakibazo utabonera igisubizo.
Imana iratwigisha satani akaduha ibizamini,amagambo ya pastor ajya anyubaka
Yesu ashimwe Pamphile. Yesu abahe umugisha ku kiganiro cyiza. Wampaye n°za Pastor Antoine ko mfite ibibazo nifuza kumubaza, mwaba mukoze gose.
Mukozi Waimanalo ndagushimiye uyobowenumwuka benching nibyobahimba
Sorry I make mistake
Imana ikomeze pasteur
Rutayisiri turagukunda cane muburudi ufashije benshi
Pastor Anthony nukuri ibyigisho byawe biranyubaka imana ikomeze ikongerere ubuhanga nibindi byose bikenerea God bless you!
Uwo mwana afite uburenganzira bwo guhitamo
Iryo nirari ntabwo arurukundo
Hari ubwo wiga 1ere annee imyaka 7 Mana we!!!
Amen 🙏
Pastor inyigisho zawe ziba zisobanutse buriwese yisangamo ntawe muheza murasobanutse
47:20 👏🏽👏🏽 Good point!!
None se unusaza we aba agiye kurongora inkumi ngo bigende gute..njye numva igihe urukundo ruhari kandi nta barage z imyaka Imana yashyizeho twatuza ....
Ikindi ninuko abantu Bose badahskanbagamije kubyara.
Nukuri biriho keshi haruwabwiye gwazompe ishengero nyobore naje ubwanje nkigwana nkwiyobora
Pamphi sema yote mwana wa maman ndakumva cane
pastor Malinda sana
❤️❤️❤️🙏🙏🙏🙏🥰🥰🥰
❤️
Ewe docta urantwengeje nanje ntu mpora ndavyibaza ingene woririmba zaburi nsha ku mukecuru wa 55.rekareka burya nubuteka mutwe wa muvyeyi we.je biba binsesema simba nshaka nukuvyumva
Nange bintera isesemi pe !!! Ibyabakecuru
Nabasore ngo baberetswe
Macron ntakumve da
Hhhhhhhhh hhhhhhhh AGAHATO K'UMUHANUZI hhhhhhhhhhhh
Amen 🙏🏼 pastor