Antoine RUTAYISIRE - Dore IBINTU BITUMA ABAROZI BATABASHA KUKUROGA / Uko usenga wirukana Abadaimoni
HTML-код
- Опубликовано: 5 окт 2024
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha - Развлечения
Uyu mukozi w'imana nuwukuri aratuma duhindura imibereho yacu mû bintu mvinshi ,turamusabiye yesu abandanye amukomeza mû butumwa bwiwe
Nsanze nanjye meze nkizo nkoko, naraciye umugozi ariko uracyanziritse ku kuguru imana impe imbaraga😢😢
Yesu kristo Ashimwe cyanee mureke mbabwire erega Abantu dukeneye ubutabazi kuko nibisekuru bifite Amadini niyo mpamvu Dufata Ikemezo Cyogukurikira Yesu kristo iyo ugize Ingorane ukayobera muri rya torero umwuka waho urakumenya ugahita ugusubiza mugisekuru cyanyu ubuzima bukarushaho kuba bibi kuko bagufashe warubacitse Nawe ukanjyirango warahunze kandi kandi Aribo bakurera ntubimenye mwabantu mwe narabimenye ndumindwa ndarwara
Turabashimiye cyane kubwo umwanya wanyu mwafashe mwese, mwadusobanuriye, mwanatwigishije. Twanyuzwe uwiteka akomeze kubarindira ubugingo turacyakeneye kubigiraho byishi.
Yesu akongerere imbaraga ubutumwa bwawe buranyubaka komerezaho
Ngukundira Inama ugira umusaza
Yesu abahe umugisha Mukozi w’Imana
Ndagukunda nkwigiraho byinshi
Imana ikomeze igusige ikunogereze.
Habwa umugisha.
Murakoze cane muntu W,Imana ngiye kwihagararira murwizera ntegekabadayimoni bahunga mwizina ryuwanesheje 👏
Murakoze cyane Pasteur Antoine ufite ubumenyi but buturuka kuri Yesu muzima. Zaburi Nshya mukomere cyane muradufasha.
Murakoze muzadusobanurire uburyo Imana yemerera imyuka mubi kuyikorera nka Ahabu Umwami Sawuli ijambo riravugangoumuwuka mubi wavaga ku Mana bigenda gute? NiguteSawuli yashite Samweli muzadusobanurire please uzongere utubarize Pst Rutayisire
Amen pastor Antoine. Muge muhora mu mutumira jyewe mwigiraho byinshi inama nziza ubutumwa bwiza atugezeho turafashwa cyanee. Nda mukunda Imana imukomereze amaboko uburinzi bwayo nimbazi zayo bihore bimugose mwizina rya Yesu.
Habwumugisha muvyeyi
Mukamisha barikiwa Sana nukuri uyumubyeyi ndamukunda Sana iyomwijuru ijyimuha ibyiza byose.
Ndagukunda Kandi Imana yawe yomwijuru irakwishimira.
Franchement 👍 kuba unjya gukorikintu ugatinya ukunva ko Yesu akireba ukareka birahagije Yesu abatuye muriwewe 💪💪
Ndu Mtanzania Mwanglikana. Wafashije chane mumwigisha yawe. Imana iguhezajize chane. Ugume utuzengela chane. Amina .
Pasteur Antoine Rutayisire yigisha neza pe.
Imana ishimwe
Mfite ubuhanya bwafasha muzansure mbabwire uko yesu yankuye ikuzimu akanshyira ibuzima nkamwirahira
Past nibyokoko iyoutabaje izina ryayesu kokonajyebyambayeho ubwonarimvuyemurwanda ngana muriMarawi nukojyeze dodoma arinijoro jyagushaka roji yokuraramo nukojyezekugitanda ibintubiraniga nuko ijambonibukanavuze arikomanapfuyentamuntuwiwacuturikumwe?nukosinabashaganokuvuga sinziukuntunatabajenti yesu nabivuzeishuro3nukondazanzamukaurumvakonaripfuyeibyouvuganukuri. Murakoze imanaibaheumugisha niLaurent hanoMalawi
Imana Igukomereze amaboko mushumba nukuri abakurikirana inyigisho zawe ninama zawe turbans dutsinda ibyintambara zinaha kandi tugyendana na Yesu nk Umwami wacu. God bless you Pastor Antoine.
Bibliya turayisegura cyane
Imana iguhe umugisha mwinshi nukuri pastor wange uranyigishije cyane rwose
Nize byinshi Murakoze cyane yesu Kristo aguhe umugusha.
Panfield and Pastor murimpano y'Imana ku Rwanda 🇷🇼 na Africa nisiyose.Amen
IMANA ihabw icubahiro kubwimpano yuyu mwene data Amen Amen
Imana ntabwo ibikwambura iyo ukoze icyaha ukijijwe,ahubwo uko ubitindamo,niko intekerezo zawe zikubwiriza icyo ubikoresha kuko ubwenge bw'lmana uba urikubujya kure gahoro gahoro,kugeza rero ubyimazeho
Chrits ndikumana yaratwigishije uko turwana muri kanguka
Hari abakristo bakizwa ark bagakomeza gukora ubwesikoro nkubu Hari haruwo nagurije amafranga none yaranyambuye kandi ngo ni mwarimu mwitorero iyo mubonye ari kwigisha ndabyibuka nakoriki ngo mubohokeho
Muvandimwe Charles uwo umurimo umwenda mubabarire uhumure ntuzambara ubusa nawe nakomangwa azazr agusabe imbabazi ati narayabuze maze uzamuharire nange ni uko nabohotse ku mupastor ( mu madini y inzaduka) wanyambuye magana arenga iyegamire ku Mwami w amahoro tugiye kwibuka Izuka rye riduha ikizere ko natwe azatuzurana n abacu niba dukomeze gutwaza
Murakoze cyane Past nkunda, Imana izaguhe ijuru mbigusabira iteka mubyeyi uri urugero rwiza nkwigiraho byinshii
Yesu arushirizeho kukugirira neza pastor 🙏❤️❤️
Pasteur Rutayisire warako watumye ngaruka munzira y’Imana
Rutayisire ndamukunda ariko sinemezanya nawe kukibazo cyanyuma cyababyarana n’abadayimoni!! Gusa uwavuze ko yasengeye umukobwa w’imvange mu mubiri n’umudayimoni na nyina ndamuzi . Rero byarikuba byiza mugiye mumuha iyo video nawe akiyitegera kuko bisa nkaho nta bantu bafite ibyo bibazo arahura nabo ngo yibere umuhamya wabyo . Gusa yatengeje urugero mukubipinga no gupinga umukozi w’Imana ukomeye kuriya!!
Umwanzi atinya UMUNTU UFITE YESU Muzima, ariko uwishushanya ntiyamutinya.
Imana ikwongereko amavuta,inyigisho yawe irankomeje,kandi impaye inguvu n'ubutwari bwoguterimbere mukwingira nizinanrya Yezu kristu Muzima,Umwami n'Umukiza
Pst IMANA iguhe umugisha kuko Ibyo musobanuye nibyo rwose turabemera peee!!! 🙏🙏👏👏
Pasteur Rutayisire Antoine turagukunda cyane .Njya nkumbura ikiganiro kiza uyu mupasiteri yagiranye n'umusore umwe witwaga Ka kuri contact FM avuga kuri Pahuro imbere ya Agripa na Festo haciyeho imyaka irenga cumi n'ibiri ariko ndacyabyibuka .Nari nkiri umobwa none abana bange b'uburiza bafite imyaka 11.Rwose byaba byiza cyane Pasteur dukunda yongeye kutwibutsa ibigwi bya Pahuro
Pastor Imana iguhe umugisha narwaye abadayimoni imyaka itatu byari bikomeye bansengeye amezi. Status nibyumweru bitatu baba iwacu Imana irantabara ibibyose wavuze ndabizi iyo wizeye yesu byukuri arakurwanirira gusa gusa narakize ndanakizwa ariko iwacu bahita banyanga
Urakoze kucigwa uduhaye ninyishu yanje uretse icigwa ndagukunda cane uranfasha muvyo ntegekenya kubaho kwanje Imana izaguhe iherezo ryiza icampa nkazakubona live harico nakwibariza none ibonano wawe wongora.
Amen, umwijima ugomba guhunga urumuri rwose
Utwunguye gusenga urakoze cyane pe turagukunda
Yesu ashimwe benedata muri Kristu.
Yesu ni We Nzira n'Ukuri n'Ubugingo.
Ubwo turi abakristu, buri wese muri twe ajye yibaza ati: Ni iki Kristu ansaba (cg ambaza)?
Ukunda Yesu akurikiza amategeko ye. Amen.
Murakoze cane muvyeyi, inyigisho zawe zirubaka pe, muhezagirwe caaanee🙏🫡
Ndafashijwe cane niki kiganiro. Yesu aguhezagire.
Ibyo byo barabikora, pe bajya mu rusengero ku envouta.
Mwigwze KWUMVA ubuhamya bwa Sarah wonmu Mutara, cg n'abandi Bose bajya nahabwa mission.
Burya abantu Bose bari mu rusengero silo Bose Baba bafite YESU
Bibiliya ivuze ngo iy'umuntu ari muri Kristo aba aricaremw gishasha,Pasteur yaratanguy kukavuga ariko ntiyakavuz nkuko nanj ndakazi kdi nkizera,yaravuz ngo umuntu yizeresha umutima akaronka ukugororoka yaturishij akanwa akaronka agakiza,romains 10:9-10
Bivuze ngo umuntu acika icaremw gisha mugihe yizeye ko Yesu Imana yamuzuye imukuye mubapfuy,hama agaca yaturisha akanwa ko Yesu ariw Mwami n'Umukiza w'ubuzima bwiw aho honyen niho uwomuntu acitse icaremwe gishasha✍️
Deliverance bavuga sinyemera, Nemera ko habaho guhinduka kw'ibitekerezo nk'uko paul yabivuze.Deliverance ikorerwa abarwayi baba dayimoni. Urakoze Pasteur wowe uwigisha nk'umukozi w'Imana mwiza.
Imana ikumpere imigisha pastor iyaba abarokore bose bakurikizaga ibi bintu uvuze. Imana ikumpere imigisha pastor.
Imana iguhe umugisha 🙏🙏🙏
God bless you.
Yesu muzima ndibuka iyinyigisho wigeze kuyitwishaho Kunkurunziza one week hari mu 2001.
Ndafashijwe caaane
Murakoze cyane,
Ikiganiro cyiza weee!
Kyane pee
Nkurikira amasoma utanga ngafashwa nukuri waratoranijwe ntabwo imana yagutoranyije yibeshye gumamo yesu akugirire neza
Pasteur urimo umwuka w'Imana.nkunda inyigisho zawe
Urintwari ❤❤❤
Njye nasanze murwanda dufite Imana pe kuko ibibera hanze yurwanda nagahomamunwa
Aba Christo bawe bafite umugisha rwose!
GOD bless you pastor Rutayisire udusobanuriye neza
Ibyo ni ukuri
Komera paster IMANA Iguhezagire.
True ! I have prayed for my brothers to be free from alcoholic spirit for so many years but they haven't been delivered 😕
Preach to him the gospel telling him about salvation if he agrees and accept Jesus Christ as his saviour then he will stop alcohol gradually. Praying for him is a waste of time.
Papa nanjye. ngusabye kunsengera
Past, urabwiza neza ngafashwa, Imana ikomeze ikwagure.
Uvuga aba atarabona.
Ibyo nahuye nabyo ni agahoma munwa.
Mujye mwivugira ibyo musoma.
Mutange inama, mubwire abantu ibya yesu.
Ariko ibyo nabonye, ibyo mbona ibimbaho, nabuze umutabazi.
Nathan Ndamage, washatse uyu mukozi w'Imana Pst Antoine mukaganira ko atazakwima rdv rwose 🤔 gerageza umushake pe! Kandi ntukihererane ikintu kikuremereye gutyo.
Imana ibane nawe mu bihe urimo gucamo🙏
Nathan,
Byakugendekeye gute?
Nathan, sengera mûri Kanguka hamwe na Chris NDIKUMANA (RUclips). Andika ijambo Kanguka, urahura n'amasengesho ye n'ubuhamya bw'ababohoka, uzabohoka ! Surtout mûri Kanguka ze za Samedi. Bikore uzabohoka n'ibigutera byose bizahunga.
Kabsa, avuze ukuri kuzuye
Ndashaka muzampuze napasita rutayisire muzaba mukoze
Nibyo Koko biterwa nuko abantu batihishijwe..Ntimwabana Ngo bakwihorere, none se tukiri mu ISI ntiturinku rugamba
Amen.Amaraso ya Yesu yadukuyeho urubanza rw'ibyaha.
May God bless you Antoine
Gusa dufite Yesu
Ndagukunda
mana we sinanarangiza kumviriza agamabwiriza ahowahereye ndavuze ngo imana ishimwe kandi igukomeze mubyo wigisha.
Amen🥰🥰🥰🙏✅✅✅Our Dad live long Papa.God bless you 💙💙💙💙💙💙💙
Ariko pastor niwowe muntu wambere wigisha nkabyunva. Abandi ntakyonunva pee
PAISED YOUR NAME OUR GOD, HEAVENLY FATHER !!!
Ndagukunda Imana iguhe umugisha
Cyakoze paster uragutse cyne kdi uri free mumitekerereze! uwiteka aguhezagire♥️🙏ikiganiro cyae nicyo cyonyine mbasha kurangiza naho ntasobanukiw nsubiza inyuma.be blessed .
IMANA iguhe imigisha myinshi 🙌🏻
Murakoze cyane, nafashijwe 👏🏾
Imana ishobora byose🙏🙏🙏
Hari ikintu njye namenye, Imana ikontrola satani arko satani ntiyakontrola Imana, icyo cyonyine kinyemezako Imana irihejuru yabyoc, tuyiyegamize ntacyo tuzayiburana naho satani we yaratsinzwe, abiringiye satani bashatse bahumuka iki nicyo gihe
Murakoze Cyaneeeeeeee turabakunda
Merci bcp bcp
Iyo ndiko ngukurikirana Pastor simpaga kwumviriza inyigisho zawe,nukuri warahezagiwe cane.from🇧🇮🇧🇮
Nta paster n'umwe ubaho ,wigisha nkumva neza nka rutayisire ,imana ikurinde n'umuryango wawe
Ubu butumwa buraryoshe cyane inyigisho za Antoine ndazikunda cyane
Murakoze cane
Iyi Saha numvise Aya magambo ndanezerewe kuko haricyo numvise gihinduye umutima wanyje Amen Urakoze Mana
Barakuzinga se ko bakizingazinga
Undinda n Umwami wange 🙏🙏
Iki kiganiro ni kiza.
God bless you pastor and zaburi shya. Inyigisho zuzuye ubwenge buva kuw’iteka
Pastor Rutayisire be blessed, I love u so much
Merci beaucoup Pasteur kunyigisho Mudushikirije ; aussi pour le journaliste yabatumiye.
Ko Zakayo yarishye kane ibyo yanyaze? Bihuze nibyo utubwiye ko iminyago wakuye muburiganya ataringombwa kubisubiza!
Ndagukunda gusa ugira ukuri muri byose
Imana iguhe umugisha pastor
Truly man of God
Ndagukunda nkunda ukuri kwawe
I like this Pastor.i learn something. Blessed 🙌
The best pastor kabisa
Thank you Pastor for the powerful message 🙏
Amen!!!! Iki kigisho gitumye nubaha pastor Rutayisire!! Imana ihabwe icyubahiro!! Alleluia!!!
Ayo Mashuri turayakeneyeee