Shaka Imana kurusha ibindi byose. Reka nkurangire urusengero: Munsi ya polisi ya Kagugu hari urusengero rwa women foundation ministry, kuwa gatatu haba amasengesho kuva saa tatu,no kucyumweru kuvasaa mbiri kugeza saa yine..Uzagende usenge. Benshi barahabohokeye.
@@JlmnVhio-ns5cg sinzi ibyo wizera arko jyewe nabigaragaje nziko Yesu Kristo Ari Umwami wacu kdi n'Imana ifite imbaraga ziri hejuru ya byose muvandimwe sinavugira ibi ubusa igihugu ndimo haba abarozi bateye ubwoba arko nta yindi miti dukoresha twibanira na Yesu Kristo arko abo byananiye bibwira ko ntacyo bitanga arko inzozi n'ubundi buzima arko bwakwereka ko utarabohorwa na Yesu Kristo Kubana na Kristo Umwami wacu bisobanuye kubohorwa ntimuyobe n'ibirenze ibyo birashira vuba muri Yesu Kristo Umwami wacu. Mukomere cyane
NUMERO YA FISTON: 0795970239
Ihangane kd ukomere wizere imana niyo izagukiza kd no kuba waragarutse nuko imana ikigufiteho umugambi mwiza
Mana w fiston pole kbsa ndababaye mbegabisi komer
Yihangane pe ababishoboye bamufashe basi asohoke mubuzima arimo abone nicyo yakora abeho
@@umutonigrace8169,
A@@Good12841
Icyo nkundira Imana kbxa!, satani yakwiba byose ariko ntashobora gutwara ubugingo bwawe, God is king of Kings 😢❤
Amen 🙏
Amenn❤❤
Amen
Amen
Nukuri Imana igirinzira byinshi ikoresha ikarokorumuntu
Aranashonje disi nimba mwabibony nizereko isimbi yamutuzimaniye😢😢
Nukuri
Cyane peee 😢
Imana imufashe abone akazi cg icyo akora ashire inzara burya kutiha biragatsindwa
Sha cyane rwose gusa ubwo yageze aha harikizere cyubuzima
Yego afite Ikibazo kdi Imana imufashe, ark kuba ashonje bigaragarira ijisho ntabyo mbona, aracyari muto iriya ni taille ijyanye nimyakaye
Mu msg 159 zose zivuga ku masengesho,haburemo nimwe ivuga ku bufasha bw'udufaranga!
Mubyatuma yongera kubaho twamuremera kuko roho nzima iba mumubiri muzima
Akeneye kubanza gutandukanywa n'uriya mwuka w'abarozi n'ibindi bizakunda
Yooo Sabin turakwemera foo niba nawe ukunda sabin kanda ku ifoto yange unteze imbere❤❤❤❤❤❤❤
Hahahaahah
Mwizina rya yesu 🙏 Umwami yesu akurwanirire senga cyaneee amaraso ya yesu agutwikire🙏
Nukuri
Nukuri nasenge umwamiyesu arashoboye
Ukwiye amasengesho Imana igutabare
Sha Sabin inkuru y'uyu muhungu ijya gusa niyange aho bitandukaniye nuko ntaba murugo rwumuntu jyewe mba muri côté d'ivoire nkigera côté d'ivoire nashatse utwo nikorera nukuri hakaza udufar duke ariko nkabika duke duke ukwezi kwajya gushira nkabona utwo noherereza abana igihe cyaje kugera ntangira kubura amafranga kandi akazi ntacyahindutse yewe na consommation ntacyahindutse nyuma nza kwibwira nti uwafungura akandi gashami ahantu nkagira habiri wenda najya nyabona ahubwo ngeze aho natangiye no kunanirwa kwishyura inzu mbamo kandi rwose akazi kagenda wenda naho katagenda cyaneee ariko uko kagenda ubu biruta mwitangira sinumva rero ahantu amafranga yange ajya ahubwo uwo mwana asa nunkuye mubitotsi uzi ko umwaka ugiye gushira ntabika nigihumbi kandi umugongo wenda kuzaturika kubera akazi Yesu agutabare muhungu wange inkuru yawe ndayumvise amarira aratemba ndumuntu w'umugabo mpore
Imana ikurengere ,ujye usenga cyane ndumva arimyuka mibi😢
Ndakwinginze gabanya akazi usenge kd cyane niba hari gihe wigeze usenga ubungubu urusheho cyane kd usenge wizeye Imana iragufasha
urakanguwe senga cyane .kuko ibibihugu bindi bigira amarozi arenze 🥺🥺cg utekereze munshuti urebe ukwitayeho cyane uhindure inshuti kuko nawe haribyobaguhaye tu
Gusenga
O😅
Yesu weeeee, Sha, warushye uwa Kavuna muvandi!!!, yooooo, Sha Imana iguhe ihumere ariko n'Abantu baguheshe umugisha please!!!, uko bishoboka pe!!
Umva muvandj Yesu Christo ni umwami wabami wowe senga cyane . Kuko hejuru y imbatraga zabarozi hari imbaraga zImanana. Humura niwegera Imana neza izagutabara.
Amaraso ya Yesu akugote impande zose ,,, imbaraga mbi zose zigukurweho mwizina rya Yesu. Imana ikura ikuzimu ihabwe icyubahiro
Imbaraga zasatani niziruta izimana senga cyane bizashira
Yoooooo!!! Burya fisi uracyariho? Imana Ishimwe 👏🙏 wakoranye na dayimoni nuko zikora. Hashimwe uwiteka wabanye nawe akakurokora.
Pole sana Fiston ariko rero ibyo bintu birakomeye nugusenga cyane uwo murozi bitazarangira akwishe ujye urarana na mama wae ajye agusengera niba asenga cyane
Jye mfite ubuhamya ku bantu bavuka Cyangugu
1)barakundana
2)bazi gushakisha
3)nta risque batafata bashaka ubuzima
Ibyo mbivuze kuko aho nabanye nabo hose nabibabonyeho rero na Fisto icyo ukeneye mbere ya byose n'ugukira izo mbaraga z'umwijima kdi kuwizeye byose birashoboka
naho iby'ubuzima byo bizakunda komera kdi usenge cyane mbere yo gusengerwa!
nibyo nanjye narabibonye
Yg turabana beza
Sabe ndagukunda cyane, ijambo utangiza ikiganiro ngo ndagukomeza kandi ngo umusozi wose uzamutse, igihe kiragera ukawumanuka. Sabe lmana iguhumugisha.
Yooooo yezu nyirimuhwe agukize iyomyukamibi 🙏🙏🙏 usenge cyane ntakindi cyagukiza yezu arakiza
Yesu niwe wakubohora izo ngoyi z'umwanzi 🙏 mwisunge ushyizemo umwete
Imana ishimwe kowavuye mwayo maboko yuwomudayimoni lmana izagukuraho ibyobyose mwizina ryayesu
Yoooo amahanga arahanda koko😭😭 nyagasani akubohore muvandimwe njye icyo nagufasha nakurangira application yitwa kanguka ukajya usengana numukozi w'Imana Chris Ndikumana uzabona ukuboko kw'Imana uzabohoka🙏🙏🙏🙏
Kanguka yacu chn❤❤
Gose lmana izamubohora
Mbega Imana wagize abagufashije Imana ibahe umugisha p Imana yarakoze rwose
Uyu mwana akeneye délivrance yihuta, bugare iyo miryango yose ico kirozi gicamwo, kandi yinjire mu Mana ntasubire inyuma, Amaraso ya Yesu akumanukeko wese, mumubiri, mu bwonko, mu mpwemu, hoseee, ndatuye ngo mw'izina rya Yesu ubohoke mw'izina rya Yesu tangura ubuzima bushasha 🔥🔥🔥🔥🔥
Wandangiye iyo application hitwa kanguka,?
Ufite smart fone, genda kuri Google store wandikemo Kanguka irahita iza, ucuyifata uyishyiremo
Pole Brother amahanga twese yatubeteye amashuri . Gusa humura kuba uriho nicyo Gishoro.
Musore mwiza abayoborwa numwuka nibo bana b'Imana kdi Yesu yaratubwiye ngo amagambo mbabwira niyo mwuka kdi niyo bugingo! Ijambo ry'Imana bibiliya rirye uzakira! Izere Umwami Yesu urakira!
Mana yangeweee ubuse wagiye gusenga Koko woe Shaka imana ndagusabye bagukure mungoyi yabadayimoni
Eeeeeee😢mbega ubuhamya sha warakubitinse kbs gusa usenge cyane ntakitagira iherezo iyo mwuka mibi uzashira niwegera Imana cyane satani ararwana ariko si umuneshi ikindi Imana yagukuye muri kenya ukagaruka murwatubyaye Rwanda 🇷🇼 izaguha ubuzima wowe senga
Mwami yesu tanga ubutabazi Nukuri 🙏🙏🙏
YEZU KRISTU umwami wacu Agutabare🙏❤
Senga cyane yezu arakiza knd aratabara imana ishimwe kuba warahavuye amahoro ❤
IMANA igiraneza tabaruyumusore umuremere amashimwe natwe tuzagushima MANA niwewe twiyambaza mugirireneza twizeye wowe YESU amen
Humura nishuri ry'Imana igufiteho imigambi myiza komera mwizina rya yesu
Fisto Imana igutabare nukuri kdi ndizerako ahoyagukuye ariho habi cyane nibisigaye izabikora ntiwihebe
Yooooh! Sha uzanjye gusenga kwa pastor julienne muri Grace room
Mwimuyobya.
Shalom uzaze muri Graceroom Fiston, pastor Julienne maze ujye usengera muri Kanguka
Uyu maman we numunyamasengesho ndamuzi burya aba aribizaba kumuntu uko nukuri nguhaye naba ADEPR bokurwego rwo hejuru.
NGO kwande hose pe muyobe mwenyine mumureke Ahubwo mumurangire Kristo
icambere nukwitunganaya niho nahuja hose usangayo christo.kuvuga ngo ugiye kwa naka harahinduka ikintu sivyo kubera urusengero ruba urusengero aruko rurimwo abakirisu naho yoba umwe canke babiri ubundi ninzu muzindi bisabako wewe ugenda wizeye christo muri wewe niho umusanga niyo ugiye.muhezagirwe
Kwa jina la Yesu
Uyu nu mutwaro abakozi b,Imana bose bahano kuri Isimbi TV duhawe,tumusengere, tumwegere, kuko arakeneye kumva ko atari wenyene, nkuko ijambo ry,Imana ritubwira ngo turi urugigo , ikindi nawe agire relation idasazwe na Yesu. Ndaziko azogaruka ngaha ashima Imana ivyo Yesu yamukoreye kuko hari mpamvu yagushoboje kugaruka muhira rero ubone izombaraga zakoze ivyo ukomeze kwizera ko nibindi izobikora.
Ibi bintu biravurwa Rwose hamwe no gusenga arakira
Pole sana bro 😭😭😭😭😭😭😭
Nanjye ndumutwari umunyamulenge ntuye Kenya 🇰🇪 Kasarani aho uvuze hose narahakoreye ndahazi ark ndatunguwe nibyo peeee 😭😭😭😭😭😭 ndagusengera kandi wizere Imana izagukiza ibyobyose pia uzaje gushaka abagusengera
Ibyo kuba uru munyamulenge biratumirira iki??
@@user-ollock2028 byishiki?
Abajoooo twins❤❤ tsurahabaye cyaneeeee!🤗
Abazindutse mwakoze sabinnn❤❤❤
Sha abanyarwanda twabaye abandi bandi kbsa komera hejuru yabyose hari imana abakunda sabin munyihere agatima❤❤❤❤❤
❣️
❤️❤️❤️
Ngaho daaa nukuri ufite ihungabana kbs pole cyaneee
Fisto Imana igukize Muribyo bibazo Wahuye Nabyo pp Humura Imana ntakinanira Mugihe Wayizeye ishoboye byose Uwomurozi Atidwe Mwizina ya Yesu
Imana ni nziza🙏ko yakurokoye
senga ushilira Imana
wongera unasengegw cane
amaraso ya Yesu agutwikire🙏🙏
Umva Yezu Nyiribikomere niwe wakomora ibyo bikomere kdi Izo shitani zigize abantu mu izina rye zirahunga, uzasenge cyane Yezu Nyirimpuhwe azakurengera.
Numero 1
Imana iratabara weeeeeee!! Uburyo yagukuye kumurozi nimbaraga zikomeye z Imana
Niyo mpamvu Leta ikwiye gukora ibishoboka Urubyiruko mu Rwanda rukabona utuzi aho kujya mu mahanga batazi ibyaho !
Wowe uracyasinziriye. Ngo leta ikore iki? Wowe uyirusha ubwenge?
Uzange kusengera muri grace room ni kagugu dusenga kuw 2 / 4/ 7 / turagutumiye dusengane lmana ikubohore🖐️
Amahanga arahanda ! Imana Ishimwe ko wagatutse mu Rwatubya,Komera.
Ibyo bintu bibaho ni imyuka mibi.Maman wawe agushakire aba nyamasengesho.Kandi nawe ushake Yesu utajenjetse.Icyakora ukeneye kubohoka.Imana igufitiye umugambi mwiza kubona yarahagukuye. Pole sana muhungu mwiza.Yesu aragukunda.
Uyu mwana ndamuzi maman we arasenga cyane peeeee kuva kera yari umurokore kbsa ndizera nanubu aruko.
Shaka Imana kurusha ibindi byose. Reka nkurangire urusengero: Munsi ya polisi ya Kagugu hari urusengero rwa women foundation ministry, kuwa gatatu haba amasengesho kuva saa tatu,no kucyumweru kuvasaa mbiri kugeza saa yine..Uzagende usenge. Benshi barahabohokeye.
Yewe senga cyanepe kandi shaka uko wabona Umukozi wimana agusengere wakire yesu kristo .
Ukuboko ku uwoteka nti kwaheze ngo kunanirwe gukora kandi nugutwikwe nti kwapfuye ngo kunanirwe kunva ntakure Imana itakura umuntu Imana yinyabuntu nimbabazi nyinshi igusange kandi igukize Amen 🙏
❤❤❤ God bless you 🙏
Imana igukize ikuvane muri uwo mwijima gusa wowe senga cyane wizere Imana irakiza
Sabe uyumwana nasenge kd ashake abanyamasengesho bamufashe
Pole sana brother
Siaya ni mubarozi nubwo ntahaba niho nashatse,Senga cyane kdi ushake abakurusha imbaraga bagufashe kdi ntiwihebe Yesu ajya agarura imyaks yariwe ninzige
Fire 🔥 mwizina ryayesu egera lmana ikubohore ushake abakozi b,lmana bagufashe gusenga humura lmana irabohora
Yoooo pole sana ndakumva bambe ariko komera kugera kure siko gupfa kd humura Imana irakuzi izakurengera gerageza usenge cyanee
Aba pasteur bakomeye baba mu Rwanda bamufashe bamukorere délivrance. 🙏🏽🙏🏽🙏🏽
Mwaramutse neza abakunzi ba isimbi tv
Yoo pole sana uyu Muhungu ndamuzi yakoreye Aho nkorera
Fisto, ubwo buzima bwokutaronka Nairobi nanjye byambayeho, nubwo njye ntahuye nabarozi! Ariko narahize biranga peee!!! Pole sana nubwo ubu njye ncyiriyo ariko ntakigenda
Pole sana , Imana ikurengere kbs
Iyo umuntu avutse ubwa kabiri akaba umwana w'Imana by'ukuri ibi biba amateka ugakomeza kubana n'Imana ugasenga ukiranuka wizera Imana wirinda ibibi byose kubwo kubaha Imana Yesu Kristo azagutabara neza cyane. Uzaruhuka uzaba amahoro masaaaa ugasoma Ijambo ry'Imana. muvandimwe, uzabaho unezerewe kdi sinkubeshye nibirenze ibyo birashira satani ni mubi kdi yanga ikiremwa muntu cyose aba ahiga ubugingo kdi iyo bagukorera ibyo bigakunda n'ikimenyetso cyuko satani agufite mu maboko ye nta wundi muntu wakubohoraho iyo ngoyi nta dini nta muhanuzi nta pastor ni wowe na Yesu Kristo. Icyo nakubwira cyo witegure ko ugitangira iyo nzira biba bibi kurushaho bikurwanya cyaneeeeee ntuzagire ubwoba uzakomeze ujye imbere Yesu Kristo agutegeye amaboko Humura....
Amen ,hari impamvu nyinshi zituma dusenga,...
@gasagasajeanne sha mujye mwivugira ninde wakubwiyeko gukizwa bituma uburozi butagufata?buragufata rwose
@@JlmnVhio-ns5cg sinzi ibyo wizera arko jyewe nabigaragaje nziko Yesu Kristo Ari Umwami wacu kdi n'Imana ifite imbaraga ziri hejuru ya byose muvandimwe sinavugira ibi ubusa igihugu ndimo haba abarozi bateye ubwoba arko nta yindi miti dukoresha twibanira na Yesu Kristo arko abo byananiye bibwira ko ntacyo bitanga arko inzozi n'ubundi buzima arko bwakwereka ko utarabohorwa na Yesu Kristo
Kubana na Kristo Umwami wacu bisobanuye kubohorwa ntimuyobe n'ibirenze ibyo birashira vuba muri Yesu Kristo Umwami wacu. Mukomere cyane
@@gasagasajeanne6756 none abakijijwe neza bo ntibarogwa ntibapfa?ahubwo ibigeragezo biza kuri twese kuko turi kwisi naho kwigira umwere ntaho bihuriye
@@JlmnVhio-ns5cgburagufata cne ko nabakizwa habamo abarozi,harimo akantu ko kwitiranya byama Santiment
Usenge cyane utokeshe satani yaraneshejwe kdi Yesu arahari arakiza azagukuraho iyo dayimoni just Pray God Almighty
Tuba Tahari Sabin 😊😊
Noese uyu muhungu ko Amaso ye mbonako afite ikibazo😢😢
Sabin niba atari stamina nyinshi yanyoye umubwire yisuzumishe ampfyigo kwel
Umva pe amaso ubonye ariyo kibazo
Ntiwumva se ko arara ahinga ! Ntajyasinzira niyompamvu amaso ye adasanzwe
Mubyo wumvise byose,ikibazo usanze ari amaso?
Mumuremere pe
Birababaje cyane, ahubwo muzamuhuze na m.charlene amusengere numvishe abasha naho ubundi arashonje bigaragarira amaso ubishoboye wese yakora umugisha uko ashoboye kose mubyo Imana yamuhaye
Abagande baca umugani ngo
"Okutambula kuraba okudda kunyumya". Ihangane kbs bro, ibyiza birimbere Kandi Imana niyo nkuru.
Uwo muhungu azakorera Imana
Imana ishobora byose igutabare ikubohore mu maboko y'umwanzi.Amen🙏
Imana ikurengere Kandi igutabare.gusa abafite umutima wuzuye ubu muntu bakuremere bagufashe urebe uko wakwiteza imbere byaba byiza kurushaho.
Ahubwo Sega muvandi Koko satani arigukorana imbaraga i jyihecye cyi rikuraryira uwomuzima mubi atazagukuricyirana😢😢
Mbegaweee😢
Nmbr 1❤❤❤
Imana yomwijuru ifite imbaraga, ubutware n"ubushobozi igukize.
Fiston twarabanye mu mujyi wa Kisumu ahagana Victoria nihotwahuriraga ducuruza komera cyane nshuti yanjye 🖐️
Pole sana mbere na mbere ufite ihungabana egera abanyamasengesho bagusengere
Yeweweeee, Imana yarengeye uyumutype nukuri
Impamvu batagutambye ubwo hari inenge ufite kumubiri wawe nkinkovu ibimana byabo badashaka , amasengesho ya Maman wawe niyo agutunze ubawarapfuye , komeza usenge cyane
Uyumusore ni spell bamusizeho bafite gusenga cyane ikamuvaho
Sabin,araseka bibabaje,Amase ngesho menshi Imana Izabigutsindira.
Nkuko wumva Ushaka akazi abe ariko ushishikarira gusanga Yesu azagutandukanya n'izo mbaraga z'umwijima zigufiteho ubushobozi aguhe amahoro ye atemba nk'uruzi, Imana ikurwanirire muvandimwe
Yoooooooooooo Imana yakurinze hariya nub'ukaba ukiriho humura izakurinda nibindi byosee komera kd
Pole sana chr humura azaku ababarira nabimenya gusa imana dusenga si bayari
Mw'izina rya Yesu!!!
Senga cyane wa mugani jya muri Grac room ubohoke ubundi ugume mu Rwagasabo ukore
Kumarayo iki se maman numukozi w'Imana njye ndabazi ubuzima nibizakubaho ntaho wabikwepera rwose.
Sha ndababaye pe gusa Imana igutabare kdi uhure nineza nukuri abashoboye mumufashe agarure ubuzima
Aba Jo yambiiiiiiii❤❤❤❤
😂❤
@@entimetvshow6685 uransetse
Yambiiiii
Yambiiii 💋💋💋
@@FurahaGentille-ly9vx yambiii furaha
Yooooo mana yange iyo nimyuka mibi bambiiii nakumiro nda kanyagwa abantu kuriyisi bararushye nukuri"imana iturengere muri rusange"mukunzi wa isimbi aho uri hose wankandiye kwifoto imana ikakumpera umugisha sibyo
Ibi bisanzwe bibaho !!! Ariko komera wizere Yesu .
Imana ishimwe cyane kubawagarutse i Rwanda 🇷🇼 amahoro niyo wapfa uzagwe iwanyu Kenya sahantu Uhoraho agukomeze
Imana ikube hafi pee ariko ibaze uwo muntu wagushutse akakujyana kenya agatuma ubuzima bwawe bujya mukaga nawe imana izamwishyure ibihwanye nibyo akorera abandi
Impore musoremwiza kenya bakurogera mungo zabo ukabura agatecyerezo kazagusubiza iwanyu
Yooo, pole kbx.
Imana ikurengere
Sabin ibyo bintu bibaho cyane njyewe nzi uwo byabayeho yabikorerwaga numuturanyi wabo akarara amahingisha anavoma nasenge bizashira
Najyaga mbyumva muma story ntarabona uwo byabayeho😂😂😂 sh ibirozi ni danger
Nukuri nange narinziko aribibeshyo😢@@agahire0907
Bibaho cane utaraturana nabarozi ntiwobimenya hari ahonatuye bararoga mpaka bakavomesha abantu abantu bararima ijoro mpaka bugaca bakabacura mugatondo
Uzakira biriya birimunsi y,Imana
Uziko uyu musore muzi azunguza amandazi nicyayi we i kisumu aho bita nyamasariya,sha niba asoma comments azansubize,yooo😢ikiganiro cyose ndakirangije sha niba warabaga muba luhya ninkokuba kwa satani rwose,nugusenga cyaneeeee rwose bitazagukurikirana
Hariho numbers ze umugire inama kbsa sibyo byiza
@@muhirwaegide2741 yes
Inkuru yawe irambabaje ariko Yesu agutabare aguhe uburyo❤niba namwe ari uko nkandira ku ifoto❤
Ihangane muvandimwe,,, kandi ukomeze gusenga no gushima Imana cyane
Uwo mugore yari yarakugize icyo bita ,,Msukule,, mu giswayire
Ahandi ho iyo bakugize gutyo baba baragutwaye ,,,,,abo mubana bakaba bazi neza ko wapfuye baranaguhambye,,kumbe umushenzi ( umurozi ) hari imiti yaguteye ukaba utarapfuye ahubwo akakujyana iwe ukajya ukora imilimo yose kandi uhora mu nzu gusa ugasohoka nijoro ugiye mu milimo bagushinze ,ariko nta bwenge na buke uba ukigira ,kandi umuryango wawe wo uba uzi ko wapfuye ( baguhambye) IHANGANE NSHUTI.
mu giswayire baravuga ngo ,,,Tembea uone,,,
Imana ishimwe cyane yo yakurokoye ikagukura mu manoko y,abo barozi ( mu giswayire babita,,,, Wanga ,,iyo ari umwe bakamwita ,,Mwanga)
Umu Uncle waba Jo Twins Show 👍👍👍👍
Yoo! pole sana
Imana igutabare mama
Sha jya wisengera.Imana ishobora byose.ariko no Kwa pasiteri juliennee wahajya ukizera ni muriGrace room
Cyane pee nanjye yo bamutabare kuko ara komerewe
Yesu agutabare nukuri,umwizere Niwe uzagutabara kdi ushake aho usengera ujye usenga cyane witwikirize amaraso ya Yesu bizashira.