NAKOZE DIVORCE N'UMUZUNGU KUKO ATEMERA IMANA|Hadjat JOLIE avuze amagambo akomeye|UMUGABO SI UMUTWARE
HTML-код
- Опубликовано: 20 июл 2023
- Niba wifuza kuvugana na ISIMBI TV, kuduha ubuhamya bw'ubuzima bwawe cyangwa inkuru idasanzwe, duhamagare kuri +250784838126
#IsimbiTV_0784838126
KANDA HANO UREBE: ruclips.net/video/8ozC_9j0vWM/видео.html
Sabin nkubwire uzakizwe burundu wigira umuntu mwiza ukavuga namagambo meza utangiza ngo ufite ibibazo uwobitagenda neza yihangane warangiza umuntu yagutabaza inbox cg yakwandikira Aho kumuhumuriza ukamwihorera ntukajye urobanura kubutoni uba ushaka guhitinga uri mukazi ushaka views ntakindi narakuvumbuye sumutima mwiza ariya magambo ubanza kuvuga ujye uyareka Niyo abawe wahumishije akadeyi bantuka ariko narakuvumbuye gusa urubanza Imana izaducira twembi hazaca uwambaye
@@mwihaneisiigezekwiherezo3465birashoboka ko wamwandikira nabibone kuko ababa bamwandikira nibenshi wikumvako ibyavuga aruburyarya kdi buryaharabahumurizwa nariyamagambo gusa
@@mwihaneisiigezekwiherezo3465Ariko urabanza umenyene neza imbere yoguca urubanzako yabonye message kuko yandikirwa nnabantu benshi sinibazako yosoma messages zose ngo abishobore.
Umuma ndamukunze arimwimana avuga ukuri
Abagabo 😮bahano bishakira imibonanogusa urukundo ×😂😂😂😂
Nduwambere abakunda uyumuvyeyi like hashe ndagukunda Hadjat Jolie mwiza ugira umutima wurukundo abavyemera like hashe
Nibyo kabisa agira umutima mwiza
Ndagukunda cyane maman Jolie May Allah give you Jannah ya Firdaus InshAllah
Nimbere y’Imana nsangira n’umukozi wange iki nsinze nukumutuma tuma ark mukuri ntaho muheza nagashuti kange nako kankundira utwana 👌🏾👌🏾ibyo byimigati igikoni niwe manager 😂 sinkunda numuntu wivanga mukazi ke knd bituma akora akazi ke neza rwose. Namwe bamabuja muzabigerageze muzabwira result
Adeper nyisengeramo ariko bagira itiku namwe muribo, kobirirwa barira muri restaura zabo se
Sukoc muvandi🙏🙏
,ndisabiye ,Dukumbuye ikiganiro cya we(Sabin) na Babo
Sha abarabu kazi nabo ntibubaha abagabo icyabo ni fone gusa nokuryagagura.bagira umwanda kubi ntakintu yakora nokoga nihatari ubundi nukwipuriza ibiparufe.
Maman jolie babarire abakizwa Nuko wewe ico wabikoreye nta gwanko gwarimwo Allahu yarabonyeko atakanzi karimwo wewe ico wakoze manshallah warahembwe.
Ama kweli dunia ina watu wema ...sabe mungu akuzidishiy utakaco kbs uritanga muri vyose Hama nuyo. Mushiki wacu allah amwongereze ivyo kuriyisi vyiza no mwijuru imana izomuhe ijuru nabamukomokaho Bose Amina Amina amina
yesu ni inzira ni ukuri ni ubungo, afite icyo aricyo kuko ni umwana w Imana
Hadjati Jolie Allah we uhembera ibyiza azabigusgushyirire ku munzani w'ibyiza na Sabin Allah azamuyobore amuhe umusilam Ishaa'Allah nkubda ibikora bye nokwichisha bugufi imana ikwishimire
Imirimo yamaboko siyo ijyana umuntu mwijuru,kwakira agakiza twahawe na Yesu winazareti nibyo bijyana umuntu mwijuru,kuko imirimo mwiza yamaboko n'umunyabyaha yayikora,umunyabyaha yagaburira abadafite icyokurya,yatabara abababaye,yasura abarwayi,yakwishurira ibyakugoye kwishura,yewe umunyabyaha yakora nibirenze umukiranutsi yakora,ahubwo nuwo mugabo mwatandukanye nawe ubwawe uziko hari imirimo myiza akora kandi atemera n'Imana. "IMIRIMO MYIZA ITARIMO AGAKIZA KAVA KURI YESU WINAZARETI NTACYO IMAZE KURI WOWE UBWAWE UYIKOZE KUKO SIYO IZAKUJYANA MWIJURU"
Jesus ubwo ibintu uvuze urunva aribyo Koko wewe se kuri Jesus wakoze ibihe bikorwa Ra?! Wecira abantu imanza muvandi ubwo nubutiku nubushyari ntacyo ufite ubwira abanyarwanda nonsense.
Ariko mwagiye mureka ubujii n'ubugoryi.
Wavuga ko se wemera Yezr ute udakora imirimo y'amaboko myiza?. Wa njiji we kuvuga no kwemera Yesu nibyo bizakujyana mu ijuru. Uwo Yezu ko wumva ari uw'i Nazarethi se ubundi muziranye he, ahubwo wowe amere Yezu Kristu apana Yezu w'i Nazareti
@@boscomutatse9644 @nailaniyonkuru2560 haribyo mushobora kuba mutunvise neza,reka nsubiremo"NTABWO WABANA N IMANA MWIJURU UFITE KAMERA YICYAHA,BURI MUNTU AFITE KAMERE YICYAHA AVUKANA ITURUKA KURI ADAM,KUGIRANGO UBANE N IMANA NUKU IYO KAMERE YICYAHA IKUVAHO,KAMERE YICYAHA RERO NTABWO IKURWAHO NIMIRIMO MWIZA YAMABOKO,IKURWAHO NAMARASO YA YESU KRISTO WINAZARETI YADUCUNGUYE,IYO UMWAKIRIYE MUBUZIMA BWAWE IYO KAMERE YICYAHA IKUVAHO,KANDI ABAKORA IMIRIMO MWIZA BOSE SIKO BEMERA YESU KRISTO WINAZARETI NKUMUKIZA,NDANGIZA NAVUGA NGO:GUKORA IMIRIMO MWIZA GUSA UDAFITE YESU KRISTO WINAZARETI NKUMUKIZA MURI WOWE UBONA INGORORANO YAWE HANO KWISI GUSA NAHO GUKORA IMIRIMO MWIZA UFITE YESU KRISTO WINAZARETI NKUMUKIZA MURI WOWE INGORORANO YAWE NI HANO KWISI NO MWIJURU"
Urakoze uvuze Ibintu byiza. Yesu aguhe Umugisha 🙏
NTA Kamere ahubwo wewe ufite urwango rukurimwo twubahe imyemerere ya Buriwese nibyo byiza sibyo Nuko Aru musilam ntakindi Koko birabaje Kuba harabagifite ibyo bitekerez.ntaho utandukaniye nabanze ibyokurya NGO Kuko arabasilan.none se udasenga yesu bibaye ikibazo nacyo nooo twisubureho ubutiku ntaho buzatugeza.buriwese yubahirwe imyemerere ye.
ADPR 👎, mwicishije abantu inzara kuko ibiryo byari byateswe n'abayislam? Iyo mubifata mukabyeza mu izina rya Yesu ? Ubuse ibyo mwirirwa murya muba muzi byatetswe nande? Kubera irondadini ryanyu, nimmwe mutuma abantu badakizwa. Mwirirwa muca imanaza gusaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaa. Ndumva ndakaye koko.
Sha ahubwo ndumiwe p,subwo koko byabayeho??yesu iyaza kuba ahari ibyo biryo ntibyari gusubirayo p😢gusa ndumva bibabaje.ibyo bintu sibyimana yirwanda,nonese ntabwo bajya bajya muri restaurant?? Ndumva mbirakariyemo p, lmana ntibikunda ibyo bintu nukuri.
Ndakwumva wewe cane!idini ryanje imbete cane muri kinp gihe cane gusumba gukora ineza.
Nshaka kumenya umugani ibyo bariya byose baba Bazi uwabitetse😂😂😂amandazi Bazi akorwa nande😅ubu ndikwibaza ADPR uko yasigajwe inyuma n'idini
27 Umuntu wo mu batizera nabararika namwe mugashaka kugenda, icyo bazabahereza cyose mujye mukirya ari nta cyo mubajije ku bw'umutima uhana.
28 Ariko nihagira umuntu ubabwira ati"Icyo cyaterekerejwe", ntimukakirye ku bw'uwo ubivuze no ku bw'umutima uhana,
(1 Abakorinto 10:27;28)
Uyu muman ndamukunze gusa abakoresha sibamwe njye mabuja wanjye ampa agaciro turasangira burikimwe cyose ikindi mbaho nkubana numubyeyi ndamukunda cyane kuko aranyubaha akananyubahisha sinabona amagambo yamuvuga ukwari
Ma Nsha Allah turangana imana ikomeze iguhe kurama kwiza uzarenze 💯
Arikose ubundi abazungu Anyafrica mubakundamo iki koko ntibanyurwa ahubwo baraharara, sindumva Hari umunyafurika basazanye umva 1% yewe nabazungu.bene wabo byaranze, mumagambo make ntibubaka!!
ADPR isigaye intera icyirungurira pe. Ngo ntibarya ibiryo batetswe nabasiramu😅 ibyo barya muma restaura baba bazibyatetswe nande? Bafite ubugoryi ntarabona🙄
Gutukana sibyiza nshuti gusa nihiraga
Sorry nihitiraga
ADPR harimo ingengabitekerezo nyishi
27 Umuntu wo mu batizera nabararika namwe mugashaka kugenda, icyo bazabahereza cyose mujye mukirya ari nta cyo mubajije ku bw'umutima uhana.
28 Ariko nihagira umuntu ubabwira ati"Icyo cyaterekerejwe", ntimukakirye ku bw'uwo ubivuze no ku bw'umutima uhana,
(1 Abakorinto 10:27;28)
Nibamuzi abantu bahembera inzangano ni ADEPER bangabandi banyamadini bavugako arabapagane kandi mubyiza idusaba bontibabishobora mwarakoze nziko Imana mwakoreye yaranditse mubareke abantu twagiye tubimenya rwose Abasilam murabantu bimana mukoraneza ntibabarusha kubaha Imana Mukunde cyane maman paster mureke abamurwanya❤
Sha bihorere ahibwo se iyo babyakira bo ntibabirye bakabiha abashonje ko ntekereza ko mubari mukiriyo Bose batanganyaga ubushobozi Hari bubure about bigirira akamaro baba bahaze amaturo yabandi no kubatekaho imitwe bakabarya utwabo umunsi bakennye bagasonza bazajya gusaba kumuhanda kdi ndahiye ukuri kwimana ko ntibazasaba abarokore gusa lmana yo mwijuru izabahe ikibakwiye
Urasaneza mama ndagukunda ufise Imana muriwewe 😍🥰🥰🥰🥰🥰
waoo mbega vyiza cyan. Sabe nyagasan. Abampere ibyiza byose. Bibaho. Mwempi wallah. Nda bishimiye kubabona. Mwempi.
Joli ndagukunda ufisenabana beza mufise urukundo❤🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Sha jewe ndumu Christo ariko nkunda aba musulmans caane🥰🥰🥰🥰🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Sabin ukora ibintu byiza uwo mu Mama ararikocoye.....Ibiganiro byawe biranyura ❤❤❤❤
Ndabakunda mwembi❤️
Sabin nsuhuriza uwo umuvyeyi ndamukund cane ❤❤❤❤❤❤
Allah azaguhe iherezo ryiza ibikorwa byiza ukora kumunsi wimperukaizagushyirire kumunzani izaguhe ijuru risumba ayandi Fridauss ndagukunze cyane
❤ Allah abakomeze mwese !!!
❤❤❤
Be blessed mama
Ubujiji n’indwara ikomeye cyane.
Masha'Allah ❤
Manshaa Allah habibati Allah akurinde na family yako nawe sabe 🥰
Blessings Blessings
Urumuhanga cyane Uri Smart kbsa
Ndagukunze wamubyeyiwe❤
Hadjati na M Angelique kumyaka 50!murasa gutyo baby faces kabisa ariko nukuberako mukunda IMANA nayo ikabasiga❣️👌
Uvuz neza kweri
Mubyiyi ni woe kitegererezo cya twese imana ige iguha umugisha knd ufite ijuru uzanarigeramo kuko bwitange bwawe nubutwayi bukomeye
Ndamukunda uyu mumama ❤
Stay blessed Jolie
Amen ❤ urampuguye❤
Imana iguhe umugisha mubyeyi mwiza
Imana ni nziza. Beshi nuko batekereza.Imana barayituka etc
Masha'allah
God bless you mama
Sabin ndagukundira ibikorwa vyawe , ndagukundira nuko ukunda Imana kandi ukayubaha. Nkubu uvuze ngo *YEZU MWIZA !! * numva ndagukunze kandi........
Bonjour ma sœur Julie 😍😍😍
OHH MY GOD JOLIE GOD BLESS YOU
❤❤❤❤❤imana ikomeze ikwiteho
Warakoze peee. Gusa natwe aba kristo iyo dutumiye abayisiramu muminsi mikuru banga gusangira natwe ngo turi abakafire
Nibababwira gutyo muzababwire ngo nibakizwe babe abasilam bukuri ntibakabe abaswaili
Yoo ihangane Kuba waratekeye abantu barikukiriyo ibiryo ntibibagereho.
Abanzeko mubinjyana ntabwo basobanukiwe !
Ntabwotuzanjya mwijuru kubwamadini
Imirimo myiza niyo izatugezayo. Imana ikomeze kuguha umugisha kubwimirimo myiza ukora utavanguye amadini.
Oya ,yesu niwe uzatujyana mu ijuru ariko bakoze amakosa yo kwanga ibiryo bari bubisengere mu izina rya yesu,
nkunze cyane ahantu sabin avuze ngo "yezu mwiza!" ni mwiza koko
Mama yangu uliongai ukweli🇸🇦🇸🇦🇧🇮❤️❤️
Umwami Yesu arikungoma, ntumujyereranye nabo bose uvuga
Jolie njyewe Ndagukunda pe kuko woe unshyira mugaciro rwose
Ariko Sabin aransetsa" ngo Yezu mwiza" harabantu benshi bemera gutyo,nzi na church yabo bemera science gusa
None ni igiki catumye amujako kandi azi ko atemera Imana. Nibindi bapfuye.
Wowe urinde wo guhakana ibyo nyirubwite akubwira
@@lolitaimena9782 ikibazo cyiza cyane ! Thank you 🙏
@@lolitaimena9782😂
Sukoc!
Kumva neza ikiganiro mbere yo kwandika comment ningenzi! Wongere uhere aha 32:25 yabisobanuye.
Urimwiza urakeye cane❤❤❤
Mashaallah
Mashallah ❤
Sha Cyewusi komeza ubeshye abatakuzi, ayo wambuye Anvers ukayirira warayashubije? Wataye umugabo wumuzungu ukennye, umutana abana ujya kurongorwa numuhungu wa Kabaya.....Nyakwigendera Rip , yarakwanze akiriho, ugaruka kumugabo usanga abana , ahubwo ninfura, ko wagarutse akakwemera! Imana ishimwe niba warakize yewe ujye uvuga make kuko abatagucaho bagera kumana yacu! Wicimanza, Ikorere MKTG, Rondora amazina yooooseee! The bible say s when you give to the needy, do not let your left hand know what yr. right hand s doing. Barakuzi wivuga ngo ntibafasha bazi aho bacisha.
Ark muhinda kubii ubux kukwanbura urumva byadufasha icyii raa ahubwo yakwambuye makeya uzaze kwi simbi ubivuge ureke kujwigirira muri cmnt😂🤗
@@marorajentille2879 ukuri kuralyana! Kobikuriye nkaho uriwe! Abatamuha bafite ukundi bafasha!!! Nareke kwiha abantu!!!!Baramuzi kandi bazamumenya!
@@marorajentille2879 kubera ko Isimbi ariyo uzi? Ndiho cyane mubifitiye rubanda akamaro!
Hadjat Jolie Allah azaguhe iherezo ryiza.
Love from wive tv
Numva murinjye icyazampa nkahura nabana bawe nakishima narabakunze❤
Sabe wazamuje mutu Mu mama
Ndamukunda jolly
27 Umuntu wo mu batizera nabararika namwe mugashaka kugenda, icyo bazabahereza cyose mujye mukirya ari nta cyo mubajije ku bw'umutima uhana.
28 Ariko nihagira umuntu ubabwira ati"Icyo cyaterekerejwe", ntimukakirye ku bw'uwo ubivuze no ku bw'umutima uhana,
(1 Abakorinto 10:27;28)
Uwomumamanyagadani amuhe umugisha
Mansha Allah
Allah azabibahembere azabahe ijuru rya fildaus
Mwihangane , MWe mwakoreye umugisha nubwo abo mwashyiriye banze kubakira
Nukuri bihangane
Yes maman nukuba fièr yicuri
Nari nafatiriwe uyu muntu 🇧🇮🇧🇮
Hadjat 🥰🥰🥰🥰✅
Wapi muri Belgique witwikiriye ntibakwemera . No mukazi ntibakwemera.
Umushaka se Ntabwo wabanje kumubaza ko yemera Imana?
Umva yemeye kuba umusilam nyuma avamo so fault ya jolie irihe?
Mwijuru ntakurongora tuzibanira n'Imana❤
Shikamoooo 🥰🥰🥰🥰🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Yoooo HAJATI Mama Jolie Nyagasani aguhaze uburame, uzagire 100👏👏👏 Hassan Imana ikwishimire 🙏🙏🙏 ndumva dutewe ISHEMA nawe kukugira muri ayo mahanga🙏🙏🙏
Iyo umubahafi kugeza ashaje Wenda yari kuzahinduka ashaje. ufite urukundo ruhishebyishi ntawata umugabo azi lmana byukuri ahubwo yamubera itara mpaka ashaje umuta nugambiriye ubwigenge kugirango ajye akora ibyashaka ntawumubaza Kandi byeze mubagore bibibinyejana none nawe (ubarimo) ubwose ubarushiki?
Umva chou yabanje kuba umusilam nyuma abivamo kandi twebwe idini yacu ntagahato kabamwo kandi nyitwemerewe kubana numuntu tudahuje ukwemera
Nizere ko usobanuriwe noneho impamvu batanye
isimbi tv ❤️❤️❤️❤️🩹❤️🩹🤍 wakoze kutuzanira mère ku isimbi tv ❤️❤️❤️❤️❤️
ADPR Rwanda ifite ikibazo iki?? Ngo ntibarya ibiryo aba slam batetse!!
Ndumiwe
Noneho Eid ubatumiy ntibaza??😅
❤❤❤
Jolie uzatubwire ukuntu intumwa y’Imana MUHAMAD yashakanye n’umwana w’Imyaka 8. Ni ibyo numvise nta makuru y’ukuri mfite
Hadjati Jolie,NYAGASANI YEZU AGUHE UMUGISHA KUBERA IBIKORWA BYAWE n’urukundo ugira
Murabesikoro kowamutaye ukamugurana imyenda nidini
Sabe nanjye uzansure pe
Watandutanye n' umugabo wawe kuko wahisemo imico y' abarabu ukanga iyo abanyaburayi. Bimenye mwana wa Ma!
Jolie uvuze ukuri kabisaa
Hhhhhhhhh Adpr rwose Imana iba babarire nawe iguhe ibyiza byose ikurinde gucyena
Mamawe nukuri naragukunze p
Joli nteye commenter kubera wowe,ahari abagore bo mububirigi nibo badakura,ngwino urebe norvege ,twese dukora kimwe ntamugore ntamugabo twese turakora icyuya cyikaza,nukuri muri norvege umugore utarwaye byemwjwe namuganga arakora joli
Buriya ADPR ijuru baziko ariryabo😅😅😅😅mbibutse ko Idini kuyibamo udakora neza nta musaruro bazigera babona imbere ya Nyagasani. Kandi Ineza y'umuntu niyo imutera gukundwa.uwo mugisha mwarawukoreye Allah yaranditse.
❤❤
Maman jolie usa neza
Yoooo, birababaje kuba mwararushe muteka bakanka kuvyakira n'ukuri. Yesu abaharire
Jolie rwose nawe uri akaga🤣🤣🤣
Imana izaguha Yozefu ngo akubere umugabo mw'ijuru nko bigende gute?
😂😂😂😂 Jolie arandangije ngo azabana na Yozefu, ngo abagabo nabo bazahabwa amasugi mw ijuru
😜😜😜Mwijuru barongorwa we😅😅reka turikorere ndumva bitoroshye. Ibintu by'lmana ko mbona babivuga bitewe nirari bafite mana dutabare.
None c Nimba peter atemera Imana akaba afite imico myiza muzasubirane.uwo wakabiri c muracyarikumwe ??
Ahubwo ukyeneye gukurwa
Urimwiza
Ndabemeye nange ntabyo nadya pe....umuntu utemera Yesu nkumwami numukiza..iyo mubaha fr se...ayo masadaka yanyu abarimo byishi....turi muminsi yanyuma ntamuntu wo kwizedwa...nabavuga Yesu ntibyoroshye nugusenga cyane
Hanyuma uwo Yesu ko ugomba kumwizere kandi ko uwamwizeye ntacyo azamuburana ibyo biryo mubirya mwabisengeye .byarimo iki
Exe kucyi muvugako yesu ntacyo aricyo kuki mwemera imana kndi mutukayesu?
Ko nziko se restaurant zaba Islam arizo tuzi ziteka neza aba ADEPR simbona arizo bariramo?
Ahubwo se namba basenga vyukuri namba batinyako bihumanye ko batabisengeye ngo babihumanure!😢😢😢
Adpr bariranda pe nimba nomwijuru ariko bizagenda simbizi gs kwanga ikiryo sibyiza harinigihe usanga ibyobazanye atajya napfa kubibona iwe murugo ariko ugasanga irase ngo wapi sinabirya kubera bivuye ahahanaha ahubwo mwarayobye abasengera muri adpr
Adpr namatiku I can't judge but ijulu bazaryumva mumatangazo
Nayo mahirwe yo kuryunva mumatangazo bamwe muribo ntayo bavunva injiji gusa
@@user-og3os7tb7j 😂🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣😂😂 ndapfuye