IMYAKA UTAGOMBA KURENZA UTARASHAKA// IBYO MVUGA NARABYIZE // Relationship week
HTML-код
- Опубликовано: 12 мар 2023
- Wowe ukurikira TBT RWANDAniba wifuza kuvugana natwe cg ushaka kuduha support/ inyunganizi waduhamagara kuri 0787690477/0780794529 Truth Be Told
Iyo nkubise amaso ikiganiro cya Hubert mpita nicara nkarambya ubundi amatwi yanjye agakora umurimo wo kumva neza!! Ndababwiza ukuri nk'umuntu umaze imyaka irenga 10 nubatse Ibintu byose Hubert avuga ni ukuri kuzuye kutavangiye pe!!! Ahubwo rubyiruko rwubu mufite amahirwe yo kumva inama z'abantu nkaba mutarashaka ntimugapfushe ubusa aya mahirwe!! Ndabinginze mubyumve mushishikaye muzagera kure heza kandi mwishimiye!! Ahandi ho Hubert Imana iguhe umugisha cyaneeee natwe abubatse twarongeye tumera nk'abavuye mu bitotsi turimo kwiga kandi tugira nibyo duhindura mu ngo zacu
Murakoze cyane ku magambo meza akomeza umuntu, akamuha gushaka gukomeza gukora! Thanks verybmuch for your encouragements
@@HubertSugira Ikibazo dufite nabantu badashaka kwiga pe ...
Mwakoze Gutumira umugabo wumuhanga pe !!Ukomwumvise ndiga !Merci 🙏🏾
Urushako ntirwubakwa n' urukundo gusa....dukeneye urukundo + kubahana + Communication (kuganira) + intego zimwe + indangagaciro zimwe
Urukundo rugizwe nibyo byose uvuze
Burya uwo ukunda uramwubaha kuko utinya kumukorera ikintu cyibi cyose
Hubert uri umuhanga Imana ijye ikomeza ikwagure ndagukunda rwose ibiganiro byawe biranyubaka mwakoze kumuzana TBT
murakoze liliane
Mwiriwe next time mwadusabira Sugira najya avuga ko ibintu ari kutubwira ari scientific proof kujya aduha references zizo scientific findings
Hubert courage uradufasha cyane nkunda ukuntu wigisha buri nteruro yawe iba ifite icyo ifasha.gerageza gukotesha imbugankoranyambaga urubyiruko rukunda kugirango ugere kuri benshi🙏🏻🙏🏻
Haaaaa Mutamba na Claire mukomere ibiganiro byanyu biraryoha ibintu by'urushako nihatari ni ibintu bigoye kumenya kuko nkuko yabivuze hari abantu bagendana ibikomere indani😍. Ntabwo abikubwira akwihishamo ariko uko mubaho mutabana ubona ari sawa noneho ubibona mubanye ukajya wibaza niba ariwe muziranye.
ntago byoroshye kuko akenshi ibikomere na nyirabyo ntago aba azi ko abigendana...until there is trigger
Wow!!!!! Byose nibyiiiiza ark haricyo nkunze kurushaho ukuntu wagarutse muri comment, ukabiha agaciro uri umuntu mwiza. Urasobanutse kbx ndagukunze. Ngiye kwiga doreko usobanura neza rwose kuko nkomeza kumva amarangamutima yanjye atameze neza.
thanks Marine
Ooohhh waohh muze mumugarukan vuba bwango aradukoze mumutima🥰 impanuro ziwe zirarashe
thanks
Wao nari naramubuze ngo numve inama ze we reka nicare pe ndamu❤️👍mwakoze kumuzana rwose
thanks for your love Zakia! love you too
Hubert nkunda inama zawe cyane lmana ikwagure tugukeneye turi benshi!
thanks assoumpta
Ikiganiro cyiza cyneee❤ Hubert Imana imuhe umugisha. Kuri njye nsobanukiwemo byinshii kndi ndanahumutse😅
Urakoze gushima....! ni nk'ibintu bibiri bihe wize?
@@HubertSugira murakoze cynee
Nakuyemo ibintu byinshi arko bibiri byigenzi nugukundira umuntu uwariwe apana ibyazagukorera cg azaguha. Ikindi nuko Sex doesn't keep a man, kndi ko cohabitation Mubyukuri ntakimaze kuko inyinshi zirangira batandukanye. Anyway ni byinshii
Mwakoze cyane kutuganirizaa, muzagaruke rwosee😊
Ikiganiro cyiza cyane Love you girls
Nkubu ndamutse ngize amahirwe, Sugira akazemera tukavuga kuri telephone, nkamubwira ikibazo mfite😢
Year mugezeho pe! Birenze nkunze kiganiro canyu cyane ,kiranezereje ,nukuri kuzuye kuruhura umutima yabeshi mubuzima bwurukundo,mukomere 🙏🙏🙏🙏
Hubert 👏👏 A good marriage isn't something you find, it is something you make, and you have to keep on making it. You choose the same person everyday....love is sweet but life is hard be wise in your choices.
You are right Nicole
Fact😘👌
Good reason Nicole
Fact
Mfite imyaka 40. Mfite abanas 4. Ntabukwe pee. Je prefere rester seule. Nta muntu nafata nkicyemezo kubyerekeye umugabo. Ariko I respect my kids dad. I love my kids and loving them, c est respecter le papa ou la mama. Malgre les difficultes between us. Let's only talk about love in a relationship. Especially, devant les enfants.
Sh
courage djamila
Waw banza umenye ko wikunda, that one!
ntago abandi bagukunda kurusha uko wowe wikunda
Rwose😋
Tamba wambaye neza sha, kuva tumenyanye😂😂😂😂, but it was a nice show with this man.
Thank u 😘 tumenyane rwose
Iburayi ho nyine ubaze usanga umuntu yarabanye n’abagabo cg abagore benshi cyane ugasanga ndetse hari abagikomeje gushakisha kugera bashaje yarabuze Uwo babana, nuko agahera mu ruzerero atyo!
Mbere ko nshaka nzabwira fiancé duce kwa Hubert ra 😉😉
Karibu
@@HubertSugira Ahubwo Umuntu Yababona Gute??
Hari channel ye yihariye agira?
Uno mugabo numuhanga, I agree with what his saying 100%. abantu benshi bagendera kumaranga mitima yabo or yisi, ahokugirango bagendere kumahame yabo bwite. Wamugani expectations nizo zibyica.
thanks for listening
Hubert
Wazadufashije ukazajya ukora ibiganiro bifasha urubyiruko , nabubatse kubijyanye na relationship, na marriage kuko mbona watanga amasomo Kuri benshi, nisenyuka ryingo zikagabanyuka
Shaka ubuzima mbere yogushaka! Nibyo rwose
Wow mwakoze cyane this really helped ❤
nice to hear
You're very amazing and wise Hubert. i love you and i'm from bdi. Indeed you're very intelligent
Thanks for your encouragement Leonidas
Yewe Narinziko Ari umusore ngiye kwiteretera nubwo ngo mumuco nyarwanda bitemewe 🙈 kumbi nayobye ntacyo reka niyumvire ibyubwenge nere kubura byose , your humble Man and Gift from God give Us ,be bless Hubert.
🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Sorry Bucura...ariko nkuko wabivuze utaza kubura byose wiyumvire iby'ubwenge rwose! Be blessed too
😂😂😂😂
Ndabona TBT isigaye iryoshye nzagaruka kabisa! Abana barakuze pe! Bravo Claire bravo Juliette 👏
Yesu ashimwe pastor Hubert nakunze cyane ikiganiro cyawe ese nigute umuntu yabona number yawe
meerci beaucoup Hubert, cet enseignement était tellemeeeent richeee et consistant 👍!!
merci
Merci à vous
I love this mn kbs sugira much loveeee
thanks Nadine...I appfeciate your love and support! Much love
My class mate 👏 👏 👏
This man got them
Muribeza bana bacu ndabakunda cyane❤❤❤
I am really confused; Hubert najyaga mubona nkagirango ni umusore cyangwa Jeune marrié none ngo umwana w'imyaka 20😮😮😮
😂😂😂
@T.B.T RWANDA Nukuri ni relation expert peee. Si ukubigiraho ubumenyi gusa abimazemo nigihe muburyo butagaraga inyuma, kandi ibyo yigisha ni ukuli kwambaye ubusa kuko biri logical and spiritual ,ikibazo nuko ari ukuli ikirenwa muntu mu mubili tutadasha kumva mu matwi yacu.
TBT nukuri ikiganiro cyari cyiza
Eric wabonage buriya nkiri ingaragu? hahahaha mfite abana batatu, bucura bwacu afite imyaka 11
@@nicolenindemana44 merci beacoup Nicole❤️
utabashije kubona uwo mugabo se ko Ari Imana imutanga bigenda bite?
Those guys who are getting married with girls from diaspora cause of weath,the money there are given, they spent it with beautiful girls here
ouch
Ewana murabantu beza kabsa
Ibi muvuga nibyope imana ibampere umugisha kunyungurana bitecyerezo
thanks for listening
Be blessed All🌹
🙏❤️
Merci bcp mnsr Hubert 👍
thanks
Ntimurakwiza 100 mille ?
God bless you Man of God
Thanks Safi
SABIN WE NEED THIS MAN ON ISIMBI TV😊❤😂
Hahaaha Nanjye konarindikubitekereza koko 😍🙏🏾
Hubert turamusabye azasure ISIMBI Tv🤩🙏🏾
@@mimibe4206 nukuri peee Sabin arabe yumva😅
🤔
Why kwa Sabin? Niba wishimiye iki wagisangije ishuti zikagikurikira hano?
@@ericniyonkuru4398 Perso ntabantu tuziranye bangana naba kuriki ra ISIMBI !!! Kandi Harimo inyigisho nyinshi kurubyiruko !Ndumva kwifuza kokirebwa nimbaga nyamwinshi ntakosa 🤷🏼♀️
Uyu mugabo nko arumuhanga cyane.
murakoze cyane
Subu Hubert yubatse urugo afite imyaka ingahe koko? Thank you for this show. It's really nice. Iyaba bose babyumvaga bakabyitaho
hahahaha sugira yubatse ari muto ariko yari yujuje imyaka y'ubukure da
@@HubertSugira
Iki gisubizo kiratangaje kokooo
Umva ndabakunze cyane Pee!!!!ark sinziniba narakerewe kureba ikikiganiro gusa nifuzaga ko mumumbariza nyumayuko uryamanye nabantubeshi Niki wakora kugirango ingaruka zigabanuke ?? Murakoze
hari ibintu bimwe na bimwe wakora ngo ingaruka zigabanuke, icya mbere ni ukumenya ko ibyo wakoze bifite ingaruka, ukabanza ukabihagarika...
Love from wive tv
Claire bigeze ku misemburo yihuza barimo kibikora ati "eh tse tse tseee"🤣🤣🤣
Your so Wise Man of God but I have a question,
What is the meaning of two rings??
you mean the rings I have? it is just fashion, there is no meaning
Point
Cet homme est un génie ❤
merci bcp
Nkunda ibiganiro by'uyu mugabo.
thanks for listening
Nanjye nemera ko kuryamana n’umuntu musigarana mu mashuka iteka ryose
Nkunda hahandi avuga go gushaka nabi byica ubuzima bwabashakanye uyumugabo numunyabwenge die rwose
Umenya Abanyarwanda batarabivuze nabi mu kuvuga "Imibonano mpuzabitsina"; ndetse umenya iri jambo mu Kinyarwanda bishoboka ko ritanabahaho kuko ni "translation from English/ French" I.e relations sexuelles;
Good but I missed a part of statistics. Where is the %ge of divorce in marriages without cohabitations.
sinibaza ko twaba dufite stats zihamye mu Rwanda kuko nibwo tugitangira gukora amabarura, buriya tuzaba dufite imibare ya nyayo mu minsi iri imbere, ubu tugendera ku igenekereza
Ikiganiro cyiza Hubert agira ibiganiro byiza.
merci sonia
Bring him back
Thank you sir 🙏 from 🇺🇬
Sure we will
Uri umugabo mwiza cyane.
thanks
Erega muramenya muri diaspora biragoye kubona umuntu wiwanyu muvug,ururimi rumwe numuco umwe! Mwihutira kuvuga uburyo! Hari impamvu nyishi! Ababirwamwo ntibabura Kandi hari ababigiriramwo amahirwe bakibanira akaramata.
Mwebwe muba hehe ?murubatse?
ibyo uvuga nibyo..ntago abantu bose baba muri diaspora bibananria rwose
TBT on top 😍😍😍
Ese nshobora kubona umuntu wujuje ibyo nshaka byose
Wifuza Kugabanyaa umubyiibuho umubyibuho byihuse Kandi ukoreesheje products zizewe zitagira ingaruka watugana Aho dukorera nyarugenge tukaziguha cg tukazikoherereza Aho uherereye hose Numero watuboneraho ziri Muri profile yacu iyo irimwibara ritukura nwajyaho mugakandaho mukazibona Murakoze
Ufite umwana w’imyaka 20 😳😳???Ko wakoreye imbere ga mwa? Jye ndacyabyara 😉😉
Ni umuhanga.
murakoze
Tbt mwakoze
Uvuga ukuri
Bite bikobwa vyiza?
Yes
Biological clock ibano mubagabo ntibazaba beshye. Ego kubyara mbere ya 30 niyo best time yokubyara kuko uba uri muri yo prime age scientifically ariko, iyo ugiye kuvyarana numugabo ufite 40 nokurenga nubwo wowe mukobwa ufite 20 ans, you are still at the same risk of having a baby with health issues. No one talks about this but it is scientifically proven that even men exerience biological clock, not that they stop having babies but are high risk for producing very sick babies.
ntago ikibazo cya biological clock ari kimwe ku bagabo no ku bagore...nibyo uko umuntu asaza niko nibice byose by'umubili bisaza...ku buryo risks ziyongera ariko umugore we nyine areka kubasha kubyara...bitandukanye cyane no ku mugabo
Ndakunze ikikiganiro kabisa
wakoze kudukurikira
Sugira numuhanga,kd ninyangamugayo,ntacyo ahisha.
murakoze Pelagie, nonese buriya wakora ikiganiro kandi ukanahisha?? waba waje guta umwanya ahari hari ibyo ushaka guca ku ruhande...
@@HubertSugira kabisa ntampamvu
Abansigaranye mumashuka mukuremo ok?
bagukuremo rwose
Kuryamana mbere yo gushyingirwa: nta rukundo ruba rurimo, nta determination, nta engagement, nta nta … Urukundo rurihangana, rugira neza …. Niba utaragera aho wumva ko ushobora kuzakunda umuntu mu bibi n’ibyiza , iby’urugo bivemo urikunda uzabanze wige gukunda abandi!!
Imyakura /imisemburo
Imyakurase buriye is nerves, imisemburo ikaba hormones?
@@ericniyonkuru4398 uyo hubert.araciyubwe pe
Mbega ikiganiro kingiramumaro, murakoze cyane mwese abagiteguye
@@beatriceumutoni5353 thanks
Sinaja ngukurrikira ariko haruwampaye ibiganiro vyawe navyiriweho pe haraho wankuye pe .