BREAKING NEWS🔥 RAYON🔵 IFASHE UMWANZURO KURI ROBERTIHNO, ONANA, SAIDO NA OJERA BOSE BAKOMEJE KUVUGWA

Поделиться
HTML-код
  • Опубликовано: 3 июл 2024
  • #0784221145 #rayon #rayonsports #murera #agezweho #football #rwandaupdates abavugwa Bose muri Rayon sports 🔥 umva ukuri kweruye kubashakwa bose
  • ВидеоклипыВидеоклипы

Комментарии • 9

  • @ChadadiHabimana1996
    @ChadadiHabimana1996 4 дня назад +2

    Courage bro

  • @mucanzigodeogratias3804
    @mucanzigodeogratias3804 4 дня назад +2

    Gusa Rayon turatuje, tubirimo neza. Ndsshima cyane ubuyobozi bwa Jean Fidel, bubirimo neza ntagitutu kigikora . Ababyamakuru byarabacance

  • @FestoNSENGIYUMVA2
    @FestoNSENGIYUMVA2 4 дня назад +1

    Yatujyezehoo

  • @nsengiyaremye-th8el
    @nsengiyaremye-th8el 4 дня назад

    Turabanda 7:42

  • @nkomatiinnocent9635
    @nkomatiinnocent9635 4 дня назад

    None se ibyanyu namanyanga gusa,tantot ngo Ojera muli police ou est là vérité.

  • @LovelyBasketball-xg2ud
    @LovelyBasketball-xg2ud 4 дня назад

    Ojera avugwaho ngoyanze

  • @mucanzigodeogratias3804
    @mucanzigodeogratias3804 4 дня назад

    Nonese, nihehe SG mwumvise avuga ko Robertinho, Onana cg Ojera?

  • @UwiringiyimanaFils
    @UwiringiyimanaFils 4 дня назад

    Hhhhhhhhh woe amakur wayakuyehe c

  • @Blessed-eu8sd
    @Blessed-eu8sd 4 дня назад

    Mbeega Nt'aamahoro ga mutaangaazamakuru?
    Ni ko ye, iyo nkuru ya Yuvenal wahoze ari umuyobozi wa Kiyovu FC Koko n'iimpamo ariifuuza kuuza muri Rayons?
    Oroha muvuge iki kiintu. Kuba abafana bamwe na bamwe baa Rayons baakwaanga kwaakiira Yuvenali ngo n'uuko yari umufana wa Kiyovu, guteekereza gutyo ni ubugoryi. Bamwe mu bafana ba Rayons ni impwiishi. Biiruka inyuma ya Rayons ariko ntaa bgeenge bafite bgo kumenya uburyo bgoose bgaakoreshkwa bgo kuubaka Club yaa bo igakira. Kuubaka Club si umukino. Waarop nka ubufasha bihaagije nk'uubgo ukabukina ho kaandi ubukeneye? Abavuga ko yaaza akatwiicira Club, yaayiica ate? Ni ikiihe kiintu yaakora kibi ntikimenyeekane?
    Gyeewe n'iibyo byaa Bus si byo ndora. Ikyo ndora ni umuuntu waaba uje adusaanga uwo ari we. Yuvenali si n'uubonetse weese. Kumuuzana ni ikiindi gitsiindo Jean Fidèle azaaba akoze, niiba koko ashaaka kuuza murinRayons. Fideli amutuuzanire.
    Beenci tuuzi uko Yuvenali yavuuye muri Kiyovu. Utabiizi azaabibaze. Niiba ahuungiye muri Rayons Sport, ni gute bamwe batiinyuuka kumwaamagana? Ndetse ibyo gushaaka kuuza muri Rayons birakyaari n'ibihuuha, ntaa n'uwaabihamya ko ari inkuru nyakuri.
    Ariko biramutse ari byo koko, Atari impuuha. Uwo ari we weese waapima kuzaamagana Yuvenali ngo ntaaze muri Rayons muzaamubgiire ngo: Rayons Rayons ni umuryaango munini w'abanyarwaanda boose kaandi udaheeza uuje awugana mu mahoro.
    M'umuco waa twe, iyo umuuntu aje agusaanga ari umunyamahoro, akakuraambuurira amaboko kuguhobera, mugwaana mu gituuza ntuumwiiyama. Niiba azanywe n'amahoro, amahoro abe kuri we.
    Gusa niiba Koko ari ukuri, Yuvenali agoomba kubaanza kwaakiirwa, akabaanza kuba umufana koko agafatanya n'abaandi gukorera Club. Ibyo kuzaashoora amafraanga n'ubuundi ni ho Club iri kugana. Aho dukeneye abanyabutuunzi ko bayishoora mo imigabane. Kuko nteekereza ko Yuvenal koko ashoboye amafraanga muri Rayons byazamugirira iziindi nyungu mu gihe yaakora neeza.
    Ibyo mbivuze kuko bari ho kubihwiihwiisa kyaane. Naaze yiihuuta ahuubgo. Abaanze ariko yiicare abafana babaanze kumwiiyumva mo. Niiba ari ukuri iyo nkuru ariko. Kutamweemera kw'abafana baa Rayons byo byaaba, ni kimwe mu bimenyeetso bigaragaza ubuskwa mu miteekerereze y'abafana baa Rayons bamwe bagifite ibiteekerezo bishaaje bidafite umumaro na muke.