Qui aimerait qu'on se mette ensemble tukajya guhemba uyu mu maman vraiment. Sinumva ukuntu ashaka urukundo rwabo bantu. Hadija ndashaka kuba murumuna wawe cyangwa mukuru wawe cyangwa mama wawe. Nkagukunda mu buryo bwose wifuza. I want you to know that you are heard!! And loved. You have the whole world who wants nothing but to love you. Forgive yourself too! Ibabarire chery, God sees you! Heal, Guérri, renaît, réinvente toi!
umuntu ni mugari. uri intwari Hadidja uzi ubwenge kandi ufite ubumuntu. Imana izagufasha niyo yakugejeje hano ubu yamaze guca inzira much love and respect ❤❤
Yooooo pole mubyeyi! Humura Yesu niwe muryango wawe kandi niwe musaza wawe wukuri. Byigukomeretsa ngo ntibagusura, famille hafi yazose niko zimera, ahubwo irerere abana bawe.
Yooo umutima wuyu mubyeyi uraremereye pe. Afite agahinda kenshi kagaragara. Nkunze ukuntu sabin atakihutisha abatumirwa bavuga. nkunda ibiganiro byawe sinjya ndambirwa kubyumva kuko biranduhura . I always check on RUclips daily to see if you uploaded a new video. You’re the best ❤️💗💕
Mr Sabe, is this real?? OMG evil people are there. But thank God that she's relieved a bit. This lady is true testimony of God's goodness. Imana yiba yampaga umugore nkawe nukuri. Thax isimbi TV I follow u from Uganda
@@espoirejane446 birenze no kuba ibisazi peee Mama we afite ikibazo gikomeye cyanee na tihana umwana we akazapfana aka Gahinda nta juru azabona sinjye uritanga pe ariko ntaryo yabona
Niba wifuza kuvugisha HADIDJA ukamubera umuvandimwe: +250 784 994 072
🙆♂️🙆♂️🙆♂️🙆♂️🙆♂️
@@ingabiresolange174 imana imufashe💔💔
Sabin shahu muragenda ugeze nomuri coko😳??ubwo wagiye na nyabyunyu🤣🤣🤣🤣🤣😅
Urwo rukundo ndumva atari gusa ikindi ubwo burwayi si gusa none ndumva washaka umukozi wi Imana akagusengera kuko Imana irakiza kandi iraruhura.
Urugero nka zeraphat cg se ahandi wizeye.
Narinziko arinjye wahuye numugabo wimpyisi, ihangane
Komera muvandimwe, wibabazwa nuko nta muryango ukugeraho, ndashaka kukubwira ko ufite umuryango ukomeyeUr'umwana w'umwami uri princess, Yesu murakorana kumanywa na nijoro, kandi aragukunda, ninayo mpamvu ugihumeka. Humura ntacyo uzaba, kandi wakoze kubabarira umuryango
Gumana na Yesu, ubyemere ko nkubwiy'ukuri, uri umukobwa w'umwami kandi uzagira ubuzima bwiza.Komera muvandimwe, Yesu arabizi kandi aracyaganje kungoma. Ndagusengera
Ndagukunda.
ihangane muvandimwe ndagukunze bikwiye komera muvandimwe naje umuryango wa papa wari waranyase arko Ubu ndashima imana.
Qui aimerait qu'on se mette ensemble tukajya guhemba uyu mu maman vraiment. Sinumva ukuntu ashaka urukundo rwabo bantu.
Hadija ndashaka kuba murumuna wawe cyangwa mukuru wawe cyangwa mama wawe. Nkagukunda mu buryo bwose wifuza.
I want you to know that you are heard!!
And loved. You have the whole world who wants nothing but to love you.
Forgive yourself too!
Ibabarire chery, God sees you!
Heal, Guérri, renaît, réinvente toi!
I wish I was in Rwanda and we do that she need love she need family
Nge rwose ndahari tumuhembe bambe
Nukuri nanjye ndabishyigikiiye pe uyumubyeyi arababaye
Imana ikuhezagire uyo mutima ufise
Sha nukuri umushake umube hafi Imana izaguha umugisha
Ooh mon Dieu 🥲🥲🥲🥲🥲🥲🥲🥲Mbega agahinda 💔Mubyeyi impore peeee nta ijambo nabona nakubwira ryagabanya agahinda watewe 💔Birenze kamere 🙇🏽♀️Mbega umubyeyi gito !!!Gusa yakomerekeje umuryango !cyane cyane umwana we🥲🥲🥲🥲
Iyo miryango yamafuti yireke ufite umuryango wawe aribo bana bawe 🙏🏾 kora ubuzima gerageza ntibagutere umwanya
Wowe nibyiza ko utanze imbabazi ariko abana bawe cyane cyane uwo wafashwe ku ngufu na se ntuzamuhate kubabarira se kuko ntabwo byoroshye kubarira umubyeyi wakwangije agufashe kungufu , azamubabarira we bimujemo , gusa Nyagasani azamushoboza .
Mpore maama😭😭
Birenze ukwemera kwa muntu, ariko Imana wizeye igukomeze kdi iguhumurize.
Sha njye ndabyiyemeje nzakuba hafi uko nshoboye.
komera
Urinfura uwiteka azabigufashemo
Juniorgiti Imana iguhe umugisha mwinshi
Imana ishimwe cyane Ma'am kobyibuze wagize akenge kokugura akazu wihengekamo nubwo shitani yumugabo yari yabanje kukurira imitungo. Nubwo ubabaye ariko uzi nubwenge, komera humura
Warababaye pe ! Warakomereste bitavugwa ! Ubuzima wabayemo burashaririye ! Ariko humura mwijuru hari Imana yomora ibikomere ! Nuyiyegereza izakomora ibikomere ishyire inseko kumutima wawe !
Imana niyo nkuru pe! Burya ababeshywe mu rukundo turi benshi, nturi wenyine mukundwa! Nta gahora gahanze, Uwiteka yita ku mubyeyi y'umugore unamba ku bana, nyizera, Imana irashoboye, Imana niyo ituma tudashiraho, Imana niyo itwimana. Humura kubw amaraso ya Yesu njyewe nawe twamwenyura 🍓🍓❤️❤️
Ako kantu👍👍 uzakomere turi kumwe!!
Ako kantu
Turi kumwe
@@uwamaliyadorothy4549 Urakoze cyane mukundwa 🍓🍓🍓
@@niwe8774 🍓🍓🍓
Isimbi TV: "therapy".Sabin Imana ijye iguha imigisha.kuko kuvuga no kubohoka biri muribimwe bivura umuntu wakomereste.abantu buzuye agahinda pe!!!
Nange mbaye uwa hafi
Ese kubera iki agahinda gakomeje kuba kenshi
Impore mama Imana izi impamvu
Ariko Mana
Humura mama imana iragukunda
Mpore ncuti warababaye Imana niyo yo kuguhoza, ariko nawe wabyitwayemo muburyo bwa cyana. Umaze kubona KO atagukunda wagombaga kumenya ubuzima bwawe, cyane cyane KO wari ufite imitungo niyo wari guheraho ukiteza imbere Ubu wari kuba ugeze kure, umugabo si kamara.
Ikimuhana ngo kaza imvura ihise Kandi ubwenge buza ubujiji buhise, nawe yagiye abyivugira ko kuba umwana no gukunda utagukunda aribyo byamuteye ibyo byose.
Urambabaje nukuri sinabona uko mbivuga ariko Yesu agutabare cyane akwiyeteke agukize umubabaro wigihe kirekire ndagusengeye and uzacyire Yesu akuruhure Niba umufite ymukomeze niwe ukiza umubabaro
Imana ishimwe ubwo bafunze iyo nyamaswa. .Ihangane mubyeyi. Ntamvura idahita isangire Yesu uzagutetesha.
Yezu weee mbega agahinda uyu mubyeyi yahuye nako mana ! Sabin wabaye umuganga w imitima ishengutse Imana ijye iguha imigisha itagabanyije
Mbega amahano akomeye gusambanya umwana wibyariye koko! Iki nicyerekana urwango rukomeye Satani atwanga, nshuti bavandimwe dusenge cyane tuve muray' amoshya.
I can't hold my tears 😭😭😭
Sorry for that sad story!!
Mbabajwe nuko byibuze na mama wae atibohora ngo mube inshuti,mbega agahinda!!!
Courage Khadidja twariganye kwa hadji nibyo watuje cyane ariko ntawabashaga kubona agahinda kawe Imana Ikorohereze shenge
umuntu ni mugari. uri intwari Hadidja uzi ubwenge kandi ufite ubumuntu. Imana izagufasha niyo yakugejeje hano ubu yamaze guca inzira much love and respect ❤❤
Komera mukobwa mwiza, nukuri ugize neza kuganira inkuru yawe, humura ntabwo uguma nkuko warusanzwe. Kubabarira nibya gaciro gakomeye, unva imigambi myiza Imana igufiteho, turasenga Izasohozwe, Iguhindurire ubuzima burundu. Sabin God bless you so much for your continued amazing job 👍👏.
Urukundo rubaho ariko Sinzigera Nihambira kuwutankunda 👩🦯👩🦯
Nibwo bugoryi bwambere bubaho kandi tuba turikwiyica muburyo tutazi
@@bmg8725 nubundi yabaye .....yamweretse isomo inshuro nyinshi umugabo we ntiyigeze yumva ko akwiye kwimenya
Bibe uko- yaba bose ariko babimenyaga ijuru ryabaye hafi.
Oya Ugo rukundo Iman irundinde
Ugukunda ndakeka utapfa kumubona abagabo nabonye bakunda umuntu igihe gito ubundi yabonubyaye akabivamo
Sha ihanganepe ubunakurikiye ubuzima bwawe numiwegusa. Cyakora ufite umutima ukomeye komeracyane .nibwonakumva umuntu wintwaripe! Izombabazi Imana izazigukubire 7 uratangaje
😭😭😭 Yezu weee. Komera mwiza. Tuzajya tukuganiraza mukobwa mwiza. Sabin be blessed🙏🙏
Ooh pole sana. Gusa uwo mugabo mwabyaranye bwambere mwasezeranya kugirango utazamurega ko yagufashe kungufu.
Wabayeho ubuzima ushaka kugira agaciro byibura kumuntu niyo mpamvu uwo mugabo yakubabaje gutyo. Umukobwa utarigeze urukundo rw'ababyeyi ntabone b'umuntu umuganiriza birangira umugabo akubabaje kuko utita cyane kumico ye ahubwo aba ukurikiye umuntu ukubwira amagambo meza ukwerekako akwitayeho. Umugore wabuze urukundo ntacyo ataha umugabo babyaranye bwambere ngo amukunde. Pole sana abakobwa bumvireho bikunde kurusha
Ibi nibyo uyu mwana yazize!!!!
Yewe agahinda ntikica kagira mubi nukuri nuwarufite agahinda arumva akawe ake kagahita gashira imanikorihereze
Kuvuga birahambura uyu nawo numuti uruhura
@@habumugishasalama5528 kabisa kuvuga biraruhura cyane iyo ubonye abakwitaho nyuma yo kuvuga akababaro kawe.
Haddijah komera mushuti wange ihangane burya waruhishe byinshi disi
mumwiteho muzoba mukoze afis ibikomer harinivyo atavuz
Uriko urakira ko utanguye kubivuga, umukama akomeze aguha inkomezi, mwiza ❤
Mbega ubuzima weee birababaje cyane cyakora komera komera Imana irahari kndi niyo yonyine iziguhoza
Mwami Yesu utabara ababaye utabare Uyu m’ubyeyi🙏🏾🙏🏾n’abana be🙏🏾.Sabin be blessed for visiting and listening to this beautiful woman 🙏🏾
Urakoze Sabin. Uyu mubyeyi yarakomeretse ariko nanone Imana yamubaye hafi ajye abyibuka. Wihangane ugire imbaraga urere abana bawe .Imana yatwemereye kutuba hafi ; kutadutabara . Wakoze cyane gutanga imbabazi ni intambwe ikomeye. Humura ufite umuryango n inshuti . Komeza wizere Imana muvandimwe .
Ihangane mukobwa wa Yesu ,Yesu azakomora ibikonere humura,kuba ugihumeka nicyo gishoro cya mbere
Komera nshuti, nubwo ntararangiza ikiganiro.Aliko kubabarira kandi ibyagukomerekeje bigihari ni ubutwari.Kandi icyo bidufasha bituma tudakomeza guta igihe kumuntu nk,uwo wakubabaje ahubwo ugatangira kwiyubakamo icyizere cyo kubaho,no kwivura ibyo bikomere nubwo ari inzira iba itoroshye.Courage ma Cherie.
Komera Mama! Mbega agahinda shahu! Imana igusange igukomeze kd igusetse disi!
Sister mu ijuru hari Imana kandi ni Data wa twese agukorere ibikwiye
Bless you Sabin
Be strong!.....ihangane ubuzima ni hasi hejuru, gira gukomera kandi imbabazi niko kubohoka k‘umutima
Impore Mamie komera Imana icyagufiteho umugambi nzundi mu Maman muhuje ibibazo disiii ariko humura kugera kure sikogupfa
komera cyane urugendo rw,ubuzima rwakubereye umushari ariko mw,ijuru hari Imana ihindura amateka kandi uwakwanze ntiyigera agukunda ahubwo ahora aguhiga umurindwa n,iyakuremye.
Abantu nkaba bishimira kubabaza abandi ninyanaswa. Urukundo rugeze aha ubanza rutari gusa. Yari yaramwogeje mumutwe pe. Humura mama. Ukuyeho ko numvise uyumugabo yari numurozi
Mpole mubyeyi💝ugize neza gutanga imbabazi💝BAHO WONGERE UBEHO💝 IMANA izaguhorera😇urintwali
Sabin agiye kuzatwicisha amarira pe! Mbega agahinda😭😭😭! Ariko jye isomo nkuyemo ndumva ari ukutagura urukundo pe. Umuntu nubwo wamuha milliard atashatse kugukunda ntiyagukunda! Pole sana sister!
Disi yaraziko ariwe buhungiro bwe
icirwa nkuyemwo nuko atamugabo nzisemba ambabaj nzomureka
😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭mbega story iteye agahinda😭😭😭komera mubyeyi yesu aragukunda😥😥😥
Yoooo pole maman Imana irakuzi kandi izakugirira neza kubwumutima mwiza ugira . Ubu rero umenye ko urukundo rutagurwa ntuzongere gutakaza imbaraga zawe wikundisha kubantu ahubwo wiyubake nuba ukomeye bazakugarukira nibatanagaruka kandi Imqna izaguha inshuti zumumaro mubuzima bwawe. Witoze kurekura ibisenya amarangamutima yawe wikunde uzakomera.
Ndumiwe! Hanze aha hari abagome pe! Jye nakugira inama yo kwiyakira nk'imfubyi ukarera abana bawe kuko nibo bazagukunda urukundo waburiye kuri famille, iyo famille yihungire kure kuko ni iyo muhuye barongera bakakubabaza, urukundo ntirugurwa, ubuvandimwe ntibugurwa ongera inshuti nziza ubundi uhe urukundo abana bawe ruhagije. Yesu akugirire neza kandi bizahinduka kuko ibyo warokotse ni byinshi nturi umunebwe uzabaho neza, kura amaso kuri bariya bagome nta cyiza kibaturukaho batazaguhuhura.
Cyane rwose
Humura aho wavuye niho kure ubu ntacyo ukibaye Kandi kubw'impuhwe z'Imana nuyu munyagwa azahinduka komera ku cyemezo wafashe cyo guha abana uburere bwiza humura ntabwo uzabihomberamo kuko warabitangiye cyane kandi ukomeze gusenga ushyizeho umwete.
Sabin, Imana ijye igufasha mu byo ukora ! Blessings 🙏
Ndumiwe pe!Imana ikurengere mubyeyi,iguhe amahoro y'umutima kandi izakwihere abantu bazagukorera umuryango bakazomoro ibyo bikomere
Imana nimfasha nge nzaguhemba Maman wange!
Difficile de contenir mes larmes 😭 ihangane cyane mubyeyi🙏🏾♥️ sinzi icyo nakubwira birandenze. Qu’Allah te facilite 🙏🏾
Eeeeeee Niko kombona nkuzi Koko urumugore wakazungu wogoshaka manaweeee ihangane
Yooooo pole mubyeyi! Humura Yesu niwe muryango wawe kandi niwe musaza wawe wukuri. Byigukomeretsa ngo ntibagusura, famille hafi yazose niko zimera, ahubwo irerere abana bawe.
manawe pole mugore mwizaa wee ufitumutima urintwari❤❤❤❤❤💕💕💕💕💕rera abawe bazaguhoza amarira weee
Ariko disi abagore tureba hafi!ibyo yagukoze mbere byari kuguha isomo nukuri wakunze buhumyi gusa pole sana Imana Ikomore ibyo bikomere.
Love is blind shaa
Ihangane maman, barakuroze. Ugize neza kubabarira, ariko maman wawe mwihorere kandi wihangane Yesu arakuzi. Reka gushyira agahinda ku muryango ushobora kubona abaruta famille. Komera Hadja.
ihangane mubyeyi mwiza kuvuga biraruhura rwose haricyo bifasha ubwonko numutima !kd Imana wizera ikumare umubabaro
Pole cyane. Imana Izaguha umunezero. Humura
Thanks for this testimony Sabin!! Ibi bibere isomo buriwese winginga urukundo. Ntirugurwa
Depression igukoresha ibyutazi,wigaya iyumaze gukira,umenye ibyakubayeho.
Ufite ibikomere bambe 😭 kdi bikomeye cyaneee pe 😭😭😭😭😭😭😭mbega agahinda Imana iguhe umutima ukomeye kdi gutanga imbabazi biraruhura nshuti yanjye ihangani umwami Imana ibe muruhande rwawe rukundo 🥺😭😭😭
Mbega isi, Warababaye koko😭😭😭😭Impole muvandimwe Imana ya kuremye ikemera ko uba kwisi ikugirire impuhwe🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾
Mpore mama tukurinyuma Imana izaguhe amahoro yo muumutima kdi tuzakubera abavandimwe rwose
Yoo kommera muvandimwe,Imana igutabare,yorohereze umutima wawe.iguhaze ibyiza,ikomore ibikomere,ihaze umunezero mubuzima bwawe🙏💓
Mwabantu mwe imibabaro ibaho🙊🙆humura Yesu azakomora bambi🙏
Mubyeyi mwiza ndakwihanganishije cyaneee.
Ntacyo wakora kugira ngo ukwanga agukunde .
Ahubwo iyakire ,wakire abagusanga nibo bavandimwe bawe.
Ukomereee kandi uri intwari Mukobwa mwiza.
Mana we!🤦♀️🙆♀️😭😭😭 mbega akaga. Komera mama Imana igutabare ikube hafi
Abantu babi baracyariho koko maman ihangane ntakindi navuga pe uri intwari
❤️❤️❤️
Imana yagucishije mu bihe bikomeye kandi ugira urukundo n'imbabazi. Iryo n'ibanga ry'Imana ryo gukosora isi. Utigiye ku buzima bwawe ntahandi azigira.
Humura mama uzaruhuka.bamwe bazakumvira ubusa ,ariko abazagutega amatwi bazatuma uruhuka.nanjye byambayeho ariko ubu maze gutuza.irerere abana naho abagabo bo ni abarimu bubuzima bwacu.iturize Mubyeyi mwiza Imana iragukunda,Kandi ishobora byose.izakurengera.
Nyagasani😭agahinda ntikica iyaba kica uba warapfuye, ntamagambo yo kuguhoza nabona ark komeza ukomere ubwo bitaguhitanye uzabaho kd neza💪umubyeyi Bikiramaliya Uzi imibabaro yababyeyi akomere ibikomere wagiriye muri ubu buzima akumare umubabaro
Thanks!
Ibyo numvise noneho birandenze! Icyakoze Imana yo mw'ijuru ikurengere kdi iguhoze!
Yooo umutima wuyu mubyeyi uraremereye pe. Afite agahinda kenshi kagaragara. Nkunze ukuntu sabin atakihutisha abatumirwa bavuga. nkunda ibiganiro byawe sinjya ndambirwa kubyumva kuko biranduhura . I always check on RUclips daily to see if you uploaded a new video. You’re the best ❤️💗💕
Buriya ubwo yavuze aragenda aruhuka,gusa afite ubuhamya bubabaje
sabe nukuri uyumumama yarababaye arko IMANA ihindura amateka nakundishe abana gusenga kd bagire kwizera bazabona ibyiza nitutagwa isari kd nukuri abafite icyokumufasha bamufashe nukuri ataziyahura bityo arere abo bana
Mana wee abantu binyamaswa baracyahari pe ,gusa Mubyeyi mwiza humura Imana izaguhemba neza 🙏
Mama imana iragukunda cyee
Mbega igikomere weeeeee mpore Mubyeyi.Yesu niwe womora ibikomere.mbega isomo weeee !!! Gusa ndabibonye burya umuntu ajye akunda umuntu umukunda.
Warababaye kweli Imana ikuruhure iguhe amahoro muvyeyi
Impore cyane mukobwa mwiza, rwose komera, ujye ureba abana bawe bigushimishe, ibindi Imana ibigufashemo, yikomereho cyane, nta kiyinanira.
Iyi si ntabwo nzi impamvu ibabaza bamwanga ndetse cyane. Ark humura kd komera nubwo ubabaye ark uzabaho natwe bamwe niko tubayeho
Mana ndababaye, humura mubyeyi Imana nziza yakurindiye muri ibyo byose,ikomeze kukuba hafi kd ubwo uvuze urabohotse
Muvyeyi ihangane hama UHORAHO azokugirira neza ico gihe benshiii bazifuza kuba incuti zawe rero ntiwite kumuryango ahubwo wihatire kuzura n'IMANA umunsi yaguhinduriye amateka abantu bazohindura imvugo rero bareke n'igihe ukomere urere abana 🇧🇮🇧🇮
Iyi Radio isimbi tuyumva turi benshi!!!!!!
Isimbi TV&Sabin jya mbere cyane turakwemera cyane!!!💪👍
Uyu mubyeyi yarababaye, ariko ubwo ageze aha arakira!!!
Shabyihorere umubyeyi arababaye cyane
Manawe ndababaye Sabin ndi Kenya ariko mbuze icyomvuga
@@virginiagathoni359 Vuga thanks nako uyikande anyway ihangane twese iyinkuru yatubabaje
Pole sana mubyeyi mwiza imana yonyine niyo izagufasha ikakomora ibikomere 🙏🙏
Yoooo nibakwanga uAbabwireko yesu agukunda cyaneeeeè kandi urukindo rwimana ruraguhqgije humura
Mr Sabe, is this real??
OMG evil people are there. But thank God that she's relieved a bit. This lady is true testimony of God's goodness. Imana yiba yampaga umugore nkawe nukuri. Thax isimbi TV I follow u from Uganda
Humura uzamubona David mwiza
Yes David many people are suffering 😢 😪 because of their others 🙄 😢.
Continue praying God will bless you with a wonderful woman 👌👌👌
Umva Imana izaguha uwawe bazina wanjye
Uzamubona
Mwabantu mwe ubutunzi nicyo kintu cyambere kikuzanira famie yaragutaye ndetse ninshuti gusa sinakugaya ariko na none urwo surukundo wakunze uwo mugabo kuburyo ibintu byose bigushiraho ako kageni, ugahindukira ukubakira iwanyu uzi nezako batagukunda , pe tujye tunagirana inama, gukora ukiteza imbere nicyo kintu cyonyine kikuzanira abagucitseho ,gusa warababaye ihangane
Nyagasani Akira imitima yuzuye intimba😭😭😭Akira imfubyi n'Abapfakazi
sabin IMANA IKUMPERE umugisha.wewe wemeye kumufasha mbere.nabandi mufise ukomwokora mumube hafi mwongere mumuhe agatahe mwoba mukoze.urakoze mama kuba ufasha abandi.ICONOGUSABIRA Yesu akwiteho ;akumpere vyoooseee akoresheje abandi.YESU agutwenze mama.yooh ego mama dorcas
Nyagasa Mana niba koko ureberera ikiremwa cyawe aho kiva kikagera tabara ababaye kuko hari ibyo numva njye nkumva birenze ubwenge bwa muntu.Ya rabbi ndakwinginze tabara abawe.
Yo Imana ihe umugisha utagabanyije uwo Mugabo mubana bambe naho iyo nyamanswa mwabanaga mbere Sha nta mbabazi ikwiriye🤥👁️💯
Ihangane mama! Sabin hari short course wakora just for yourself kuko ibyo wumva buzakwafecta soon or later. Gusa Imana iguhe imigisha kubyo ukora.🙏
Wapi sha! Urukundo ntirugurwa.
Impore mubyeyi...,
Ntibyoroshye... iwawe cg abaturanyi bakwanga ariko reba hejuru hari Imana kandi hano ku isi Imana ihafite abantu bayo benshi. Abo nibo muryango wawe kd hari abandi bo mu muryango wawe bakiriye imbabazi, bahindutse nawe ngaho ubakire.
Sabin Nyagasa wenyine azaguhe Umugishaaaaa Mana,ndagukurikirana kechi, ariko uwakunyereka kumaso kuyandi byonyine , Mana yo Mwijuru Umugisha Nyagasani atanga, ntukaburemo numwe❤
Komera mubyeyi Imana ibane nawe bamwe mu banyarwanda twikoreye ibikomere bitagira urugero gusa Imana yabanye natwe icyubahiro ni cyayo ibihe byose🙏🙏👏
Komera mu mama mwiza, Uwiteka akomore ibyo bikomere be strong.
Be strong dear this world is not our home 😭😭😭😭😭😭 its full of hate less than Anything.
Speechless 😭
Hajyati pole uri mwiza ibyabaye ni akaga pe.
Gusa abakobwa twige kutabeshywa ko dukunzwe. Iyo udafite shingle na rugero hakazamo udushuko ugaterwa inda n,umuntu udashinga akamubonabonesha kandi ikosa niriba rimwe bagenzi twige ntibigasubire. Humura Yesu arakuzi honey Yesu azaduhanagura amarira twaririye muri iyi si.
Sabin si njye uzarota wambikwa ikamba ryo gutega amatwi rubanda isi yose ibireba❤️
Mama, mpore muvyeyi, turi mu bihe vy'iherezo vy'ukuri. YESU aguhanagure ayo marira; birababaje cane.
Ihangane mama yesu niwe uruhura imitima ibabaye.humura urumwana w'lmana
Pole mama warababajwe bikomey uteye.agahinda.disii😭😭😭😭 wihangane ukomere.Yesu azakurengera mwenedata ngize agahind disii 😭😭 Ariko ndakubwiye Rema Yesu.arikumww.nae mubibazo vyose.uhura navyo🙏
Umwami Yesu azakomore ibyo bikomere nukuri! Kdi Imana izaguhe iherezo ryiza umunezero waburiye mwisi Uwiteka azawuguhe mwijuru.
Ariko se disi imiryango y'ubu imeze ite ni ukuri ? Humura Mama. Imana iguhumurize 🙏🙏🙏 kandi yumve amasengesho yawe.
Ibaze pe Mama we akamwita ikinyendaro Kandi ariwe WA mubyaye
@@fridausissajohn2880 kubona umugore we yita umwana yabyaye ikinyendaro ,byo ni ibisazi,kuko icyo ikinyendaro se siwe uba yaracyibyaye
@@espoirejane446 birenze no kuba ibisazi peee Mama we afite ikibazo gikomeye cyanee na tihana umwana we akazapfana aka Gahinda nta juru azabona sinjye uritanga pe ariko ntaryo yabona
Ihangane mubyeyi warababaye kbs gusa ujye wibuka ko mw'ijuru hari Imana izahoza abayo barengana. Ujye wibuka ko Paulo yabivuzeho 1 Timoteo 3