MUKANGUKE Ngiyi Dayimoni YAHAYE UBUTUMWA Bw'abadivantiste Elen G White/PASTOR AHANGANYE N'umudive
HTML-код
- Опубликовано: 22 апр 2024
- #WHATSAPP_+250788266238_+250788733808
#AYALONI_TV #CLICK_SUBSCRIBE_LIKE_and_SHARE
#DUTERE INKUNGA Moble money +250788266238#
Turabaramukije mwese bene Data bakunzi bacu iyi Channel twayishinze bigendeye kuri SMS twahawe n'Imana yuko tugomba gufasha abantu bose bashaka kujya mw'Ijuru, kumenya ijambo ry'Imana, ngo bave murujijo rw'Agakiza ndetse n'urujijo rw'inyigisho z'amwe mumadini ziri kuyobya abantu na bamwe mubahanuzi bari gusenya ingo z'abantu kubera ubuhanuzi bw'ibinyoma. Ndetse n'ibindi byinshi, muzagenda mubibona uko tuzakomeza kubana.
Iyi Channel nta dini narimwe ibogamiyeho niyo gucishaho ijambo ry'Imana ndetse n'ubuhanuzi Imana iduhaye yaba uwo itumye cyangwa se natwe ibuduhaye. Murakoze cyane kubwo gukomeza kubana natwe. TURABAKUNDA
chat.whatsapp.com/LEMFjAjn9tI...
👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆
NIBA WIFUZA GUFATANYA NATWE UNO MURIMO NO KWIGA BIBLE joning kuri runo rubuga
Umuntu uzatsinda wenyine numuntu umeze nkumuturage wiberoya nkubu pasteur musisi yayombya makumyabiri batamuzi ariko uwagize itorero rye Bible ntashobora kuyoba uwamubaza! Amen!
Pastor musisi rwose urimo Umwuka w'Imana uburyo usobanuriye mugenzi wawe ibyo wizera birasobanutse nezacyane kandi urabigaragaza miri bibiliya.
Mwabanumwe mwareke kuyoba mubitewe nuyumugabo namwuka wImana afite kuko arwanya amategeko yImana harimo nisabato
Nukuri mubemaso mubyo mwizeye kuko imyuka iyobya yatangiye gukora musisi ntamwuka w'lmana afite
Ellen G. White yaravuze ngo inyandiko ubutumwa birimo nimutabusobanukirwa neza,muzajye kumucyo mini ariwo bibiliya,none se Pt Musisi nkubaze,Isabato ntabwo muri bibiliya irimo mumategeko 10 y'Imana?ubwo rero wowe uri mubuyobe.
I muvandimwe Iyi minsi yan Yuma abapfobya amatege ko bazaba benshi kdi bazitwaza bible ba maso
ese ko amategeko yanditse ari10 amadini yose ayigisha abagiye kubatizwa Bose kuki isabato ariyo .iteza ikibazo uwo yesu muyobotse yaravuze ngo ntihazavaho nakanyuguti nakamwe
Yohana 14-15-17 handitseko nimukundayesu mzitondera amategeko mukabona guhabwa umwuka wera wukuri utandukanye nayamyukayanyu mwirirwa mubesha ngomurukuvuga indimi zitumvikana
Arikose muretse gutsimbarara Ku madini ahubwo mugatsimbarara Ku mwami wacu yesu umucunguzi wadupfiri❤
Pasteur Zigirincuti utihanye urarimbutse😢 Isabato n'ikimenyetso c'Imana kandi Yesu n'umwami w'Isabato mbega ab'Adventist nibo banditse amategeko y'Imana???
Imana iguhezagire pasteur uvuga ukuri urongowe n'a Mpwemu Yera
Imana iguhezagire cane.
Birababaje Pastor musisi wigishaga ukuli ahashize hawe
Wamara guta yesu wavugiraga
Ukaba warahisemo mumurimo mubi wo kwamamaza ikinyoma.satani gukorera mushumba ahemba nabi.uzabimenya neza kumunota wawe wanyuma w'ubuzima bwawe.warukwiye kugarukira Imana umuremyi utarasaza nabi iherezo ryawe rikazaba ryiza.
Umwukawera aduhishurire ibyukuri nkuko biri mbega abagabura bibyiza nimutitonda ngomusabe mwukawera abahishurire ibyukuri nkukobiri muzaboni ishyano kdi muzabanzwa nabomwayobeje bose
Ibyo urimo simbyumva pee ese ninde azaba arikigoryi aho ayoba kubyumuntu mugyenziwe??urasoma Bibiliya nayahabdiho nutayisomera uzayoba nezaa
Musisi Yesu aguhezagire uvuze ukuri kuzima abera ba Kristo bariko ikimenyetso .ca mpwemu w Imana bose bashingira intahe...
Erick kombona urusha past kwitonda lmana iguhe umugisha
Pastor Musisi urwanya Imana utabizi
Pastor %uramusobanuriye gusa umudive w,umunsi wa7guhinduka biragorana
oya musisi ndagukunda ark nawe byinshi uhanura biri mugitabo cya Elin with Kandi isabato iri mwitegeko ry''lmana sabadiventiste bayishyizeho😊
Mureke twikomeze kuri kiristo ibindi numusenyi
Amahirwe nuko twasomye muzatubeshya bibagoye
Make sure your self handitswe ngo buriwese azabazwa ibye, kandi ntimugacirane Imanza. God available.
Idini usengeramo iyariyo yose ugomba kubahiriza isabato ,nkuko wubaha Andi mategeko kuko yose yatanzwe n Imana ,
Nukuri imana ikugenderere usobanukirwe. Soma agatabo kitwa kugana yesu kandiswe na Hellen g. White
Pasteur Musisi komere UHORAHO IMANA iguhe Imigisha yiburyo nibumoso warize Ukuri k'IMANA Uranya
Amasomo avuga Isabato namasomo yaguste cyane umuntu yigishya numwukawera .ibiganiro byanyu ndabikunda .murakoze.
Harashya 2
Icyonzicyo Yesu niwe Umpaza wenyine ntabind nemera
Abanze kumva ukuri ngo babaturwe Nako ngo bakizwe Imana izaboherereza ubushukanyi bukomeye cyane pst courrage
Bazabona ishyano
Azahura nibyo ahanura niwe bizabanzaho kuko yakurikiwe na benshi yumvwa na benshi,mbese azabazwa benshi yayobeje kuko atavuga ibinyoma gusa cg ngo avuge ukuri gusa ninka satani muri make niwe uvanga ngo atabeshya bamwe,ahubwo abadakomeye bose,arabagusha pe kd arabizi nawe (celie)
Nimumureba mujye mutiny mugire n'ubwoba
Twaramusenjyeye,turamuhishukirwa nundi wese nabikora atyo ashaka kumenya niba ari umuhanuzi koko,cg ko avugira lmana azabihishukirwa
Musarebe neza iyarimo kubivuga abasa nuwabuze amahoro yishima mumutwe yikora muzuru,mbese utwo akora twose turagaragaza ko ibyo avuga aziko atari ukuri
Iki kiganiro nicyiza pee, impande zombi zihanganye, tukihitiramo ukuri. Imana ihe umugisha aba bombi natwe abumva itwongerere ubwenge bwo gusobanukirwa
Pastor Musisi bravo,kubijyanye na definition y'icyaha:wamusubije,icyaha ni ukwica itegeko Kandi itegeko ni ukutizera Umwana w'Imana no kudakundana.Yesu bamubajije itegeko riruta ayandi asubiza ko ari ugukunda Imana no gukunda abantu.
Hanyuma gukunda Imana n'ukuhe?
Niba isabato uwutayubahiriza atazobona ijuru uwambere yayiziruye ni yesu kuko muvyo yazize harimwo mkutubahiriza isabato none wovuga gute ko wizera yesu ukubahiriza isabato nawe yarayiziruye.ese yesu yaterana kuwuhe musi ko ijambo ry'Imana ritubwira ko yasenga imisi yose.Imana Ikore kumaso abantu bayo batahure ukuri kwayo.
Yesu ntakintu nakimwe yakuyeho weyarivugiye ATI sinje gukuraho amategeko
none se kuba Yesu yarishe amategeko abayuda bishyiriyeho bivuze ko yishe amategeko we ubwe (kuko ari Imana) yishyiriyeho. abayuda ni bo bamureze ko yaziruye isabato ko aniyita umwana wImana. niba twemeye ibirego byabo se ko ari ukuri, ubwo Yesu yiyitaga umwana w' Imana atari we? ntaho Yesu yigeze yica itegeko na rimwe ry' Imana. kandi iyaba Yesu yarayishe, n' abigishwa ntibari kwirushya bayiruhuka, kandi tubona ko bayiruhutse kuko ikiriho. abantu batazi Imana ni bo bayikuyeho.
1.Ari yesu n'abayuda uzi ukonisabato igomba kubahitizwa ni inde?
2. ari Yesu n'abayuda uwo ukwiriye gufatiraho icyitegererezo ni inde?
Kinyarwanda Bible. Mt 15:6-8
[6]Nuko ijambo ry'Imana mwarihinduye ubusa ngo mukomeze imigenzo yanyu.
And honour not his father or his mother, he shall be free. Thus have ye made the commandment of God of none effect by your tradition.
[7]Mwa ndyarya mwe, Yesaya yahanuye ibyanyu neza ati
Ye hypocrites, well did Esaias prophesy of you, saying,
[8]‘Ubu bwoko bunshimisha iminwa,Ariko imitima yabo imba kure.
This people draweth nigh unto me with their mouth, and honoureth me with their lips; but their heart is far from me.
Yesu ntiyaziruye isabato ahubwo yagaragaje uko isabato iruhukwa. Yaravuze ati: *amategeko ntabuzanya gukora neza ku isabato*. Bityo rero Yesu yari atanze urugero rw'uko isabato ikwiriye kuruhukwa.
@@josephnshimiyimana5776
Soma Gal 4:9-10
Imana ubwayo ni yo yandikishije mu balewi 23:3 ko umunsi wa 7 ari umunsi wo kuruhuka n'uwo guterana kwera kandi bihita byumvikanisha ko harimo ibiruhuko by'uburyo 2 (ubwo ku mubiri kuko imirimo yose yahagaritswe, ndetse n'icy'umwuka kuko abarugutse nasabwa no kujya guterana kwera aho basaabaanira n'umuremyi) ariko ababirizabutumwa benshi bamaze gusinda inzoga za malaya ukomeye (bahagarariye abamalaya bandi babyawe na babuloni nyina w'abamalaya) bavuga ikiruhuko cy'umwuka gusa icy'umubiri bakagihunga nk'aho uwaremye umubiri yagishyizeho yibeshye.
Ko nta n'umwe muri abo babwiriza nigeze numva atangaza uwatangije ibyo guterana ku cyumweru mu cyimbo cyo guterana ku isabato nk'uko Imana yari yarabisabye abantu ngo uwo mubwiriza anavuge niba ibyo bikomoka mu ijuru koko, ni iki kibatera gutsimbarara ku byatangijwe n'abantu bagahunga bakanarwanya cyane ibyo Imana yatangije?
Bavuga ko isabato itakiri ngombwa mu bayoboke b'Imana ngo kuko urupfu no kuzuka kwa Yesu byayikuyeho, abandi bakavuga ko isabato ari we yashushanyaga (ikiruhuko cy'umwuka) ariko ntibagaragaze aho guhagarika imirimo babishyira (ikiruhuko cy'umubiri), bakirengagiza ko Yesu ubwe yagaragaje ko na nyuma y'urupfu rwe no kuzuka kwe isabato izaba igifite gaciro kayo (Matayo 24:20).
Igihe cyose abo babwirizabutumwa bakirwanya kuruhuka no guterana kwera ku isabato kandi byaratangijwe n'Imana ubwayo bagashyigikira ibyo kutaruhuka no guterana ku cyumweru batagaragaza niba inkomoko yabyo ari mu ijuru, ibyo bavuga byose ni umwuka wa satani ubibaha kuko ari we urwanya Imana ariko kuko yigira nka malayika w'umucyo ngo ayobye n'intore akabaha ubutyoza bwo kuvuga ijambo ry'Imana bagoreka ijambo ry'Imana bakoresheje inyandiko za Paulo bakariha ibisobanuro bigoretse (2 Petero 3:15-16), ariko satani abaha ubwo butyoza azi neza ko abibikiye mu gihe cyose barwanya Imana barwanya ibyo yatangije bagashyigikira ibyatangijwe na kiliziya gatolika irwanya Imana ikishyira hejuru nk'uko yabyiyandikiye ubwayo mu gatabo kayo kitwa Wowe nkurikira n° 11 ko ku bw'ububasha bwayo (itagaragaza aho yakuye) yakuyeho isabato igashyiraho icyumweru (abakobwa ba babuloni bakaba barasinze izo nzoga zayo) ikaba yenda no kuzarenganya abakomeje kwemera iby'Imana ntibemere ibyayo.
Umubwiriza nzemera ni uzangaragariza umurongo waba warasimbuye Abarewi 23:3.
Reka mbabwire ikintu gikomeye cyane: abantu dukora ikosa ryo gutsimbarara kwidini tudatsimbaraye ku kuri kw'ijambo muby'ukuri Eric urabona ko yatsinzwe n'imirongo bamuhaye yivugiye ngo iyo ucumuye kw'itegeko 1 Uba uya cumuye yose bivuze ngo hakenewe Ubuntu tuzanirwa na kristo kuboneka kukumwizera (Eric emera uve mumadini atigisha ukuri)
Mureke twirinde aba bahanuzi b' ibinyoma ngo satani azayobya benshi ni intore niba bishoboka ubwo Musisi icyerekana ko uri mukuri ni ikihe reference nizihe , ko numva amatorero yose uyahindura ay' ibinyoma ni ukuvuga ko nta torero ry' Imana ririho.mbereyuko tureba iby' abandi twe turi bantu ki umucamanza ni Imana yonyine imenya ibyo dukora
Urakoze muvandimwe nubwo ibihamya utanze aribike! Abo nibarimbuka amaraso yabo ntuzayabazwa Abaroma 3-31 mbese duhinduze ubusa amategeko kwizera? Ntibikabeho ahubwo turayakomeza!
Mbabajwe cyane na musisi wayobye akabagiye kuyobya nabandibantu benshi nshigiye kubyowabwirizaga mbere nonubu ukaba warahabye birambabaje cyane pe umwukawera agusange kdi aguhishurire ndetse nabakumva bose bakubone nkumuntu wavangiwe na satani
Ngirango iyo uvuga ko umuntu yayobye Uba ukwiye kumuyobora none wowe nko nta n'icyanditswe uduhaye ubwo rero natwe twiboneye amarangamutima
Yoo disi ubu rero uravuze ngo ysrayobye ?woe se twereke imirongo kdi uduhishurie ibyo umwaka wera
Ese paster musisi yuvuze ko ubuhanu bwa Ellen white ese hiri cyo yavuze kitari muribibiriya? Ese wizera bibiliya ese wowe twabibwidwa Niki ko ukoresha namwuka wera? Gusa uwizera yesu kristo azabona ubugingo bibiliya iravugango mwirinde mutayobywa ijamborya we nitabaza jyibitege byajye murakoze
Nimunku muzitondera amategeko yajye yesu aravuga ATI nijye mwami wisabato sababivantist barisizehe bibiliya niba uyizera uzitonda ibirimo nkoko wasomye ntabwo ijambo jyimana rikwiye guhiduka
Uwizera ko ahagaze yirinde atagwa
Yego Pasteur Musisi afite raison ibyo avuga nibyo. Nanjye nari umu dive ukomeye, wagiriye muba dive aho itorero y'abadiventiste ryatangiriye. Abadive bari mu binyoma. Namaze imyaka 15 mu badive kugeza menye ukuri ubu nabaye umukristo. Ellen G White yari umuhanuzi wikinyoma
Muvandimwe urinde urimi nibawemera mwuka soma bibiliya kuva20gutegek5 yesay56 yesay58-12 ibyakozw13 nzaguha nandimasomo nubishaka gusa nibukundukuri
@@HABARUREMAPatrick-ur6yr Niko Patrick
Nari u mu ba dive ukomeye. Ninde wubahaga isabato nkanjye? Maze gusoma neza no kumva bibiliya, naje gusanga abadive bari rujijo, reka nkubaze : Uzi icyi bita Rapture? Cg enlevement mugi faransa? Cg icyo bita, kuza murwa kw'itorero. Ino event izaba rw'ihishwa cg ijisho ryose rizamubona? Nunsubiza neza ndahita nsubira muba dive.
Imana iguhe umugisha kubwo gusobanukirwa mwuka wera wu ukuri aracyakora niwe uduha gusobanukirwa ibyi ijambo ry'ukuri tukabaturwa
@@HABARUREMAPatrick-ur6yr Nonese ko utavuga? Nakubajije ikobazo ntiwakinsubiza. Uzi icyo twita Rapture ? Cg Enlevement? Mu magambo macye nsobanurira !
Luka16.16 haravugango Amategeko nubuhanuzi byabayeho kugeza igihe cya Yohana umubatiza kuva icyogihe nibwo ubutumwabwiza bwubwami bwigishijwe umuntu wese arabutwaranira ikindi abobanyesabato nibobishe Yesu bamuziza kwica isabato nokwiyita umwana w'Imana
Merci bcq,muzatumire Mpazibirego na Musisi bakore debat barikumwe.
Yh 14:15
[15]“Nimunkunda muzitondera amategeko yanjye.
If ye love me, keep my commandments.
Wamwana we erice ibyanditswe urigusoma nibyo byagatumye uva kwisabato rwose , uretse cyagitwikirizo cyicyibatwikiriyeye kigatuma mutumva ukuri.
Icyoroshye ni uko ijuru n'isi byashira, kuruta ko agace k'inyuguti imwe yo mu mategeko kavaho.
(Luka 16:17)
Nagirango mutubwire abaterana Kucyumweru amategeko muvugako twica ayo ariyo??
Nagirango menyeshe abantu bose ko “Guterana kucyumweru cyangwa (Umunsi wa mbere) “ ko atari ari icyaha kuko n’Abasiraheli barawuruhukaga.
Soma
- Abalewi 23:36
- Kuv 12:16-17
Ikindi “Abadiventiste b’Umunsi wa 7” bitwaza itegeko rya 4 rijyanye n’isabato bakavuga ko ngo abataruhuka Isabato ngo bica amategeko y’Imana. Musome neza ijambo ry’Imana murasanga Isabato y’umunsi wa 7 yari iy’Abayuda ku mubiri (Bene Yakobo) kuko Imana yari yarabategetse kuruhuka no guterana kuri uwo munsi bibuka ko Imana yabukuye mu buretwa mu gihugu cya Egiputa.
Soma
- Gutegeka/Ivugurura 5. 12-15 cyane cyane umurongo wa 15
Kuri twe rero abatari Abayuda ku mubiri ntabwo kuruhuka iriya Sabato yo ku munsi wa 7 ari itegeko twahawe kuko twebwe ntabwo twigeze tuva mu buretwe muri Egiputa. Ahubwo uwo munsi Imana yarawuhinduye.
- Heb. 4:1-11 (cyane cyane guhera ku murongo wa 3 kugeza ku murongo wa 11 birasobanutse rwose ahubwo abashaka kumenya ukuri babisome).
Icyanuma Ikindi “Abadiventiste b’Umunsi wa 7” ntabwo bakwiye gucira urubanzaabataruhuka ku munsi wa 7 (abasenga ku cyumweru) kuko nta cyaha bakora!!!
Soma
Rom 14: 6-10
Col 2: 16-18
Mat 12: 1-8
Yoh 5: 8- 18
Yoh 7: 19-24
Mat 12:1-8
Igikomeye cyane ariko ni uko “Abadiventiste b’Umunsi wa 7” bitiranya ikiruhuko no guterana ku munsi wa 7!! Birababje cyane.
Pasteur sobanura neza uburyo Elen G White akoreshwa n'abadayomoni
Pastor Imana igushyigikire
Idini ntabwo ariryo rizajyana umuntu mw,ijuru ahubwo buri muntu wese yihane ibyaha kuko ubwami bw,Imana buri hafi
Yesu niwe mwami w' isabato ntitukarwaririre abahanuzi niminsi turwanire ukuri ariwe Jambo ry'Imana
Isabato ni iy' Uwiteka si iyabantu niyo mpamvu Yesu ari umwami wayo itangiriro 2:1,2,3 ntimugatekereze ko isabato ari iy'abisirayeli kuko Imana yayihaye umugisha imaze kurema byose, nyuma iza kubishimangira kuri Sinaï mumategeko 10
rero ntampamvu yo kujya impaka kubintu bigaragara muri Biblia
Ikinsetsa nuko amategeko yandi muyemera ariko mwagera kurya 4 mukaryanga ubwo muri bazima!
Icyo cyo pastor arabeshya pee ntabwo tunambye kumunsi ahubwo kutagira icyo dukura kwijambo cyangwa ngo tucyongereho ,ijambo ryose ryahumetswe tugomba kuryubaha nkuko ryakabaye
Jean Luck muhezagirwe cane na Pasteur musisi!mbariza Éric uti nonoko utangura wavuzeko utatumwe nabadvantiste ariko mukwisigura ukaba ushigikira ivyabo uti wumva weho ataribo wigishiriza?Nave kumusi yinjire muri Kristo Yesu!
Musisi nutihana uzabazwa amaraso menshi yabo uyobya,Imana ikubabarire cyane.
Areweeee,
Uw'Imana yumva amagambo y'Imana, mwebwe igituma mutumva nuko mutari ab'Imana.
Yohana 8:47
@@mutatismutandis900 iyaba ubikurikiza wanakibuka ko Imana ari yo yatanze Isabato.
Oyaaaaa ahubwo mujye muruka amashereka mabi mwonse mugarukire Kristo muve kukigirwa mana cyumusi
Pastor nkunze ukuntu ari intoza mu magambo ndetse akaba ari numuhanga mumateka, gusa akaba ayagoreka kubw’Impamvu we azi neza!. Kuko ntanakimwe numvise arega Ellen G White cyane ko yemeye ko asoma ibyo bitabo bye, ahubwo arimo kwanga Isabato gusa.
I love your discussion
Eric uti niba uri umudive,ntugomba kuzarwana inambara nziza yo kumushyigikira nokuba umu fana wibyo avuga,
Erega turashaka ukuri kw Imana muremyi wisi nijuru muri Yesu Christo,ibyo kugukurikira tukaba aba fan ,ninkokuba impumyi zitunva zitigishwa kandi zikurikiza amaranga mutima, kandi nziko aribyo aba dive biberamo
Esekuvugako Itegeko ryaga Kane rivuga yesu krisito yesu ubwe koyayiruhutse kuko Atayiretse kowumvako ariwesabato koyavuzeko Arumwami wayo yabaye umwamiwayo ahita ABA Isabato yesu agusanga kuko yesu aracyari kunte be yimbabazi
Pasteur uhabwe imigisha
Impaka z'amadini ntimuzazivamo,kuko ibyayo bizwi n'abayashinze. Ibyiza twakwiyigira igitabo cy'Imana ,kuko nimwo hari ubufasha buhembura imitima budacurika inyoko muntu. N'ubundi ngo : Imihini ,iruhira imyuko.
Cyeretse muntumiye nkaza ngaha ukuri uwo mu pastor kbs
Umupastor wemera amategeko amwe akanga amwe ,ubwo ni pastor watumwe nande kubwira ubwoko bw'Imana
Nimwirekere satani yarabahumye Amaso lmana yaremye mumisi itandatu ugirakarindwi iraruhuka iraweza iwita Isabato iwuha umugisha
Nagirango mutubwire abaterana Kucyumweru amategeko muvugako twica ayo ariyo??
Nagirango menyeshe abantu bose ko “Guterana kucyumweru cyangwa (Umunsi wa mbere) “ ko atari ari icyaha kuko n’Abasiraheli barawuruhukaga.
Soma
- Abalewi 23:36
- Kuv 12:16-17
Ikindi “Abadiventiste b’Umunsi wa 7” bitwaza itegeko rya 4 rijyanye n’isabato bakavuga ko ngo abataruhuka Isabato ngo bica amategeko y’Imana. Musome neza ijambo ry’Imana murasanga Isabato y’umunsi wa 7 yari iy’Abayuda ku mubiri (Bene Yakobo) kuko Imana yari yarabategetse kuruhuka no guterana kuri uwo munsi bibuka ko Imana yabukuye mu buretwa mu gihugu cya Egiputa.
Soma
- Gutegeka/Ivugurura 5. 12-15 cyane cyane umurongo wa 15
Kuri twe rero abatari Abayuda ku mubiri ntabwo kuruhuka iriya Sabato yo ku munsi wa 7 ari itegeko twahawe kuko twebwe ntabwo twigeze tuva mu buretwe muri Egiputa. Ahubwo uwo munsi Imana yarawuhinduye.
- Heb. 4:1-11 (cyane cyane guhera ku murongo wa 3 kugeza ku murongo wa 11 birasobanutse rwose ahubwo abashaka kumenya ukuri babisome).
Icyanuma Ikindi “Abadiventiste b’Umunsi wa 7” ntabwo bakwiye gucira urubanzaabataruhuka ku munsi wa 7 (abasenga ku cyumweru) kuko nta cyaha bakora!!!
Soma
Rom 14: 6-10
Col 2: 16-18
Mat 12: 1-8
Yoh 5: 8- 18
Yoh 7: 19-24
Mat 12:1-8
Igikomeye cyane ariko ni uko “Abadiventiste b’Umunsi wa 7” bitiranya ikiruhuko no guterana ku munsi wa 7!! Birababje cyane.
Paster Musisi ihane kuko ibyo uvuga ntabyo uzi uzabazwa abantu urimo kuyobya,ese iyo uvuze ngo Ellen white yatumwe na diamon ese waruhari imutuma?menya amategeko yImana uyakurikize ureke kuuvuga ibyobinyoma
Ni umuhanuzi wibinyoma ijana ku ijana ntatageko narimwe yubahiriza arabivangavanga akigira mwize amaze nka papa cyakora
1 yohana 2-3-4 handitseko uvugako aziyesu atumviye amategrko aba aru umubeshi ntakuri agira ikindi imigani 28-9 handitseko uwiziba amatwi ngo atumva amategeko nogusengakwe nako ni ikiziraa ubwo pasitoro na abambaribe ntacyo bumvamoo?
Muzagaruke dukomeze guhugurana mu kuri kwi Jambo rya Kristo Yesu
Ubutumwa bwiza bwa Yesu na Yohana Umubatiza wamubanjirije bwari ubuhamagarira abantu kwihana ibindi byose abantu babivuga bashaka gukururira
Abantu inyuma yabo.
Ibyo uvuga si ukuri El G white ntiyogese apfobya Yesu
Gusa ahubwo ufite ubwoba ko utubahiriza Isabato
Ariko muzongere mutumize Musisi asobanure niba nta bimenyetso abona by'uko abanze icyumweru bagakomeza isabato bazarenganywa, avuge niba uwo mwuka wo kubarenganya uzaba utewe n'iki, yongere avuge abo yumva bazarenganya abaera abo ari bo ndetse n'ikizaba imbarutso y'ako karengane icyo ari cyo.
Ikindi muzamubaze niba atari Imana yandikishije abalewi 23:3 ikagaragaza umunsi wo guterana kwera, avuge n'uwaje kubihindura akabishyira ku cyumweru uwo ari we ndetse n'aho yabikuye niba atari ukurwanya Imana.
Ikindi niba mugamije ko ukuri kumenyekana koko, byaba byiza muramutse muteganyije iminsi 2 ikurikirana nibura 2 mu mwaka aho ababishaka bose bajya bahurira bakagira ibiganiro mpaka bigamije kuzagaragaza abijijisha abo ari bo hagati y'abavuga ko basenga Imana bakemera kuruhuka no gutera ku isabato bose ndetse n'abavuga ko bayisenga bakarwanya isabato bagaterana ku cyumweru bose.
Ibiganiro mpaka nk'ibyo najyaga mbyumva kuri radio Ubuntu butangaje FM 105:1
Ese muzanga nde muzemera nde.Imperuka irihafi muhumure buri wese agiye gusama aye.
Erena witi siwe uha uburenganzira yesu christo bwo kwinjira murusengero rwe arirwo twe abizera.
Mumenye yuko mu minsi y'imperuka hazaduka abahanuzi b'ibinyoma bayobye benshi,none se uratekereza ko bizasohora ryari!!! Mube maso bwoko bw'Uwiteka kuko satan yasheze kuko abona igihe cyamushiranye
nabwo yesu yazoruye isabato ahubwo yayikozeho ibyiza yerekanye ko ariyera kuko yayikoreyeho ibyera ariko ushidikanya azabaze lmana hagati yicyumweru nisabato lzagusobanurira
Bonjour. None Eric niba ari umu adventiste nikuki adashaka ko tumurebera muco ari ntiyemera ico ari?
Musisi rwose ntibisaba kuba warize amashuri menshi kugirango umuntu amenye ko utazi ukuri. Ufite uwo ukorera. None se ayo.mategeko niba atari ngomvwa ko utiba
Ntiwice. Sanga Imana Data usabe gusobanukirwa n ukuri
none se mwampaye number z' uwo mugabo uhaka iby' Isabato maze tukazaganira? niba afite ibihamya muri bibiliya azaze tuganire dukoreshe bibiliya gusa maze turebe ko tutamunyomoza akareka kuyobya benshi kubwo gufahswa n' Imana.
Naomba pasta musisi ,amurudirie Mungu wa kweli sababu yeye amesha potea
Musisi conguraturation! Hold it up.
Muvugiki ngaho nimwihuramire
Mbega ab'Adventiste Nibo batoye amategeko kuri Sinaï baca bararishiramwo??Ujejwe kuyovya abantu
Uyumu pasiteri yanye amazi asigaye arikuyatoba kandi abigambiriye abishakaa neza cane nu umujezuwite wuzuye.
Kwizera guheshwa no kumvira ijambo ry'Imana
Yesu niwe mwamwi wisabato Yesu niwe mucyo wisi ruka6.Yesu niwe mucyo wisi.yoha9.5 apana umunsi rwose
Ico gisato kigirira wamugore inzigo kirigira kigwa bo muruvyaro rwiwe basigay bitondra ivyagezwe nimana nibishingra intahe yesu.
Ariko christo s'umugabura w'iby😮aha ngo dukore ibyo twishakiye( abagaratiya)
none se ko ahubwo ari uko uvuga ibyo utazi, ni inde wakubwiye ko isabatio tuyirutisha Yesu? twe tuyiruhuka kuko Yesu Umwami wacu ari umwami wayo nk' uko yabivuze akanaba yarayishyize mumategeko ye. ahubwo wowe vuga niba amategeko yose nayo uyahakana cyangwa ari isabato gusa. niba ari yo gusa se, Imana yigeze iyishyira kuruhande. Rwanya Imana weruye aho gushaka kwigira umwere ubihigikira kubumvira cg bashaka kumvira amategeko yayo.
Nagirango mutubwire abaterana Kucyumweru amategeko muvugako twica ayo ariyo??
Nagirango menyeshe abantu bose ko “Guterana kucyumweru cyangwa (Umunsi wa mbere) “ ko atari ari icyaha kuko n’Abasiraheli barawuruhukaga.
Soma
- Abalewi 23:36
- Kuv 12:16-17
Ikindi “Abadiventiste b’Umunsi wa 7” bitwaza itegeko rya 4 rijyanye n’isabato bakavuga ko ngo abataruhuka Isabato ngo bica amategeko y’Imana. Musome neza ijambo ry’Imana murasanga Isabato y’umunsi wa 7 yari iy’Abayuda ku mubiri (Bene Yakobo) kuko Imana yari yarabategetse kuruhuka no guterana kuri uwo munsi bibuka ko Imana yabukuye mu buretwa mu gihugu cya Egiputa.
Soma
- Gutegeka/Ivugurura 5. 12-15 cyane cyane umurongo wa 15
Kuri twe rero abatari Abayuda ku mubiri ntabwo kuruhuka iriya Sabato yo ku munsi wa 7 ari itegeko twahawe kuko twebwe ntabwo twigeze tuva mu buretwe muri Egiputa. Ahubwo uwo munsi Imana yarawuhinduye.
- Heb. 4:1-11 (cyane cyane guhera ku murongo wa 3 kugeza ku murongo wa 11 birasobanutse rwose ahubwo abashaka kumenya ukuri babisome).
Icyanuma Ikindi “Abadiventiste b’Umunsi wa 7” ntabwo bakwiye gucira urubanzaabataruhuka ku munsi wa 7 (abasenga ku cyumweru) kuko nta cyaha bakora!!!
Soma
Rom 14: 6-10
Col 2: 16-18
Mat 12: 1-8
Yoh 5: 8- 18
Yoh 7: 19-24
Mat 12:1-8
Igikomeye cyane ariko ni uko “Abadiventiste b’Umunsi wa 7” bitiranya ikiruhuko no guterana ku munsi wa 7!! Birababje cyane.
sobanura na bino:
Abaroma 3:31
Mbese none duhinduze ubusa amategeko kwizera? ntibikabeho! Ahubwo turayakomeza.
Abaroma 13:9
kuko ibi ngo “Ntugasambane, ntukice, ntukibe, ntukifuze” n’ayandi mategeko yose, bihurira muri iri jambo ngo “Ukunde mugenzi wawe nk’uko wikunda.”
Yohana 14:15
Yesu abasezeranya kuboherereza Umwuka Wera “nimunkunda muzitondera amategeko yanjye.
ano masomo uko ari atatu, arasobanura amategeko abiri wasobanuye nabi ngo ushyigikire ibinyoma uri kubeshya abantu.
From Uganda abacwanga bataye umurongo bagitangira engiri yabo
ese wowe ntuyica ko uhakana isabato kandi iri mumategeko amweYesu yavuze ati nimunkunda muzitondera amategeko yange?
Murikwigisha nabi biza gora kubamenya Ivyo sivyo twentitunamba ku Sabato murasubira mwige neza ivyanditswe neza mutabasha kwigomeka ku Mana mutabizi nkunko vyagendeye sauli
Ruka-16-16-17 handitseko hatavaho na akadomo matayo 5-17 pasetoro ntazajamwijuru kukohanditseko uwigisha abantu kwanga amategeko mwijuru noo
Agwidini. Rizajyanumunu. Mwijuru. Ariko. Nawuzajyamwijuru. Atubashye. Umunsiwisabato.
Luka 6:1-5:Yesu niwe mwami w,isabato
none se wa mugabowe, ni inde wakubwiye ko tutemera ko dukizwa n' ubuntu kubwo kwizera? ni inde wakubwiye ko twishingikiriza ku isabato? kuba dufite umucyo w' isabato abandi badafite, ntibivuze ko twirengagiza andi mategeko. uwo elen g white uvuga, uzasome ibitabo yanditse cyane cyane abakurambere n' abahanuzi, uzabona uko nditse no kuyandi mategeko. kandi mu bitabo yanditse uzabona ko twebwe dukizwa n' ubuntu kubwo kwizera, ariko nk'uko pawulo yavuze ko amategeko nayo tudakwiye kuyareka ngo ni ukugirango ubuntu busage, natwe twizera ko dukwiye kuyakurirkiza uko Imana yayatanze kandi na Yesu yaravuze ati nimunkunda muzitondera amategeko yange.cyakora sinakurenganya kuko ushatse kuyoba satani amutiza umurindi, maze agasigara yita umucyo umwijima, n' umwijima awita umucyo.
Nagirango mutubwire abaterana Kucyumweru amategeko muvugako twica ayo ariyo??
Nagirango menyeshe abantu bose ko “Guterana kucyumweru cyangwa (Umunsi wa mbere) “ ko atari ari icyaha kuko n’Abasiraheli barawuruhukaga.
Soma
- Abalewi 23:36
- Kuv 12:16-17
Ikindi “Abadiventiste b’Umunsi wa 7” bitwaza itegeko rya 4 rijyanye n’isabato bakavuga ko ngo abataruhuka Isabato ngo bica amategeko y’Imana. Musome neza ijambo ry’Imana murasanga Isabato y’umunsi wa 7 yari iy’Abayuda ku mubiri (Bene Yakobo) kuko Imana yari yarabategetse kuruhuka no guterana kuri uwo munsi bibuka ko Imana yabukuye mu buretwa mu gihugu cya Egiputa.
Soma
- Gutegeka/Ivugurura 5. 12-15 cyane cyane umurongo wa 15
Kuri twe rero abatari Abayuda ku mubiri ntabwo kuruhuka iriya Sabato yo ku munsi wa 7 ari itegeko twahawe kuko twebwe ntabwo twigeze tuva mu buretwe muri Egiputa. Ahubwo uwo munsi Imana yarawuhinduye.
- Heb. 4:1-11 (cyane cyane guhera ku murongo wa 3 kugeza ku murongo wa 11 birasobanutse rwose ahubwo abashaka kumenya ukuri babisome).
Icyanuma Ikindi “Abadiventiste b’Umunsi wa 7” ntabwo bakwiye gucira urubanzaabataruhuka ku munsi wa 7 (abasenga ku cyumweru) kuko nta cyaha bakora!!!
Soma
Rom 14: 6-10
Col 2: 16-18
Mat 12: 1-8
Yoh 5: 8- 18
Yoh 7: 19-24
Mat 12:1-8
Igikomeye cyane ariko ni uko “Abadiventiste b’Umunsi wa 7” bitiranya ikiruhuko no guterana ku munsi wa 7!! Birababje cyane.
@@mutaluc aho uri kuvuga mu balewi, uraza gusanga ibyo byarakorwaga mu kwambere kandi si umunsi wa mbere w' icyumweru gisanzwe wavuzwe hariya ahubwo ni umunsi wa mbere w' iminsi irindwi y' imitsima idasembuwe. nusoma bibiliya, ntukayisome igice. uri kuvuga ko Imana yahaye isabato abisilaheli gusa, kuki no mu itangiriro batarabaho na aburahamu atarabaho Imana yavuze isabato? abisiraheli se babayeho mbere ya adamu ko ari we muntu wa mbere wayihawe ari kumwe na Eva? none Yesu si we wabwiye intumwa ze (zari abayuda) ko ataje gukuraho amategeko? nushaka kuyoba ntuzabura uburyo nunashaka ukuri ntuzakubura. ibyo uvuga ntashingiro bifite muri bibiliya. ni kumwe umuntu akoresha bibiliya yishyigikira mu byo akora Imana itemera. ikimenyimenyimenyi hari amasomo uri kwirengagiza mu gihe ushyigikira ingingo zawe.
Nukose muba abumusi mute?
Njye namenye ko ntasano namba bafitanye na Yesu 1 ntibamwitirirwa
2 ntibamukurikiye
3 ntibakwemera kumurenganirizwa
Nibave mubuyobe nubu hezanguni bwuje ubufunga mutwe
Ntakintu nakimwe yavuzeko kizoba utarikubona Ntakintu kitarico muri Bibiriya yavuze wewe naw wivugira ivyowumva mubwenge buke bwawe nyimba uriko urinder vus gs ahontabwoba wumv iyurikuvuga ibinyoma ubesha abantu hunga vuba udapfa gs ndakeka Roma yaguhaye umuceri mwishi wokumusevya kuko Bashakako ntawundi mugor avugwa muvy Imana atari bikiramariya
ese ko numva muzi bibiriya cyane nimutwereke abantu bibiriya ivuga icyumweru?
Mukomere.mureke musisi yriganijwe nawawundi wAriganije ababyei bacu bambere muri edeni.arasohoza ubuhanuzi (1).1timoteyo4:1yohana7:18(2)musisi umukurikiranye yamaze gusinda inzoga za babuloni.ibyahishuwe14:9
Abonabigisha bikinyoma kukonaho wokwopa gute ntuzokwigera uvuga koyesu abasi biwe katarabantu banka amategeko Ya yesu10 kurayomategeko ntumanyurako nagatsatsa ukamanyuyeko uburuwasatani ntuburuwa Yesu!
Rwose paster urabigoreka ntabwo wahindura numwe nobobose baza bavuga nkibyo urimokuvuga ahubwo mwirire
Musengere guhunga kwanyu kutazaba kwisabato cg muminsi y'imbeho luka21.ariko utsindishirizwa n'imirimo itegetse namategeko Bose nibivume.
Erega umuntu abagiraho amakuru mabi bite we bamwe inshuro nyinshi mukomeretsa abantu mwitwaje ibyo muribyo
Intambara Ikomeye irakomeje.
Iyi channel yaziye kurwanya ukuri ubanza,ko mbona ihora yitaye kukurwanya ukuri kwa kidivantiste? Ukuri se ko ntawugutsinda Musisi rwose! Ikibazo nuko mutanemera kuvuguruzwa muba mutsimbaraye kuko mubyumva.
Musisi rero wirengagijeko utazi iyava atamenya iyanjya bivuzengo nitwirengagiza ibyategestwe nimana tuzaba tuganahe
Rwose yesu ATI sinje guhindura ibyari biriho ntabwoyezu yazanye amahoro byo bisobanuye iki
Muze mubaha iminota ingana kugira bigenda neza
Urabenshya ntagakiza ufite muri YESU kk ufite inyigisho zabadaimoni kk urasebanya ibyo uvuga uragorek ukuri wandyaryawe
Ubyumvanabi pasite usabimanaguhumwuka
Pastor musisi sobanukirw itegeko ryimana icaric non s nib itegek rish yes yavuz ngo mukundish uhoraho Iman yany umutim nubweng ninkomez zany ham Ng dukund bagenzi bac nkuk twikunda, nn wovug ngukunda Iman gt knd uhonyang itegeko ryay? Murugo rwaw wovug gt kumugore ww agukunda knd atategeko narimw umuha Ng aryubahiriz? Rer urukund uvug ntibtandukan nitegeko nibnt bijana