IKI KINTERA UBWOBA IYO NTEKEREJE URUGO🥲DISI BURYA AKUNDA ROSE CYANE😍👌🏻Vanessa NI UMUHANGA👌🏻
HTML-код
- Опубликовано: 25 фев 2024
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
Развлечения
Ex hano haba Hari umu Jo Twins uhari ngo ampe like?
Ndahari yambiii
Yambi nshuti yange! Ark Sha buriya nkunda umu Jo wese Aho Ava akagera! Ahubwo niba Hari nabandi nibaze tube twirebera inshuti yacu Rose
Oya hose turahari shaaa
Kbs nibyo
Egoko kandi aritwe twicaye imbere😂😂
Beautiful vanesa bagenzi. Sha nkwifurije gushishoza neza ukazashakana numuntu muzima pe ufite good background, educated, faithful, good career and saved. Ndabikwifurihe pe
Sha Vane,ndagukunda cyaneee,singira umwanya ariko iyo nakubonye muri filme ndayikurikira,byukuri hariho ingo nzinza harimo nurwanjye,tumaze 17ans tubana,dufite abana 2 mfite umugabo mwiza cyaneee,mbese uko bukeye nuko bwije bigenda birushaho kuba byiza cyaneee,mbese urugo rwanjye n'ijuru rito pe,sukwiyemera gusa mbishimiye Imana,nawe izaguhe umugabo mwiza sha
Uzatubwire ibanga wakoresheje
@@user-xy7xt9xu9f sha bitangwa n'Imana nta banga ridasanzwe pe. Nibwira ko Imana itaguhaye umugabo mwiza ntacyo wakora ngo umushimishe
Thank you for sharing this beautiful testimony. Nibyiza ko twumva ubuhamya bwinshi nkubu.
Apuuu Munda nikure mutere moral ajyende arko niweho wambere numvise Ingo zarashize abagabo Bazi abo baribo nibake hawajitambui wababa hongera
Imana ishimwe cyane kubwawe. Ikomeze ikurindire urugo. Kandi komeza usenge shetani atazabyivangamo
Uwahagaritse Maya wese yaraduhemukiye
Abajeunes twakundaga cyane
Rose nitwa Jean Paul ubwire Vanessa ko duhari dufite ingo nziza ziryoshye ngewe maze imyaka 19 murushako nashatse 2005 kdi nukuri turaryohewe na chr wange ndetse nurubyaro rwacu dufite bane kdi beza
Imana ikomeze ibashyigikire kdi Ingo nziza rwose ziriho turi abagabo bo kubihamya.
Vanessa urimwiza pe. Ariko reka nkubwire abahungu benshi arabeshya. Ashobora kukubwirako akijijwe kuberako agushaka mwamara kubana agahinduka . Rero uzitonde cyane.
Ooh vanessa I love u more,ese umuntu ukunda movie wamufasha ok kugira ngo yinjire muri uyu mwuga
Ubundi vane twebwe abantu harigihe twibeshya cg uwo dushaka akaba yatubeshya tugahitamo nabi ahubwo twareka Imana kuko ituzi kurusha uko twiyizi yaduhitiramo, wizere Imana kdi uyisabe izaguha uwo wifuza inakubakire❤
Rose you’re the best female RUclipsr in Rwanda according to me!🥰🥰🥰
T
sha, nukuri uyo mukobwa ni mwiza, kandi afise imiconkunda cane. ndamuzi akina ama film menshi, umukobwa wumufasoni kweri. nukuri iyomba ntararongora nomuterese nkamwirongorera. canke ndamugire uwakabiri abinyemereye
wooow 👏
l
@@pierreclavernduwimana1974L
Moio
Rose na Vanessa mwakoze ikiganiro cyiza, nabakunze cyane. Vanessa ahumure rwose, akomeze kurinda indangagaciro z'ubunyarwandakazi yifitemo, ashyire imbere Imana izamuha urugo rwiza kandi ndarumwifurije
Vanessa ndagukunda cyanee Kandi ubu nkwigiyeho byinshi cyanee 💪💃💃 and Rose uri umubyeyi mwiza
Babucura tumenyane ❤😅
Twahageze chou😂❤
Tumenyane pe😂😂😂❤
Ese namwe murateta cgw menye ibindeba😂😂
Hejuru cyanee😂
@@NyasukuEmeryne njyewe ndateta ariko harigihe basaza banjye bajwibura ngo meze nkicyana kingagi😂😩
Rose wanjye thank you! Unsabire ba Maya basi bazongere bazane indi film barimo bose uko bari bameze muri Maya. Murakoze 🙏
Hello Rose?!
Thanks really kuba utuma tubasha kumva umuntu nkawe apana nka film or uko dushaka.kumutekereza.
Vanessa really make me proud kubitekerezo bye especially with her behavior.
And kariya kanyu ko kuri Facebook, narinziko aribo baba babyiyandikiye....uzukuntu najyaga numva jtengushywe cyane.... anyway thanks for all and keep doing the good work.
Unsuhurize Vanessa.
I am her fan especially in MAYA nubwo yahagaze gusa I can't blame her I know.
God bless you.
My best Actress 💕❤I like her ways ❤️😍 stay blessed darling
Beautiful actress 😍 love you Vanessa mwiza ❤️
Nukur nimwiza cyane,aritonda ndamukund ❤️ 🌹🌹 mumunsuhurize
Hoya sha Vane shaka umuntu ntago ingo zose zibishye pe. Hagire abaguha ubuhamya hano
Mme Rose kugirira emotions umukunzi winshuti yawe bibaho cyane rwose,ahubwo mujye muhumuka ,biba kenshi cyaane Niyo mpamvu bisaba gukoresha emotional intelligence all the time.this is a nice topic by the way nayivugaho byinshi.nonese na sister wawe yakunda umugabo wawe rwose,kandi abibona ko mwikundaniye neza. nikibazo dukwiye gushyira k'umurongo dufashanya emotionally.
Wakoze rose kumutumirwa mwiza wazanye , Rose nukuri urumuhanga pee nkwigiraho byinshi🥰
Ndagukunda Vanessa mwiza keep it up nukuri,Maya muyitugarurire nukuri irungu ni ryinshi
Waou Rosechou wakoze kutuzanira akazuba kacu Vanessa, ndamukunda foo film arimo sinayigotwa nagato ❤ big up mwiza wacu
Ababonye Maya bakaza biruka nkange mumpe like,gusa adufash kuko irungu niryinshi kuri Maya peeee
Beautiful Vanessa ❤❤❤
Waramutse Rose! Uzadufashe utumire Scovia kandi hari byinshi ntavuze uzamwigiraho. Nzabivuga wamutumiye. Merci
Rose rekamvuge gutya❤❤❤❤❤❤❤❤ kubera Ibiganiro byawe byiza bambe Imana Iguhe byose wifuza bambe
Urakoze cyane Mukobwa wacu umusubije neza umuntu ukijijwe umubwirwa nimbuto yera
Akina Film Neza.Much Respect 🙏🙌 For Her
Ndagukunda cyane Rose muri ahantu hacyeye pe
Rose big up ni ukuri uri mwiza , uganira neza pe. Gusa Vane icyiriho cyo urugo ntugomba kurutinya kuko ni rwiza pe ,gusa nanone si ijuru rito nkuko ubyumva cg se babivuga kuko ni nk'ishuri reka tuvuge gutyo. Uyu munsi uratsindwa ejo ugatsinda ubuzima bugakomeza , mbese hagomba kubaho des compromis kugira rurusheho kuhuza abantu babiri bahuye bararezwe baranabayeho mu buryo butandukanye ,ahubwo icyambere cy'ibanze kdi cy'ingenzi ni communication no kwizerana . Ubundi kabisa urugo ni rwiza cyane hubwo nkuko Rose yabivuze iyo habayeho kujya inama kuri buri kimwe no kwihanganirana.
Rose ndagukunda cane❤ Imana izampe guhura nawe❤❤❤
Rose ego sha ibiganiro vyo guteka ubigarukane ubivange nibindi biganiro... thank you ❤️
Arakabije da! Sha urugo ruraryoha ndi umuhamya wabyo! Ahubwo ni ugusenga Imana ikazaguha umugabo ugukunda cyane maze uzumve ubunyunyusi bwabyo!! Ibibi kubera ko aribyo bivugwa cyane bishaka kuganza ibyiza bigaca intege ababyiruka ark rwose urugo ruraryoha!
Nonese ntagira ababyeyi? Nabo byaranze?
Duhe ibanga ko ntamuntu ndumva aza kuvuga urugo NGO urugo rwe nirwiza kkkkkk wabigenje ute
Natubwire rwose kuko njye nihohantu nagiriye igikomere
Erega abenshi barira ngo ingo zabananiye baba bashatse abagabo kubwo imitungo afite cg c nawe agashaka umugore kubwo akazi keza wo afite cg iwabo hakomeye cg isura ati umugore ufite ikibuno akaba ariyo ntego yambere yitaho kurenza ibindi, cg umusore muremure ibyo rero nta rukundo pe, ikindi nawe mugore ugomba gusenga wizeye kd ukumvira mwuka wera akakuyoborera urugo, ariko c niba wibera mubitotsi ntuzi no kwiganirira ni iyakuremye ngo wihererane nayo uri wenyine ubwo koko urwo rugo urumva satani atazicaramo mpaka, nahubundi nanjye mfite urugo rwiza ndumazemo imyaka 7 ariko ntantonganya cg uburakari buba murugo rwacu kd nizeyeko Imana izakomeza ikadufasha kugeza igihe tuzavira mu isi
Seriously I miss Maya so much
Rose thanks for bringing the beautiful lady ❤❤❤💖💖love her and admire u so much💖💖🌹 much respect, u always give us something great! Keep it up Vanessa🌹
Vanessa Mukobwa Mwiza ndagukunda❤❤ , nkunda ukuntu uri serieuse uri mwiza.
Ndagukunda Rose❤ndahusengera cyane ngo lmana ikunezeze iteka
Go higher ďear niece Vanessa. Urugo it is forever. And you daily work on it. Urugo rwiza ntirwirema! Ruraharanirwa. Amour, prière, patience. Pardon et partage sont des outils du succes dans le marriage
Vanessa so cute and love ❤️
Rose wakoze kutuzanira Vanessa ndamukunda peee ❤❤
Ariko mana mama ndagukunda cyne nukuri ❤❤❤❤❤
Umubajije neza rwose uti" wamenya umuntu ukijijwe gute?"
Agusubije mu uburyo budahuye n'ibyanditswe byera.
Gusa ushishikariye kwiga witonze ibyo Yesu yigishije byose, wabona igisubizo cyuzuye.
Uri mwiza Vanessa like Beautiful.,pretty,cute.
Irakoze nukuri ndagukunda cyanee ❤️💋💯 cyampa nkazakubonap mama wacu wakoze kumutumirap❤
Rose hobe ndagukunda cyane
Muribeza cyane❤
Rose wakoze njye nkunda Vanessa njye uzaduhuze kbs ndumu Kristi Catholic ndirimba muri Pueri cantores
Rose ndagukunda cyane wazampaye amahirwe nka 30 min un jour tukazabonana sha niba bishoboka nifuza guhura nawe please!
ooooh shn Rose Imana ikomeze igushyigikire urakoze cyane kumuzana Vanessa ndamukundaaaaa cyane akomeze abe mu biganza by'UWITEKA muzi kera tukiga muri secondary uwambwira ahubwo niba akigira amahane 🤣🤣🤣 NDABAKUNDA 🥰
Welcome in Zion Temple Vanessa mwiza, for sure I do love you so much❤❤ you're my role model
Muratekereza ukuntu mwumva bikomeye kubwira umuntu ko umukunda kugeza nubwo wamubura umureba
Ninako umuhungu ugukunda bimuvuna kukubwirako agukunda arko kuko agukunda birenze uko yikunda ashyira hasi ibyo byose wibaza bikubuza kubimubwira agatera intambwe yambere akakubwira uko umutima we umuhatira kuguhorana
Urashoboye nukuri ukina neza nkunda caractor ya Olive courage❤
Cha. Che ila. Muzi muristimedi. Ndamukunda cyane. Uwampa. Nimeroye naramupfiriyep. Uwampa kambera mugorep
Humura Rwanda ufite abeza tuzaguhoza Amarira mpaka na mahanga araturangarira. Muribeza pe❤
Bazina wange amahirwe masa mubyo ukora byose ndagukunda cyane ❤❤❤❤❤❤❤
Urakijijwe none ngo nturabona itorero ,irasetsa cyane disi ,naze twijyanire kwa padiri ,Sha ndakwikundira Disi .
Gukizwa x waba uzi icyo bivuze? Bsi c uzi ngo dukizwa iki? Bimenye now dukizwa urupfu rw'iteka iyo tumaze kwakira Yesu Kristo nk'Umwami n'Umukiza w'Ubugingo bwacu, rwro gukizwa sidini runaka wabarizwamo
Yoooooo Maya long time kbx , Maya ko mutacyiyiduha b yagenze gute??? Please mwigaragaze turabakumbuye
Ndagukunda Va❤
Njye narinzi ko washatse pèee!!!Vanessa ndagukuuundaaaaa ukina uri serious cyane muri film
She looks like Miss Aurole Kayibanda
Hy, asa na Miss aurore rwose ntiwibeshye
Ikiganiro cyanyunikiza ndagikunze cyaneeeee!!!!!peoreee
Maze ubu ndabona yarabaye mubi ! Uzi za 2020 yari mwiza cyane peee.
Banessa urimwiza pee ndagukunda rwose ❤
Nanjye Rose ndamukunda cyane❤
Ibaze ko nkunda films zose arimo ❤ ndamukunda cyane
Nkunda Maya cyanee
Wawuuu ndagukunda cyne vaness mwiza🎉
Ooooh disi ndagukunze wabatirijwe I wacu ,uri na mwiza
Rose@amashusho ameze neza kbc💥💥💥💥 keep it up ✊✊
Sha Rose ndagukunda nukuri peee nanjye uzanumire
Ndi mwiza period ❤
Uzaze muri woman foundation Cher ❤uziyizire pee
Rose ndagukunda sana uganira neza kdi mpora ngusengera iyaba nahuraga Nawe ❤
Vanessa ndagukunda cyane uzigukina neza urimwizape!
ikiganiro cyiza cyane kandi kiryoshye pe🥰🥰
Maya ndagukunda cyane
Uvuganeza vane❤
Mana we nabakunzeeee mwese mwaganiriye neza ❤
Thanks you ❤
Vanesssa umuntu wa gukoreye make up❤✅mwese muri beza
Vannesa turamukunda rwose, tumwifurije kubona umugabo
Abakobwa beza abahungu barabatinya
Imana ishimwe kukijijwe mukobwa mwiza
Yewee cyazee Maya ndagukunda cn peuh❤❤
ahhhh Vanessa ntukatubeshye mwana ubwo sukutubeshya koko. niba aribyo rero Vanessa tuzahuze nannjye nabuze Girlfriend
Mbaye 1
Urimo umubyeyi mwiza wahekera urwanda rukakwizihira ❤
Much love 💕 vava wacu
Humura Vanessa naguha urugero njya muri kaminuza umuntu nahasanze yahimbwira ko isomo ryamunaniye rikomeye nanjye ntazarishobora iryo niryo nahereyeho nuzuza rero yesu arahari Kandi urugo rukorwa n'Imana na bantu 2 rero imiterere yawe siyo yabo bakubwira ko bikomeye Kandi urugo rurashoboka abantu 2 babana iyo babigizemo uruhare
Ufite caractère nziza, gukunda kuba uri murugo
Hey Rose ndagukunda cyane
Bethesda Gisozi irahari gose..Komeza mu nziza y'Agakiza watangiye..Nibyiza kugira aho ubarizwa(ltorero)
Ndabakunda cyaneee disi keretse ukundanye na Paru pe ❤😂😂😂
Muri beza ❤
Arabeshye cyane aramufite
Not only beautiful but wise girl MAYA❤❤❤❤
Beautiful vanessa
Turagukunda maya💜💜💜💜
Ni mwiza peh❤
Rose uratunezeza cyane ❤