Mwaramutse, muzakore ubushakashatsi hari huile d'olive itekwa "pure et raffinée" hakaba nadatekwa " extra vierge", aya iyo atetswe kurenza 180° ni uburozi. Imana Ibarinde.
Reka reka jya ubanza wige ibirebana no guteka no kurya (nutrition). Kuko ibyo ukora bitavuze ko ari byo byiza ku mirire myiza. NTBIBAHO GUTEKESHA IFIRITI OLIVE OIL.
Ariko abagore ubanza mutekereza ko abagabo batagira umutima! Ese umugabo we abwiwe ibireshya amarangamutima ye ntabwo yanyurwa? Mureke gusenya ingo mwitwaje gushukana! Ese uwo mugore harya we ntiyasenye urwe! Reka nigendere da......
Maman Charlene wahereye muvyi Mpwemu ariko ugiye gusozerera mu vyumubiri, amagambo yawe uvyuka uvuga ivyu mubiri, Yesu kristo agutabare wajanywe nama chanel cane usigaye uri umu Star wama chanel, uraraba ko bitazogusubiza inyuma
Ntabwo umugore yesu Tagiriye neza ntashiturwa nizo ca cyangwa utwo tugambo kuko niba anazimuha se mushaka ko azajya aza kuri youtube ndumva ukataje mwivugabutumwa rishya ikindi ayo madini nizo nzu zayo nta MANA ikibamo
Arko abagore murikunda ye mbese mwifuzako abagabo bababwira ko muri beza naho se mwe mubabwira ngo iki ra?urukundo ni simultanee wangu ntawe uhatiwe gukunda undi
Kanda hano urebe ibindi biganiro bya Mama Charlène: youtube.com/@mamacharleneofficial4502?si=YkDn1njrZtEdN-IP
Abagore bagenzi banj dufise abagabo baheruka kutubwir ko badukunda bakidutereta mumpe like😂ubundi twiyakire ubuzima bukomeze😂❤🇧🇮🇺🇲
Ubuzima bukomeze chu
Hhhhhg😂
Kkkk
bikantwara iki koko hhhh sha narabyibabariye pe
Mwaramutse, muzakore ubushakashatsi hari huile d'olive itekwa "pure et raffinée" hakaba nadatekwa " extra vierge", aya iyo atetswe kurenza 180° ni uburozi. Imana Ibarinde.
Yooo urakoze nukuri
Mbabwije ukuri comment zuyumunsi zirandyoheye mwumveko ikiganiro kigiye kurangira nkibereye muri comment uwahanyarukiye nkange nampe twatuntu mujya mutanga
Sabin uwo muntu ufite channel yitwal Mubwire TV show uzamuttumire pe, nanjye narayikunze nubwo aribwo agitangira. Her storyline is amazing👏👏
Igitambaro cyarakuberaga pe nagasatsi gake karakubera cyane sinzi uwakubwiye gutereka umusatsi yarakubeshye .
Ikizungu kirazunguruka. Abantu bahoze bakorera lmana barasubiye inyuma kwubaka umubiri, yirekuye abereke igitaka kidusuka ngo yagisize niciza, mbega igitaka wagisiga kikazobona ubwiza ? Wapi ni Satan arimwo gusuka abari batoranijwe
M.charlene Imana ikomeze ikwagure❤niba namwe ari uko nkandira ku ifoto ❤
Olive oil sinzinza gikarangamwo ibintu Nka firiti kubera. Ashuha cane vitamins zica zivamwo. Gukaranga uzokoreshe sunflower 🌻 oil
Sibyiza gutekesha ifiriti huile d,olive kuko ayo mavuta adakwiye umuliro mwinshi amafiriti akeneye.
Sibyo se kirazira
Nikoko nibyiza byayo birapfa
Nabera ni wowe wa mbere numvise utekesha ifiliti amavuta ya oliva (Olive oil). Ntago ayo mavuta ya Oliva ateka ifiriti,ni inama nakugiraga.
Nawe ubwo nicyakibazo cyubushobozi
Oya ibyo avuga nibyo Ababizi neza bavuga ko huile d’ olive ari nziza ariko kuyicamutsa wapi!
Reka reka jya ubanza wige ibirebana no guteka no kurya (nutrition). Kuko ibyo ukora bitavuze ko ari byo byiza ku mirire myiza. NTBIBAHO GUTEKESHA IFIRITI OLIVE OIL.
Olive oil maze ahubwo ninziza kuyirya idatetswe ngirango ahari
Buriya rero harimo ubwoko,Hari aribwa Ari mabisi,Hari agenewe guteka,Hari natemewe kuribwa akoreshwa muguhanagura,kuko muri hotel nyinshi nizo bakoresha
Ibihe kijya gituma bijya bituma mama charilene yivugiruza ibyo yavuze mbere yavugaga ko imisatsi myinshi kumuntu womuri adepr arubwibwibone none amaze guhaga ahise abona ko ntacyo bitwaye
Mbere yavuga kwaribihururu kumutwe😂😂😂 ngaho da
Agashyari se nawe ?
Yabivugaga atariye,ese ntuzi ko iyo umuntu ashonje atekereza nkushonje
Ikibazo n'uko baba babeshyera Imana ngo Niko iba yabatumye. Kandi havunwe umuntu uvuga ngo Imana yavuze Kandi itavuze.
Adahase Ntiyigaburira Ntujya Ubona Ukuntu Arundamo Se Akerekana Taller Buriya Icyo Mutazi Ageze Muri Retour D,Age Mumureke Kk Nubundi Ntagasura Yifitiye Reka Ageragereze Mumisatsi No Mubisarubeti Ubundi Namubwiriki Mukecu Fatiraho
Ariko abantu bavuga ko huile d'olive idateka ifiriti nuko ntabumenyi bayifiteho,
kuko irimo ibice byinshi, habamo ayo bakoresha ari mabisi, hari ayo bateka, kuko hotel nyinshi niyo zitekesha, hari nayo bahanaguza ibintu
Amavuta wakoresha yose Imana yashatse kugucyura yagucyura
I swear ijambo ndagukunda(I Love you❤)rivuye kumugabo mubana riryoha kurushaho❤🥰💞. Thanks to my man.
Ariko abagore ubanza mutekereza ko abagabo batagira umutima! Ese umugabo we abwiwe ibireshya amarangamutima ye ntabwo yanyurwa? Mureke gusenya ingo mwitwaje gushukana! Ese uwo mugore harya we ntiyasenye urwe! Reka nigendere da......
Mama Charlene,ndagukunda,nkunda ukuntu uvugisha ukuri,nuburyo winambiye abana,ukwiye igikombe.
Umva rero mubyeyi l’huile d’olive Ntabwo iteka ifiliti weeee barakubeshye ntuzongere ahubwo bulya nokuyakarangisha Ntabwo alibyiza kenshi nibyiza kubatogosa cg nku mureti wayikoresha duke kuko bidatinda
Nibyo,ntabwo bayikaranga
Ariko hari ayagenewe gukaranga kuko zibamo grade zitandukanye
Yego ntago bayakarangisha kuko iyo ahiye nibyo bibi pe
@@CLAUDINEMUKAMWEZI-t2j ouiii Nanjye niko mbizi
@@Grace-bo9th ok yooo sha ntabyo nalinzi nzareba
Isimbi wanj❤ uri role model wanj
Ko wowe ntaminkanyari ufite knd ntamugabo ufite ubwo ntiwamaze abagabo babandi bakuzuzaho izo keya 😮
ubwonyine abagabo bimpobagire,bamuyoberaho😅
Mwabaoagani mwe kuki nuvuga nabi kumukozi wimana 😢😢😢😢
Iriya etage se bamukodeshereza si care mbese arazibona zihahije atarazibona nukoyasa?.
Ese wimenye ukiyitaho bwo ntiwamera neza? Icya mbere nukwikunda wa muntu we
@@carinemanirambona2708uri sure ko ari abagabo Se bayikodesha
Sinzi impamvu mbere hose ntareba Mama charlene pe 😢 aho nkuboneye rero nzakureba mpaka ❤ ndagukunda ma❤
Nangye nuko kera wapi ariko ubu naramusobanukiwe ninfura kurusha incakura nyishi ziri RUclips. Ikindi avugisha ukuri, afite ubwenge butariganya, akaniyubaha. Anatinya Imana kubi.
Number one mumpe like ❤❤❤
Ibyuvuze kubindika ukoresheje isabune nibyo najye ndabikora
Ariko mubona uyumubye amafaranga atazamutera kugwa ubibona nkange nambwire
Yagushije N,Amazuru Ww Ntamakuru Ufite Ntago Agihagaze Yaguye Cyeraaaa Kuva Yata Urugo Tayari Fin Yaraguye Nushaka Uzagende Uterete Nawe
Aragwa 2?
Bjr. Oliver lero,ntibayikoresha ifiriti madame.
Ese kuki umugore we adatanga keya nuko umugabo atayikeneye niba uri kwigisha ujye ufata impande zose . nguhaye 5/10
Mubwire tv ❤❤❤Muze tubabwire ibyiza bakiriho
Yegosha nibyo baze bose
Imana iguhe imigisha Ndagukunda ❤
Ufite chanel nziza pe mubwire ko arijyirakamaro mbega topic nziza courage ❤❤❤
Amahoro y'Imana ncuti.Hanyuma abariko baragiriza uyu muvyeyi ngo yahinduye ivyo yahora yigisha,babaze na Petero ivyo yavugiye kwa KORONERIYO.
Ivyakozwe nintumwa 10:44-47.Uhoraho Imana Abahezagire caane.
Peter No Petero Na Emerithe NI Emerithe Ntukagereranye Peter Nuyu Kuko Petero Twamwishijweho Byinshi Ubukoko Uyu Wamwigiraho Iki? Ngewe Ntacyo Mbona Kabisa kk Nawe Ntacyo Yifashije Nagatwiko Gusa Karaho Kadashinga Mada Fata Abana Ubacyure Murugo Usange Umugabo Dore Washaje Usazane Numutware Wawe Ureke Kwigira Inkumi Knd Ukuze
@@munyawerasosthene7548mind your business man😅
Mama we none kuki wazanye .amafuti.yumugabo.wawe kuri kamera?? Kuki utihanganye ngubihishe???
Mama charlene nanga ukuntu wivuguruza ngo niwaba pastor hhhhh ntabyo ubonye
Ni nde wagira Maman Charlene Pasteur ?
Mama Charlene 💋💋💋💋💋💋💋💋💋💋💋💋💋💋💋💋
❤❤😮❤ ndagukunda wa mudamu we wabaya wafeeeee ❤
Mama Charlene we menya usoma imitima yabantu😂😂😂😂 twarashize twarumiwe pe 😢😢😢
Imporesha komera shuti yange
Reka reka l'huile d'olive ntiteka ifiriti😮
Nibyo! Ahubwo burya ngo banayirya ari mbisi ntitekwa!
Buriya aba yumva yarabaye umusilimu
Uri mwiza cyane!❤❤❤
Ahubwo arakubwira ngo mada ibyo nakubwiye mumyaka 10ishize ntibirahinduka nihagira igihinduka nzakumenyesha
Ibiganiro ybawe biravangavanze ntabwenjye birimo uzikosore bizababyiza peeeeee urakoze.
Naturel juice ntago ibiha ukoresha inanas watermelon amatunda na ma orange juice yawe iraryoha kandi ikaba nyinshi mtamazi ubukeneye gushyiramo kubera watermelon igira amazi menshi nabana barayikunda
ADPR n'idini kayandi yose itorero ni irya Chistu.
Maman Charlene wahereye muvyi Mpwemu ariko ugiye gusozerera mu vyumubiri, amagambo yawe uvyuka uvuga ivyu mubiri, Yesu kristo agutabare wajanywe nama chanel cane usigaye uri umu Star wama chanel, uraraba ko bitazogusubiza inyuma
Sabe jyugerageza ubanze uganire mbere nuwo mugiye gukorana ikiganiro kugirango mutugezeho ibiganiro byubwenge
Ntabwo umugore yesu Tagiriye neza ntashiturwa nizo ca cyangwa utwo tugambo kuko niba anazimuha se mushaka ko azajya aza kuri youtube ndumva ukataje mwivugabutumwa rishya ikindi ayo madini nizo nzu zayo nta MANA ikibamo
Sabe uyumumama afite ibikomere ntazikujyenzura ibyavuga.
Sabin uyu mubyeyi niwongera kumutumira uzamumbarize uti:ko wajyaga ubuza aba adper bigitsinagore ngo be guteraka imisatsi myinshi ngo ni ibihuru ngo ni ubwibone,ese ubu ari icyo gihe ari nubu ubwo ubwo uvuga ukuri niryari?uzamubwire uti mu nyigisho zanyu muraducanga pe.uti niba ubu aribwo uvuga ukuri birasaba ko uzongera gutegura inyigisho zivuguruza ibyo wavugaga icyogihe kd ugatanga nibihamya bigaragara bibivuguruza.
Abavugabutumwa mujye mumenyako muri ahirengeye musabe Imana kubafasha kugenga ururimi rwanyu bitabaye ibyo muzajya musenya ibyo mwari mwarubatse.twese Imana idufashe.
Mubanyabwenge ubamwo.ndahukunda❤
Uwakwigishije ko olive oil bayitekesha amafiriti yarakubeshye
Arko abagore murikunda ye mbese mwifuzako abagabo bababwira ko muri beza naho se mwe mubabwira ngo iki ra?urukundo ni simultanee wangu ntawe uhatiwe gukunda undi
Komeza kumirwa agakiza Kari akakera ubuho nugushakisha inoti
Ushaka agafuriti uzogateke muri four canke ugure appareil izikora ata mavuta
Nanje ndahabanje ni mwihangane munkandire kwifoto
Ikiganiro cyanyu ni cyiza pe!! Ariko hair n'abakundwa mu mazina yabo akaba Ari byo bishimira.
❤️❤️
Aka lipstick 💄 Kari neutre Maman Charlène we ni ngombwa 😉😉😉. Ubundi babwire bajye baduha care diii turwaye bwaki ya care
M Charlene nukuri warisobanukiwe gusa njyewe sinakugishinama nawe mbona urikubivamo gake gake
Emerithe Ww Umeze Njingunguru Irimo Ubusa Ntanama Zawe
Ninde Waguha Ubu Pst Warataye Urugo
@@munyawerasosthene7548egokoooo munyawera we😢guta urugo c'est à dire quoi?Uzi impamvu yarutaye c???ntimugacire abantu imanza
@@IrakozeDelphine-v8d Ntukumve Uruhande 1
Yataye urugo se babona aba mumuhanda ??umubyeyi wokubahwa kweli we n.Imana yirereye abana mutabigizemo uruhare ariko muramutinyuka kweli ngo yataye iki???
Umushatsi myinshi ngo nubwibone?
Nabagabobakunda Kea kdiharabatsyihabwamungozabo
Ikibabaje niyo bagiye kubaka bigisha abakobwa gusa, Abagabo nabo bigishwe rwose.
M.charlene shaka aka rabero ujye ushyira ku munwa kazagufasha kudakomeza kurya iminwa,uziko umaze kuba adigtedi mukurya iminwa😮
Nanjye mbibona ntyo
😂😂😂😂😂😂
Nanjye pe😊
Ka nicare numve ikiganiro 👍
Amafaranga ararikoze uyumugore yaraguye pe ariko umuntuwese azahebwa kdi ijuru rizajyamwo intwariri inwtarane zananiwe
Kugwa babirebera he?
Muzi guca imanza zitabera gusa!mwagiye muceceka niba ntabyiza mugira byo kuvuga rata mama Charlene never give up !❤so much
Hanyuma se uzirirwa wiha rubanda ntirukota , ngo baca imanza , uriya mugore we abo acira imanza ni bake?
Mujye mwiga gufunga iminwa Yanyu niho mutazavugwa..
Nawe Uzamere Nkawe Ndumva Yabonye Umufana
@@vantiti5278None se muvandi, ko wamagana abaca Imanza ntuhere kuri Mama Charlene? Uzi abo azicira uko bangana? Nturumva n:abo atinyuka akabita intaragahanga? Mujye mufana ariko ntimutwikire amafuti y'umuntu. Nturumva asebya Abagabo ajya avuga ko abagurira ama boxa? Nawe ni kimwe n'abandi Bose
Nonese gusuka udututa biremewe muri ADPR? Ko bavuga ko gusuka Ari icyaha ubwo udututa usuka ukarenzaho agatambaro nibisuko wasuka bisanzwe kugirango umusatsi ukure neza ntushyiremo agatambaro Imbere yi Imana si kimwe😮 nge numva udututa cg ibindi bisuko bisanzwe byose Ari kimwe Kuko byose ni ugusuka umusatsi
Sabin urakoze kudukomeza ❤
Sabin nkusabye Gukunda Yago ma, nkundira yago umuhumurize uzongererwa Umugiha minhi dear, ndagukunda kandi nkunda yago na chita
❤❤❤
Ibi urabivugishwa ninda urwawe ntirwakunaniye c? Uje kutwigiaha iki c?
Maman Charlène kirazira huile d’olive ntikora ifiriti. Kirazira no kuyashusha.
Arirya iyi minwa aba ayiryamo ibiki
Imbere cyaneee
Abagore dukunda care rwose❤❤
Cyane nuko abayitanga ari bake
Uri ikiraya mm Charlène
Ririya dini abagore baryo bagira umwanda mumutwe ntibita kumisatsi yabo barangiza bagahozamo ibitambaro babeshya ngonagakiza
Sha mbona waraguye pe nubwo ugihanyanyaza wirwaga utubwira ngotwikoreye ibihuru kumutwe
😅😅😅😅.
😂😂😂😂
Yajyaga avuga ngo ibyo bihuru Imana izabyogosha
Suko se!bajye bagaruka bavuguruze ibyo bavuze kuko iyo batagarutse ngobbadisobanurire impamvu nabikoze barabibuzaga abandi bituma tubagaya kdi nImana irabagaya kuko ubwo baba bivuguruje Kandi Imana itajya yivuguruza.Noneho tuvuge ko nawe biriya bihuru Imana izabimwogosha?niba ariyo yamutumye kubovuga ubwo nawe izabimwogosha !!!!! Kdi niba yarayibeshyeye naze yihane.Bajye bavuga make aha ni kuri public
Ahubwo ntuzigere wogosha umusatsi wawe, kuko bible ntiyemerera abagore kogosha umusatsi
yego rata maman charlene. na nyirahuku cyangwa imbwa bikunda care (keya) nkaswe umwana w'umuntu. uzayihamagare uyikorakore mu gihanga urebe ukuntu yishima kandi ntanaho uyizi.
Harya ntiwajyaga uvugango abatereka imisatsi ngo ikaba ibihuru ngo ibyo bihuru lmana iraza ibyogoshe nonese wisubiyeho😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
NGO ntamugabo wumunyarwanda yumvako akubwiye ko urimwiza cy agukunda aba yisuzuguje
Iyo nibutse ibyo wavuze ngo abakobwa bafite ibihuru nkabona ('...)ndumirwa
Uravuga ibyoutazi,mfite umugore wananiye kuva iwabo yarananiranye,mumuryango wanje ntibumvikana.nukuvuga.njyewe nkumugabo we yarananiye,iwacu byaranze,iwabo byaranze.none izo care zavahe,Kandi yaranutse peee
Vitamine mumushatsi wumurokore😂 ntitubeshane muri gusubira muri egiputa
Imana ya Israelli 😂😂😂. God Almighty is for everyone
Urasobanutse nshuti, Nutanze care yitwi ingazwa, UBUJIJI NIKINTU KIBI CYANE, IGISHA ABATO MUKOBWA MWIZA.KANDI UKO NUKURI PEEEE.♥️
Jyewe ndi kwiga gukora jambon, saucisses n’ibindi n’ibindi! Birababaje kuba abanyarwanda batazi ibintu biva mu ngurube! Ngo aha aka Benz! Umunsi twamenye kubaha ibiryo tuzavumbura cyangwa twige n’ibindi byinshi! Uretse se abantu baziririza ingurube kubera umuco cg imyemerere ubundi ingurube ni iyihe nyama iyirusha kuryoha! Ahubwo nzasaba isoko Brianne ubundi murebe akazi!
Care imbere cyane,mama charlene ndagukunda,Imana ijye ikuba bugufi
Urukundo ntirwigishwa mu magambo. Kora ndebe iruta vuga numve.
Olive nta nubwo ikarangwa mada, za uyategesha igihwagari.
Sha mada nukuri waberwaga nagatambaro gafunze umutwe wose ukabona uri umusirimu none wapi😢
Twarashize mubyeyi 😢😢😢😢😢
Narintegereje icyo uri bubivugeho!! Erega abanyamabara ntakuntu mutashyigikira ko abagore baba Aba pasteur !! gusa birababaje 😪
Nonese mama abapasiteri ntibahembwa?kuki wumvako abagore ntacyo bizabamarira erega nakazi
Nibyiza Mamy gusa nubwo bifumbirwa imboga zimwe tujye tuziterera murugo
Icyonicyo ubumwe nubwiyunge ningombwa yewe kwica kururimi bigwiriye mu itorero
Olive oil batekesha uburyo bwose ,kuyishyira ndetse Ari mbisi irakoreshwa nta kosa yakoze!zaituna yubahwe murwanda ikoreshwa nabajejeta faranga siburiwese wayabona aracyahenze
Yewe mubye urambaje kabisa urimo urasenya ibyo wubatse pe nibyiza ko twiyitaho tugasa neza ariko gusuka no kujya mubyuma sibyacu pe wisubireho .
Amavuta yose kuri degré nini yo gushuha arononekara kuko ntaba akiri ingaburo nziza aba yapfuye .muri nutrition ni aliments morts
M.Charlene iyi misatsi kombona yakugize nabi gusa byiza❤❤
Number 4❤❤🎉
Ako kantu ko kutoga,burigihe iyo maze koga nibaza kumuntu utoga bikandenga😂
Weho uvuze ngwa fr azamutera kugwa nibyo kbs ntago tumuciriye.imanza ariko kugwa.ko mumutima kurimwo kuko utwo dututa.avuze yabanje kuvugako aricyaha rero umuntu wumuvuga.butumwa akwiye kuzirikana ibyoyatangiriyeho avuga anahamya
Ubundi ase abagore benshi ntibasanzwe bigisha mu materanito?
Iyo titre hari icyo yahindura ?
Utwo tugambo twa baby ntabwo aritwo tubaka ,twa ndagukunda ,hubaka ibikorwa ntabwo ari amagambo