MU IJORO RY'UBUKWE Kuryamana Uyu mugabo byaramunaniye💔😢Bansaba guta Uyu Mugabo ariko SINAMUHEMUKIRA😢
HTML-код
- Опубликовано: 29 ноя 2022
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha Развлечения
Reba indirimbo ya Plaisir na Annette yo gushima Imana: ruclips.net/video/C8fMs2sAQB0/видео.html
Gukorera Imana ni byiza cyane bitandukanye no gukorera umuntu nuko umukorera uvunika akanga akakugaya ariko Imana yo......
Uyumu maman ni umunyabwenge pe Imana ibakomereze urukundo rwanyu
Erega uwiringiy'Imana ntizamuhemukira!
Umva nshuti y'a Yesu, ntuheranwe no kuba utarize! Nzi abaherwe babaye abatunzi murwego rwo hejuru, wowe saba Ishoborabyose iguhe vision yicyaguteza imbere!
Tandukana n'amateka, Imana itanga iyerekwa ryiterambere!
Imana ibafashe kdi ikoreshe abantu bayo
Humura muvandimwe lmana izabingenza neza
Mwivugire ibya yesu ntibirambirana .Erega kuvugako ko yesu akiza ntibidukoza isoni .ntimuzacogore guhamya yabakuye kure .niya nkibyumva kdi,nizebyinshi.
Mwihangane lmana izabaha umugisha
Disi bafite urukundo nubwo ubuzima bukakaye uwiteka abagumeho ubutunzi buzaza
Muri abakristo kbs
Plaisir titre si iyo mûri Adepr ! Uzabikosore ujye ufata umwanya wo kuyitekerezaho. Gospel kereka niba musigaye mutwika....
Ariko burya Plaisir nasanze urumunyedini wahatali nukuntu wamubaza ahumuntu asengera. Ariko umenyeko nidutaha kwa Data ntazibaza ivyamadini. Ariko ugira Imana kko ufasha abasengera muri ADP R
Titre be nivyo bariko baravuga bitesha agaciro umurimo kandi live kumbure harivyo kuvugira kumugaragaro canke ahabona.
Byiza wavuga ngo mbwira umutware wanjye, cyangwa mbwira "kanaka" izina umwita mu rukundo rwanyu!
"Mbwira uyu" , sibyo !
Ndabakunze, Imana ibahe imigisha myinshii.
Bezaaaa cyane
Yoooooo,Imana ishimwe ko byemeye.
Ntawayikoreye ngo yikorere amaboko izabarengera
Muhumure rata ubuhamya nibwiza bukomeza ababwumva muzirinde gusa gukora ibyaha
Umurozi nk'uwo ntakwiye kubaho
Murashimishije!
Charite bisobanura urukundo
Ariko isi iragabishahehekoko
Ahaaa
Ark izi nkuru🤭🤭
Introduction irakaze
Mperuka babasohora munzi
Wabonye se bitari bibabaje cyane koko ?! Erega ntawe useba abishaka ; icyo nizera cyo n’uko Uwiteka azanyuranya ibihe bazatabarwe pe
MPORE CANE IMANA IBARENGERE
🙏🙏🙏🙏❤️❤️❤️
Uyu muryango nawo urarambiranye inkuru zanyu kuzenguruka ku ma cano muzahinduka nka ba yakamwana.mwo gukomeza kwitaranga turabarambiwe.ifiriti washakaga warayibonye none vaho kbsa
abantu muribabi kabisa non bigutwayiki?barek bivugir .wew urazoreka kubaraba.
uziko usuzugurana?IMANA IZOBAGIRIRA NEZA ntawavukiye kuruha.izofiriti ubatyoza niw waziguz?igih cabo kizogera nabo bagaburir abandi
Imana Ikorere mu magambo uvugiye ku karubanda maze bazongere bazenguruke differents chanels bavuga imirimo itandukanye n’iyo bari kuvuga muri iki gihe ; Uwiteka azabikorere mu kwiyubahisha mu izina rya Yesu Kristu
Nange narabarambiwr
@@ndayisengasophieraissa1300 Ntimukarambirwe abantu batagize icyo batwaye ( ntibatukana ; ntibasebanya ; ntibiba … mubareke ) ; cyakora niba hari icyo wabamariye wihangane ntuzongere kugira icyo ubamalira ! Erega ubuzima kuri bamwe ntibworosbye kandi ntako umuntu aba atagerageje pe
Ariko ubundi ubu konziko kubaha uwiteka aribwo bwenge kuki mwishyira hanze
Ndayisenga sukwishira hanze ahubwo barikubikora neza kuko barikwigisha cg gufasha benshi bashobora kuba babicamo cg bazabisengera bikazabafasha gudatandukana bakagira kwihagana